Daily Archives: September 20, 2016
Umukuru w’Isamariya,aciriweho iteka!!!,Umwami w’uRwanda murugendo rutunguranye kumugabane w’Africa!
Sept 17,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona INGONA iza insatira cyane ishaka kuncocomera,maze mu gihe hasigaye nk’intabwe ebyeri,mbona ukuboko k”Uhoraho kumanuye INKOTA kuyishinga kumutwe wa ya NGONA ukundi kuboko gufata indi nkota guhita gutema hagati yumutwe numugongo maze icikamo ibice [2] maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu dore umudayimoni ukomeye waruguhagurukiye Uwiteka yohereje Malaika we ngo agutabare kuko umwanzi yashatse kuburizamo umugambi w’Uhoraho kubugingo bwawe none akaba aneshejwe uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.
Muzunga y’ubuhanuzi kumugabane w’UBURAYI!!!
Amakuru agera ku inyangeNews aratangaza yuko umuryango w’ubumwe bw’UBURAYI waraye ushize ahagaragara kuri uyu wa 16 Nzeri 16, gahunda ya matora ku bihugu ku bihugu bikeneye kuguma mu muryango w’ubumwe bw’UBURAYI EU,kandi banatangaje yuko bagiye gukora umutwe w’ingabo umwe uzajya utabara ibihugu bihuriye muri ubwo bumwe bwuwo mugabane.
Imyigaragambyo yongeye kwaduka muri republika iharanira democarasi ya Congo.
Amakuru aturuka muri republika iharanira demakarasi ya Congo,atangwa numwe mu pastor witwa Claude,yatangarije kinyamakuru inyangeNews,ko habaye imyagaragambyo abaturage aho bazidutse bajya kwamagana perezida JOSEPH Kabila umaze kugaragaza ko adashaka kurekura intebe y’ubutegetsi amazeho imyaka irenga [10]
Ubuhanuzi bumusubije ICC
Urukiko rwa ICC ku buryo butunguranye rwavuze yuko leta ya Kenya iyobowe na Uhuru Kenyatta yanze gukorana na nurwo rukiko ku buryo busesuye bigatuma habura ibimenyetso byatumye urwo rukiko rudashobora gukomeza urubanza rwe.
IGITANGAZA CYABEREYE MU GIHUGU CY’UBURUSIYA URUZI RWAHINDUTSE AMARASO!
Mu gihugu cy’UBURUSIYA habaye igitangaza gikomeye aho uruzi rwahindutse amaraso abantu bibatera ubwoba ndetse babigereanya nibyabaye mu Egiputa ku ngoma y’Umwami Farawo ubwo Imana yatzaga ibyago abanyegiputa kugirango barekure ubwoko bw’Israel bujye gutambira Imana muri gakondo bahaweho umurege n’Uwiteka Imana yabo.