Nyuma y’aho ikigo cy’igihugu gishinzwe kwegeranya imisoro n’amahoro, RRA giteje icyamunara amakarito y’itabi ryo mu ruganda Primier Tobacco Company rw’umuryango wo kwa Rwigara, ubu hakurikiyeho imashini zifashishwaga mu gutunganya iryo tabi.
Daily Archives: June 5, 2018
Umwakagara arikigirita agaseka,nyamara aho bukera Ubufaransa buzamugira nka Col.Muamari GADDAFF
Uganda irakeka ko u Rwanda rwaba rugiye kugura intwaro za rutura n’u Burusiya Leta y’u Rwanda n’ u Burusiya bikomeje ibikorwa byo kubaka umubano ahanini ushingiye ku bikorwa bya gisirikare, aha niho Uganda ihera ivuga ko rushobora kuba ruri mu mugambi wo gutumiza imbunda nini zigenda ku modoka ndetse n’indege zo kwifashisha mu mirwano no gucunga umutekano.
Ubutabera bw’Uhoraho muri gakondo ya bakiranutsi n’Isamariya
https://egretnews.com/index.php/2018/06/05/ubutabera-bwuhoraho-muri-gakondo-ya-bakiranutsi-nisamariya/