Daily Archives: December 21, 2015

Umwaka mwiza wa 2016 kubakiranutsi mwese,aho mwatataniye kumpera z’isi uzababere uwo gusubira muri gakondo yabakiranutsi.

Maze gusoma ibyanditswe byera,nibajije ibi bibazo bikurikira,nawe ndibwira yuko ushobora kubyibaza niba ufite akanya ko gutekereza wafata ako kanya maze ugatekereza ahari wamfasha kubona igisubizo.

Abatutsi bahawe umwaka wa 2016 uhereye mutarama kugeza ukuboza wo gukorera degree mu ikoranabuhanga rya ICT

uRwanda ruhawe umwaka (1) kwigishwa n’Uwiteka ikoranabuhanga ku buntu murwego rwa degree muri Information Communication and Technlogy ruzatangira umwaka wa 2016-2017 niko Uwiteka ategetse.

Translate »
Skip to toolbar