Volcano called Silence Killer about to erupt in homeland
Heaven News Media Agency announces that in the land of the righteous, volcanoes called (silence KILLER) are about to erupt. Based on heavenly news, it says that these volcanoes will start in the family of the late Rwigara Assinapol because they disobeyed the command of the Lord, the Lord God of hosts.
Raporo y’umwaka wa 2025 y’Ubuhanuzi ni manza zitabera byakoze umurimo ushimishije
Jan 9, 2025 Ubuhanuzi bwategetse yuko ibirori bya RPF bajya bizihiza July 4, ngaruka mwaka ko ibyari biteganijwe July 4, 2025 bitazizihizwa kandi ko Umwakagara Paul Kagame azaba atari muri ibyo birori kuko azaba arwaye cyane hafi gupfa ku buryo byari no gutuma habaho coup d’état yo kurwanira ubutegetsi.Ubu Buhanuzi bwahahamuye Umwakagara Paul Kagame hamwe na abega bagenzi be, bituma basa naho batanze ho agahenge ho gatoya, ariko ubwo batwaraga umushinga wo gusaba Donald Trump yabafasha gutegeka Umwami Kigeli Ndoli agashyira abega mu nteko y’ibwami yabakuliye inzira kumulima basubira ibubisi.
Igice cya (310) cy’Ubuhanuzi
Dec 21, 2025 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli bwira abatuye isi uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, Satani umwanzi w’Imana yaciriwe urubanza ubu yashyizwe mu nzu y’imbohe yakatiwe igifungo cy’imyaka [1000] «one thousand years in imprisonment» niyompamvu abakoranaga na we bahabwaga imbaraga z’abadayimoni nabo bamaze gucirwaho iteka kandi ba baye abanyantegenke kuko batagifite gifasha w’I myuka mibi ubu basigaye bakoresha ubwenge bwabo n’imbaraga zabo, gusa benshi muri bo nta makuru bafite ajyanye na shebuja ibya mubayeho bakomeje kwizera ko Satani agifite imbaraga kandi mu byukuli atagikora uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Igice cya (309) cy’Ubuhanuzi
Dec 19, 2025 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli ntutinye Umwakagara Paul Kagame ko yashimuse ibinyamakuru byawe, kuko yatumye bihabwa umutekano uhagije no kurindwa cyane kuko babonye ko ba rushimusi bagukoreye urugomo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Igice cya (308) cy’Ubuhanuzi
Dec 16, 2025 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli ibintu bikomeje gukomera cyane, mu bwami bw’abega kuko ibyo barimo kwifuza nta bwo bashobora ku bihabwa cyeretse bubahirije amabwiriza bategetswe n’Uwiteka Imana Nyiringabo. Kandi nta bwo aribo bonyine kuko no kwa Rwigara Assinapol barimo gushakisha ubutegetsi ku ngufu z’u bushobozi bafite bwa mashillingi y’umurengera nyamara bibagiwe yuko ubutegetsi buturuka k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.



















