Igice cya (42) cy’Ubuhanuzi

OCT 15, 2016 Njyanwa mu iyerekwa,maze nerekwa ibitabonwa na maso ya bana b’abantu,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,umva uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Nerekwa muri gakondo ya bakiranutsi,umwanzi abaca intege,akoresheje abitwa abashumba cyangwa abaPastori,bajya babwira abantu bayoboye yuko umuntu wese ufite udusengesho ducye ari nta cyo twamumarira kuko utwo dusengesho tudashobora kurwanya Satani kuko aba afite imbaraga nyinshi cyane.

 

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,nibyo koko inkozi z’ibibi ziyongereye kuba nyinshi,kandi koko zifite umurego,ariko ntimucike intege muri izo ntegenke zanyu Uwiteka arabizi ko mugeramiwe,none mukomeze gushaka mu maso h’Uhoraho muri izo ntegenke zanyu,nizo Uwiteka azaheraho abagirira neza,mupfa kuba mushaka mu maso h’Uwiteka kandi mufite umutima ukunda no kwifuza gukiranuka Uhoraho ntazabura kubagirira neza uko niko Uwiteka avuga.Kuko aho imbaraga zanyu zirangirira ninaho iz’Uwiteka zitangirira niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nuko rero umwanzi ntabacire urubanza ngo abateze integenke,kuko azi yuko utwo dusegesho ducyeya natwo tutamworohera kandi tumubuza amahoro akaba ashka kuzimya uwo muriro mucyeya kuko abona yuko wenda kuzima!Kuzima no kwaka gahoro biratandukanye,ahubwo nimwongeremo inkwi (Amasengesho) no gukiranuka hamwe no gushaka mu maso h’Uhoraho maze mureba yuko imbaraga z’umwanzi zidatatana uko niko Uhoraho avuga.

Nerekwa yuko izo mbaraga z’umwijima zituruka ku mu Pastor witwa GATAHA STRATON,akaba ari we ushinzwe kohereza imbaraga z’umwijima mu bakiristu ayoboye bo murusengero rwe rwa VIVANTE rukorera mukanogo,hamwe no mu murwa mukuru wa gakondo ya bakiranutsi (Kigali) uko niko Uwiteka avuga!

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira ngo,dore igihe kiraje kandi kirasohoye,ubwo Uwiteka agiye gutanga umugisha ku isi yose,ubwo azaba amaze kumaraho inkozi z’ibibi,imirimo yazo aaze kuyicisha bugufi,none ngo,«nimushake mu maso h’Uwiteka,kugirango abagirire neza,kugirango ubwo bizaba bikomeye,ntazabure kubatabara uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga»

Igice cya (41) cy’ubuhanuzi

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’ikinyoma urahagurutse,ariko,ntabwo uri bubone umwanya waho gukorera uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nongera kwerekwa umwuka wo kwiyoberanya,mbona urikumwe n’umwuka w’uburiganya,nundi mwuka wo kujijisha kuko yose yavukiye rimwe,isa naho ivuka impanga!Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore iyo myuka uko ari [3] yose ihagurukiye rimwe igiye gukorera mu isi ya bazina uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nongera kubona umugore wihinduranya buri kanya,umwanya umwe,akigira umunyamahanga,uwundi mwanya akigira umunyarwanda kazi.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore itorero ry’Imana ryuzuyemo uburiganya,uburyarya,uburiganya,n’umwuka w’ikinyoma,niyompamvu badashobora kumvira ijwi ry’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,mbona agiye muri Stade Amahoro aho yaragiye kurahirira kongera kuyobora ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekonshinga.Ariko icyantangaje ni uko yagiye muri Stade wenyine nta muturage numwe wahageze.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwami w’uRwanda yatanze,kandi ahitanywe n’umugabo n’umugore abo umwuka w’Imana wavuze kuva na mbere hose ko Umwami w’uRwanda azahitanwa na Gakwaya Jean Marie na KIBUKAYIRE Marie Claire.

Niyompamvu mu iyerekwa ryawe,warwanye n’umwuka w’Inzika y’Inzigo wagaragaye ko wiyoberanije cyane kugirango utamenyekana uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.Nuko rero mwana w’umuntu dore Umwami w’uRwanda azataha agezwe muri gakondo ariko ntabwo azima ingoma kuko yanze kumvira umwuka w’Uhoraho,none bamuciye igihanga kubera kutumvira ijambo ry’Uwiteka ryavugiwe mukanwa k’Umuhanuzi uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’uruvange ukozwe nisoni,kandi ushyizwe ahagaragara kuko igihe cyayo gisohoye,kuko ibyahanuwe bigeze mu irango ry’amarembo ya gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kumbwira iby’umwuka wiyoberanya ukorera mu madini,kandi uwo mwuka ushinzwe kuvangavanga imirimo y’Uhoraho kugirango abantu batabona ishusho y’ubumana itangwa n’umwuka w’Imana,kugirango abantu bahere mucyera gati no mu gihirahiro niko Uwiteka avuga!

Nkomeza kwerekwa ibikomeye bigiye gukorerwa mu isi ya bazima.Mbona mu Ijuru hamanutse umuriro ukomeye cyane,uwo muriro warumeze nkamashanyarazi,mbona umanutse ku isi,utwika imikorere y’inkozi z’ibibi,zikorera mu isi ya bazima imirimo yo gukiranirwa.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rirambwira riti,Uhoraho,aciriyeho iteka imirimo mibi ‘inkozi z’ibibi niko Uwiteka Nyiringabo avuga!

OCT 16, 2016 njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’ISAMARIYA,nerekwa inkozi z’ikibi zo mu bwoko bwa ILLUMINATI,zihagurukiye gutabara Peter Nkurunziza.Mbona zigiye gukora imihango ya zo ya gipagani.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,haguruka ujye ISAMARIYA,uburizemo imigambi yaziria nkozi z’ikibi kugirango zdahitana ubwoko bwanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyirirngabo avuga.

Nerekwa ko,Peter Nkurunziza agiye gufunga abashinga mateka [2] kugirango abatangeho ibitambo byo gukomeza ubutegetsi bwiwe!Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanurira bariya bashinga mateka uvuge ko batazicwa,ahubwo ko,bazabaho bakazatanga intahe cyangwa ubuhamya imbere ya mahanga yuko Uhoraho Uwiteka Nyirirngabo,yabakuye mu menyo ya rubamba.

Kandi uhanurire Peter Nkurunziza uti,gufunga abo bashinga mateka,reka bikubere ikimenyetso cyawe gikomeye cyo kuva ku butegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.Nuko ndaterura ndahanura mu izina ry’Uhoraho data wa twese n’umwana we YESU Kristo.Maze ndavuga nti,yewe Peter,uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga,dore iminsi yawe irahumuje,kandi,igihe cyawe cyo gucirwaho iteka,kirinikijwe!Ubwo uzaba uhumuje ku ngoma yawe,ninabwo uzaba winikijwe kungoma yawe uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Dore iminota yawe [9];yararangiye,maze Uhoraho akongerera inyongera,kugrango arebe yuko wakwihana.Ariko waranze wigira ingumba ya matwi,kugirango ibyaguhanuyeko,bigusohozeho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi avuga.Nuko rero kuko wanze kumvira Uhoraho,nawe ntabwo azakumvira,kandi azagutera ingabo mu bitugu kugirango usohoze imigambi yawe mibi,bityo,bizakubere inzira yo gucirwaho iteka mu gihe gisa nk’iki,uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nuko maze guhanura,mbona za nkozi z’ikibi zirampindukiriye kugirango zirimbure ubugingo bwanjye,kuko zari zavuye mu gihugu cy’IBABYLON zoherezwa kujya gutabara bene wabo bakorera mu gihugu cy’ISAMARIYA.

Ubwo twarahanganye kugeza zitsinzwe urugamba zirahunga,kuko zasanze nifitiye inkota y’umuriro maze ibitero byazo bikajya biburizwamo niyo nkota y’umuriro zigahita zihunga kuko zidashobora guhangana n’umuriro kandi ariwo uzitegereje ngo zicirweho iteka ryose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona adayimoni bafite ipeti rya general,bazamuka baturuka ikuzimu,baje gutabara inkozi z’ibibi zahuye nuruva husenya.Nuko bakigera ku isi,Uwiteka nawe amanura Malaika w’intambara araza agenda bacagagura bapfa bataragera aho bakorera intambara zirwanya ubwoko bw’Uhoraho.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanurira umurwa mukuru w’igihugu cy’UBWONGEREZA,maze ubwire umurwa mukuru wa LONDON uti,wa murwa we,uzabona ishyano kuko wabaye  indiri yo gukiranirwa.Kandi ukaba urwanya ijambo ry’Uhoraho kubera ubutunzi wahawe na mugore JEZEBEL,kubera ubusambanyi mwakoranye maze mukaba inshuti zikomeye akakwizeza imbaraga zikomeye zo gukiranirwa.

Nuko rero kuko warwanije ijambo ryanjye ukanga kuryizera,niyompamvu ndekuye ibyago bikomeye ku bugingo bwawe,kugirango ukorwe nisoni imbere ya mahanga maze umenye yuko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi ari we Mana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Maze nongera kwerekwa imbaraga z’ububyutse zikomeye cyane ziturutse mu Ijuru,ziza ku isi gukora ibitangaza hamwe nibikomeye kugirango zimareho imbaraga z’inkozi z’ibibi.Mbona ko ku isi,ko hagiye kubaho bikomeye nibitangaza bigiye gukorwa n’Intore zatoranijwe n’Uwiteka Uhoraho Imana ya bakiranutsi.Nerekwa ihungabana rikomeye cyane ry’abanyamadini batewe ni uko hamanutse imbaraga z’umwuka w’Imana.

Mbona abakomeye mu isi ya bazima,bahinduka aboroheje,maze aboroheje nabo bahinduka abakomeye!Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyahanuwe biramanutse kandi bizanywe no gukora ibikomeye cyane ku isi,aho Uwiteka agiye kwigaragaza no kwihesha icyubahiro kugirango ibaremwe byose bimenye yuko uhoraho ari we waremye Ijuru n’Isi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka amanuye umugisha ukomeye kubugingo bwawe.Inkozi z’ibibi zari zaragose umugisha zirawuhagarika,ariko noneho habayeho intambara ikomeye cyane kugirango uhabwe umugisha.Nerekwa ububyutse bukomeye bumanuka muri gakondo ya bakiranutsi,maze isi yose izanwa no gusaba umugisha wa mahanga kugirango abone amahoro aturuka k’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.

Mbonako abashumba (Pastor’s) bagirira ishyari abahanuzi bahagurukijwe n’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi kubera bakoreshejwe ibikomeye mu isi ya bazima.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu minsi izaza,Uwiteka agiye kuzamura abagaragu be, (Abahanuzi) kandi bazakoreshwa ibikomeye cyane.

Nibatangira gukoreshwa ibimenetso,ibitangaza,nibiteye ubwoba,umwuka wishyari uzahita uzamuka uturutse ikuzimu,abafarisayo bazafatwa ni shavu babagirire ishyari,bashake uko babagenza,ariko ntabwo bizashoboka uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nibimara kubayobera,bazahitamo kubagura kugirango bajye gukorera mu masinagogi yabo,ariko kuko bazakoreshwa ibikomeye birenze ubwenge bwa muntu,abantu benshi bazabakurikira,kuburyo abantu batazabasha gukwirwa mu masinagogi yabo.Kubera iyo mpamvu,bizatuma abahanuzi bongera gusohoka basubire hanze bajye gukorera kumbuga kubera ubwinshi bwa bantu bazaba babakurikira b’abari inyuma.

Icyo gihe,inkozi z’ibibi  nabakoze ubwicanyi,bazacishwa bugufi,kugirango hazamurwe ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo.Ibyo Uwiteka azabikorera kugirango ijambo rya hanuwe nabahanuzi risohoze mu maso ya bantu bimenyekane yuko umwuka w’Uwiteka yari muri bo niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ringarukaho,maze rirambwira rti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zari zaraheranye umugisha wawe,none Uwiteka ategetse yuko bawugaruza kugirango uhabwe umugisha wuzuye.Nuko mbona abadayimoni basubiye kubabohereje bajya gushaka ibyo bafatira kuko ibyo bari barahaweho kubabera gakondo,babyabuwe.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka aguhaye ubutabera bukwiriye nyuma y’igihe kirekire utegereje ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko wagaragaje kwihangana no gutegereza igihe kirekire maze Uwiteka amaze kwitegereza kwawe akugirira imbabazi n’ubuntu bw’Uhoraho Uwiteka Imana ikiranuka.

OCT 17, 2016 the word of the Lord came to me, and told me, son of man, I’M the Lord of hosts, who’s never fail; this is how the LORD of armies says.

Njyanwa mu iyerekwa nerekwa inyanja yari imbere ya bakiranutsi ubwoko bw’Uhoraho,mbona Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe apimisha urubingo ngo arebe aho ayo mazi agera,kuko yabonaga inyanja igenda ikama gahoro gahoro mbona amazi ageze munsi a mavi.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibibazo byari byazikutse ikuzimu,bizamuwe na Satani,byose bicishijwe bugufi kugirango ubwoko bw’Uhoraho bubone uko bwambuka uko niko Uwiteka Nyirangabo avuga.

OCT 18, 2016 nerekwa umwe mubakomeye ukuboko kwe gufata ubwami bw’uRwanda mu ntoke ze,kugirango butanyeganyezwa!Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,ubwami bw’uRwanda bwagaragaye yuko bunyeganyeze,ariko noneho nibwo bugiye gukomera cyane kurushaho uko bwari bukomeye, kugirango bareke gukomeza gukiranirwa ku bwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uhoraho avuga.

Mbonye abanyamurenge hamwe n’umwakagara barimo guhiga abatagira urubanza kugirango babacishe igihahanga,mbonye bananyura hejuru ya mazi anyura munsi y’ikiraro.Mbonye ukambwe w’umuhutu ashaka gukora ubukwe!!!Mbonye abasore b’abanyamurenge bavuza induru nk’ikemenyetso cyogufatisha abahigwa na za magigiri.Mbonye abakobwa babanyamurenge bajya gutega amarozi mu muhanda aho uruzi rumanukira kugirango abantu bayarenge.

Njyanwa mu iyerekwwa mu butayu bugufiya,nerekwa za magigiri zirimo guhiga Umuhanuzi aho aherereye,ndetse nerekwa abagore (Abarozi kazi) barimo gutoragura umyanda kugirang bajye kuyigurisha,ndababaza nti,kuki mudacuruza indabyo (urukundo) aho gucuruza imyanda?Nuko barambwira bati,indabyo ntabwo zunguka kurusha imyanda dutoragura mu muhanda kandi nta gishoro dukoresha mu gutoragura imyanda,ariko indabyo bidusaba kugira igishoro.

Nerekwa inka y’inzungu (Umudayimoni) ijjyanwa mu butayu bugufiya,mbona aho bayitereye ubwatsi bwayo,ariko ikabura bugahita burangira,igakomeza kurisha ubwatsi bwo mu butayu bugufiya.Nerekwa amashanyarazi yari yarashyizwe murutoki (Umurimo w’Imana) mbona yuko yazimye,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,wahagurukiwe ni nkozi z’ibibi,ndetse na za magigiri zongeye guhaguruka kubera ko washyize ahagargara yuko Umwami wundi ugiye  gusimbura Umwami w’uRwanda watanze wanze kumvira Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

None urabe maso cyane,kandi uyu munsi ntiwirirwe ujya gutangaza amakuru kuko bamaze gutegura umugambi wok u kugirira nabi.Uriya mudayimoni wabonye,niwo bashyizeho ugomba ku kugenza kugirango bashirwe ari uko bakubonye uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nuko rero urabe maso cyane kuko bongeye kuzamura intambara kuko bamaze kubona yuko ibyo bakoze byose nta cyo byabamariye,ahubwo bisanze biteje intambara zikomeye cyane batazashobora kurwana kuko bishe Umwami warumaze kugera muzabukuru,none hakaba hagiye kwima ingoma,Umwami ukiri mutoya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho tega amatwi maze wumve ikiganiro Nyampinga arimo kuganira na wa mubyeyi,bamaze kubona no kumenya no gusobanukirwa ijambo ry’Ubuhanuzi,nyuma yuko ubuhanuzi bwa Nyir’uRwanda bwavugaga yuko natumvira Uwiteka Nyiringabo azataha wenyine,none bukaba busohoye,byatumye barushaho gutinya cyane no kugira ubwoba bwinshi.

Bishatse kuvuga yuko,na Nyampinga nawe yamaze kubona yuko Imana nta mikino igira, none arimo gushakisha uburyo yakugeraho abinyujije kuri wa mu byeyi w’inshuti yawe uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.Dore bakoze ikiganiro kirekire baganira kubijyanye nubuhanuzi, bakoze ubushakashatsi bwo kureba icyo ijambo ry’Uhoraho ryavuze,maze basanga ari byo uko Uwiteka yavuze,ari nako biri.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwami bw’umwijima buciriweho iteka.Dore igihe cy’ibyahanuwe kiregereje ngo bacirwe urubanza rwa mateka yo gukora imirimo yo gukiranirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umusore w’umututsi uzasimbura umwakagara kumwanya wa perezida wa repubulika,ayobora iminsi [48] ar’umukuru w’igihugu.Arangije mbona akuwe ku ngoma,maze we na za isokort ze,bahita bahinduka abakizwa kandi bagendaga na maguru,batangira kujya murusengero bagenda na maguru ndetse bakanavayo na maguru maze numva abaturage bavuga ngo bafite umukuru w’igihugu wicisha bugufi.

Ariko ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwo Umwakagara ashaka ko amusimbura ku mwanya w’umukuru w’igihugu nta bwo afite impano yo kuyobora,habe nagato. None agiye kumushyiraho ku ngufu kuko yumvise yuko hari Umwami ugiye gusimbura Kigeli V.Ndahindurwa, agiye kwima ingoma.

None dore Umwakagara agiye gukurwa ku ngoma,maze inkoma mashyi zihite zimika Umuhungu we LT.IVAN CYOMORO uzasimbura ise nyuma yo gukurwa ku ngoma.Abega b’ABAKAGARA bakazahita bimika umuhungu we utazemerwa na baturage hamwe na mahanga,hanyuma yitirirwe iryo zina amare iminsi ibiri [2] ahite irukanwa ku ngoma y’Abega ahite ahunga igihugu dore azanyura agahanda kigitaka (gukiranirwa) uriya isikorti we wabonye,n’umusirikare bazahungana ubwo ingoma ya bega izaba isenyutse uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu barashaka gushyigikira ubwami bw’uRwanda bw’uRwanda nyuma yo kubona yuko ijambo ry’ubuhanuzi risohoye ku Mwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore abahutu b’abakiga bagiye kuzakunyuraho kugirango ubageze ibwami,ariko kuko bafite umuvumo wo kumena amaraso,nunabafasha kuzagera ibwami,bazibagirana kuko bariho umuvumo wa maraso cyeretse nibabanza kwihana amaraso bamennye,cyangwa urubyaro rwabo rukihana nk’uko ijambo ry’Uhoraho ryabasabye kwihana bagakora amasengesho y’iminsi [3] kugirango ubaveho byaba ataribyo,hehe numugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira impungenge za bene data duhuriye ku Mwami Mana n’umwana we YESU Kristo.Nerekwa ko bashaka guhunga nyuma y’itanga rw’Umwami Kigeli V Ndahindurwa kuko bamaze kubona yuko ijambo ry’Uhoraho rigeze mu marembo y’Irango rya gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Dore banze kumvira ijamboo ry’Uhoraho ngo bakize ubugingo bwabo,none babikeneye inzira zaramaze gufungwa batagishoboye kubona amayira yose yamaze gufungwa nk’uko ijambo ry’Uhoraho ryavuze!None barajyahe?Barakora iki?Intumva irira kumuziro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rikomeza kunganiriza rimbwira imikorere y’umwanzi wa bakiranutsi,uburyo agiye gukaza umurego wo guhiga ubugingo bwanjye.Ndabwira ngo,mwana w’umuntu,ugume murutare  kuko umwanzi yamaze kubona yuko ibyo yakoze byari mu buhanuzi none akozwe nisoni,akaba yafashe ingamba zo guhiga ubugingo bwawe kubera yuko yamaze kubona ijambo ry’ubuhanuzi ribaye impamo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa ingabo z’Umwakagara za KAGAME DEFENSE FORCE KDF,mbona ingabo nkuru zateranye zirimo ziga ku kibazo cy’ingabo zabo zirwaye SIDA,hamwe nikibazo cy’inzara gikomeye cyane ingabo zifite muri iyi minsi.Mbona umusirikare muto asaba Gen.James Kabarebe amafaranga 200frw yo kugura amafunguro,ariko arayamwima.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ingabo z’umwakagara zishwe ni nzara,kandi izindi zizahajwe nuburwayi bwa SIDA kandi nta na mafunguro bafite yo gufungura kugirango babashe kubona imbaraga.

Ijambo ry’Uwiteka riram bwira riti,mwana w’umuntu,dore ijambo ry’Uhoraho ryavugiwe mukanwa k’Umuhanuzi,ryavuze yuko intambara yo muri gakondo ya bakiranutsi,izaba nyinshi cyane mu ngabo z’Umwakagara KDF,kandi icyo kikazaba ar’ikimenyetso gikomeye kandi cya nyuma kigaragaza amarembera y’ingoma y’Abega bakomeje kurimbura abantu kugirango barambe ku ngoma kandi Uhoraho yaramaze kuyibirukanaho cyera none igihe cyo kujyana mu butayu kirageze ndetse kirasohoye kugirango ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yawe rikore umurimo waryo niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibwami ibintu byakomeye cyane,kubera ijambo ry’Uhoraho wahanuye ubwirijwe n’umwuka w’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi, yuko Nyir’uRwanda azataha wenyine niba atumviye umwuka w’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Ubwoba ni bwose kandi abahitanye Umwami baje kuyobya uburari kuko bazi yuko ukuri kugiye gushyirwa ahagaragara maze bagakorwa nisoni.

Dore umwicanyi Christian akomeje gukorana na leta y’Umwakagara kuko barimo gushaka kwiba umurambo w’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,kugirango ukuri kutajya ahagaragara uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga. batinye Imana ukorera,bagize ubwoba bwinshi,none babwire uti,uku niko Uwiteka avuga,nimwubaha Uhoraho Uwiteka Imana yanyu,nta kabuza yuko Uwiteka atazabura kubagirira ibambe agasohoza ibyo yabavuzeho,ariko nimutumvira ijambo ry’Uhoraho,Uwiteka Imana Nyiringabo azasohoza ibyo yabavuzeho,ariko ntabwo muzabirebesha amaso yanyu uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nuko rero mugire umwete wo kumvira ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo,ryavugiwe mukanwa k’Umuhanuzi kugirango muzaragwe gakondo ya bakiranutsi.Kandi muzayigiriremo amahoro.Nibitaba ibyo,ukuboko k’Uwiteka kuzabaremerera uko niko Uhoraho Uwiteka avuze!Ariko nimwemera mukumvira ibyahanuwe n’umugaragu wanjye,nzabagirira neza kandi nzabaha umugisha mbahe amahoro kandi amahanga yose azaza kubatura mbahindure ubwoko bukomeye cyane mu isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana avuze!

OCT 19, 2016 njanwa mu iyerekwa,mbona inkozi z’ibibi zijyanwa ku ishuli ryubakiwe kwigisha abatutsi kubaha Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Maze ijambo ry’Uhoraho rira mbwira riti,mwana w’umuntu,kubera icyo bakoze kijyanye nubugome bwambaye umugomo,niyompamvu batazatabarwa ku munsi w’Uhoraho Uwiteka Imana ikiranuka.Kuko bakunze gukiranirwa,nicyo kizatuma kumunsi wa makuba yabo,batazagirirwa imbabazi kuko bamennnye amaraso atariho urubanza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.Dore amaraso bamennye akomeje kurira kubutaka asaba Uhoraho guhorerwa kuko barenganijwe bakamburwa ubuzima ntarubanza rwo gukiranirwa rwabagaragayeho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga!

OCT 20,2016 njyanwa mu iyerekwa rikomeye cyane,mbona inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa “ILLUMINATI” zo kumugabane w’UBURAYI,zoherezwa kuza guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon,ngo kugirango zimufate zimuce igihanga!Kubera ijambo ry’Ubuhanuzi akomeje gutangaza ku karubanda yuko igihe cy’Uwiteka kigeze kandi inkozi z’ibibi zikaba zigeramiwe kandi igihe cyazo kikaba cyararangiye!

Nuko ziramanuka zimusanga IBABYLON,zizanywe no gusohoza umugambi mubi w’ubugizi bwa nabi,ziraza zigeze IBABYLON,ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za nkozi z’ikibi zikibi ziraje kandi niwowe zishaka kuko ijambo ry’Uhoraho rimaze kubagera ahaga!

Nuko ziraza zigeze aho nari nibereye nikorera umurimo w’Uwiteka Imana ya bakiranutsi,ziragota turarwana bikomeye cyane.Iyo ntambara ikaba yaramaze amasaha agera kuri [5] kuko yatangiye saa saba  1:00hrs z’igitondo mu Ijoro,irangira saa 5:00hrs.

Mbona ko intambara ikomeye cyane,mbonye zigiye kuncakira,mpabwa amababa yo kuguruka mpungira mu butayu burebure (JUNGLE) ndabacika.Ubwo bari bazanye ikizamini ngo tugikore babashe kumenya amazina ya bantu,ndagikora ariko maze kugikora,nibagirwa kugisinyaho,nibwo babwiye ababishinzwe (Invigilates) kunshaka kugirango bampereze ikizamini cyanjye maze ngisinyeho.

Ubwo mfata ibizamini bari bafite, nshakishamo ikizamini cyanjye,ndakibura.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ikizamini wagikoze,ariko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi yahise agikuramo.None ntiwirirwe ushakisha aho giherereye muri ibyo bizamini bijyanywe kubayobozi bakuru binkozi z’ibibi kuko abongabo batazagira amahirwe yo gukiza ubugingo bwbao.

Nuko nerekwa muri iyo ntambara Uwiteka ankizanya n’umuntu winshuti yanjye uri ku mu gabane w’UBURAYI,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka Nyiringabo agukizanyije n’umubyeyi uri kumugabane w’UBURAYI,kuko yakunze Uhoraho kandi akizera ijambo ry’Uhoraho.Uwo nguwo niwe ugiriwe Ubuntu n’Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango muzajye musenga Uhoraho maze abakoreshe ibikomeye cyane mu isi ya bazima!

Ndabwirwa ngo,uwo niwe muzajya mukorana umurimo wanjye mwiza,kandi nzajya ndinda ubugingo bwanyu inkozi z’ibibi kugirango zitazabuhungabanya,kugrango murusheho gukomeza bene data bandi hirya no hino ku isi.

Dore intambara y’inkozi z’ibibi iratangiye kuko babonye yuko bagiye gutsindwa nurubanza,bagacirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo,kuko bavuga yuko bazamurwanya bakamutsinda,ariko bakaba babangamiwe n’ijmabo ry’ubuhanuzi Uwiteka akunyuzamo ubwo rero kugirango babashe gutsinda,ni uko babanza ku kurwanya bakagutsinda nyamara ibyo bikaba bitazashoboka kuko bisa no gushinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ndabwirwa ngo,babajwe nuko nasohoye amabanga yabo uburyo bakora,narangiza nkabitangaza kuri gakondo y’Umuhanuzi.Bakaba babajwe nuko mfite abantu benshi cyane basura gakondo yanjye akaba ariho bamenyera amanga y’inkozi z’ibibi zkorerwa mu isi y’umwijima kuko abantu benshi cyane bamaze gufashwa no gusobanukirwa ibijyanye nimikorere y’inkozi z’ibibi zitwa”ILLUMINATI”.Zikaba zishinzwe kuyobya abari mu isi kugirango bazabashe kurimbuka bajyane na Sekibi ikuzimu kwa Nyamutezi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ababuriye.

Nkomeza kwerekwa ibya gakondo ya bakiranutsi,nerekwa intara ya “KARAGWE” iherereye ahitwa KAGERA,mbona hagaruzwa hasubizwa kuri gakondo yya bakiranutsi,mbona hari abanarwanda bahatuye bo mu bwoko bw’Abahutu,bakoze genocide ariko nta muntu wigeze abakura.

      Karagwe iragarutse!

Nabonaga abantu baturuka I Kigali bakajya yo kuhasura,mbona inkozi ziibibi zirwanya uwo mugambo w’Uwiteka,maze ijambo ry’Uhorao rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntabwo nzabasubiza igice cya gakondo yanyu,ahubwo nzabasubiza gakondo yose uko yanganaga kugirango mu menye yuko nd’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwra riti,inkozi z’ibibi z’abadayimoni zarahagose zihagira ahazo,maze zihagabira abo zishaka kugirango zambure ubwoko bwanjye gakondo yazo,uko ninako zarwanije ubwo bwanjye bw’Israel,kuko gakondo nari narabageneye ntabwo bayituyemo yose ahubwo kubera gukiranirwa kwabo byatumye bahamburwa basigarana igice cya gakondo yabo.Ariko noneho nibutse isezerano nasezeranije Abraham yuko nzagiirira neza urubyaro rumukomokaho.

Nuko rero bwira ubwoko bwose yuko ngiye gusohoza isezerano,kandi ko,nzabasubiza gakondo yose uko yanganaga ntabwo nzaba igice cya gakondo ya bakiranutsi kuko nitwa Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ndavugabikaba nategeka bigakomera niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Nerekwa amatongo yacu twasize twongera kuyasibirana kugirango tumenye yuko Uwiteka ari we Mana niko Uwiteka avuze!

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kungarukaho inshuro ya mbere,niyakabiri,niyagatatu,niyakane,niyagatanu. Maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,hariya hose wabonye na kiriya kibaya wabonye hose hari ahagakondo ya bakiranutsi nageneye ubwoko bwanjye.Ariko Umwanzi yaraje arahabambura,ariko nk’uko nirahiye,nzongera gusubiza ubwoko bwnajye nk’uko narahiriye gakondo ya bakiranutsi kuko nta kijya kinanira uko niko Uhoraho avuga.

Nsanga hari ho ubwoko bwacu bwahasigaye,bucye cyane,mbona hageze amashanyarazi,nsanga n’ijambo r’Uhoraho ryarahageze!Numva ndanezerewe cyane,ariko amaira nutuyira byari byarasibamye,kandi abantu ntabwo bari batuye kumirongo nk’uko twari dutuye,ahubwo bapfuye kubaka binyuranye n’uko hari hubatse cyangwa ni uko gahunda yari iteye!

Nsanga abantu  barimo imvange harimo abarabu,hamwe nubwoko bwacu.Nzenguruka nitegereza uko gakondo ingana kandi abantu bari bahatuye bari bagifite umuco wa gipfura wo kwakira abashyitsi kuko bihesha umugisha ndanezerwa cyane maze mbasabir akuri data kugirango abaheshe umugisha kuko bamugiriyeho umugisha bagakomoka ku bwoko bwahiriwe bw’Uwiteka Imana Nyiringabo!

Ariko mbona kuri gakondo yacu aho twari dutuye,abadayimoni barahigarurirye ndetse munsi ya gakondo barahaciyemo uruzi bigaragara yuko rwazavamo umugezi cyangwa inyanja.

Nuko nezezwa ni uko ibyo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yavuze,bitazabura gusohora kubizera.Nerekwa ko,inyanja ihereye muburasirazuba bw’amajyaruguru nayo tuzayigabana cyangwa tukayihabwa kugirango tuzajye tubona aho dukura amafi,ariko nibiba ngombwa tukazayigabanamo hagati dukurikije ingabano za gakondo ya bakiranutsi mbere yuko umwanzi wacu ABABILIGI bayigabanyamo ibice bice bakayomeka ku bindi bihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ibyago bikomeye bihagurukiye gakondo ya bakiranutsi

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibyago bikomeye cyane bigiye gusura gakondo ya bakiranutsi,mbona inyanja iherereye mu mujyaruguru ya gakondo,mbona imanutse muri bwabutayu bugufiya,buri munsi yiyo Nyanja.Mbona iyo Nyanja isutse amazi ahari ubutayu hose haba ubutayu burebure ndete n’ubutayu bugufiya.

Mbona amazi azengurutse gakondo ya bakiranutsi,aza asatira cya gikombe kiri munsi ya gakondo ya bakiranutsi,kandi azenguruka impande zombi,ikibaya cy’ubutayu bugufiya (Wildness) ndete na cya kibaya cy’ubutayu burebure (JUNGLE)ku buryo abadayimoni bose barwanyaga abanyagakondorero bose byahise bibarangirana barimbukira muri uwo mwuzure wa mazi menshi waturutse muri Nyanja yo mu burasira zuba bw’Africa.

Ubwoba bw’Ababiligi batewe nijambo ry’ubuhanuzi:

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ikibi zo mu bwoko bw’ABABILIGI zifite ikibazo gikomeye cyane kubera ijambo ry’ubuhanuzi rivuguruza imbaga zabo bashyiriyeho gakondo ya bakiranutsi.Ziriya nkozi z’ikibi zakurwanije ijoro ryose zo mu bwoko bwa “ILLUMINATI” zari ziturutse mu gihugu cy’Ububiligi kuko zirakuzi kandi zizi n’ijambo ry’ubuhanuzi utangaza buri munsi kuko umwanzi wabakiranutsi ariho afite icyicaro gikuru kizayobora isi cyitwa “Micro Cheap”.Kizayobora isi yose mu munota umwe bakamenya uko isi yose ihagaze uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,abakurwanije muri iri joro,nibabandi bakurwanihe ubwo wari kumusozi wa “Prayer Mountain”muri Uganda baje ku kurwanya ubwo wari kumusozi kuko bari babonye umwuka w’Inyenyeri y’ubuhanuzi(umucyo) maze baza kubutanguranwa kugirango bakwicire Uganda mbere yuko ushyira ubuhanuzi ahagaragara.

Ninabo rero bongeye kugaruka baturutse kumugabane w’UBURAYI mu gihugu cy’Ububiligi kuko batewe impungenge n’ijambo ry’ubuhanuzi rigiye kuvuguruza ibyemezo bafatiye ubwoko bw’Uhoraho bakaba bafite ubwoba bwo gukorwa nisoni zibyo bakoze bityo,bagakorwa nisoni imbere ya mahanga uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Niyompamvu Uhoraho ahagurukije ibyago bikomeye byo gukuraho umwakagara ku ngoma,kugirango ubwami bwe nabagaragu be,bose bakorwe nisoni imbere ya mahanga.Kandi nta ahantu bazahungira na hamwe kuko isi igiye kubabana ntoya,maze icyo gihe bazibuka ijambo ry’ubuhanuzi bwahanuwe n’umuhanuzi bw’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nerekwa ntsinda ikizamini cy’umwaka wa [6] wa mashuli yisumbuye,maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore utsinze ikizamini none ugiye kwiga Kaminuza kandi uzayishyurirwa ntabwo ari wowe uziyushyurira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ese mwana w’umuntu,waba usobanukiwe ibyo,ubwiwe bya Kaminuza?Ndasubiza nti,Oya!Ndabwirwa ngo,ikizamini cy’uwagatandatu gisobanura ubuhanuzi bworoheje bwamaze gusohora.

Kaminuza (University) bisobanura yuko ari ubuhanuzi bukomeye cyane bugiye gusohoza umurimo wabwo, kugirango ubwo buhanuzi bukore umurimo wabwo nta bwo bizakugora,nta nuruhare uzabigiramo ngo ubusohoze ahubwo ijambo ry’Uhoraho rizakora umurimo waryo.Nuko rero ugire umwete wo gutunganya ibidatunganye,kugirango ibyahanuwe bizasohoze umurimo wabyo.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,itegereze ibiri gukorerwa imbere yawe.Nditegereza mbona umufasha wa mwene data aboshye amaboko na maguru,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ngaho rero fata inkota yawe ucagagure iyo migozi imuboshye uhereye mugituza cy’amabere,amaboko,na maguru.Nuko rero ubakorere deliverance kugirango babohoke burundu niko Uwiteka ategetse!

Mfata inkota yanjye nk’uko nabibwiwe,ncagagura iyo migozi,yose uko yari imufunze,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,ugize neza kuko ubohoye uugingo bwabo bwari buboshye kugirango batakira umugisha,ariko noneho dore bagiye kuwakira kugirango bamenye yuko Uhoraho ari we Mana ikiranuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nkomeza kwerekwa ibigiye kubera muri gakondo ya bakiranutsi,nerekwa imodoka zose zikoresha imihanda yo mu murwa mu   kuru wa gakondo ya bakiranutsi.Mbona cyane cyane imihanda rwagati mu murwa mukuru w’IYERUSALEM,mbona yose irafunze.Nerekwa imodoka zose zihagarara kubera (JAM) ntizaba zikigenda,kuko zitashobora kubona aho zinyura(ubuyobozi) bugiye guhagarara bugacirwwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo.

Mbona umugabo umwe  mu bakomeye yari yahahamuye abaturage,uwo mugabo yarashinzwe guhiga abantu bose bamubangamiye mu bikorwa bye,byubugizi bwa nabi.Mbona arimo guhiga abo yakwivugana,maze umwe mu bahigwaga cyane harimo Umuhanuzi,wahanuye ijambo ry’Uwiteka,mbona ashiritse ubwoba aramwihisha maze araza amuhiga undi nawe ahita amuta muri yombi amujyana kubakuru ngo ajye kwisobanura icyamuteraga guhiga ubugingo bw’Umuhanuzi.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara aguhize igihe kirekire kandi nta cyo akubaza cyangwa akwishyuza,none hanura uvuge ijambo rimwe gusa,kugirango Uwiteka akore uko ubivuze,kuko yakugize Umuhanuzi wa Mahanga,kandi akumvira gusenga kwawe nk’uko nawe wumvira ijambo rye.Nuko maze guhabwa ubwo burenganzira,ndatangira ndahanura nti,uku niko Uhoraho agize yewe Mwakagara,dore wabujije amahwemo ubwoko bw’Uwiteka Imana ikiranuka!

None igihe cyawe kirarangiye,kandi Uhoraho ntakongerere igihe,kugirango udakomeza gukabya gukiranirwa!None uyu munsi Uhoraho mugiriyeho umugisha anyemerera kuvuga uko mbyifuza.Ndifuza yuko Uhoraho agukura ku ngoma vuba cyane bishoboka,kugirango umenye yuko Uwiteka aca imanza zitabera,dore wateye ubwoba ubwoko bw’Uwiteka,ubuhozaho ingenza,none wishe Umwami w’ubwoko bw’Uwiteka,nuko rero,ibyo wakoreye Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,Uhoraho azagukubirre inshuro 70*700 kugirango isi yose imenye yuko Uhoraho ari we Mana,kandi ajya agira kwihangana gukomeye cyane,kandi agaca imanza zitabera uku niko Umuhanuzi Majeshi Leon asabye Uhoraho.

Urubyaro rwawe,ntiruzaragarike nabusa!Abakomoka kurukiryi rwawe,ntibazabe muri iyisi,kandi ntibazarokoke inkota y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kugirango abami nibikomangoma,bazamenye yuko Uwiteka agira neza kandi aca imanza zitabera.

Kuko ajya ahorera abatagira kivurira,agahana inkozi z’ibibi kugirango zimenye yuko mu Ijuru har’Imana ikiranuka iri niryo sengesho Umuhanuzi asabiye Umwakagara nabamukomokaho bose,ndetse Uwiteka we,ntuzibagirwe nabakorana nawe bose,nabateje intambara bose mu mitima y’ubwoko bwawe mu gihe cya mahoro ubwo warumaze guha gakondo ubwoko bwawe kugirango bujye kugutambira bitambo byo gukirauka niko Ugaragu wawe abisabye!

Ijambo ry’Uhoraho rirmbwira riti,mwana w’umuntu,burira abacuruzi bakorera muri gakondo,cyane abacuruza za telephone ngendanwa,bafunge amaduka yabo,kandi ntihagire utwara ibyo yacuruzaga,kugirango bakize ubugingo bwabo,dore ibyago biraje kandi bije byihuta,kuko Uwiteka agiye guhorera Umwami w’uRwanda na maraso ya bakiranutsi yamenwe n’Umwakagara atariho urubanza!

Ubwire abo bacuruzi ko,Uhoraho nibamwizera atazabura kubagirira neza,kuko nibagerageza kwambukana ibicuruzwa barahita batabwa muri yombi n’inkozi z’ibibi zirahita zimenya yuko bacitse igihugu.Ubabwire bagende nkabagiye gusura abavandimwe,kandi abanyabwenge bave mu murwa mukuru wa gakondo ya bakiranutsi,kuko bagiye kugotwa nk’uko ISAMARIYA hagoswe bagakizwa nibibembe byari bije gushakisha amafunguro none n’IYERUSALEM,niko hagiye kumera hagiye kugotwa kandi abahatuye bazicwa na murenguzi mbere yuko bicwa n’jumuriro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ababuriye.

Mwana w’umuntu,tangariza ubwoko bw’Uwiteka bubundiye mu mahanga,bugiye kumanuka bwerekeza muri gakondo mur’izi mpera z’umwaka,ubabwire uti,uku niko Uhoraho avuga,uti dore inyanja yuzuye umuraba,kandi umuyaga uturutse IKUSI nawo wamaze kwambarira urugamba.

None dore inyanja iraremerewe cyane,kuko yikoreye uburemere idashoboye,ikaba igiye gusuka amazi ku nkombe z’inyanja ayo mazi akaba agiye kumanuka mu bice [2] igice cya mbere nimubutayu bugufiya,igice cya kabiri nimubutayu burebure kandi izo nzira zombi,nta bwo hazaboneka inzira zo kunyuramo ngo ubwoko bw’Uhoraho bubashe gukiza ubugingo bwabo.

None baburire ntihagire umanuka ngo ajye kwizihiza imboneko z’ukwezi cyangwa imboneko za masabato,cyangwa kwizihiza iminsi mikuru ijyanye nimihango yo muri gakondo,kuko nibaramuka bamanutse,bizabagora kuzabona inzira ibasubizayo,kuko inkuge yamaz kuzura,kandi Uwiteka akaba agiye gufunga ubudafungurwa ubwo bisobanura yuko bazahitanwa n’umwuzure niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ababuriye,kandi niko avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho,maze rirambwra riti,mwana w’umntu,dore Uhoraho akuyeho inzitwazo z’abadayimoni kugirango umenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyringabo,ari we Mana niko Uhoraho avuga.Dore umwuka wurukoza soni urimo guhiga ubugingo bwawe ariko uhise usubizwa inyuma kubwo gutinya igitsure cy’Uhoraho uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa,mbona imigozi myinshi arimboshye yabadayimoni ibohoka nkabona ukuboko gucagagura iyo migozi,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore imigozi yabadayimoni yari yaraboshye umugisha wawe n’Uwumulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe yose Uwiteka arayicagaguye kugirango mu menye yuko Uwiteka agira neza.

Kandi ibyari byarananiranye byose Uhoraho abishyizeho Iherezo kugirango ubone uko ukorera Uwiteka Imana yawe niko Uwiteka avuga.

OCT 21, 2016 njyanwa mu iyerekwa,mbona yuko ubutayu bundi mbere,nerekwa mbona inkozi z’ibibi zohereza umwuka wa Accident(Impanuka) kugirango barimbure ubugingo bwanjye ngo kuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ribageze ahaga!Nkomeza kwerekwa uburyo inkozi z’ibibi zitegeye hanze,ngo zitegereje yuko zambona zinkangirira nabi ariko umwuka w’Uwiteka Imana ikiranuka,arambwira ati,ntuzamuke,ahubwo umanuke abe ariho ujya gukorera umurimo w’Uhoraho mu murwa mukuru w’IBABYLON uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa BEN RUTABANA yinjira mu Nyanja iremwe vuba mu gihugu cyo mu butayu bugufiya,nerekwa aturuka munsi y’umusozi wubatswe ho amashuri yo kwigisha abatutsi,mbona yinjiye mu mazi atangira koga yerekeza muri gakondo ya bakiranutsi,maze ijmabo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umunyarwanda witwa BEN Rutabana agiye kwinjira mu butayu bugufiya kandi agiye kubwinjizwamo na wa mugome witwa Satani(Umwakagara) uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari umuntu ugiye kuguha indabyo zirimo agati kaziteyemo kandi kamezemo karimo gukura gahagazemo,none wishimire Uwiteka Imana yawe kuko azahuye ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nkomeza kwerekwa imigambi y’umwanzi arimo gutegurira abakiranutsi kugirango abinjije mu gihugu cy’ubutayu bugufiya,ariko ndabwirwa ngo,ntazashobora gusohoza imigambi ye,kubwoko bw’Uwiteka Imana ikiranuka uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hanze imvura yaguye(Ibigeragezo) bigutegereje,none ube uretse gusohoka murutare,ahubwo banza wandike ayo mayerekwa yose kugirango uyatangarize ubwoko bw’Uwiteka Imana ya bakiranutsi niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nerekwa ibintu bikomeye kandi biteye ubwoba,mbona abantu bishe abantu bahinduka abasazi,mbona imodoka yabo yo mu bwoko bw’IKAMYO,bayiparitse barimo guhiga Umuhanuzi,ariko mbona abarimo kuhiga,bari bameze nkabasaze bateye umutwe.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,abo bcanyi barimo guhiga ubugingo bwawe,none urabe maso kuko barimo ku kugenza kugirango barimbure ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari bene so barimo gusenga basaba yuko Uwiteka yabagirira neza kuko bageramiwe cyane,nuko rero wibuke kubasengera kuko batamerewe neza kugirango Uhoraho abacire inzira kuko umwanzi yamaze kubarusha imbaraga.Kandi abo bantu barimo umugabo umwe na badamu [5] dore bicaye mu butayu aho barimo gusaba Uwiteka kugirango abatabare.None rero basengere kugirango Uhoraho abibuke.

Uwiteka Mana ndakwinginze,nkweretse bene data bari mu gihugu cyo mu butayu aho umwanzi yabajyanye kugeragezwa,ndakwinginze ngo ubibuke kandi ubatabare ubagirire neza,kuko ari wowe ubitegetse ngo basnegerwe kandi ubwo tuzumva amakuru yabo nubwo ntabazi ndabizi neza yuko nta kikunanira utazabura kubimenyesha kugirango dushime izina ryawe.None kora ibitangaza babone kugira neza kwawe maze bahsime izina ryawe ryiza ryera kandi rikiranuka uko niko Umuhanuzi Majeshi Leon asengeye abageramiwe bari mu gahugu ko butayu bugufiya.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ikizamini cyari kigutegereje abandi bamaze kugikora,nuko rero nta mpamvu yo gukora ikizamini kuko umwanya wacyo wamaze kurangira,nuko menya yuko Uwiteka amaze kuburizamo imigambi y’umwanzi wari wagambiriye kugirira nabi ubugingo bwanjye uko niko Uwiteka Nyirirngabo akora,kandi nuko avuga.

OCT 22, 2016 nerekwa umukobwa usa naho yavutse kumpu zombi,ziriho isura ye,cyangwa uko yasaga yajyaga gusa n’abatutsi,ariko mu mutima akaba yarasaga n’umuhutu,uwo akaba ari we waruhagarariye itorero ryo muri gakondo ya bakiranutsi.Nerekwa undi mugabo na none ujya gusa n’abahutu mu maso,ariko mu mutima agasa n’abatutsi,nawe akaba yarahagarariye itorero ryo muri gakondo ya bakiranutsi.

Bombi numva babwirwa ngo,bakwiye gusanga Umuhanuzi bagakorana nawe,kandi bagatunganywa nawe,kugirango bemererwe kwinjira mu masezerano y’Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi kuko idahagarariwe n’Umuhutu cyangwa Umututsi mu mutima,ahubwo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo akaba ahagarariwe n’Umuhanuzi ufite kamere y’ubumana muri we,kuko muri we,atar’Umuhutu,cyangwa ngo abe Umututsi!

Nuko mbona wa mukobwa cyangwa umugore,mbona azanye C.V ye,ayishira wa mugabo kugirango amufashe kuyigeza ku Muhanuzi kugirango yemererwe guhabwa cyangwa kubarirwa mu bakozi b’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana a bakiranutsi.Uwo mugabo yari yamaze gutunganywa n’Umuhanuzi,akaba ari we,wakiraga za dossier kubashakaga kwinjira mu itorero rya Kristo ryali rihagarariwe n’Umuhanuzi muri gakondo ya bakiranutsi.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bariya ubonye nabahagarariye itorero ry’Uhoraho Uwiteka Imana muri gakondo ya bakiranutsi,aho Uwiteka yagusezeranije kuzahabwa gakondo nshya,hamwe n’umugabane wawe kugirango uzamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana kandi ko,ari we waguhamagaye mu izina akagushinga itorero rya Kristo kugirango umutunganirize umugeni we azabone uwo bazaba muri mu bukwe bw’umwana w’intama uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nuko nkomeza kwitegereza cyane abo bantu uko ari [2];mbona ko mpawe amazi yakomokaga mukibambasi cyangwa igikuta cy’inzu,kandi abashakaga kunywa kuri ayo mazi,basabwaga ko,baza kuyanywa babanje kunyura mu nzu Umuhanuzi yaratuyemo (Igihugu) nuko mbona za nkozi z’ibibi zari zaratwaye umugisha w’Umuhanuzi,mbona baje nabo gusaba kunywa kuri ya mazi,ariko batari barihannye ngo bakire Umwami Yesu nk’Umwami n’Umukiza,ntabwo babashije kuyanywaho kuko bashatse kwitwaza yuko ngo baziranye n’Umuhanuzi ariko bahageze ngo bahabwa kuri ya mazi y’ubugingo,ako kanya ya mazi yaturukaga mugikuta cyangwa ikibambasi ahita arakama uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hazaza abantu bakurwanije kuva cyera ukiri mutoya,ubwo bazaba bamaze kubona Umwezi n’Izuba,n’Inyenyeri bikumurikira bazaza kureba ineza y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yagaragaye kumugaragu w’Uwiteka Imana Nyiringabo.

Bazaba bazanywe no gushungera kuko ibyo bari barakoze ngo baguhumanye ntuzagere kuri uwo mugisha w’Uwiteka ko,byananiranye maze bakorwe nisoni ahubwo urubyaro rwabo ruzaza kugirango rugukorere kugirango bititrwe izina rishya uzaba uhawe na data wa twese wo mu Ijuru Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo Imana yawe avuga.

Nuko rero mwana w’umuntu,uramenye ntuzahe ibyo kurya by’abana,ngo ubihe imbwa,ariko nibemera guhinduka abana b’Uwiteka Nyiringabo,uzabahe ibifungurwa kugirango bamenye yuko Uwiteka Nyiringabo agira neza,maze ubasongongeze ku mazi y’Ubugingo bw’abajya Izion mururembo rubageza ku Mana Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zigiye kwiba umugisha,none haguruka uhagarare ugende wirukane izo nkozi z’ibibi zihaye gutwara umugisha wabakiranutsi.Maze uwugaruze kugirango abakiranutsi batamburwa umugisha bagenewe n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

OCT 22, 2016 ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambaza riti,mwana w’umuntu,niki ubonye muri uriya murima rw’umuturanyi? Ndasubiza nti,mbonye harimo ibigori byeze kandi byumye byasaruwe birekerwa  mu murima.Kandi mbonyemo icyintu cyari kimanitse hejuru murutoki kimeze nk’inkoni,kandi umugore nyir’urwo rutoki,akaba aei we wamanitse iriya nkoni.Hanyuma mbonamo n’umugore waruhagatiye umwana maze amushyira hasi sinzi ibyo yaragiye gukora cyangwa gutoragura kuruhande gato.

Ubwo ya nkozi y’ikibi nyiri rwa rutoki,ansaba guha uwo mugore wari ufite umwana mutoya w’uruhinja,ikigori kimwe muri bya bigori byeze bikarekerwa muri rwa rutoki rwa ya nkozi y’ikibi.Nuko ndagenda mfata muri bya bigori ikigori kimwe gikomeye cyane ndongera ngisubizayo,mfata ikindi cyoroshye kurusha icyambere.Ndakizana ngiye ku kimuha nsanga yashyize umwana hasi ajya kwifatira ibindi bintu,kandi wa mwana musanga iruhande rw’icyobo agiye kwinjiramo kuko yagendeshaga inda ayikurura.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi y’ikibi y’umugore,yamaze gutegura ibigeragezo byihuse (IBIGORI) kugirango abyoherereze bene data muri Kristo Umwami Yesu.Dore barashaka guhitana umwana ugiye kuvuka.Nuko rero burira bene so bamenye imigambi y’inkozi z’ikibi zirimo kugambirira kuko uwo mwana ar’umwana wa masezerano kuva wamusengera kugirango abashe gutwita inda,yahuye ni ntambara zidasanzwe kuko inkozi z’ibibi zishaka guhitana umwana w’isezerano uko niko Uwiteka Nyiringabo.

Ariko noneho inkozi z’ikibi zikozwe ni soni kuko washyize ikigori,hasi ugakiza umwana w’isezerano warugiye guhitanwa nizo nkozi z’ibibi ariko agatabarwa n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo akoresheje umugaragu we(Umuanuzi) uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

OCT 23,2016 nerekwa umuryango w’Umwami w’uRwanda watanze,(Royal Family) bishyira hamwe kugirango barwanye imigambi y’Umwakagara wifuzaga yuko bajyana umugongo w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa watanze ari mu buhungiro.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara aciriweho iteka,kandi ubutayu rubanda rw’Umwami banyuragamo burarangiye burundu!

Nsubizwa mu iyerekwa mbona za nzira zose z’ubutayu zose zifungwa,haba mu irembo rituruka mu burasira zuba bw’ubutayu,cyangwa se irembo rituruka IKUSI n’IKASIKAZI,ndetse niriherereye mu burengera zuba bw’inyanja yo mu majya ruguru y’uburengera zuba.Mbona izo nzra zose zanyuzwagamo ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo zose zifungwa kuko igihe cyo gutotezwa n’Umwakagara kirangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nkomeza kwerekwa mpabwa ijambo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ryitwa: Rhema word,research I’ve been made,found that means,SERRIED” (OF ROWS OF PEOPLE OR THINGS) STANDING CLOSE TOGETHER.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore itanga ry’Umwami Ndahindurwa,ritumye abanyarwanda bishyira hamwe,babona yuko bafite ikibazo gikomeye cyane none bagiye gushyira hamwe kugirango bashakire hamwe umuti wibibazo kugirango babibonere ibisubizo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwara riti,mwana w’umuntu,wibutse abantu aho Uwiteka yavuze mu ijambo ry’Ubuhanuzi,yuko intabwa z’ibwami zacitse ku icumu,zijya guhishwa iruhande rw,inyanja iherereye mu majya ruguru,aho barimo kwigishwa imihango nimigenzo ya cyami.

Maze mbona za nkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Amagigiri ziza guhiga izo ntabwa zikomoka mu nzu y’ibwami,kuko Umwami Ndahindurwa,yaramaze gufata urugendo yurira indege (Gutanga) ajya murugendo maze mbona abisikana n’Umuhanuzi mukuru wagombaga kuza kwigisha no gutanga amasomo izo ntabwa z’ibwami uburyo zigiye kuba mu bwami zubaha Uwiteka Nyiringabo kuko afite icyo yazivuzeho uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Icyo gihe nerekwa izo nkozi z’ibibi zihiga hasi no hejuru,aho izo ntabwa z’ibwami ziherereye ariko barazibura,ariko baragedanga baba bari hafi kuzigeraho,bakongera bagasubira inyuma.Bafata icyemezo cyo guhiga Umuhanuzi ngo kuko byashoboka ko,yaba azi aho izo ntabwa ziherereye ariko barazibura uko niko Uwiteka yavuze!Ubu buhanuzi buri mu bice by’umwaka ushize (2015) mwabushakira muri archieve niho mushobora ku bubona hagati y’igice cya (10-15) cy’ubuhanuzi mushobora kuba ariho mwabubona.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,nerekwa umukuru w’igihugu cy’IBABYLON Uhuru Kenyatta MUIGAI,yinjira mu butayu bugufiya,kandi yinjiramo hagati neza cyane,maze arambwira ngo,afite impungenge yuko aziba amatora y’umwaka utaha 2017,ngo bishooboka yuko abatavuga rumwe na leta bashobora kutazemera ko batsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu!Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwaka utaha 2017 Uhuru natemera ko yatsinzwe amatora,bazahita binjira mu ntambara ikomeye kandi ntabwo azayinesha uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ndabwirwa ngo,muri gakondo ya bakiranutsi,ho nta matora azahaboneka,kuko naho hamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Nerekwa ko bagiye kwinjira mu butayu,ariko sinabona Umwakagara ariko abandi narabababonye Umwamakagara sinzi aho yari yagiye,kuko atari akigaragara ku isi ya bazina.Mbona amatungo ninyamaswa zo mu ishyamba nazo ubwazo zinjira mu butayu bugufiya kubera Umwakagara.Ndetse nabadayimoni ubwabo nabo bahise binjizwa mu butayu bugufiya kubera Umwakagara.

Nerekwa ubwami bw’uRwanda bukorera gahunda zabo mu bushorishori bw’ikirere hafi n’Inyenyeri,maze mbona Umwakagara akora ibishoboka byose ngo amenye gahunda z’ibwami,ariko bimubera agate yamanitse yicaye kukamanura bimusaba yuko ahaguruka!Nerekwa abagiye gufata mu mugongo ubwami bw’uRwanda,mbona nabo binjira mu butayu ku nkengero zabwo.

Uko bagendaga basimburana ninako bagendaga basanga ikiriyo kirimo gukorerwa ku nkengero z’ubutayu ariko abahageraga ntabwo bahatindaga kuko ubutayu bwabaga bumeze nabi kubera za inkozi z’bibi zari zimaze kuhasesekara zishaka abo zakurikiza Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara yakoze ibishoboka byose,none gahunda ze zose zihindutse icyuka kigendera mu butayu uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirmbwira riti,mwana w’umuntu,manuka wegere ubutayu bugufiya,maze ngire icyo nkwiyerekera.Ndamanuka ngera ku nkengero z’ubutayu bugufiya,ndabwirwa ngo nitegereze neza kuruhande rw’ubutayu ku nkengero zabwo.Nditegereza mbona NYAMPINGA,yicaye yigunze,arimo gutekereza uburyo yanze kumvira ijambo ry’Uhoraho,kandi ariryo ririmo umugisha w’ubugingo.Mbona arimo kwiyumvira cyane yifashe kwitama,maze numva aravuze ngo,nanze ubushake bw’Uhoraho,none reka nemere nikomereze nuriya utari muri gahunda y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Mbona avuye aho yari yicaye ku nkengero z’ubutayu,mbona amanutse ho gato hepfo y’umuhanda unyura ku nkengero haruguru y’ubutayu gatoya,mbona yigiye hepfo yinjiye mu butayu igice cyabwo giherereye iruhande rw’ubutayu bukomeye cyane bujya bushyirwamo abanyapolitike,nabandi bakoze ibyaha bikomeye!

Maze ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore NYAMPINGA,ajyanywe mu butayu bugufiya kuko yanze ubushake bw’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi kugirango yigishwe kubaha Uhoraho,kuko avuga yuko yubaha Imana kandi atemera ubushake bwayo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Nuko rero mubwire uti,wanze ubushake bw’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo,none wemeye ubushake bwa Satani na badayimoni.

Nuko rero ntuzigere ujya imbere y’Uhoraho ngo ujyane yo amaganya yawe kuko nta nakimwe atakubwiye kandi nta nakimwe utabwiwe ariko wahisemo byose kubyirengagiza niyo mpamavu ujyanywe mu butayu bugufiya kubera yuko wanze ubushake bwayo,nuko rero ubutayu buzakubera uburiri kandi buzakubera amafunguro kugirango umenye yuko ubwo butayu bwaturutse ku kutumvira Uhoraho,kugirango wigishwe kubaha Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Akaba ariyompamvu inkozi z’ibibi zabadayimoni zikaba zihawe uburenganzira bwo ku guhanira mu gihugu cyo mu butayu bugufiya aho ugiye kumara agahe wigishwa ibyo kubaha Uwiteka Imana yabakiranutsi niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kwerekwa undi NYAMPINGA uri kumugabane w’UBURAYI wemeye kumvira Uwiteka Imana nawe ari mu butayu bugufiya,kubera yuko yemeye ubushake bw’Uwiteka arimo avuga yuko ngo akeneye gushaka umugabo.

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,bwira uwo NYAMPINGA uti,kuko wemeye kubaha ijambo ry’Uhoraho,dore Uwiteka agiye kuguha umutware uzagutwara neza kandi uzakumara agahinda numubabaro kuko wemeye kumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.Mu bwire areke kwifata ku itama kuko umutware mwiza,numufasha mwiza bituruka k’Uwiteka naho amatungo nubutunzi bikaba bituruka kubabyeyi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ubwo ngikomeje guharara ku nkengero z’ubutayu bgufiya,mbona Mailaka w’Imana amanutse mu Ijuru,araza ansanga aho nihagarariye ndimo kwitegereza inkozi z’ibibi uko zinjizwa mu butayu bugufiya,maze mbona amfata ukuboko ku iburyo,n’ukwibumoso,maze ku nshuro ya kabiri,yongera kunca imanzi mu biganza,maze ndabwirwa ngo,nguwo uwo Uwiteka akunda uko amugenza,kuko amuca imanzi mu biganza mbere yuko yinjira mu masezerano.Uko niko uwo Malaika yabigenje ubwo nari mu butayu bw’igihugu cya Uganda maze mpabwa icyanditswe muri.

ISAIAH 49:16 “See,I have written your name on the palms of my hands.Always in my mind is a picture of Jerusalem’s walls in ruins.”

Nsubizwa mu iyerekwa,mbona ndi nkombe z’Inyanja mbona abandi bayijyanwamo imbere muri nyina,ariko jyeweho,ngarurwa ku nkombe zayo,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,ntutinye kandi ntugire ubwoba,kuko umucyo w’Uwiteka wakugaragayeho,kandi ukuboko k’Uhoraho,kukaba kuri hejuru y’ubugingo bwawe.Nuko rero ntugire ubwoba cyangwa umususu kuko Uhoraho yamaze gukinga imiryango na madirishya y’ubutayu bugufiya wamazemo ibihe [7];wigishwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo umwanzi wawe akaba atazongera ukundi kugusuza mu gihugu cy’ubutayu bugufiya niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,rikomeza kunzaho,maz rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi y’ikibi Marie Claire KIBUKAYIRE (MBUMBUZA) yinjijwe mu gihugu cy’ubutayu,kandi ubwo butayu akazabutindamo cyane,ku buryo ashobora kuzibagirana.Kandi ntabwo abantu bazabyitaho iby’ubutayu bwe,kuko abakabaye babyitaho bazaba bahugiye mu isezerano ry’Uwiteka Imana ikiranuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana rirambwira riti,mwana w’umuntu,fumga iyo telephone kuko irimo kuguha ikizamini gituma udashobora gukurikira amasomo,kandi wakabaye uyakurikira neza nta rusaku kugirango wumve icyo Uwiteka avuga.Byaba atari byo,ilajyanwa mu butayu ikajya kwigishwa uko bubaha ijambo ry’Uhoraho uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

OCT 24, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitabonwa na maso ya bana b’abana b’abantu,mbona Ambasade y’ISAMARIYA (BURUNDI) mbona ifunga isa naho yirukanywe murwagasabo.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore Umwakagara agiye guhitana Umwami w’ISAMARIYA,kandi ibihugu byombi nimara gufunga za AMBASADE intambara zirahita zitangira.

Nkomeza kwerekwa imyuka mibi yo mu bwoko bw’Inkoko,Imbata,Inkware,Inkanga,bari barakoresheje kugirango bahagarike umugisha wanjye.Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha uraje ariko uherekejwe n’inkozi z’ibibi zishaka uburyo bwo nca igihanga uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero ntukoreshe intoke zawe intonorano,ahubwo uzinyuze inzira y’umwuka  kugirango abanze azitunganye,ariko kandi ubigiremo ubwenge kuko za rwasili zashandikishije imihanda yose zibwira yuko ubwinshi bw’amazi biwuhindura umutobe!Ariko kandi ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gakondo ya bakiranutsi,yamaze gukorerwa neza,kandi igihe kirageze ngo,uwabibye asarure, kuko igihe cy’itumba gisohoye nyamara abanyantegenke na banebwe ubanza bazipfumbata amaboko igihe cy’Isarura kuko batagenje uko Uhoraho yavuze  niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa abafarisayo batega amahwa mu nzira nyabagendwa yamaze gutunganywa kugirango Umuhanuzi naramuka ahanyuze,amushinge mukirenge,ariko mbona haje abantu bahinga ubutaka bashyira hejuru ya mashwa yatezwe mu nzira nyabagendwa kugirango Umuhanuzi abashe kubona aho anyura arikumwe n’intabwa y’umutambyi yasigaye muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo rikomeza kunza maze rinyereka amagambo yanditse kurubaho mu Cyongereza,Secret Service,Detention under of military and security service,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara yamaze gutegura undi mugambi wo kuguta muri yombi,akoresheje za rwasili kuko umaze kumugera ahaga kubera ijambo ryanjye,ndetse na makuru ubagezaho bimaze kumushegesha ku buryo amaze kunanirwa kwihanganira ijambo ry’ubuhanuzi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi arakugenza,noneho kora amasengesho y’iminsi [6] kugirango Uhoraho ategeke urubanza rwizo nkozi z’ibibi kugirango zimenye yuko Uwiteka Nyiringabo ari we Mana.Nyuma yamasengesho uzabona umurimo w’Uhoraho azabakorera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona haba umunsi mukuru warurimo abanyacyubahiro benshi,ariko ibyo birori,”Celemonial”bikaba byabereyye mu ibanga ariko bibera ahantu heza hameze neza,bikaba byarateguwe na badamu harimo umudamu umwe ukomoka mu bakomeye,hakaba nundi w’umupfakazi nawe warukomeye cyane,ariko aza kuba uworoheje gahoro nyuma yuko umutware we,akuwe mu isi y’umubiri.

Nuko mbona hazanwa inkoni y’ubutware ndetse ni ndobo (backet) idasanzwe mbona twicajwe ahantu bateguye ariko munsi yahoo hari umwanda,tubona amasazi nimibu bitumuka.Barahadukura kuko bari babiteguye kubagahu bihuta,ariko mbona hanajemo na magigiri waruzanywe no kugigira uko gahunda zigiye kugenda uwo magigiri yasaga na Pastor Dodo Twahirwa wahitanye Gen.Gisa Rwigema Fred.

Nuko mpagarara mu nzira kugirango atabona uko yinjira,ariko ageze aho anyura kuruhande arinjira ajya kureba uwakoresheje ibirori,aramubura.Ariko ubanza yarabonye uwaruhagarariye ibirori maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abibwami yuko Umwakagara yamaze gushaka umuntu uzaza mu brori byo kwimika Umwami ugiye gusimbura Umwami Kigeli V Ndahindurwa watanze ku wa 15 ukwakira 2016 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

OCT 25, 2016 Ijambo ry’Uhoraho rimaze kunzaho rikansaba gukora amasengesho y’iminsi [6] maze kumunsi wa [7] nkaruhuka,mbona izuba riramanutse riza murutare aho nakoreraga amasengesho.Ayo masengesho akaba arayabanyantegenke yamasaha [12];ndabwirwa ngo,kuko ufite imirimo myinshi muri iki gihe,ukore amasengesho yabanyantegenke y’iminsi [6];maze ku wa [7];uzaruhuke.Nuko nerekwa igiti gisaturwamo imyase [6];maze ndabwirwa ngo,iyo myase [6];ingana n’iminsi [6];yamasengesho.

Naho izuba ryamanutse rikaza murutare (Kristo YESU) aho nari nihishe Inkozi z’ibibi,ngo n’umwe mubahamya Uwiteka yashyizeho bazaduhamiriza imirimo twakoze,kuko izuba ar’umuhamya wa kumanywa,naho ukwezi n’Inyenyeri bakaba abahamya ba ninjoro,bazatanga ubuhamya byibyakorewe mu isi ya basima.Kuko ibyo bihamya bifite ububasha bwo gufata amajwi no gufotora imirimo yose yibikorerwa mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira bene so mu Mwami wacu Yesu Kristo,uti dore ibitonyanga by’amaraso bikomeje gutonyanga nkono ya mashyiga,kuko kwihana mwarihannye ariko sineza nk’uko byari bikwiriye.Niyompamvu kubera umuvumo icyintu cyose bakozeho gihita nacyo gihumana uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunganiriza,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore imbere yawe Uhoraho ahashyize amasha-shi abiri [2];abo ba “NYAMPINGA” bombi bari mu butayu,umwe ari ku nkengero z’ubutayu,naho undi yakuwe ku nkengero z’ubutayu bugufiya yigizwa muri kimwe cya [3]; cy’ubutayu kubera kutumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Dore bombi bahawe ikizamini cyo kugeragezwa uwubaha ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kugirango uzagitsinda,ahabwe kuba isha-shi yo mu gikari cy’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Kugirango azakomokweho ubwoko bwereje ishyanga ryera rizakorera Uwiteka Nyiringabo amanywa nijoro,kandi imiryango yo mu gikari cy’ubwami bw’Uhoraho,ntabwo izakingwa amanywa nijoro.Kandi Ukwezi siko kuzabamurikira,ndetse Izuba n’Inyenyeri sibyo bizabamurikira,ahubwo umucyo w’Uhoraho niwo uzabamurikira ibihe byose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ibyo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,abikoreye kugirango ateze ishyari kubatumvira Uwiteka Imana Nyiringabo,kandi bavuga ko,bitirirwa izina ry’Uwiteka Imana Nyiringabo,kugirango mu gihe gikwiriye bazamenye yuko Umuhanuzi yarabarimo kandi ko,ijambo ry’Uhoraho ryali hagati muri bo, uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Abana bo kurimbuka bashirira mu Nyanja:

Njynwa mu iyerekwa mbona ingabo z’Umwakagara zikorana umurandura nzuzi,nyuma yuko Umwakagara bamuciye igihanga bitunguranye,mbona ingabo ze zitagatanze abanyagakondorero bose hatavuyemo numwe,bose babagotera inyuma yiyo Nyanja mbona babuze aho bahungira babaroha muri ya Nyanja iherereye mu burasirazuba bwa gakondo ya bakiranutsi.Ubwo uko babarohaga mu Nyanja,ntabwo bari bigeze bamenya yuko nabo bagoswe nabanzi bumwanzi w’Umwakagara,izo ngabo zica abantu banshi cyane,ngo zijye guhindukira,zibona zagoswe kandi zari zizi yuko zihagije!

Nerekwa abagore bo mu bwoko bw’Abatutsi kazi,baturutse ISAMARIYA bahunga bahungiye Yerusalem nabo ntibabagirira imbabazi bahita babajugunya muri yo Nyanja yaka umuriro byasaga nk’aho umunsi w’imperuka wabagereyeho maze nabo bahita babaroha muri iyo Nyanja ninabo babaye abanyuma kurohwa muri iyo Nyanja.

Ubwo za ngabo z’Umwakagara mu gihe zlimo kwishimira igikorwa bakoze,batungurwa no kubona nabo inyuma yabo batazi aho ingabo ziturutse zari zije gutabara abamaze kurohwa mu Nyanja ariko bari bakererewe kuko ingabo z’umwakagara zari zamaze kubinika mu mazi,umuhengeri wamaze kubasubiza iwabo muri BISINIYA(Ethiopia) nta cyo bari bakiramira ubwo izo ngabo nazo zibakorera ibyo bamaze gukorera abandi inyanja irushaho kwibonera igaburo ritubutse kandi ibyo byose byakorerwaga imbere ya batuye ku Nyanja (Isi) uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti.mwana w’umuntu.dore abantu baraburiwe banga kumva,babihindura ibikino nkabirya byo kwa NOAH bibwira yuko imvura itazagwa,none dore baciriweho iteka kandi bararimbutse kuko inutmva zirira kumuziro uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’urupfu,ruhagurukiye bene so,kuko umutware ahagurukiwe n’umugabo witwa rupfu,kandi igihe cye kitaragera.Nuko rero mubwire ashake mu maso h’Uwiteka,kuko inkozi z’ibibi zimigera amajanja kuko zishaka ko zamunyuza iyubusamo kubera ko Uwiteka abafiteho umugambi mwiza bakaba bamaze kuwubona akaba ariyompamvu bohereje umutware w’Ikuzimu witwa rupfu kugirango yikorere umurimo kuko umwuka wishyari ubahagurukiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nuko rero akwiye gushaka mu maso h’Uwiteka iminsi [3] kugirango yirukane uwo mushyitsi uzanywe no kurimbura ubugingo bwe,kandi umubwire ahagarike za contact agirana na bantu baziranye,kuko umwanzi w’umuntu,ari uwo murugo rwe,kandi akaba adaturuka kure uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze ndabwirwa ngo”mwana w’umuntu,dore Uwiteka aravuze ngo,ntutinye kandi ntugire ubwoba,kuko atazabura kwikorera imirimo ye,nk’uko yabivuze kandi ntutinye uwo mwuka w’Inzika y’Inzigo ya batutsi,kuko igihe cyawo cyarangiye kandi imbaraga ze,zikaba zaracirirweho iteka n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nererkwa inkozi z’ibibi zijyanwa mu butayu (Abarozi) bugufiya,ndabwirwa ngo mburire inkozi z’ibibi zose zakozze umwuga wo guhumanya ubwoko bw’Uwiteka ko,Uhoraho yamaze kubaciraho iteka kuko bakoze ibinyuranije n’itegeko ry’Umwuka w’Imana kuko basagariye abatagira shinge na rugero,kandi batariho urubanza bakaba baramennye amaraso yabo ndetse babatwara n’umugisha bituma bagira ubuzima bubi bunyuranye na gahunda Uwiteka yabategurie bituma batuka izina ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko avuga.

Amajoji ya Twagiramungu

Mbona ishirahamwe (Association Inkundamahoro amajoji) ya Twagiramungu akorera Nyabugogo,bahabwa utuzi twa Col.Munyuza,kugirango babanyuze iyubusamo,maze mbona abanyamuryango biyo association bose bahindutse abasazi,hitabazwa aba doctor baza kubapima,maze bahageze babaca igiciro gihenze kugirango babavure,ariko Umwakagara nawe aba yamaze kohereza abandi ba doctor nabo bari baje basa naho bikorera kugiti cyabo baraza baca igiciro cyo hasi kugirango babone uko bahitana Burundi ababaye abasazi kugirango hatazamenyekana imirimo mibi babakoreye babambura ubuzima bwabo biherewe na Nyagasani.

Maze babaganga ba mbere bari baje kandi bashoboraga gukora umurimo mwiza,bimwa ikiraka kuko bahise bavangirwa na bagaga b’Umwakagara baje bakavuga ko bashobora kuvura abo bantu (abanyamuryango) b’Inkundamahoro kugiciro cyo hejuru kuko bari bamaze kubona yuko bahumanijwe maze bituma bitabaza ibiciro byo hejuru kugirango bakorane na baganga bo hanze hakoreshejwe ikoranabuhanga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abacuruzi bo muri gakondo abatari abega,bose Umwakagara yamaze kubahumanya kubera ubwoba yuko bazashyigikira Gen.Nyamwasa Kayumba,bituma abashyiriramo twa tuzi twa Col.Munyuza,abagenera ubuzima bugufiya,abandi abateza kuzasara ubwo igihe cye cyo kuva ku ngoma kizaba cyegereje kugirango hatazaboneka abazamurwana bakoresheje imbaraga z’ubucuruzi agakurwa ku ngoma none abantu hafi ya bose yarabahumanije.

Nicyo kizatuma uwiteka Nyiringabo,nawe amukorera ibitunguranye,kuko yigize akagirwamana mu bantu bamutinye maze abone uko abategekesha igitugu kuzageza ubuziraherezo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka Imana yawe,aguhaye ibyicaro by’umurimo bihoraho,kandi dore ashyize imbere yawe ba “NYAMPINGA” babiri [2] kugirango uhitemo uwubashye ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yawe,kandi umuvumo w’ubucyene watewe ni nkozi z’ibibi,urarangiye burundu.

Nuko mbona yuko Uwiteka ateje ishyari kuri “NYAMPINGA”wari yaratoranijwe kuzakomokwaho urubaro ruzakorera mu gikari cy’ubwami bw’Uhoraho,ariko yanga kumvira ijambo ry’Uwiteka Imana yanjye,nibwo Uhoraho Nyiringabo yamuteje ishyari kutagombaga kuba “NYAMPINGA”wo mu gikari cy’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Nuko byose ndabyitegereza,na maso yanjye,nsobanukirwa yuko,Uhoraho ajya agira neza,kandi ko,ajya yumva umubabaro w’umuntu,wo mu mutima.Ibyo maze kubigenzuza ubwenge bw’umwuka w’Imana Uwiteka nyiringabo yampaye nk’impano iruta imibavu ihumura neza,menya yuko kubaha Uhoraho ar’ibyagaciro cyane,kandi bigirira umumaro abubaha Uwiteka,bakazaragwa ubugingi buhoraho iteka niteka ryose Amina.

Ubwo hageze saa inne nigice nkiri mu iyerekwa,numva mbaye nkuwapfuye,numva ntambaraga ngifite zo kuba nava kugisasiro uheree mu ijoro,nsubizwa mu iyerekwa,njyanwa muri gakondo ya bakiranutsi,numva abantu bavuga ngo,Intare yo mu muryango wa “YUDA”ngo yaramanutse aragenda ashinga igicumbi cy’ubwami bwe muri gakondo ya bakiranutsi.

Malaika w’Uwiteka!

Kandi ngo”aho yashinze ubwami bwe,mu murwa mukuru wa gakondo yabakiranutsi”YERUSALEM”ngo harinzwe nabasirikare benshi cyane.Aya magambo bayabwiraga abasirikare ba Kagame Defense Force KDF,maze nerekwa ingabo z’Umwakagara zifata abaturage babonye ubwo bwami bwavugwaga,bakeka yuko ar’Umwami w’uRwanda waje kwimikirwa murwagasabo hakoreshejwe imbaraga z’umwijima.

Nibwo bafashe ababibonye bose batangaga ubwo buhamya,bajya kubereka ubwo bwami aho bwimikiwe,ariko ntabwo bwari bukigarariza amaso ya bantu,ndetse nabaturage babubonye bwimikwa,ntabwo bongeye kubuca iryera.

Baragenda ntibabubona,maze abasirikare ba KDF,babifata nkibihuha ko bashakaga guteza imidurumbanyo ubwo bose barabafata barabafunga babashyira mu nzu z’imbohe,ariko mu byukuru ibyo bari babonye byari ukuri ni uko Uwiteka yahise abahuma amaso kugirango badakomeza kureba ubwo bwami bw’umwana w’intama Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo wamaze kwimika ubwami bwe muri gakondo kugirango ubwami bw’Umwami ugiye gusimbura Kigeli V Ndahindurwa,buzabone uko bwakirwa muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka nyiringabo avuga.

Ubwami bwa Kristo Yesu Umwami wabakiranutsi,bwaramanutse bwimikirwa muri gakondo ya bakiranutsi,mukarere ka “KICUKIRO”,aho niho buhishwe mu murwa mukuru w’”IYERUSALEM”maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwoko bw’Uwiteka uti,ubwami bw’Umwami wabakiranutsi bwamaze kwimikwa mbere yuko Umwami w’uRwanda ugiye gusimbura Ndahindurwa yimikwa.

Bivuze ngo,ubwami bw’uRwanda buzakorera munsi y’ubwami bw’Umwami wabakiranutsi kugirango butazatana inzira bukajya gukorera izindi mana z’ibigirwamana, kandi bwarahawe umugisha n’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’urupfu wohererejwe bene so,mu Mwami wacu Yesu Kristo,uturutse kumugore,kandi uwo mugore niwe ushaka kubakenya ubugingo niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mbona hamanutse imvura y’umuhindo,imanukira mu gihugu cy’Abaphilisitia (Uganda) mu murwa mukuru waho,mbona ubwo iyi mvura yamanukaga,ni Nyanja nayo ya Lake Victoria nayo ihise ivubura amazi y’umwuzure arengera Lake Victoria maze agera ku kumurwa mukuru waho witwa Kampala maze iyo mvura inyagira abatuye uwo murwa benshi cyane.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abatuye uwo murwa mukuru wa Kampala ko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,amanuye ibyago bikomeye kuri uwo murwa kubera gukiranirwa,kugirango bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we utegeka isi n’ijuru uko niko Uhoraho Nyiringabo avuga.

Ubwo niteguraga kujya gutangaza ijambo ry’Uhoraho,ndabawirwa ngo,ntuhaguruke ngo uve murutare,kuko umwanzi yamaze kugera aho utunganiriza ijambo ry’Uhoraho,nuko mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo na none,mbona abagore [2] umwe afite ibara rya “NYAMWERU”afite amasununu kunda agenda kambakamba hasi kandi ar’umuntu mukuru.

Ndabwirwa ngo nigitambo Umwakagara bamuzaniye kugirango agihereze imandwa ze,kugirango yemererwe kuba yacakira Umuhanuzi kuko aramutse amubonye cyangwa akabona umubiri (umugogo) w’Umwami Kigeli V Ndahndurwa,abo bombi nibo bamugirira umumaro kuko nibo imandwa zishaka cyane kugirango yemererwe gutegeka manda ya lll.

Ijambo rero rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntuve murutare kuko hanze hatameze neza,kuko umwanze wabakiranutsi yategateze utuyira,uduhanda,nibihandagaza yibwira yuko ahari byashoboka yuko yakugwa gitumo kuko gutanga k’Umwami Ndahindurwa kutagize icyo kumumarira uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nkomeza kwerekwa byinshi bitandukanye,mbona abatutsi baturutse Uganda bokereza ibigori(ibigeragezo) byihuse babyokereza abatutsi baturutse I BURUNDI,maze kubera umururmba abatutsi bavuye Burundi,babirya bitarashya neza.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abatutsi bavuye Uganda bambuwe ubutware bwari kubitugu byabo,ubutware bari bafite buhabwa abaturutse Burundi none bubereye umwijito w’ikinonko utazi ko imvura izongera kugwa.

 

OCT 26, 2016 njyanwa mu yerekwa,maze mbona ibitaboneshwa amaso y’umwana w’umuntu,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore umwanzi agiye gukora ibishoboka byose ngo arebe uko yaguca igihanga kuko umuhagarika umutima cyane.Kandi ugatuma gahunda ze zidatungana kandi aba yamaze kwitegurira gahunda neza warangiza uzsiribanga witwaje ijambo ry’ubuhanuz niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore yohereje ibigeragezo byihuse cyane(Ibigori byokeje) nuko rero umenye ubwenge cyane,kugirango umenye uko ugenza kugirango adasohoza imigambi ye,kubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona bashakisha kumenya uko nsa,bitewe ni uko nahinduye isura kubera guhigwa n’Umwakagara cyane,mbona abashinzwe guhiga ubugingo bwanjye ari bo bahawe bya bigori mu cyimbo cyanjye basigara baryana inzara bakozwe nisoni niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ubwo nkurwa muri ya nzu nari ndimo,njyanwa muyindi nzu,banshakiramo aho negeka umusaya kugirango bucye kabiri tujye kwima ingoma nyuma yuko umwakagara akuwe ku ngoma amaze gushegeshwa na gakondo y’Umuhanuzi INYANGENEWSS.COM uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umwuka w’ikinyoma ushyirwa hasi ahashashe ucirwaho itekanyamara uwo mwuka w’ikinyoma niwo wari waje wibwira yuko warushije ubwenge abana b’abantu.Ariko umaze kugera ahashashe inzobe,wisanga utagifite umwanya muli gahunda yo gukiranuka niko gucirwaho iteka niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa za Rwasiri zigeze mu butayu bugufiya,kandi hagati cyane zigezeyo,zishaka uko zakorera hamwe ariko zinanirwa gukorera hamwe ziratatana maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za Rwasire zitataniye mu butayu kuko zibuze icyazignzaga kandi niziramuka zisubiye ku Mwakagara zitajyanye ibisubizo,karaba kazibayeho,ndetse n’umuryango w’ibwami abawukomokamo karaba kababayeho.Byaba byiza bahisemo kwigumira aho abagiye kuko byose nikimwe urupfu ntaho rutaba aho kugirango basubireyo bashyirwa inkota ku josi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mbonye ndi mu nzira nyabagendwa ngeze mu nzira nsanga hari nzoka nyinshi zapfuye ariko hasigaye inzoka imwe yitwa ikirumira habiri,nyifata kumutwe umwe nyikubitisha undi mutwe nkubita iyindi yari yakubiswe umurizo hasigara umutwe warukiri muzima,nyikubitisha ngenzi yayo zose zirapfa!

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w;umuntu,dore umwanzi agutegeye mu nzira ariko Umwami wawe yaranesheje kandi yarabatsinze!

Kuko imbaraga z’ijambo ry’Uhoraho ari rizima kandi rifite imbaraga zo kunesha imbaraga z’umwanzi uko niko Uhoraho avuga.

Nerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo wategeye mu muhanda witwaje intonorano bategereje kunza gufata kuri izo ntonrano mpageze mbona izo ntonorano zizengurutswe na wa mwuka w’Inzika ukikijwe n’uwurukoza soni.Ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,dore inzira sinyabagendwa ntugire aho ujya kuko bitameze nabi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Kumunsi wa [3] w’amasengesho yategetswe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,abadayimoni barayarwanije cyane,bazana ibizazane kugirango inzira zerekeza mu butayu zafunzwe zongere zifungurwe!Ariko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu urabe maso cyane kuko usigaje iminsi [3] ng urangize amasengesho,kandi aya masengesho akaba yarategetswe n’ijambo ry’Uwiteka Imana yawe.

Nuko umenye neza yuko inkozi z’ibibi zayarwanije kuko aributume imigambi yabo yose iburiramo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyirirngabo abivuze!Dore barwanije umugisha Uhoraho yagusezeranije,ariko ukomeze isezerano kandi uri komereshe kwizera kugirango umugambi wo kugukoza isoni,babe aribo bakorwa nisoni niko Uwiteka abivuze!

Njyanwa mu iyerekwa mbona nkora ikizamini (Test) mbona amanota [6/10] ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwo utsinze Test,usigaje ikizamini nyirizina nacyo uzagitsinda bikoroheye cyane kuko wabaye maso bitumye imitego umwanzi yari yatezateze yose ukba uyisimbutse!Nuko rero ibyo Uwiteka yavuze no kubikora ntizabura kubikora niko Uhoraho Uwiteka avuga.

OCT 27, 2016 njyanwa mu iyerekwa,mbona ndimo kuva kuri ya Nyanja iri mu majyaruguru yuburasirazuba bw’Africa,mbona inkozi z’ibibi zingenda runono maze zikora ibishoboka byose ngo ziburizemo umugisha wanjye,ahubwo ibyo bibwiraga ko,bizampindukirira umuvumo,babihinduramo umugisha maze bakorwa nisoni kuko ibyo bibwiraga yuko ari urukoza soni,ari byo bahindutsemo iby’icyubahiro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa impunzi zo mukarere kibiyaga bigari,bazima ibyangombwa by’ubuhunzi zikora bishoboka byose ngo zirebe yuko zahungira kumugabane w’Asia,ahubwo aho guhubwa ubuhungiro n’igihugu cya Israel,bongera kubasubiza aho bari baturutse.Ndetse mbona hariho abashakaga guhita berekeza kumugabane w’UBURAYI,banyuze inzira yo muri Asia,ariko nabyo bibabera amanyo yaruguru ntibabakundira ko bahabonera ayo mahirwe.

Nerekwa mbona bashaka kunshyira mu nzu yabo y’umwijima,ariko aho kuyinshyiramo,ahubwo imbera inzira injyana mu nzira y’umucyo.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za nkozi z’ikibi zashakaga kugushyira mu nzu y’umwijima ng zibone uko zirimbura ubugingi bwawe,ahubwo ihindutsemo umucyo kuko uko ari ko Uwiteka ajya agirira abo akunda ibyari umuvumo kuri bo,bikabahindukirira umugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,nk’uko wabivuze mu ijwi ry’ubuhanuzi,ntabwo bizongera kandi ntabwi bizashoboka yuko impunzi z’AbanyeCongo,Rwanda,Burundi,zizongera kubona amahirwe yo kuba zakurwa mur’Africa ngo zijyanwe imahanga ya kure,ahubwo zizagumishwa aho ziri kuzageza igihe cyategetswe n’Uwiteka Imana yabbakiranutsi.Kuko ijambo ry’Uwiteka ridashobora kwivuguruza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mbona za Rwasiri zibabaye cyane,kuko imibare zize mu ishuli,izihindukiriye ubuswa,bakoze ibyangwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo,bibwira yuko byazabafasha,ariko ahubwo bibahindukirira umuvumo kurushaho kuba mubi w’uwo bari bafite.Nuko numva zivuga ngo,Umuhanuzi twati tuzi yuko tumurangije,none ahubwo,nibwo twamuhaye urwaho rwatumye amenyekana kurushaho mu gihe twibwiraga yuko tumufungiye mu nzu y’umwijima atazongera kubona ukundi isanira ry’umucyo ahubwo azibera mu mwijima gusa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Muzajya mutega imitego,Uwiteka aze ayitegure!!!

 OCT 27, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ndi muri gakondo ya bakiranutsi,mbona ko,umugisha umaze gutunganywa,kandi umulima wamaze guhingwa kugirango utunganywe.Mbona Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe,araje azanye umupila wa unyuzwamo amazi yo kuhurira imbuto zimaze guterwa.

Nabonaga afata umupila agahuhamo umwuka maze amazi agasohokamo.Nyamara ntabwo uwo mupira warufite aho uhiriye na mazi akorwa na bana b’abantu,ayo bajya bakoresha bacisha muri pipeline maze mbona asukuriye imbuto zamaze guterwa mu mulima ako kanya zihita zuramera kandi zihita zikura.

Ndazamuka njya murutoki rwali haruguru njya kurebamo ko rwaba rwazanye ibitoki byo gusarura byaba bimaze gukomera.Mbonamo ibimaze gukomera,ndetse bitangiye guhishira,cyangwa bitangiye gushya!

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe kirageze kandi kirasohoye kuko igihe cyo kwakira umugisha kirasohoye nk’uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yabivuze uko niko Uwiteka avuga.

OCT 28, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za nkozi z’ibibi zagiye imigambi yo gukora ibishoboka byose zikakubona zikaguta muri yombi.Zateguye ahantu hatatu zizajya zikwimura zijya kuguhisha kugira ngo ziyobye uburari kuzageza igihe zizakugirira nabi zakakurangizamo ubugingo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunsanga cyane,riransobanurira imigambi yabo yose,ariko bakiri murizo gahunda mbona abampigaga mbahaye ibiceri [30] by’amashillingi barabyakira,maze bakimara kubyakira,ijmabo ry’Uhoraho rirambwira riti,ubasigiye ubukene bwose bari baraguterereje uko niko Uhorao Uwiteka Nyiringabo avuga.Ndabwirwa ngo,kubiringira Uwiteka siko bizahora,kuko atazabura kurwanirira intore ze,uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijamb ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho,maze rirmabwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara yakomeje umurego kuko umaze kumwangiriza cyane imigambi yeyose kuko washyize ahagaragara iigambi ye yose yogushimuta umugongo w’Umwami watanze,aho yashakaga kumukoreraho imihango ye,kugirango arambe ku ngoma.

Iyo migambi imaze kujya ahagaragara,gahunda ze zose zahise ziburizwamo kandi yahise acika intege,ubu rero yarahiye,ngo ntazarya ntazaryama atabonye igihanga cyawe!Ariko umubwire uti,mwana w’umuntu,wabeshye umutima wawe uwumanika mubushorishori bw’INYENYERI maze wibwira yuko nta Mana iriho usa naho wiremye,ariko umva uko Uwiteka akubwira,yaravuze ngo,azakuzamura akugeze mu buhsorishori.

Narangiza akumanureho agukubite hasi nk’uko yakubise hasi umurwa w’IBABYLON kugirango umenye yuko mu Ijuru har’Imana Uwiteka Nyiringabo utajya anegurizwa izuru,kandi ko,ar’umunyembaraga zitangaje,akaba ari we waremye isi nijuru uko niko Uhoraho Uwiteka abivuga.Nuko rero rekeraho kubeshya uutima wawe kuko igihe cyawe kirageze kandi kirasohoye naho wakoresha imbaraga zingana zite,Uwiteka azajya aziburizaamo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirakomeza rirambwira riti mwana w’umuntu,dore bagiye kureba abantu bose baguhamagara kugirango abe aribo banyuraho kugirango bazabone uko bagucakira.Nuko rero ugire ubwenge maze ugenze kwa kundi wajyaga ubigenza,kugirango utagwa mu maboko ya banzi bawe,ari nabo banzi b’Uwiteka Imana yawe.

Ijambo ry’Uhoraho ringarukaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu gihugu cy’IBABYLON hagiye kubaho ubukene bukabije cyane,kandi muri icyo gihugu ntawuzafasha mugenzi,usibye ko,nubundi bari basanzwe badafashanya,ariko noneho hagiye kubaho ibikomeye cyane,ku buryo butigeze kubaho mu isi yabazi uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore bateguye ba COMANDO bagiye ku guhiga hasi no hejuru,ndetse babahaye nabasirikare bazajya babafasha kugirango baburizemo umuntu wese washaka kubyitambikamo.Ariko ntutinye kandintugire ubwoba kuko umulinzi wawe n’Uwiteka Imana yo mu Ijuru,kuko buri gihe atajya akoresha amaboko ya bana b’abantu,afite inzira nyinshi zirenga 1000 yakoresha zo kugukiza.

Ariko ibyo byose bakora birasa no gushinga umuhunda ku kirenge kuko bitazabahira,cyangwa ngo bibatunganire kuo barwanije ijambo ry’Uhoraho bibwira ko bazamunesha nk’uko izo nkozi z’ibibi zihora zibyibwira,none ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana ribageze ahaga ribasohoreraho kuko badashobora guhagarika ibyahanuwe ninako nibindi byose nabyo bizabagendekera niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore ibyo wahanuye byose ku gihugu cy’IBABYLON, bigiye gusohoza umurimo wabyo,inyamaswa zimaze gushira kubera amapfa yo mur’icyo gihugu aturuka ku byaha byabo,nuburiganya bwabo,kandi rero nibwo bigitangira,kuzageza ubwo ikiremwa cyose gituye mur’icyo gihugu kizareba hejuru kikamenya yuko Uwiteka Nyiringabo ari we Mana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa icyegera cy’umukuru w’igihugu cy’IBABYLON William RUTO, avugana uburyarya cyane ko ibyo umukuru w’igihugu yanyujije mu itanaza makuru ry’amashusho Uhuru Kenyatta byamubabaje cyane,ariko ukabona abivugana uburyarya no kgaragaza yuko byamuhagaritse umutima.

Numva aravuze ngo,agiye gufata iminsi [14] ya karuhuko kugirango abashe kwisubizamo imbaraga,naho yagiraga ngo ajye gutegura urugamba neza rwo guhangana na mugenzi we,ugiye kwinjira mu butayu bugufiya,akaba adateze kuzapfa abonye manda ya ll kuko inteko y’Ijuru yamaze kumuciraho iteka kubera uburiganya bwo gukiranirwa no kuba yaramennye amaraso atariho urubanza kandi akaba atarigeze agaragaza umutima wo kwihana kuko yiringiye Ifeza n’Izahabu.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za Rwasiri zirimo CTP.MUYENZI, wakoraga mu mbauye gaciro waje kwmurirwa mu kigo cya ISSAR, agiye koherezwa IBABYLON, hamwe nizindi za magigiri azanywe no guhiga ubugingo bwawe,kandi azaza yitwaje ijambo ry’Uwiteka,yigize umuvuga butumwa,kugirango atazamenekana ko aje mu kazi niko Uwiteka avuga.

Nerekwa hamanuka abadayimoni bagiye kuza gutwara abagabo babandi bubatse ingo,kandi bazatwara abagabo bafite abagore bakijijwe kugirango abafasha babo  bareke gukomeza gusenga Imana yo mu ijuru kugirango umwanzi Satani abone uko yigarurira imitima yabo niko Uwiteka Nyirirngabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze ndabwira ngo,mwana w’umuntu,dore CPT.MUYENZI witwaza gukorera Imana,ntabwo yakebwe icyo ambariyeho,burira abantu bose bakora umurimo w’ubushumba nabavugabutumwa,ko umuntu wese udasilamuye adakwiye gukorera Uwiteka kuko uwo yitwa KAFIRI,akaba adakwiye mu bwami bw’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’horaho rikomeza kunzaho cyane,nerekwa ndi mu ishuri ndikumwe na banyeshuri twigane muri KIST,mbona turangiza amasomo twigaga,ariko mbona ko dusigaje kwandika igitabo  (Memoire) mbona abanyeshuri twiganaga basa naho bananiwe kwandika (Project) maze mbona umwalimu arimo kubabaza niba btazandika igitabo,kandi bidashoboka ko,warangiza amasomo ngo unanirwe gukora (Project)

Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyeshuri mwiganaga bamaze kubona yuko hagiye kuba intambara muri gakondo ya bakiranutsi,kandi bakaba badafite ubuhungiro,banze guhunga hakiri kare,bikundira intonorano,none dore igihu cyirabura kibamanukiyeho uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Ijambo Gen.James Kabarebe yavuze yuko umuntu ushaka guhindura ubutegetsi,ngo arashaka gukora genocide,ryateye abanyarwanda ubwoba cyane,asa naho yemeye yuko hagiye kubaho intambara kandi ko,niramuka ibaye bakazica abantu.Iryo jambo rikazamugaruka kandi rizamujyana mu nzu y’imbohe ikindi kandi nibwa buhanuzi bwavuze ko,Gen.Kayumba Nyamwasa azarwana na Gen.James Kabarebe akazamunesha.

Ijambo ry”Uhoraho rikomeza kunganiriza,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyahanuwe bigeze mu irango ryo mu rurembo rwa gakondo ya bakiranutsi.None abasigaye muri gakondo bemeye kuba inkoma mashyi ningaruzwa muheto z’umwakagara bose bamaze kubona iherezo ryabo,none babuze aho berekera ngo bikize ibigiye kubabaho mu isi ya bazima.Nyamara baraburiwe ariko babifata minenengwe banga kumvira ijambo ry’Uhoraho,none igicu cy’umukara kirabagwiriye kandi ntaho bafite ho kucyihisha ngo bakize ubugingo bwabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

The words of the Lord come from heaven, and tell me, son of man, thus is the Lord’s word says. The word was written on board, “Rhema word called”, “AN OFFER”: According the research it means that, an offer present for acceptance, or rejection, or consideration. Express willingness to do something for someone. An expression of willingness to do or give something. An amount of money offered. A specially reduced price.

Uwiteka avuma inkozi z’Ibibi!

OCT 29, 2016    njyanwa mu iyerekwa mbona ibikomeye bigiye kubera mu isi ya bazima.nerekwa abagize umuryango w’ubwami baterana bahabwa amabwiriza ya nyuma yo gusezera ku mugongo w’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa watanze ku wa 15 ukwakira, 2016.Mbona habayeho kubabara gukomeye cyane,kubona basezera umugongo w’Umwami barikumwe nabagambanyi bo mu bwoko bw’Abatutsi b’Abega baharanira ingoma y’ikinyoma inyuranye n’ubwami bwemewe n’Ijuru n’Isi niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nyuma yo gusezera kumugongo w’Umwami w’uRwanda,mbona habayeho gukomera kudasanzwe k’ubwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro,mbona habayeho gukorera hamwe kudasanzwe,kandi habayeho ibanga rigizwe na bake,ritapfa kumenywa na buri wese cyeretse abari genewe.

Kandi nerekwa ko,ijambo ry’Uhoraho ryahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi Leon risohoye ryavugaga yuko Abega bazirukanwa mu nteko y’ubwami bw’uRwanda kuko badakwiriye kuba mu bwami bw’uRwanda bagambaniye ndetse bakagambanira babigambiriye kugirango bashinge ubwami bwabo bushingiye kwishyari ubwicanyi nikinyoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyirirngabo avuga.

Mbona igicu kimanutse giturutse mu Ijuru kije kubahiriza gusezererwa kw’abari mu igandara kugirango bimenyekane yuko Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahndurwa yatanze,kandi ko hagiye kwima undi Mwami ku ngoma ngo yicare ku ntebe y’ubwami bw’uRwanda.Mbona abantu bose baratinye cyane,kandi bemerako koko yar’Umwami w’uRwanda nyuma yo kubona ibimenyetso ku isi ya bazima bitari bisanzwe mu isezera ry’umungongo w’Umwami w’uRwanda.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ikibi zahitanye Umwami w’uRwanda zikomeje kwidegembya kandi nta cyo wazitwaye kandin byari bikwiriye yuko bacirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.

Nerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo ujya gukora gahunnda zawo mukibabambasi maze ibyo yakoraga biramwangira  ntiyaba akibashije gusohoza w’umwanzi ukomeje gushakishiriza hasi no hejuru guhitana no gusenya ubwami bw’uRwanda.

Ijambo ry’Uhoraho riramabwira riti,mwana w’umuntu,vuma inkozi z’ibibi zahitanye Umwami w’uRwanda kugirango isi zitazayibamo mu mahoro kuko zakoze ibyangwa na maso y’Uwiteka Imana Nyirirngabo.Uhoraho Mana anjye,ndabizi neza yuko uca imanza zitabera,ndakwinginze uyu munsi wibuke gukiranirwa kose kwakozwe ni nkozi zibibi z’Umwakagara ukomeje gutoteza ubwami bw’uRwanda.

Nuko rero abagize uruhare bagategura umugambi wo guhitana Umwami w’uRwanda,ubikoreze umuvumo wo kumena amaraso kugirango ababakomokaho ntibazigere baragarika imbuto zikomoka kurukiryi rwa bana babo.Izuba rizababe kure,umuco uzabahindukirire kubabera umwijima mu gihe abandi bazaba bari mu mururmuri rw’umugisha.

Bazabe kure y’ubwiza bwawe,bazahunge aho ubwoko bwawe buteraniye burimo ku kwambaza basaba ko bahabwa ubutabera.

Mu isi ya bazima ntibazigere babona ubutabera bwawe,umuryango w’Abega uzazerere mu isi ya bazima nk’uko CAIN yazerereye.Imbabazi zawe zizababe kure kuko bakunze gukiranrwa,bakimika gukiranirwa mu gihe cyo gukiranuka.Ubuntu bwawe ni mbabazi byawe bizababere nkamahwa ahanda mu gihe cy’imbeho nyinshi,no mu gihe cy’isarura bazifate bupfubyi,ibyo babibye bizeye gusarura,bizabe inshuti y’Inzige,kwaguka muri bo kuzababere ikizira k’Uwiteka.

Kuva cyera ntibigeze bagira umutima wo gukiranuka,cyangwa bifuze kugirirwa Ubuntu bwawe,niyompamvu umuvumo bakwiye kuzawisasira,bakawiyorosa.Babyuka ukababera ifunguro,ibitotsi bituruka k’Uhoraho,bizababere ikizira,bazahore bahagaritse umutima nkamahwa y’ibitovu,kugirango bazamenye neza yuko bacumuye itegeko ry’Uhoraho,bakamena amaraso atariho urubanza,ayo bahinduye umuco wo gukiranirwa,kandi babizi neza yuko atagurwa mu iguririro.

Nuko rero uzabagenze uko bagenje abandi,imyaka ibihumbi bazabe kure y’ineza yawe,nubwiza bwawe,kuko bagenje nabi,bibuza kugira neza mu gihe byari bikenewe.Iyo neza nubundi izakomeze kubabera umwijima mu gihe cy’umucyo,kandi nabameze nkabo bose bazababere inshuti zabo,kuko bavukiye mu mwijima bakurira mu buriganya,banga kwegera intebe y’imbabazi y’ubuntu,ahubwo bisangira umwanzi numurimbuzi ababera inshuti,bituma bakomeza umuco mubi wo gukiranirwa kuko bavukiye mu mbaraga z’umwijima.

Ntibigeze bifuza yuko umwijima wabo wabahindukirira umucyo,ahubwo bawugendeye kure cyane,biringira uburiganya,bubera umwandu ari nawo baraze imbuto zabakomotseho mu gihe cyose babayeho birinze kugira neza kandi ari nta mategeko abihana.

Uwiteka Imana yanjye,wibuke ubwoko bwawe bwakwizeye bukakwiringira,bwiringiye ijambo ryawe,nubwo umurimbuzi w’Abega yazanywe no kubihebesha,ariko wababereye ibyiringiro ubinyujije mu ijambo ryawe ryavuzwe nabagaragu bawe.Ubakomereze igitinyiro wabahaye,ubwiza bwawe bukomeze kubasatira,ubwami bwawe bwime muri bo,ineza ikomeze kubasatira,kandi ibasaguke kugirango bamenye yuko wowe ugira neza.Kandi ko abakwiringiye batazakorwa nisoni.

Urinde ubugingo bwabo bukomeze kurabagirana,ibyiringiro bikomeze kubasanga,ubabere umwandu wo gukiranuka,imbuto zabo zizakugirireho umugisha,kandi ikibi cyose kizababe kure,ubahe guca imanza zitabera,kugirango mu gihe gikwiriye bazamenye yuko ur’Umwami ugira neza,kandi ko ari wowe mugenga wa byose.

Maze abimitse ubugizi bwanabi mu mitima yabo,bakomeze gucirwaho iteka ibihe byose by’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Uwiteka Mana wubahirize ijambo ryawe wavugiye mukanwa k’umugaragu wawe kugirango bimenyekane yuko muri bo Umugaragu wawe yarabarimo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Pastor MIGNOON uyoboye idini rya Woman Ministries rikorera mu Rwanda.Mbona ko bubatse amashuri ahitwa NYARUTARAMA,kandi bashinga nidini ryabo,rikaba ryegerane nirindi dini rindi rihakorera.Nerekwa ko yafashe INYUNDO yamanitse hejuru yurwo rusengero iyo NYUNDO ikaba ishizwe gukubita umuntu wese uzamuye umutwe hejuru,kandi ikaba ishinzwe guhindura imitima yabo ihinduke amabuye!

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,shyira ahagaragara ibyo weretswe kugirango abahasengera bamenye uko bameze naho basengera hameze,kugirango batazabona urwitwazo kuko akoresha imbaraga z’umwijima azikuye kumugabane w’America.Abantu bose bahasengera bakaba badashobora kuba abanyamugisha ukomoka ku ijambo ry’Imana,kuko imitima yabo bayihinduye akahebwe!

Kuko bamaze kubatangaho ibitambo kwa Satani.Utazava mur’iryo dini ntazabura kurimbuka uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,nerekwa abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bafite abana babo bafite za masters,ariko babima akazi,aho bakoze hose bababwira ko btatsinze ikizamini.Ndabwirwa ngo mur’iyi minsi utaravuye Burundi,utar’Umwega,udakomoka Gitarama ngo ntushobora kubona akazi.Ariko ibyo byose bigiye gushyirwaho iherezo uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nerekwa abana bakomoka mu miryango ikomeye batangiranye na leta y’Abagakagara bahinduka za mayibobo bakajya basabiriza abahisi na bagenzi.Ndabwirwa ngo,kuko ababyeyi babo bakunze gukiranirwa,niyompamvu Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaciriyeho iteka kuko babujije imitima yabo kugira neza,bibuza imbabazi zo mu mitima,kandi bari bakwiye kuzigira nk’uko nabo bazigiriwe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nuko rero mwana w’umuntu,kuko banze kugira neza,kandi babishoboye niyompamvu nabo hamwe na bana babo batazagirirwa imbabazi kugirango bamenye yuko icyo umuntu abibye ari cyo asarura uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Uwiteka avuma inkozi z’Ibibi!

OCT 29, 2016    njyanwa mu iyerekwa mbona ibikomeye bigiye kubera mu isi ya bazima.nerekwa abagize umuryango w’ubwami baterana bahabwa amabwiriza ya nyuma yo gusezera ku mugongo w’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa watanze ku wa 15 ukwakira, 2016.Mbona habayeho kubabara gukomeye cyane,kubona basezera umugongo w’Umwami barikumwe nabagambanyi bo mu bwoko bw’Abatutsi b’Abega baharanira ingoma y’ikinyoma inyuranye n’ubwami bwemewe n’Ijuru n’Isi niko Uwiteka Nyiringabo avuga.


Nyuma yo gusezera kumugogo w’Umwami w’uRwanda,mbona habayeho gukomera kudasanzwe k’ubwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro,mbona habayeho gukorera hamwe kudasanzwe,kandi habayeho ibanga rigizwe na bake,ritapfa kumenywa na buri wese cyeretse abari genewe.

Kandi nerekwa ko,ijambo ry’Uhoraho ryahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi Leon risohoye ryavugaga yuko Abega bazirukanwa mu nteko y’ubwami bw’uRwanda kuko badakwiriye kuba mu bwami bw’uRwanda bagambaniye ndetse bakagambanira babigambiriye kugirango bashinge ubwami bwabo bushingiye kwishyari ubwicanyi nikinyoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyirirngabo avuga.

Mbona igicu kimanutse giturutse mu Ijuru kije kubahiriza gusezererwa kw’abari mu igandara kugirango bimenyekane yuko Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahndurwa yatanze,kandi ko hagiye kwima undi Mwami ku ngoma ngo yicare ku ntebe y’ubwami bw’uRwanda.Mbona abantu bose baratinye cyane,kandi bemerako koko yar’Umwami w’uRwanda nyuma yo kubona ibimenyetso ku isi ya bazima bitari bisanzwe mu isezera ry’umungongo w’Umwami w’uRwanda.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ikibi zahitanye Umwami w’uRwanda zikomeje kwidegembya kandi nta cyo wazitwaye nyamara  byari bikwiriye yuko bacirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.

Nerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo ujya gukora gahunnda zawo mukibabambasi maze ibyo yakoraga biramwangira  ntiyaba akibashije gusohoza w’umwanzi ukomeje gushakishiriza hasi no hejuru guhitana no gusenya ubwami bw’uRwanda.

Ijambo ry’Uhoraho riramabwira riti,mwana w’umuntu,vuma inkozi z’ibibi zahitanye Umwami w’uRwanda kugirango isi zitazayibamo mu mahoro kuko zakoze ibyangwa na maso y’Uwiteka Imana Nyirirngabo.Uhoraho Mana anjye,ndabizi neza yuko uca imanza zitabera,ndakwinginze uyu munsi wibuke gukiranirwa kose kwakozwe ni nkozi zibibi z’Umwakagara ukomeje gutoteza ubwami bw’uRwanda.

Nuko rero abagize uruhare bagategura umugambi wo guhitana Umwami w’uRwanda,ubikoreze umuvumo wo kumena amaraso kugirango ababakomokaho ntibazigere baragarika imbuto zikomoka kurukiryi rwa bana babo.Izuba rizababe kure,umuco uzabahindukirire kubabera umwijima mu gihe abandi bazaba bari mu mururmuri rw’umugisha.Bazabe kure y’ubwiza bwawe,bazahunge aho ubwoko bwawe buteraniye burimo ku kwambaza basaba ko bahabwa ubutabera.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,mu isi ya bazima ntibazigere babona ubutabera bwawe,umuryango w’Abega uzazerere mu isi ya bazima nk’uko CAIN yazerereye.Imbabazi zawe zizababe kure kuko bakunze gukiranrwa,bakimika gukiranirwa mu gihe cyo gukiranuka.Ubuntu bwawe ni mbabazi byawe bizababere nkamahwa ahanda mu gihe cy’imbeho nyinshi,no mu gihe cy’isarura bazifate bupfubyi,ibyo babibye bizeye gusarura,bizabe inshuti y’Inzige,kwaguka muri bo kuzababere ikizira k’Uwiteka.

Kuva cyera ntibigeze bagira umutima wo gukiranuka,cyangwa bifuze kugirirwa ubuntu bwawe,niyompamvu umuvumo bakwiye kuzawisasira,bakawiyorosa.Babyuka ukababera ifunguro,ibitotsi bituruka k’Uhoraho,bizababere ikizira,bazahore bahagaritse umutima nkamahwa y’ibitovu,kugirango bazamenye neza yuko bacumuye itegeko ry’Uhoraho,bakamena amaraso atariho urubanza,ayo bahinduye umuco wo gukiranirwa,kandi babizi neza yuko atagurwa mu iguririro.

Nuko rero uzabagenze uko bagenje abandi,imyaka ibihumbi bazabe kure y’ineza yawe,nubwiza bwawe,kuko bagenje nabi,bibuza kugira neza mu gihe byari bikenewe.Iyo neza nubundi izakomeze kubabera umwijima mu gihe cy’umucyo,kandi nabameze nkabo bose bazababere inshuti zabo,kuko bavukiye mu mwijima bakurira mu buriganya,banga kwegera intebe y’imbabazi y’ubuntu,ahubwo bisangira umwanzi numurimbuzi ababera inshuti,bituma bakomeza umuco mubi wo gukiranirwa kuko bavukiye mu mbaraga z’umwijima.

Ntibigeze bifuza yuko umwijima wabo wabahindukirira umucyo,ahubwo bawugendeye kure cyane,biringira uburiganya,bubera umwandu ari nawo baraze imbuto zabakomotseho mu gihe cyose babayeho birinze kugira neza kandi ari nta mategeko abihana.

Uwiteka Imana yanjye,wibuke ubwoko bwawe bwakwizeye bukakwiringira,bwiringiye ijambo ryawe,nubwo umurimbuzi w’Abega yazanywe no kubihebesha,ariko wababereye ibyiringiro ubinyujije mu ijambo ryawe ryavuzwe nabagaragu bawe.

Ubakomereze igitinyiro wabahaye,ubwiza bwawe bukomeze kubasatira,ubwami bwawe bwime muri bo,ineza ikomeze kubasatira,kandi ibasaguke kugirango bamenye yuko wowe ugira neza.Kandi ko abakwiringiye batazakorwa nisoni.

Urinde ubugingo bwabo bukomeze kurabagirana,ibyiringiro bikomeze kubasanga,ubabere umwandu wo gukiranuka,imbuto zabo zizakugirireho umugisha,kandi ikibi cyose kizababe kure,ubahe guca imanza zitabera,kugirango mu gihe gikwiriye bazamenye yuko ur’Umwami ugira neza,kandi ko ari wowe mugenga wa byose.

Maze abimitse ubugizi bwanabi mu mitima yabo,bakomeze gucirwaho iteka ibihe byose by’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Uwiteka Mana wubahirize ijambo ryawe wavugiye mukanwa k’umugaragu wawe kugirango bimenyekane yuko muri bo Umugaragu wawe yarabarimo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,shyira ahagaragara ibyo weretswe kugirangp bahasengera bamenye uko bameze naho basengera hameze,kugirango batazabona urwitwazo kuko akoresha imbaraga z’umwijima azikuye kumugabane w’America.Abantu bose bahasengera bakaba badashobora kuba abanyamugisha ukomoka ku ijambo ry’Imana,kuko imitima yabo bayihinduye akahebwe kuko bamaze kubatangaho ibitambo kwa Satani.Utazava mur’iryo dini ntazabura kurimbuka uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa abana bakomoka mu miryango ikomeye batangiranye na leta y’Abagakagara bahinduka za mayibobo bakajya basabiriza abahisi na bagenzi.Ndabwirwa ngo,kuko ababyeyi babo bakunze gukiranirwa,niyompamvu Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaciriyeho iteka kuko babujije imitima yabo kugira neza,bibuza imbabazi zo mu mitima,kandi bari bakwiye kuzigira nk’uko nabo bazigiriwe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nuko rero mwana w’umuntu,kuko banze kugira neza,kandi babishoboye niyompamvu nabo hamwe na bana babo batazagirirwa imbabazi kugirango bamenye yuko icyo umuntu abibye ari cyo asarura uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

OCT 29, 2016 Njyanwa mu iyerekwa,mbona Umwakagara ko,agiye gukoresha uburiganya bwo kongera gucamo umutwe ukaba nihuriro rya politike nyarwanda.Mbona ashatse umugore umwe w’umunyapolitike uri muri RNC,ahabwa intonorano zo kugirango ave muri RNC,kandi avemo atwaye na bayoboke cyane cyane urubyiruko rwa RNC.

Mbona amaze gufata intonorano,ahaho abagomba kumukurikira cyane urubyiruko,ariko ubwo igihe bamuhaga intonorano,ninako Umwakagara nawe barium kumutegurira gucibwa igihanga.Ubwo mbonako impunzi z’abanyarwanda ziba mu mahanga zigiye kwidagadura mur’izo ntonorano zari zivuye muri RNC,bagiye kubwirwa uburyo uwo mugore agiye kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu,ariko yamara kugerayo,agahita ashyigikira Umwakagara mu kwiyamamaza kwe.

Igihe bagiye kwishimisha mu ntonorano,mbona  na bandi batavuga rumwe n’Umwakagara mbona bagiye nabo kwishimira ko Umwakagara yaciwe igihanga!Abaro bashyigikiye RNC,nyuma bagakurikira uwo mugore,ntabwo bari bamenye yuko Umwakagara yaciwe igihanga.Mbona ibirori bisa naho ikorerwa ahantu hamwe ndetse bissa naho byegeranye.

Abenshi bar’urubyiruko,barimo bishimira ko,Umwakagara yaciwe igihanga,ndagenda njya kureba nditegereza mbona abagabo benshi na basore benshi barimo kwinezeza bishimira yuko Uwiteka abakijije Umwakagara wari yarabaremereye akabagira impunzi.Nibaza icyo wa mudamu azajya gukora kandi Umwakagara atazageza mu matora ya 2017,biranyobera.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umuntu wese wemera kurya intonrano,kugirango asohoze umugambi w’ubugizi bwa nabi(ubugambanyi) aba yiciriyeho iteka.Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

WHATSAPP niya ILLUMINATI,bakontrola umuntu wese uyikoreraho!!!

Banyarwanda,Barundi,muba muri group ya Barundi ba ILLUMINATI bakorera kuri whatsupp,nimutavao muzabona ishyano ndetse muhure nakaga gakomee cyane,kuko umwanzi agambiriye kubagirira nabi,akoresheje imbuga ngurukana bumenyi cyangwa nkoranyambaga:

OCT 30, 2016 Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo riraza rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari GROUP ya ILLUMINATI igizwe n’ABARUNDI bakorera kuri WHATSAPP bashinzwe kwandika ibijya gusa na magambo yo muri bible,ariko ayo magambo bandika na magambo yo kuyobya abantu kuko bandika ibijyanye n’integenke gusa berekana yuko Uwiteka Imana imikorere ye,ari nk’iy’abana b’abantu.

Ikimenyetso cyabo,babwira abantu ngo,aya magambo uyoherereze abantu [7] cyangwa se [12] bene iyo mikorere niyasatani ntabwo ar’imikorere y’Uwiteka Imana Nyiringabo.Burira abantu uti,Uwiteka aravuze ngo,umwanzi arimo gukoresha imbuga nkoranyambaga mukuyobya abantu.

Iyo Group y’Abarundi igizwe na bantu [3] umugore umwe,na bagabo [2] umurimo wabo nuwokwirirwa bandika amagambo yo kuyobya abantu b’Imana.Burira ubwoko bw’Uwiteka,umuntu wese uri muri iyo group y’Abarundi,aivemo byaba atar’ibyo,bazabura ubugingo kuko bashinzwe kurwanya Uwiteka bakoresheje imbuga nkoranya mbanga cyangwa ngurukana bumenyi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nkimara guhishukirwa yuko iyo group ar’iy’Abarundi,nerekwa turwana cyane ariko ndabenesha,nerekwa ko,uwo murimo bawuhawe na “Headquarters” cyangwa ikicaro gikuru cya ILLUMINATI mur’Africa gif

ite ibiro bikur

u mu murwa mukuru w’IBABYLON umurwa mukuru w’ISHUSHAN.Mbona ko nkimara gushira ho ubu butumwa bw’Uwiteka,Abarundi bakorera Satani bakoresheje ubwo buryo,mbona bataze report yabo Nairobi,bavuga yuko nabavangiye.

Maze nerekwa izo nkozi z’ikibi,zihaguruka kundwanya ariko zirampiga ziramburwa.Kuko Uhoraho yarandindiye munsi ya mababa ye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.Izo nkozi z’ibibi nzandika mu KIRUNDI no mu GIFARANSA kugirango bayobye bamwe mu bantu bize kuko bizera yuko bakoresha ubwenge kurusha gukoresha umwuka.Kandi buri muntu uri mur’iyo group yabo barundi,izo nkozi z’ibibi zibasha kubakntorola bakoresheje imbaraga z’umwijima nta cyintu na kimwe ushobora kugeraho kuko babasha gukontora imibereho yawe.

Bafata ubwenge bwawe bakabuhindura nk’aho butari ubwawe,ntushobora gutekereza ibikugirira umumaro,ahubwo bafata ubwenge bwawe bakabuhindura ukundi,ugahorana “STRESS” za buri gihe,isengesho ryawe babasha kurikurikiranira hafi,kuko wamaze kuba umunyamuryango wabo kuri whatsapp bigatuma muri wowe udashobora gutekereza ijambo ry’Imana ngurishyikire uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunganiriza maze rirambwira riti,mwana w’umutu,tegematwi wumve icyo umwuka w’Uwiteka avugana nawe.Maze ntegamatwi numva mbwirwa ngo,hari abantu barimo gukorera ubugambanyi mu ibanga,kandi niwowe bari kugambanira,ariko mu minsi micye bose barashyirwa ahagaragara kugirango ubamenye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abakambwe b’abatutsi baremerewe n’Umwakagara cyane,ukuboko kwekwarabaremereye cyane kurusha amabuye,maze mbona bifuza ko Uhoraho yabakiza ukuboko kwe,ariko bakabura uwakubakiza!

Nerekwa ko bakurikirana ijambo ry’Uhoraho Imana ya bakiranutsi,bizera ko ibyo ijambo ryavuze ar’ukuri,kandi ko,ari byo bizasohora.Nerekwa ko Umwakagara ahetse imitwaro ameze nka PUNDAMILIYA,kandi ko aremerewe cyane akaba adafite uwamuruhura.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara araremerewe cyane kandi ntafite uwamuruhura imiruho yose yateje abanyarwanda iri ku gahanga na kagongo ke,none abuze amahwemo.

Dore afite amayira [2] imwe nurupfu,akaba yakwiyahura kuko yamaze kubona ibye bimaze kuba bibi kurusha uko yabitekerezaga.Iyindi nzira ni uko yifuza ko hatangira intambara nibura akagwa mu ntambara ariko akaba atifuza gufatwa matekwa kugirango atanyuzwa mu bitangaza makuru ngo bimenyekane yuko yafashwe bugwate.

Ntabwo yifuza gufungwa,kuko abanze be,bamwishima hejuru.Izo nzira zombi,niko Uwiteka azazubahiriza namara guhitamo iyo ashaka Uhoraho azahita asohoza ibyifuzo bye kugirango atazavuga ko Uwiteka adakiranuka maze amenye yuko ajya aca imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho arekuye umugisha wawe nyuma yo kumvira ijambo rye,dore umugisha uraje,ugure ibifungurwa ukore stock kuko ishyamba siryeru mu gihugu cy’IBABYLON kugirango uzabashe kurwana intambara zikomeye zikuri imbere uko niko Uwiteka avuga.Ikindi kandi uzahite utunganya ibidatunganye vuba bishoboka kugirango umwanzi atazabona urwitwazo niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa urubyiruko rw’Abatutsi rwahungiye mu gihugu cy’America,mbona ko,barimo kwiga muzika bari mu ishuli kugirango nibarangiza bahite batangira umurimo wa muzika ngo babe abastare bamenyekane cyangwa babe celebrate,ariko mbona bamwe batsinzwe amasomo ya muzika,ndabwirwa ngo,urubyiruko Tutsi,rurashaka gukira vuba vuba babinyujije muri muzika kandi barashaka kumenyekana cyane nk’uko Black American bamenyekanye.

Ariko ikibazo bafite ni uko bashaka gusimbuka intera bumva yuko bagomba guhita bakira kandi bakiri batoya ndetse nimyaka yabo ikaba itabibemerera bitewe nimitekerereze yabo kuko banze kwiga ahubwo bigira mubibahesha amadollar vuba na vuba ariko iyo baza kumenya ubwenge bakabaye biga bakamenya ubwenge kuko batazi impamvu yatumye bajyanwa kumugabane w’America uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abagore bajyanwa mu ishuli(abarozi-kazi) ariko babonye ko bagiye kujyanwa mu ishuri,barahunga bajya kwihisha mu nzu yindi yari iruhande rwa rya shuri.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanura uti,aho muzajya hose ijisho ry’Uhoraho n’ukuboko k’Uwiteka Nyiringabo ntakabuza ntikuzabura kubageraho,kandi kuzabaremerera kugirango mu menye yuko mwagenje nabi mukaryanya ubwoko bwoko bw’Uhoraho mwibwira ngo murarwanya Uwiteka ahari ngo muzatsinda.

None uyu munsi nimuntege amatwi,uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga,dorre mwahisemo umugabane wo gukiranirwa,nk’uko ESAU yahisemo umugabane winda,akagurisha umunani we,kubera inzara no kwihangana gucye,kuko yaramaze kubona isupu itukura.Uko niko namwe mwabaye mwabonye ibitukura maze mwihutira kugurisha umugabane w’ubugingo buhoraho kugirango mubeho akanya gato muzarama hano ku isi,ariko mukazababara iteka ryose.

Ariko se nide wabaroze!?mutekereza mute,kugugrisha ubugingo bwose kubera akamanyu kumutsima?Ese iyo mubuze ubwenge,munanirwa no kugisha inama?Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi ababaza!Dore mu isi yose Uwiteka afitemo abakiranutsi bagera kuri miliyoni imwe gusa,ariko bamaze kwiyongeraho bacyeya kubera gusoma ijambo ry’Ubuhanuzi,none mwebwe mwakwihannye mukareka imirimo mibi mukorera munsi y’juru maze mukareba yuko mutababarirwa igihe cy’imbabazi kigihari?Niko Uwiteka abagira inama.

Nuko rero dore muhawe igihe kingana na kimwe cya gatatu mu maze ku isi mukora ibyo gukiranirwa,kugirango mube mwihannye,mwaba mutabikoze,mukazacirwaho iteka kuko bizaba bitagishoboka yuko mwihana kuko mwanze kumvira umwuka w’Imana.Ntihazagire uzavuga yuko Uwiteka yamurenganije uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Jyewe Umuhanuzi Majeshi Leon,maze kumva yuko Uwiteka ahaye abarozi kwihana numva ndababaye cyaneeee,kubera ukuntu bishe abantu b’Imana kandi Uwiteka abireba,none ngo abahaye akanya ko kwihana?Buriya se koko bazihana!Uwiteka Mana ushimwe kuko ukiranuka kandi uca imanza zitabera,simbabujije kwihana ariko nta nubwo mbyizeye yuko bazihana,ariko nibasaba imbabazi abo bahemukiye,uzababarire ejo batazabona urwitwazo uko niko Umuhanuzi abisabye Amina.

Ibikorerwa ahihishe,bigiye gushyirwa ku karubanda!

OCT 31, 2016 ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,genda uhindure amatara(barb)unakinge amadirishya,kuko hagiye kuza umuyaga mwinshi ukinjira mu nzu yawe ariko ubanze utunganye inzu yo hejuru kugirango hamurike mu nzu yo hasi ubone umucyo kuko mu nzu yo hasi kandi hakaba har’umwijima niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mbikora nk’uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse,natsa amatara yose,kandi ntunganya amadirishya yose,umuyaga winjiraga uragabanuka.Mpindura amatara (barb) zakaga nabi,maze munzu hazamo umucyo.Maze kubikora gutyo,mbona abagabo [2] bari bihishe muri wa mwijima,maze baza bigira nk’aho bari baje kumfasha gutunganya amatara kandi bari bihishe mu nzu.

Ndabihorera sinabereka icyabazanye ko bari baje kubukira ubungingo bw’umwana w’umuntu.Umuyaga uzana imbaraga z’umugisha maze batangira kurwanira umugisha utari uwabo,ariko kuko utar’uwabo,ukaba wari uwanjye,mbona ko,umugisha ugeze mu biganza byanjye.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyari mu mwijima bigiye gushyirwa mu mucyo,kandi bijye ahagaragara kugirango hakurwemo urujijo kuko Uwiteka adakorera mu bwihisho kugirango umenye gutandukanya umucyo n’umwijima bikorera mu bwihisho bw’uburiganya niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndikumwe na ba Rwasiri [2];tugiye gusenga kurusengero,uwabwirizaga asoma ibice [25]; mu ijambo ry’Imana mu gitabo runaka.Nibuka ko nasize bibiliya yanjye,nsubirayo kuyifata,ngarukana na ba Rwasiri babandi [2];tugeze ahantu ahantu hari abantu benshi,hasi mpabona amadollar $1000,ndayatora maze Rwasiri umwe arayanyambura ndayamuha ariko nsigarana ayandi macyeya mu ntoki,ako kanya hasi aho twari duhagaze kubutaka hazamukamo INTOZI (ingabo z’Uhoraho) buri wese anyura ukwe nundi ukwe kuko zari nyinshi cyane,ariko jye aho nakandagiraga zagendaga zigabanuka ndinda ncika ba magigiri bashakaga kunca igihanga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwabugambanyi nakubwiraga nguburiya bugiye gushyirwa ahagaragara kugirango ibyo Uhoraho yavuganye nawe birusheho kugusobanukirwa uko niko Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi abivuga.

Bamaze igihe bacura umugambi wo guhitana ubugingo bwawe,nuko rero urabe maso kandi umenye ubwenge kugirango utagwa mucyico,reka abagambana bagambane kuko ibyabo bizashyirwa ahagaragara hanyuma kandi bikazabakururira murubanza kugirango bazacirweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’ubugambanyi ukomeje gukorera mu ibanga,ariko uko watangiye ninako uzarangira.Nerekwa inzoka iza yomboka ngo undume kugitsinsino maze nyifata umutwe n’umurizo ndayiniga nyyica igihanga niko Uwiteka avuze!Nerekwa abagore,abagambanyi,abarozi,inkozi zibibi ziri mu mugambi w’ubugambanyi na none ariko bisama basandaye maze mbona bakozwe nisoni nk’uko Uwiteka yabivuze niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zigiye kugabana amafaranga y’ubugambanyi ari busanguke niyo bari bukoherereze kugirango akubere umutego ukugusha mu kigozi cy’umurimbuzi ariko ubihorere ubigenze kwa kundi ujya ugenza maze urebe ko badakorwa nisoni niko Uwiteka avuga.

Nerekwa imbata [2] zibundikiye umwuka w’uburiganya,mbona ukuboko k’Uhoraho kuraza gufata inkota gucamo kabiri za mbata zitangira kuribwa nibkoko maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti dore umwanzi wawe ari hafi yawe ntabwo azaturuka kure niko Uwiteka avuga.

Nerekwa impeta [2] za bene data ziri hasi ku butaka zavuye ku mibiri yabo zisa nizifatanye imitwe,mbona haje umuyaga uraje urazihuha ziratandukana mbona imwe iragiye itwawe numuyaga yerekeza mu Nyanja maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu dore bene so nta rugo bafite nubwo bakomeza kwihatiriza babeshyana ngo barakundana, ariko ikinyoma hagati yabo kigeze ku iherezo niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

nccleon@gmail.com

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Translate »
Skip to toolbar