Umwakagara akomeje gutoteza itangaza makuru ryigenga rikorera mu mahanga ritavuga rumwe nubutegetsi bw’igitugu!

Ikinyamakuru inyangeNews nyuma yogutangaza amakuru ajyanye nihohoterwa LT.BEN Rutabana yakorewe niza magigiri z’umwakagara zahisemo gukora bubandi kumugabane w’Uburayi cyane mu gihugu cy’Ububiligi ubu icyo gifatwa nkikiba kumugabane w’africa.

Leta y’umwakagara yahise ikora ibishoboka byose yongera gushimuta ikinyamakuru inyangeNewss.com ibyo na byo bibaye nyuma yuko Nyiramongi ari kumwe na wa mushumba wihene Jackson Nkurunziza abanyarwanda bemeza yuko kumwita umushumba w’Ihene yaba ahawe icyubahiro ko ahubwo akwiye kuba umushumba w’ingurube kuko arizo aberanye nazo kubera ibitutsi bye bijyanye nuwo mwaga we.Bakubutse mu gihugu cya Kenya umurwa mukuru wa Nairobi aho bari bazanywe nuguhiga umuhanuzi Majeshi Leon.

Amamkuru aturuka muri Ambasade y’uRwanda mu gihugu cya Kenya ngo basize basabye inzego zishinzwe gushita abanyarwanda batavuga rumwe n’umwakagara ngo leta ya Kenya ikwiye kubafasha DMI ikabano uko yashimuta abari kurutonde bahigwa na leta uza kwisonga akaba arumunyamakuru akaba numuhanuzi w’Uwiteka Majeshi Leon ko agomba gushitwa maze abanyarwanda bajyaga bakurikira amakuru ku inyangeNewss.com ntibazongere kubona aho bakura amakuru.Iki cyemezo bagifashe nyuma yo kwanga intonorano zirimo inzu iri mu gihugu cya Kenya umurwa mukuru wa Nairobi twagiye tubibagezaho uko twagiye tuganira nabo binyuze kuri Jackson Nkurunziza umugaragu wa Nyiramongi Jeannette.

Tumaze igihe kirekire duhanganye bidasubirwaho na leta ya gatsiko kishyize kubutegetsi kakaba gakomeje gutegekesha abanyarwanda igitugu (Inkoni y’icyuma)”Nyirabiyoro” ndetse kubera igitugu cyabo,uRwanda rukaba rumaze kwikura mu nteko nyafurika yashinze urukiko rurengera ikiremwa muntu

Icyemezo cy’ubwami bw’Abega kikaba cyemeza yuko leta yabo ikoresha igitugu ku buryo bugaragara bikaba bitaramenyekana niba umwakagara yaba azajya mu nama yo kurengera uburenganzira bw’ikiremwa muntu izabera mu gihugu cya SUISSE bikaba bitaramenyekana niba bazitabira iyo nama

Kugeza magingo ay anta cyo baratangaza kuri iyo nama itegerejwe mu minsi iri mbere,gusa bikaba bigaragara yuko batazajya mur’iyo nama kuko batabona icyo bavuga ikindi bagenda se bitwa bande kandi bamaze kwemeza ko leta bayoboye idashyigikiye ko abaturage bayo bishyira bakizana aho bafite uburenganzira bwo kuyirega murukiko nyafurika bashyize ho umukono kumasezerano none bakaba bikuye muri ayo masezerano

Ahangaha INgabire akaba atsinze igitego kimwe umwakagara kubusa kuko isi yose imaze kubona ikinyoma cy’umwakagara akoresha abeshya amahanga yuko yubahiriza uburenganzira bwikiremwa muntu nyamara abyemera kumunwa byagera kubishyira mubikorwa akabihana

Kuba Ingabire atumye bava mu bihugu bigize urwo rukiko nikimenyetso simusiga ko leta igeze mu marembera kuko idashobora kwihanganira kuburana numuturage wayireze ikaba igaragaje ko bafite ubwoba bw’uko yazabatsinda bityo bakazahangana nawe mu matora ya 2017 aho bazaba badashobora kongera kumufunga cyangwa ngo bamwibe amajwi.

Translate »
Skip to toolbar