Category Archives: The Prophecy

Igice cya (300) cy’Ubuhanuzi

OCT 22,2024 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli bwira «ADELINE MUKANGEMANYI RWIGARA» n’umukobwa we «SHIMA DIANA RWIGARA» bitegure gukurwa kw’isi ya bazima kuko Uwiteka Imana Nyiringabo abirukanye kw’isi ya bazima kubera gusuzugura imanza zitabera n’Ubuhanuzi bw’Umwami Kigeli Ndoli akaba n’umucamanza mukuru uca imanza zitabera z’abatuye isi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Igice cya (299) cy’Ubuhanuzi

Aug 23,2024 njyanwa mu iyerekwa kumugabane wa bamaze gukurwa kw’isi ya bazima, aho bashyirwa bategereje yuko imanza zitabera zilimo gucibwa n’Umwami wo gukiranuka akaba n’umucamanza uca imanza zitabera Umwami Kigeli Ndoli ko zirangira. Mbona aho iyo myuka ya bakuwe kw’isi ya bazima aho yakirirwa ikajyanwa gutegereza itegeko rya nyuma ryo kuzashyirwa mu muriro utazima. Muri ako gace bajyanwamo ndetse naho bashyirwa hafite ishusho isa ni ya «NYAMIRAMBO» ngirango n’ukubera yuko «NYAMIRAMBO» ariho Umwakagara yahisemo kuzajya   yicira abantu kuko nyuma y’intambara ariho barasiye «KARAMIRA» hamwe na bagenzi be, ahitwa kuri tapi rouge cyangwa se (red carpet).

Igice cya (298) cy’Ubuhanuzi

May 5,2024 Njyanwa mu iyerekwa mbona nyakwigendera «Rwigara Assinapol» aza kunshaka ngo ambaze impamvu na mwambuye ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yari yaramuhaye we n’umukobwa we «Anne Uwamahoro Rwigara» hanyuma umucamanza uca imanza zitabera Majeshi Leon Ainesha akaza kubumwambura kubera umuryango we wakoze ikizira k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ntabwo ndi JOSHUA wagiranye amasezerano n’abanzi be atabanje kubaza Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Tumaze iminsi tubagezaho amakuru mu buhanuzi, nk’uko agaragara ku InyangeNewss.com front page. Mwasomye ko abasinga n’abashambo ndetse n’abega bose bagiye kurwanira kugirana amasezerano n’Umwami Kigeli Ndoli, ngo bahabwe imyanya mu bwami bwe.

Kugigira Umuhanuzi ntabwo bikunda,mubishatse mwamanika amaboko

 

7 OCT,2023 njyanwa mu iyerekwa mbona twicaye muri hotel nziza dufata amafunguro, ariko harimo n’ibiganiro twalimo byerekeye uko twabohora gakondo yabakiranutsi. Mbona bashyize kumeza imyenda myiza bashonesheje (deeds) bayizanira Umwami Kigeli Ndoli ngo imubere imyambaro uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Translate »
Skip to toolbar