Daily Archives: March 31, 2017
Murumva mwasenga kurusha umugaragu w’Uhoraho “Daniel”?Nta mugisha mu gihugu cy’ubutgetsi bw’umuvumo!
Bene data bakundwa twasize muli gakondo ya bakiranutsi,reka mwese mbasubirize hamwe kugirango ahari mubashe kubona igisubizo mwese muli rusange.Abenshi mwanyandikiye mu mbwira yuko ibintu bikomeye kubinyanye nubuzima bwo muli gakondo ya bakiranutsi,ndetse yuko mugerageza gusenga ariko mukaba nta gisubizo mubasha kubona.
The Cord divide: Wiper wants Raila to honour the 2013 power MoU
Amakuru aturuka mu gihugu cya Kenya umurwa mukuru wa Nairobi,aravuga yuko Uhuru Kenyatta yamaze gutaga miliyari [7] za’amashillingi yo kugura itangaza makuru ryigenga kugirango ritazajya ritangaza yuko ngo afite abantu bacyeya mu ishyaka rye rya jubilee ugereranije n’Ihuriro ryabatavuga rumwe na leta rya NASA rigaragza kuba rifite abantu benshi cyane kurusha jubilee.
Utazi ikimuhatse areba ……Igitsure!!?
Afurika ntikwiye gutega amaramuko ubuyobozi bwa Amerika – Perezida Kagame Perezida Kagame asanga Abanyafurika bakwiye guhagarika imyumvire y’uko amakiriro yabo ashingiye ku buyobozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ahubwo bakiyumvamo ko Afurika na Amerika bakwiye gukorana mu bwubahane kugirango bagere ku ntego imwe.
USA: Trump Azakira Xi Jinping w’Ubushinwa
Ibiro bya perezida wa leta zunze Ubumwe z’Amerika byemeje yuko perezida w’Ubushinwa, Xi Jinping azagendera Amerika mu biganiro na perezida Donald Trump kw’italiki zitandatu z’ukwezi kwa kane 2017.