Monthly Archives: January 2016

Inkona ya Israel yafashwe ikekwa ko,yaba iri mubikorwa byubutasi yarekuwe

Inkona nini cyane yari yafatiwe mu gihugu ca Liban ikekwa ko yarungitswe mw’iperereza rya Israel,ni kigo cy’iperereza rya MSSAD,iyo nkona yaje kurekurwa nyuma yogusanga nta bimenyetso bgaragaza ko yari yatumwe mu bikorwa byubutasi. abajejwe umutekano ba Onu babujije abaturage kugira icyo bayitwara nyuma yuko abashinzwe ibikoko muri Israel bitabaje inzego za ONU.

Umuntu ufite Imana,inshuti ze,abagaragu be,nabo baba bafite Imana,iyo bizeye Imana ye!

31st Jan,2016 mu masengesho y’iminsi (48hrs) twakoze kubabashije kugendana nanjye,nabashije gufata akanya nsoma ibyanditswe byera.Nahereye mu itangiriro ibice (24) ngera mu bice (26) ariko kimwe cyo nabashije kubona ni uko umugambi w’Imana nta kiwutanga imbere,nabonye uburyo Abraham yizeye Uwiteka Imana ye,cyane ko icyo gihe nta dini ryari rihari ryigisha iyoboka Mana ariko we yayiringiye nta muntu wabanje kumubwiriza.Mu gihe wowe utegereje ko ubanza kubwirizwa cyangwa ko dutanga inyigisho kuri internet ngo ubone kwizera Uhoraho ndetse ugasanga unakenera ko uhabwa ubuhamya bwinshi cyane ngo kugirango wemere ko umuntu akoreshwa n’Uhoraho.

TURATE TWOGEZE DEMOKARASI ISHINGIYE KU KINYOMA,TALIKI 28/01/1961 & 28/01/2016 IMYAKA 55 IRASHIZE !!!!

Abarepubulike bakomeje kurata inkovu zimiringa repubulika ntiyabayeho,ahubwo habayeho agatsiko kamabanda katigeze kagira ukuri muri rubanda rw’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa wemewe namategeko Igihugu cy’Ububiligi kikaba gikomeje kugira ubwoba kikaba kirimo gukoresha abarepubulike bibisambo badashyigikiye itahukan ry’ubwami bw’uRwanda n’Umwami wabanyarwanda.

Intumwa ya Sekibi,Gitwaza Paul,imbaraga ze z’umwijima zaraye zirangiye!

30th Jan,2016 njyanwa mu iyerekwa mu butayu bugudiya buri munsi y’umusozi wubatseho ishuli ryo wigisha abatutsi kubaha Uwiteka Imana yabakiranutsi.Mbona ibintu bikomeye gusobanukirwa ubwenge bwa muntu.Nabonye mur’ubwo butayu hari abasirikare ba RDF(Abadayimoni)mbona barimo kwitoza kurwana intambara igiye kuba muri gakono yabakiranutsi.Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwora riti,mwana w’umuntu,jyenda ujye mu butayu bugufiya nkwereke ibitaboneshwa amaso ya bana bab’abantu.

Sekibi akomeje gukoresha abagore nabagabo kurwanya Uwiteka Imana yabakiranutsi!

Kuva Uwiteka Imana yarema isi cyangwa umwana w’umuntu,satani sekibi yatangiye kurwanya umuntu,amushyiramo umutima wo kutumvira Uhoraho kugirango adasohoza umugambi Uwiteka yaramufiteho.Ni mur’urwo rwego abagora batubaha Imana bakomeje kurwanya Uwiteka Imana bafatanije na sekibi nk’uko nubundi mwitangira ryo gukora icyaha bafatanije bagahindura umugambi w’Uhoraho bashaka kwerekana yuko nabo bashobora kurema nk’uko Uwiteka yaremye abantu.

Translate »
Skip to toolbar