Monthly Archives: May 2017

Amerika yikuye mu masezerano y’ihindagurika ry’ibihe

Prezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yafashe ingingo yo kutemeza amasezerano y’ihindagurika ry’ibihe yapfunditswe mu gisagara cya Paris, niko itangazamakuru rya Amerika ryavuze.

Intambara ya lll mu myiteguro nigeragezwa!

Uburusiya bwateye “missiles” ku birindiro bya IS muri SyriaUbushikiranganji bwo kwivuna abanzi bw’Uburusiya bwavuze ko igisirikare cyabwo cyo mu mazi cyateye “missiles” ennye zigurukira hafi mu bibanza by’umugwi wa leta y’iki Islamu, “Islamic State” (IS) hafi y’igisagara cya Palmyra mu gihugu cya Syria.

Bagurishije gakondo ya bakiranutsi,ariko nta bwo bazunguka!

May 31, 2017 njyanwa mu mbona abagore [2] bakiri muri gakondo ya bakiraanutsi,aba bagore bakaba baragize uruhare mu bugambanyi bafatanije na leta ya bega.Umugore wa Dr.Jean RUSINE witwa MUTASI AIMADO,n’umugore wa Hon.EUGENE Baricana witwa Umurungi Marie Claire.

Amerika Yateye Misile yo Gutangira Ibitero bya Koreya ya Ruguru

Misile za Amerika

Ubushikiranganji bwo kwivuna abansi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwatangaje ko igikorwa cyabwo cya mbere co gutangira misile cyagenze neza. Ibyo byatangajwe na Jim Syring, icegera cy’umuyobozi w’ikigo kijejwe gukingira misile.

Abayobozi bashya ba ADEPR bamenyekanye bahita basimbura abafunzwe!

Mu masaha ya saa tatu za mugitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Gicurasi 2017, nibwo Inteko rusange y’Itorero ADEPR yateraniye muri Dove Hotel y’iri torero iherereye ku Gisozi, ku murongo nyamukuru w’ibyigwa hakaba harimo gutora abayobozi b’iri torero basimbura abandi bamaze igihe bafunzwe bakurikiranyweho kunyereza amamiliyari y’abayoboke b’iri torero. Abatowe bose, ntawe ufite icyubahiro cyo kwitwa Musenyeri (Bishop) nk’uko bisanzwe.

Translate »
Skip to toolbar