Igice cya (36) cy’Ubuhanuzi

Nyuma yo kurangiza igice cya [35] cy’Ubuhanuzi,Uwiteka yadusabye gukora amasengesho y’iminsi [3] turi mbere y’Uhoraho twebwe abatataniye mu mahanga mu mpande [4] duhunga umwakagara kugirango ataduca ibihanga.Nyuma y’ijambo ry’Uhoraho rimaze kutuburira yuko  umwakagara atazakoresha amatora yo kwimika ubwami bw’Abakagara.

Umuhanuzi yahise asohora itangazo risaba buri wese gukora amasengesho iminsi [3] kugirango Uhoraho afatire imyanzuro abagambanyi bari nteko  y’ubwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro ku mu gabane w’America.Bitewe nuko ikibazo cyari gikomeye ntawigeze yita kubya madini adutandukanya ndetse nta nuwabyibutse ko bibaho,ahubwo twihutiye gushyira mu bikorwa imigambi y’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Kugirango niba bishoboka agirire imbabazi ubwami bw’uRwanda yimikishije ijambo rye,hakaba hasigaye kuzimikisha Umwami amavuta ya Erayo kugirango ibyahuwe bisohore nk’uko Uhoraho yabivugiye mukanwa kabahanuzi.Twese twashyize hamwe tubanza gushima Uhoraho kumilimo myiza yakoreye ubwami bw’uRwanda iturutse mu masengesho twasenze ubwo Uhoraho yashyiraga ahagaragara abagambanyi bashakaga kwihererana Umwami wa rubanda ngo bamugirire nabi bamuce igihanga maze Umwakagara yime ingoma ubuzira herezo.

Igice cya (35) cy’ubuhanuzi

Twongeye gushima Uhoraho kuba Umwami wa gakondo ya bakiranutsi Kigeli V Ndahindurwa,kuba yaragiye mugihugu cy’Umwami kazi cy’Ubwongereza akirwa neza ku buryo bukomeye kandi bwicyubahiro ntabwo bigeze bitaho kuba ar’Umwami  umaze igihe kinini mu buhungiro.

Ahubwo bamwakiriye nk’Umwami ufite igihugu ayoboye maze umwakagara arababara cyane agahinda kenda kumusatura abura uko yabyifaatamo maze Uwiteka yihesha icyubahiro kumugaragaro bose babireba maze ijambo ry’Uwiteka riba rirasohoye ryanditswe mu gice cya [1-3] ko Nyir’uRwanda azacyurwa n’igihugu cy’Umwami kazi hamwe n’igihugu kigihangange ku isi America.

July 15, 2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ku ngoma y’umwungura,abatutsi bagurishaga abakobwa babo kugirango babone ko bwacya kabari.Hanyuma se,ubu abatutsi-Kazi barimo kwigura kuri nde kandi bitwa ko,babohoje igihugu cyabo cyari cyarabuhojwe na bahutu!!!

Niko Uhoraho abaza? Niyompamvu gukiranirwa kwabo,kwabaye kunini cyane,kandi ninayompamvu kurimbuka kwabo kuzangana no gukiranirwa kwabo kuko bakoze ibyangwa n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa inteko ya bacamanza bo mu Ijuru,iterana igitaraganya kubera uko gukiranirwa,mbona bafunguye dossier cyangwa files Nº0014/007/0016, m’aze baburanisha urwo rubanza rwitiriwe (RUSWA) y’Igitsina.

Maze inteko ya bazamanza yo mu Ijuru yanzura urwo rubanza,umwanzuro w’ibyemezo by’iyo nteko,wagaragaje yuko,ingoma y’Abatutsi bagize agace ka bicanyi ba FPR,itsinzwe nurubanza.Hemezwa yuko,Malaika ushinzwe gutanga ibihano yemerewe gutangira imirimo ye,ku isomwa ry’urubanza rizaba kumunsi w’Uhoraho ubwo umujinya w’Uwiteka uzaba umaze gusendera ako gacuma ko guhanwa niko Uhoraho avuga.

Nsubizwa mu iyerekwa mbona Malaika w’Imana uhagaze mu mfuruka y’IKASIKAZI y’uburasira zuba,uwo Malaika akaba ashinzwe kurekura umuyaga wo kujya kunyeganyeza igiti kinganzamarumbo cyakuze kirazamuka kigera mu bushorishori bw’INYENYERI maze kimaze kugera ahatagerwa na bana b’Abantu,numva Malaika abwirwa ngo«rekura uwo muyaga ugende utangire kuzunguza kiriya giti (Ubutegetsi) kugirango imbaraga zacyo zibe zigabanuka nimizi itangire kuranduka gahoro gahoro kuko dore isaha y’Uhoraho isigaje iminota [4] ikagera mukadomo» mbona Malaika arekuye wa muyaga witwa Serwakira uhuha buri kintu cyose kidakomeye kandi kidafite ifatiro ry’ubuzima.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,waba wamenye ibyuriya muyaga wabonye?Ndasubiza nti,oya databuja nabibwirwa niki utabinsobanuriye?Ndabwirwa ngo”uriya muyaga wabonye”ushyiriweho kunyeganyeza umwakagara kuko Uhoraho yamuteye imizi irashora iramanuka igera mukuzimu.None kuko Uhoraho ari we wamushoye cyane kugirango atazanyeganyezwa na bana b’abantu.

Ni nawe ugiye kumurandura aho yamuteye kugirango ahatere ubwami bw’uRwanda bwamaze kwimikwa n’ijambo ry’Uwiteka Imana ya bakiranutsi kugirango amenye neza yuko Uhoraho ari we wimika akanakuraho niko Uwiteka avuga.Ako kanya mbona wa muayaga utegetswe na Malaika w’Uwiteka aragenda atangira kuneyganyeza cya giti mbona kigezeho kirarimbutse.

Numva ngo,kurimbuka kwacyo ntabwo guhagije kuko gishobora kuzongera kumera kigashibura ibyana byacyo,mbwirwa kureba kuruhande hari utwana twudukobwa dufite imyaka [4];mbona twavumbitse umunyota w’umuriro.

Burambwira buti bite wa mugabo we,ko udakoma tukaba tukubona hano ukaba ushaka kudukandangirira mu muriro twivumbikiye?Ndaceceka nitegereza utwo twana uburyo tuvuga dushize amanga ndatangara.

Numva ngo,utwo twana ubonye ni twa twana umwakagara yishe mu ntambara atuziza kuba utunyantegenke tutari dufite kirengera.

Tumaze igihe kirekire dusaba Uhoraho kuturenganura ngo aduhe ubutabera bukwiriye kuba twarakorewe iyica rubozo,no kuba twaravukijwe uburenganzira bwo kubaho.

None Uhoraho yaduhaye umuriro wo gutwika uRwagasabo kugirango ntihazagire ikintu na kimwe gisigara gihagaze mu byo umwakagara na FPR bubatse hejuru ya maraso yabo.

Icyintu cyanteye ubwoba nubu nkomeje kwibaza,ni uko uwo munyota wiraburaga nta gashirira nakwamwe nibura gatukura kari karimo.

Ahubwo umwotsi,nuwo munyota byose byarumukara byirabura ku buryo bugaragarira amaso y’ubireba,ndabwirwa ngo,uwo muriro ubikiwe gutwika urwagasabo isaha nigera Malaika azarahura kuri uwo munyota maze ajye gutwika urwagasabo kugirango imfatiro za Satani nabadayimoni zose zitwikwe zishye zikongoke maze hazabeho uRwanda rushya ruzaturwa na bantu bashya bazaturuka imahanga bazatahukana na Rukara Rwigisage rubundiye imahanga rucyurwa n’umuryango wa bibumbye ONU uko niko Uwiteka avuga.

July 15, 2016 Ubwo nari mvuye gutangaza igice cya (36) cy’Ubuhanuzi,nsubira mu icumbi,nguye agacuho,uwo munsi twari twahanye gahunda na bene data dukorana umurimo wa data yuko tuwutangiraho amasengesho dusengera ubwami bw’uRwanda,n’Umwami wa gakondo ya bakiranutsi.

Ubwo ngeze mu icumbi ntangira gusengera ibyifuzo byose hamwe na bene data dufatanije umurimo wo gukiranuka,nkiri muri uwo mwuka wo gusenga,njyanwa mu iyerekwa maze mbona mushiki wanjye witwa Marie Kampororo avuye mu nkozi z’ibibi dore ko nawe yamaze kubayo.Akaba nyina way a nkozi y’ikibi MUKESHIMANA JEANETTE watangiye umulimo wo gukiranirwa akiri muto,nyamara ntako ntagize ngo mwigishe inzira yo gukiranukira Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Nuko mbona uwo mukozi wa Satani avuye gushakisha izindi mbaraga za badayimoni kugirango bazoherereze Umuhanuzi Majeshi Leon,kuko yari yadutanzeho igitambo kugirango umuryango we,uve mubutindi ubashe kugira imibereho myiza.Nuko mbona ashoreye inka nyinshi z’inzungu bita Frezone azinyuza mu butayu bugufiya ariko zigenda zanga zimwe zimucika zidashaka ko aziyobora.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uriya ubonye ni mushiki wawe muvukana avuye gushakisha imbaraga z’umwijima zo ku koherereza kugirango wa mugisha wabambuye bongere kuwugarura uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero ubwo uri no mu masengesho genza kwa kundi ujy’ugenza maze wimare agahinda kugirango uhinduke imbohore niko Uwiteka avuga.

Ubwo nkomeza gutega amatwi cyane kumva icyo umwuka w’Uhoraho ambwira,kugirango menye neza imvo n’imvano yabyo,mbona za nka nabonaga mu butayu,zihindutsemo umwotsi ujya gusa nibicu byera bivanze nibara ry’ubururu.

Maze ndabwirwa ngo,ngizo imbaraga bita (Magic) mushiki wawe yohereje kugirango agusibize mu nzu y’imbohe (Spiritual detention) nuko rero mwana w’umuntu,hanura kandi ucireho iteka izo nkozi z’ibibi uvuge uti,yemwe mwa nkozi z’ibibi mwe,mwanze kwihana ngo Umujinya w’Uwiteka uzatera utazabageraho, uku niko Uhoraho avuga.

Dore nzarekura umujinya wanjye mw’isi ya bazima,kugirango inkozi z’ibibi zibasiye ubwoko bwanjye zibaziza ubusa zihabwe ibihano kuko maze igihe kirekire nibuza kuzigirira nabi, ngo ndebe yuko zahindukira zikihana.

Nazihaye umwanya uhagije ariko na nubu zaranze ahubwo zirushijeho kwikomeza no kugira imbaraga zo gukiranirwa,kandi ubwoko bwanjye barabumira bunguri nk’Intare ibongobeza inyuma y’Impiko n’Ibihaha.

None ntabwo narebera inkozi z’ibibi zikomeza kugirira nabi ubwoko bwanjye,ahubwo ngiye gukora ibikomeye cyane mu isi ya bazima kugirango ibyaremwe byose bimenye yuko mu Ijuru har’Imana ikiranuka kandi ishobora byose yaremye Ijuru n’Isi uko niko Uhoraho avuga.

Indimi ziziyongera kwigabanya mu isi ya bazima!? (Mult Language divided and added on Earth)

Njyanwa mu iyerekwa mbona indimi za bantu basanzwe ku isi bavuga bakoresha mu bwoko bumwe zongera kwigabanya.Nerekwa abantu b’ubwoko nsanzwe nzi neza,ndetse nururimi rwabo nduzi nsanzwe nduvuga neza cyane,mbona bavuye kuburana murukiko ngirango bari bafitanye amakimbirane y’imanza,bavuye murukiko barimo bagenda bageze imbere gato,mbona ko,abaganiraga batakibasha kongera kumvikana kubera Uhoraho yahise amanura umwuka wo kuvuga urundi rurimi rutari rusanzwe ku isi.

Batangira kuvuga urundi rurimi maze abavugaga ururimi rumwe,baba bacitsemo kabili hagati yabo havukamo ubundi bwoko badahuje ururimi nabo,ako kanya batangira kwivugira urundi rurimi ndetse numuco wabo uhita urahinduka maze za manza zabahuzaga bahita barazibagirwa mbona ababegereye bayandi moko bari hafi aho baratangaye usibye ko nanjya nari mubarimo gutangarira ibibababyeho kuko nabashaga kumva ururimi rwa cyera bavuga,ndetse nkabasha no kumva urwo rulimi rushya rundi bahawe kuvuga rutabaga mu isi ya bazima.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane maze rambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho agiye kongera kwigaragaza yuko ari we waremye Ijuru n’isi,maze avangire ubwenge bw’amahanga kuko bizaba igitangaza gikomeye mu isi ya bazima kandi bikazafata umwanya muremure kugirango urwo rulimi rushya ruzaba ruje mu isi rumenyekane.

Kandi abaruhawe nabo ntarundi rurimi bazaba bazi ku buryo bazatangira kwiga bushya izindi ndimi kuko ntarurimi rw’igihugu bazaba bazi (National language) bakazatangira bushya kwiga no gushaka urundi rurimi rubasha kubahuza uko niko Uwiteka avuga.

Ibyago bikomeye ku gihugu cy’ISAMARIYA

Nkuru.Madam

 

 

 

 

Nongera kwerekwa yuko,mu gihugu cy’ISAMARIYA hagiye kongera kugwa imvura ikomeye cyane yamahindu kandi ikazateza imyuzure myinshi ndetse iyo myuzure ikazahitana abantu benshi ku buryo kuzayikira bizaba ar’igitangaza mu bitangaza bikomeye cyane.Mbona abishoboye bitwa bakunze kwita ko arabakire mbona aribo bagiriwe Ubuntu bwo kubona amafunguro yitwa amandazi hamwe na chapatti uwo niwe mukire uzaba ariho icyo gihe niko Uwiteka avuga.

Mbona imvura iraguye hirya no hino mu gihugu yaba iburasira zuba,iburengerazuba, amajy’Epfo, amajyaruguru hose hatemba umwuzure ukomeye cyane ku buryo bukomeye kandi ntawashoboraga kuba yagenda na maguru ngo aturuke hamwe ajye ahandi.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,igihe cyo gusohoza ijambo ry’Uhoraho kirageze ngo risohoze umurimo waryo kugirango bimenyekane yuko mu Ijuru har’Imana ikiranuka igaca imanza zitabera kuko hashize igihe kinini abantu bahemukira abandi bibwira yuko ahari Imana itabasha kureba ubuhemu bwabo,none igihe kirageze ngo abahemutse bose bishyure ubuhemu bwabo bagiriye abandi niko Uwiteka avuga.

July 16, 2016 Nerekwa muruganda rw’itabi rwa SUPER MATCH rw’umuherwe witwa AYABATWA TRIBERT Rujugiro,harimo amagambo menshi cyane,ku buryo abakozi bamwe bashobora kureka akazi bagashaka uko batangira kwikorera.

Mbona bamwe bari muri gahunda yo gushaka gutangiza uruganda rwabo ayo makuru aza kumenyekana maze biteza umwuka mubi hagati yabo n’ubuyobozi bukuru bwicyo kigo cyitabi.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira ngo,mwana w’umuntu,burira Pastor RAUL usengera muri Evangelical Restoration Church yegure kumirimo yakoraga ashake visa yerekeze kumugabane w’Uburayi kuko ahongaho niho nzamuhera umugisha uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa za magigiri zihabwa inshingano zikomeye cyane zo guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon,byanga byakunda ko,bagomba kumubona kuko akomeje guteza intambara ikomeye mu mitima ya bakagara bihimbiye ubwami bwabo budashingiye kumategeko cyangwa ngo,nibura habe har’ijambo ry’Uhoraho ryaba ryarabavuzeho reka daa!!!

Nuko za magigiri zirabwirwa ngo,mugomba kumuhiga mukamenya aho aherereye kuko niwe mwanzi ukomeye dusigaranye. Kuko akomeje guhishura amabanga yacu yose akayashyira ahagaragara reba nta muturage ukidufitiye ikizere kandi dore aramamaza Nyir’uRwanda uko bwije uko bucyeye niko ashyira ibikorwa bye ahagaragara no kugaragaza ko afite imbaraga kandi abaturage bari bazi yuko nta cyo ashoboye yisaziye.

None biragaragara yuko ibyacu byarangiye,aho kugirango tuzaveho dusebye,nimushake iyo mbwa yigize Umuhanuzi, nzabaha ibikenerwa byose ariko mu mubone,maze tumuce igihanga tumwikize kuko atumereye nabi.

Nibura tuzaba duhumekaho kabiri.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko umwakagara arimo gupanga hamwe ni nkozi ze z’ibibi none ugenze kwa kundi kugirango ubashe gukomeza umurimo wa data kandi ntutinye ntugire ubwoba kuko Uhoraho agiye gukora ibikomeye cyane kugirango akwereke yuko ari we ukorera uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo wongeye kubura igihanga, ngo urushaka kwihorera,nyamara harahagazwe ubanza bitazaworohera kuko abalinzwe n’Uhoraho bigoye cyane kugirango mu mutego w’umwanzi kuko bari mu maboko y’Uhoraho kandi akaba ari we ulinze ubugingi bwabo uko niko Uhoraho avuga.

Kubera washyize imigambi y’umwakagara yapfubye yo gushaka guhitana Umwami w’uRwanda,nibyo bitumye umwakagara azabiranywa nuburakari bwinshi cyane akifuza kuba yaguhitana kandi akumva yuko bishoboka kandi byari byarananiranye.

Umubwire yuko iyakulinze akiri ya yindi ntaho yagiye,kandi imigambi ye yose yubugome nubwicanyi Uwiteka amaze gushyiraho iherezo ryabyo ahubwo akwiye gutegereza gucibwa urubanza ni nteko ya bacamanza yo mu Ijuru bafatikanije nabera b’Uwiteka Imana ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.

Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara niwe watanze intonorano kugirango abakozi bakorera Tribert AYABATWA RUJUGIRO muruganda rwe rwitabi,bareke kumukorera ahubwo bashinge urundi ruganda rurwanya urwe,kugirango ahombe kuko ari mu banzi be baurwanya.

Dore yakoresheje abakozi batangira kujya bahangana nabayobozi babo babayobora kugirang haboneke impamvu yatuma batangira uruganda rwabo.

Kandi dore barashaka gutwara abayobozi bose bakuru bahagarariye uruganda,ariko ubabwire uti,ntabwo ibyo mugiye gukora bizabagwa amahoro kuko uwo mwakagara mugiye gukorana nawe azasiga arimbuye ubugingo bwanyu uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa inkozi z’bibi z’umwakagara bohereza imbaraga z’umwijima,ziraza zingeraho,ndazumva neza ko zangezeho,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zohereje imyuka mibi zirarwanya ayo masengesho mwafashe y’iminsi [3];ariko ntutinye kuko Kristo yabaneshereje kandi akaba akiri ku ngoma.Bwira bene so bose bakomeze guhagarara kigabo kandi ko,Uhoraho ari kuruhande rwanyu,ntimutinye umwakagara kuko imbaraga ze zamaze kurangira ntabwo agikanganye kuko Uhoraho yamaze kumuca amaboko uko niko Uwiteka avuga.

Nongera kwerekwa abagore bakuze twakwita ababyeyi Uhoraho yongera kubavugaho cyane uburyo bakomeje kwibasira utwana twuduhungu bakaduhingura abagabo babo imbura gihe.

Maze iajmbo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,baburire ubabwire yuko Uwiteka afitanye urubanza nabo kandi rushobora kuzabatsinda bagafatirwa ibyemezo bitazabashimisha uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu byarushijeho gukomera cyane kuko umwakagara yamaze kubona yuko avuye ku ngoma.Dore afite ubwoba bukomeye cyane kubwibigiye kumubaho.

Bemera Ubuhanuzi bwawe cyane ni uko babuze uko bakugira naho ubundi umwuka w’Imana uba muri wowe barawemera ndetse bifuzaga yuko iyo abaPastor’s bose baza kuba bameze nkawe ntabwo bari kuba bagiye guhura nakaga gakomeye cyane kagiye kubabaho aho kubagira inama nziza ahubwo barabashyigikiye mu migambi yabo mibi none dore bararimbukanye kuko abanyamadini batakoze inshingano zabo kuko nta mwuka w’Imana wabagaragayeho uko niko Uhoraho avuga.

Kubera iyo mpamvu umwakagara azabahitana bajyane nawe,kuko adashobora kuzabasiga kandi baramubeshya bakamubwira yuko Uhoraho ari we yatoranije kugirango ayobore gakondo ya bakiranutsi naho abavuga ko atatoranijwe bakaba bayborwa namaranga mutima kandi bakaba barwanya ubwami bwe kandi abo bakaba barahozeho no kuva cyera kose na kare uko niko Uwiteka avuga.

Nyamra dore baramubeshyaga ariko nabo ubwabo batisize none bose bagiye kurimbukana kuko ibikundanye bitajya bisigana uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bohereje intasi z’abanyarwanda ziyitirira kwitwa abanyaUganda, kugirango zize kugutata urabe maso kandi witondere abazakwandikira bose bakoresheje ikorana buhanga buzaza bagusingiza bakwereka yuko ur’Umuhanuzi wigitangaza bazaba bashaka kuguca igihanga uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho agiye gukoresha umuntu ukomeye cyane kuzakubera umugisha kugirango asohoze ibyo yakuvuzeho,maze umenye yuko Uwiteka ari we Imana yawe uko niko Uwiteka avuze!

Niyompamvu ubona imbaraga z’umwijima zabaye nyinshi cyane kuko zamaze kubona yuko ugiye kuba umunyamugisha zitangira kwitambika ngo utakugeraho ariko uzajya kurangiza amasengesho izo nkozi z’ibibi zimaze gutsindwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka avuze!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwoko bwanjye ububwire uti,har’ibintu byinshi abantu banjye bashobora gusangira kandi ntibibagireho ingaruka.

Ariko gusangira umugore washatswe nundi mugabo,kuko ar’ikizira k’Uwiteka uko niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kubwirwa kurangira kw’imyuka mibi yoherejwe ni nkozi z’ibibi,ndabwirwa ngo,imbaraga z’umwijima zoherejwe zose uko zakabaye zasubiyeyo kuko zahuye n’imbaraga z’Uhoraho zikarangirira mu nzira zidakoze icyazizanye zigasubirayo ziciriweho iteka uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa umuyaga nibicu byinshi kumisozi y’igikundiro mbona imvura nyinshi cyane ikubye kandi igiye kugwa ariko irabanza imara umwanya munini mukirere izenguruka ikirere cya gakondo ya bakiranutsi.

Maze numva ngo,iyo mvura igiye kugwa igiye kumara abahutu benshi bisangire basogokuruza babo babanjirirje kandi mbere yuko bahamagarwa umwakagara azabanza guhindura government icyo kikazaba ikimenyetso simusiga yuko umwakagara avuye ku ngoma,kandi ko,abahutu bashizeho muri gakondo ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza cyane kunganirirza ibigiye kubaho mu isi ya bazima.Ndabwirwa ngo,urusengero rwa ADEPR rugiye kuzira amafaranga bafite kuri konti y’Itorero muri bank agera kuri miliyari imwe [1] One biliyoni Rwandan francs kandi ngo umwakagara akaba akeneyeho kimwe cy’icumu 10% atarahabwa ho ngo yumve uburyohe bwacyo.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira ngo,ngizo intambara zidashira muri iryo dini kuzageza igihe bazibwiriza bakamuhaho kimwe cy’icumi naho ubundi nibatamuhaho ntabwo isoko rizarema niko Uwiteka avuga.

Ndabwirwa ngo buri cyumweru idini rya ADEPR ribika kuri konti miliyoni ebyeri na Magana atatu 2,300,000,00 frw ngiyo intangiriro y’intambara aho ituruka kuzageza igihe satani azaba amaze guhabwa icya cumi nibwi iyo ntambara izahagarara niko Uwiteka avuga.

Ndabwirwa ngo,muri iki gihe,ntabwo abantu bagisenga Uhoraho,ahubwo basigaye basenga ubutunzi kuko ari bwo bufashe imitima yabo kurusha gusenga Imana yo mu Ijuru ikiranuka.

Ibyanditswe byera byabasohoreyeho bivuga yuko mu minsi y’imperuka abantu bazakunda cyane impiya kurusha gukunda Uhoraho.Ndetse bazanga ababo bikunde bonyine,ndetse bazaba abatumvira ababyeyi bazigira ibyigenge bishyire bizane kandi bazaba bavuga Imana ariko bahakana kwera kwayo uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka arekuye umugisha bari bahambiriye kugirango urangize gahunda z’Uwiteka Imana uko niko Uwiteka avuga.

Dore inkozi z’ibibi zimaze iminsi zihanganye n’ubugingo bwawe,ariko amasengesho mwakoze yabaye ingirakamaro kuko yafunguye ibyari bifunze cyangwa bihambiriye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ngiye kohereza umuntu ufite ikibazo cy’umuntu ashobora kwizera akamufasha ku kibazo cyo gutunganya gahunda ze,ariko akaba yabuze uwazimufashamo.

None ngiye kumwohereza kuri wowe kugirango umugirire neza kandi umufashe kuko ahagaritse umutima cyane kugirango akubonemo ko ukorera Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.

Iryo yerekwa ringarukaho inshuro [ll] zose maze menya yuko hariho umugambi mwiza afitiye umuntu wiringiye kandi akizera ijambo rye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,shakisha kandi utunganye uburyo washaka umutekano w’umugisha wawe Uwiteka aguhaye kuko igihe cy’umugisha usimbura umuvumo kirageze.

Kandi Uhoraho yavuze yuko igihe nikigera azihutisha ibyakuvuzweho byose kugirango winjire mu masezerano nta nakimwe gisigaye inyuma niko Uwiteka avuga.

Dore umugisha wose wari waratwawe na badayimoni wose umaze kuwugaruza nyuma y’imyaka [8] uri mu ntabara zo mu butayu none igihe cyawe kirageze ngo nawe unezererwe Uwiteka Imana yawe kuko yavuze yuko uzitirirwa izina rye uko niko Uwiteka yavuze,kandi niko Uwiteka avuze.

Uhoraho akomeza kungirira Ubuntu bwo guhishukirwa ibigukorerwa mu Rwagasabo,nerekwa ko,amatsinda yabanyamasengesho yatangijwe na Pastor Antoine Rutayisire ubwo yarahagarariye AEER ko,yazimye akaba atagikora,bitewe nuko ayo habuze undi ufite umutwaro nkuwo yarafite,usibyeko niyo aza kuboneka bitari kubuza upfa gupfa cyangwa ngo ukira akire,kuko byose bishingiye ku ijambo ry’Uhoraho ry’ubuhanuzi.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu, dore abanyamasengesho baradamaraye,kandi bari bakwiye kuba imbere y’Uhoraho bakumva icyo umwuka abwira amatorero.

Kenshi bagiye babwirwa byinshi kuri gakondo ya bakiranutsi,ariko bakanga kubyakira no kubyemera ngo bamenye yuko biri mubushake bw’Uwiteka,ahubwo bakarwanya aberekwa nkaho ari bo babyiyereka.

Ndetse bikitwa ko,bashyigikiye abanzi b’igihugu nyamara atari byo ahubwo ari uko abakabaye bashyigikira iyerekwa,ahubwo nibo bagaruka bakaza bakarisenya uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abisi bicaye mu nama kandi sijye uyibicajemo,none,urasabwa kugira ubwenge ukamenya uko uzagenza kuko hari uko bagiye kugenza nawe ukwiye kugira uko ugenza kugirango iby’Uhoraho yavuze kubigirirweho.Niki waba utaramenya ku mwana w’umuntu ngo ukigishwe?Uko niko Uhoraho abaza!

Uwiteka yaguhaye ubwenge n’ubuhanga bituruka mu Ijuru,yongeraho impano ikwereka buri munota,buri seconda ibiri gukorerwa mu isi y’umwuka n’imigambi yabagizi ba nabi.

Nuko rero urasabwa kuba umwe mubahanga baremwe mur’iyi n’Uwiteka ya bakiranutsi kuko bitabaye gutyo,wakwisanga urimo kuvomera mukiva kandi kidatobotse.

Ariko niwumvira inama za Bwenge na Buhanga,ntakabuza ntagushidikanya yuko utazabura kugira umusaruro mwiza uzashimisha umutima w’umunyabwenge wese niko Uwiteka avuga.

July 17, 2016 Ijambo cy’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwoko bw’Abahutu bwumviye Uhoraho,balimo gusenga cyane kuko ijambo ryanjye ryabateye ubwoba bwinshi cyane,dore bakoze dossier (Files) bayijyana muri ONU basaba yuko hakwemezwa yuko abahutu nabo bakorewe Genocide,ariko byarananiranye.

None mbwirira ubwo bwoko uti,ntimutegereze gutabarwa ku mwana w’umuntu,no gushaka amaboko ya bana b’abantu ngo kugirango hemezwe yuko mwakorewe ubwicanyi bwitwa Genocide,hubwo mwebwe nimwihanire abatutsi mushake mu maso h’Uhoraho maze ibindi mubirekere Uwiteka niwe uzabaha ubutabera kandi niwe uziko mwakorewe Genocide cyangwa mutayikorewe uko niko Uwiteka avuga.

Ariko nimukomeza kwishingikiriza ku bana b’abantu,dore ubutegetsi bw’igitugu bwa RPF,buzabica bubamareho kuko bufite umujinya mwinshi warimbura isi na mabuye kuko bagiye gukurwa ku ntebe ya bukunzi.

Nuko rero mumenye ubwenge mutaba injiji ahubwo mube abaanyabwenge kugirango mukize ubugingo kuko buriya butegetsi nta kindi busigaje kitari ukrimbura abantu banjye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirongerarinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uku niko Uhoraho avuga,bwira ubwoko bw’Abahutu,uti,uku niko Uwiteka avuga,nimwihanire ubwoko bwanjye mwarimbuye ndabizi neza yuko nabwo bwakoze ibyangwa na maso y’Uwiteka,ahasigaye nimurangiza kubihanira,muzaba mubashyizeho urubanza nabo bazaba basabwa kwihana ariko nimudakora gutyo,ntabwo bizakunda.

Kandi mumenye yuko abakinirawe bakica abahutu na bayobozi bakuru ba FPR,ariko nta Mututsi wabyutse mugitondo w’umuturage usanzwe wazindutse mucyakare ngo ajye kwica Umuhutu,ahubwo wasangaga barimo kwihisha bakizwa namaguru.

Ariko mwebwe murashaka kwemeza yuko mwakorewe Genocide nk’uko mwayikoreye ubwoko bwanjye.Mu gihe mwebwe mwararaga amajoro mufatanije n’ubutegetsi bwariho mukajya guhiga ubwoko bwanjye mukabwica mubuziza uko naburemye.

Nuko rero nimutihana;dore nubundi uwabishe ntaho yagiye kandi abafatiye inkota ku ijosi uko niko Uwiteka avuga.Azabica azabarimbura mu isi ya bazima cyakora hazasigara uwo kubara inkuru kugirango mumenye yuko,ijambo ry’Uhoraho ritamanukira ubusa uko niko Uwiteka avuga.

Nuko nkomeza kwitegereza uburyo mu isi ya bazima nta butabera buharangwa,ahubwo hibera ubutareba no gukiranirwa.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abahutu bashyizeho umwete mwinshi cyane wo gusenga,ariko bananirwa kwihana kubera ijambo bahawe nabanyepolitike rvuga ngo,bakorewe jenocide bagasenga bagera ku kwihana bagahita barangirizaho ngo”Natwe twakorewe jenocide”

Ariko mwana w’umuntu,bambarize uti,ko mwabisabye mwarabihawe?None niba ibyo mwasabye mukaba mutabihawe,ni kuki byababera inzitizi yo kwihana kugirango mugirirwe neza n’Uwiteka Imana?Uko niko Uhoraho abaza!

Ubwo rero ni amahitamo yanyu,yo gutegereza mukazihana ari uko mwemerewe ko,ubwicanyi mwakorewe nabwo bwakwitwa jenocide.

Ntabwo mwakorewe jenocide ahubwo mwagezweho ningaruka zo kumena amaraso atariho urubanza.Gushaka kubyita jenoside n’inzira z’abadayimoni bashakisha uburyo bwo kubabuza kwihana kugirango uwo muvumo wa maraso uzabakurikirane kuzageza kugisekuruza cya [4] uwo muvumo nibwo uzabavaho uko niko Uwiteka avuga.

Ikindi kandi nta bumwe nubwiyunge bushobora gukorwa na bana b’abantu ngo nukubera inyungu za politike,kuko kubiceceka bidasobanura yuko byavuye mu mutima.

Ariko Uwiteka wenyine niwe ushobora kubaha ubumwe n’ubwiyunge abinyujije mu ijambo rye kuko ritabamo uburyarya nuburiganya mwakorewe mu butegetsi bwa FPR,ibyo yakoze byose yashaka kugaragaza isura nziza yuko bashyizeho ubutegetsi bwiza abicanye ubu bakaba barabaye inshuti bumvikana ariko sibyo,kuko byakoreshejwe muburiganya kugeza magingo aya,urwango hagati batutsi na bahutu nirwose ntaho rwagiye.

Kuba abahutu barabaye abanyantegenke,ntibisobanura yuko bakunze abatutsi, ahubwo babuze uko bagira bahitamo kwicisha bugufi. Nk’uko abatutsi nabo bari baraciye bugufi ubwo baburaga ubwami bwabo bagahitamo kwemera kuyoboka ingoma ya Kayibanda na Habyarimana kuko nta kundi byari kugenda byaramabura kindi ariko s’uko bari bakunze ingoma yarigiyeho!!!

Nuko rero namwe nuko byabagendekeye mwabuze uko mubigenza kuko ukuboko k’Uwiteka kwarabaremereye maze muhitamo kwicisha bugufi kandi mwagize neza kuko abaragenje gutyo,bararimbutse uko niko Uhoraho avuga.

Nuko rero nimwihane aho muri hose mu mpade [4] maze murebe yuko ntazabagirira neza,uzashobora kubona uwo yagiriye nabi,amwihaneho,nibidakunda mwihanire imbere y’Uhoraho kuko niwe ureba imitima akamenya ikiwurimo kugirango muzagirirwe imbabazi zanjye jyewe Uwiteka Imana uko niko avuga.

Kandi mujye muzirikana yuko,ubwicanyi mwakorewe bwabereye mu mahanga,ntabwo bwabereye muri gakondo iwanyu,ahubwo bwabereye mukindi gihugu,iyo niyompamvu bidashobora kwitwa jenocide kandi mwari mulimo mwitegura kujya gutera igihugu cyanyu ngo mukureho ubutegetsi bwari bumaze kubirukana ku ngoma ya bahutu ya Habyarimana.

Nuko rero mujye mukunda ukuri muzabona ubugingo naho nimukomeza gukunda ikinyoma muzarimbukira mu butayu uko niko Uhoraho abagiriye inama kandi niko avuga.

Mwana w’umuntu,dore imbwa za masega ziraje za magigiri z’umwakagara dore ziturutse iburasira zuba kandi zije guhiga ubugingo bwawe.

None umenye uko ugenza kuko zamaze kubona icyerekezo cyawe ariko ugenze kwakundi usanzwe ugenza kugirango zikorwe nisoni.Dore zije ari imbwa [4] ariko ebyeri nizo zije imbere naho izindi [2] zikaba zisigaye.

Ijambo ry’Uwiteka ririambwira riti, mwana w’umuntu,dore uwitwa Ndayizeye Raurent agiye kuyoba kubera gukorana na bantu bafite imyuka mibi.

Bitwaza yuko bagiye mu ivugabutumwa,none mubwire uti,ugiye kuyoboba kandi dore umwanzi Satan yahize ubugingo bwawe kenshi none ageze aho agiye kubushyikira mubiganza bye.

Hunga umwuka wa Buranamu urimo ku kugendaho kuko hasigaye gato ukinjira mu mwijima kandi kuzakugarura bizagorana kubera kudahagararara kurufatiro ngo ushikame uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanura uvuge uti,dore igihe cy’abashumba bintegenke bamaze imyaka nimyaniko bayobora ubwoko bw’Uwiteka kirarangiye.Mbona umwe mubashumba agiye kubwiriza nuko ndamwegera ndamubaza nti,ugiye kubwiriza iki?

Aransubiza ati,ndabimenya ngezeyo ariko nkomeza gutekereza icyo ndibuvuge  namaze kumenya icyo ndibubwirize, nuko ijambo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko babaye ntabwo bajya babaza Uwiteka ngo ababwire icyo bari bubwire ubwoko bwe,ahubwo barabyuka uko bakabaye kubera ko ngo bize inyuguti (LOGOS) z’ibyanditswe maze bakiberaho ntibirirwa banasenga ngo babaze Uhoraho icyo bashobora kubwira ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

,kuko bamaze kubumwambura ubwoko babuhindura ubwabo bityo rero bakaba ntacyo bagipfana n’Uhoraho kuko bakora ibyo atabatumye uko niko Uwiteka avuga.

Ariko noneho hanura uvuge uti,yemwe bashumba bimpumyi mwanze gusanga Umwami wa bami ngo abahumure amaso kugirango muhabwe amaso abona,ahubwo mwigiriye inama yo kuyoba kubera gukurikira intonorano,nicyubahiro cy’Isi, ndetse ntimwareka ngo muyobe mwenyine ahubwo mushaka nabo muzayobona nabo mukabajyana ikuzimu kwa nyamutezi.

None mwigiriye inama murangiriza aho nta nubwo mushaka no guhumuka kuko mwamaze kwiciraho iteka mwiyita yuko muri mu nzira igana mu Ijuru, nyamara mwaramaze kwinjira mu irimbukiro ry’umwanzi w’umwijima uko niko Uwiteka avuga.

Ariko noneho dore nihagurukije abagaragu banjye bazankorera umurimo muzabareba mubagirire ishyari kuko nzabakoresha ibikomeye!

Kandi ubwoko bwanjye mwayobeje nzabugarura ahabwo mbugaburire ijambo ry’Ubugingo mbuhe amazi meza afutse atarayibiroha mwajyaga mubaha kandi ngiye kubahumura amaso kugirango bahumuke babone uko mwabayobeje kugirango mumenye yuko mwayobye maze bave inyuma yanyu basubire murwuli bahozemo aho bazategerereza imbaraga z’Uhoraho bakazabona gukomeza urugendo uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirakomeza rirambwira riti,mwana w’umuntu,numara guhanura manuka ugende werekeze mu bumanuko bwo muburengerazuba,maze ugende winjire hagati y’utare urahasangamo ibisate [2] by’urutare hejuru yabyo hari iso-ko yamazi imanura amazi maze ugende wiyicarire hagati muri rwo maze utegereze izo nyangabirama zizanywe no kumena amaraso zibanze zigende zinyureho kuko zidashobora kugira amaso yo kureba murutare hagati,kandi niyo zahamenya zikaza zabona amazi yonyine ntabwo zishobora ku kubona.

Dore zarakajwe nuko washyize ahagaragara ubugambanyi bwazo zakoreraga mu nteko y’ibwami bw’uRwanda uw mwuka ukaba uriburangire uyu munsi ubwo muza kuba murangiza amasengesho y’iminsi [3] uko niko Uwiteka avuga.

Dore izo nkoramaraso ngiye kuzikoza isoni nzijyane mu butayu bugufiya aho zigiye kwigishwa yuko Uhoraho ari we Mana kandi akora ibyo gukiranuka.

Uhereye none murangije amasengesho ngiye gukora ibikomeye cyane kugirango mbasubize ibyifuzo byanyu mwasengeye maze mumenye yuko nd’Uhoraho Uwiteka Imana ikiranuka uko niko Uhoraho avuga.

Dore nongeye kwirahira yuko ntazabura kugirira neza ababaye imbere yanjye iyi minsi uko [3] nzabereka kugira neza kwanjye no gukiranuka kwanjye kugirango bamenye yuko nitwa Uhoraho Imana yaremye Ijuru n’isi (JEHOVA) uko niko Uwiteka avuga.

Ndabizi neza yuko benshi bafite inzara ninyota yo guhabwa ibisubizo by’ibyo basengeye none ubabwire uti,Uwiteka aravuze ngo,agiye kubasubiza vuba cyane kandi muzatanga ishimwe ryanyu kumugaragu wanjye kugirango bimenyekane yuko Uwiteka Imana mwiringiye ajya yita ku bwoko bwe uko niko Uhoraho avuga.

Nuko rero mukomeze kuzirikana ijambo ryanjye mugezwaho n’umugaragu wanjye kugirango murusheho guhabwa ubugingo buhoraho no guhabwa umugisha uturuka k’Uwiteka Imana ya bakirnautsi.

Dore ngiye gusohoza amasezerano yanyu yose nabasezeranije abatabyaraga mbahaye urubyaro, ababuze abagabo ndababahaye ababuze imilimo ndayibahaye kuko nd’Uwiteka ubivuze uko niko Uwiteka avuga.

Dore indwara zananiranye nazo nzikuye hagati muri mwe, ndetse nzikuye no mu mibiri yanyu (Exodus 23:22-25) But if you are carefully to obey him,following all my instructions,then I will be an enemy to your enemies,and I will oppose those who oppose you.

[23]For my angel will go before you and bring you into the land of the Amoritte, Hittites, Perizzites, Canaanites, Hivites, and Jebusites, so you may live there.

And I will destroy them and completely [24] You must not worship the gods of these nations or serve them in any way or imitate their evil practices.Instead,you must utterly destroy them and smash their sacred pillars.

[25] You must serve only the Lord your God.If you do,I will bless you with food,and water,and I will protect you from illness [26] There will be no miscarriages or infertility in your land,and I will give you long,full lives.

Ugirango mumenye yuko nd’Uwiteka Imana yanyu, ibasha kumva gusenga kwanyu kandi igatanga ibisubizo muba mwasengeye. N’ukuri nukuri sinzabura kubagirira neza kugirango mumenye yuko nd’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abantu bafite impiri mu ntoki(ubugugu bwo kudatanga) ubambarize uti,kuki mushaka guhabwa kandi mutajya mugira umutima wo gutanga?

Dore mufite impiri mu mifuka yanyu ituma mudashobora guhaha ngo mugwize kuko mwasabitswe nubugugu none mwirirwa imbere y’Uhoraho musaba umugisha.

Ninde wababwiye ko,kudatanga bihesha umugisha?Ukuboko kudatanga ntukuzakira kuko mwagomeye ijambo ry’Uwiteka Imana rivuga ngo gutanga biruta guhabwa uko niko Uhoraho avuga.

Nuko nkomeza kwitegereza uburyo umwuka w’Inzika y’Inzigo z’Abatutsi,ukomeje guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon,kugirango umugirire nabi,mbona ko bahimbye amayeri yo gukoresha abakobwa na bagore biyitirira amasengesho bibwira yuko wa mwuka w’Uhoraho ujya uhishura ibihishwe haraho wagiye?

Cyangwa wararangiye!Ese bazi igipimo cyawo uko cyingana?Niko Uhoraho abaza!Nyamara dore bahanganye n’ukuboko k’Uwiteka kwamaze kubaciraho iteka ndetse nta nimbababazi bagitegereje kuko bamaze gucirwaho iteka ryose amina.

Ariko bana b’abantu nikuki mwirushya muhangana n’umwuka w’Uhoraho?Nibyo mufite agahinda numubabaro w’ijambo ry’Uwiteka rigiye kubasohoraho.

Ariko muzirikane yuko mwanze kumvira ijambo ry’Uhoraho kuko iyo muza kumvira ntabwo mwakabaye mwemera kurimbura ubugingo bwanyu kumanywa yihangu ahubwo mwakabaye mushaka kumenya icyo Uwiteka ashaka kugirango abe ari cyo mukora.

Ariko mwaranze mushinga amajosi maze mwiringira amagare namafarashi byanyu hamwe nimiheto yanyu,ariko mwibagiwe yuko mutangira ryanyu Ikagitumba ko nta cyo mwari mufite.None ubu mwamaze kwaguka mushinga amajosi mwumva ko mwahangana n’juru dore ko Isi yo,mwayiciye amazi.

Nyamara murashinga umuhunda kukirenge kandi murarwanya utarwanywa,kuko mwese muri abana b’abantu kandi murabanyantegenke ndetse nabo mwibwira ko muri kumwe ntabwo muri kumwe kuko babuze uburyo babacika bakorera igitsure ariko umunsi bizabakomerana nibwo muzamenya yuko ijambo ry’Uhoraho ar’ukuri uko niko Uwiteka avuga.

Muzisanga mwarasigaye mwenyine nta muntu numwe uzaba abacira akarurutega kandi abo nibo bazahinduka abahamya bazabashinja ubugome bwanyu mwakoreye ubwoko wanjye uko niko Uwiteka avuga.

Bazabashinja ubuhemu nubugwari nuburiganya mwakoreye ishyanga ryose mwaroshye mu ntambara zitari ngombwa kandi bazabashinja maze ibyaha bizabahama imbere ya mahanga kuko muzaba mutagifiteho Uwiteka nk’Imana yanyu.

Icyo gihe Uhoraho azabajya kure cyane kugirango yibuze kumva urubanza rwanyu nyamara muzatsindwa kandi muzahabwa ibihano mwahaga abandi mwibwira yuko bitazabageraho maze mumenye yuko mu Ijuru har’Imana ica imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.

Erega ikibatera ibyo byose ni uko umwakagara akibabereye umwami reka nibamara kumuca igihanga muzahita muhinduka nk’ingabo zitagira umutware (Bihehe) hanyuma muzabura aho mukwirwa isi izababana ntoya maze icyo gihe muzamenya yuko Umuhanuzi yarabarimo hagati muri mwe ariko mukanga kumwumva kandi yarashyiriweho kubagezaho ijambo ry’Uhoraho kugirango mumenye uko mwakwitwara ariko mwagamitse amajosi mwigira ba ntibindeba maze mutegeka Isi n’Ijuru mwibwira yuko muzahoraho uko niko Uwiteka avuga.

July 18, 2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,itegereze mu butayu bugufiya maze umbwire icyo ubonye nanjye ndakubwira icyo nabonye nditegereza mpabona imyuka myinshi y’Inzika y’Inzigo za batutsi b’Abakagara binjijwe mu ishuli.

Mbona barimo bakoreshwa ikizamini mu butayu bwahagana kuri Nyanja yo mu majyaruguru y’uburasira zubabw’Africa.Mbona umwalimu wabakoreshaga icyo kizamini yasaga n’Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe.

Nuko mbona batsinzwe ikizamini maze uwakibakoreshaga abasigamo arigendera.

Mbona Umuhanuzi mukuru yigera inkweto zanga kumukwira,izo abonye asanga ni plastic kandi yagombaga kugura izuruhu maze ndabwirwa ngo mu bwire yuko nta butumwa bwe bw’uyu munsi ahubwo ategereze kuzageza igihe buzatangirwa uko niko Uhoraho aguciriye amarenga kandi niko avuga.

Mbona ikinogo kirekire cyane cyacukuwe na za mbwa za masega uko [4] kimanuka ikuzimu kandi gifite uburebure butagira iherezo kuzagerayo nurugendo murundi.

Nuko ndabwirwa ngo,ngizo za nkozi z’ibibi zarangije umurimo wazo ubu ahasigaye zirimo kugushakisha nyamara zitanazi aho ziri bugukure kubera gusa umujinya w’umwakagara w’ukuntu waburijemo umugambi we wo guhitana Nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.

Dore baritwaza yuko ngo wigeze kubakorera ukababera umukozi,ariko,umuntu yitwa umukoze imyaka ni myaniko adahembwa?Niko Uwiteka abaza!

Ubabwire ngo,ayo mayeri yanyu yubutindi yabarenze Uwiteka yose arayazi, kandi niyo mugiye kuzazira kuko mwarenganije benshi cyane ariko kumugaragau wanjye we,siko bizamera kuko ni Bugande mwarabyitwaje ariko murananirwa ibyabananiriye Uganda,IBABYLON siho muzabishobora!

Mwana w’umuntu,bwira izo nkozi z’ibibi ko ziguhize imyaka [8] ntabwo zaba zisigaje igihe gitoya ngo zibe ariho zikubona kandi icyo gihe yose Uwiteka yarakurinze.Kuko iyakurinze ntaho yagiye na nubu niyo igikomeje kukurinda niko Uwiteka avuga.

Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,hungira mu kibaya JUNGLE kiri munsi ya gakondo ya bakiranutsi maze Numara kugerayo ndakubwira icyo uri bukore.Ndamanuka ndagenda ngezeyo mbwirwa kwitegereza gakondo ya bakiranutsi uko yarimaze gutegurwa ngo iterwemo imyaka izagirira umumaro abakiranutsi ariko hakaba hari hasigaye gatoya cyane ngo iterwemo imyaka ariko inkozi z’ibibi ziza kubuza ababibyi gukomeza gtunganya umurima zitararangiza gutunganya niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore iriya myuka wabonye y’Inzika z’Abatutsi b’Akagara binjijwe mu gihugu cy’ubutayu,ni b’abagambanyi bari bagize inteko y’ubwami bw’uRwanda bafatiwe ibyemezo bakaba bamaze gushyirwa mu kato aho bagiye gukurikiranwa bitonze ngo ibyabo bimenyekane neza kugirango bishyirwe ahagaragara.

None abagambanyi basabye ko,hakorwa ibishoboka byose ugafatwa ugacirwa igihanga kuko ntakizakorwa ugihumeka uko niko basabye umwakagara bamubwira yuko gushyirwa ahagaragara kwabo bibateza umutekano mucye kubera ko rubanda ruhita rumenya ibyo bakoze bigatuma nta nundi muntu wakongera kwemera ko yakwangiza amazina ye kandi umutekano we utizewe niko Uhoraho avuga.

Dore rero bamaze gushyirwa mu kato binjijwe mu butayu none umujinya kumwakagara niwose niyompamvu baguhagurukiye bibwira ko bashobora ku kubona.Ariko barashinga umuhunda ku kirenge ntabwo bizabagwa neza uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa imodoka bita Limousine ubuyobozi bwiza bw’icyubahiro izanirwa umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe kugirango ayinjiremo maze ajye kwiyereka umwakagara wamuhigaga kuko bitashoboka yuko yaba akimufashe ngo ayimukuremo maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,igihe kirageze ngo umwana w’umuntu ashyirwe hejuru nk’uko byahanuwe n’Umuhanuzi umugaragu w’Uhoraho uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ringarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,komeza amasengesho kugirango ngukize zari mbwa za masega y’umwakagara maze ukomeze umurimo wanjye wa nkoreraga kuko zirimbwa zidashobora guhagarika umurimo w’Uhoraho.Ubwo twari turangije amasengesho y’iminsi [3] twinginga Uhoraho ngo agirire neza n’imbabazi ubwami bw’uRwanda kandi yibuke isezerano yasezeranye n’Umwmai Mutara lll Rudahigwa maze akure abagambanyi mu nteko y’ibwami bari barigaruriye ubwami bw’uRwanda.

Nuko maze kubwirwa gutyo,byari bibabaye nko korosora uwabyukaga ubwo nahise mfatiraho ndakomeza kugirango Uhoraho asohoze ibyo yavuze! Ahangane nizo nyangabirama zahinduye gukiranirwa kuba umuco n’ubuzima mu bwoko bw’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’ikinyoma ubura aho werekera maze uhitamo kwigira mu butayu ahataba abantu kugirango wibereho wonyine.

Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,uriya mwuka ubonye,nicya kinyoma cy’umwakagara kimaze iminsi gikorera mu bwami bw’uRwanda.None igihe cyacyo cyo kwirukanwa ukoherezwa mu butayu cyageze uko niko Uwiteka avuga.

July 19, 2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ,mwene so Halindintwari Jean Paul ukora muri ULK,ko agiye gushyirwa mu ishuli kandi akarimaramo igihe kirekire kandi ko atarubwa mbere aburiwe nyamara akazicuza cyane kuko yanze kumvira umwuka w’Imana uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,Mwana w’umuntu,dore magigiri Nyagasaza Innocent (Fruit) niwe woherejwe kuza guhiga ubugingo bwawe kuko mwabanye cyane none witonde cyane kugirango utagwa mu gaco kamabanda y’umwakagara ategereje kumena amaraso yuwo batazi aho aherereye niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu bimeze nabi kuva washyira ahagaragara igikomangoma cy’umwakagara Gakwaya Jean Marie ibintu byarushejeho kumera nabi kuko wahagaritse akazi yakoraga kubugambanyi kandi gahunda ze zari zigiye gutungana ngo acishe Nyir’uRwanda igihanga none baraguhagurukiye cyane nuko rero urabe maso cyane kuko noneho barahiye basizoye ngo ntibarya ntibanywa bataraca igihanga cy’Umuhanuzi Majeshi Leon uko niko Uwiteka avuga.

Dore bazanye za ntasi zose mwabanye kandi mwakoranye mu murwa mukuru wa Uganda witwa kampala ngo nizo zikuzi neza nyamara ntizikuzi neza kuko wahindutse undi wundi kubera ikoranabuhanga ariko ntiwiringire ahubwo ukore icy’Uhoraho akubwire gukora niko Uwiteka avuga.

Njanwa mu iyerekwa mbona abashumba (Pastor’s) bagiye muri Seminar (Amahugurwa) abari bahamagaje ayo mahugurwa bari aba Pastor,bitwa abagaragu ba (Satani) maze nanjye umwuka wera aramfata anjyana muri ayo mahugurwa kureba uko byifashe mbona hari abashumba benshi cyane.

Maze umwuka w’Uhoraho yongera kumfata aransohora anjyana hanze maze asohora abashumba bamwe tuziranye maze arambwira ngo,nimbaze impamvu ituma bemera kujya mu mahugurwa y’abagaragu ba Sekibi, kandi batanabanje kubaza Uhoraho Imana yitwa ko bakorera.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,integenke zibaho n’Uwiteka arabizi,ariko integenke zo kujya mu mahugurwa yabadayimoni warangiza ukagaruka kwigisha ubwoko bw’Uhoraho,koko bumva bakurahe umusaruro w’iby’umwuka?Uko niko Uwiteka abaza!Iyo bavuye muri ayo mahugurwa bavuga ko,ngo bahawe umugisha naho bahawe umuvumo.

Ariko kuki badatekereza impamvu uwo muntu cyangwa iryo dini rifata umwanya bagafata namafaranga yabo bayashyira mur’izo gahunda kandi nabo bayakeneye?Kuki ubwenge bwanyu budashobora kureba kure ngo butekereze?Ubwo se babaye umulimo w’Imana kurusha nyirawo?Niko Uwiteka abaza!Ese iyo mubuze umwuka w’Uhoraho,munanirwa no gutekereza ngo mubashe kureba kure hirya yibitekerezo byanyu!

Ni kuki uyu muzungu avuye iwabo akaza muri Africa kuza gukoresha amahugurwa?Iwabo no muri Africa,nihehe bakeneye Imana kurusha ahandi? Ese ayo mafaranga yo gukora ibyo byose ayakuye hehe?Ese yunguka iki iyo amaze gukoresha ayo mahugurwa?Kuki mudatekereza?

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uramenye ntuve murutare kuko hanze bimeze nabi kandi cyane kuko umwanzi yubikiriye umwana w’umuntu kugirango amugirire nabi nyamara arashinga umuhunda ku kirenge kuko bitazamworohera niko Uwiteka avuga.Ariko bazabona ishyano abagenza umwuka w’Uhoraho kuko batazabura kurukira mu burukiro bw’irimbukiro rihoraho uko niko Uwiteka avuga.Utegereze ijambo ry’Uhoraho rirakuzaho rikubwire ikigomba gukorwa niko Uwiteka avuga.

Dore ejo serwakira izanyura kumuharuro nuyibona uzamenye yuko kabaye kizaba ar’ikimenyetso cy’uko za magigiri z’umwakagara zihanyuze!Ariko igihe cyo kuva murutare kizaba kitaragera.Cyakoze bizakubera ikimenyetso cy’ijambo ry’Uwiteka yavuganye nawe yuko ar’ukuri uko niko Uwiteka avuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho ringarukaho,maze rirambwira riti,niwongera kubona Serwakira ku nshuro ya kabili umenye yuko ibyavuzwe n’ijambo ry’Uhoraho bigeze kumwuzuro waryo nawe uramenya yuko igihe cyawe cyegereje maze utangire witegure kugirango usohoze gukiranuka kose k’Uwiteka Imana ikiranuka.

Nkomeza kuba mu iyerekwa mbona igisiga kiguruka gifite amababa manini kandi maremare (Eagle) mbona gifite amaguru [3] n’inzara [6] mbona gifite amatara munda yacyo yaka ninjoro gusa kigiye gushimuta umushi utuye ku gasi.Mbona itara rimwe risa n’umutuku,irindi rya kabiri naryo ryasaga nicyatsi kibisa, kivanze n’umuhondo.

Mbona igisiga kiragurutse gifashe ikirere kiragenda kigeze ahirengeye maze ijambo ry’Uhoraho ringarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wabonye imigendere yicyo gisiga?Ndasubiza nti,yeeeee nayibonye.

Ijambo rirambwira riti,rero uko ubonye kiguruka uko niko Umuhanuzi mukuru agiye kuguruka akirekera aho yatagiriwe kuko igihe gisa nigisohoye ngo ibyahanuwe bisohore maze abakiranutsi bamenye yuko Uwiteka abamwiringiye bakiringira ijambo rye,ko ari ko bizabagendekera kugirango bamenye badashidikanya yuko uwo biringiye ari we Mana yitwa Uwiteka JEHOVA.

Nuko maze guhabwa ubwo butumwa bw’Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe,mbura uko mbumugezaho kuko imihanda nuduhanda nutuyira twose umwanzi yari yaduhagazemo.

Ntibyari gushoboka ko nkoresha ikoranabuhanga kandi ndi munsi yurutare kuko nta network yari hali ubwo ndinumira ndibwira nti,uko biri kose nawe azabisanga ku inyangeNews kuko abizi neza yuko ari rwo rubuga ruduhuza twese dukuraho amakuru adusubizamo imbaraga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abana [3] batoya bazanye inzoka (Snake) yapfuye bayijugunya imbere yanjye barirukanka basubira aho barimo gukinira.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi aragiye ubwo nuramuka ubonye byabimenyetso byombi,uhite uva murutare maze werekeze mukibaya ujye gushaka ubuki bw’Ubuhura ubone uko wafungura mur’iyi nimunsi uko niko Uwiteka avuga.

Mu gihe nkiri muri iryo yerekwa risa nirirangira,nkurwa ahongaho njyanwa munsi ya gakondo ya bakiranutsi mu ishyamba ryaho (Jungle) maze mbona bacukuye za ruhurura (Drainage) kugirango ubwo imvura igiye kugwa nihagira ucika ahunga ngo abashe gukiza ubugingo bwe,agwe muriyo ruhurura.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,hagiye gufatwa ingamba zo gufatira abaturage (Hostages) kugirango abagiye gutera gakondo batazabona imbaraga cyangwa (ManPower) ubwo nibwo Umwakagara agiye kuzakoresha kugirango hatazagira uhunga bakabasiga murwagasabo bonyine maze bakaraswa umugenda bagashirira ku icumu uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira riti,mwana w’umuntu,uko niko umwakagara yibwira ko,ahari abamurwanya bazatinya kumurimbura, nyamara Uhoraho yaburiye abantu be kuko yarazi ikizakoreka, cyangwa ikizaba.

Rero abantu gushira bazashira Uhoraho azatangira kurema bushya kuko yamaze gufata ibyemezo byo gusenya umwakagara kandi ntabwo ashobora kwigarura kuko urubanza rwarangiye abazarimbuka ni uko banze kumvira ijambo ry’Uwiteka Imana ya bakiranutsi yavugiye mu kanwa kabahanuzi uko niko Uwiteka avuga.

Nukuri nukuri ntabwo nzibuza gusohoza imigambi yanjye kuko ishyanga ryose ryaransuzuguye ryubaha umwakagara ndetse riramwumvira cyane kuruta uko banyumvira.

Ndetse s’ukumwumvira gusa,baramutinya kuruta uko batinya Uwiteka Imana yabo.Nanjye ndimanukiye ngiye guhangana n’umwakagara ndebe uzamukiza amaboko yanjye naho yatabaza amahanga y’isi yose sinzabura gukora icyo nagambiriye gukora dore hashize imyaka myinshi mbaburira ariko bakavuga ngo”Uwiteka ntabwo ya kwemera ko,ihanga ryose rishiraho”

Bambarize uti,burya abarimbutse 1994 bari bancumuyeho kurusha uko mwacumuye ubu ngubu?Niko Uwiteka abaza!Mwana w’umuntu,doreumwana azibagirwa nyina wa mu byaye,naho umubyeyi yibagirwe umwana,na matungo nayo nuko,kubwinjereri zigiye kuvugiriza mu matwi yabo.Bazibagirwa umunsi,n’ukwezi,n’umwaka.

Ndetse umuntu uzamubaza amazina ye,ayibagirwe kuko ibikomeye biraje kandi ntabwo bitinze ahubwo biri hafi, bigeze hafi y’amarembo mu irango rya gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.Uburyo bubaha kandi bagatinya umwakagara bituma umutima wanjye wicuza icyatumye mbarema kubona bubaha umwana w’umuntu ushiramo umwuka agapfa akibagirana ariko bagera ku ijambo ryanjye bakacurika bakaricurukura ngo barashaka kumenya ukuri kandi nyamara ukuri bakuzi ndetse kwanditse no kumitima yabo.

Ariko nanjye nzimara agahinda ubwo wa munsi wa ngirente, bazaba babuze epfo no haruguru nzaba mbabonye akanya nanjye mbihorere bazarira umhisi n’umugenzi,ariko nta numwe uzabitaho ahubwo bazarebwa nkibisigazwa byamayezi imbwa zasigaje.Icyo gihe nibwo bazamenya yuko Umuhanuzi yarabarimo kandi bazifuza kumubona ariko ntibizashoboka kugirango abasabire k’Uhoraho nyamara igihe kizaba cyatakaye ndetse cyarangiye hasigaye kuzacirwaho iteka uko niko Uwiteka avuga.

Mbihanganiye igihe kirekire, buri munsi ngatuma abagaragu banjye, na bajakazi banjye, ngo bababurire ariko mukabareba ubugufiya bwabo.Nyamara n’ubugingo bwanyu nifuzaga kugirira neza kuko nd’umugwaneza. Akaba ariyo kamere yanjye.Ariko nabuze uko nabakiza ndetse mu mbuza kubagirira neza kubera ubugome bwanyu mwavukanye mukaba mudashobora kwibuza kugira nabi.Ariko noneho icyo umubibyi abibye ninacyo asarura reka ibyo mwabibye mbigeze kumuhero wabyo kugirango musarure byinshi cyane ahubwo murabe mutegura ibikoresho muzakoresha mu isarura kuko ryegereje kugirango mutazacikanwa.

Dore indengo y’Ifu ya Epha, izagura shekel [1] naho amavuta ya Erayo azagura Shekel [2] naho vino izagura igice cya Shekel imitobe muzayinywera Ubuntu.Kuko igihe kisarura kizaba cyageze buri wese azaba yejeje ibyo yabibye kuko ntawuzasaba undi ahubwo buri wese azifuza uwo yabiha ngo bgabanuke kuko ni nyamaswa zo mu ishyamba (Jungle) zizaza gutaha ibyo birori byisarura nubwo muzaba mutazitumiye ubwazo zizumva agahumuro maze zizamuke maguri ntusinge maguru mpintege!!!

Icyo gihe nanjye Uhoraho nzamanuka nze gutaha ubwo bukwe bwiza bwateguriwe umwana w’intama w’Imana wabaguze amaraso y’igiciro ndetse akanabakwa kumanywa yihangu igorigotha nanjye Uhoraho nzihera amaso yanjye nanjye ndebe uko bizagenda nuburyo muzakoresha ubuhanga bwanyu icyo gihe amatwi yanjye azibuza kumva urusaku kuko abazaba baje mu bukwe bazaba ari benshi kandi bazaba basakuza.

Ndetse na maso yanjye nayo azibuza kurebana imbabazi kuko icyo gihe azaba ashimishijwe kureba no kwitegereza isarura uko rizaba ririmo kugenda.Icyo nanjye nzababaza nti,ese ya mana yanyu yitwa umwakagara yagiye hehe?Nimusakuze cyane ahari yaba yagiye murugendo kugirango yumve urusaku rwanya ibagirire imbabazi maze ibakize urusaku rwabasaruzi.Icyo gihe nzababwira nti,ngahi nimusenge cyane muririmbe cyane ahari umwwakagara yaba yasinziriye kugirango yumve urusaku maze abyuke aze abakize urusaku rwabasaruzi kuko ruzaba ari rwinshi rudashobora kwihanganirwa uko niko Uwiteka avuga.

Yemwe bwoko bw’Uhoraho,ninde wabaroze!? Kuburyo mudashobora kumva imiburo y’Uwiteka Imana Nyiringabo?Ahaa wanga kumenera igihugu amaraso,imbwa zikayanywera ubusa!!!Mbese mugira amatwi?Cyangwa se nta maso muboa mugira areba?Ese ibimenyetso nta cyo bibabwiye?Ese nta cyo gukuba kw’imvura igiye kunyagira benshi badafite umutaka bibabwiye?Dore benshi barimbuwe n’ubutunzi kuko batabwigeze ariko kandi kuba batarabwigeze byakabaye nyungu kuri bo kubusiga byakabaye biborohera kuko uko babubonye ari nako bazongera kububona uko Uwiteka avuga.

Ariko kuko imitima yabo ikunze cyane iby’isi reka bajyane nabyo akawamugani ngo ibikundanye biranjyana.Dore muzibagirana uko umuntu yireba mundorerwamo agahita yiyibagirwa,uko niko namwe muzibagirana mu isi ya bazima hazaba hasigaye gutegereza gucibwaho iteka aho kumunsi wa mateka buri wese azahabwa ibihwanye no gukiranuka kwe,cyangwa gukiranirwa kwe.Icyo imbabazi zizaba zarasigaye mu isi ya bazima kuko aribo bashobora kwihana bakababarirwa niba bazaba bagiriwe Ubuntu uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero wa ngumba ya matwi niwowe ubwirwa kugirango wifatire umwanzuro wa nyuma wo kwihana,cyangwa wikomereze kwikorera ibigushimisha kugirango usohoze gukiranirwa kwawe kose maze uzacirwe urubanza nibura hari icyo wakoze uko niko Uwiteka avuga.Dore ntarubanza muzashyira k’Uwiteka kuko nta gihe atababuriye uhereye [1995] yababwiye yuko mudakwiye kubyina insinzi kuko mutigeze mutsinda ahubwo mwitegure gutsindwa cyangwa muhitemo kwihana.

Mwaravuze ngo muzakizwa na maboko yanyu ngo kuko gakondo mwayahiwe nimbaraga zanyu.Ngo mbese mwigeze mubona Uwiteka aza kudufasha kurwana kurugamba?Uko niko mwavuze ayo magambo muyavuga narumvaga!

Nuko rero muhame hamwe mureke gutabaza mu Ijuru ndetse mureke kurarama kuzageza wa munsi muzaba mu maze kunesha azabe ari bwo muzaririmba intsinzi mubyine nk’uko mwabyinnye ubushize hanyuma muzerwe cyane imitima yanyu yuzure ibyishimo na kanyamuza, maze muzongere mwirate imbere ya mahanga muvuge muti urugamba rwari ruturembeje none turarutsinze none mwese nimuze dufatanye ibyishimo kuko umwanzi waruturoseye turamutsinze uko niko Uwiteka avuga.

Yewe wa Mana we,hahirwa abumva imiburo yawe bakayikurikiza,ariko kandi hazabona ishyano abasoma ijambo ry’Ubuhanuzi ntibarikurikize kuko ritazabura kubaciraho iteka.Mbese bazireguza iki?Ko byose Uhoraho yabishyize hanze nkuwa mbaye ubusa!? Yewe namateka muzaba mumbwira kuko nah’Intwarane naho intwari zirataka zinyinyiriwe twagiye cyera kubuda byaba arubu.


July 20, 2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona ibyababaje ubugingo bwanjye cyane,burya wabona uhanura,ariko iyo ibihanurwa biguhereyeho,biba ar’ibindi.Nerekwa nzamuka nerekeza kumisozi y’igikundiro hakurya ya YORDAN.Ngezeyo mpabona inzira [2] imwe yerekeza ibumoso indi iburyo.

Maze nkomeza kuzamuka ngeze imbere gato,mbona akabati kibirahure gusagusa nitegereje neza mbona harimo uwahoze ar’umufasha wanjye Murekatete,ngo ankubite amaso mbona avugije induru cyane nurwango rwinshi cyane.

Nkomeza kwitegereza ubwo jyewe nerekeza iburyo maze mbona uwamushyize mukabati aramutwaye amunyujije ibumoso (Jehinomu,Heli)agenda antunga urutoki ambwira ngo nagerayo arandega kuri basaza be.Nuko ndabwirwa ngo”Uwahoze ar’umufasha wawe yararimbutse,kandi yapfanye inzika ikmeye cyane nurwango rwinshi cyane yakwanze nyamara se ntimwabonye gukomera kw’Uhoraho ubwo mwali mu gihugu cya Uganda?Uko niko Uwiteka abaza!Hanyuma se mugeze IBABYLON ntimwabonye ukuboko k’Uhoraho gukomeye kurushaho kuko Uwiteka yabanye namwe akoresha amahanga n’abanyamahanga kubatunga?!

Ariko se niki cyatumye asubira inyuma mukwizera akananirwa gukomeza inzira ahubwo agashaka kuneza uyu mubiri hamwe no kunezererwa isi kandi yarabizi neza yuko imanza zatangiriye IBABYLON ahitwa KASARANI kwa Pastor Simon Nkundabantu w’umunyamurenge?Ubutabera bw’uwiteka bwatangiye Jan 1,2013 ibyo arabizi neza cyane,ariko yabirenzeho ashaka kwinjira munkozi z’ibibi kandi buri gihe waramwihanizaga ngo atazahirahira ajya ibumoso kuko ibyaho birasharira.

Ariko nubwo nandikaga ijambo ry’ubuhanuzi,ntabwo nariho kuko numvaga niyanze nanze isi ni byayo byose,umuntu twaruhanye,ngaho za Uganda,ngiyo BABYLON ariko ashirwa ari uko asubiye inyuma none bitumye arimbuka!!?Bantu b’Uhoraho ibintu birakomeye tekereza kwandika ubuhanuzi urimo uririra umufasha wawe kuko uko byagend akose jyewe nalinzi iherezo rye ndetse ndanabimubwira nti,umunsi wasubiye inyuma uzarimbuka!Ariko burya uzarimbuka niyo wagiragute aba azarimbuka tuu!!Imilimo y’Uwiteka twakoze muri Uganda itangaje?!

Gukomera kw’Imana twabonye ikora ibitangaza byayo mbese koko umuntu yabirengaho agasubira inyuma?(Ab’Israel Mu butayu) icyo nicyo gisubizo cyoroshye gusubiza.

Nkomeza kwandika ijambo ry’ubuhanuzi kuko nicyo navukiye kandi ninacyo nahamagariwe,ariko mbere yuko nkomeza kwandika reka mbanze mbaze Uhoraho,ubuse wa Mana we,koko uzongera umpe undi mufasha utumvira ijambo ryawe hanyuma nawe arimbuke? Maze numva ijwi rimbwira mu ndimi za mahanga,ngo «“Man of God,Be a Man! Do Not Complain Wait for him. As Your Father Heir You,To Be a Man Till The Death!!”»Ubushize wariyoboye ariko ubu ntabwo uzongera kwiyobora kuko warugoswe n’inkozi z’ibibi zajujubije gakondo ya bakiranutsi wari muri wa mwuka wa bisi wo gushaka kuba umugabo.Ariko ubu noneho,ntukiri muri uwo mwuka wawuvuyemo uko niko Uwiteka avuga!

Ubwo erega ndakomeza ndakora ibyo gutekereza no kurira umuhoze ari mjfasha wanjye ubwo mba mbivuyemo nkomeza umurimo w’Uwiteka nk’uko bisanzwe nibuka ko,na Ezekiel nawe ari ko byamugendekeye ubwo yabwirwaga guhanurira ab’Israel ikimenyetso kikaba umugore we yabanje gushyingura imbere ya maso y’ubwoko bw’Israel usibye ko wenda atarimbutse ntawamenya!?

Njyanwa mu iyerekwa kandi mbona ubwoko bw’Abatutsi biyita abanyamurenge (abanyeCongo) group ya bantu bari imbere y’Uhoraho,kandi bamaze igihe kirekire mu masengesho basenga Imana yo mu Ijuru,bategereje yuko ibagirira neza ikabaha ibisubizo byabo basengeye.Nuko ndabwirwa ngo”mwana w’umuntu,bwira abo bene so bari mu masengesho ko numvise gusenga kwabo kandi ko,mbasubije kuko babaye imbere yanjye kandi ntibagenje nk’uko abo bandi bagenje.”

Mbona umucyecuru umwe witwa MaMan ANNAH utuye I Kanombe munsi y’ikibuga kindege Kanombe International Airport ari muri abo basubijwe n’Uwiteka Imana ya bakiranautsi hamwe nabakobwa be,nabandi bandi babaye imbere y’Uhoraho bagategereza igihe cy’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Nerekwa umugabo wigisambo uri hagati muri bo,ari we utumwa kujya kubazanira cyangwa kwakira ibisubizo, maze uwo mugabo ibyo yakabazaniye akabizana yabanje kugabanyaho kugavura cyangwa se kwiba ibitari ibye akabazanira ibisigaye.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira ngo”uwo n’umwuka wuburiganya wabadayimoni uri hagati muri bo,babwire babe maso kandi birinde abagabo bakorera Satani bari hagati muri bo”nabonaga abo bantu barabaye nkumuryango umwe bakorera hamwe kandi hagati muri bo ntarwikekwe rwali rukibarimo ariko uwo mugabo wigisambo yanze kuvamo kandi yigira umuntu mwiza akabakorera uturimo twose nyamara yuzuye umwuka wabadayimoni uko niko Uwiteka avuga.


Maze kwandika iri jambo ry’ubuhanuzi nkomeza gutekereza kurugendo rwabizera ijambo ry’Umwami wacu Yesu Kristo.Ntekereza uburyo abantu benshi batinya ubuzima bubi bwo mur’iyisi kugeza nubwo abantu bahitamo kuba inkozi z’ibibi kandi bazi neza inkurikizi zabyo nuburyo umuntu aba agurisheje ubugingo bwe,numva birantangaje cyane kandi birababaje pee!

Abantu birengagiza yuko hariho umuriro n’Ijuru kandi basanzwe babizi uko Adam na Eva birengagije itegeko ry’Uwiteka bakarya ku giti babujijwe n’ijambo ry’Uhoraho maze bituzanira akaga gakomeye mu isi yose yaba ibimera cyangwa inyamaswa twese umuvumo ntiwadusize none reba aho bitugejeje!?

Nuko nkomeza gutekereza ukuntu abantu baba batonze umurongo kurusengero rwa Satani BABYLON ahitwa SERENA hotel bashaka guhabwa ubutunzi bwa kanya gato,nibuka imvugo bajya bakoresha ngo “Ni afadhali Malaika wa Shetani ninaye mjua,kuliko Malaika wa Mungu nisie mjua”.Bishatse kuvuga ngo ko,kuba yabona Malaika wa Satani bakamenyana byarutaho kurusha Malaika w’Imana utajya yigaragaza!

Biragaragara yuko abantu benshi bazarimbuka bakajya muriro utazima!Sinzi niba nawe waba uri muri abo bashaka kubona Malaika wa Satani ujya yigaragariza abamushaka kugirango abahe ubutunzi,cyangwa  niba uzategereza kuzageza kumunota wa nyuma.

Iki gihe gikomeye cyane kandi kibi cyane aho abantu barangajwe nubutunzi barabwirizwa buri munsi yuko Uwiteka agiye kubaha ubutunzi kuko bazi neza yuko ibihe turimo ari bihe bibi mu by’ubutunzi bityo bagahitamo kuremesha abantu nyamara atar’ijambo ry’Imana (Rhema Word) ribaremesheje maze abantu nabo bakumva agatima gasubiye munda nyamara ubuzima bugakomeza kumera nk’uko bwari bumeze ntagihinduka ariko ugasanga barushaho kwikomeza nyamara badakomeye!

Ibyo nabyo maze kubireba no kubyitegereza,nanga nabyo ari ubusa ni nkokwiruka inyuma y’umuyaga.Numva ndabigaye rwose uzi kwikomeza kandi udakomeye!?Ubwo se uko nikwizera ki?Mwagukuye hehe?Kumaze iki se?

Ubusanzwe kwizera kuzana ibyiringiro kugatera kunesha ariko se kwizera icyuka ngo Pastor yavuze cyangwa Imana yavuze kandi babizi neza ko itavuze ubwo koko ntabwo ar’ubusazi!Ahaaa dore aho nibereye Majeshi nzaba mbarirwa!murahirwe mwakabyara mwe ejo mutazavuga ngo mwaravumwe.Gusa icyo nzi kandi nzirikana ni uko abambere bazaba abanyuma iryo ni jambo ry’Imana.Mbega Irungu!!!Kuba Wenyine Nkaho Umuntu Yaciriweho Iteka?Ariko reka nihangane niryakanya gato!!!


July 20, 2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona inteko ya bacamanza bo mu Ijuru banzura urubanza Nº0033/0007/0016 rwa leta ya Kigali iyobowe n’umwakagara.Mbona abadepite ba RPF, bagize inteko nshingamategeko y’uRwanda, ijyanwa mu butayu bugufiya.Iyo komisiyo mbona iyobowe na Hon.Baricana Eugene maze bajya kwiga ikibazo cy’uburyo hazakorwa amatora ya badepite bagize intekonshinga mategeko y’uRwanda.

Mbona iyo nama yaririmo nibikomerzwa bya RPF, maze iyo nama bayikorera haruguru gato y’ubutayu bugufiya ariko byari bifatanye nubwo butayu hagati harimo inzira inyuzwamo abantu bazanywe kwigishirizwa mu butayu bugufiya kugirango bamenye yuko Uwiteka ariwe Mana.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti, mwana w’umuntu, inteko yabacamanza yo mu Ijuru yanzuye dossier ya leta y’uRwanda iyobowe n’umwakagara,maze imaze kugenzura ibimenyetso byose bishinja leta ya Kigali,uburyo yakiraniwe n’ukuntu yamennye amaraso menshi yabatariho urubanza.Isanga ibimenyetso byose bihama kandi ikomeza kumva induru zabakiranutsi bakomeje gutaka barega leta ko,ibarenganya.

Numva bahamagaza mu Ijuru basaba Imana yuko yaza ikabatabara kuko, bageramiwe bakaba nta bindi byiringiro bagifite usibye kwiringira Uwiteka Imana ya bakiranutsi yabatabara naho bundi bashiriye ku cumu ry’Umwakagara.Numva inteko ivuga ngo,urwo rusaka nurwabande?Babaza Malaika ushinzwe abakiranutsi.

Nawe arasubiza ngo”nurusaku rw’abarenganywa bari mu gihugu cyitwa uRwanda” kibamo abakiranutsi benshi kurusha ibindi bihugu byo mu isi yose!Maze inteko imaze kumva igisubizo cya Malaika ushinzwe akarere kibiyaga bigari,inteko ya bacamanza ifata umwanzuro wa nyuma wo guha uburenganzira Malaika ushinzwe akarere kibiyaga bigari gushyira mu bikorwa icyemezo cy’inteko ya bacamanza cyo gukuraho leta y’umwakagara igasimbuzwa ubwami bw’uRwanda.

Nyuma yuwo mwanzuro,Malaika asabwa kuzana copy y’umwanzuro wurubanza rwa leta y’uRwanda na bakiranutsi b’Uhoraho Uwiteka Imana umwanditsi mukuru w’inteko ya bazamanza bo mu Ijuru akaba ashinzwe n’Itangaza makuru ryo mu Ijuru Umuhanuzi Majeshi Léon.Kugirango atangarize ubwoko bw’Uhoraho umwanzuro w’inteko ya bacamanza bo mu Ijuru uko wagenze kugirango batagwa mu icuraburindi ry’umwijima wamaze kugota ikirere cy’urwagasabo mukarere kibiyaga bigari uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa umwuka w’Inzika ya batutsi bumwakagara baza kuri gakondo y’Umuhanuzi ngo abariho barebera ijambo rya hanuwe nUmuhanuzi wahanuye ibya gakondo ya bakiranutsi n’amakuru y’inkozi z’ibibi uburyo ziri mu mugambi wo gushaka guhitana Umuhanuzi.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wongeye gutoneka mu nkovu z’igisebe kitari cya kira cy’inkozi z’ibibi.Kuko zababajwe cyane nuko ushyira amakuru yazo ahagaragara bigatuma imigambi yabo uyiburizamo none bararakaye cyane bikabije ngirango bakubonye bagutsya mu isekuru uko niko Uwiteka avuga.


Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyahanuwe ku Muhanuzi Mkuru w’ibyasezeranijwe igihe cyabyo kirageze ngo bisohore.Uwiteka yavuze ko,azamuha Radio Stations none yongeye kubisubiramo umubwire uti,Uhoraho yongeye guhamya ibyo yari yaravuze nubundi ko azakugirira neza nk’uko yabigusezeranije kugirango ubone uko ukora umulimo we uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa inteko nshingamategeko y’uRwanda ko,igiye kwinjira mu butayu amatora yarateganijwe atakibaye.Mbona hakwirakwizwa za ruswa hirya no hino kugirango batore abashingamategeko ba FPR cyane kugirango babe benshi kurusha ayandi mashyaka.Ariko ntangazwa no kubona ayo matora abera mu butayu bugufiya kandi Umwami w’Abakagara akiri ku ngoma nibaza ikibaye biranyobera.

Nuko ijambo ry’Uhoraho maze rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore amatora ya bashingamateka bumutwe wabadepite agiye kubera mu butayu bugufiya kuko igihe cy’iyo ntekonshingamategeko cyararangiye.Kandi nk’uko ijambo ry’Ubuhanuzi ryabivuze yuko nta yindi ntekonshingamategeko izabaho uko niko bikiri nubu ntayizabaho kuko republika igiye gusimburwa n’ubwami bw’uRwanda uko niko Uwiteka avuga.

Mbona abayobozi bakuru ba RPF ishyaka riri ku butegetsi riyoboye igihugu imyaka [22] nerekwa bajyanwa mu butayu bugufiya ndetse harimo navuga ururimi rw’igikonyine ntangazwa no kubona abo bayobozi bagemurirwa amafunguro mu butayu bugufiya biranyobera nibaza ibyababayeho biranyobera maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,witangazwa cyane ni uko abayobozi bo muri RPF bajyanywe mu butayu bugufiya n’igihe cyabo cyageze uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ukorera Uwiteka JEHOVA Imana ikomeye,iyo yavuze biraba yategeka bigakomera.Kandi ihora inyuma y’ijambo ryayo kugirango irikomeze none ibyo yavuze nonkubikora ntizabikora?Uko niko Uwiteka abaza!Nuko rero burira bene so uwiyeza yiyeze nuwandura yandure kuko igihe cyo gucyurwa ku mugeni ngo ajye kuruhuka imihati nimiruho byo mu isi kirageze kandi kirasohoye kuko kigeze mu irango mu marembo ya gakondo a bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kujyanwa mu iyerekwa mbona nzamuka mu modoka y’igikamyo gifunguye kizamuka kigana inyamirambo kurya nyuma (Terminal) iyo modoka yaririmo urwandiko rwandikishije intoki hejuru yarwo hariho amafaranga inoti y’ibihumbi [2000] hariho na Magana atanu [500] hariho kandi n’iyijana ni note [100] twese abari mu modoka twirinda kuyatiragura ngo tuyabike kuko twatekerezaga ko,aray’umuntu uri muri yo kamyo.

Turagenda tugeze hafi kugera kurya nyuma ya modoka ihindukamo icyumba cy’ishuli ako kanya mbona dutanguranwa intebe zo kwicaraho (desk) maze turicara dutegereza umwalimu ko yinjira mu gihe tugiteereje ko aza,ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubuyobozi bw’umwakagara bugeze kurya nyuma.Kandi bugiye kwinjizwa mu ishuli kugirango bigishishwe uko bubaha Imana kandi ko ishobora byose uko niko Uwiteka avuga.Imbaraga nububasha cyangwa ubushobozi bw’abanyembaraga bagize agatsiko kabanyembaraga ba RPF,birarangiye uko niko Uwiteka avuga.

Currency

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubuyobozi bw’umwakagara igice cyabwo kimaze kurangira.niyompamvu wabonye ibihumbi [2600] izo nizo mbaraga yarasigaranye ufashe [5000] ugakuramo [2400] hasigara [2600] izo nizo mbaraga yarasigaranye niyompamvu ibintu bimwe na bimwe yatizwagamo umulindi na mahanga cyane cyane kubijyanye n’ubukungu byagabanutse cyane akaba asigaye yirwanaho gusa akoresheje imbaraga ze zonyine.Babanje kumukupira imbaraga zaho yakuraga amaboko babanza kuyacamo kabili asigarana amaboko ye wenyine aho yibaga ubukungu muri Congo,bamukurayo asigarana serumu.

Ubu rero guhangana nawe biroroshye cyane kuko atagihagaze kumuguru [4] ahubwo ahagaze kuri [2] kandi ubusanzwe amaguru ye,ntakomeye cyane urumva yuko,imbaraga ze,zagabanutse cyane ku buryo bugaragara.Ikindi imanza yashinjwaga z’ibyaha byo mu ntambara zamumazemo ubwirasi zamutwaye agatubutse kugirango aziburizemo ze kuzabaho.Yakomeje yibwira yuko azajya atanga ruswa hose ku isi naho yarinzira yo kumuca intege kugirango babanze bagabanye kumwuzuro w’ikibindi cyitwa ubutunzi maze bashingamo umuheha bagabanya umwuzuro wacyo kugirango kitameneka!!!

Ubu rero hasigaye imbaraga nke cyane kuko amenshi ya yashoye mubikoresho by’intwaro za gisirikare yibwira yuko bazamutera akazarwana intambara zikomeye cyane nyamara ntaho azahurira nazo kuko bazamuca igihanga maze abasigaye bagakwirwa imishwaro buri umwe azakizwa namaguru abandi basigaye barwanire ubutegetsi urumva yuko za ntwaro ntacyo zizaba zikimaze kumwakagara ahubwo abataraziruhiye nibo bazazikoresha (ubutegetsi) niko Uwiteka avuga.

Babura contact z’Umuhanuzi

Leon

 

 

 

 

 

July 21, 2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zakoze ibishobola byose ngo zibone telephone z’Umuhanuzi maze ngo bayitrackinge ariko ibabera ibbamba.Bajya muri archive barareba barashakisha ariko Babura tracing yayo maze bashyiraho abantu ngo bakore ibishoboka byose bayishakishe nyamara bibagirwa yuko ubuhanui buvuga ko,bagiye gushakisha contact zanjye niko Uwiteka avuga.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,uribuka ba magigiri bari bamaze igihe bakwandikira bagusaba ko ngo mwavugana?

Ariko bakabikora giswa none se wasabi umuntu ko mwavugana utabanje kumwibwira ngo akumenye uw’uriwe!Ariko umurimo wabo bawukoze nabi kuko batazi kugigira bumva ijambo kugigira gsa ariko ntabwo bazi uwo bagigira uwari we.

Cyangwa se bashobora kuba banabikora batabishaka kuko uburyo babikoramo ntabwo ari uburyo bw’abantu bafite uburambe kandi ntushobora gutatisha imbokoboko gusa ntabwo bibaho ariko kuko muri iyi minsi bakennye kababayeho nta kundi bakora kuko igitsure kiba kibahagaze hejuru ngo nimukore gutya na gutya nyamara mu mulimo wo gutata hakora ubwisanzure no kuba warateguwe bihagije ukaba uzi neza ikigomba gukorwa byaba bitabaye ibyo,akazi ka kananirana kuko niyo mategeko agenga uwo mulimo utayakurikije ntushobora kuzapfa ubonye umusaruro uko niko Uwiteka avuga.Igihe cyose utabanje gukora isesengura ry’ibyo ugiye gukora nuwo ugiye gutata ntakabuza yuko umusaruro wawe uzaba mubi ubyemere ntubyemere kuko bidashoboka yuko wagigira utabanje gukora Tracking and Report Mission Only.

Nkomeza kwibera muri uko gutambagizwa mu isi y’umwuka,maze mbona imigambi y’umwana w’Umusita,nuburyo abanyaUganda babaye confused kubera hagiye kuba umukino wabahaze (intambara) mbona umwana we Gen.Kainerugaba Muhozi  arimo gukwirakwiza uniform z’igisirikare ayoboye izo bajya Bambara za mabara yingwe kandi iyo ntambara yarifitanye isano niyaberaga mu gihugu cy’IBABYLON kubera amatora yaho bari bananiwe kumvikanaho kugirango hemezwe uwatsinze amatora uwari we uko niko Uwiteka avuga.

Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hagiye kuzabaho filme igiye kwerekanwa abantu bose bakazayirebera ubusa batishyuye mu mwaka uza wa 2017,kuko ijambo ry’Uhoraho rigiye gukora umulimo waryo kugirango abatuye isi bamenye yuko Uwiteka ari we Mana kandi ko ari we waremye Ijuru n’Isi niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gakondo isigaye ar’umusaka,kandi umwakagara yamaze gushaka ibinyoma [6] agiye kubeshya isi nyamara ibyo binyoma nibito cyane ugereranije nabo agiye kubeshya kuko bitagishoboka ko,abeshya ngo abikuremo umusaruro niko Uwiteka avuga.

Tit for Tat: a situation in which someone takes retaliation for an insult or injury this is Rhema word comes from heaven God given to me.Concerning the Rwandan Tutsi tribes for what is going to happen upon of them.

Nuko nerekwa iyerekwa ritangaje cyane mbona bwa butayu bugufiya hejuru yabwo mukirere ubwoba bw’Abatutsi butuye mu Rwagasabo busubiranamo,maze bumaze gusubiranamo igice kimwe kitabaza igice cya Batutsi basigaye muri Uganda maze baraza basanga babandi babirukanye murwagasabo bose bahurira mu butayu bugufiya maze sinakubwira barahagana karahava isi yose irebera.

Maze ijambo ry’Uwiteka ryanditse mu gitabo cy’Umuhanuzi ISAIAH 18:1-7 riraba rirasohoye ngo nubwoko burebure bufite umubiri urembekereye ubwoko butera ubwoba isi yose bukaba butuye hagati y’imigezi ya hakurya ya Ethiopia umanutse kumugezi w’uruzi rwa NILE ubwo bwoko niho butuye,busiribanga ihanga  kugeza burimazeho.

Nuko mbona barahanganye impande zombi kubera umujinya mwinshi nagahinda kenshi ku bambuwe uburenganzira bwabo uko niko Uwiteka avuga.Nuko mbona bashenye ibyo bubatse byose imyaka yose babaye kubutegetsi maze mbona imbaraga z’UMUSITA n’Umwakagara zirarangiye ahabo ntihaba hacyibukwa ukundi.Maze ibyahanuwe biba birasohoye ngo,kurukiryi rwabo nta kizahasigara uko niko Uwiteka avuga.Aho niho bazamenya yuko gusangira ari byiza kuruta kwiharira wenyine ntawukoramo.

Abandi nabo bati reka twese tubibure ndetse tubihombe.Byari bimeze nka rya shyirahamwe ryabayeho nyuma y’intambara y’1994 abapfakazi batari bafite abagabo iyo wangaga ko, umugabo wawe mu mufatanya baramwicaga mwese mukamubura tumubure twese tumuhombe!!!Iyo ntambara yariteye ubwoba cyane ndetse amahanga yananiwe kuyikiza maze abatutsi bishyira hanze kababaho ibyabo ntibyaba bikigira ibanga ahubwo ubwami bw’umwakagara n’ubw’umwana w’UMUSITA burangirira aho basigara ar’umugani bavuga ngo habayeho umwakagara n’Umusita…

Pray

 

 

 

 

Ubwo nkiri mu iyerekwa nongera nerekwa ingiga nini cyane idafite uruhu maze mbona ishoko iyisatuyemo kabiri havami ibice [2] igice cya kimwe nacyo gisaturwamo ibindi bice [2] maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,kora amasengesho iminsi.

Ariko kubera cya gice kindi cya [2] nacyo gisa naho gisaturwamo kabiri maze Uhoraho ahita ampa irindi jambo the Rhema word ryitwa HYPER BOX bisobanura ngo nturenze ibateganijwe ubwo narinshatse gukora amasengesho ya masaha [48] kuirango ndangize amasengesho vuba kubera imirimo myinshi.Hyper-over;above.Excessively ubwo menya yuko mbwiwe gukora amasengesho ya masaha [12] nkayakora mu minsi [2] Thursday and Friday kugirango Uhoraho aburizemo imigambi y’umwanzi (za magigiri) uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa maze ntwarwa kumunara muremure cyane usumba iyindi yose mu isi ya bazima,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,itegereze isi yose uburyo Uhoraho yayiremanye uburanga ariko Satani akaza kuyangiza.Nditegereza ndangije ndabwirwa ngo”mwana w’uuntu,kiriya gihugu ubonye cy’Umwami kazi,aho niho hari umugisha wawe Uhoraho yakugeneye.Nuko nibuka yuko nagiye nerekwa icyo gihugu kenshi,ariko simenye ibyacyo,nuburyo nzajyayo bikanyobera nubwo Satani yashatse kuvanga ariko biranga biramunanira.Nanjye kuko nari ntarasobanukirwa ibyacyo ndyumaho ndicecekera mbitega amaso.Maze igihe cyabyo kigeze ntangira guhishukirwa gahoro gahoro ntangira kumenya ibya cyo,nimpamvu nerekwaga iby’icyo gihugu.Uko niko Uwiteka avuga.”

Nkiri kuri uwo munara nerekeza amaso muri gakondo ya bakiranutsi,mbona umwanzi wagereranywaga na IDDY AMIN DADA alimo gutema insina,ibiti,ibyatsi ngo arimo gushakisha umwanzi ugiye kumukura ku ngoma.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko gakondo ya bakiranutsi bagiye kuyigenza kuko bagiye kuzatema ibiti na mabuye kubera ubwoba bwasaze ngo barimo guhiga umwanzi w’igihugu kandi nyamara aribo ubwabo bahimdutse abanzi ba gakondo yabo bahaweho kubabera umwandu none bagiye gusiga basenye nk’uko babyivugiye mu kanwa kabo.Ariko se gukurwa ku ngoma bisobanura ko ari wo muhero w’isi?Mbese nibaganhe bakurwa ku ngoma kandi ubuzima bugakomeza?Uko niko Uhoraho avuga!

M7 Uhuru

 

 

 

Ese bo ntibakuye bagenzi babo ku ngoma kandi ubuzima bugakomeza! Uwicisha inkota niyo azazira kuko nta mwana nigiti, ibyo bakoreye abandi nabo nibyo bazakorerwa.Kwirirwa bavuga ngo”Never again, byaba ar’ukwigiza nkana.Never again hatarimo kubaha Uwiteka,amahoro yanyu abarirwa ku ntoki zo mukiganza niko Uhoraho avuga.”

Nerekwa igihugu cy’IBABYLON naho bazatema ibiti na mabuye kubera ijambo ry’Uhoraho ryabatunze agatoki kandi bakaba ntabyiringiro bigihari byuko bashobora kuzikiza ibyo byago kuko irari ryabo rishingiye ku kumena amaraso ya batariho urubanza niko Uwiteka avuga.Kandi icyo gihugu bakaba baragishyize mu maboko y’umwanzi ngo barigana inkozi z’ibibi ngo niho bazahabwa umugisha none ibyari kubabera umugisha bibaviriyemo umuvumo niko Uwiteka avuga.

refugee

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rikoemeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira impunzi zo mu gihugu cy’IBABYLON ziri ahitwa “KAKUMA”ko ari zo zitahiwe nazo zigiye kwirukanwa muri icyo gihugu.Uzashobora kuba ya kwiyegeranya agashaka uko yakwigenza abingire hakiri kare kuko batinya gutangira intambara abanyamahanga bari mu gihugu cyabo uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo rirakomeza rirambwira riti, mwana w’umuntu, gusenga kwawe kwumviswe kuko ibisubizo byamaze gutegurwa kugirango byoherezwe dore abadayimoni bari babizitiye bose bakuweho (munzira) kugirango ubashe guhabwa ibisubizo.Bari bamaze gushisha baguwe neza,ariko noneho ijambo ry’Uhoraho rimaze gusohoka mbona hapfuyemo abadayimoni [2] bo mu bwoko bwingore maze mbona ubutumwa buratambutse uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abatwaye ibyabandi bagiye kubigaruza babyemera cyangwa batabyemera.Mbona agace ka NKOLE na KARAGWE,kose gafatanye ndabwirwa ngo”ako gace kose kahoze aragace ka gakondo ya bakiranutsi,ariko umwanzi kuko yarazi umuhamagaro wabo uko bazakorera Uwiteka Imana yabo,niyompamvu yakoresheje uburiganya arahabambura.

Nyamara Uhoraho aravuze ngo,aho hose agiye kuhagaruza ahasubize ubwoko bwe,kuko hahoze arahabwo.Mbona abaturage bahatuye babarirwa kuri gakondo ya bakiranutsi.

Maze menya yuko igihe cy’Uwiteka cyageze kandi ko,igihe cy’umwuka w’ikinyoma kirangiye ahasigaye ar’igihe cy’umwuka w’ukuri no gukiranukira Imana yo mu Ijuru kugirango abamwiringiye byukuri,bahamye yuko ariwe Mana mugenga wa byose akaba ategeka isi n’ijuru kandi ko,iyo avuze biraba,yategeka bigakomera uko niko Uwiteka avuga.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,impamvu ako karere katigeze kigarurirwa na IDDY Amin ni uko katari ake,ndetse ntikabe na ka Tanzania,ahubwo byose Uwiteka yabiretse kugirango bizakorwe mu gihe cyabyo gisohoye kugirango ubwoko bw’Uhoraho buzabe ahagutse “EBENEZER.”

Isengesho ry’Umuhanuzi, kuri bene data bagize neza.

Pray

 

 

 

 

July 22, 2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho va murutare usohoke werekeze mu murwa hali umwe wo bwoko bwanjye wemeye kunyumvira akoherereza umugisha.None genda ujye kuri konti yawe ya e-mail usanga wagezeho,uko niko Uwiteka avuga.

Ako kanya nsohoka murutare nerekeza mu murwa ndagenda koko nsanga umugisha wamaze kugera kuri konti yanjye maze nshima Uwiteka Imana ya bakiranutsi,nshimira na mwene data wakoze umulimo ukomeye awukoreshejwe n’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Uwiteka Imana rero witegereze imilimo ya mwene data yakoze atinubira ko ari wenyine, ndetse akaba atarigeze yitotombera umulimo wamuhaye ndakwingize umwuzurize aho yakuye hose uhakube inshuro 7×70 kandi uko umugenzereza ube ari ko ugenzereza na bene data batuye mu gihugu cy’Ububiligi urabizi neza yuko bakoze uko bari bashoboye kandi wibuke imilimo yose bakoze nayo uyikube mur’izo nshuro kugirango bamenye yuko uri Mana kandi ko, ntawakoreye Uwiteka wikorera amaboko cyangwa ngo aheranwe nagahinda.

Iri sengesho nsabye,ndabizi yuko usanzwe unyumva kandi ujya usubiza gusenga kwanjye,ndakwingize muri ayo masengesho nakoze,ntuzibuze kwibuka imilimo myiza ya bakiranutsi bawe bakoze bibaturutse kumutima kugirango bamenye yuko batakoreye baar.None ndakwingize suko utabikora,ahubwo ubikorere kugirira izina ryawe twamenye kandi twiringiye ridakorwa nisoni mu banyamahanga bahora bavuga yuko ari nta Imana iriho.Ndetse hari nabadatinya kuvuga yuko udashobora byose.Muyandi magambo baba bahamya yuko utabaho.

Umugaragu wawe Umwami David yaravuze ngo, nta wakwiringiye wigeze akorwa nisoni, nibyo koko nanjye nongeye kubihamisha amaso yanjye kuko wakoze ibitangaza birenze ubwenge bwa muntu. (Beyond our mind) ninde se uzahagarara ahirengeye akongera kuvuga yuko utabaho?

Izo n’inkozi z’ibibi wamaze guciraho iteka kandi ibyazo bimaze gusobanuka nta mpamvu yo guhangana nazo, ahubwo zizategereza wa munsi wazigeneye ubwo nibwo zizamenya yuko ur’Uwiteka ryose amen.Cyakora hari abakwiringiza iminwa yabo gusa, abo ntibasiba gukorwa nisoni imbere ya banzi babo nyamara bavuga ko, biringira izina ryawe ryera (Cisera)

Mbese ninde wo mu bwoko bw’abakiranutsi wigeze atereranwa maze akicuza impamvu yiringiye Uwiteka Imana ya bakiranutsi? Cyeretse abagenze ukubiri nijambo ryawe, ntibakurikize amategeko yawe, amahame na mabwiriza.Kuko nimba isi ifite amategeko, kandi akaba ari wowe wayiremye, ubwo se Ijuru niryo ryabaho ritagira amategeko? Kandi ari wowe wayatangije mu butayu bwa SINAI ukayaha umugaragu wawe Moses.

Maze ubonye ko atubereye ibigirwamana,nibwo watuzaniraga impano y’ubuntu bwawe bwa Kristo,kugirango abazamwizera bose,bazabone ubugingo buhoraho.Kuko amategeko yagombaga kudukiza,abana b’abantu,bayahinduye aducumuza,aho kugirango adukize,ahubwo aduhindukirira umutwaro tudashobora kwikorera ndetse nabayashinzwe bananirwa kuyubahiriza ariko bakadusaba ko,tuyubahiriza kandi bo yarabananiye na bugingo nubu.


July 23, 2016 Ijambo ry’Uhoraho rigarukaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abacwezi n’Abalangi,zari zarigaruriye ubwami bw’uRwanda,none zirimo kurwana intambara ikomeye yo kureba ko ubwami bugiye kwima ingoma zakongera zikabugiramo uruhare kandi zitarigeze zigira uruhare mu gusubizaho ubwami bw’uRwanda uko niko Uhoraho avuga.

Ubwami bw’uRwanda nibwongera gukorana nimbaraga z’umwijima buzahura na kaga gakomeye cyane butabasha kwikuramo!!

Mwana w’umuntu,burira abagize inteko y’ubwami bw’uRwanda,na Nyir’uRwanda,ubabwire uti,Umwami Uwiteka JEHOVA aravuze ngo”agiye kubasubiza muri gakondo ya bakiranutsi,ariko,nimuhirahira mukongera gukorana na Satani (inkozi) z’ibibi nk’uko mwabigenzaga mu bihe byashize”.Uku niko Uwiteka azabagenza.

Azabateza ibyago bikomeye cyane mutazabasha kwikuramo, azababuza amahoro azabateza abanzi banyu bababuze amahoro iburyo ni bumoso.Kandi hejuru yibyo, ubwami buzakurwa mu nzu bwahozemo abujyane mu nzu yubaha Uwiteka Imana.Kuko yabagize kuba umwandu w’Uhoraho mu isi ya bazima.

Nuko nerekwa inkozi z’ibibi zikora ibishoboka byose ngo zisubirane ikicaro mu bwami bw’uRwanda zihakore igicumbi cyabo nk’uko byahoze cyera.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,kora amasengesho y’iminsi [2] ntucike intege kugirango usenye izo mbaraga z’abadayimoni zishaka kongera kwisubiza ibyicaro mu bwami bw’uRwanda uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,itegereze imbere yawe maze umbwire icyo ubonye.Nditegereza mbona umukozi w’Imana witwa Tharsis Bigirimana utuye ku Gisenyi akaba asengera muri Restoration Evangelical Church ari mu butayu bugufiya aho arimo gutunganywa no gutegurwa n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi kugirango azakoreshwe ibikomeye mu gihe gikwiriye.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uriya ubonye ari mu bantu bagize ubwoko bwanjye kuko yabaye umwizerwa mu murimo wanjye.Nuko rero igihe kirageze  ngo nsohoze ibyo namuvuzeho uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara arihebye cyane kandi bikomeye cyane!!!Kuko amaze kubona neza ibyahanuwe bigiye gukora umurimo wabyo!Nyamara igihugu yakigenje uko yifuza.Ariko kandi ijambo ry’Uhoraho naryo,rya mubereye ihwa rihanda uko niko Uwiteka avuga.

Dore nta cyumva urusaku rw’amahanga kuko ari rwo rwa munezezaga akumva yuko akomeye ndetse akarushaho kuvugwa mu mahanga hirya no hino mu itangaza makuru.None arasa nutakiba ku isi ya bazima.

Abarozi Tz

 

 

 

 

 

Dore abakonikoni bamaze iminsi [2] bagerrageza guterekerera abazimu ngo barebe yuko igikombe kirimbere ye,yagisimbuka,ariko byananiranye.Mwana w’ibuka ijambo ry’Uhoraho ryaguhishuriye uburyo umwakagara ari we mwerekeza w’ubwato bwari buri mu Nyanja munsi habwo hatobotse,akajya akuramo amazi ayandi yinjira kugeza igihe yananiwe kumaramo amazi aza gusanga ubwato munsi bwari butobotse!!!

Birubu rero nicyo gihe agezemo isi yamubanye ngari cyane,arabizi yuko arimo kugambanirwa mu buryo bukomeye!Ibyo yakoreye abandi nawe nibyo agiye gukorerwa kuko umutima we waramushutse yishyira hejuru yibigirwa yuko,ubamba isi adakurura uko niko Uwiteka avuga.

Kuko njya gupima ubugari bwayo,n’uburebure bwayo ntabwo twari kumwe kandi ntabwo twafatanije noneho ngo abe yamenya aho yahera ayikurura ngo ayikwedure cyangwa ayagure aho niho ubumana bwayo bushingiye ushaka kuyikurura ihita nahoimukurura ikamwereka ko,ijya kuremwa batari kumwe nuwayiremye kuko we iramuzi ndetse iranamwubaha kuko icyo ayitegetse cyose iragikora kuko ari we yumva wenyine ntawundi yumva ishobora kumvira usibye we wenyine niko Uwiteka avuga.

Ubu amahanga ahugiye mu by’iterabwoba nk’uko ijambo ry’Ubuhanuzi ryabivuze yuko Uhoraho agiye guteza ibyago bitandukanye mu isi ya bazima.Kugirango bamenye yuko ari we mugenga wa byose uko niko Uwiteka avuga.Nuko rero ibigiye kuba muri gakondo ya bakiranutsi nta numwe uzabyitaho kuko ubu isi yose iri mukaga bazaba baranagariye mu by’umutekano wabo ntabwo rero abiringiye umwana w’umuntu,bazabona ubutabazi usibye abazaba biringiye Uhoraho kandi bakaba bafitanye isezerano nawe abo nibo bazagirirwa neza n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho avuga.

Abajyaga babaza igihe bizabera babwire uti,iki nicyo gihe cyo kunyigambura uafata icyerekezo akagifata,kandi utinze mu makoni ubwo nyine akanyagirwa nimvura irihafi kugera hasi kubutaka niko Uhoraho avuga.

Dore isi ihangayikishijwe n’iterabwoba rimaze gukwirakwira hirya no hino ku isi.Ubu buri gihugu gifite impagarara kubera iterabwoba rigenda ririshaho kwiyongera kandi riragenda rifata ibihugu by’ibihangage ku isi byavugaga ko,ari byo bifite umutekano kurusha ibindi mu isi ya bazima.None ubu,nibyo bitinyitse cyane kurusha ibyavugwaga ko,bidafite umutekano uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abatuye ubabwire uti,Uwiteka Imana ya bakiranutsi yarambiwe imanza zibera zikomeje gukorerwa mu isi ya bazima.Uko babuza abandi amahoro,nabo niko bazayabuzwa.Iryinyo ku ryinyo,umupanga kumupanga,ijisho ku jisho niko Uwiteka avuga.Ubabwire uti,nibwo ibyago byatangira,kandi ntabwo muzigera mubibonera umuti wabyo cyangwa igisubizo kuko byaturutse k’Uwiteka kubera kureganya kwanyu mwirirwa murenganya abanyantegenke mwibwira yuko Uhoraho atareba?Uko niko Uwiteka avuga.

Uko mutifuriza abandi amahoro,ninako namwe Uhoraho atazemera yuko mugira amahoro kuko mubikoze igihe kirekire kugeza ubwo mubihindura umuco,none Uwiteka yarambiwe ubugome bwanyu mukorera abantu be,niyompamvu yabahagurukiye kugirango mubone yuko buri kiremwa cyose gifite agaciro imbere y’Uwiteka Imana Nyiringabo.

Nuko rero abafite amatwi yo kumva mwumve icyo umwuka abwira amatorero kuko uzarimbuka,azaba yirimbuye,kandi Uhoraho ntarubanza ruzamujyaho kuko yakoze ibishoboka byose aravuga arongera aravuga,arongera asubiramo kugirango babandi bapfuye amatwi arebe yuko bashobora kumva ariko baranga barivuga ngo,ibyo nibihuha namakabya nkuru.Maze nawe arababwira ati,muzabimenye umunsi mwananiwe kugera munsi yurugo nibwo muzamenya yuko byari amakabya nkuru kandi ko Umuhanuzi yarabarimo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ubu ibihugu byose bikomeye ntawugisinzira birirwa bavuga amakuru yitera bwoba,abakire basigaye bagenda bububa.Ugiye mu murwa,nta byiringiro byo kugaruka murugo amahoro.Ibyo byose byaturutse ku kwirara no kurenganya ibindi bihugu bakabikorera urugomo kandi baremwe nkabo.Nuko rero bahame hamwe kuko basuzuguye Uwiteka bakimika ibigirwamana mu bihugu byabo ndetse no mu mazu yabo,reka turebe yuko bizashobora kubakiza bikabaha uwo mutekano bahoraga birata nyamara bibagiwe yuko waturutse k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko avuga.

Dore Uwiteka yashenye imfatiro z’ubutunzi bw’isi,ndetse ateza umutekano mucye bahoraga birata kuko ngo niwo utuma bagera ku byo bagezeho.Nyamara uyu munsi wa none siko bimeze ahubwo buri wese abara ubucyeye kuko aba atazi ibyejo hazaza ngaho rero nimuhagarare hamwe muhangane n’Uwiteka Imana kuko muvuga ko mufite ikoranabuhanga rishobora byose none kuki mutarikoresha ngo mumenye yuko umwanzi yabajemo ahubwo mukikanga yamaze kubatera no kubagirira nabi mugatangira kwiga ingamba zicyakorwa kuki mutabyize mbere yuko ibyago bibageraho?Niko Uwiteka abaza!

pk.panama

 

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rintwara mu butayu bugufiya njya kwitegereza uburyo Leta y’uRwanda iyobowe n’Umwakagara,uburyo igiye gukora ikizamini cyo gutwara imodoka mu butayu bugufiya.Mbona driver wa Leta y’uRwanda (Umwakagara) ahawe gukora ikizamini kimodoka,ibizamini bindi byose arabishobora ariko ageze ku kizamini cyo gusubira inyuma (Leaver’s) aragitsindwa bituma akurwa kumubare wabatsinze ikizamini bagombaga guhabwa (Driving Licences) DL maze yirukanwa mu marushanwa.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,menyesha abanyagakondo bose yuko leta y’umwakagara itsinzwe ikizamini cyo gutwara ikinyabiziga,kubwibyo ntibategereze yuko bagifite umuyobozi utwara igihugu kuko yamaze kwirukanwa cyangwa gukurwa kurutonde rwabagomba guhabwa permi yo gutwara imodoka uko niko Uwiteka avuga.

Goat

 

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo hirukanwa amatungo yose yo mu bwoko bw’IHENE, (umwuka w’ikinyoma) nerekwa kandi mbona hafatwa icyemezo cyo kwirukana uwo mwuka w’ikinyoma ushingiye kubutegetsi bwa republika itemewe namategeko.Mbona izo Hene zerekejwe mu gihugu cya Tanzania ngo abe ariho zijyanwa kuragirirwa cyangwa gutungirwa kuko ngo muri gakondo ya bakiranutsi ntamwanya ugihari wo kuragira ayo matungo magufiya (ihene)

Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,igihe cyi kinyoma muri gakondo ya bakiranutsi,kirarangiye.Burira abanyagakondorero bose uwaba akigendera ku kinyoma yuko uwo mwuka wirukannywe hasigaye umwuka wo kuvugisha ukuri gusa uwo niwo wemewe murwagasabo.Byaba atar’ibyo abakomeje gukoresha umwuka w’ikinyoma bagahura na kaga gakomeye kuko ubutegetsi bwabateraga inkunga mu gukoresha ikinyoma bukuweho butazongera kwibukwa ukundi uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa abantu basahura ibyuma byimodoka (Spare parts) z’imodoka cyane amapine y’imodoka cyangwa (tyles) bisobanura kurwanira ubutegetsi.Mbona abanyarwanda baturutse muri Uganda bahamagaza ba Mechanical ngo baze basahure amapine cyagwa amaguru y’imodoka maze bajye kuyagurisha muri Uganda.Bisobanura gusubiza ubutegetsi aho bwavuye.Mbona Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe araje abambura ya maguru yose y’imodoka ntibaba bakiyatwaye muri Uganda.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubutegetsi bw’umwakagara burarangiye,nibumara kuvaho,ba machnica babushinzwe (Ingabo) gukora imodoka bazashaka gusahura bahungira muri Uganda kugirango bazabone uko bagaruka barwana intambara ariko ntabwo bazabishobora kuko Uwiteka azabagota hose kuburyo badashobora kuzambuka umupaka ngo basubire muri Uganda kugirango ijambo ry’ubuhanuzi ribasohozeho ibyo ryabavuzeho uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,nimumara kugera muri gakondo mbahayeho kuzababera umwandu,uzashyireho icyumba cy’amasengesho ukimara kugera muri gakondo kugirango uzahahererwe amabwiriza y’uburyo uzankorera umurimo wanjye uko niko Uwiteka avuga.

Kuko aho niho nzitoraniriza abazankorera umurimo wanjye nateganije gutangiza muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.Nzakuzanira abantu banjye bafite inzara ninyota y’ijambo ryanjye kandi abo nibo nzakoresha ibikomeye mu isi ya bazima uko niko Uwiteka avuze!

Sea

July 25, 2016 njyanwa mu iyerekwa mpagarara kuri wa musozi uri haruguru y’ubutayu bugufiya,mbona ku irembo rya [3] ryerekeza mu butayu bwo hafi y’inyanja iri mu majyaruguru y’uburengrazuba.

Nerekwa mbona wa mwuka w’Inzika y’Inzigo ya batutsi,umanuka uturutse muri rubanda uragenda wijugunya muri rya riba ry’abadayimoni bajyaga bajya kuhirwaho kunywa amazi.

Uwo mwuka umaze kwiyahura,rya riba rirapfumuka ryerekeza mu butayu bugufiya ahagana kuri ya Nyanja iri mu majyaruguru.Nuko mbona umwuka w’ubugabanyi uturutse muri icyo kibaya uzamuka werekeza mu giturage muri rubanda.Mbona igiti kirekire cyaguye kigarira hasi ubwoko bwacyo cyitwa Ipera,mbona gfiteho imbuto zo gusoroma ariko kikaba cyaraguye gihanama  ku kanunga kumusozi gikomeza kwerera hasi.

Vally

 

 

 

 

Kikaba cyari kirinzwe na basore [3] za magigiri bashinzwe kugenzura abaje kugisoromaho bagahita babahirika muri wa mworera kugirango bagwemo batarinze babica kuko bahita bapfa bageze hasi mu itaba (Vally). Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore biriya ubonye uko bisobanurwa.

Ubutegetsi bw’Umwakagara bwaraguye busigaye bukorera hasi ntabwo bugihagaze kuko bwamaze kurandurwa imizi yabwo.Ababukorera bategereje yuko igiti kizuma,hanyuma imbuto bagisoromagaho,zikarangira bakabona ku kigambanira bakagitema kikavaho burundu uko niko Uwiteka avuga.

Nongera kwerekwa mbona baterekerera urugimbu kugirango rubafashe gufata Umuhanuzi ariko nabwo biranga birananirana.Mbona wa mwuka w’ikinyoma ko ugeze mu butayu bugufiya,mbona za magigiri z’umwakagara zunga ubumwe nabadayimoni ariko ibyabo ntahagira igihinduka biba byabindi ahubwo birushaho kuba bibi.

Nerekwa inzoka [2] zisohora indimi zazo ngo zinshireho ariko mbona ukuboko kwa Malaika kuzanye inkota kuzicamo kabiri.Ndabwirwa ngo,dore za magigiri zigiye gukoresha uburiganya ndetse zikoresha abantu bagiye ku kwnadikira maze zikubwirre ko zigiye ku koherereza amafaranga zikomeze ku kurega kugirango zibone umwanya (Buying Time) wo kuguta muri yombi uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka ari kumwe nawe,amaherezo yurugendo uzameya byose kuko nta kimwe kizahishwa amaso yawe kugirango umenyeko Uwiteka ari we Imana Nyiringabo niko Uwiteka avuga.

Mbona abakobwa bo mu bwoko bw’Abatutsi-Kazi cyane abakagara kazi,ko bahuye nakaga kuko bishyize mu byubu bugingo bigira za magigiri kandi bitababereye ngo barashaka imibereho ariko birangira bakozwe nisoni zo gukiranirwa k’Uhoraho maze ndabwirwa ngo,abo baravumwa wa muvumo wo kumena amaraso atariho urubanza uzabakurikirana kuzageza kugisekuru cya [4] kandi kuko ar’umuvumo wo gukiranirwa ntabwo bizakunda yuko bakurwaho uwo muvumo kuko byaturutse ku ijambo ry’Uwiteka Imana ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.

Nerekwa izo za magigiri zijyanwa mu ishuri ryo kwigisha ubwoko bw’Abatutsi bakomeye ku ngoma ya FPR,kumenya yuko Uhoraho yitwa Uwiteka JEHOVA Imana ikiranuka muri byose.Mbona ko ishuri bagiye kurimaramo igihe kitari gito bigishwa kumenya Imana no kubwirwa ko ishobora byose binyuze mu nyigisho bagiye guhabwa zo mu butayu bugufiya uko niko Uwiteka avuze!

Nerekwa inkozi z’ibibi zongera guterana maze zikora imihango yazo yo guterekerera Satani ngo ababwire yuko bazahirwa muri gahunda zabo,ariko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,hanura uvume ibikorwa byabo uvuge uti,ntabwo muri abanyamugisha ndetse amahirwe y’Uhoraho abari kure kuko umugisha w’Uhoraho udateze kuzongera kuberekera kuko mwanze kumva ijambo rye,nawe yanze kumva isengesho ryanyu kandi mwamennye amaraso atariho urubanza mugerekaho gutuka umwuka w’Imana ukorera mubahanuzi uko niko Uwiteka avuga.

Kubera iyo mpamvu muravumwa wa muvumo amajya na maza,imbere ninyuma hepfo no haruguru buryo nibumoso hose nta mugisha w’Uwiteka muteze kuzongera kubona.Guhirwa kwanyu kuzababa kure mukurebesha amaso yuzuye agahinda numubabaro icyo gihe nibwo muzamenya yuko Umuhanuzi yarabarimo kandi ko,umuvumo yabavumye wababayeho akarande kugirango mumenye yuko umuntu w’Imana ar’uwagaciro.Nimumara kuzengerezwa nuwo muvumo,muzamushaka ngo awubakureho bizababaera ihwa rihanda kuko muzatinya kwahamya ubugome n’ubugambanyi ariko uzaba igihara magara akaza kumwihanaho azagirirwa ubwo buntu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,ngaho rero isubirire murutare rwawe,kandi uhindure amayira kugirango bazayaheremo bategereje gufata umuyaga maze bazatangangare ngo bategereje Umuhanuzi utagarara kugirango bamenye yuko ntawurwanya umwuka w’Uhoraho ngo azawutsinde cyangwa azagere ku byo yagambiriye uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uruzabibu rwanjye rugiye guhinduka umusaka nyamara urwabaturanyi rurakoreye rumeze neza.Ndetse n’umukobwa w’IZION ageze igihe  cyo gushakwa,ariko dore nta mugabo yari yabona cyakora ndabona hari abarimo kumurambagiza!

None rangurura ijwi umumbwirire uti,nibyo,igihe cyo kurambagizwa niki,ariko s’igihe cyo gushyigirwa,kuko bidashoboka yuko washyingirwa,kandi uruzabibu rwabaye umusaka kandi rutaranakorerwa kuko utazabona umutobe wo guha abakwe na bageni bazaba baje gusaba umugeni.None ntureke cyangwa ngo uhagarike gahunda nyirizina,ariko uvugane numukwe maze umubwire akwihanganire abe ategereje igihe cyo gutuganya uruzabibu kuko rutwara amazi [3] rugahita rwarika ukwezi kwa [4] rukaragarika kandi iki gihembwe rero rushobora kuzera rugatanga umusaruro mwinshi kuko rugiye guhabwa ifumbire y’umwimerere itari ifumbire mvaruganda kugirango ruzatange umusaruro ugaragara uko niko Uwiteka avuga.

Kandi umubwire yitegereze neza adapfa kwemera  umugabo ubonetse wese kuko hari abashobora kuzamubera ihwa rihanda akicuza icyatumye ashakwa nuwo mutware we,kuko aho ngaho,niho umwanzi ategeye kuko arwanya abakobwa b’ISION kugirango abagirire nabi.None umubwire yitonde kuko izo gahunda zajya zibamo amarangamutima ateza ibibazo mu muryango ugasanga ejo bananiwe kubaka urugo kubera umwanzi yavangiye mbere yuko barwubaka maze ntibabimenye uko niko Uwiteka avuga.

July 26, 2016 Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi, yarabaye umusaka igiye gukorerwa cyangwa guyituganya na bana bavuka muri urwo rugo.Ndetse harimo nibitoki byakomeye byagombaga gutemwa bitarwa bigakurwamo umutobe uzategurwamo inzoga izahabwa abashyitsi bazaza gusura intabwa zasigaye zasizwe nuwo mubyeyi witaby’Imana amanzaganya.

Ariko abana bajya gutegura umutobe uzakurwamo inzoga izakira abashyitsi, ntabwo bari babonye intumbi y’umubyeyi wabo.Mu gihe bamaze gucukura imva aho guhamba umubyeyi wabo, bahita babona aho bacukuraga imva, intumbi cyangwa umubiri w’umubyeyi wabo aho urambitswe ariko igihimba cyo hepfo cyarangiritse!!!

Ako kanya bafata wa mubiri cyangwa ya ntumbi, bayishyira mu mva ndetse ntabwo babonye umwanya wo kugura isanuduku yo guhambamo umupfu wabo, ahubwo bahise bamuhamba gutyo kuko nta mwanya wabonetse wo gushaka isanduku impamvu yatumye batagura isanduku izwi na banyiri bwite!!!!

Ubwo nk’uko bisanzwe mu muco wa Kinyarwanda umubyeyi ahambwa n’umwana w’imfura, ariko umwana mukuru kuko yabyawe hanze yangiwe ko ari we wahamba umubyeyi we, ahubwo umwana muto aba ari we wemererwa guhamba umubyeyi we, kuko bombi bari abahungu.Nuko mbona abo bana bombi bahambye uwo mubyeyi wabo ariko umukuru mbona ashyize isuka kuri se igihimba cyo hepfo aho bishe cyangwa hamwishe mu gihe umwana muto yararimo gukora imihango yo guhamba umubyeyi wabo.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze riramwbwira riti, mwana w’umuntu, hanura uvuge uti, Umwakagara arapfuye birarangiye!!!Kandi asize gakondo ar’umusaka nk’uko yabivuze! None abapfa murapfuye!!!Abahunga muhunge kuko ijambo ry’Uhoraho risohoje umurimo waryo nk’uko Uwiteka yabivugiye mukanwa kabahanuzi uko niko bigenze kandi uko niko Uwiteka ababuriye, kandi niko avuga!!!

Ndabwirwa ngo, mburire imbuzi za nyuma abanyarwanda bifuzaga gupfa!,ko igihe cyo gupfa kwabo cyasohoye kandi cyageze kugirango babe bitegura batazajya muriro utazima.Ndongera ndabwirwa ngo «nabazima bagishaka kubaho yuko uwitwa RUPFU yamaze guhabwa urupapuro rw’inzira rwo kuza gutwara abantu muri gakondo ya bakiranutsi.

Kugirango abajyane mu iruhuko ridashira”Rest In Peace”RIP,Ndabwirwa ngo”uwo niww mwanzuro w’inteko ya abacamanza yo mu Ijuru wafashwe kuri uyu wa kabiri taliki ya 26 Nyakanga 16 n’inteko ya abacamanza yo mu Ijuru yanzuye urubanza rw’Umwakagara N°0015/0007/0016 yaregwagamo na bakiranutsi bo muri gakondo uko abatwaza igitugu!!!

Ndabwirwa ngo, Uhoraho yamutumyeho intumwa nyinshi ariko yanga kumwumvira avuga yuko ngo nawe azaze amwibwirire.Ndabwirwa ngo mubwire ngo «nyamwanga kumva ntiyanze no kubona!!! »Ijambo ry’Uhoraho rirambwira ngo,mwana w’umuntu,hanura kandi nurangiza ubitangaze kuko kuza ko biraje ibyari ibyuya bihindutse amaraso uko niko Uwiteka avuga.

Dore Umwakagara arapfuye kandi apfuye bitunguranye kandi ahitanye abantu benshi cyane batagira ingano urwagasabo rukaba ruzasigara amara amsa rukazarurwa nabanyamahanga kuko abene gihugu bazamarwa nabakagara bazaba abdahaka kuva ku ngoma uko niko Uwiteka avuga!!!Ndabwirwa ng’uko uguhora k’Uwiteka uko niko ajya ahorera amarira yabakiranutsi kugirango yimare agahinda uko niko Uwiteka avuga.Ubwo rero urabe wumva birenge niwowe ubwirwa ejo utazavuga ngo ntiwaburiwe ugasigara uvuga ngo Uwiteka ntakiranuka nyamara nta gihe atavuze ahubwo ukica amatwi.

Tuboneyeho gusezera abari murugendo muzadusuhurize Umwami Mutara lll Rudaigwa,intwari Gen.Gisa Rwigema,Col.Patrick Karegeya,Kayibanda,Habyarimana na bandi uzababwire ko mwanze yuko umwakagara aza wenyine kubera kumukunda mwahisemo kugenda mu muherekeje kuko ubusanzwe umukuru araherekezwa ntabwo agenda wenyine.

July 27, 2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abanyeCongo bo mu bwoko bw’Abatutsi (Abanyamurenge) bimpunzi, bagiye kwinjira mu butayu bugufiya kandi abana babo bagiye gukora ikizamini (Exams) kugirango bamenye yuko Uwiteka ko ajya aca imanza zitabera niko Uwiteka avuga.

Dore muri bo,bafite amadeni kandi banze kwishyura,bamwe bafite ubwishyu ariko ntibashaka kwishyura,naho abandi babuze ubwishyu.Ariko bose bagiye gushyirwa mu butayu bugufiya bwo hagati kugirango bigishwe kubaha Imana uko niko Uwiteka avuga.Abagabo nibo benshi bafite amadeni kandi banze kwishyura.None babwire uti,dore mujyanywe mu butayu kuko mwanze kumvira ijambo ry’Uhoraho kandi muvuga yuko muyisenga.Ubwo butayu buzaba burebure kurimwe muzifuza gupfa aho kubaho niko Uwiteka avuga.

Nerekwa umwuka w’Inzika ya cyera  n’uwa vuba Inzigo z’Abatutsi,zitangira gukora amasengesho yo kwiyiriza no gusenga Uhoraho.Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ese birashoboka yuko,umuntu yasenga Uhoraho atabanje kwihana?Mbese ayo masenegesho Uwiteka yabasha kuyumva?Niko Uwiteka abaza!?Abantu bahize ubugingo bwawe,bashaka ku guca igihanga kubera umulimo wahamagariwe nk’uko nabo bafite iyo bahamagariwe.None babonye ibyabo birangiye,ibyo bahakanaga kandi babyemera ko bigiye kubasohoraho ngo batangiye gusenga.Ubwo koko iyo suku si nkiy’Inkoko?

Babwire babanze bakwihaneho Uhoraho akunda umuntu wihana kandi wicisha bugufi,maze bazategereze icy’Uhoraho azabavugaho ahasigaye barebe yuko atazabagirira neza uko niko Uwiteka avuga.Erega mwana w’umuntu,nta mahoro ya banyabyaha ibihe byose batazihana nta kabuza yuko bazaribuka bakajya ikuzimu bagategereza umuriro utazima uko niko Uhoraho avuga.

Nkomeza kwerekwa ibintu bikomeye kandi bitangaje cyane,nerekwa abadayimoni bambaye amashusho ya bana b’Abantu.Ndetse nkabona na bandi bafite amashusho y’inyamaswa umuntu atabona uburyo yabisobanura.Mbona abo badayimoni bikora inteko baza aho nibereye murutare maze bajya kugera aho ndi,nkabona ukuboko gufite umupanga maze wa mupanga ugahita uca imitwe ya b’abadayimoni bose bakarimbuka bataragera aho mperereye.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,habayeho intambara ikomeye cyane mu buryo bw’umwuka aho barimo kohereza imbaraba z’abadayimoni ngo zikuzeho ziguteze ibyago,akaga na makuba,ariko zigahita zirimbukira mu nzira zitarakugeraho uko niko Uwiteka yategetse!

Ndabwirwa ngo,muri iki gihe cya nyuma kandi gikomeye Uhoraho ni wowe ahanzeho amaso kugirango urangize umurimo yagushinze kuko abanzi bawe kandi bakaba ni nkozi z’ibibi bahagurukiye icyarimwe bagushakisha kuko ijambo ry’Uhoraho washyize ahagaragara rivuga kurupfu rw’Umwakagara ryateje intambara ikomeye cyane mu mitima ya bantu batuye muri gakondo ndetse nabatuye hanze y’igihugu uko niko Uwiteka avuga.

Dore hagiye kubaho ubukwe kandi ubwo bukwe buzaba bucyujwe n’umuntu waturutse mu gihugu cya Tanzania nyamara buzaba kumanywa yihangu kandi buzatahwa na bantu benshi kandi uzaba acyuje ubukwe yari yarashatse ndetse afite na bana bakuru kandi ubwo bukwe nta muntu uzasigara atabutashye y aba umukuru cyangwa umuto,bose bazabutaha kuko bararitswe ariko umukwe arashaje ugereranije n’umugeni uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa abasenga kumunsi w’Isabato (Adventist) ndetse na bakiristu basenga kumunsi wa mbere w’isabato,nabo babukereye batashye ubwo bukwe.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abana b’abantu bose babukereye bagiye gutaha ubukwe bw’uriya muntu utururtse Tanzania,nyamara abatari barashatse nibagera muri ubwo bukwe bazahabona abageni nuko rero babwire bitegurire imyambaro.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uburire abaje mu bukwe,ko imyenda  bagiye bamabye baje mu bukwe, nibamara kugera muri ubwo bukwe, bahite bayikuramo maze bambare imyenda y’ubukwe kugirango base neza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko nigera umwe mu basenga kumunsi w’isabato mu bwira icyo Uhoraho avuganye nanjye maze ambwira yuko yari yabyiteguye akaba yazanye imyambaro ari bwambare umukwe n’umugeni bamaze kuva murusengero icya ntangaje ni uko ubwo bukwe bwatashye cyane na bantu benshi baturutse mu gihugu cya Tanzania ufite ugutwi niyumve icyo umwuka abwira itorero uko niko Uwiteka ajya avuga.

Nongera guhishukirwa ibigiye gukorerwa abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi baturutse mu gihugu cya Tanzania.Nerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo ya cyera cyane,ufitanye isano nurugamba rwo kubohoza gakondo ya bakiranutsi.Mbona banyampinga benshi bambariye gutaha ubukwe bw’Abatutsi bo mu nzu ya bajiji.Nerekwa basubira mu matongo bahozemo cyera mu gihugu cya Tanzania.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abazimu bazikutse none batangiye gusanira inzangano zidafite ishingiro.Nuko mfata umwe mu bazimu warindishijwe gakondo ya bakiranutsi mushyira Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe kugirango aducire urubanza maze uwo muzimu utsindwa nurbanza uhabwa igihano cyo gucibwa umutwe ukurwaho burundu kugirango utazongera guteza akaga amakuba n’ibyago maze kunesha kw’abakiranutsi kuba kuruzuye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abanarwanda bavuye mu gihugu cya Tanzania ko bagiye kwicwa n’ubutegetsi bwa FPR,kandi bazashirira ku icumu ngo kuko waturutse mu gihugu cya Tanzania.Kandi bikaba bizwi cyane yuko abanyarwanda baturutse Tanzania ngo bakunda ubwami cyane kuruta uko bakunda republika akaba ariyo nzika wabonye ya cyera yongeye kuzikuka uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa maze mbona ndikumwe na bantu tujya mu ishuli,maze tugeze imbere tuhasanga Round about.Hirya yiyo Round about hari ikidendezi cy’amazi maze mbona Ihene irasimbutse ifata imbuto zari mu ishashi iyo shashi iri hagati yicyo kidendezi ishaka kuzirya.Hanyuma mbona umusore magigiri w’Umwakagara nuko mbona afashe ya Hene ayambura za mbuto maze arazinterera ndazima nsazisama.

nccleon@gmail.com

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

 

Translate »
Skip to toolbar