Daily Archives: March 7, 2017
Ubushinwa bugiye kwikingira kubera Korea yepfo(ubuhanuzi Igice cya (51) cy’ubuhanuzi
Ubushinwa bwavuze ko buzafata ingingo butasobanuye zizatuma bwikingira inyuma yaho Korea yepfo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangiriye gushinga uburyo bwo kwirinda ibitero vya “missiles”.
Uhuru Kenyatta ahanganye nabaganga!!!
Amakuru aturuka mu gihugu cya Kenya afite za gihamya,avugako leta iyobowe na UHURU KENYATTA hamwe na mugenzi we WILLIAM RUTO bibumbiye muri ihuriro rya politike ryitwa JUBILEE yananiwe kurangiza ikibazo cy’abaganga bemerewe na leta KIBAKI na RAILA yasize ibasinyiye inyengezo ingana na 300% none leta ya JUBILEE yanze kubahiriza ayo masezerano ku buryo services zose zigihugu zijyanye na ministeri yubuzima zarahagaze ubu amezi abaye [3] ibitaro byose bya leta bidakora.
Uganda inzara niyo itumye barya abantu,cyangwa bari basanzwe babarya?!
https://youtu.be/kxyIrUoMXHU
Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda yatangajwe nibinyamakuru mpuzamahanga aravuga yuko mu ntara yitwa LAKAI bakomeje kurangwa no gufata impunzi bakazirya bitwaje yuko hateye inzara ubu akaba arikibazo gikomeye leta ya Uganda ikwiye guhagurukira kuko bamaze kurya abantu batari bacye cyane kuko umwana aratarabuka cyangwa umugore bavuye guhaha bagahita bafatwa bacinja bakabahindura imboga zijoro cyangwa izakumanywa.
Intangiriro y’ubutayu uhereye muri gakondo ya bakiranutsi.
Maze gukora ubukwe mu 2008 muri Nzeri taliki 27,ku wa gatandatu mu cyumweru cya nyuma cy’ukwezi kwa Nzeri.Mu birori byo kwizihiza ubukwe bw’Umuhanuzi Majeshi Leon na Mukandirima Murekatete,inkozi z’ibibi zaduteje INKUBA yakubise isanga hari imbaraga za masengesho Umuhanuzi yari yakoze y’iminsi [60] maze uwayiteje abonye yuko itwaye ubusa,aravauga ati”koko uyu muntu ni umuntu w’Imana.
Inkozi zibibi zihura na kazi gakomeye bakoreye mu gihombo!
Mar 4, 2017 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umutu,dore inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa ILLUMINATI zategateze hirya no hino,none udasohoka ngo ujye kumurimo kuko utari bubone inzira ikugarura.Ahubwo dore hari umugisha bene so bohereje ube ariwo ujya kuzana kugirango uhindure ibirindiro byaho ukorera kugirango utagwa mu mutego uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.