Igice cya (34) cy’ubuhanuzi

June 17, 2016 Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,itegereze mukirere cy’Ibabylon maze umbwire icyo uhabonye.Nditegereza cyane ndetse ndashishoza mbona indege (urupfu) nyinshi cyane zintambara zagabye ikirere kugeza ubwo ibicu bitabashaga kugaragara kubera ubwinshi bwazo.Maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,hanura maze ubuvuge uti,yewe wa kirere we cy’IBABYLON ubonye ishyano kuko umwanzi akugabye ho ibitero bikomeye kandi akaba yabiherewe uburenganzira n’Uhoraho uko niko avuga.

 

Nuko ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira riti,mwana w’umuntu,burira abatuye i Babylon uti iherezo rya bamwe riraje kandi rizanwe na batavuga rumwe n’ubutegetsi kugirango Uhoraho ahabwe icyubahiro maze ibyo yavugiye mukanwa ku muhanuzi bisohore uko niko Uwiteka avuga.

Nongera kwerekwa inka (abadayimoni) bajyanwa mu gihugu cyo mu butayu mbona batangiye kurisha ibyatsi bitarishwa maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni binjijwe mu butayu bugufiya aho bahawe igihano cyo kuba bakomeje kugirira nabo ubwoko bw’Uhoraho hamwe n’Umuhanuzi.

None hanura maze uvuge uti,uku niko Uwiteka avuga,yemwe mwa nkozi z’ibibi mwe,ninde wababwiye yuko umujinya w’Uhoraho uzatera?Dore mwamaze gucirwaho iteka kuko mwanze gukiranuka maze mugakunda gukiranirwa none kubera iyo mpamvu dore Uhoraho abaciriyeho iteka niko Uhoraho avuga.

Nkomeza kwerekwa ibikomeye njyanwa ahantu hitaruye nerekwa igiti kinini cyameze mu gihuru,mbona umuriro uturutse hasi usa na essence utwika cya giti ariko nkabona kidakongoka.Mbona umuriro ugurumana hanyuma mbona uratse bigeze aho urarangira ariko cya gihuru kitakongotse.

 

Mukanya gato,mbona cya gihuru gitangiye gushonga buhoro buhoro hakavamo ibintu bimeze nkigikoma gituruka muri Volcano kijya gutwika ibirunga cyangwa ishyamba.Mbona bitangiye kugenda bishonga gahoro gahoro kugeza igihe cya gihuru kirangiriye kandi nabonaga hirya yaho gato hari Ihene (umwuka w’ikinyoma).

Igice cya (33) cy’ubuhanuzi

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’kiriya giti ubonye gishinze mu gihuru n’ubutegetsi burinzwe cyane bw’umwakagara,dore Uwiteka ahereye kubamukikije nibo agiye kubanza gutwikwa kugirango bamuhane asigare wenyine maze namara gusigara wenyine azajya ashinga nkumushongi wenyine kuzageza igihe azarangirira maze ubutegetsi bwe bukarimbuka niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abayobozi bakuru ba za magigiri bagiri bagiye ku kwandikira e-mail bagusaba yuko wahagarika gukomeza gutangaza ijambo ry’ubuhanuzi cyangwa se amakuru yose ajyanye nabo kuko umaze kubagera ahaga!None urabe maso ndabizi yuko wanze gufata intonorano z’Abanikolaiti kugirango udahumanya umurimo w’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Dore bagerageje kenshi guhangana nawe ndetse no ku kugirira nabi bakoresheje imbaraga zabo zose bafite ariko birananirana.Igitero cya nyuma cyari gikomeye cyanjambo rye Uwiteka yakurinze nikijyanye nigambana rikorerwa mu nteko y’ubwami bw’uRwanda ubu ibyabo byose bikaba byaramenyekanye bishyirwa ahagaragara kugirango abo bireba barusheho kwirinda kandi babe maso uko niko Uwiteka avuga.Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore wa mwuka w’Inzika y’Inzigo wongeye guhaguruka uguhagurukiye!

June 18, 2016 Dore bateguye imigambi mibi cyane y’ubugizi bwa nabi none senga usabe Uhoraho aburizemo imigambi yabo kuko Uwiteka Imana nyiringabo ashobora byose kuko ajya atatanya imigambi yincakura uko niko Uwiteka avuga.Ako kanya nahise ntangira amasengesho yo kwiyiriza no gusenga Uwiteka Imana ya bakiranutsi kugirango imigambi yabo Uhoraho ayiburizemo maze natwe twikorere umulimo wa data Uwiteka Imana nyiringabo.

Njyanwa mu iyerekwa maze mbona ibintu bishimishije cyane nerekwa mbona hakorwa igenzura ry’abantu bajyanywe mu butayu bugufiya bakabukora bakaburangiza,iryo genzurwa ryakorwaga na za societe zatsindiye isoko (Tender) harimo TOTAL societe icuruza ibikomoka kuri petrol hamwe na SHELL izo zombi zifatanije nizo zabashije gutsindira iryo soko (Tender) kuko zagombaga gutanga igihembo cya DIAMOND zigiha umuntu watsindiye ibyo bihembo.

Mbona ayo masociete yombi uko [2] ahamagaje abajyanywe mu gihugu cy’ubutayu kugeragezwa ngo haboneke intwarane izahabwa icyo gihembo,maze mbona Umuhanuzi mukuru w’ibyasezeranijwe ko ari we utsindiye ibyo bihembo.

Ahabwa icyo gikombe gikozwe muri DIAMOND maze mbona habaye ibirori bikomeye cyane umugore (itorero) warutegereje ko ari we uri bube uwa mbere mbona azabiranijwe nuburakari ngo kuko yumvaga ko ari we wagombaga guhabwa ibyo bihembo kuko ngo iryo shuli ryo mu butayu yatangiye kuryiga akiri muto (Sunday School) ngo none umuntu utangiye ubutayu ejo bundi akaba ari we uhawe ibyo bihembo.

Nuko hakorwa imihango yo gushyikiriza ibyo bihembo uwo muhanuzi mukuru w’ibyasezeranje maze, mbona atangiye kumwenyura anezerewe cyane.Nuko mbona ko n’Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe nawe atumiwe mur’ibyo birori, ndetse n’Umuhanuzi Majeshi Leon nawe ahabwa invitation yo kwinjira mur’ibyo birori byakataraboneka byabereye mu hotel ya kataraboneka ikomeye cyane ku isi.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko Uwiteka ajya agirira abakiranutsi bamwubashye ndetse bakamuhesha icyubahiro mu bantu kandi bakarangwa ni milimo yo gukiranuka bakiri mu isi ya bazima.

Nongera kwerekwa mbona Idini rya ADEPR ribuzwa amahoro ribura aho rizajya rikorera amateraniro,mbona umwakagara yohereza abantu bari baribuza amahoro kugirango risenyuke burundu,mbona bahawe uburenganzira bwo gusengera cyangwa guteranira muri gakondo y’Umuhanuzi kandi ntaburenganzira babiherewe na nyirayo.Gusa ngo hariho abantu bihaye kwigarurira gakondo ya bakiranutsi binyuranije na mategeko kubera umwuka w’Inzika y’Inzigo warushejeho kwiyongera cyane.

Ubwo nanjye nari hafi aho ngaho ndimo gutunganya umutsima kugirango haboneke amafunguro yuwo munsi.Ntangazwa cyane uburyo abantu bashobora kwikora bakinjira muri gakondo y’umuntu bagasenga batabanje gusaba uruhushya nyiraho.Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abayobozi ba ADEPR basigaye bayoborwa n’umwakagara aho kuyoborwa n’Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi.

Basigaye biringira imbaraga za bana b’abantu aho kwiringira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana nyiringabo yaremye Ijuru n’isi.Kubera ibyo, nabo ntibazigera basiga ibirenge ahubwo bazahora bagendagenda ntibazigera babona amahoro kandi ijambo ry’Uhoraho rizaba kure yabo kuko bambaye ibishura bijya kwera ndetse bagasasa hasi (declaration) aho gutunganya imitima yabo ahubwo birirwa bahigana na bandi ngo baratunganya ahantu bazajya basengera hase neza kurusha abandi bose.

Ariko nyamara birengagije yuko Uhoraho atajya yishimira ibitambo byotswa,ahubwo yishimira imitima itunganye kandi ikiranuka ikarushaho gushaka mu maso h’Uhoraho kurusha kwishimira ibigaragarira amaso ya bantu.Dore ntakabuza Umwakagara ntazabura gusenya iryo torero akarimaraho rigashiraho burundu niko Uwiteka avuga.

Nongera kwerekwa uburyo umwakagara yagiye akoresha abantu batandukanye harimo n’umuvugabutumwa Esther Marie Murebwayire gucyura impunzi z’abahutu bazikura muri Congo icyo gihe yitwaga Zaire.Bakaza mu mukamyo bakakirwa na bajepe R/G abasirikare bashinzwe kulinda umwakagara bagahita bafata b’Abahutu bakabajyana kubicira ahantu hatazwi bavuga ko babajyanye mu nkambi guhurwa nyamara harihi abatarageragayo ahubwo banyuzwaga iyindi nzira bakanyuzwa iy’ubusamo.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore amaraso ya bahutu yamennye kubera abantu bagiye kubigisha ngo batahe bakoresheje ijambo ry’Uwiteka bakorera ubutegetsi bwa FPR,ntakabuza ayo maraso ntazabura kuba kumitwe yabo kuko iyo bataza kwemera kuba ibikoresho izo mpunzi zitari kwemera gutaha ngo zicibwe ibihanga uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane maze rincira umugani riti,hari umunyarwanda wagiye mu gihugu cy’Ububiligi agezeyo atangira gucuruza icyayi,hanyuma bene wabo (abanyarwanda) baza kumusangayo.Maze abagirira impuhwe abigisha uburyo bwo gukora bacuruza icyayi, bamaze kumenya imikorere ye maze bamuca inyuma bamwambura isoko ryose yarafite.Ubwo uwo mugani nawuciriwe ndimo gusangira impungure zikaranze neza cyane nabagabo [2] turi muri gakondo y’Umuhanuzi.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,urabe maso kuko abagambanyi nibenshi kandi ntuzigere wiringira umuntu,kuko aho umuntu ari hose atekereza nabi, agakora nabi, kubera ishyari ryamurenze.Bityo rero menya ubwenge umenye uko ugenza kugirango utagwa mu moshya ugatangira kurya impungure uko niko Uhoraho akuburiye.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze nerekwa mpabwa imfunguzo zose zishoboka zogufungura ahantu hose(master Key) hashoboka (ubushobozi) maze ndabwirwa ngo”mwana w’umuntu,dore Uhoraho aguhaye ububasha n’ubutware bw’iburyo n’ibumoso uko ufashe izo mfunguzo mu maboko ymbi,niko Uhoraho ashyize ubutware bwose mubiganza byaawe kugirango ukoreshwe ibikomeye cyane mu isi ya bazima niko Uwiteka avuga!

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari family cyangwa umuryango bavuga ko bakunda kandi bakorera Imana,ariko kandi bafite nutundi tuntu bakoresha duherekeza ayo masengesho yabo (imbaraga z’umwijima) uwo mugabo n’umugore batanga ubuhamya bukomeye cyane uburyo Uhoraho yabanye n’umutware we cyane,uburyo yize amashuri mu gihe cy’abakoloni,uburyo yabonye Imana,ariko dore Uhoraho afite icyo abagayaho, ni uko banze kureka imico nimihango ya bacyera, bakajya bavanga vanga ibyo kwizera nibitizerwa.

None uzagende usenye utwo uhereye mugisenge cyabo izo mbaraga zose zikorera mur’icyo gisenge uzihantanture uzikubite hasi uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumba hafi no kumbamo muri jye,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore araje kandi aje aherekejwe na za magigiri ubwo uzajya guhura nawe bazaba bahagaze muri etage hejuru bamureba uburyo mugiye guhoberana kugirango bagere kumugambi wabo nyirizina wo kuguca igihanga none umenye uko ugenza kuko ibyo bagiye gukora arugushinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho avuga.Aho niho uzamenya yuko Uwiteka ariwe Mana uko niko Uhoraho avuga.

The Rhema (Rhema word tortoise, tortuous) «the first word means that a slow moving reptile with a domed shell»,«the second word means full of twists and turns ,length and complex»

maze ijambo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,dore ingabo witegereze ibirenge byabo ni ngendo zabo ubyitegereze neza ubasha kubamenya mbere yuko muhura bityo bizagufashe gutahura imigambi yabo.

Nuko nkomeza kwitegereza cyane imigendere yabo bagambanyi,umwe yarafite ibirenge byirabura,naho undi afite ibirenge byinzobe,umwe yagenderaga imbere undi agendera inyuma ariko amuri hafi,nuko ndabwirwa ngo«mwana w’umuntu we,ba maso cyane kuko inkozi zikibi zikomeje kugenza ubuging bwawe»ntibaryama ntibaruhuka kuzageza basohoje umugambi mubisha uko niko Uhoraho avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru bamuterura ashyirwa hejuru bamutambagiza umurwa wose kubera imilimo myiza agiye akoreshwa n’Uhoraho,maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umuhanuzi mukuru yinjiye mu masezerano yasezeranijwe n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho azajya agirira abamwubaha niko Uhoraho avuze!

June19,2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho ahagana ku gicamunsi cyo ku munsi wa mbere w’icyumweru,maze maze mpambwa ijambo ry’igihimbano cy’umwuka rivuga ngo«Abiringiye Uwiteka bameze nkumusozi ZION,ntibazanyeganyega kuko Uhoraho atanyeganyega uko niko nabo bizaba bagendekera niko Uhoraho avuze»

Abiringiye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ntibashobora kunyeganyega kuko Uhoraho azahoraho uko niko nabo bazahoraho iteka ryose! Aho bazareba abanzi babo bashyirwa mu muriro utazima w’iteka niteka ryose amen.Abiirngiye abo nu bwoko budakorwaho ni nkozi zibibi naho zakoresha imbaraga zingana gute,ntabwo bashobora kutsinsura ubwo bwoko kuko bwakunzwe n’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Niyompamvu ubwo bwoko buzagirirwa neza n’Uhoraho kugirango bumenye neza yuko yabukunze akaburitisha ubundi bwoko nandi mahanga yo mu isi yose kugirango buzabe ubwoko bwihariye bw’Uwiteka ikiranuka niko Uhoraho avuga.

Maze kuririmba nsa naho nduhutse gato ndirambika kuko numvaga nguye agacuho kubera imirimo myinshi cyane maze ako kanya njyanwa mu iyerekwa mbona inkoko bita rusake (Umwuka wo guterekera) w’abadayimoni ubuza ubwoko bw’Uhoraho guhabwa umugisha uwo mudayimoni ubusanzwe akaba arumutererano.

Mbona ikuwe mu bubiko bwayo aho bayishyize,ukuboko kutagaragara aho gufatiye haba ku muntu cyangwa cyindi cyaba icyari cyo cyose kurayizana maze mbona kwa kuboko gufashe icyuma maze gukata ijosi rya ya SAKE ako kanya isaturwamo kabili maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,inzitizi z’umudayimoni zari zikuri imbere zikuweho.

Nuko nkomeza guhimbaza Uwiteka Imana yanjye numva nezerewe maze wa munaniro narimfite sinaba nkiwumva ahubwo usiburwa no kunezerwa no kwitera hejuru kubera inaze y’Uhoraho iyo imaze ku kugeramo iturutse mu ijambo ryayo nta kindi kiba gisigaye usibye kunezerwa gusa no kwibera mu Mana Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

June 20, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona za invitation zakorewe hanze mu bihugu by’Uburayi (import) izo invitation zari zanditseho izina ry’Umukuru w’igihugu cy’IBABYLON (UHURU) mbona ni invitation z’ubutumire zijya zihabwa abakoze ubukwe cyangwa ibirori byabakomeye b’abanyacubahiro bakomeye mu isi ya bazima.

Noneho icyantangaje ni uko uzi invitation zari amoko atandukanye kandi ari nyinshi ariko zikoraye ubuhanga (ubutumire bw’urupfu) cyakora harimo imvitation [1] gusa igaragaza yuko umukuru w’igihugu afite ibirori birimo gutegurwa (ubukwe) iyo niyo yari nziza kuruta izindi zose.

Impamvu yo gucuruza za intation ngo n’ukugirango arusheho kumenyekana cyane kuruta abandi bakuru b’ibihugu by’Africa kubera afite amafaranga menshi cyane (imbaraga) nubutunzi bwinshi cyane kubarusha. Nkomeza kumwerekwa cyane mbona turinkumwe arimo kuzitira ahantu twatabye ibitoki bikora umutobe kugirango nibimara gushya tubiteguremo umutobe wo kunywa ariko asaba yuko twahazitira kugirango ibisambo bitaza kwiba ibyo bitoke!

Uva aho ngaho ambwira yuko ngo abantu benshi baza kumubwira yuko ngo habonetse imigezi myinshi yo guteguramo imishinga ngo kandi iyo migezi ba rutuku bakaba bayishyigikiye kandi nyamara we,afite amashillingi menshi kurusha ba rutuku ariko bakaba batamubwira umushinga nyirizina ahubwo bavuga imigezi gusa ng aha naha twavumbuye imigezi (ibibazo byahantu hatandukanye) ariko ibyo bibazo bikaba birimo gucuruzwa na bamwe bishakira inyungu zabo.

Nkomeza kwerekwa imigambi ya bazimu nabadayimoni,maze nerekwa mbona inkoko kazi iraririye amagi (Gutwita Inda ya badayimoni bari hafi kuvuka) mbona ya nkoko kazi ivuye mu magi yayo,igiye hanze gutoragura,maze mbona ukuboko gufashe inkota (ijambo ry’Uhoraho) gufata ya nkoko kazi kuyishyira kugiti cyaraho maze gutema ijosi rya nkoko kazi icikamo kabili igihimba gitandukana na n’umutwe maze ya nkoko kazi ihita irapfa.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni bari baguhagurukiye bacishijwe bugufi kuko Uhoraho akoze ibikomeye akaba akugiriye neza,kandi akaba aburijemo imigambi y’inkozi z’ibibi niko Uwiteka avuga.Dore abana b’abadayimoni bari bagiye kuvuka ngo bakurwanye bishwe bakiri munda ya nyina (umudayimoni) niko Uhoraho avuga.

Nongera gusubira mu iyerekwa maze mbona ndikumwe numusore w’umuvuga butumwa arimo ambwira kwizera kwe,nuburyo akorera Imana yo mu Ijuru. Ariko akaba ntawumwitayeho ngo abe yanamufasha.Nyamara yavugaga ibyo ageretseho no kuba afite akazi akora kamaboko maze ndamubaza nti,ese wowe ko ugendera mukwizera kwibyo ubona kuko uhembwa kubera ukora umulimo wa maboko naho twebweho tukaba twarahisemo kwizera Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

kandi ikgeretse kuri byo tukayizera turi no mu mahanga ndetse akaba ntawundi mulimo dukora usibye umulimo wa data ubwo wumva ari wowe nanjye ufite kwizera ari nde?

Umwuka w’Uhoraho anzaho maze arambwira ngo«Umugaragu w’Uwiteka Intumwa Paul wahoze yitwa Saul yaravuze ngo,twebwe tugendera mu bitagaragara naho mwebwe mukayogorwa nibigaragara mwarangiza mukabyita kwizera!?»

Nyamara ubugingo nibwo bubakoreramo, naho twebwe twahindutse indiri y’urupfu rwa hato ha hato tuzira ijambo ry’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Kuko bahora batwica umunsi ukira ariko mwebwe muguwe neza muranezerewe ndetse mutiny uyu mulimo ko wabateza akaga gakomeye maze mukihitiramo umulimo ubaha kumenyekana nicyubahiro ariko twebweho wagirango twaciriweho iteka nyamara ari twe tubeshejeho ibifite umwuka wa bazima.

Nerekwa mpagaze hejuru y’umusozi hagati mu Nyanja nini kandi ndende cyane (Isi) nuko mbona urubyaro rw’inkozi zibibi bahagaze hakurya ku nkombe usibye iyo nkombe yari kure cyane kandi nkabona nta kuntu nayigeraho ariko nkumva tukaganira neza tukumvikana nkabasha kumva ijwi ry’uwo tuvugana ariko simbashe kureba uwari we usibye ko nabashaga kumumenya kubera ijwi rye!

Mbona yuko barimo gushakisha uburyo bwose bwo kungeraho ariko bikabananira kuko nta bwato bwari buhari bwa babashisha kugera aho narindi kumusozi hejuru (isi y’ibibazo) nuko dukomeza kujya tuganira ariko ariko ndi mu mazi hagati naho bo bari hakurya ya mazi cyangwa inyanja (kuba hanze y’Isi) maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abahiga ubugingo bwawe mubasha kuvugana mukoresheje ikoranabuhanga ariko ntabwo bafite ubushobozi bwo ku kugeraho kuko uri hagti y’isi nah obo bakaba kuruhande rwayo kandi badafite uko bakugeraho nubwo bakuganiriza neza nibo bagome bambere babagambanyi bahiga ubugingo bwawe niko Uwiteka avuga.

June 21, 2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona inama nkuru ya bagore (abarozi) yabereye ikuzimu iyo nama ikaba yariyo kugambanira umurimo w’Imana w’Ubuhanuzi ukorwa n’Umuhanuzi Majeshi Leon,Umuhanuzi mukuru w’ibyasezeranijwe,Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe ariko cyane cyane kuko abo bandi batazwi batigeze bishyira ahagaragara ngo bamenyekane banzura basaba yuko babanza guca igihanga Umuhanuzi maze abo bandi bakazaba bamnyekana hanyuma yuko Umuhanuzi amaze kwicwa!

Uburyo bwo kwica Umuhanuzi nerekwa bemeza yuko bagiye guteza umwuka w’impanuka (accident) maze basaba umudayimoni ushinzwe gukoresha accident ko bazavunagura murukenyerero kugirango atazongera kubasha kugenda cyangwa ngo atirimuke ava aho ari icyo gihe tuzaba tumurangije maze ivogonyo rye ryo guhanura rya buri kanya burisaha buri sogonda ryaturambiye!

Ubwo nitumara kurangiza uwo mulimo tuzakurikizaho Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe kuko twakoresheje umuntu wacu wigize umuntu w’Imana ngo amutunekere (Magigiri) maze amubaza abo bantu ajya avuga bitwa umukuru w’ibyasezeranijwe n’Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe maze amubwira abari bo none twarabamenye ubu nta kibazo tugifite kuko twamaze kumenya uko bakora buri wese tukaba tuzi umulimo we akora ariko Umuhanuzi cyane cyane kuko ari we ushinzwe gutanganza ubuhanuzi reka tube ari bo duheraho.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,uribuka umuntu wigize umukiristu akakwandikira amagambo meza cyane yisobanura uwo ari we, maze akakubaza amazina ya bantu ukunze gukoresha mu nyandiko z’Ubuhanuzi? Nanjye ndasubiza nti,ndabyibuka!

US-Dollar

 

 

 

 

 

Ati uwo yari magigiri kuko yanakwemereye kohereza amadollar [10] uramwemerera yashaka kumenya andi mazina ya bantu mwaba mukorana maze nawe uramurindagiza kuko wari wamaze kumenya ikimugenza umuhindura rubwebwe nawe ahinduka imbwebwe agenda azi neza ko yakurangije ku kugigira maze atanga raporo ayiha inkozi zibibi iyo nama bakoze rero ikaba ishingiye kuri izo infos wabahaye maze babifata nkaho ari ukuri niho bahereye bakoresha inama yo ku kugirira nabi ariko uhumure Uhoraho akubereye maso ntabwo imigambi y’incakura n’inkozi zikibi izigera ituganywa ngo igere ku ntego yabo uko niko Uhoraho avuga.

Nuko rero mwana w’umuntu urabe maso cyane kuko bagiye kohereza uwo mwuka w’impanuka ngo bakenyure ubugingo bwawe,ariko ibyo byose bakora barasa nabashinga umuhunda kukirenge kuko birebera mu ndororwemo mukanya gato bakaba bibagiwe uko basaga uko niko nimigambi yabo iburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana yawe niko Uhoraho avuga.

Ikindi kibabaje cyane bamaze kujomera babona umugisha Uwiteka yohereje ngo ukomeze kandi utunganye imilimo itaratungana kugirango uyirangize kuko bamaze kubona yuko wongereye izindi nshingano z’umulimo w’Uwiteka Imana yawe ukorera kugirango bayiburizemo kuko ubuhanuzi ubwa bwo bumaze kubangiriza imigambi yabo yose nta cyo bashobora gukora ngo bakigereho niko Uwiteka avuga.

Intambara ya nyuma ya Congo.

kagame-na-rdf-3-150x100

 

 

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara agiye gusubira kurwanira muri Congo kuko hagiye kubayo intambara ikomeye kandi iyo ntambara ikazaba ar’inyuma.Kuko ingabo za RDF zirushye cyane kandi zikaba zirushye kurwana intambara zitagira impamvu ahubwo zikaba izo kwiba no gusahura igihugu cya Congo cy’abaturanyi kandi ari cyo bapfuye n’uRwanda.

Dore bazagenda kuko babuze uko bagira,ariko nibamara kugerayo bazanga kurwana kandi nibanarwana bazaneshwa kuko ukuboko k’Uhoraho kwari hejuru yabo kwamaze kubavaho uko niko Uwiteka avuga.Dore bamwe bazagoterwa ahantu hakure cyabe kuko batazamenya inzira ibagarura muri gakondo yabo,bazashirirayo nyamara umwakagara azaba yigaramiye murugo iwe iyo ikazaba ariyo ntambara ya nyuma izakuraho umwakagara uko niko Uhoraho avuga azahera burundu nka hene zagiye umuti wa mpezayo niko Uwiteka avuga.

Abafasha babo bazahura nakaga gakomeye nta cyo umwakagara azabamarira ahubwo bazirukanwa mu macumbi yabo bazabura Epfo na ruguru kuko igihe cyabo cyo kwinjira mu butayu kizaba kigeze kugirango nabo bamenye yuko Uwiteka ashobora byose kuko iryo jambo ryavuzwe n’umukuru w’igihugu ariwe umwakagara buri muturage utuye kiriya gihugu rizamugiraho ingaruka kugirango bamenye yuko noneho Uhoraho ashobora byose mu isi ya bazima uko niko Uhoraho yabitegetse!

Umuhanuzi mukuru ahabwa Radio yo kuzajya itangaza amakuru yo mu Ijuru.

Radio

 

 

 

 

Nongera kwerekwa Umuhanuzi mukuru w’ibyasezeranijwe yongera guhabwa isezerano ryo gufungura Radio STATION maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira Umuhanuzi mukuru w’ibyasezeranijwe yitegurire guhabwa umugisha n’Uhoraho kuko ibyo Uhoraho yavuze no kubisohoza azabishoza kugirango ibyavugiwe mukana k’Umuhanuzi bisohore niko Uhoraho avuga.

Nuko mbona abantu bamuzi bose batangajwe nuko afunguye radio nyamara akigenda na maguru ataragra imodoka (kwicisha bugufi) maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,kubera uko kwicisha bugufi nicyo cyatumye ngambirira kumugirira neza kuko yabaye umwizerwa agendana n’Uhoraho ibihe bye byose yagendanye nawe mu gihugu cy’ubutayu bugufiya uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa ko namara guhabwa umugisha azatangira kubona bene wabo batari bamuzi nawe atarazi ariko kuko azaba amaze gushyirwa hejuru abo baziranye bazifuza kwitwa kuba bene wabo cyangwa bafite icyo bapfana ndetse bazaza bisobanure cyane kuko bafitanye ibisanira bya hafi cyangwa byakure kugirango babone uburyo bamukuraho umugisha uko niko Uhoraho avuga.

Abasaza [2] b’Abanyamurenge murusengero rw’inkozi z’ibibi, bubaha Uwiteka Imana

Church2

 

 

 

 

Nkomeza kugirirwa Ubuntu n’Uhoraho nerekwa urusengero rw’abaCongoman biyita abanyamurenge bakaba bakomoka mu bwoko bw’Abatutsi,urwo rusengero rwalimo abasaza [2] b’Abakiranutsi bubaha Uwiteka Imana bahora basaba Imana ngo yigaragaze kuko muri urwo rusengero halimo inkozi z’ibibi nyinshi uhereye kubagore bakuru kugeza kudukobwa dutoya bakora umwuga wo guhumanya ubwoko bw’Uhoraho.

Mbona hamanutse imbaraga z’umwuka wera maze zisenyagura za mbaraga zabo barozi mbona bose barahunze kandi bahunga bamaze gushyirwa ikimeyetso na mwuka wera bari bahengamye uruhande rumwe rwumusaya ndetse igice kimwe gihengamye kubera banze kumva imiburo y’Uwiteka ahubwo bagakomeza inzira zabo zo gukiranirwa!

 

 

 

 

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu minsi iri mbere Uwiteka agiye gukora icyintu kidasanzwe ubwo alimo gutegura inzira z’ububyutse azamanura imbaraga zidasanzwe kandi zikomeye z’umwuka wera kugirango akoze isoni abagore (b’Abanyamurenge kazi) bihaye gukora umwuga wo guhumanya ubwoko bw’Uhoraho munsengero.

Kandi ibyo babikora badatinya Imana kuko batabona imbaraga z’Imana murusengero none bahagize ahantu ho gukorera ibibi gusa.Niyompamvu Uwiteka agiye kubakoza isoni akabashyira ku karubanda kugirango bamenyekane yuko arabarozi kazi bagomeye Uwiteka Imana ndetse bakagerekaho no kumusuzugura bakamusanga no mu ngoro ye yitirirwa izina rye bakaba ariho bakorera imilimo yabo yo gukiranirwa bahumanya ubwoko bw’Uhoraho uko niko Uwiteka avuga.

June 22, 2016 ku gicamunsi ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zikomeje kuguhigira hasi no hejuru,ariko uzihorere winumire ahubwo wikorere amasengesho yo kuburizamo imigambi yabo kuko ibyo bagambiriye arugukiranirwa gusa bakaba badafite imigambi myiza kubugingo bwawe.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumburira uko ibintu bimeze,rirambwira riti,dore izo nkoramaraso zizahora zituranye n’ibituro by’abo bishe batariho urubanza,kandi umwuka w’Inzika y’Inzigo uzabahoraho iteka n’iteka kuzageza igihe bazavira mu isi ya bazima kuko bacumuye babigambiriye nta mbabazi bateze kuzahabwa kuko batigeze banicuza mu mitima yabo ibyimilimo mibi bakoreye mu isi ya bazima uko niko Uwiteka avuga.

Dore bamaze kwirenza inzira karengane bayiziza ubusa,none bahawe amabwiriza yuko bakwiye gukoresha inzira zose zishoboka bakabona uko bakugeraho kugirango basohoze imigambi yabo mibisha.

Nyamara banze kwizera no kwiringira ijambo ry’Ubuhanuzi,bahora bumva yuko bafite ubwenge kurusha umwuka w’Uhoraho,ariko banze kwiringira kwizera yuko Uhoraho ariwe watangije umulimo wo kugigira ubwo ubwoko bwayo bwavaga mu Egypt maze Uhoraho agategeka umugaragu we Moses kuhoreza intasi kujya gutata igihugu bagiyemo bahaweho gakondo cya Cannan.

dove

 

 

 

 

None se mwana w’umuntu,ninde watata kurusha Uwiteka Imana ya bakiranutsi?Uko niko Uhoraho abaza!Dore bamaze igihe bagutata cyane bakoresheje za e-mail kuko ibyo kujya bakoresha ikoranabuhaga bakamenya aho uherereye icyo cyarakemutse,dore benshi bagerageza kohereza inzozi bahimbyahibye ngo barebe ko Wabasha kuzisobanura kandi ibyo babikora bibwira yuko ari bwo buryo bwonyine bafite bwo kuba bagutata bityo bakabasha kugera kumuambi wabo.

Nyamara bahora birengagiza yuko wahawe umwuka wo kumenya no kureba ibiri kure y’ubwenge bw’umuntu.Ariko kubera inkovu zibyaha zanze gukira ziri mu mitima yabo,bahora birengagiza ukuri bagakora ibyo gukiranirwa kuko nibyo byababereye ubuzima ndetse ntibajya banatekereza yuko nyuma y’ubu buzima hari ubundi buzima kandi bazabazwa ibyo bakoze bijyanye no gukiranirwa uko niko Uwiteka avuga.

Cobra

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wihangakishwa n’uwo muntu Uwiteka yaguhishuriye ko afite ibibazo bikomeye,dore nubwo wamugiriye impuhwe,ntabwo yizera ko wamusengera akabohorwa!Nyamara niwe wakwibwiriye yuko yarose ahetse inzoka yitwa COBRA mu ishashi iri mu mugongo.

Ibyo Uwiteka yamuvuzeho ni ukuri biragoye kumugirira neza kuko abanyaBABYLON bafite umwuka wo kwiyemera no kwibona nyamara ibyo Uhoraho abavugaho barabyumva bakanabyemera ariko ikibazo ni uko bumva yuko ibisabwa kugirango babohoke bumva yuko ari bo babyikorera kuko bumva yuko biboroheye kubona Imana ikiranuka niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona nyuzwa ku nkengero z’ubutayu bugufiya namazeho umwaka wose nyuma yo gukurwa mu butayu ntegereje ko inteko zo mu Ijuru zifata icyamezo cyo kurangiza ubutayu.Maze aho hose nanyuze ku nkengero z’ubutayu nagiye mpasanga aba General b’umwakagara ariho bari bayobowe na Gen.Nkurunziza Jackson (Nziza) bategereje kwinjira mu butayu hagati buri munsi yaw a musozi wubatseho ishuli ryo kwigisha abatutsi kubaha Uhoraho no kumenyeshwa yuko ashobora byose!

Nuko mpabona na badayimoni babo,amatungo yabo,mbese buri kintu cyose cyabo byose bari kumwe na byo ku nkengero z’ubutayu bugufiya bategereje kwinjizwa mu butayu nyirizina dore ko bari babukereye.

Mu gihe narimo nzeguruka ubwo butayu nitegereza uburyo ubwo butayu buzengurutswe na banyakubahwa b’umwakagara,mbona ko,nibamara kwinjizwa muri ubwo butayu,bazahita bazamuka umusozi mure mure cyane bava muri gakondo naho abandi banyarwanda nabo binjira muri gakondo ya bakiranutsi.Ndabwirwa ngo«mwana w’umuntu,dore uko byagenze muri 1994,ninako bigiye kongera kugenda»kuko bamwe barasohotse,abandi,barinjira.

School

 

 

 

 

 

Mbona nzamutse  ishuli ry’ubakiwe ubwoko bw’Abatutsi kumenyeshwa kubaha Uwiteka Imana yabo,narindikumwe nundi munyeshuli tugeze hagati,duhura n’umumwalimu utwigisha maze arambwira ati,nimumanuke musubire murugo kuko ikizamini mwagikoze neza kandi niba uyu azatsinda,ubwo yavugaga jyewe,abwira wa munyeshuli mugenzi wanjye ati,nawe uzatsinda kuko yahawe ibisubizo mbere yuko akora ikizamini bityo uwo yikundiye wese amukopeza ikizamini.Ku bw’ibyo,nta mpamvu yatuma mugaruka ku ishuli kandi tuzi neza yuko mwamaze gutsinda ikizamini ahubwo mutegereze certificate zanyu muzagaruke kuzakira uko niko Uhoraho avuga.

Ubwo tumanuka uwo musozi wubatsweho ishuli ryigisha abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi,tunezerewe cyane kandi dushima Imana yuko turangije ibyo bizamini byari byaratubereye urukoza soni!Nuko ndabwirwa ngo«mwana w’umuntu,igihe cyo kugeragezwa kw’Abatutsi,kirasohoye,none urabe wigirayo ubahe akanya gahagije batazavuga yuko babuze ubwisanzure bwo kugeragezwa niko Uhoraho avuga»

Nuko mbona abanyarwanda bahuze gakondo yabo,kubera ubutegetsi bw’igitugu nikinyoma,bwa RPF,barimo bitegura gutaha kandi abanyembaraga bakiri ku ngoma.Numva birantagaje nibaza uburyo bazasimbura kubutegetsi mu mahoro kandi abanyagitugu baranze amahoro biranyobera peee!

Ndabwirwa ngo«mwana w’umuntu,uko niko bijya bigenda,kuko abantu babanza gukoreshwa cyangwa gukora gahunda zose mu buryo bw’umwuka hanyuma ibigaragarira amaso ya bantu,physical appearance  bikazagaragara hanyuma niko Uhoraho agize!» nsobanukirwa iyo mvugo nubwo yari yabanje kunjijira.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,tega ugutwi maze wumve uburyo umwakagara alimo kwitotomba kubera ko yamenye yuko agiye gukurwa ku ntebe ya bukunzi.

Nuko numva umwakagara avuga ko,ngo mbere yuko akurwa kuri iyo intebe ya bukunzi azabanza kwihorera ku bakuru b’ingabo n’abaciviliani ngo kubera yuko bamugambaniye bakanga ko ahabwa manadat ya lll none nawe,agiye kubakorera ibuye rishyushye bamukoreye bibwira yuko atazabimenya.

PK.Panama

 

 

 

 

Numva aravuze ngo”ndabizi ko abatutsi batakunda no kubayobora nabayoboje igitugu ariko nabo bagiye kubyishura kuko banze amahoro yanjye ntampamvu yo kuyabasigira ngo banezerwe mu byo naruhuye,ahubwo bakwiye kwicuza bakifuza ibyo banze cyangwa ibyo barwanije icyo gihe bazamenya ko nari mbafatiye runini.

Nerekwa umusirikare mukuru w’ipeti rya General witwa Mulisa ashyirwa mu bambere umwakagara ashaka kwivugana ngo kubera yuko ari mu batutsi badakunze umwakagara uko niko Uhoraho avuga.

Igitangaje ibyo byose umwakagara yabivugiraga ndetse akanabikorera ku karubanda nta cyo atinya mbona ahamagaje ibitangaza makuru byose kugirango avuge kandi ashyire ahagaragara ibyifuzo bye,ariko harimo niterabwoba yereka abagiye  kumukura ku ngoma yuko hagiyekumeneka andi maraso ndetse bishoboka yuko hamneka aruta ayamenetse muri 1994 muri genocide yakorewe abatutsi bagizwe ikiraro nibitambo ngo bagere kubutegetsi ku ngufu za gisirikare.

rpf

 

 

 

 

 

Mbona ibikomangoma bya RPF byegera umwakagara bimusaba yuko manda ya lll ya 2017 yayiha umugore we,ariko we akareka kongera kwiyamamaza aho kugirango habe intambara yatuma bongera guhunga cyangwa igasenya ibyo bari bamaze kugeraho byose,ariko umwakagara abima amatwi yanga kumva izo nama bamugiriye.Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,Uhoraho yanangiye umutima w’umwakagara kugirango anangire ku ngoma maze ibyahanuwe bibona uburyo bizakora umurimo wabyo.

Niyompamvu umwakagara adashobora kugirwa inama iyari yo yose kuko aramutse yemeye inama za bantu,umwanzi yaba aburijemo imigambi y’Uhoraho ngo itazasohora maze isi yose igakomeza kwibera mu icuraburindi ritagira umucyo kandi umucyo waravuye mu mwijima uko niko Uhoraho avuga.

Amaze kwinangira,mbona ibikomangoma byose biramanjiriwe binanirwa guhunga,binanirwa gukomeza gutegekana n’umwakagara bahera mu gihirahiro kuzageza igihe bazacirwaho iteka nk’uko ibyahanuwe bibivuga ko inkozi zibibi zose zizacirwaho iteka hakaba ari nta numwe uzarokoka cyangwa ngo acike ibihano by’Uwiteka Imana ya bakiranutsi bityo bakazamenya yuko Uwiteka ariwe mugenga wa byose mubikorerwa mu isi ya bazima ndetse haba hejuru no hasi y’isi uko niko Uwiteka avuga.

Nongera kwerekwa za magigiri zikikira imihanda yose zifata ambush ngo zitegereje kubona Umuanuzi aho aturuka ngo bamucure inkumbi,mbona bihishe muri za ruhurura nahandi hatandukanye maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,reba uburyo inkozi zibibi ziri mukaga gakomeye ko guhiga Umuhanuzi kandi batazi naho aherereye ariko kubera ubuhnauzi bwabateye ubwoba bahisemo kujya bahiga hirya no hino kugirango barebe yuko bamuca iryera nyamara bidashoboka yuko bamugeraho kuko mbere yuko bamugeraho uba wamaze kubihishurirwa.

Nuko rero ugenze kwa kundi ujya ugenza maze wigumire mubuvumo utegereze uwo muhengeri ubanze werekeze aho ugomba kujya maze ahasigaye ubone gukomeza umurimo wawe wo gutangaza ibihanurwa kugirango ubwoko bw’Uhoraho butazavuga ngo ntibwamenye niyompamvu bwahuye nibikomeye batashyira urubanza k’Uwiteka bitwaza ko batamenye ahubwo bacirwe urubanza ko bananiwe kwiringira ijambo ry’Uwiteka Imana ngo bakize ubugingo bwabo niko Uhoraho avuga.

Noah

 

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho ryababereye nk’igihe cya Noah babwiwe ibizababaho ariko banga kubyizera nyamara Uhoraho yabahaye ighe gihagije cyo kwihana ngo bakize ubugingo bwabo ariko banga kwihana ndetse bakomeza kubiririmba babihindura inirimbo ya kumanywa na nijoro kugeza igihe cyageze maze ibyahanuwe bigakora umurimo wa byo nyuma y’imyaka [120] yose baranze kwihana ndetse ni mvura yarabuze ariko ntibyigeze bibatera ubwoba nahato ahubwo barushijeho gukiranirwa no gukora ibyangwa na maso y’Uwiteka kugeza barimbutse maze Uhoraho agirira neza Noah Uwiteka amukizanya na bantu be [8] hamwe ninyamaswa zose ninyoni zose ikigabo nikigore kugeza iminsi [150] umwuzure urangiye ku isi bagasubira kujya gutangira kororoka mu isi nshya itarifite umuntu n’umwe.

Rene

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona umu Pastor (umushumba)wakoreraga mu idini rya Evangelical Restoration Church witwa Serukira,mbona avuye mur’iryo dini ajya gutangiza irye kugirango ajye arushaho kubona amaturo ni bya cumi byinshi  kandi ubwo yakoraga ibyo,inyuma ye,hari abandi banyamurenge bamwoshya kugirango avemo hanyuma bajye kwitangiriza iryabo bajye babona uko nabo babona intonorano zikwiriye.

Ubwo bari bamaze gushaka abazungu ubusanzwe bakora ubu bucuruzi bw’amadini bakaba barabigize umwuga.Nuko baragend ababanza kugura ikibanza maze kukigura bategura ahazubakwa urusengero barangije basubira muri ERC kugirango bajye gukangurira nabandi bagenzi babo bazavemo ari benshi maze batangire ubwo bucuruzi bugezweho muri iki gihe aho umuntu ashore (Bible) gusa ibindi byose bikikora ubukire bukaza bwirukanka.

Ubwo nkirimo kwerekwa ibyo,numva undi musore na none w’umunyamurenge bakomoka mu bwoko bw’Abatutsi ubusanzwe bayita abanyeCongo nawe numva avuga ati,ngiye gutangira ivugabutumwa rikomeye cyane nzajye njya kubwiriza hirya no hino maze ndebe yuko nanjye mpabwa kimwe kicumi 10% kandi ubwo murumva icyo mvuga ubwo yabwiraga ababo maze nabo bakamushyigikira cyane uwo musore ntiyarengeje imyaka [25] y’amavuko.

bible

 

 

 

 

 

Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,erega mwana w’umuntu,umwana amashereka yonse niyo amukuza,wumvise imigambi yubucuruzi iri mu banyamurenge biyemeje gutandukana n’Uhoraho kubera gucuruza ijambo rye?Nanjye ndasubiza nti cyane rwose nabyumvise nuko ndabwirwa ngo«ubwo bwoko bw’abatutsi bwihinduye ubwoko butari bwo,buravumwa wa muvumo kubera kutumvira Uwiteka Imana no gufata iby’ubugingo bakabihindura iby’ubuzima bwa none»

Nuko rero andika ubabwire uti,dore Uhoraho abaciriyeho iteka kuko mutagira isoni zo kumuza isoni kukarubanda kandi mukiha kwigisha ibyo mutazi mutarigishijwe na nyiri mulimo none muhame hamwe mwitegurire guahanwa kuko intumva y’umupfafa bayihata inkoni mu bitugu niko Uhoraho avuga.

apotre_gitwaza

 

 

 

 

 

Ubwo nkomeza kwerekwa umunyamurenge mukuru muri bo wazanye gukiranirwa hagati muri bo witwa Muhirwa Paul Gitwaza mbona ansanze mu cyumba cya masengesho aza avuga ko nawe aje gusenga Imana yo mu Ijuru.Naho ubwo yaravuye mu nkozi zibibi ahawe izindi mbaraga z’umwijima azajya akoresha maze mbona aje afite amashillingi ya Uganda maze mubwira mukinisha nti,ese wampaye amashillingi nkagura umuagati turi bufungure turangije amasengesho!

Ubwo afata ibihumbi [5000] by’amashillingi ya Uganda arampereza ngo njye kugura umugati abone uko asigara mu cyumba agihumanya,ubwo nanjye ndasohoka ndagenda ngo ngere imbere gatoya mbona ya mashillingi yampaye atwawe numuyaga ageze imbere ahinduka inzoka yuruziramire noneho irahindukira igaruka ije kutumira ubwo narikumwe nabagenze banjye mbari imbere ndasimbuka njya hejuru ndamanuka nyikandagira kumutwe ihita iturikamo kabili.

Cobra

 

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Gitwaza ahawe izindi mbaraga ariko zitagira umumaro zingana na mashillingi ya Uganda atagira agaciro mukarere k’Africa y’uburasira zuba,akaba ariyo ya nyuma none izoa mbaraga Uwiteka akaba azirangije kuko Gitwaza yamaze gucirwaho iteka kandi nta gikorwa na kimwe kijyanye nibikorwa by’umwijima azongera gukora ngo gitunganye kuko Uhoraho yagushyiriyeho kugirango wangize kandi urimbure ndetse usenye imikorere ya bagizi ba nabi bihaye kwangiza ubwoko bw’Uhoraho uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero shyira ahagaragara imbaraga z’umwijima Gitwaza yarazanye gushyira mu bwoko bw’Uhoraho bukomeje kuba injiji bagakomeza kugendera munsi y’ubuyobozi bwe,nanjye nzajya nsenya imbaraga ze kandi mukoze isoni kugirango ubwoko bwanjye bwajijiwe bumenye yuko ibhanurwa arukuri uko niko Uhoraho avuga.

Niyompamvu ijambo ryanjye rivuga ngo naho umuntu yaba impumyi ntazayoba iyo nzira,nuko rero bariya babaye impumyi mu byo kwizera ntabwo bazayoboa kuko nzakorera imbere ya maso yabo ibibahumura kugirango bamenye yuko Gitwaza akorera Satani akaba akoreshwa nabadayimoni maze icyo gihe bazamenya yuko umuhanuzi w’Uwiteka ibyo yahanuye abwirijwe n’umwuka w’Imana byari ukuri kandi icyo gihe bazihana kutizera kwabo no kutemera ijambo ry’Uwiteka ryavugiye mukanwa k’Umuhanuzi bakanga ko ryinnjira mu matwi yabo niko Uhoraho avuga.

Nerekwa undi mu Pastor witwa MBAGARIYE ANDREW yigeze kuba umusirikare wa APR,nyuma azakuvamo asubira mubuzima busanzwe ahinduka umucivile akaba yari umuvugabutumwa wa ADEPR akaba yaragize uruhare mu mavugurura ya 1996 aza kuva mur’iryo dini ryibasiwe na Satani ariteza intambara zidasanzwe zirimo niza politike nyuma Andrew aza kujya mu idini rya ba Presbyterian ahakora umurimo w’Imana naho biranga.

Kubera umuvumo wa kimwe cy’icumi% yatwaye ubwo twari dufunze kulindi wa KANOMBE kandi cyari icyabafungwa akabasiga iheruheru kuko icyo gihe jyewe nari nakuwe kulindi nanjyanywe Kanombe mu military tuza gufugurwa maze musaba yuko yasubiza amafaranga y’Uhoraho muri gereza kuko Atari ayacu maze arabyanga mubwira yuko azamubera mpagama akazamufata mu ijosi iminsi ye yose yo kubaho.

Nyuma yo kwirukanwa muri Presbyterian yahise ahinduka umupagani ageza naho agurisha umufasha we ngo kugirango babone ubutunzi bw’iyisi,nuko aramugirisha kugeza ubwo uwo muherwe yaje gufatwanwa na madawe wiwe ku kagambane kamadame we nawe ubwo kugiti cye maze uwo mukire bamuca amande maze babona ayo gucuruza dore yuko yari yarashingiye madame we iduka ariko atazi yuko afite umugabo.

Nuko mwerekwa noneho ashorewe na police (abadayimoni) maze mbona afite umufuka w’ibirayi hamwe n’Imodoka (ubuyobozi) y’Ivatire nibindi bintu byinshi maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,dore Andrew yongeye kujya murindi idini ajya gukorerayo amafaranga babyita ko ngo bakorera Uwiteka none yongeye kugambinira uwo bakorana umurimo kubera gukunda iby’isi kandi adashoboye kubishaka usibye gukoresha uburiganya nubuhemo kandi akaba atajya yihana none andika ibyo ubishyire ahagaragara kugirango abakiranutsi bamenye yuko yanze kwihana kand ko aciriweho iteka n’Uwiteka Imana yo mu Ijuru uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubwire abiyita abakomisiyoneri ko bifuza indamu mbi,kandi ko nibatihana dossier yabo igiye kugezwa mu nteko yabacamanza bakazasigara bategereje inteko ya bacamanza bo mu Ijuru ko bakora umwanzuro wirangiza rubanza nuko rero babwire bihane iyo milimo mibi yo kwifuza indamu mbi kuko bari muri bamwe batumye isi isharirira abayituye.Bitaba ibyo hakaba nta mbabazi zibasigariye ahubwo bakazacirwaho iteka niko Uhoraho avuga.

June 23, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona gakondo ya bakiranutsi imaze gutunganywa yakuwemo ibyondo nibyonona kuko inkozi z’ibibi z’abagore zari zimaze guhunga kubera umuriro wa masengesho ku munsi wa kabili ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore imbaraga z’Uhoraho zirukanye indyanyi zinjiye mu mulimo w’Uhoraho rwihishwa kugirango zangize urutoki rw’umuzabibu rwatewe n’Uwiteka Imana arutereye abakiranutsi kugirango bazajye babona aho basoroma nzibibu ariko buri gihe inkozi z’ibibi zijya gusura ko zamaze kwana kugirango zangize hatazaboneka izizasarurwa.

Ndabwirwa ngo,manuka ujye mu murima wirukane ibyonnyi byamaze gusatira umurima w’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Ndamanuka nsanga inkozi z’ibibi zamaze kwigabiza umurima zatangiye kwona maze zimbonye zirahunga nzenguruka gakondo yose mbona ikorewe neza kandi ko ibaye amahoro.

Ndabwirwa ngo ninjye kureba Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe mukangure kuko ariwe ushinzwe kulinda gakondo y’ibyasezeranijwe ariko agatotsi ka kaba kamutwaye ndagenda njya mukazu ka kabalinzi nsanga koko agatotsi kari kamwibye ndamukangura mwereka uburyo ibyonnyi nibyondo byari bimaze kwangiza gakondo ya bakiranutsi kandi hasigaye igihe gito ngo dusarure.

Nuko ansaba kumushakira ikawa yo kunywa kugirango ibitotsi nibura bigabanuke kuko byari mu gihe cy’imbeho kandi yari yibagiwe ibyo kwifubika murugo ubwo yazaga kumulimo.Nuko ndazamuka njya gushaka aho ngura café ndayizana ndayimusigira maze nsiga aguwe neza kandi ari maso.

Ubwo nanjye ndazamuka nsubira kumulimo wa data wo kwandika ubutumwa bwiza nahaweho kuba gakondo yanjye.Ndabwirwa ngo,erega mwana w’umuntu,humura ntuzabura gusarura kuko ntawuhinga ngo abibe hanyuma ngo azabure gusarura kuko umukozi wese akwiriye guhembwa niko Uwiteka avuga.

RINGANIZA NTIYAKUYE UMWANA KU NGESO!

King

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwami w’uRwanda KIGELI V Ndahindurwa atashye agiye kwima ingoma,mbona indege zirinze ikirere cyose cy’uRwanda.Nabonaga inkozi z’ibibi za RPF zakwiragiye amashyamba barahunze baragiye kwihisha,mbona za mana zabo zibigirwamana nazo zinjizwa mu butayu bugufiye zitangira kurisha ibyatsi.Mbona za magigiri zitwa RPRK zirebera kure cyane ibirimo ukubera muri gakondo ya bakiranutsi.

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Mbona igikoma ngoma Gakwaya Jean Marie agenda yivugisha ngo ntashaka kuzabona Umuhanuzi Majeshi Leon aje ibwami nuko mbona intumwa itumwe n’ibwami ije kundeba ngo impamagare nanjye mu minsi mikuru yo kwishimira kwima ingoma ku Mwami Ndahindurwa kuko habuze uwamuhindura cyangwa ngo amusimbure!

Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwami w’uRwanda agiye kwima ingoma nk’uko Umuhanuzi yabihanuye kandi inkozi zikibi zigiye gukorwa nisoni kugirango bimenyekane yuko Uwiteka ari we Mana muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kwerekwa ibigiye kubera muri gakondo ya bakiranutsi mbona aba Pastor benshi na bandi bantu bakuru bajyanywe kubatizwa kandi muri abo bajyanywe kubatizwa harimo inkozi zikibi mbona bashyizwe kumurongo bakajya b’abatiza umwe umwe maze ndabwirwa ngo icyo gikombe cy’umubatizo reka bakinywereho kuko bananiwe gukiranuka bakora ibyangwa na maso y’Uhoraho none babonye ibyahanuwe bisohoye ngo barashaka kubatizwa!? Uko niko Uhoraho avuga.

Inteko1

 

 

 

 

Ababashije guhunga uwo mu batizo mbona bafashe urugendo rule rule bahungira ma mashyamba ya manyinya na maganya bajya kwigishwa kubaha Uwiteka Imana no kumenyeshwa yuko ari we ushobora byose kandi ko ari we waremye Ijuru n’Isi kandi ko kugira ubutunzi bidasobanura yuko ushobora byose!

Mbona bagenda ibilometero byinshi ndetse mbona bahungiye mu mashyamba yahoo kera baragiriraga amashyo y’inka,mbona kandi ingabo za RPF/RDF zishyirwa kumirongo (Foleni) ya gisirikare kugirango zibwirwe ibyabaye yuko ingoma zahindutse ndetse nimirishyo ikaba yahindutse bityo ko bakwiye kwemera ibyabaye dore byari byarahanuwe kandi byari bisanzweho ntabwo ar’ibitunguranye ahubwo twari tubitegereje uko niko ingabo zabwirwaga.

rdf

 

 

 

 

Numva baravuze ngo mwese murabizi yuko Umuhanuzi wa gakondo ya bakiranutsi yabihanuyeho cyane kenshi akavuga uko bizagenda mbona hasigaye abasirikare bacye cyane batahunze gakondo ngo bajyane na Bega bumwakagara!Ngereranije hasigaye nkabasirikare batarenze igihumbi kuko bari bacye cyane ugereranije nabasirikare bari murwagasabo bagera kubihumbi [65000].

Nuko mbona ingabo zisigaye zemeye kandi zishimiye kulinda gakondo ya bakiranutsi,mbona na bakuru bingabo bacye cyane basigaye batangira imirimo yabo ya gisirikare.Mbona umuvumo wari kuri gakondo ukuweho igihugu cyose gihinduka icyitsi kibisi amapfa yose arashira maze gakondo ihinduka nyabagendwa igendwa namahanga urujya nuruza amahoro ataha iwabo wa bantu ubwoko bw’Uwiteka buratuza buratunga buratunganirwa maze habaho umunezero udasanzwe ariko abantu bari bacye cyane ariko bacye beza badafite umuzi wo gusharira kumutima.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha wawe urimo gutunganywa kugirango Numara gutunganywa woherezwe none ukomeze imirimo y’Uhoraho kuko atajya atererana abo yamenye akabahamagara mu izina abakaha kuba abagaragu be akabahindura ibikomangoma byo gukiranuka kugirango bimenyekane yuko bakorera Uhoraho Imana y’inyembaraga kandi ko yita kubamwubaha iteka ryose uko niko Uwiteka avuga.

June 25, 2016 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi ziteguye imigambi mibi munsi y’igikombe cya gakondo ya bakiranutsi,none injira  mu masengesho kugirango Uhoraho abulizemo imigambi n’inzira zabo uko niko Uwiteka avuga.

Dore ubwoko bw’Uwiteka muri gakondo ya bakiranutsi ntibushobora gusoma ijambo ry’Uwiteka Imana ya bakirenutsi yaremye Ijuru n’Isi kuko ibyahanuwe bibageze ahaga kandi bakaba barabonye yuko gakondo yahawe umuekano w’ibanze,none bahejeje ubwoko bwanjye mukizima kugirango babahume amaso batamenya imigambi y’inkozi z’ibibi zilimo gutegura bityo ubwoko bwanjye bw’abanyantegenke bugashirira ku cumu.

Mwana w’umuntu burira abantu bashake mu maso h’Uhoraho kuko ibihe bigiye guha ibindi ibyari umunezero,bigahinduka umubabaro n’amarira n’agahinda bitigeze kubaho mu isi ya bazima.Uko niko Uwiteka avuga. Mwana w’umuntu,ntutinye izo nkozi z’ikibi kuko nzigejeje ku iherezo ryazo zikaba zitagifite ibyiringiro byo gukomeza gukoresha ubwoko bw’Uwiteka imilimo y’inkorera gahato umenye yuko Uwiteka ari we Mana yawe kandi ari we byiringiro byawe uko niko Uhoraho avuga.

Burira abantu bajye bahana hana amakuru kuri nkoranya mbuga kugirango byibuze bagenzi babo bajye babasha kubona amakuru ajyanye ni jambo ryanjye kuko harabamaze gushyirwa mukato ka kajiji ka gahume ariko Uwiteka ufite imbaraga nyinshi zo gukiza ubwoko bwawe wiremeye ndakwingize ngo ugabanye iminsi y’inkozi zibibi kugirango ubwoko bwawe buhumeke ho gato kuko buheze mugihirahiro.

Bwira ubwoko bwanjye buri hanze ya gakondo ya bakiranutsi bafashe abari muri gakondo ubabwire uti,nimushyire za e-mail zanyu kuri gakondo y’Umuhanuzi “Subscribes” yaba kurubuga rwa nkoranyambuga FACEBOOK,TWITER,G+ cyangwa se nzindi amakuru azajya abasanga muri e-mail zanyu mube ariho muyasomera kugirango mubashe gukiza ubugingo bwanyu uko niko Uhoraho avuga.

Nuko ubwo Uhoraho amaze kuvugana nanjye,mpita mfata gahunda y’amasengesho ntangira gutabaza Ijuru ngo rigire icyo rikorera abakiranutsi kuko umwanzi akomeje kugambirira imigambi mibi kurushaho uko yarasanzwe agambirira kubera yuko,uko iminsi ye igenda irangira,ninako agenda arushaho kuba mubi cyane kugirango azasohoze ibyahanuwe n’Umuhanuzi uko niko Uwiteka avuga.

Pray

 

 

 

 

Isengesho ry’Umuhanuzi: Uwiteka Mana ndakwinginze ngo ugirire neza ubwoko bwawe bwabakiranutsi kuko wadusezeranije kuzahabwa gakondo y’isezerano,none,ko umwanzi agiye kurimbura ubwoko bwawe kubera butiringiye ijambo ryawe,bizagenda gute?Hanyuma se gakondo izasigara ar’umusaka!?Ntabazacika ku icumu se bazabara inkuru?Hanyuma se gakondo izaragwa abatarigeze kuba ubwoko?Nyuma yuko abar’ubwoko barimbuwe n’umwanzi w’umwakagara!?

None se gakondo izaragwa abanyamahanga?Umwami wawe wimikishije ijambo ryawe akaba ategereje gusigwa amavuta yo kwima ingoma,azaba Umwami wabanyamahanga?None se ninde uzasigara muri gakondo ya bakiranutsi nimba bizagenda gutyo!’Uwiteka Mana girira imbabazi ubwoko bwawe kuko bwananiwe kwiringira ijambo ryawe ubuhe gufunguka amaso n’amatwi kuko bwagukiraniweho kandi bukaba bwarayobejwe nabigize kuba abatambyi kandi batari bo;ndetse utaranabahamagaye ngo ubashyire mu mulimo aho niho ubwoko bwawe bwayoberejwe kubera kwiringira abana b’Abantu.

Uhoraho we ibuka yuko isezerano ar’iry’abariho ntabwo ar’iryabavuye mu mubiri,kandi Umwami ni rubanda,none ko waduhaye Umwami wikishije ijambo ryawe,azaba Umwami utagira abantu?Naho ubwoko bwagucumuyeho mbese ntabwo wakwibuza uburakari bwawe maze ukagirira neza ubwoko wasezeranije kuzahabwa gakondo ya bakiranutsi?

Uwiteka we ufite inzia igihumbi ndetse zirenzeho kuko ari wowe waremye ibiri mu isi ya bazima,burizamo imigambi y’umwakagara Umwami wiyimitse kungufu akaburizamo imigambi yawe,ariko kandi nawe niwowe wabyemeye kuko imigambi yawe ntijya iburizwamo ahubwo wagirango urangize ishyushyu ryabadayimoni dore ujya ubihanganira nabo bagasohoza imigambi yabo kugirango uzabone uko ubaciraho iteka.

Yego ibihe turimo birasohoza imilimo yabyo yahanuwe n’abagaragu bawe,ntabwo twabahagarika ndetse ntitwabihindura nk’uko inkozi zikibi zirirwa zigisha ibyanditswe byera zikabihindura uko zishakiye,ariko haracyari ibyiringiro yuko abakwiringiye wabagirira neza ukabakiza umwanzi utugeze ahaga kugirango hanyuma yibyo tuzabone icyo tuzahiga mu mfura zateraniye imbere yawe dushengerera izina ryawe ryiza no kugira neza kwawe kutagira iherezo!

Mbese ninde muhanga kandi akaba umunyabwenge wakwegera bwenge akamusaba ubwenge mu gihe nk’iki cyubuyobe akamugirira neza kugirango ineza y’Uhoraho izamuhoreho?Ndashima Uhoraho yuko abamwiringira batazabura ubwenge cyangwa ngo babure ubuhanga buturuka mu buhanga bw’umuhanga wagambiriye guhanga ibiduhanga kugirango tube abahanga mu ijambo ryayo haba mucyjepfo cyangwa ikijyaruguru uburari uburebure hose Uwiteka arahuzuye ntaho utamusanga kuko kubamringira iteka siko bizahora kuko atazabura kubakura mu mwijima wicuraburndi kugirango bazamusingize igihe abakiranutsi bazaba bateraniye gushengerera Uhoraho.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zabukereye zahagaze mutuyira imiharuro nuduhanda bibwira ko uri buhanyure,barimo kugerageza gusama utubuyenge mwalimo guterana na Ruterana kugirango barebe ubwoko bwatwo no kubengerana kwatwo kuko  bibwira yuko bagutera akabuye kimijugujugu kakaba kagufata ndetse bateze ikigozi cy’umuguha mukirere ahanyura inyoni ariko nayubusa kuko umutego mutindi ushibukana nyirawo bararuhira ubusa kandi barashinga umuhunda ku kirenge niko Uhoraho avuga.

Devil

 

 

 

 

 

Nongera kwerekwa izo nka (Abadayimoni) z’izo nkozi z’ikibi zijyanwa mu butayu kurisha kuko bamaze gucirwaho iteka n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Nuko ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,manuka werekeze mu butayu bugufiya witegereze yuko koko izo nkozi zikibi zagejejwe mu butayu bugufiya aho zigomba kwigishwa kwizera Rurema waziremye none uyu umunsi zikaba zimuneguriza izuru uko niko Uhoraho avuga.

Nuko ndamanuka ndaziherekeza ngera mu butayu bugufiya ariko hari habuzeho hato ngo zince iryera ariko ndazikinga buhoro buhoro tugerana mu butayu bugufiya maze nitegereza uko zirisha ubwatsi butagira amazi,sinz’ukuntu zakebutse ziba ziranyikanze nanjye ubwo mpita mpabwa amababa ndaguruka (Spiritual Wings) ubwo mba ndazicitse maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ngiye guhana izi nkozi z’ikibi nziguhora kuko zarwanije umugaragu w’Uhoraho utariho urubanza kandi zagambiriye igihe kinini cyane kumena amaraso y’umukiranutsi ariko Uhoraho akagenda abuzamo imigambi yazo!

Uhoraho we uzagezahe kwihanganira inkozi z’ikibi zigenza umugaragu wawe n’ubwoko bwawe?Niki gituma ubihanganira bagakomeza kurya abakiranutsi nkurya imbuto zo mucyi? Ndakwingize ngo ubanurireho inkubiri y’umuyaga udasize n’umwuzure kugirango wabo kugirango gukiranirwa kwabo kuzurire imbere yawe maze bamenye yuko Uwiteka Imana twiringiye ari we Imana Uhoraho Uwiteka Nyiringabo w’ibihe byose!!

Ntabwo ukwiye kubihanganira nubwo wabaciriyeho iteka ukabavugaho ibikomeye ndakwingize wihutishe ibyago byabo namakuba yabo nk’uko umwakagara yabyisabiwe kandi nzi neza yuko utajya ureka kumva ijwi ry’umukuru w’igihugu yaba mubi cyangwa mwiza ijambo ryose ritututse mundiba y’uutima we,ntabwo ushobora kuryirengagiza ahubwo uri agaciro cyane kuko rigira ingaruka nziza cyangwa mbi kubanyagihugu ari bwo bwoko bwawe wironkeye mu maraso y’Umwami wanjye Yesu Kristo Umwami wabakiranutsi.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,wibabazwa nizo nkozi z’ikibi zanze kwizera ijambo ry’Uhoraho zikaba zirirwa zihiga ubugingo bw’abanyantegenke kugirango zibarimbure kubera yuko zamenye yuko nta rundi ruzitegereje ahubwo zisigarijwe kuzarimbuka no gukorwa nisoni imbere y’amarembo ya mahanga y’isi yose aho zisanga zitakigira uwazigirira impuhwe ahubwo buri wese azaziciraho iteka kubera gukiranirwa kwazo humura humeka uturize imbere y’Uwiteka Imana yawe kuko ari we wavuze ese no gusohoza ntazabisohoza?Uko niko Uhoraho avuga!

fire2

 

 

 

 

Ariko se batekereza bate iyo babona bakoresha ikoranabuhanga ryakozwe n’intoki z’umwana w’umuntu,bakiyibagiza yuko izo mbaraga nubwo bwenge byose bituruka mu kuboko kw’Isumba byose akaba umugenga wa byose,mbese bibwira yuko bagenza umwuka w’Uhoraho hanyuma we ntazabagenze!?

Maze kumva ijwi ry’Uhoraho rinyuze mu mwuka wera,numva nshubijwemo imbaraga zikomeye cyane maze nikomereza urugendo rwanjye mbona Uhoraho atumye imuyaga ujya imbere yanjye ugenda unkuriraho ibiti na mabuye byashyizwe mu nzira nyabagendwa ndetse agenda asibanganya ibinogo by’amazi byacukuwe nizo nkozi z’ikibi zigirango zinsibire amayira ndagenda kulinda ngeze ku iherezo ry’urugendo rwanjye maze mbona ngeze kumisozi y’igikundiro iyo umuntu abanzirizaho mbere yuko agera IZION.

Ndicara ndaruhuka mfata imbuto nziza ziri kuri ibyo biti biteye ubwiza buhebuje ntangira kurya kur’izo mbuto zari zigoswe nabadayimoni mu myaka yashize banga ko abagenzi bazajya bahagera bakaruhukira ariko nerekwa ko Malaika Michael yaje kuzirukana nyuma yo gutahura yuko izo nkozi z’ibibi zazaga gutera abagenzi barangije igikombe gituruka mu butayu bugufiya berekeza IZION maze bahashyira umutekano kugirango abagenzi bajye baharuhukira mbere yuko bakirirwa mu mbera byombi ya bakiranutsi.

June 26, 2016 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,igihugu cy’IBABYLON kigiye gucana umubano mu byagisirikare n’igihugu cya America,kuko bari bafite ibihumbi 30,800 none bagiye kwirukana izo ngabo z’America hasigare ibihumbi 10,800 nazo zizasezererwa hanyuma.

Nerekwa izo ngabo zijya gukora imyitozo ya nyuma maze haza ikigo gishinzwe kugenzura ingabo z’amahanga cyitwa Military Network ariko ubusanzwe mu magambo magufi cyitwa (NET) ku buryo butunguranye gisezerera nizo ngabo z’America zari zasigaye ikuba gahu maze ingabo z’America ziratangara cyane iyirukanwa ry’ako kanya ritagendeye kumasezerano bari barasezeranye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,ibyo bigiye kuba bizaba baigaragaza ikimenyetso cy’imibanire mibi hagati y’ibihugu byombi,kandi bizaba bigaragaza ko inyuma hihishe byinshi bizakurikirwa n’ingaruka zitari nziza kubera politike mpuzamahanga irimo kugenda ihinduka kubera imigamibi y’intambara ya lll y’Isi yose irimo gutegurwa n’ibihugu by’Asia aho birimo gusaba ibihugu bikorana mu by’ubutwererane ko ingabo z’America zikurwa mur’ibyo bihugu uko niko Uwiteka avuga.

bible

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ongera wibutse Umuhanuzi mukuru w’ibyasezeranijwe umubwire uti,uku niko Uwiteka avuze,dore Uhoraho yagambiriye kuguhesha umugisha,none kandi yongeye gusubiramo isezerano yagusezeranije avuze yuko isezerano ryawe ryo gufungura Radio agiye kurisohoza no kuryubahiriza kugirango umenye yuko ar’Uwiteka Imana yabakiranutsi.

Radio

 

 

 

 

Iyo asezeranye arasohoza,kandi yirinda kuburizamo isezerano yasezeranije abamukunda,dore iyo Radio Station izagufasha kugukora umurimo w’Uwiteka,kuko izabera umugisha ubwoko bw’Uwiteka Imana nyiringabo uko niko Uhoraho avuga.Ubwo mfata urugendo njya kureba umugaragu w’Uhoraho kugirango mu bwire ijambo rya turutse k’Uhoraho ndagenda nsanga arimo gusengera abashaka kwiyamamaza kumwanya w’umukuru w’igihugu,ariko kandi nubwo basabaga gusengerwa Uwiteka yari yaramaze guhitamo uzaba umukuru w’igihugu.

Nuko mbaza Umuhanuzi Mukuru nti ese ko usengera uyu munyapolitike kandi Uhoraho yaramaze guhitamo biragenda gute?Aransubiza ati,ntabwo ashaka kuba umukuru w’igihugu,ahubwo arashaka ko ishyaka rye ari we ryahitamo kuko yifuza kuba ingwiza murongo nibura amateka agahinduka bikitwa yuko nawe yiyamamarije kumwanya w’umukuru w’igihugu.

Ndamuhamagara turiherera mubwira ibyo ijambo ry’Uwiteka ryavuze maze mbona yongeye kunezerwa asubizwamo imbaraga cyane arushaho kwizera ijambo ry’Uhoraho kurusha uko yaryizeraga.Ubwo mfata inzira ngaruka kumulimo wa data ngeze mu nzira ndabwirwa ngo «ar’inshuti yawe RENOVAT» aramanjiriwe kuko atakomeje kugendana n’Uhoraho ahubwo yakunze intonorano zikamukura mu masezerano yo kuzaba igikomangoma cy’Uhoraho,none reba arigunze kubera kutumvira Imana niko Uhoraho avuga.

Buffalo

 

 

 

 

Ndakomeza numva icyo ijambo rimbwira,ndabwirwa ngo nitegereze imbere yanjye gato,ndebye mpabona umudayimoni ushushanijwe mu ishusho y’inyamaswa yitwa IMBOGO or BUFFALO mbona igenda yinjizwa mu butayu bugufiya maze ndabwirwa ngo«uriya mudayimoni ubonye,numudayimoni w’inkazi cyane ushinzwe gutoteza ubwoko bw’uhoraho”abakiranutsi”»mbona uko yagendaga ninako yagendaga inanuka ishonga kugeza aho ishizeho burundu.Ijambo ry’Uhoraho ryongera kumbwira riti,uwo mudayimoni waruhagurukiye ijambo ry’Uhoraho aciriweho iteka ntuzongera kumubona ukundi uko niko Uwiteka avuga.

Angel Devil

 

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi y’ikibi y’umurozi kazi wagiriye nabi umuntu w’Imana aza kungerageza ngo angirire nabi kuko nabohoye umuntu w’Imana maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu bwira iyo nkozi y’ikibi yuko wowe ukomoka mu bwoko butavumika nuko mbona agerageza kumvuma ngo asnhyireho umuvumo ariko biranga ahubwo uwo muvumo ugahita usubira kuri we ugakomeza ku muryango we!Ndabwirwa ngo ibyo yagushyiragaho byose bisubiye kuri we kandi bigiye kumugiraho ingaruka zikomeye cyane kugirango amenye yuko har’ubwoko butavumika.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi y’ikibi ishaka guhumanya Umuhanuzi ngo ni uko ibuze uko ihumanya umuntu w’Imana,maze ihitamo guhumanya umuntu w’Imana ariko iyo nkozi y’ikibi isanga ar’ubwoko budahumanywa ishaka kumushyiraho umuvumo ahubwo uwo muvumo uhindukirana we na bantu be n’ubwoko bwe!Maze mbwira iyo nkozi y’ikibi yuko twebwe turi ubwoko budahumanywa bwitwa ndakoreka!

Vine

 

 

 

 

June 27, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ikibi ziza mu mulimo wateguriwe ubwoko bw’Uhoraho,ziza kwishushanya zimaze kugera murutoki rw’Uhoraho zishaka gukora no gutunganywa umutobe w’umuzabibu ngo zibone uwo zinywa kuko zari zishwe n’inyota cyane nuko zijyamo zigira nkaho nazo ar’ubwoko bw’Uhoraho maze ijambo ry’Uhoraho rimanukira Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe aza yirukanka nkiyagatera azisanga muruzibabu rw’Uhoraho,maze abaza Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe impamvu yemereye izo nkozi z’ikibi kwinjira muruzabibu rw’Uhoraho maze asubiza yuko baje bambaye ibishura byera akibwira yuko bafite umugabane muri gakondo y’Uwiteka.

Ni uko yitegereza umutobe wabo asanga utigeze ugirirwa amahirwe yo gushya ngo utunganywe maze atangazwa cyane nabyo ahitamo guhamagara Umuhanuzi ngo amubaze y’impamvu y’ibyo bintu byabaye kandi bdasanzwe bibaho.Umuhanuzi amusubiza yuko byabaye kuko biyambitse ibishura byera kandi birabura akaba ariyo mpamvu umutobe w’uruzabibu wanze gushya!Ubwo za nkozi z’ikibi ziba zibonye ko zifashwe zihitamo kwigerendera zisiga ibyazo byose zari zitwaje zibona ko zatahuwe zihungira muburasira zuba bw’Igikombe cy’Ishyamba ry’Ubutayu burebure kuko zari ziturutse mu butayu bugufiya niko Uhoraho agize!

Ubwo zimaze kugenda mbona Umuhanuzi afashe wa mutobe wuruzabibu bari baritse ukanga gushya yongera kuwarika maze mu minota micye cyane mbona uwo mutobe urahiye uhinduka vino nziza inezeza ubugingo bw’umuntu,ubwo Umuhanuzi Mukuru n’Umulinzi Mukuru bahabwa agatebe baricara bafata kumusa baranezerwa bashima Uhoraho yuko ntawumukorera ngo arangize yikorere amaboko uko niko Uhoraho avuga.

Nuko mbona Umuhanuzi afashe ibikoresho byose bishoboka abisukamo ya vino kugirango itangirika kugirango ubwo bazajya bagira inyita bazajya baza banyweho mu gihe cy’uruzuba rwinshi babobereze agatima maze barusheho gukorera Uhoraho ntamaganya ku mutima.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,urwo ruzabibu wabonye cyangwa wasanze rwigaruriwe nizo nkozi z’ikibi rwahoranywe nazo niyompamvu zari zagarutse kureba yuko zakongera kurusubirana maze zigerageza kwiyambika ibishura byera ziriyoberanye ngo zitamenyekana ariko ijambo ry’Uhoraho rirabavumbura ntizaba zigishoheje umugambi wazo nyirizina niyompamvu wabonye yuko ubwo Umuhanuzi Mukuru yazaga zahise zitabwa muri yombi ijambo ry’Uhoraho rigahishura yuko abambaye ibishura byera atar’ubwoko bw’Uhoraho ahubwo ari nkozi z’ikibi maze zigashyirwa ahagaragara zigahita zihungira IBURASIRAZUBA kubera gutinya ko zishyirwa kukarubanda.

Mbona izo nkozi z’ikibi zinanirwa guturiza muri cya gikombe cyo munsi ya gakondo ya bakiranutsi,maze zihitamo kugaruka muri bwa butayu bugufiya kugirango zize zikore ibishoboka byose zikingure amarembo y’ubutayu yanyujijwemo Umuhanuzi maze zibone uko zamusubiza mu butayu ariko mbona ya marembo yanze gufunguka maze zihitamo gutambika wa musozi w’ubatseho rya shuli ryigisha abatutsi kubaha Uhoraho no kubamenyesha yuko ashobora byose mbona zatambitse uwo musozi zirawuzamuka ariko mbona Umuhanuzi asigara inyuma zitangira kumwereka aho zerekeje maze zimusaba ko yaba ariho azisanga.

Umwe murizo yari afite igipfunyika cy’umwuka w’Inzika y’Inzigo yakera y’abatutsi,mbona niwe urimo kunyereka aho ndibubasange kuko Umuhanuzi adapfa kugenda atabajije Uhoraho ikantarange uko bimeze kugirango yizere umutekano we,no kumenya impamvu yurwo rugendo rw’ikuba gahu,nuko amaze kubuhura yisubirira muruzabibu rw’Uhoraho gukorera uruzabibu kugirango ruzabashe kwera imbuto zishishe kandi nziza zishimishije.

June 29, 2016 ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu gihugu cy’IBABLON hagiye kuzaba amatora ‘umukuru w’igihugu kandi ayo matora azaba akomeye cyane ku buryo ashobora kuzavamo intambara kubera yuko abahatanira uwo mwanya ntawushaka kwemera yuko atsinzwe mu matora.

Dore ishyaka rya United Republican Party URP ry’icyegera cy’umukuru w’igihugu Uhuru Kenyatta ritangiye kwiyamamaza ukwaryo ndetse dore bagiye guhamagaza abanyamadini byitwa yuko bagiye gusenga naho barashaka uburyo babaha intonorano uko niko Uhoraho avuga.

ruto

 

 

 

 

Dore icyegera cy’umukuru w’igihugu William Ruto Samuei agiye kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, kandi dore agiye guhangana na mugenzi we bari bafatanije gutegeka igihugu UHURU Kenyatta nyamara mugenzi we ntabwo azemera kumushyigikira nk’uko we yamushyigikiye [2013] kugirango agree kumwanya w’umukuru w’igihugu amazeho imyaka [4] ategeka icyo gihugu ahubwo bazahangana bikomeye cyane  ndetse ku buryo bashobora kuzongera guhangana bakaba barwana nk’uko byagenze muri 2007/8.

Nuko nerekwa bategura za invitation z’amasegsho zikubiyemo umubare wamashillingi bahawe kugirango bahawe kugirango babashe gusengera uzasimbura umukuru w’igihugu (William RUTO)

Maze ijambo ry’Uhoraho ringarukaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanura nk’uko wahanuye mbere yuko Uhuru Kenyatta aba umukuru w’Igihugu maze uvuge wimike icyegera cy’umukuru w’igihugu azabe ari we uzasimbura umukuru w’igihugu [2017] maze uvuge uti,uku niko Uhoraho avuga,yewe mwana w’umuntu,doreUhoraho yakugize Umwami w’ubwoko bwawe none yongeye ku kongera gutegeka ubwoko bwe bw’igihugu cyose.

Uhereye none umva uko Uhoraho avuga”niwubahiriza ibyo Uhoraho yagusabye,ntakabuza yuko atazabura kubahiriza ibyo yagusezeranije nubwo umwanzi yashatse kenshi ndetse akagambirira yuko bitazasohora.Ariko nukomeza kwiringira ijambo ryanjye ukizera iyaguhamagaye ntakizabuza Uwiteka Imana ikiranuka yuko asohoza ibyo yakuvuzeho.

Ariko niwanga gukurikiza ijambo ry’Uhoraho ukagendera mu nzira za balaki,dore urukiko rwa ICC ruragutegereje kuko uzaba waranyuranije n’Uhoraho ntabutabazi bundi uzaba ugitegereje uko niko Uwiteka avuga.

Nuko nerekwa mbona Umuhanuzi Elisha wanditse igitabo cy’ubuhanuzi bwa bibiliya akaba ari we wasimbuye Umuhanuzi Eliya amaze kujyanwa mu Ijuru na serwakira,mbona araje adusanga ahantu twari duteraniye maze aramutsa icyegera cy’umukuru w’igihugu cya Kenya RUTO amuha ukuboko arangije arautsa undi muntu maze asozereza kuri jye ampa amabwiriza y’umulimo uko nkwiye kubigenza kugirango umulimo nkora ubashe gukoreka neza arangije arigendera uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhorahp ryongera kunzaho ku nshuro ya lll maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho agutumye kubakomeye kandi azakujya imbere subirayo ubabwire ibyo Uhoraho avuze maze ube urangije umurimo wawe ejo batazavuga ngo ntibamenye kandi ugenze kwa kundi kuko Uhoraho yamaze gukingura amayira yokuguhuza nabakomeye kugirango ijambo ry’Uhoraho ryongere mu isi ya bazima niko Uhoraho avuga.Ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka Imana yawe.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mushiki wawe namuhaye abana arangije arabandutusha abahindura ibigirwamana abakunda kubandutisha ndetse namwe banyirarume yabahinduye ibyavu ntagaciro mugira imbere ye kuko yumva bamuhagije nyamara yibagiwe ko yimye uwamuhaye kandi ko urutugu rudateze kuzasumba ijosi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirakomeza rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bahungiye mu mahanga ubabwire uti,uku niko Uwiteka avuga”nzi imilimo yanyu mibi mukorera mu isi ya bazima”,dore mwahunze kubera gukiranirwa no kumena amaraso atariho urubanza kandi mwasize mumennye amaraso y’ubwoko wanjye, none dore mwihinduye inkozi z’ibibi musigaye muroga abahisi na bagenzi.

Nuko rero kuko mwanze kumva iyo ivuga yo mu Ijuru, ahubwo mukayoboka umwanzi wa bakiranutsi, mukemera gukora ibikorwa by’urugomo n’urukoza soni,uku niko Uhoraho avuga.Dore umuvumo wa maraso y’ubwoko bwanjye akomeje kuririra kubutaka ahamagara Uwiteka asaba guhorerwa.

Nyamara mwanze kwihina imilimo mibi yanyu ngo mbakureho uwo muvumo none dore ibyago,akaga,n’amakuba birabategereje kandi ntabwo muzaragwa gakondo ya bakiranutsi ndetse ntabwo muzayikandagizamo ikirenge ahubwo abana banyu nibo bazairagwa nabo nibemera kugendera mu maso h’Uhoraho byaba atar’ibyo bakazahera imahanga aho bazibagirana bakaburira muyandi moko bagashiraho burundu niko Uhoraho avuga.

Ariko nimwihana imilimo ya maboko yanyu mibi,mukareka gukiranirwa ahubwo mugashaka mu maso h’Uwiteka,azabagirira neza abakureho umuvumo wose mwagiye musakuma mu mahanga kandi abahindurre ubwoko bwe kuko utigeze muba ubwoko buzwi n;Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho avuga.

Cyakora hariho bacye cyane [1%] bubaha Uwiteka ndetse bakanamukorera abo ntibazabura kugirirwa neza no kuragwa umugabane wabakiranutsi kandi Uhoraho azaha umugisha urubyaro rwabo kandi umuvumo wo gukiranirwa gukomoka mukumena amaraso y’abatutsi ntabwo uzabokama uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirakomeza rirambwira riti,mwana w’umuntu,fata ubutumwa bw’IBABYLON ubushyikirize banyirabwo kugirango batazabona ibisobanuro byo kwisobanura imbere y’Uhoraho kuko igihe cy’ibyahanuwe gisohoye kandi kikaba kiribugufi ngo ibyahanuwe bikore umulimo wabyo.None tunganya neza kandi witonze utunganye ibidatunganye maze nkwereke inzira unyuramo utange ubutumwa bwanjye nurangiza wigendere uzaba urangije umurimo wawe kandi uzaba usohoje gukiranuka kose maze Uhoraho akwerekeze aho yagusezeranije maze uhabwe imirimo mishya ukorere Uwiteka Imana yawe niko Uhoraho abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwoko bw’Abatutsi bugiye kugira inka ku nkengero z’ubutayu,yaba abasaza cyangwa abagabo bibikwerere bose bagiye kuragizwa inka (abadayimoni) kandi dore bambuwe ubutegetsi bahawe kubera kwigomeka k’Uhoraho bakavuga ko adashobora byose none bagiye gukozwa isoni mu marembo ya mahanga mu irango ryo mu irembo rya gakondo ya bakiranutsi niko Uwiteka avuze!

Bamaze kwamburwa ubuyobozi basigara barwanira ubuyobozi bwo hasi kuko ubwo hejuru bwari bumaze gusubira aho bwahoze,mbona na bwabundi bworoheje nabwo busubiranye Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe maze mbona babasaza b’abatutsi basigaye amara masa bakomeza kuragira abadayimoni ariko naho baragiraga ntarwuri rwali ruhari ahubwo baragiraga ku nkengero z’ubutayu begereye inzira kugirang babone uko bambuka inkiko z’urwagasabo kuko bari bamaze gutakaza ibyiringiro by’umwakagara ako azakomeza kubabera umwami w’iyimitse bidaturutse k’Uwiteka ahubwo biturutse kumpamvu zabadayimoni bashakaga kwihorera ku bwami bw’uRwanda bwasezeranijwe kuzahabwa gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuze!

Mbona za nsore nsore zisubiranamo nabakambwe babashinja kuba barababeshye ko,bagombaga kubabwiza ukuri ntibajye inyuma y’umwakagara ngo bamushengerere none bikaba bitumye bahinduka za bihehe bitagira umutware mbona bataye mu nzira abacyecuru bashaje cyane hamwe nabafasha babo kugeza ubwo bananguwe na murenguzi kuko abatware burugo bari bamaze kwihungira ubutareba inyuma.

Leon

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uzaba umugabo wo guhamya ubuhemu nubutiriganya bw’Abatutsi uburyo bahemukiye Uhoraho bakamusuzugura kumanywa yihangu abantu bose bareba bakibagirwa ko yabakijije urubwa rwali rumaze kubarenga ubwo bari mu mahanga batagira gakondo kandi isi yose ibateregana nta numwe ubitayeho.

None Uhoraho yasohoje kwifuza kwabo barangije bamuhindura nayubu ngo ntabwo ashobora byose bemera kumvira umwami wo gukiranirwa w’iyimitse adafite abamukeza ndetse nta nibikomangoma byari bihari maze ahinduka Umwami wa gakondo yibagiza ubwoko bw’Uwiteka guterana kwera ahindura amategeko yemera kurwanya iyamuremye maze ashinga ijosi yitwa Umwami wo gukiranirwa na bugingo nubu kugeza igihe umujinya w’Uhoraho uzaba umaze kuzura ukagera kurwego rwo gusukwa kubabikwiye maze ibyahanuwe bigasohora bigatangira gukora umulimo wabyo aho niho bazamenya yuko Umuhanuzi yarabalimo uko niko Uwiteka avuga.

June 30, 2016 Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho akongereye inshingano nk’uko yabikubwiye akugize umunyagikari mukuru wo kugenzura iby’urugo rwe,kuko wabaye umwizerwa ukagaragaza ubupfura nubunyangamugayo,niyompamvu ahisemo ku kugira umunyagikari mukuru kugirango urusheho kumutungariza ibidatunganye kandi urusheho gutunganya inzira nyabagendwa kugirango abagenzi babone aho banyura kuko igihe gisa nigisohoye uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirakomeza rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore wabaye imbohe igihe kirekire none Uhoraho aguhidnuye imbohore kandi abadayimoni bakozwe nisoni kuko Uwiteka Imana yawe aca inzira ahatar’inzira kandi agatembesha amazi mukidaturwa maze ingumba zigasama nazo zikanezerwa impundu zikavuga maze umunezero ugataha mubakiranutsi bakarusheho gusihima no gusngiza Uhoraho bavuga ngo«ni wowe wenyine Uhoraho ntawundi wasa nawe kandi nta nuzabaho kuko wabaye ikinege mukurema ku iteka ryose uko niko Uhoraho avuga»

Dore impundu zigiye kuvugira murugo rwabakiranutsi b’abanyantegenke,abambuwe ijambo bararisubijwe,kugirango bimenyekane yuko Uhoraho akiranuka kandi ibyo yavugiye nukanwa kabahanuzi bakorera Uwiteka, byose bisohozwe maze Uhoraho ahabwe icyubahiro ku mugaragaro inkozi z’ibibi zihabwe akato.

Ndetse zimwe amayira maze amahoro atahe mubakiranutsi,mumfura no mu bikomangoma kugirango izina ry’Uhoraho rishyirwe hejuru uko niko Uhoraho avuga.Dore amatungo yabaye ingumba,azabyara,abadamu bagumbashye bazaheka mu mugongo ibyaremwe byo muri gakondo ya bakiranutsi bizavuga ishimwe ry’Uhoraho yuko akwiye gushimwa iteka ni teka ryose!Uko niko Uhoraho avuze!

Banyampinga bagumiwe bazashaka nyamara inkozi z’ibibi na byanyabyaha,ntibazabura guhanwa kuko banzi kwiringira no gukorera Uhoraho,ahubw bakajya gukorera umwanzi wa bakiranutsi bakifatanya nawe kugirango barimbure abakiranutsi b’Uhoraho ku isi ya bazima maze basigare aribo bonyine bivuga ibigwi by’uko Uhoraho adashobora byose kandi yuko ibyo bashatse ari byo babonye ntawabafashije kubigeraho ko babihawe n’imbaraga z’amaboko yabo nyamara Uwiteka abarema nta numwe muri bose waruhari kandi niyo wababaza inkomoko yabo ntibagusubiza kuko batazi icyatsi nururo ahubwo imitima yabo yuzuye ubwibone bushingiye ku bugoryi bwo kutubaha Imana yaremye Ijuru n’Isi uko niko Uhoraho avuga.

The Rhema word come to me,in this morning and says,son of man,have your sight on the board,it was written in capital letter integrity, integration, intergalactic, according research i made,this is the meaning The quality of being honest and having strong moral principles; moral uprightness.”he is known to be a man of integrity.”

honesty, probity, rectitude, honor, good character, principle(s), ethics, morals, righteousness, morality, virtue, decency, fairness, scrupulousness, sincerity, truthfulness, trustworthiness the state of being whole and undivided.”upholding territorial integrity and national sovereignty”unity, unification, coherence, cohesion, togetherness, solidarity“the integrity of the federation.”

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar