Daily Archives: October 10, 2017
Urubanza rwa Diane Rwigara Rwongeye Gusubikwa
Urubanza rwa ba Rwigara uyu munsi rwongeye gusubikwa
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwongeye gusubika urubanza rwa Diane Rwigara n’abo mu muryango we babiri; nyina na murumuna we umwe.Uyu munsi abaregwa bitabye urukiko bari kumwe n’ubunganira mu mategeko, Me Buhuru P. Celestin.
Indege y’America imaze iminsi [3] mukirere cya gakondo ya bakiranutsi ifata amafoto yahabitse intwaro z’Umwakagara:
OCT 7, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umuyaga uturutse mu butayu bugufiya bwo muri Africa yuburasira zuba,mbona ko uwo muyaga uzanye ubukana bukomeye cyane maze mbona ibiti(ubutegetsi) byose byari biteye mu ishyamba byose bihuhwe nuwo muyaga maze bimwe mu biti bikomeye muri byo,mbona bigushijwe nuwo muyaga.
uRwanda rwateguye coup d’ètat yo gukuraho Nyirarume w’Umwkagara M7!
Amakuru yatagajwe nibinyamakuru byo muri Uganda ndetse bigashimangirwa ni nkuru yanditswe nikinyamakuru cya za magigiri zo muri gkondo (rushyashya.net)ko uRwwnda rwashyizwe mu majwi mu mugambi wa coup dètat yo gukuraho umusita kugirango asimburwe na murumuna wa Maj.Gen.Jack Nziza ukorera leta y’Umwakagara.