Daily Archives: June 15, 2018
Angella umugore wa Kale Kayihura,wagiye mukiliyo cy’Umwami Ndahindurwa ngo yicishe Chancellor Benzinge Boniface nawe yatawe muri yombi.
Angella Kale Kayihura numwe mubo Umwakagara na Gen.Jack nziza(Jackson)bakoresheje kujya kugigira Umwiru Mukuru w’Ubwami bw’uRwanda wabanye n’Umwami Kigeli V Ndahindurwa imyaka ye yose,akaba yaraciwe igihanga nyuma yuko atangiye kujya yizera abega balimo Jean Marie Gakwaya,na Niyibizi HOSEAbbose bakaba arabanyaKIBUYE.
Mwizi ni Mwizi Kenyatta amaliza Ruto 2022
https://www.youtube.com/watch?v=rtnJwDuTJeo
MWIZI NI MWIZI💥UHURU DEMOLISHED RUTO FACE TO FACE 》 FOR DOING 2022 POLITICS WHILE HE WAS AWAY
CNRG yahindutse igikoresho cya politike,aho kurengera abacika cumu niba harabasigayeho
Kuri uyu wa Kane urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwumvise urubanza rwa Dr Niyitegeka aburanamo na Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside CNLG. Uyu muganga washakaga kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ya 2003 ntabigereho ararega CNLG ko yamwimye amadosiye y’inkiko gacaca kugira ngo asubirishemo urubanza ku byaha bya jenoside. CNLG iravuga ko ikirego cye nta shingiro gifite.
Gahunda yo gutandukanya abana na babyeyi babo,niki kihishe inyuma yabyo?
Mugihe abantu muri Leta zunze ubumwe z’Amerika bariho bariga uko bakora imyigaragambyo bajya mu mabarabara biyamiriza gutandukanya abana b’abimukira ku babyeyi babo binjiye ku mbibe mu buryo buteye kubiri n’amategeko, abashingamateka bo mu mushyaka ry’Abarepublikani bariho barategura integuro y’itegeko rihagarika gutandukanya imiryango.