Daily Archives: July 26, 2017

Trump: Abifata nka’abafite ibitsina bibiri ntibashobora kujya mu gisirikare cya Amerika

Perezida Donald Trump yatangaje ko igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kitazemera abantu bifata nk’abafite ibitsina bibiri, mu cyongereza bita transgender.

RAILA Tibimmu!NASA Tibimmu!TYALALAAAA!!!

Ibihano by’Uburusiya: Eu yagaragaje impungenge itewe n’ibihano bishya Amerika ishaka gugfatira Uburursiya.

Umuryango w’Ubumwe bw’uburayi, EU wavuze ko ibyemezo byafashwe n’inteko ishinga amategeko ya Amerika bishobora kugira ingaruka ku bwigenge bw’urwego rw’ingufu zitanga amashanyarazi n’umwuka wa gazi.

Ikibazo cy’abimukira muri EU: urukiko rwavuze ko EU ishobora kwirukana abimukira

Urukiko rw’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi, EU, rwanzuye ko abasaba ubuhunzi bazajya babusabira mu gihugu cya mbere binjiriyemo muri EU.Mu gihe cy’uruza rw’abimukira muri 2015 na 2016 imipaka yarafunguwe, bituma abasaba ubuhungiro babusabira mu bindi bihugu.

Ambasaderi wa EU mu Rwanda yibasiwe kuri Twitter!

Uhagarariye Umuryango w’Ibihugu by’Uburayi, EU- mu Rwanda, Michael Ryan, yibasiwe ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter na bamwe mu bategetsi bu Rwanda cyangwa abashyigiye leta y’u Rwanda.

Translate »
Skip to toolbar