Daily Archives: February 16, 2016

Niki cyaba cyihishe inyuma y’ubwoba umwakagara afitiye Nyir’uRwanda?

Amakuru akomeje kugera ku kinyamakuru inyangeNews avuga yuko ngo umwakagara akomeje kugira ubwoba bwinshi kandi akaba atagisinzira ngo kubera yuko yumva ntamahoro yagira Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa akiri hanze y’uRwagasabo.Biravugwa ko adatinya RNC,ngo ahubwo atinya ubwami bw’uRwanda izo ni ngaruka zikinyoma cya Republika

Abikorera mu Rwanda baratangaza ko uRwanda rwinjiza ifaranga (1) bagasohora amafaranga(4) byaba bifitanye isano nubuhanuzi?

Amakuru aturuka murwagasabo yatangajwe na radio ijwi ry’America,avuga ko ubu uRwanda rukomerewe ni nzara ikomeye cyane ngo kuko binjiza ifanga rimwe,bagasohora amafaranga (4)ingaruka z’ubutegetsi bw’igitugu abaturage bahunze igihugu none inzara ibaye rwogera!

Bahamagaye telephone yanjye nasigiye uwo dukorana umurimo,bakoresha iz’africa y’Epfo,byanze bakoresha iza Kenya baruhira ubusa nkabasambanyi

Amakuru agera ku inyangeNews aturuka muri za magigiri z’Umwakagara zikorera mu murwa mukuru wa Nairobi,zaraye zitumye ubutumwa kuri telephone nakoreshaga nasigiye umuhanuzi mukuru,hari ku isaha ya cumi zigitondo.Dore uko buvuga(wewe najua hutapatikana kuanzia wakati wo wote sasa matusi yako hujaacha?)Tel.+254703705068 nagerageje kwandika neza kuko bataramenya ururimi rw’Igiswahili.Nyirizi numero za Telephone yi yita WAMBUA K.Ubusanzwe ibi ntibibaho kuko bidashoboka yuko wandikisha amazina kuri M.PESA societe ishinzwe kohereza no kwakira amashillingi bigaragara yuko bakoresheje ruswa mukwandikisha amazina yibihimbano aya mazina ubusanzwe nayo mu bwoko bw’ABAKAMBA bumwe mu bwoko bubalizwa mur’icyo gihugu.

Igice cya (26) cy’ubuhanuzi

16 FEB,2016 ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi yarakurwanije bikomeye ariko ntugire ubwoba kandi ntutinye kuko nd’Uwiteka Imana yawe.Dore ngiye kwihesha icyubahuro uyu munsi gakondo yabakiranutsi ndayisubizaho kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka ushobora byose uko niko Uhoraho avuze.

Umwakagara akomeje gutoteza umuhanuzi Majeshi Leon,ariko Uwiteka nawe akomeje kwitambika!

13th FEB,2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi agiye guhumanya Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe none kora amasenegsho y’impuruza uhururize k’Uwiteka kugirango akore ibikomeye kuko Satani ashaka kumwihimuraho uko niko Uwiteka avuga.

Translate »
Skip to toolbar