Urubanza rw’Umwakagara n’ikinyamakuru inyangeNews rwaba rugeze he?

Hagiye gushira amazi agera kuri [2] umwakagara Gakwaya Jean Marie atangaje yuko agiye kurega ikinyamakuru inyangeNews numyobozi wacyo Majeshi Leon.Nyuma yo kumwandikaho amakuru yavugaga yuko akorana na leta y’umwakagara ya Kigali,yahise atangaza yuko agiye kurega murukiko.

Twakomeje gutegereza ariko kugeza magingo aya,tukaba dukomeje gutegereza ururwandiko ruduhamagaza murukiko rwa Canada cyangwa mu gihugu cya Kenya.Yibwiye yuko gukoresha iterabwoba nkiryo akoresha murugo iwe ahari hari icyo bizatanga ko bishobora kubutubuza gukomeza kwandika amakuru yibikorerwa mu nteko y’ibwami bw’uRwanda.

Burya ikizakubwira abakagara imitekerereze yabo nimwe ntabwo itandukanye habe nago.Umwakagara mukuru iyo amahanga amwinditseho inkuru ahita arakara agafunga ibigo bifitanye isano nibyo binyamakuru cyangwa agafunga ibigo bya leta z’ibihugu bikorera murwagasabo urugero ntiruri kure ubwo yafungaga bbc gahuza bamara gufata Gen.Karenzi Kareka akemera kumanika amaboko.

Nyuma yibyo byose amaze kubona yuko amahanga atabyumva,nibwo yahisemo kugura ibinyamakuru twavuga nka “Jeune Afrique” aho isigaye yogagiza umwakagara ko ari we ukwiye kuyobora urwagasabo.Ibyo barabivuga birengagije ko iwabo bidashobora gukorwa nyamara bakirirwa bamamaza umwakagara wemeye kwica amategeko nkana kubera intonorano bahawe.

Gakwaya nawe twategereje yuko yageza ikirego murukiko ariko turaheba.Usibyeko atorohewe muri iyi minsi arimo gushakisha ahoy aba yegetse umusaya kugirango arebe yuko yatangira ubuzima bundi bushya akaba yashaka undi mugore ugira gatatu kuko adashobora kubaho adafite umugore.

Bimaze kumuyobera yifashishije za magigiri bashaka uwahoze ar’umufasha wanjye maze bamusaba ko yahamagara Umwami w’uRwanda,maze akamundegaho.Ntibyatinze yahise abikora ahamagara Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa maze amubwira yuko ngo nashatse undi mugore nkaba naramutaye kandi ari we mugore we wisezerano.

Yirengagiza yuko ari we wantaye ngo kuko ntamafaranga mfite,kandi ngo nkaba naranze gusaba imbabazi nyirarume Umwakagara mukuru ngo kugirango dusubire muri gakondo banpe akazi.Yiyibagiza yuko yatutse Umwami w’uRwanda akamwita imbwa itazagira icyo imarira,yongera ko n’Imana nayo nta cyo imaze,yaje gusoza avuga ndi imbwa idafite umurizo.

Ariko Umwami w’uRwanda kubera ar’umubyeyi kandi nyine ibyaye ikiboze irakiragata nta kundi yamuteze amatwi aravuga arangije aragenda.Ibyo byose ni Gakwaya wabikoraga yibwira yuko ngo yasibanganya izina ryanjye imbere ya Nyir’uRwanda.Ariko mu byukuru ntabwo dukorera Umwami w’uRwanda ahubwo turikorera.

Kandi niba yaratekerezaga yuko ndi mu nteko y’ibwami,yakubise igihwereye kuko inteko yo mu Ijuru ubwayo irampagije.Ntekereza yuko asigaje kudnega ku Mana kuko yandeze kuri Gen.Nziza Jack bifata ubusa,andega k’Umwami atekera nabyo bifata ubusa sinzi ahoy aba asigaje kurega ariko reka dutegereze wenda ntawavuma iritararenga.Amaherezo wenda twazabona invitation usibye ko wenda ashobora kutazamenya amazina dukoresha IBABYLON ariko nayasaba tuzayamuha.

 

Translate »
Skip to toolbar