Daily Archives: January 21, 2016

Umuhanga w’imyaka 13 muri Somalia, yabaye rurangiranwa

Gukunda gukora imiduga y’ibikinisho igenda vyatumye umwana w’imyaka 13 wo muri Somalia amenyekana iwabo anemererwa kwiga kuri gusa.

Guciririkanya igiciro cyo kwica Nyamwasa.MOV

Ngaho nawe iyumvire uko Imana yarinze Gen.Nyamwasa Kayumba yabateje kwanga kurekura amadollar ngo yicwe uko niko Imana ijya ikiza abantu ifiteho umugambi kugirango igaragaze imbaraga zayo.

Jack Nziza ashaka kwica Kayumba

Ese byabaye ubukene cyangwa nibyabindi bamenyereye ko bica abantu bitabahenze?Ese kuki buri gihe bahora bashaka ko bakorerwa kumadeni?Biratangaje kuba abicanyi bakorera mu madeni nkaho badafite amafaranga,ariko aha wakwibaza amafaraga y’igihugu icyo bayakoresha bikakuyobera.

Inyamaswa yinyamakenga,ntiyicwa numututizi!

Nyuma ndetse na mbere yuko Nyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame atangaje ko aziyamamariza kuyobora abanyarwanda ku nshuro ya gatatu, abanyapolitiki batandunye bakomeje kuvuga amagambo yagaragaza ko badashyigikiye icyo cyifuzo.Abahanga muri politiki mpuzamahanga bavuga ko abazungu batavuga gusa ahubwo ngo bafata ibyemezo. Gusa perezida Kagame yakomeje kugenda avuga ko abanyarwanda bakwiye kuyoborwa uko bihitiyemo cyane ko ngo aribo babimwisabiye.

Imfura z’uducika cumu ry’umwakagara zigiye mu mahugurwa y’itahuka rya Nyir’uRwanda

21st Jan,2016 ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uyu munsi wo kuwa (4) cyangwa Thursday impande (4) z’abatuye isi bose bakurikije gahunda wabahaye yo gusenga,none hagarika gahunda zose warufite ukore ayo masengesho kuzageza uyarangije kuko ntashobora ku kubwira ibyabo mutari mu mwuka umwe uko niko Uwiteka ategetse.

Translate »
Skip to toolbar