Igice cya (23) cy’Ubuhanuzi
Jan 1, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona igihugu cy’Ubwongereza, ko kigiye gukuraho n’umukuru w’igihugu cy’uRwanda Umwakagara Paul Kagame, maze mbona igihugu cy’Ubwongereza bashyizeho ingamba zo gukuraho perezida Umwakagara Paul Kagame ubwami bwe babusimbuza ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegeko nshinga muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse!
Njyanwa mu iyerekwa mbona za maneko (Rwandan epies) zo ku ingoma y’abega zijyanwa mu ishuli ryubatse ku musozi ryo kwigisha abanyarwanda bo mu bwoko bw’abatutsi kwubaha Imana kugirango bamenye yuko Uwiteka ariwe Imana ikiranuka kandi aliyo yaremye ijuru n’isi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, izo za magigiri zo ku ingoma y’abega nibamara kugera kumusozi wubatsweho amashuli yo kwigisha ubwoko bw’abatutsi, nza boherereza abana biga mu kiburamwaka (nursery school) babe ari bo bazababera abigisha kugirango bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ashobora gukoresha uwo ashatse wese uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanyuma yuko bazaba bamaze kugezwa kuri uwo musozi, hazabaho ikimenyetso gikomeye kw’isi yose kizerekana kuvaho kw’ingoma y’abega, abanyeshuli biga muri (primary school) amashuli abanza bazajyanwa kuri uwo musozi kujya kwigishwa uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanyuma yabo banyeshuli ba (primary school) cyangwa amashuli abanza, hazakurikiraho abanyeshuli bakuru biga mu mashuli y’isumbuye, (high school) bazamurwe kuri wa musozi wubatsweho amashuli yigisha ubwoko bw’abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, bategekwa kwinjira mu ishuli kugirango bigishwe uko abatuye kw’isi ya bazima bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hazakurikiraho abanyeshuli biga muri kaminuza (university) nabo bazajyanwa kuri uwo musozi wubatsweho amashuli yo kwigisha ubwoko bw’abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse!
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwoko bwanjye aho buri hose nzabuzamura kumusozi kugirango mbigishe uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo bagituye kw’isi ya bazima. Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, dore ngiye kwirukana abanyarwanda batuye mu gihugu cy’Abakaludaya (Chaldeans) ari cyo gihugu cya Tanzania birukane abanyarwanda bahatuye basubizwe muri gakondo ya bakiranutsi nibarangiza kugera muri icyo gihugu bazahita bajyanwa mu butayu bugufiya kugirango bige kandi bamenye uko ubwoko bwanjye butuye kw’isi ya bazima bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abadayimoni bateza intambara muri gakondo ya bakiranutsi nabo ntegetse ko nabo bajyanwa mu butayu bugufiya kugirango nabo bigishwe uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntegetse ko n’umwuka w’ikinyoma ubwami bw’abega bakoresha ku ingoma yabo iyobowe n’Umwami Umwakagara Paul Kagame uwo mwuka na wo utegetse ko ujyanwa mu butayu kujya kwigishwa ko nd’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kandi nkunda gukiranuka no gukoresha ukuli kwanjye mu byo nkora byose uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye gucyura ubwoko bwanjye aho bwatataniye hirya no hino mu mahanga, kandi nzabacyura mbahe igihugu cyiza gitoshye kandi kinetse. Nibamara ku kigeramo nzabaha umugisha bazarya kandi bazanywa bashire inzara ni nyota kugirango bamenye ko ndi Uwiteka Imana Nyiringabo Umwami wabo wo gukiranuka uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nzakomeza kwiragirira umukumbi wanjye kuzageza igihe nzabonera abashumba nzaha umurimo wo kuziragira, kuko abaziragira bahindutse ibirura nta bwo bakiri abashumba kuko banezezwa no kuzirya zihagaze ndetse bakazicisha inzara ni nyota mu gihe baba bategereje abaguzi baje kuzigura ngo bazitware zijye kubabera imbata uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abakomoka kumuryango wa YAKOBO siko bizahora, ahubwo nzihesha icyubahiro kugirango amahanga yose azamenye yuko nd’Uwiteka Imana y’ubwoko bwanjye muri gakondo ya bakiranutsi umucunguzi wa Yakobo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nzibuka isezerano nagiranye n’umugaragu wanjye Abraham kuko na musezeranije yuko nzakomeza urubyaro rwe ruzamukomokaho ndetse iryo sezerano nongera kurisezerana n’umugaragu wanjye Umwami David ko kurukiryi rwe hatazabura urumuli ruzabonesha iteka ryose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo buboheye ahantu humwijima, ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire ubwoko bwanjye buri mu madini yose yo kw’isi yuko bari mu mwijima mwinshi cyane, kandi badashobora kwikuramo kandi ko ngiye gutangira guca imanza zitabera, kuko baboshwe n’abafarisayo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
- Ubabwire uti, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ababajwe cyane no kuba muri mu mwijima mwashyizwemo na bashumba banyu bitwa ba bamurikira inzira igana ZION, ariko ngiye gukora ibikomeye cyane kugirango mbakuremo muri uwo mwijima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
- Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ababajwe cyane n’inkozi z’ibibi ziba mu insengero zaboshye ubwoko bwanjye, izo nazo ngiye kuziciraho iteka kugirango imbaraga zabo zirangire burundu ntibazabe bagishobora kuba bakongera guhumanya ubwoko bwanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
- Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira ubwoko bwanjye ubabwire uti, uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, itorero rya Kristo rigoswe n’umwijima mwinshi cyane, none Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kuribohoza akoresheje imbaraga z’ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo kw’isi ya bazima uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aza kureba uburyo abatware na bategetsi batwara isi dutuyemo uko bategeka ubwoko bwe, amaze ku byitegereza neza cyane, ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abatuye isi ndetse na abtuye muri gakondo ya bakiranutsi yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukuraho abategetsi ba batwaza igitugu mw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bwanjye uti, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuga, izo nkozi zikibi zibatwaza igitugu nta bwo muzongera kuzibona ukundi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira ubwoko bwanjye ko ngiye gukora ibikomeye mu isi yabazima, kandi ko nzarinda umukumbi wanjye hamwe na bashumba bayo, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira ubwoko bwanjye bwirinde abafarisayo kuko bafatanije n’inkozi zibibi kugambanira ubwoko bwanjye, babwire bakomeze kwibera mu butayu kuko igihe gisohoye kandi kiri bugufi ngo mbagirire neza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Revelation 12:1-17 describes a cosmic battle featuring a woman clothed with the sun (representing God’s people/Israel) who gives birth to a male child (Jesus) destined to rule, pursued by a great red dragon (Satan). After failing to devour the child, who is caught up to God, the dragon wages war on earth against the woman and her offspring.
Revelation 12:1-17:
- The Woman & Child:The woman, crowned with twelve stars, represents the faithful community of God (Israel and/or the Church). She gives birth to a male child who will rule nations with an iron rod—clearly Jesus—who is taken to God’s throne.
- The Dragon: Identified as the devil or Satan, the dragon has seven heads and ten horns, (the city of Roman Catholic Empire RCCE) representing immense power and authority, and his tail sweeps away a third of the stars (interpreted as fallen angels).
- War in Heaven:Michael and his angels fight the dragon, casting him out of heaven down to earth.
- Persecution & Protection:Knowing his time is short, the dragon pursues the woman, who is protected in the wilderness for 1,260 days (or “time, times and half a time”—3.5 years).
- War on the Offspring:Enraged, the dragon makes war against the “rest of her offspring”—those who obey God’s commandments and hold to the testimony of Jesus (the Church).
This chapter is seen as a central, symbolic overview of the spiritual warfare spanning from Christ’s birth to the end times. This is related with judgement of God of heaven for judging the whole world it significant that the devil whose Satan will be judges and after that Satan will be imprisonment by God’s judgement which will take place in the world.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abakobwa (4) bari bambaye uniform za banyeshuli bagiye kwiga ku ishuli ryubatswe kumusozi wagenewe ubwoko bw’abatutsi kwigishwa uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kurekura ikigeragezo kizakomerera isi yose, kandi abanyamadini benshi bazahura na kaga gakomeye ndetse amadini amwe namwe azafunga imiryango kuko isi yose izaba iri mukaga gakomeye cyane benshi bazasenga ariko gusenga kwabo nta cyo kuzatanga kuko umugambi w’Uhoraho Nyiringabo ari uguhana isi yose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore inzira zose zaba izo hasi cyangwa izo hejuru Uwiteka Imana Nyiringabo aza zifunga kugirango isi yose imenye yuko ari we waremye ijuru n’isi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bariya (4) bakobwa wabonye ni itorero rya Kristo riherereye mu mpande (4) z’isi rigiye guhura na kaga, ibyago, amakuba, bikomeye cyane mu isi yabazima uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bwanjye uti, mwirinde cyane gutega amatwi abahanuzi bibinyoma bahumuriza imitima yanyu, bababwira yuko ibyo Uwiteka Imana Nyiringabo arimo kuvuga muriyi minsi adashobora kwemera ko ibyago bibageraho kuko ari urukundo. Ubabwire uti, ayo majwi mwumva nay’umwanzi ushaka ko muzagubwa gitumo kugirango mutita ku magambo y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga.
Jan 2, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibigiye gukorerwa mw’isi ya bazima biteye ubwoba aho Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guhana yihanukiriye isi yose na bayituye uko niko Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngaho genda uhagarare kumusozi hirengeye maze nkwereke ibigiye gukorerwa mw’isi yabazima. Ndagenda mpagarara ahirengeye maze araza anyereka uburyo isi ikabije gushayisha mu byaha na bayituye ba byivurugutamo, ni uko arambwira ati, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guteza ibyago bikomeye kw’isi aho buri kiremwa kizajya gitinya kigenzi cya cyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona idarapo rya (RPF flag) ishyaka riri kubutegetsi mu Rwanda, rihanurwa hejuru rigwa hasi mu manga ahantu ku musozi hamanuka rigenda ricikagurikamo ibice aho hantu rya manukaga hasaga na hantu I Kigali bita Nyamirambo (termnal) ni uko mbona imodoka yarihetse izoo idarapo zigenda ziva mu modoka zikagwa hasi, maze ndabwirwa ngo, ibyishyaka riyoboye igihugu rya RPF birarangiye kuko igihe cyaryo cyategetswe n’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha kirasohoye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore Mailaka w’Uwiteka Imana Nyiringabo azamanuka kw’isi ya bazima, ajye mu Rwanda taliki ya 25 Nov 2016 azaba azanywe no gusiga ikimenyetso kumiryango y’ubwoko bwe kugirango ishyaka riri kubutegetsi rya RPF nirikurwa ku butegetsi Malaika azabashe kulinda ubwoko bw’Imana kuko abega bazica abantu benshi cyane, maze abo Malaika azaba yasize ikimenyetso ku miryango yabo nta bwo abega bazatinyuka kuhakandagiza ibirenge byabo kuko bazaba barinzwe na Malaika w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abayobozi ba RPF uti ni mugire vuba mwice abo mushaka bose mwumva mudashaka kuko nimumara kubica urwo rupfu muzica abo mudashaka Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azabakubira inshuro 7x70 kugirango mu menye neza k aho mwatangiriye mwica Uwiteka Imana Nyiringabo yarahari kandi yagiye abara abantu bose mwagiye mwica kugirango azabone abaciraho iteka rya burundu muzajyanwa mu muriro utazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihe kiraje kandi kirasohoye ngo Uwiteka Nyiringabo yibagize abanyarwanda amarira barize batewe numubabaro batewe n’ishyaka riri ku butegetsi rya RPF, ubabwire uti, RPF bishe abantu benshi cyane, ariko Imana Uwiteka Nyiringabo azabakura ku butegetsi, kandi azahorera abantu kuko babuze uwabatabara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
NB: Aba abega community clan mubona uyumunsi, hari igihe mutazongera kubabona ukundi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyarwanda bazibagirwa umwanzi wabo umukuru w’igihugu Umwakagara Paul Kagame hamwe n’ishyaka rya RPF rifite ubutegetsi, ikirangantego cyabo bashyzieho igitwe cy’intare bisobanura umwuka witera bwoba (hunting for pressure and killing for power) kugirango abantu bose batuye muri gakondo ya bakiranutsi bajye baceceka ntihakagire uwatinyuka ubutegetsi bwabo ngo abashinje ibyaha bakoreye abanyarwanda.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, igisirikare cya RDF biba abasirikare babo ba bakata kubihembo byabo imisoro idafite impamvu kandi bakabikora ku ngufu za Leta uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, nta bwo aribo bonyine na bakozi ba Leta bose abatari abasirikare ba baca icya cumi kuri buri mushahara wa buri muntu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore RDF babwiwe yuko bakwiye gushaka uko bazajya bica abasirikare bacitse ku icumu rta genocide muri 1994 kuko ari bo batanga amakuru y’igisirikare ndetse bagakorana na bari hanze y’igihugu barwanya ubutegetsi bwa RPF uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abega bari ku ngoma bategeka igihugu yuko naho nazura abahanuzi bakomeye barimo Daniel na Samuel bavugwa muri bibiliya nta bwo bashobora guhagarika intambara izaba muri gakondo ya bakiranutsi izakuraho ubwami bw’abega nkuko Umuhanuzi Majeshi Leon yabihanuye uko niko bizaba uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira ati, mwana w’umuntu, dore muri gakondo hagiye kubaho inzara ikomeye cyane ku buryo igiye gukomerera abatuye muri icyo gihugu cy’uRwanda, usibye abafite ikimenyetso cy’amaraso y’umucunguzi, gusa nabo bazatabarwa na gakondo y’umuhanuzi naho ubundi nta bwo bizaborohera ariko ubwo bazaba bageraniwe nibwo umutabazi w’isiyoni azamanuka akabatabara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abatuye muri gakondo ya bakiranutsi mu gihugu cy’uRwanda, uwabishobora yahunga hakiri kare kuko inzara izatera abantu benshi bazakorwa nisoni uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kubaho intambara ikomeye cyane kandi abega bagiye kuguhiga cyane, ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka Imana Nyiringabo azakurinda kugirango ukomeze umurimo wanjye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri gakondo ya bakiranutsi hazaba intambara ebyeri:
Intambara ya mbere izaba ari inzara izatera muri icyo gihugu kandi izaterwa n’abega aho bazicisha abaturage inzara kugirango bayoboke ubutegetsi bwabo. Intambara ya kabiri izatera muri icyo gihugu izaba gukuaho Umwakagara Paul Kagame ku butegetsi, aho bazaba barwanira ubutegetsi, nyamara muri abo bose bazaba nta n’umwe muri bo uzatsinda iyo intambara ngo afate ubutegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 3, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ubugome bukomeye cyane butegurirwa ahantu humwijima, mw’isi yabazima. Byari ibintu biteye ubwoba uburyo bakoraga ubugambanyi bwo kwica abantu no kwambura abantu ubutunzi bwabo baruhuye mu mbaraga zabo.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, rambura amaso yawe urebe hakurya yawe maze nkwereke ibyo amaso yawe y’umubiri adashobora gutahura ibikorwa bikorerwa mw’isi y’umwijima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Maze aramfata anjyana ahitegeye arambwira ati rambura amaso yawe ubashe kureba kure kuko ngiye ku kwereka inkozi z’ibibi uburyo barwanya abafite ikimenyetso cy’amaraso y’umwana w’intama. Maze nditegereza cyane mbona inkozi zibibi uburyo zikoresha imbaraga z’umwijima kugirango abafite ikimenyetso cya Kristo bajye babaho mu bukene nimibabaro itarangira. Mbona ko bagiye mukirere cyabakora amasengesho kugirango bafata amasengesho yabo ibisubizo byabo nibiza bihere mukirere maze barusheho kwitotombera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hariho amasiganwa cyangwa kurushanwa hagati yabubaha Uwiteka Imana Nyiringabo n’inkozi zibibi, ariko abitirirwa izina ry’umwana w’intama barasenga cyane, ariko amasengesho yabo nta mbaraga agira kuko nta rukundo ruba muri bo bafitanye ishyari kandi bose bitirirwa Umwami wabacunguzi. Naho inkozi zikibi zishyira hamwe kandi zirakundana cyane kurusha abakiristu niyompamvu badashobora kubanesha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore uwigeze kuba umufasha wawe Mukandirima Murekatete Odette agiye kongera gukora ubukwe (urupfu) ni uko mbona abaje gusaba no gukwa baje ku buryo butunguranye kandi baza iwabo na Odette basanga batari biteguye neza ko hari abakwe baje gusaba umugeni uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwahoze ari umufasha wawe Murekatete Odette azava kw’isi yabazima ari nta agshami asize uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwahoze ari umugore wawe Murekatete Odette wamurwaniriye ishyaka rikomeye cyane, ariko we nta byo yigeze abona mukiri kumwe, ariko mu maze gutandukana nibwo yabonye ko wamukundaga kwandi ko wamwitagaho ndetse ugahora ushaka yuko atakorwa nisoni uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore azasabwa ari ku munsi wa (3) maze ubukwe nyirizina buzaba ari ku munsi wa (6) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 4,2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona agati gateye ahantu mu butaka bwiza cyane hafite ifumbire mbona ko ako gati gafite amashami (2); mbona karakuze kageze hagati mu kirere uburebure bwako bureshya nkigihagararo cy’umuntu mugufiya. Nuko mbona ya mashami (2); ishami ry’iburyo nishami ry’ibumoso mbona haje umugozi urayahambiranya maze ahindukamo igikuta kimwe maze mbona ubuzima bwa cya giti burarangiye burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwami bw’Umwami Kigeli V Ndahindurwa bushyizweho iherezo kuko umugira inama akanga kuzumva kandi ari we zifitiye umumaro uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi zibibi zose batunze umugisha babonye hakoreshejwe imbaraga z’umwijima ngiye kuwubambura usubizwe banyirawo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abantu bihane bareke gushayisha mu byaha kuko igihe cy’imanza zitabera kigiye gutangira kandi hasigaye igihe kimwe gusa (one year) ngo imanza zitangire uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 5,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame yongeye kuguhagurukira kubera watangaje amakuru ajyanye n’ubwami bw’uRwanda bugendera kw’itegeko nshinga. Ariko ntumutinye kandi ntagukure umutima kuko nta bubasha cyangwa ubushobozi agufiteho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu gikombe kili munsi ya gakondo yabakiranutsi (Valley) mbona mpagaze kumugina nitegreza haruguru yanjye kuri gakondo ya bakiranutsi maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu itegereze cyane uburyo gakondo ya bakiranutsi igiye kurimburwa kandi na bayituye bose abenshi muri bo bazarimbuka kuko banze kumva imbuzi z’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, hazabanziriza ikakara mu gihugu hose rizaba nkikemenyetso cyo kuvaho kw’ingoma y’abega. Ibyo nibyo bizabera ikimenyetso ba bandi batajya bimera ngo bizere iby’Ubuhanuzi bwavuze uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa maze mbona uburyo za magigiri za Umwakagara Paul Kagame zihigana na za magigiri za RNC (Gen.Kayumba Nyamwasa) iza RNC zari ziyobowe na LT. Aloys Ruyenzi utuye mu gihugu cya (France) ni uko mbona ko bagiye gufata Ruyenzi ariko na we aba yabaciye iryera arabacika uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, na LT. Ruyenzi Aloys n’umwanzi wa we n’ubwo yajyaga aguha amakuru wandika kuko ubwo warufunze yasabye ko bakwicira muri gereza ariko birananirana kuko ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kwari kuguhagazeho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka ryongera unzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore haje umugisha w’uburyo bubiri umugisha umwe uragereranywa na mata ya masukano uwundi mugisha ugereranywa na mata ya packet bivuze yuko ngiye kukoherereza umugisha wawe wowe ntitunye ko umurimo wanjye wahagarara kubera ko udafite uburyo bwo gukora nk’uko nsanzwe nkora uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nakubwiye yuko nzajya nguhemba kubera umurimo wanjye unkorera kandi na gusezeranije ko uzajya uhembwa ibihembo bingana niby’umukozi wa UN kugirango umenye yuko jyewe Uwiteka uwo nakunze ndamutetesha nkamurata nkamugirira neza isi yose ikamenya yuko nd’Uwiteka w’ibifite imibiri byose mbese hariho icyananira? Uko niko Uwiteka abaza! Jeremiah 3 2:27.
The day of the Lord, the rhema word of God comes from heaven unto me, that man of living God of heaven; just have a sight front of you, and you’ll see what I want to show you. I took, my eyes and I saw the board hanging on wall and it was written the words on it called” invigilator” which means being responsible for something. And immediately I had the voice telling me that lets the invigilators take place place in this ministry upon of you thus is how the Lord spoken with you.
Jan 6, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona imyuka (3) y’ikinyoma ikoreshwa n’Umwakagara Paul Kagame, ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu iriya myuka uko ari (3) niyo Umwakagara Paul Kagame yateguwe kubeshya isi kuko yamaze kumenya ko abategetsi bategeka isi bakomeye bamaze kumutahura ko ari umunyakinyoma.
Ariko na bo ari abanyabinyoma nta kundi bizagenda bazamureke akomeze kubeshya isi mu gihe azaba abahaye intonorano kugirango yikomereze kwica urubozo ubwoko bwanjye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nubwo Umwakagara Paul Kagame agiye gukoresha iriya myuka (3) ntabwo izakora kuko irashaje kandi bizoroha cyane gutahurwa, kandi kuko byamaze gushyirwa mu Buhanuzi iriya myuka nta mbaraga izaba ifite zo gukorera mu isi ahubwo izahita ijyanwa mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 7, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Nyiringabo ategetse izuba ko rizajya rugucungira umutekano mu gihe umwanzi azajya yohereza umwijima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore mu gihugu cy’Ibabuloni no muri gakondo ya bakiranutsi hari umwijima ukabije cyane, niyompamvu ibyo bihugu byombi ngiye kubirwanya kugirango umwijima uhakorera ndetse n’inkozi zibibi ziba muri ibyo bihugu ngiye kuzirwanya kandi nzasenya imfatiro zabo kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, genda ujye mu gikari cy’abanyabyaha urahasanga hari ububiko bw’abanyabwenge maze ufate buriya bwenge n’ubuhanga n’ubumenyi hamwe n’ubukorikori byabo maze ubishyire mu mwuzuro w’ibyahanuwe kugirango buhatunganirizwe kuko mu minsi izaza ubwoko bw’Uwiteka buzagubwaho n’ubwiko bw’umwihariko bw’iby’ubuhanga bwihishe mu mwuka w’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, intare yo mu muryango wa YUDA uranesheje inkozi zibibi zose bari bakwibasiye kugirango barimbure ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Revelation 12:1 describes a “great sign” in heaven: a woman clothed with the sun, standing on the moon, and wearing a crown of twelve stars. This symbolic figure represents the nation of Israel (or the faithful people of God) bringing forth the Messiah, characterized by heavenly glory of God.
Jan 8,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo w’inkozi zibibi bahagurukiye guterekerera abazimu babo kugirango barusheho kugira ingufu zo kubakorera kuko imbaraga z’Ubuhanuzi zari zibamereye nabi cyane, ariko n’ubwo bageragezaga gukora iyo miterekerero nta cyo byatanze kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yari yamaze guciraho iteka iyo myuka yose ndetse na bayikoresha kandi bakayizera cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abana b’abantu nindryarya zikomeye cyane, bari biteguye gukora ibirori by’uko waciwe igihanga, kandi bariya bagore na bariya bagabo bigira ko bakunda Ubuhanuzi kandi bifuza no kubushyigikira bose ni za magigiri. Batunguwe no kumva abicanyi batagutaye muri yombi kuko hari bamaze gutegura aho bari buze gukorera ibiroli bishimira yuko waciwe igihanga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 9, 2016 njyanw mu iyerekwa mbona bw’abatutsi bitwa ibikomangoma bakorana n’Umwami Kigeli V Ndahindurwa, uburyo bamubeshya ko bamukunda kandi bifuza yuko azasubira kwima ingoma, ariko mu byukuri bakorana n’Umwakagara Paul Kagame.
Nerekwa abo batutsi bakorera umugabo umwe wumunyamahanga ukize cyane, mbona ko abo bakoze bamukoreraga ariko bakajya bamubwira ngo barashaka gusubira iwabo muri gakondo ya bakiranutsi. Umunsi umwe mbona ko abo banyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi bahisemo gutaha badasezeye sebuja bakoreraga, kandi bamutunguza kumusezera bamubwira yuko basubiye iwabo muri gakondo ya bakiranutsi, uwo muherwe ababazwa ni uko bamusezeyeho bamutunguye, ariko arabihorera arabareka baragenda maze bafata imodoka yabo bari bateguye kugendamo bayijyamo baragenda ariko inzira banyuragamo yanyuranga kuri wa musozi wubatsweho amashuli yo kwigisha ubwoko bw’Abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Ubwo ako kanya uwo mugabo w’umutunzi ahita ategura abantu ba baherekeza kuko basezeye binjira mu modoka isanzwe maze wa mugabo w’umutunzi arabakurikira abajya inyuma abagenzura uburyo batashye ndetse ni byo baba batahanye batwaye bitari ibyabo kugirango abibambure.
Mbona abatutsi banyuze inzira yo mu butayu baragenda bagera muri cya gikombe cy’ubutayu bugufiya buri munsi ya rya shuli ryigisha abatutsi kwubaha Imana.Mbona ko bakiri muri icyo gikombe cy’ubwo butayu bugufiya, maze ya modoka yari batwaye ihita irapfa bananirwa gukomeza urugendo rwabo, kandi bari bageze kuri wa musozi uzamuka ugana kwishuli ry’abatutsi.
Wa mugabo w’umutunzi bakoreraga yohereza abagaragu be ngo bajye kubafasha gusunika ya modoka kugirango bakomeze urugendo. Ariko mu kubohereza yaraziko batari burenge wa musozi wa batutsi. Ariko arabyirengagiza ahubwo aboherereza abagaragu baza kubasunika ngo nibura bazamuke wa musozi ariko imodoka iranga irapfa burundu ntiyaba ikibashije kuba yabatwara ngo ibajyane muri gakondo yabakiranutsi.
Ba bagaragu ba wa mutunzi babonye ko bananiwe gusunika ya modoka bagendagamo, bahitamo kwigendera basiga abatutsi muri bwa butuyu bugufiya kandi bunini cyane ndetse bunakomeye cyane barigendera basubira kwa shebuja aho baturutse mbona abatutsi basigaye bonyine muri bwa butayu bugufiya basigara bamanjiriwe.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, waba wamenye icyo biriya bisobanura? Ndasubiza nti reka da! Gusa nabashije kumenya yuko ikinyabiziga cyangwa imodoka ari ubuyobozi ni uko na we arambwira ati, rero uvuze neza kuko wabashije kumenya icyo imodoka isobanura reka noneho nze ngusobanurire icyo bivuze.
Arambwira ati, iriya modoka y’uriya mutunzi yo bwoko bwa Mercedes Benz isobanura ubuyobozi bwiza kandi bukomeye bushinze imizi, naho izindi modoka zisanzwe n’ubuyobozi busanzwe bukomeye cyangwa bworohereje bw’ibihugu budakomeye cyane kandi butanafite ubukungu bukomeye cyane.
Uriya mukire wabonye yitwa “BARRACK OBAMA HUSSEIN” akaba ategeka Leta zunz’ubumwe z’America, akaba ariwe ugiye gusiga ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegeko nshinga buyobowe n’Umwami Kigeli V Ndahindurwa, akazagambanirwa nabo yizera cyane kurusha abandi, ubwami bw’uRwanda buzajyanwa mu butayu bugufiya kuko bene wabo bu mubwoko bw’Abatutsi aribo bazagambanira Umwami Kigeli V Ndahindurwa, kandi Obama ya maze kumenye uwo mugambi w’ubugambanyi, kandi nta cyo azabikoraho na gitoya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo bagambanyi nibamara guhitana Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa, nabo bazahitana bajyanwa muri rya shuli ryigisha abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Abatutsi bancumuyeho kandi cyane, niyompamvu nzabihimuraho kugirango bamenye yuko bacumuye k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bariya abatutsi ubonye uko bagambanira Umwami wabo Kigeli V Ndahindurwa, uko na we bazakugambanira ukwiye kuba maso cyane, kandi ntukagire n’umwe wo muri bo wizera kuko ni Abagambanyi kandi ni abanyeshyari cyane mu biganiro byabo bahora bagambana kandi barangwa nishyari nicyo kibatera gukiranirwa nyamara bose abagambaniye Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa n’ubwo yanze ku kumvira inama zose wamugiriye nta kabuza nabo ibyo bamukoreye nibyo bazakorerwa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abo muri gakondo ya bakiranutsi uti, dore nta kabuza nziyimikira umugaragu wanjye ukomoka mu muryango wa David, uwo na mushyize mu buhungiro kugirango habanze hashire ibihe byinshi nzongere mugarure ku ntebe ya bukunzi muri gakondo ya bakiranutsi, kugirango nzabone uko nihesha icyubahiro mu gihe gikwiriye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega ni bamara gukora ubugizi bwa nabi babukoreye ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegeko nshinga, bazanezerwa cyane ko ubwami bw’uRwanda barimbutse burundu. Nyamara icyo gihe niho buzaba butangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntuzavuge yuko nakubeshya kubyo wahanuye, ahubwo abo wahanuriye bafite imitima ikomeye nkurutare kuko banze kumvira ijambo ry’Uwiteka Imana yawe, kandi na we banze ku kumvira uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Jeremiah 20:7
Jeremiah’s Complaint 7 You deceived [ me, Lord, and I was deceived [; you overpowered me and prevailed. I am ridiculed all day long; everyone mocks me.
8 Whenever I speak, proclaiming violence and destruction. So the insult and reproach all day long.
9 But if I say, “I will or speak anymore his word is in a fire shut up in my bones. Iam weary of holding it in; indeed, I cannot. I hear many whispering, “Terror on every side! Denounce him! Let’s denounce him!”
All my friends are waiting for me to slip, saying, “Perhaps he will be deceived; then we will prevail over him and take our revenge on him.”
11 But the Lord is with me like a mighty warrior; so my persecutors will stumble and not prevail. They will fail and be thoroughly disgraced; their dishonor will never be forgotten.
12 Lord Almighty, you who examine the righteous and the heart and mind, let me see your vengeance on them, for to you I have committed my cause.
13 Sing to the Lord! Give praise to the Lord! He rescues the life of the needy from the hands of the wicked.
Jan 10, 2016 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, mbona akamodoka kameze nk’indege gafite amababa ku miryango no kumadirishya. Mbona gafite za decoration hirya no hino izengurutse ako kamodoka ariko nta bwo kari gakomeye nkizindi modoka, ariko kasaga neza ugereranije ni uko kanganaga. Mbona gatwawe na pilot imbere nta bantu barimo nyirako yagatwaraga yinezeza gusa karagenda kageze imbere gahura na baliyeri karahagarara.
Nuko mbona haruguru yako hameze ishyamba rinini cyane kandi iryo shyamba ibiti byaryo byari byumye kandi byasaga nibiri mu butayu kandi atari ubutayu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abantu batuye muri iryo shyamba, harimo inzu ifite (basement) hasi ariko itagira umucyo ahubwo harimo umwijima gusa.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, waba wasobanukiwe ibya kariya kamodoka kandi kameze nk’indege ntoya, ndasubiza ntabwo nabashije kubisobanukirwa. Malaika w’Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, buriya bisobanura umutegetsi wo mu gihugu cy’Ibabyloni wibwira yuko ubutegetsi bwe bukomeye kandi budakomeye nkuko abyibwira. Ibyo bizaza mu gihe Uhuru Kenyatta azaba avuye ku ngoma kuko uzamusimbura azaba ari umutegetsi udafatika kandi abaturage nta bwo bazamukunda kuko azabagirira nabi azabateza inzara ni byago bitandukanye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mutegetsi azahura na kaga ni byago bikomeye kuko atazategeka nkuko abandi bategetsi cyangwa nkuko nawe abyifuza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Dore umwanzi we azahabwa kuyobora icyo gihugu bidaturutse kubushake bwe, ahubwo bizaturuka ku bugome bw’indengakamere bakoreye abanyagihugu kugirango ubwami bwabo buhabwe abatavuga rumwe nabo kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka ategetse!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mutegetsi mbere yuko yuko akurwa ku ngoma agiye guhindura government, maze ashyireho abategetsi benshi bakomoka mu ntera y’amajyepfo y’uburengera zuba kugirango abashe kwirehereza benshi ariko nayubusa kuko bitazamukundira kuko yagambaniye uwari amwungirije igikomangoma cye bakorana kandi kizira kugambanira uwo muhuza intoki kumeza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, umutima we (William Ruto) umutima we yawugize nk’uwa JUDA Iskariyoti uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihugu kigiye kwinjira mu mapfa kubera gutonesha ubwoko bumwe gusa, nyamara kwurira kwa bantu b’Uwiteka Imana kwumaze kumvikana cyane imbere ye, kandi urusaku rwinshi rwumvikanye mu matwi y’Uwiteka Imana Nyiringabo batabaza kuko ibintu bigenda birushaho gukomera cyane no kumera nabi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mpunzi zo mu gihugu cy’IBABYLON zizahura ni byago na makuba akomeye cyane kuko inkunga zabo bagenerwaga n’umuryango wabibumbye zizagabanuka cyane bakicwa ni nzara. Kandi abakoresheje inyandiko zibinyoma bagirango babone ubuhunzi bajyanwe mu mahanga, kuko ijambo ryabo rizaba rinyuranye ni jambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo, ibyabo nta bwo bizatungana nkuko babyibwira, ahubwo bazahera mu butayu bw’Ibabyloni uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kuko igihugu cyuzuye uburiganya bwinshi cyane, nta muntu ushobora gukiza icyo gihugu cy’Ibabyloni (Kenya) kuko umujinya w’Uwiteka Imana Nyiringabo umaze kugera aharindimuka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu bwira ubwoko bwanjye bwatataniye mu ngihugu cy’IBABYLON uti mwitegure kandi mweyeze kandi mushake mu maso h’Uwiteka kuko uwo nzakiza nza mukizanye nabe bose kandi nzakoresha ubugenege bwa banyabugenge bugendera kubugenge kuko ubugenge bwa banyabugenge budashobora na rimwe kuburizamo ubugenge bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, umwaka utaha 2017 uzaba ari umwaka w’ubutabera n’ubucamanza bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kw’isi yose na bayituye bose kuko bazacirwa imanza n’umugaragu wanjye Majeshi Leon Ainesha uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, abantu mw’si bakomeje kwinangira imitima bigize ibinaniramana wagirango bariremye. Niyompamvu nanjye ngiye kubaciraho iteka rya burundu kugirango bamenye ko nd’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kuko umwana w’Umusita-Umusinga Yoweri Kaguta Museveni yifatanije na Samuei William Ruto kandi ari umuriganya, nawe igihugu cye nzagiteza ibyago, amakuba, bikomeye cyane kandi nzamukoza isoni kuruhando rw’amahanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ubwo bufatanye bushingiye kuburiganya nzabumaraho burundu kandi imigambi yabo yose nzayiburizamo yose uko yakabaye kandi ibihugu byabo nzabateza kwakamo umuriro ukomeye cyane mbateze abo bayobora bazanga ubutegetsi bwabo kandi biza intangiriro yo kuvaho kw’ingoma zabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore nzabahora gutwaza igitugu ubwoko bwanjye no kwikubira ibyo bagenerwa na mategeko bakabishyira mu bubiko bwabo kandi atari bo byagenewe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 11, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zibibi zo mu bwoko bwa Abalangi zongera gutegura inama ngo zirwanye umugaragu w’Uwiteka Imana Nyiringabo, ariko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abagwa gitumo muriyo nama yabo arabatatanya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umugisha wa bantu benshi cyane bafite ikimenyetso cya Kristo kuruhanga rwabo watwawe n’inkozi zikibi zatwaye umugisha wabo bawumaranye igihe kinini umuntu atabasha gusobanura, mbona ko Uwiteka Imana Nyiringabo awugarura awusubiza mu bubiko bwawo kugirango usubizwe ba nyirawo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Maze ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira ubwoko bwanjye abakiranuatsi banjye bose uti, uwihanganye wese agakomeza isezerano ry’Umwami wacu azasubizwa ibyariwe n’inzige uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho kandi cyane, maze rirambwira umwaka utaha wa 2017, niho imanza z’Uhoraho Nyiringabo zizatangira neza kugirango izo nkozi zikibi zigaruriye ibitari ibyabo ba byamburwe bisubizwe banyirabyo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri ubwo butabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo niho ibibazo byose bizacirwaho iteka kugirango abarenganijwe bahabwe ubutabera n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ibikomeye cyane bigiye kuba kuri kiliziya «Roman Catholic Church Empire» mbona ko ubutunzi bwabo bugiye kugwa hasi kiliziya RCCE izanyeganyega kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ubucyene busimbura ubutunzi bwa (RCCE) ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutunzi bwa (RCCE) nibwo bubatera gukiranirwa no gukora imirimo mibi cyane mw’isi yabazina. Kubera iyompamvu ngiye kugabanya ubutuzi bwabo cyane kugirango mburizemo imigambi yabo mibisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, RCCE ni indaya ikomeye cyane yasambanije amahanga yose yo kw’isi kubera ubutunzi bwe, ndetse abami benshi bemeye kumukorera baramuramya bamugira ikigirwamana cyabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore isi yose izatwikirwa n’umwijima kandi abatari mu Mwami Imana Nyiringabo benshi bazarimburwa n’umwijima ugiye gutera kw’isi ya bazima, kandi uwo mwijima uzarimbura ubugingo bwabo kuko uzaza utunguranye kandi bizaba bisa naho ari imikino, ariko abantu benshi cyane bazarimbuka muri uwo mwijima ugiye gutera kw’isi ya abzima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse!!!
Dore nta kabuza isi yose igiye kwinjira mu mwijima mwinshi cyane! Kandi abakiranirwa bazarushaho gukiranirwa, ndetse na bakiranuka bazarushaho gukiranuka, kuko uko ari ko Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse akabivugira mukanwa ka bagagaragu be n’ubwo hashize igihe kirekire uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo babe maso cyane kuko hagiye gutera icyago gikomeye cyane kandi kizazenguruka isi yose, kandi abatari benshi bazarimbuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Jan 12, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona icyegera cy’umukuru w’igihugu cya Kenya Samuei William RUTO murugo rwe ahakorera imirimo yo gukiranirwa, yasuzuguraga abantu ahubwo akwubaha imbwa za kizungu zari zishinzwe kumukinda. Nyamara abazitoza kwubaha abantu ngo ntizibarye zidahawe itegeko bo akabusuzugura.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, kandi uwo mugabo (Samuei William RUTO) azakora ibishoboka byose yibe umutungo wicyo gihugu kandi azashyira icyo gihugu mu bukene butari bwabaho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, (Samuei William Ruto) afite umutima mubi cyane kuko yanduye uburwayi bwa HIV, kubera iyo mpamvu yirirwa yanduza abagore bo muri icyo gihugu akoresheje umwanya afite aho abaha amashillingi kandi akabizeza na kazi keza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 13,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira mwana w’umuntu, ibi ngiye ku kubwira ntubure kubyandika, abega iyo ba babwiye yuko ubutegetsi bwabo buzavaho, bahita bagira umujinya mwinshi cyane uterwa n’ubwoba bagahita bashakisha ubabwiye gutyo bakamwica kuko batinya kuzamburwa ubutegetsi kandi bari bizeye yuko bazabugumaho iteka ryose.
None ubwire abantu bamenye ubwenge nti bakababwire yuko ingoma yabo izakurwaho kugirango batabica kuko muri iyiminsi bameze nabi, ahubwo abantu bategereze igihe cy’Uwiteka Imana Nyiringabo abe ari we uzayikuraho usibye ko nabwo batazabura kubica ariko nta bwo bazica benshi cyane nkuko ubu barimo kwica umuntu wese utinyutse kuvuga ko ubwami bwabo buzakurwaho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibi ubyandike kuko nta kabuza bitazabura gusohoza umurimo wabyo. Abega bazakurwa ku butegetsi kandi bazakorwa nisoni kugirango Ubuhanuzi bwahanuye ibyo busohoza umurimo wabyo, uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abantu basengera mu idini rya Evangelical Restoration Church birinde cyane binashibotse ntibagasubire muryo idini kuko rimaze kuzuramo inkozi zikibi zo mu bwoko bw’abarozi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri iryo idini rya Evangelical Restoration Church huzuyemo ubusambanyi bwinshi cyane butagira ingano, abadakora ubusambanyi bajya muri iryo idini bazabanduza umuvumo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye guteza umutekano mucye muri gakondo ya bakiranutsi, kugirango ingabo z’Umwakagara Paul Kagame nziteze kwiheba cyane, bityo babone yuko umugaba mukuru wabo wikirenga adafite imbaraga zo kubarinda, kugirango batangire kwifuza ubuyobozi buzabahesha amahoro kuko ngiye kwimika umugaragu wanjye uri mu butayu bugufiya Umwami David uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ingoma y’abega izasimburwa n’ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, bukorera mu gikari cy’ubwami bw’uRwanda uko niko Uhoraho Uiwteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bwanjye uti, Uwiteka Imana Nyiringabo naramuka akuyeho Umwakagara Paul Kagame ntimuzibagirwe ko ari we wabagiriye neza agakuraho ubwami bw’abega bwari bwarababujije amahwemo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagiye ishyanga bose bazatahuka kandi bazagubwa neza kuko bazaba abanyamugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abagiye ishyanga bose bazataha barwanira ama modoka ni ndege na mato bagaruka bameze nk’inuma zigaruka mu twuzu twazo nyuma y’umwuzure uko niko Uwiteka Imana Nyringabo abivuga.
ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti mwana w’umuntu, dore isi yose igiye gutangara cyane kuko abaheze ishyanga bagiye gutaha umusubirizo basubira mu gakondo ya bakiranutsi nkuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yavugiye nukanwa k’Umuhanuzi Majeshi Leon uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira ubwoko bwanjye bwitegure kuko ngiye guca imanza zitabera kandi numvise kurira kwanyu na njye nzababera Uhoraho Nyiringabo mbacire imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ni uko rero mube maso kandi mugire ubwenge kuko igihe gisigaye ari gito cyane ubwo ngiye gukoresha abagaragu banjye bo mu majyaruguru y’isi kugirango bahoze umugambi wanjye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 14, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu gihugu cy’Isamariya hazaba intambara ikomeye cyane kandi kuzayitsinda bizagorana cyane, kuko abakuru bizo ngabo benshi muri bo ari Abagambanyi kandi bazagambanira umukuru w’igihugu cy’Isamariya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore abarinda uwo mukuru w’igihugu bazahabwa intonorano kugirango barimbure umukuru wabo w’igihugu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, n’ubwo izo ingabo z’Isamariya zizagambanira umukuru wazo izo intonorano nta cyo zizabamarira kuko atari umugisha uturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Jan 15, 2016 ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe cyawe cyo kurangiza ubutayu kirageze kandi burarangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Jan 16, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo wongeye ku guhagurukira kugirango udakomeza umurimo wanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi! umwanzi! Ako kanya menya yuko habaye ubugambanyi bukomeye barimo kugambanira umwana w’umuntu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Jan 17,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ya nzoka ya cyera aliyo Satani nyijyanye mu butayu bugufiya kugirango idakomeza ku kurwanya ifite imbaraga, kuko nijyanwa mu butayu imbaraga zayo zizagabanuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona igiti iyo nzoka yariryamyemo, maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kiliya giti wabonye n’ubutegetsi iliya nzoka ikoreramo kandi ikorana na bategetsi benshi bo kw’isi ni nabo ikoresha ku kurwanya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira mwana w’umuntu, kiliya giti wabonye cyahawe kubaho igihe kirekire bidaturutse k’Uwiteka Imana Nyiringabo, niyompamvu ngiye kujyana iliya nzoka mu butayu hanyuma nzohereza umuyaga ugushe kiliya giti kugirango ya nzoka itazongera kubona ingufu zitututse muri kiliya giti uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’ikinyoma ukorera kw’isi ya bazima ugiye guhura na kaga gakomeye cyane kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo amanutse kw’isi guca imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, itorero ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo (church of God) rihuye na kaga gakomeye kw’isi ya bazima kuko umwanzi yarihagurukiye kurirwanya kandi ari hafi kurinesha, niyompamvu Uwiteka Nyiringabo aritaye mu buryo bwo guca imanza zitabera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze gukura umwuka wera mw’isi ya bazima maze itorero risigara ari nta mwuka wera warushinzwe gufasha abantu asubira mu ijuru kugirango imanza zitabera zitangire uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Revelation 12:1 describes a “great sign” in heaven: a woman clothed with the sun, standing on the moon, and wearing a crown of twelve stars.
- The Woman:Represented as clothed with the sun, the moon under her feet, and a crown of 12 stars, symbolizing the 12 tribes of Israel and ultimately, the covenant people of God
Interpretation:
- Israel:The woman is often interpreted as a church, from whom Jesus the Messiah was born, often referencing Joseph’s dream in.
- Mary/Church:In Christian tradition, this imagery is also associated with the Virgin Mary, or the Church, which brings forth Christ into the world.
- Context:This verse immediately precedes the description of the woman’s labor and the threat from the great red dragon (Satan), who seeks to destroy the child. And the child interpreted as holy spirit who has the mandate to controlling God’s people have been born again through the King Jesus Christ.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri gakondo ya bakiranutsi igihugu cyatoranijwe kuzabamo ubwami bw’Uwiteka Imana Nyiringabo (Rwanda) hazaba intambara ikomeye cyane kandi izahitana abantu benshi cyane, ariko abafite cya kimenyetso cya Malaika Uhoraho Nyiringabo azabarinda uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu bose biringiye ishyaka riri ku butegetsi rya FPR–Paul Kagame bazakorwa nisoni kuko ubutegetsi bwabo bugiye gukurwaho, kandi kubera bazaba bafite umujinya mwinshi cyane, bazica abantu benshi cyane bibwira ko barimo kwihorera, ariko intambara izarangira ubutegetsi bwabo bukuweho kandi bose bazafatwa bashyirwe mu nzu y’imbohe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibihugu bigize umuryango wa East Africa Cmmunity EAC uwo muryango wabo uzasenyuka utageze ku inshingano zabo nkuko babyiyemeje uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ukomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wirinde cyane kuko umwuka w’inzika y’inzigo (spirits of revenge and grudges risen against you) uraguhagurukiye cyane kuko inkozi zibibi zishaka kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bwanjye basenge cyane kuko igihe cyo gusenga kigiye kurangira kandi umuntu wese azatungwa na masengesho yasenze mu gihe gusenga bizaba birangiye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu ireyekwa mbona ibihe birushaho kuba bibi cyane, abantu benshi bareka ibyo kwizera no gusenga Uwiteka Imana Nyiringabo bacika intege cyane kubera ibibazo byo mu isi uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Uwiteka Imana Nyiringabo atangiza umwaka w’ubutabera bwe kw’isi yabazima, maze ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rirambwira riti, umwaka utaha nk’iki gihe uzaba watangiye guca imanza zitabera z’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Jan 18,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zizaburizamo imigambi myinshi ya batuye kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Jan 19,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire Umwami Kigeli V Ndahindurwa uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze, niba utizera umugaragu wanjye Majeshi Leon namushinze kulinda umutekano wawe, isezerano ryo gusubira kwima ingoma nta bwo rizasohoza amahoro, kuko abo wibwira ko bagukorera umurimo, abo nibo bakugambanira kuko bamaze guhabwa ibihembo by’ubugambanyi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ndabizi ko Umwami Kigeli V Ndahindurwa atari bwemere ibyo umubwira, ariko wowe umuhamagare kuri telephone umubwire ibyo mugutumyeho kugirango ibizaba byose azamenye ko Umuhanuzi yanze kumvira umwuka w’Imana waruri muri we uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uyu umwaka wa 2016 ni umwaka w’ubutabera mu Buhanuzi, ariko umwaka utaha nibwo hazatangira ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Jan 20,2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso ya bantu, maze Umwakagara Paul Kagame Umwami wa gakondo ya bakiranutsi ukomoka mu nzu ya (abega community clan) agura inkota ndende cyane yo kuzajya yicisha abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abanyepolitike bo mu Rwanda birinde cyane kuko Paul Kagame yafashe icyemezo cyo kubica abazakomeza kutemera ubutegetsi bwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu basenga bakomeze gusenga cyane kandi birinde cyane kuko ibihe bagezemo ari ibihe bibi cyane kuko umwanzi Satani agiye gukoresha abanyepolitike guteza ibibazo bikomeye birimo kubura umugisha (cash) kandi bagiye kujya basahura ibihugu byabo amashillingi bazajya bajya kuyahisha mu bihugu bya (Europe and USA) uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umukuru w’igihugu cy’uRwanda Uwiteka azamureka akore ibintu byose yifuza, azajya ahantu hose kw’isi yifuza, azagira imbaraga zikomeye cyane kw’isi yabazima kuko ari nta bantu bazamuhangara gusa aho atazajya ni mu ijuru uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
nccleon@gmail.comn

























































































































































