LT.IVAN CYOMORO,azategeka iminsi[2] nyuma y’Umwakagara gucibwa igihanga,ahite yerekeza mu butayu bugufiya!!!

OCT 17, 2016 the word of the Lord came to me, and told me, son of man, I’M the Lord of hosts, who’s never fail; this is how the LORD of armies says.Njyanwa mu iyerekwa nerekwa inyanja yari imbere ya bakiranutsi ubwoko bw’Uhoraho,mbona Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe apimisha urubingo ngo arebe aho ayo mazi agera,kuko yabonaga inyanja igenda ikama gahoro gahoro mbona amazi ageze munsi a mavi.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibibazo byari byazikutse ikuzimu,bizamuwe na Satani,byose bicishijwe bugufi kugirango ubwoko bw’Uhoraho bubone uko bwambuka uko niko Uwiteka Nyirangabo avuga.

OCT 18, 2016 nerekwa umwe mubakomeye ukuboko kwe gufata ubwami bw’uRwanda mu ntoke ze,kugirango butanyeganyezwa!Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,ubwami bw’uRwanda bwagaragaraye yuko bunyeganyeze,ariko noneho nibwo bugiye gukomera cyane kurushaho uko bwari bukomeye, kugirango bareke gukomeza gukiranirwa ku bwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uhoraho avuga.

Mbonye abanyamurenge hamwe n’umwakagara barimo guhiga abatagira urubanza kugirango babacishe igihahanga,mbonye bananyura hejuru ya mazi anyura munsi y’ikiraro.Mbonye ukambwe w’umuhutu ashaka gukora ubukwe!!!Mbonye abasore b’abanyamurenge bavuza induru nk’ikemenyetso cyogufatisha abahigwa na za magigiri.Mbonye abakobwa babanyamurenge bajya gutega amarozi mu muhanda aho uruzi rumanukira kugirango abantu bayarenge.

Njyanwa mu butayu bugufiya,nerekwa za magigiri zirimo guhiga Umuhanuzi aho aherereye,ndetse nerekwa abagore (Abarozi kazi) barimo gutoragura umyanda kugirang bajye kuyigurisha,ndababaza nti,kuki mudacuruza indabyo (Urukundo) aho gucuruza imyanda?Nuko barambwira bati,indabyo ntabwo zunguka kurusha imyanda dutoragura mu muhanda kandi nta gishoro dukoresha mu gutoragura imyanda,ariko indabyo bidusaba kugira igishoro.

Nerekwa inka y’inzungu (Umudayimoni) ijjyanwa mu butayu bugufiya,mbona aho bayitereye ubwatsi bwayo,ariko ikabura bugahita burangira,igakomeza kurisha ubwatsi bwo mu butayu bugufiya.Nerekwa amashanyarazi yari yarashyizwe murutoki (Umurimo w’Imana) mbona yuko yazimye,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,wahagurukiwe ni nkozi z’ibibi,ndetse na za magigiri zongeye guhaguruka kubera ko washyize ahagargara yuko Umwami wundi ugiye  gusimbura Umwami w’uRwanda watanze wanze kumvira Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

None urabe maso cyane,kandi uyu munsi ntiwirirwe ujya gutangaza amakuru kuko bamaze gutegura umugambi wok u kugirira nabi.Uriya mudayimoni wabonye,niwo bashyizeho ugomba ku kugenza kugirango bashirwe ari uko bakubonye uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nuko rero urabe maso cyane kuko bongeye kuzamura intambara kuko bamaze kubona yuko ibyo bakoze byose nta cyo byabamariye,ahubwo bisanze biteje intambara zikomeye cyane batazashobora kurwana kuko bishe Umwami warumaze kugera muzabukuru,none hakaba hagiye kwima ingoma,Umwami ukiri mutoya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho tega amatwi maze wumve ikiganiro Nyampinga arimo kuganira na wa mu byeyi,bamaze kubona no kumenya no gusobanukirwa ijambo ry’Ubuhanuzi,nyuma yuko ubuhanuzi bwa Nyir’uRwanda bwavugaga yuko natumvira Uwiteka Nyiringabo azataha wenyine,none bukaba busohoye,byatumye barushaho gutinya cyane no kugira ubwoba bwinshi.Bishatse kuvuga yuko,na Nyampinga nawe yamaze kubona yuko Imana nta mikino igira, none arimo gushakisha uburyo yakugeraho abinyujije kuri wa mu byeyi w’inshuti yawe uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.Dore bakoze ikiganiro kirekire baganira kubijyanye nubuhanuzi, bakoze ubushakashatsi bwo kureba icyo ijambo ry’Uhoraho ryavuze,maze basanga ari byo uko Uwiteka yavuze,ari nako biri,

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwami bw’umwijima buciriweho iteka.Dore igihe cy’ibyahanuwe kiregereje ngo bacirwe urubanza rwa mateka yo gukora imirimo yo gukiranirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umusore w’umututsi uzasimbura umwakagara kumwanya wa perezida wa repubulika,ayobora iminsi [2] ar’umukuru w’igihugu.Arangije mbona akuwe ku ngoma,maze we na za isokort ze,bahita bahinduka abakizwa kandi bagendaga na maguru,batangira kujya murusengero bagenda na maguru ndetse bakanavayo na maguru maze numva abaturage bavuga ngo bafite umukuru w’igihugu wicisha bugufi.Ariko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwo Umwakagara ashaka ko amusimbura ku mwanya w’umukuru w’igihugu nta bwo afite impano yo kuyobora none agiye kumushyiraho ku ngufu kuko yumvise yuko hari Umwami ugiye gusimbura Kigeli V.Ndahindurwa, agiye kwima ingoma.

None dore Umwakagara agiye gukurwa ku ngoma,maze inkoma mashyi zihite zimika Umuhungu we LT.IVAN CYOMORO uzasimbura ise nyuma yo gukurwa ku ngoma.Abega b’AKABAGARA bakazahita bimika umuhungu we utazemerwa na baturage hamwe na mahanga,hanyuma yitirirwe iryo zina amare iminsi ibiri[2] ahite irukanwa ku ngoma y’Abega ahite ahunga igihugu dore azanyura agahanda kigitaka (gukiranirwa) uria isikort we wabonye,n’umusirikare bazahungana ubwo ingoma ya bega izaba isenyutse uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu barashaka gushyigikira ubwami bw’uRwanda bw’uRwanda nyuma yo kubona yuko ijambo ry’ubuhanuzi risohoye ku Mwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore abahutu b’abakiga bagiye kuzakunyuraho kugirango ubageze ibwami,ariko kuko bafite umuvumo wo kumena amaraso,nunabafasha kuzagera ibwami,bazibagirana kuko bariho umuvumo wa maraso cyeretse nibabanza kwihana amaraso bamennye,cyangwa urubyaro rwabo rukihana nk’uko ijambo ry’Uhoraho ryabasabye kwihana bagakora amasengesho y’iminsi [3] kugirango ubaveho byaba ataribyo,hehe numugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira impungenge za bene data duhuriye ku Mwami Mana n’umwana we YESU Kristo.Nerekwa ko bashaka guhunga nyuma y’itanga rw’Umwami Kigeli V Ndahindurwa kuko bamaze kubona yuko ijambo ry’Uhoraho rigeze mu marembo y’Irango rya gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Dore banze kumvira ijamboo ry’Uhoraho ngo bakize ubugingo bwabo,none babikeneye inzira zaramaze gufungwa batagishoboye kubona amayira yose yamaze gufungwa nk’uko ijambo ry’Uhoraho ryavuze!None barajyahe?Barakora iki?Intumva irira kumuziro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rikomeza kunganiriza rimbwira imikorere y’umwanzi wa bakiranutsi,uburyo agiye gukaza umurego wo guhiga ubugingo bwanjye.Ndabwira ngo,mwana w’umuntu,ugume murutare  kuko umwanzi yamaze kubona yuko ibyo yakoze byari mu buhanuzi none akozwe nisoni,akaba yafashe ingamba zo guhiga ubugingo bwawe kubera yuko yamaze kubona ijambo ry’ubuhanuzi ribaye impamo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa ingabo z’Umwakagara za KAGAME DEFENSE FORCE KDF,mbona ingabo nkuru zateranye zirimo ziga ku kibazo cy’ingabo zabo zirwaye SIDA,hamwe nikibazo cy’inzara gikomeye cyane ingabo zifite muri iyi minsi.Mbona umusirikare muto asaba Gen.James Kabarebe amafaranga 200frw yo kugura amafunguro,ariko arayamwima.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ingabo z’umwakagara zishwe ni nzara,kandi izindi zizahajwe nuburwayi bwa SIDA kandi nta na mafunguro bafite yo gufungura kugirango babashe kubona imbaraga.

Ijambo ry’Uwiteka riram bwira riti,mwana w’umuntu,dore ijambo ry’Uhoraho ryavugiwe mukanwa k’Umuhanuzi,ryavuze yuko intambara yo muri gakondo ya bakiranutsi,izaba nyinshi cyane mu ngabo z’Umwakagara KDF,kandi icyo kikazaba ar’ikimenyetso gikomeye kandi cya nyuma kigaragaza amarembera y’ingoma y’Abega bakomeje kurimbura abantu kugirango barambe ku ngoma kandi Uhoraho yaramaze kuyibirukanaho cyera none igihe cyo kujyana mu butayu kirageze ndetse kirasohoye kugirango ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yawe rikore umurimo waryo niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibwami ibintu byakomeye cyane,kubera ijambo ry’Uhoraho wahanuye ubwirijwe n’umwuka w’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi, yuko Nyir’uRwanda azataha wenyine niba atumviye umwuka w’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Ubwoba ni bwose kandi abahitanye Umwami baje kuyobya uburari kuko bazi yuko ukuri kugiye gushyirwa ahagaragara maze bagakorwa nisoni.

Dore umwicanyi Christian akomeje gukorana na leta y’Umwakagara kuko barimo gushaka kwiba umurambo w’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,kugirango ukuri kutajya ahagaragara uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga. batinye Imana ukorera,bagize ubwoba bwinshi,none babwire uti,uku niko Uwiteka avuga,nimwubaha Uhoraho Uwiteka Imana yanyu,nta kabuza yuko Uwiteka atazabura kubagirira ibambe agasohoza ibyo yabavuzeho,ariko nimutumvira ijambo ry’Uhoraho,Uwiteka Imana Nyiringabo azasohoza ibyo yabavuzeho,ariko ntabwo muzabirebesha amaso yanyu uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nuko rero mugire umwete wo kumvira ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo,ryavugiwe mukanwa k’Umuhanuzi kugirango muzaragwe gakondo ya bakiranutsi.Kandi muzayigiriremo amahoro.Nibitaba ibyo,ukuboko k’Uwiteka kuzabaremerera uko niko Uhoraho Uwiteka avuze!Ariko nimwemera mukumvira ibyahanuwe n’umugaragu wanjye,nzabagirira neza kandi nzabaha umugisha mbahe amahoro kandi amahanga yose azaza kubatura mbahindure ubwoko bukomeye cyane mu isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana avuze!

OCT 19, 2016 njanwa mu iyerekwa,mbona inkozi z’ibibi zijyanwa ku ishuri ryubakiwe kwigisha abatutsi kubaha Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Maze ijambo ry’Uhoraho rira mbwira riti,mwana w’umuntu,kubera icyo bakoze kijyanye nubugome bwambaye umugomo,niyompamvu batazatabarwa ku munsi w’Uhoraho Uwiteka Imana ikiranuka.Kuko bakunze gukiranirwa,nicyo kizatuma kumunsi wa makuba yabo,batazagirirwa imbabazi kuko bamennnye amaraso atariho urubanza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.Dore amaraso bamennye akomeje kurira kubutaka asaba Uhoraho guhorerwa kuko barenganijwe bakamburwa ubuzima ntarubanza rwo gukiranirwa rwabagaragayeho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga!

Translate »
Skip to toolbar