Daily Archives: June 10, 2018

DRCongo ishobora igiye kumera nka Siriya nyuma yaho Joseph Kabila yakiriye intumwa ya PUTIN perezida wa RUSIA

Perezida Joseph Kabila wa Republika iharanira demokarasi ya Kongo.
Perezida wa Republika iharanira Demokrasi ya Kongo, Joseph Kabila, yikekwa n’abo batavuga rumwe na leta bavuga ko ashaka kuguma ku butegetsi uko bigenda kwose, yakiriye uno musi ku wa kane, intumwa ya prezida w’Uburusiya, Vladimir Putin.

Ihangana ry’America yaruguru na Noth Korea,rigeze mu nama muri Singapour

Abo bagabo babiri bashyitse mu bihe bitandukanye n’amasaha menshi

Trump na Kim bashyitse muri Singapour aho bagiye kubonanira: Prezida wa Amerika Donald Trump n’umuyobozi wa Korea ya Ruguru Kim Jong-un bashyitse mu gihugu cya Singapour aho biteganijwe kugirira umubonano.

Aliye na uwezo wa kuua ndiye anaweza hata kuua MP wake na Jeshi wake(Reka kurya indimi)niwowe wa mwishe

Umwana w’UMUSITA guhitana Umuhanuzi,naho Umwakagara agahitana SHIMA DIANE RWIGARA

Umwana w’UMUSITA guhitana Umuhanuzi,naho Umwakagara agahitana SHIMA DIANE RWIGARA

Umugambi wo guhitana musaza wa Shima Diane Rwigara,barangiza bagakurikizaho Shima bakoresheje amarozi azahabwa inshuti y’umuryango bya hafi!!!

Umugambi w’Abega waburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

June 10, 2018 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi mbona umutwe witerabwoba uri kubutegetsi wa FPR ulimo gutegura itekinika rya matora yabashingamateka(Amatora)maze babona yuko bageze mu bihe bitaboroheye niko gufata amadegede barayateka bagenda bayaha abazatoresha amatora kugirango bazatekinike muri ayo matora yitekinika ateganijwe muri Nzeri 1, 2018.

Translate »
Skip to toolbar