Monthly Archives: February 2016
Umwami wa bami wa baroma yahinduye iminsi
Buri myaka ine, ikirangaminsi dukoresha cyiyongeraho umunsi umwe mu kwezi kwa kabiri. imyaka ifite inyongera yaje gute, cyangwa yaje kuba umugenzo kuri benshi gute? Reka turebere hamwe ibintu bitanu bidasanzwe biranga itariki ya 29 z’ukwa kabiri.
Ubuhanuzi bwa Hakizimana Jean Bosco,bwaba burimo imvange?
Ku italiki ya 05/06/2015, twabagejejeho ubuhanuzi bwa Bosco Hakizimana wavuze ko Papa François azasura igihugu cya Uganda ariko agishingura ikirenge muri icyo gihugu, mu Rwanda hakaba intambara. Uyu munsi ku italiki ya 27/11/2015 nibwo papa Fançois arasesekara muri Uganda avuye mu gihugu cya Kenya yasuye mu ntangiriro z’iki cyumweru, abasomyi benshi ba veritasinfo bakaba baradusabye ko twakongera kubagezaho iyo nkuru y’ubuhanuzi bwa Bosco Hakizimana; ni mwisomere uko ubwo buhanuzi yabutanze.
Rwanda : inzara iravuza ubuhuha mu ntara y’iburasirazuba”Inzara mu buhanuzi”Igice cya 1-3,ni cya (4) cy’ubuhanuzi!
Abaturage barimo gusuhuka berekeza I Bugande kubera inzara yibasiye iyo ntara. Uretse iburasirazuba gusa, nkuko bigaragalira buri wese utuye hano mu rwa Gasabo, inzara irimo kuvuza ubuhuha hafi impande zose z’igihugu aho Leta ya FPR ivuga ko ayo mapfa yatewe n’izuba ryacanye cyane cyane mu Turere twa Nyagatare, Kayonza, Kirehe na Rwinkwavu ho mu ntara y’uburasirazuba. Andi mapfa akaba yumvikana mu ntara y’amajyepfo mu bice by’amayaga I Nyanza, Ruhango na Kamonyi basanzwe bazwiho kweza igihingwa cy’imyumbati, bavuga ko imyumbati yabo yajemo indwara bita »Kabore ». Bamwe mu baturage batuye muli utwo turere, dore ko nabakihabarizwa bavuga ko ari ukubura aho berekeza, bakaba baratangiye gusuhuka bajya gushakira imibereho hanze mu bihugu by’ibituranyi.
Integenke z’Abakiranutsi nizo mbaraga zabanyabyaha!
23rd FEB,2016 njyanwa mu iyerekwa maze mbona abagabo (3) bo mu bwoko bwa magigiri bahawe umurimo wo guhiga no kwica umuhanuzi Majeshi Leon,mbona bananiwe kumubona maze umwakagara ategeka yuko bicwa bagacibwa igihanga ngo kuko umurimo batagetswe bananiwe kuwutunganya neza kandi barahawe ibyangombwa byose bijyanye nubwicanyi.
Umwakagara Semuhanuka yakubitiwe ahareba inzego muri kaminuza ya HARVARD
Amakuru aturuka mu ihugu cy’america kuri kaminuza ya HARVARD aho umwakagara Semuhanuka yabajijwe ibibazo bikomeye atari yiteguye ko ashobora kubazwa maze arya iminwa abura icyo asubiza imbere ya mahanga ni mbere yabanyeshuli bamubajije intambara akomeje guteza mukarere kibiyaga bigari inyungu yaba afitemo kuba akomeje kwirengagiza uburenganzira bwa muntu ndetse no kurengera ubusugire bw’ibihugu byabaturanyi.