Ubuhanuzi bwa Donald Trump igice cya mbere(1)

Igice cya mbere (preliminary)yo kumenya uzahagararira ishyaka mu matora y’umukuru w’igihugu muri America cyaragiye.Nkuko ubuhanuzi bubivuga mu gice cya (25) cy’ubuhanuzi turnagije ndetse no mu gice cya (26) cy’uubhnauzi havuga yuko umukandida Donald trump ariwe uza kwisonga mubakandinda bazatsinda amatora y’igice cya mbere cya matora y’uzahagararira ishyaka ryaba repubulike.
Twibutse yuko uyu mukandinda Donald Trump yahuye ni ntambara zikomeye ngo ni uko yavuze yuko naramuka atowe kuba umukuru w’igihugu ngo atazemerera abaislamu kwinjira mu gihugu cy’America kubera ibikorwa byitera bwoba byaranze iryo dini ry’Abayislamu
Byageze aho banamushyira kuruhande mu ishyaka rye ry’Abarepubulike bamurega ko ngo afite ivangura ry’amoko nuruhu.Maze bamushyira kuruhande bigeze aho amatora atangira yiyamamaza ku giti cye ishyaka ry’Abarepubulike ribonye ko ari we ufite amahirwe bongera kumugarura mu ibanga rikomye kugirango batazakorwa nisoni bakabura uzahagararira ishyaka ryabo mu matora ngo kuko byaba arurukoza soni
Ubuhanuzi nta bwo bujya buvuga igice cy’ubuhanuzi ahubwo biragaragara yuko Donald trump nk’uko Uwiteka yabivugiye mukanwa kabahanuzi uko niko bigiye gusohora.Igice cya nyuma cy’ubuhanuzi bwe tugitegereje mu kweiz ku Ugushyingo cyangwa se November 2016 aho byitezwe ko azatsinda amatora na majwi menshi akazaba umukuru w’igihugu abavuga ko Hillary azaba president w’America basubize amerwe mu isaho!!
Reka dushime Uwiteka Imana nkorera kuko atajya abeshya kandi atajya ahanura igice cy’ubuzima cyangwa ngo avuge ibyo atazakora ibi byongera kudusubizamo imbaraga zidasanzwe kubakiranutsi kuko biba bigaragaye yuko Uwiteka Imana yacu ari muzima tukarushaho kumwizera no kumwiringira