Igikomangoma Mbumbuza KIBUKAYIRE yikuye mu nteko nta mananiza!!!

Sept 2,2016 Ijambo ry’Uoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore KIBUKAYIRE (Mbumbuza) akazina yitwaga mu bwana,dore akuyemo ake karenge yikuye mu nteko kuko abone akomeje kuvomera mu kiva.Kandi bikaba bidashoboka uko yakomeza kubarirwa mu nteko kandi asuzugura umuobozi we Chancellor Benzinge Boniface ngo ni uko akomoka ibwami.Nyamara yibagiwe yuko ubwami ar’ubwarubanda uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa undi mugore bari kumwe amuhira inama yo gusaba imfunguzo Umulinzi w’ibasezeranijwe,ngo yinire mukigo ahari habitse imyenda ye(Ibikorwa bye) maze Umulinzi w’ibasezeranijwe mbona akinguye (gate) cyangwa urugi undi afata utwenda twe twari mugashashi kirabura ibikorwa by’umwijima maze arigendera.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,erega nubwi Mbumbuza irengagiza,umutima we uramushinja kandi na nubu nta mahoro afite kandi yamaze gusobanukirwa yuko ibisanira by’ubwami bitamuhesha uburenganzira bwo kuba mu nteko y’ubwami kandi na Nyir’uRwanda ntashobora kurenga kumategeko niko Uwiteka avuga.

Nuko mbona imfunguzo yarafite arazifashe azihereza Umulinzi Mukuru w’ibasezeranijwe (Gutanga Ubushobozi) no kwemera gutsindwa.Mbona abagabo bari bamushyigikiye bose baramuindutse bamuha urwamenyo nta numwe wamuherekeje cyakora wa mudamu niwe wamuherekeje wenyine.(Abarozi-Kazi) bakoranaga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umukuru w’Igihugu cy’Isamariya Pierri Nkurunziza nta gifata telephone cyangwa ngo ahamagare arasa nuri mu gifungo cya wenyine kubera kutumvira ijambo ry’Uhoraho.Iminsi irimo kugenda ishira irangira yegereza wa amunsi wavuzwe n’Ijambo ry’Uhoraho.Ubwoba bwamaze kumutaha atangiye kwiyumva urupfu rumusatira, none yabuze ibyicaro ahamagaye abanyamasengesho ngo bamufashe gusenga none barimo gusenga basaba Imana ngo ibakize iki gikombe.Nyamara ntibishoboka kuko asuzuguye umwuka w’Imana niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kubwirwa ngo nkore amasengesho kuko abadayimoni ngo baje kurunguruka,ariko nta cyo babonye.Nkubitana nabo kumwinjiro mbona basohoka,ndabakingurira baragenda ndongera ndakinga imiryango yose.Maze umwuka w’Inzika y’Inzigo,mbona inyuze inyuma mu gikari nawo urinjira urongera urasohoka kuko wasanze mu nzu hatunganije maze ubura aho wakwikinga ngo ugume muri yo nzu kandi nyirimo uhita nawo urasohoka.

Ijambo ry’Uhoraho urambwira riti,mwana w’umuntu,kora amasengesho kugirango wirukane iyo myuka irimo kugendagenda hafi yiriba ryo gukiranuka.Kugirango batava aho batoba ayo maze kandi yagenewe abakiranutsi uko niko Uwiteka nyiringabo avuga.Ijambo r’Uhoraho rirambwira riti,dore basenye ubwami bibwira yuko butazasubiraho,nyamara dore igihe cyabwo kirageze ngo busubizweho nk’uko bwahozeho kuko Umwami wo gukiranuka adashobora kuza,ibihugu byatoranijwe bitarubirana ubwami niko Uhoraho avuga.

Umwuka w’Uhoraho ukomeza kunganiriza amasaha ya kiberinka ubwo imitavu yarisohotse gukinagira amatavu.Akazuba ka nimunsi kageze mu marembera.Maze umwuka w’Uwiteka Imana,arambwira ati,mwana w’umuntu,dore abadayimoni bazanye ikigeragezo,none gifate ugihindure igisubizo.Ndagifata nk’uko ijambo ry’Uwiteka rimbwiye ngihinduramo igisubizo.Ndabwirwa ngo,fata nuwo muvumo nawo uwuhinduremo umugisha,mfata umuvumo waruzanywe na badaimoni nawo nkuhinduramo umugisha maze mbona abadaimoni bahise basohoka vuba vuba barahunga ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abadayimoni bahagurukiye umugisha wawe niyompamvu ubona babuze amahoro kuko bamaze kubona Ijuru ryamaze gutegeka yuko uhabwa umugisha kandi abari baratwaye umugisha wawe ubu bamerewe nabi ku buryo bukomeye cyane bariya badayimoni wabonaga nibo babohereje kugirango baze gukubanura uwo mugisha bawushyire inkozi z’ibibi niko Uwiteka avuga.

Igihe nkiraho nerekwa igihuru gishya ariko ntigikongoke,ahubwo wa muriro ugenda ukendera utwika ahantu hatoya cyane,maze ndabwirwa ngo,tangira amasengesho yo kwiyiriza aka kanya ntutegereze ejo kuko abadayimoni bamaze kuzenguruka ubugingo bwawe.Ako kanya ntagushidikanya ntangira amasengesho yo kwiyiriza no gusenga Imana,mbwira inshuti yanjye yitwa “gifu”kuba yihanganye yuko ngiye murugendo tukazabonana ngarutse uko niko Uwiteka avuze!

Sept 3, 2016 Njanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi zishaka kunjyana kwiga Kaminuza,ariko biranga birananirana,mbona police y’uRwanda ijanywe kwiga kaminuza ikomeye harangiza imbarwa!Maze mbona gakondo y’ubwatsi ahagambaga kuzajya haragirwa intama inkozi z’ibibi zari zarahigaruriye hongera gusubizwa abashumba bashinzwe kuragira izo ntama barikumwe n’Umuhanuzi mukuru w’ibyasezeranijwe.

Mbona baragiye intama zirarisha zigubwa neza cyane kuko ikibaya zarishigamo cari kimaze kuneka neza gifite ubwatsi bwiza butoshye neza.Ijambo ry’Uhoraho riramanuka rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanura uvuge uti,ibyari byarabyazwe ni nkozi z’ibibi byose bigaruriiwe intama z’Uhoraho kandi gushimitwa kw’intama kwajyaga gukorwa namasega arizo nkozi z’ibibi,kurarangiye niko Uwiteka avuga.

Naho igiPolice cy’umwakagara kigiye gushyirwa kumunzani gipimwe kugirango hagaragare abakwiriye nabadakwirie dore umunzani uraje wo gupima ibikwiye nibidakwiriye.Abakiranutsi na bakiranirwa kugirango buri wese ahembwe ibikwiriye nibyo yakoze uko niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kwerekwa uruzabibu ruteye haruguru ya butayu bugufiya,buri aherekeye iburengera zuba mukarere k’Africa y’uburasira zuba.Mbona urwo ruzabibu rwali rwarigaruriwe ni nkozi z’ikibi,rwongera gusubizwa banyirwa.Mbona za nkozi z’ibibi zikuramo akazo karenge maze tuzenguruka tureba uko zitawe mu murima ni uko zimeze neza kugirango niba ziba zifite uburwayi tuzomberere ariko dusanga zari zimeze neza tunezezwa ni uko twigaruriye izo nzabibu zigiye kwera ngo tubone vino yo kunywa kuko hari ighe cy’iki hariho izuba ryinshi maze ijambo ry’Uhoraho riravuga ngo”Uko niko Uhoraho ajya agira neza mu gihe gikomeye ajya yibuka abakiranutsi”uko niko Uwiteka avuga.

Ibyago,akaga,amakuba,bizatera abahima bo mu bwoko bw’Abatutsi mu gihugu cya Uganda.

Njyanwa mu iyerekwa rikomeye kandi riteye ubwabo na gahinda,nerekwa abahima cyangwa abararo bo muri Uganda.Mbona batezwa umwuzure aho batuye hose bakajya bava mu mwuzure ubagose bakajya kuvoma amazi ya rubine cyangwa ku ibomba.Ibi byago bizibasira cyane abagore na bakobwa (Abahima-Kazi)kubera ibyaha by’ubusambanyi buteye isesemi bumaze kuba indegakamere mu isi ya bazima niko Uwiteka avuga.Mbona ko Uhoraho abateje umuvumo wo kubura amahoro no kubura ibyicaro nta hantu na hamwe bazongera gushinga ibirenge kuko yabahaye igihugu abaha ubutegetsi barangije babikoresha mu gukiranirwa niko Uwiteka avuga.Nerekwa uwo muvumo uza muri gakondo ya bakiranutsi uza ukurikiye Gen.James Kabarebe kuko nawe akomoka muri ubwo bwoko bw’Abahima b’abatutsi nawe mbona ibyo byago akaga na makuba bimugezeho.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubwoko bwanjye bw’Abatutsi,bwarangomeye babwirukanye muri gakondo,mbujyana imahanga bugezeyo mbuha igihugu kitari icyabo,aho gushima izina ryanjye ahubwo bakomeje gukora ibyo gukiranirwa.None ndirahiye mu izina ryanjye nzababuza amahwemo,mbabuze amahoro nzabahindura urwamenyo imbere ya bahisi na bagenzi,ubutunzi bwabo begeranije bwabateye ubwibone bituma basuzugura izina ryanjye aho kugirango bubaheshe kumpesha icyubahiro.Nabakuyeho igisuzuguriro mu isi ya bazima,mbaha izina rikomeye mu isi,ariko banyituye kunsuzuguza no gukora ibyangwa na maso imbere y’umuremyi wabo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Nanjye nzabakubira [7×70] kandi nzabahindura igitangariro imbere ya mahanga,icyubahiro nabahaye kizahinduka igisuzuguriro kugirango bacishwe bugufi mu gihe gisa n’iki bamenye yuko nd’Uhoraho Uwiteka Imana yabo,kuko aho kunkorera ahubwo bahindukiriye imana za mahanga baba arizo bakorera.

Nanjye nzabahozaho ifuhe ryanjye,kandi uramenye ndabizi nibabona bibakomeranye bazakuzaho ngo ubasengere ubakureho umuvumo uramenye ntuzawubakureho kuko bafite ubutunzi bwinshi ariko nibabona ijambo ryanjye ryavugiwe mukwanwa kawe ribasohoyeho,bazigira inama yo kugushaka kuko bazaba babonye ibyahauwe bibasoyeho.Nuko rero uramenye uyu munsi baragufata nk’uusazi,ariko ibyahanuwe nibibasohozaho,bazamenya yuko Umuhanuzi yari hagati muri bo uko niko Uwiteka avuga.

Dore ngiye kubambura ubutegetsi nari narabahaye kuko bajujubijwe nkabagirira ibambe,mbereka yuko nd’Uwiteka Imana yabo.Nyamara nabagutumyeho aho ku kumva baragufunga amezi [6] ndetse iyo ntaza kubana nawe,baba baraguciye igihanga.Reka rero wirebere uko bagiye gukorwa nisoni uzahagarare kumusozi wahirengeye maze wihere ijisho kugirango umenye uko ibyo nakubwiye ari ukuri uko niko Uwiteka avuga.

Dore nzababaza ibihe [7×7] bakiri mu mubabaro kugirango umujinya wanjye ubanze ucururuke niko Uwiteka avuga.Hari abazakuzaho biyoberanije kugirango utazabamenya,nuko rero nzabana nawe kandi nzajya nkubwira amateka ya mavu na mavuko byaburi muntu kugirango ubw bazaza biyoberanije uzabashe kubamenya.Uyu munsi ntibakumva,ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ngo bazashake mu maso hawe aho gushaka mu maso hanjye kandi ari jye ubasha kubagirira imbabazi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ringarukaho,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyo wahanuye kuri Vivante Church,niko bigiye gusohora,dore bakozwe nizoni imbere ya mahanga,bakomeje guhanyanyaza ariko uko bucyeye uko bwije niko urusengero rwagiye rushiraho rurangira kugirango ibahanuwe bisohoze mu gihe cyabwo uko niko Uwiteka avuga.Nerekwa igisiga ni byina byacyo [2] ndafita ndabizirika kugirango mbone uko mbyica,maze ijambo ry;Uhoraho rirambwira riti,iyo ni myuka ikomeye inkozi z’ibibi bari bakoherereje kugirango bakuburabuze none Uhoraho aguhaye ububasha bwo gufata iyo myuka yabo bari bohereje niko Uwiteka avuga.Maze mbona izo nkozi z’ibibi zari ziteguye yuko zikugirira nabi zitegereza ibyo byana by’ibisiga ziraheba zimenya yuko imbaraga zabo zikiri hasi cyane ugereranije nuko bazizeraga niko Uhoraho agize.

Translate »
Skip to toolbar