Daily Archives: June 10, 2018
DRCongo ishobora igiye kumera nka Siriya nyuma yaho Joseph Kabila yakiriye intumwa ya PUTIN perezida wa RUSIA
Perezida wa Republika iharanira Demokrasi ya Kongo, Joseph Kabila, yikekwa n’abo batavuga rumwe na leta bavuga ko ashaka kuguma ku butegetsi uko bigenda kwose, yakiriye uno musi ku wa kane, intumwa ya prezida w’Uburusiya, Vladimir Putin.
Ihangana ry’America yaruguru na Noth Korea,rigeze mu nama muri Singapour
Trump na Kim bashyitse muri Singapour aho bagiye kubonanira: Prezida wa Amerika Donald Trump n’umuyobozi wa Korea ya Ruguru Kim Jong-un bashyitse mu gihugu cya Singapour aho biteganijwe kugirira umubonano.
Umugambi wo guhitana musaza wa Shima Diane Rwigara,barangiza bagakurikizaho Shima bakoresheje amarozi azahabwa inshuti y’umuryango bya hafi!!!
Umugambi w’Abega waburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
June 10, 2018 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi mbona umutwe witerabwoba uri kubutegetsi wa FPR ulimo gutegura itekinika rya matora yabashingamateka(Amatora)maze babona yuko bageze mu bihe bitaboroheye niko gufata amadegede barayateka bagenda bayaha abazatoresha amatora kugirango bazatekinike muri ayo matora yitekinika ateganijwe muri Nzeri 1, 2018.