Igice cya (49) cy’ubuhanuzi

Jan 30, 2017 njyanwa mu iyerekwa nubwa mbere nerekwa Umwami w’uRwanda YUHI VI mbona atashye muri gakondo ye,ariko Umwakagara yarakiri ku ngoma,ariko atari mu gihugu.Ndetse mbona Umuhanuzi Mukuru ari we umugiye imbere amubanziriza mu gihugu kureba uko ubwoko bwe bwifashe nuko ingabo z’igihugu zihagaze.

 

Abaturage bakimara kumenya yuko Umwami yatashye mu Rwanda bavuza impundu za babyeyi,maze inyambo ni nyamibwa zirabira,imfizi ziravumera ibintu bihinduka ibindi maze igihugu cyose cyuzuramo impumuro nziza.Ariko ako kanya igihugu yongera kugisohokamo ajya kuvugana n’igihugu cya Kenya,ariko abami batoya ntibaboneka igihugu cya Kenya gitanga amaturo Umwami agaruka I Rwanda umuzero wica abantu.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwami atashye mu buryo butunguranye,ariko Umwakagara ntabwo ari kugaragara ndetse nta gakuruke kaho yarengeye ubanza atakiri ku isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ubwo nkomeza gutekereza ibibaye niba Umwakagara ashobora gukurwa kungoma hatametse amaraso,biranyobera,ndabwirwa ngo,erege mwana w’umuntu,ntutekereze cyane ku byo weretswe n’Umwuka w’Imana,abari mu nama yo gukuraho Umwakagara barimo kurebera hamwe niba atakurwa kungoma hatamenetse amaraso.

Igice cya (48) cy’ubuhanuzi

Ariko ubanza bitazoroha kuko Umwakagara yamaze kwimika abadayimoni (Ingabo) zizamurwanirira ku buryo bukomeye kuko gukuraho ubwami bw’Abega ntabwo byoroshye! Nibamara kumva yuko Umwakagara yaciwe igihanga,bazahita bahuka mu bantu babace ibihanga kuko bazi neza yuko akaba kazaba kashobotse!

Iyo nama barimo bamaze kubura igisubizo cyiza kibereye bafataho umwanzuro,ikiribukurikireho,baremeza umwanzuro w’intambara ikomeye izakuraho Umwakagara nabambari be.Uwo mwanzuro ukimara gufatwa barahita babishyira mu bikorwa.Ubwo nibwo Umwakagara azahita atera Umwami w’Isamaliya amukure ku ngoma kuko bazakoresha Isamaliya gukuraho Umwakagara.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kumbwira ibikomeye bigiye kubaho mu isi ya bazima.Ndabwirwa ngo,isi igiye kubamo ibikomeye kugirango harandurwe imbaraga z’umwanzi yashinze mu batuye isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Erege ntibiri kera kandi ntibiri bugufi ahubwo bizasohoza mu gihe cyabyo cyategetswe niko Uwitekaavuze!

 

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwahoze ar’umufasha wawe “MUKANDIRIMA ODETTE MUREKATETE” igihe cye kirarangiye kandi kirasohoye ngo ibyahanuwe bisohore nk’uko umwuka w’Imana yabivugiye mukanwa k’Umuhanuzi ko agiye kwisangira basekuruza kuko yatutse Umwami Kigeli V Ndahindurwa,atuka uwahoze ar’umugabo we amwita imbwa,ndetse agerekaho no gutinyuka atuka Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo amwita ko ngo ari “Iresponsible God”,bivuze ngo Uwiteka Imana Nyiringabo,nta cyo amaze!!!

Kubera izo mpamvu nicyo gitumye Uwiteka amuciraho iteka nyuma y’imyaka [4] avuze amagambo nkayo yo gukiranirwa imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana yawe ukorera uko niko Uwiteka avuga.

Jan 31, 2017 Njyanwa mu iyerekwa mbona amaherezo y’iminsi ya nyuma y’umwanzi w’ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo(Umwakagara) mbona ibitaboneshwa amaso ya bantu barebesha mu buryo busanzwe,kuko bareba ibyabayeho,ariko ibigiye kubaho bakaba badashobora kubirebesha amaso yabo cyeretse bagiriwe ubuntu n’umwuka w’Uwiteka Imana Nyiringabo.

 

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ejo hashize taliki ya 29 mutarama ijambo ry’Uwiteka washyize ahagaragara ryavugaga kuri referendum yasabwaga na ONU,UN hagati y’ubwami na repubulika itemewe namategeko iyobowe n’Umwakagara ryateje impagarara mu mitima ya bakagara ku buryo bukomeye cyane.

None uramenye ube maso cyane kuko Umwakagara mukuru yategetse yuko baguca igihanga(umuyaga) kubyifuza yarabyifuje ariko nta bwo byigeze bimukundira.None uramenye ntuve murutare uyu munsi kuko bashyizeho ingenza zikurikirana telephone yawe ndetse nabo muvugana bose kugirango barebe yuko bakugwa gitumo.

 

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo bakora Tracing and Tracking ya telephone yanjye,ako kanya ndayizimya bahita babura icyerekezo cyaho mperereye.Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore babuze “SIGNAL” ku kubona bibaye ikibazo gikomeye kuri bo,kuko batewe umutima uhagaze irahira ry’Umwami YUHI VI warahiriye kuba Umwami w’ubwami bugendera ku itegekonshinga.

Ibyo rero kumwakagara bisa no kumujomba icumu munda!Ako kanya nerekwa umwuka w’ikinyoma yuko uburanwe kandi ubuze icyo wakora,ahubwo usigara uhagaze mubutayu bugufiya gusa ukanuye amaso gusa udafite icyo wakora ku byabaye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibintu byarushijeho gukaza umurego,kandi byabaye bibi cyane,kuko Umwakagara yanze icyifuzo cyabakomeye bahakaga gukiza ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Yanze yuko habaho kamarampaka referendum hagati ya repubulika itemewe na mategeko n’ubwami bugendera ku itegekonshinga,none hafashwe indi migambi ikomeye cyane kurusha uko byari bimeze.None Umwakagara agiye kuguhigira hasi hejuru kugirango arebe yuko yaguca igihanga kuko ukomeje gutuma ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo batahura amakuru yo mu Ijuru y’ibigiye kubaho mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,erega umwanzi arwanya cyane imigambi y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Dore ntakabuza ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana ukorera ntakizaribuza gusohoza umulimo waryo.Intambara kuba izaba,kandi irabaye vuba cyane,ndetse amaraso menshi aramenetse cyane,kuko Umwakagara yibwira yuko abamurwanya batinya kumena amaraso nk’uko ya yamennye kandi nyamara Uwiteka yaramaze kwemeza yuko azameneka natbwo rero umwana w’umuntu ashobora guhagarika umugambi w’Uwiteka Imana yawe uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Njyanwa mulindi yerekwa mbona ko,Umwakagara ageze mu marembera,nerekwa umukuru w’igihugu cya leta zunz’ubumwe z’America”Donald J.Trump” yasuye gakondo ya bakiranutsi(Bisobanura yuko Uwiteka yasuye gakondo y’ubwoko bwe) Umwami cyangwa Perezida mu iyerekwa bisobanura Imana kuko hejuru yabakuru b’ibihugu ntawundi ubaba hejuru usibye Uwiteka wenyine.

 

 

 

 

Nuko mbona uwo mukuru w’igihugu cy’igihangange ku isi,yageze muri gakondo azanywe no guca imanza zitabera.Yarafite dossier y’urubanza mu ntoki ze,yarifite Nº0021/0001/0017,ibirego byari bikubiye muri urwo rubanza harimo yuko Umwakagara hamwe nabasirikare be bakuru bo mu ngabo,bagiye bafunga imihande nyabagendwa bakabuza abaturage gutambuka mu muhanda unyurwamo n’umukuru w’igihugu (Umwakagara) bisobanura kubangamira uburenganzira bwa kiremwa muntu (Human Right Abuse).

Ubwo nabonaga Donald J.Trump yashyikiye muri hotel ikomeye cyane muri gakondo ya bakiranutsi(amasezerano akomeye y’ubwoko bw’Uhoraho) mbona nimwo yicaye atangiye guca imanza z’abasirikare bakuru (Senior Officers) ubwo baca imanza ntabwo Umwakagara yari hafi aho,kuko yari yafashwe yafungiwe ahantu runaka,ategereje umwanzuro w’urubanza rwe rwa nyuma.

Abacamanza bakoranaga na Donald J trump,barangije urubanza Umwakagara atsinzwe nurubanza maze acirwaho iteka kuko basanze atsinzwe nurubanza kandi akaba atemerewe kujurira kuko yakoze ibyaha byindengakamere.

Urwo rubanza rwaberaga ku karubanda ku buryo umuhisi numugenzi,babashaga kubireba ibikorerwa muri iyo hotel.Ndetse byananyuraga kuri za televisiyo zazindi zo kumuhanda “SCREEN STREETS” zishinzwe kwamamaza ibikorwa runaka byaba ibyubucuruzi,cyangwa berekana umupira wa muguru uri kubera muri STADE maze abatabashije kujyayo bakihera ijisho.

Abaturage bamaze kumva yuko Umwakagara atsinzwe nurubanza,bakoma mashyi bashimira umukuru wa leta zunz’ubumwe z’America Donald J.Trump (bazashima Imana izabakiza Umwakagara) amahanga nayo arishima ngo kuko Umwakagara yari yarababereye ikibazo gikomeye cyane batashoboraga kuzapfa bikemuriye.Ariko Ijuru rimaze kubyitegereza yuko Umwakagara yabereye inshobera mahanga amahanga,rifasha abatuye isi gukemura ikibazo cyabananiye kugirango bimenyekane yuko isi ntabutabera igira kandi yuko hariho ibyo batapfa gukora cyeretse ukuboko k’Uwiteka ari ko kubutegetse uko niko Uiwteka avuga.

Niyompamvu Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi,yazamuye Donald J.Trump,agahanurwa yuko azatsinda amatora,nubwo yarwanijwe ni nkozi z’ibibi,ntibyatumye cyangwa ngo bimubuze kuba umukuru w’igihugu kigihangange cy’amahanga akomeye mu isi ya bazima.Niyompamvu umuntu wese uvugwa mu ijambo ry’ubuhanuzi kuzakoreshwa n’Uhoraho Uwiteka Imana mu gihe gikwiriye,atazabura kurwanywa ni nkozi z’ibibi ariko imigambi yabo izaburizwamo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango bimenyekane yuko mu Ijuru har’Imana uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe araje kandi vuba cyane,kandi ageze munsi y’igiti cy’umuvumu,none tangira umwitegurire kumwakira kuko aje afite inyota nyinshi akuye mu butayu bugufiya.Nuko rero haguruka ujye mu mulima maze witegereze water Melon nziza yeze neza abe ariyo umwitegurira kuko niyo ishobora kumumara inyota uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza umulimo waryo cyane,rikomeza kunganiriza rimbwira umusozo w’ibyahanuwe n’umwuka w’Uwiteka binyuze mu muhanuzi Majeshi Leon wahanuye ibyo gukiranuka k’Uwiteka Imana Nyiringabo.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho manuka wigire mu butayu bw’IBABYLON,maze ngire icyo nkwereka.

Ndamanuka nerekeza mu butayu bwaho,nerekwa ibikomeye cyane bitasobanukirwa ubwenge bwa muntu.Nerekwa ibiti bikuze,kandi bikomeye cyane byabaye inganza marumbo.Njyanwa munsi yabyo aho imizi itereye,mbona imizi yabyo yose yaraboze (Imbaraga zararangiye) nerekwa uburyo igiti gikuze kandi kinini cyagaye amashami yacyo uburyo kimaze gusaza ndetse amashami yose agenda avunagurika acikamo kabiri.

 

 

 

 

 

 

Maze mbona Malaika w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,ahagaze mu majyaruguru y’uburasira zuba bw’Africa yo hagati.Mbona ko,afite INKOTA ityaye cyane kandi amujyi yombi.Nerekwa ahamagara umuyaga aho wari wibereye mububiko bwawo.Mbona umuyaga usohotsemo urage uhagarara imbere ya malaika w’Uwiteka wawuhamagaye.

Aha uwo muyaga amabwiriza yo kwihuta cyane ukerekera muri gakondo ya bakiranutsi,iherereye muburasira zuba bwo hagati bw’Africa yuburasirazuba.Awutegeka kugenda ukarandura ibiti byose uri buhasange.Uwo muyaga wagenda kilometer 1500hr ku isaha.Ako kanya uwo muyaga wahise wumvira Malaika w’Uhoraho maze ugenda utarwiyambitse uturutse mububiko bwawo.

Uragenda nkumurabyo uba ugeze muri gakondo ya bakiranutsi,uhera kuri bya biti birebire byamarumbo kandi byamaze kugara ariko bitakigira amashami byari byarakokotse nta mababi bikigira.Ubwo umuyaga uratangira urahuha urahuha gahoro gahoro uhera iburyo nibumoso,hasi no hejuru,imbere ninyuma uko wahuhaga ninako ya mizi ya byibiti yaturikaga isakuza cyane wagirango hari umuntu uyifashe mu ijosi.

 

 

 

 

 

Ubwo abahisi nabagenzi batangira guhagarika imitima bumva urusaku rw’imizi y’ibiti,ariko ntabwo babonaga uwo muyaga kuko wanyeganyegazaga rwihishwa ku buryo byari bigoye kuwubona ko ari wo urimo kunyeganyegaza ibyo biti byinganza marumbo.Imizi yabyo byose imaze gushiramo imbaraga iranduwe itagifashe mukuzimu hasi cya giti kinini cyane cyashokonkoye cyikubita hasi kirarimbuka.

Abantu bose bari bakirangariye icyo giti, baratangara ariko gihitana benshi muri bo,amashimi yacyo nubwo yari yarumye,ntibyakibujije guhitana bamwe muri bo,bigize indorerezi.Aho guhunga ahubwo bashishikazwa no kureba no kwitegereza irimbuka ry’icyo giti cyingaza marumbo maze kirabahitana kubera gukunda gushungera ikizira mu isi ya bazima.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo ubonye ntabwo biri cyera,kandi ntabwo biri bugufiya,ahubwo bizaba mu gihe cyabyo cyategetswe.Niyompamvu ibyahanuwe n’Umuhanuzi w’Uwiteka ndetse hamwe n’Umuhanuzi Mukuru bitazabura gusohoza umulimo wabyo nk’uko umwuka w’Uhoraho wabivugiye mukanwa kabo kugirango abatuye isi bamenye yuko Uwiteka ari we Mana ikiranuka mu Ijuru no mu isi ndetse no munsi yisi kugirango bimenyekane yuko Uhoraho Uwiteka ari we Mana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko rero mwana w’umuntu,burira abakiranutse yuko ibyahanuwe byose bihanurirwa gakondo ya bakiranutsi,bigeze kuherezo ryabyo kugirango abatoni b’Uwiteka biyereze gutaha kugirango bajye kuruhuka imiruho nimihate byo mu isi bakurwe mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Feb 1,2017 njyanwa mu iyerekwa ahantu ntarinsanzwe nerekerwa,aho hantu hari ikibaya cyiza cy’umurambi nyaburanga,maze kuhagera ndahitegereza mbwirwa ko ariho habitse amasezeno ya bakiranutsi ubwoko bw’Uwiteka Nyiringabo.Aho hantu hari hafite ubuso bungana impande zombi %/%.

Maze mbwirwa kuhatambagira ngo nitegereze uko hangana,ndahatambagira ndahitgereza mbona ari heza cyane harambutse nta musozi  urimo hagati hose hangana kandi hatuje ndetse hatekanye neza cyane hatarangwa urusaku rwabisi bahora bavuza induru kubera gushakisha ibyisi bahora biruka inyuma.

 

 

 

 

Nerekwa hagati mur’iyo gakondo nziza yagenewe ubwoko bw’Uwiteka Imana ikiranuka (PLOT) hagati muri yo,harimo iriba ry’amazi ridudubiza amazi meza abungirana kandi afutse!Mbona ayo maze aza kuvomwaho nabagore nabagabo.Ariko hari amategeko kugirango uyavomeho ni uko wabanzaga kwishyura mbere yuko uyavomaho,wamara kwishyura ukabona kuvoma.

Ayo mazi yakizaga indwara zose zibaho,kandi akakumara inyota ako kanya ukimara kuyanywa,ntuzongere kumva inyota ukundi.Ariko nubwo uwashakaga kuyanywa yabanzaga kwishyura,ntabwo umugabo ufite abagore babili yari yemerewe kuyagura,cyangwa umugore washatswe ari uwa kabili ntabwo yari yemerewe kuyagura cyeretse abanje gutandukana na wa mugabo bashakanye agasigara wenyine cyangwa agashaka uwe mugabo niwe wari yemerewe kugura ayo mazi kuko ayo niyo mategeko yabashaka kugura ayo mazi meza yumugisha.

Abacuruzi bakora uwo mulimo wubucuruzi ntabwo bari bemerewe kugura kuri ayo mazi batabanje kwishyura abo bariganije nabo bafitiye amadeni.

Umuntu wese wari ufitanye ikibazo namugenzi we,ntiyari yemerewe kuhagera cyaretse abanje kwiyunga nuwo bagiranye ikibazo.Nta muntu ufite imyenda yari yemerewe kuhagera atabanje kujya gusaba imbabazi uwo bafitanye ikibazo kugirango yemererwe kugura kuri ayo mazi meza atembamo ubugingo.

 

 

 

 

Mbona muri isambu gakondo y’ABALEWI (prists) hubatswemo urusengero,ariko urwo rusengero rwali rwarashaje kandi rwubatse nabi.Umwuka arafata ajya kunzengurutsa muri  uwo mugabane wa ABALEWI ngo ndebe kandi nitegereze ndeba uko hangana,hose kugirango nzamenye uko nubakisha urusengero nkurikije ubuso bwaho.

Nerekwa kandi aho abatambyi bagenewe kuzubakirwa amacumbi yabo bazajya babamo cyangwa baruhukiramo kugirango bashobozwe gukora umulimo mwiza wo gukiranuka banezerewe Imana ko ariyo gukiranuka kandi yita kubakoreshwa umulimo wayo wo gukiranuka.

Nerekwa nahandi hateguriwe kubakwa urusengero rwiza rujyanye namasezerano ya bakiranutsi,rwarundi basengeragamo rwali rwarahumanijwe barukurwamo bimukira muri urwo rwakabili rwiza rufite ubwiza buruta ubwambere (Bisobanurwa ngo,ubwiza bw’inzu ya mbere,buzarutwa nubwiza bw’inzu ya nyuma)

Aho hantu hali hatangaje cyane kubera ubwiza bwaho bwaharangwaga hakiyongeraho iriba ry’umugezi wa mazi meza cyane azana ubugingo mu bwoko bwasenzekaye,abafite ibikomere no gusharirirwa kwisi nabo bahaboneraga umugisha wo guhabwa ubugingo kuko abantu benshi cyane umwanzi yamaze kubaciraho iteka ko batazabona ubugingo.

Ubwo bustani bwamazi meza azana ubugingo mu bantu babuze ibyiringiro,imiryango yabwo yahoraga ikinguye 24/7, ntabwo yigera ikingwa kandi nayo mazi,bayavomaga igihe bashakiye gusa upfa kuba wujuje ibisabwa bikwemerera kuvoma kuri ayo mazi (Inzira zo gukiranirwa ntabwo ziharangwa) ndetse nimitekerereze imize gutyo,ntabwo yemerewe kuhagera kuko hahora hera kandi huzuye ubwiza bw’Uhoraho.

Abafite inkovu zibyaha ntabwo bemerewe kuhakandagiza ikirenge,ndetse no kuharunguruka ntabwo babyemerewe kuhagera kuko bidashoboka kuko bareba ubwiza bw’Uhoraho kandi badafite gukiranuka kwa Kristo mu mitima yabo.

Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo ubonye ntabwo bishyizwe cyera,kuko ariwo mugabane wawe.Uko niko Uwiteka agabira uwo yakunze,kuko akunda abamukunda kandi akabitaho cyane kugirango isi imenye yuko Uwiteka ajya yita kubo akunda nabo bakaba bamukunda

Azabagirira neza abashyire hejuru maze isi igere aho ibifuza kugirango bimenyekane yuko izina ry’Uwiteka ryanditswe mubiganza byabo kandi na mazina yabo yaciwe imanzi muganza by’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kwerekwa ibigiye gukorerwa mu isi yabazima uhereye muri gakondo ya bakiranutsi.Nerekwa Pastor RENE MASASU uyoboye Restoration Church Evangelical duhura asa nucitse asize umulimo w’Imana yakoraga ngo kubera yuko yaciwe ukuboko kumwe agasigarana akaboko kamwe gusa.Nitegereje mbona ukuboko ku ibumoso niko kwari kwaracitse yarasigaranye ukwiburyo konyine.

Nuko ndahagarara ndamusuhuza nawe arandamutsa,ariko nubwo yagendaga ntabwo yarafite icyerekezo cyaho yaganaga,ubwo mubwira ko natumiwe mu gihugu cya France na Belgium kujya gukora umulimo wa data.Ubwo yumvise ngiye kwerekeza imahanga agira umwete wo gushaka kunyumva neza no kuntega amatwi ariko nirinda kuyatsitaraho.

 

Maze ijambo ry’Umwuka w’Uhoraho ritangirira uko nagiye kumureba “1998 ndetse ni 1999“, mubwira iby’Imana yamuntumyeho ariko akanga kunyakira akansuzugura yanga ko tubonana.Ndetse umwuka yibutsa uko namutumweho muri 2009 na 2010 mbere yuko mva muri gakondo icyo gihe twavuganye kuri telephone arambeshya ibyo twavuganye ntiyabyubahiriza.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore washatse Rene Masasu,yanga kukwakira,ariko igihe kirageze ubwo azagushaka amaze gucika ukuboko kumwe atagifite uburyo yirata mu bantu,kuko icyo gihe azaba atinya abantu ko bamubona afite ukuboko kumwe kandi bari bamuzi afite yombi.Ubwibone bumubamo no kwishyira hejuru no gukunda icyubahiro,icyo gihe bizaba byararangiye namara gucika ukuboko kumwe nibwo azabasha kumva agatega amatwi amatwi icyo umwuka amubwira kubw’umulimo wayo akora uko yishakiye uko niko Uwiteka avuze,kandi niko abitegetse niko Uhoraho avuga.

Ubwo aba abonye inzu yumuturage iraho hafi ye,aba asabye nyirayo ngo amwemerere twinjiremo ngo musengere,ariko jyewe sinamenye yuko ashaka gusengerwa kuko yabikoze atabimbwiye mu buryo bw’uburinganya.Ijambo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko bizagenda abishyira hejuru bacishwa bugufiya naho abicisha bugufiya bashyirwa hejuru kugirango Uwiteka yiheshe icyubahiro muri bo uko niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kwerekwa imigambi yumwanzi maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore za magigiri zahagaze mu nzira ntiwirirwe usohoka ahubwo wigumire murutare rwawe kuko baguteze ambush ngo bakugwe gitumo ariko se buriya ntibashinga umuhunda ku kirenge?Niko Uwiteka abaza!

Abanyamurenge Kazi

 

 

 

 

Ijambo ry’ubuhanuzi rikomeza kunzaho maze rinyereka abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi biyita abanyamurenge b’abakongoman.Nerekwa ko bajya babyuka mu gitondo (abagore babo) bisobanura barozi Kazi bakajya kuroga inzira nyabagendwa kugirango abantu bari buhanyure bahumane.Kandi bahuriraga muri ayo mayira nabagabo bakora uwo mwuga mbere yuko bahumanya inzira,bakabaza gusambana barangiza kuhasambanira ubwo uhanyuze bwa mbere uwo mudayimoni wubusambanyi ukamwokama burundu ku buryo yumva ahora ashaka kwisambanira gusa ari ntawundi murimo yakora.

Icyantagaje ni uko muri abo barozi harimo inkumi na basore dore ko ari nabo bakoreshaga uwo mwuga wo gusambana kugirango uwo bashaka guhumanya yaba umusore cyangwa inkumi bibashe kumufata.Iyo bashakaga guhumanya mugore cyangwa umugabo hasamanaga umugabo numugore ariko batashakanye ahubwo bahujwe nuwo mwuga wo kuroga kuko mbere yuko bahumanya abantu babanza guhurira ahantu habigenewe aho bajya bahurira bakabaza gusenga bahamagara abadayimoni kugirango babahe imbaraga zo gukora byo bagiye gukora badafite ubwoba cyangwa ntibatinye amaso ya bantu kabone naho bababona barimo bahumanya abantu bo bakomeza umulimo wabo kuko wowe uba wihitira ntubyiteho ugakomeza kugenda nyamara uba wamaze kurenga aho bahumanijwe.

 

Ng’uko abantu benshi bahumanijwe nabo batazi,kuko inkozi z’ibibi umulimo wabo,nuguhumanya batitaye ngo urinde cyangwa se ngo barakuzi.Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ciraho iteka bariya barozi kazi,na barozi b’abagabo bakomeje guhumanya abantu b’Uwiteka yaremye ijuru nisi.

Mana data wa twese wo mu Ijuru,ndakwinginze ngo wumve gusenga kumugaragu wawe,mvumye iriya mitongerero yabarozi na barozi kazi bo mu bwoko bw’Abatutsi biyita abanyamurenge,usenye kandi urimbure imbaraga z’umwijima zabo izo bakoresha guhumanya ubwoko bwawe na bantu bawe.

Mbaciriyeho iteka ntibazongere kubona imbaraga zo guhuanya abantu bawe,ndetse no kugira uburyo ubwari bwo bwose bwatuma bashobozwa gukomeza gukiranirwa.Mpagaritse ibikorwa byabo byose kugirango bamenye yuko uri Uwiteka Imana Nyiringabo kandi mbahaniye kure yawe ntibazarebe mu maso hawe ukundi kuko banze gukiranuka kandi barwanije ubwami bwawe ninzira zawe zo gukiranuka uko niko Umuhanuzi Majeshi Leon abivuze!Kandi niko abitegetse mu izina rya data umwana n’umwuka wawe wera Amen.

 

 

 

 

Nerekwa umukuru w’igihugu cy’IBABYLON Uhuru Kenyatta ageze aho yifuza amasengesho kubwo kwiyamamaza kuko abaturage batamureba irihumye,bakaba batanashaka kumva aho yiyamamaza kuko ibyo yabasezeranije atari byo yabakoreye,numva Uhuru avuga ngo,arifuza umuntu wamusengera,ariko mu gihe ngiye gusenga mbona abagore bamugose (abarozi kazi) bateye induru kugirango batumva ayo masengesho maze isemgesho narinsenze rihinduka impfabusa ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ntabwo bishoboka yuko wasengera Uhuru Kenyatta ngo Imana yumve gusenga kwawe kandi azengurutswe nabarozi kazi akaba aribo yahaye intebe bakaba ari bo bibereye mu byicaro byiza bamwigisha gukiranirwa no kutubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Feb 2, 2017 njyanwa mu iyerekwa rikomeye cyane kandi ridasanzwe,mu butayu bugufiya bwo mu gice cya ruguru ya bwa butayu bundi busanzwe njya nerekerwamo.Buri hafi ya Nyanja iri mu burasizirazuba bw’Africa.Mbona ndi mu gice cy’ubutayu bugufiya buri hepfo y’umusozi wabutseho ishuli ryigisha ubwoko bw’Abatutsi kubaha Uwiteka Imana Nyiringabo.

Mbona ubwo butayu bukomeye cyane harimo Ihene z’isekurume (Ruhaya) zashokonkoye ubwana zikuze cyane bivuze ngo”umwuka w’ikinyoma”wamaze kugara no gushinga imizi muri gakondo ya bakiranutsi.

Mbona izo hene zizenguruka muri ubwo butayu zidafite aho zerekera,nongera kubona muri ubwo butayu abasore bo mu bwoko bw’Abatutsi baturutse mu gihugu cy’Isamaliya(Burundi)mbabona bari mu butayu bafite ibipfunyika by’urumogi rwinshi cyane barya urwo rumogi ari rubisi rutaruma amababi yarwo.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wabonye urubyiruko rw’Umwakagara arimo gutegura kumurwanirira?Ndasubiza nti cyane narubonye!Ndabwirwa ngo,nubwo arimo gutegura urubyiruko rwo kumurwanirira,ntabwo bariho ahubwo bapfuye bahagaze(dead walk) nabonaga umusore umwe arya ikilo kimwe [1] cy’urumogi (bang) akarurya akarumara wenyine.

Nongera kwerekwa abandi basore [2] bazengurukaga muri ubwo butayu bugufiya,basaga nabagenda batazi iyo berekera,ndetse batanazi ibigiye kubaho muri gakondo no mu isi ya bazima.Muri ubwo butayu hari ahantu bazaga bakikonector kuri network ya telephone bahageze ngo bikonecte kuri whatsaup na facebook na twiter basanga network ntayo ikiharangwa basanga yaramaze gukurwaho kandi buryo butunguranye.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,muri gakondo ya bakiranutsi,hagiye kubaho ibikomeye kandi mbere yuko bisohoza umulimo wabyo,bazabanza gukata network yose abanyagakondorero bakoresha kugirango hatazagira itumanaho rihakorerwa mugihe isezerano ry’Uhorao rizaba risohoje umulimo waryo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore bagiye kurasa Umwakagara nta tumanaho azaba afite kuko bagiye guhgarika internet yose yo mu gihugu,ndetse za telephone nazo ntabwo zizaba zikora kugirango Umwakagara bamuce igihanga nta tumanaho rihari ryo gukoresha ngo abantu batabona uko bahunga igihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Nkiri aho mu butayu budasanzwe bugufiya,nerekwa ingabo z’Umwakagara,zirimo ba SGT. Numva bavuga ngo,Gen.Nyamwasa Kayumba ngo afite ibikorsho bikomeye cyane,ngo guhangana nawe nukwigerezaho uko niko Uwiteka avuga.Numva baravuze ngo,ntabwo tuzarwanira Umwakagara kuko nta cyo yatumariya kandi nabaturwanya baturusha amaboko kwibw’ibyo,ntibikwiriye yuko tumurwanira andi tudateze gutsinda iyo ntambara tugiye kurwana duubiranamo ubwacu twenyine niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa za magigiri z’Umwakagara n’umwana w’UMUSITA bakorera hamwe muguhiga Umuhanuzi Majeshi Leon.Arik mbona ko batamubonye ngo bashoze umugambi wabo uko niko Uhoraho nYiringabo avuga.Ijambo ry’Uhoraho uwiteka Nyiringa rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,umwuka w’ikinyoma uciriweho iteka,ikindi kandi Umwakagara aku we ku ngoma!Ariko iyi ntambara igiye gukuraho Umwakagara ninayo izanakuraho umwana w’UMUSITA uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Umwami YUHI VI azasanga gakondo yarasahuwe n’Umwakagara ayisiga amarara masa!!!

 

 

 

 

 

Nsubizwa mu iyerekwa njyanwa muri gakondo ya bakiranutsi,mbona igihugu cyose Umwakagara yaragisahuye inshuro ebyeri.Mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo ya mbere ya batutsi,yarasahuye gakondo irayeza,hanyuma kandi mbona undi mwuka w’Inzigo y’Inzika ya batutsi ya kabili,nawo warongeye usahura gakondo urayikukumba burundu ntiwasiga nurwo kwishima mu mugongo.

Nkomeza kwitegereza mbona inzabibu zose zasigaye zari izamashashi nta nimwe yari yagatangiye kuzana umwanana w’imbuto ngo nibura abanyagandorero bagire ikizere yuko bazasarura mu mezi macye ari imbere.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwami Nyir’uRwanda yakagira Imana abantu namatungo,azima ingoma ariko azasanga ikigega cya gakondo ya bakiranutsi cyera dede!!!

 

 

 

 

 

Azaba afite imyenda myinshi azishyura,kandi nawe ubwawe (Umuhanuzi Majeshi Leon) agufitiye ideni rikomeye kuko wakoze udahembwa witangira gakondo ya bakiranutsi kugirango ubwoko bwe,yahaweho kuzamubera umwandu ntazabuyoboze INKONI yicyuma nkiyo umwakagara yabuyoboje.Ahubwo azabungabunga ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango agarure imitima yabo yahabye kubera igitugu cy’Umwakagara cyabahabuye!

Ariko ntugire ubwoba kandi ntuhagarike umutima kuko Umwami YUHI VI namara kwima ingoma nk’uko ijambo ry’ubuhanuzi ryabihanuye,agahabwa gakondo ya bakiranutsi nk’uko byategetswe,amadeni yose azayishyura nubwo umwakagara nabambari be,hamwe na myuka [2] y’Inzika z’Abatutsi,yasize igihugu icyejeje amara masa!

Aho niho ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuzamanuka kuzana umugisha kuko umugisha w’Uwiteka udashobora guturana n’umugisha wabadayimoni uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Reka basahure ibyo bahawe nabadayimoni kandi bajyane nabyo ariko basige gakondo nk’uko bayisanze kuko uko niko Umwami wa Bega (Umwakagara) yabivuze yuko azayisiga uko yayisanze uko niko Uwiteka abitegetse!!!

 

 

 

 

Nkurwa ahongaho nsubizwa mu butayu bwa bundi mbere nari nagiyemo,ariko none ngarurwa mu butayu nsanzwe nerekerwamo,mbona INKANGA,IMBATA,INKOKO,INJANGWE,INZOKA,mbese nerekwa abadayimoni b’ubwoko bwose bashushanijwe mu ishusho y’inyamaswa ninyoni ziguruka mu ishyamba zishoboka zose kandi zibaho.Iruhande rwabo bazimu nabadayimoni hari urwobo (hole) rulerule cyane maze nshaka gufata izo nkozi z’ikibi ngo nzirunde muri urwo ariko mfatamo Inkanga imwe nyica igihanga nyijugunya muri rwa rwobo ariko izindi zose zirirukanka ziransiga zihungira mu butayu butagira igitonyanga cya maze namba!!!

Ijambo ry’uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo badayimoni bahungiye mu butayu butagira amazi,bihorere kuko batazabaho muri ubwo butayu badafite ibibatunga,dore bazagwaho muri ubwo butayu bugufiya bishwe ninzara kuko badashobora kubaho badafite ibyokurya namazi yo kunywa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cyawe kirahumuje mu gihugu cy’IBABYLON,ugiye kugikurwamo nk’uko ijambo ry’Uwiteka ryabikubwiye.Ubwo uzaba umaze gusohoza mu masezerano y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ntuzibagirwe yuko Pastor NKUNDABANTU SIMON utuye IBABYLON KASARANI yaguhaye agace kumutsima na gacuma kamazi yo kunywa igihe wanyuzwaga muri ubwo butayu bw’IBABYLON.

Nubwo abana be bagukubaganiye ntuzabyiteho kuko we yakoze ibyo yasabwaga gukora kuko nta mutima mubi yabigiranye ahubwo byari ibihe bikomeye cyane atashoboraga kandi byari ngombwa yuko unyuzwa muri ubwo butayu kugirango hazaboneke umugabo wo kuzahamya ubutayu bwawe uko niko Uwiteka avuga,

 

 

 

 

Feb 3, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umuntu umwe mu bakomeye ahamagara abashofeur batwara imodoka za leta,baraza bahabwa amabwiriza yo gufata imfunguzo zimodoka (ibinyabiziga) bagatwara izo modoka muri parking mukibuga cyabigenewe kuko izo modoka zitazongera gukora kuko igihe cyazo kirangiye(Ubuyobozi) uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Nongera kwerekwa INKA bisobanura abadayimoni,binjizwa mu butayu burebure,ariko zimaze kugeramo,zisanga harabaye uruhira,barahatwitse nta bwatsi bukiharangwa.Mbona izo nka zihuye nakaga gakomeye cyane kugirango zishobore kubona ibyo zirya.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubuyobozi bw’Umwakagara buciriweho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo.Kandi imbaraga ze zose yakoresheje atwaza igitugu ubwoko bw’Uhoraho,nazo ziciriweho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo Imana yabakiranutsi niko Uwiteka avuze!

Kandi dore imbaraga ze z’umwijima amaze igihe akoresha uhereye igihe cyose yifuje kuba umuyobozi utwaza igitugu,nazo ziciriweho iteka n’Uhoraho Imana ica imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunganiriza maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari abagore [2] bakorana nabagabo [3] bashinzwe ku kugigira,none wowe ubimenye nurangiza ubihorere kugirango uzamenye amaherezo yabo.Kugirango igihe nikigera uzabashyire ku karubanda niko Uwiteka ategetse!

Nsubizwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abarozi kazi, (abagore) imilimo bakoraga yo kugambanira ubwoko bw’Imana,no kubuhumanya,bacirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore izo nkozi z’ibibi zibuze icyerekezo cyaho zizahungira kugirango zikize amagara yazo,ariko Uwiteka yamaze kuzigota kuzahunga ntabwo bizashoboka ndetse ntabwo bizabakundira,kuko barwanije umwuka w’Imana bibwira yuko bazawutsinda ariko barashinga umuhunda ku kirenge niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona idini rya Eglise VIVANTE rishiraho burundu,mbona abarwanashayaka baryo batifuza yuko ryashiraho,bakomeza kurwana urwandanze kugeza naho bibagiraho ingaruka kubera kurwana ishyaka ry’idini ritagira umwuka w’Imana.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ijambo ry’Uwiteka wahanuye kuri Eglise VIVANTE rigeze igihe cyaryo,ndetse rigeze kumusozo waryo kugirango risohoze umulimo waryo nyuma y’imyaka [14] urihanuye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwami Kazi,NYIRAMONGI JEZEBEL atumiza imbwirwa ruhame (meeting) atangira kwisobanura kubusambanyi bwakorewe ikambere bwaje kuvukamo abana [2] batari ab’Umwakagara,umukobwa niwe wimfura,naho umuhungu akaba yaramubyaranye na AMB:Nduhungirehe EUGENE GASANA waruhagarariye leta y’Umwakagara muri ONU.

Numva inshuti ze, na basaza be,bamugira inama bavuga bati,byaba byiza uhamagaye imbwirwa ruhame ukisobanura ku busambanyi bwakuvuzeho ugashaka uburyo ubindikiranya icyo gisebo kuko byakuvuzweho ariko ntiwatanga ibisobanuro ubihakana cyangwa ubyemeza ku buryo byafashweho nk’ukuri kubyo wavuzweho kandi dore abanyarwanda bakomeje kubisoma ku kinyamakuru inyangeNewss.com ku buryo izo nkuru zimaze gusomwa nabatari bacye bigaragara yuko byaduteye igisebo ndetse na bana bibatera ipfunwe rikomeye cyane ku buryo bugaragara ndetse natwe nk’umuryango byateye icyasha niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

 

Nkomeza kumva bamugira inama bamubwira yuko yakora ibishoboka byose,agashaka uburyo yahitana umunyamakuru Majeshi Leon,watangaje ayo makuru yibanga kandi akomeye akemera kuyashyira ahagaragara bikaba byateje umutekano mucye cyane mu muryango wabo.Nuko mbona ashatse abagore b’abagambanyi bari mu mahanga babwirwa kwandikira Umuhanuzi Majeshi Leon,maze bagakora ibishoboka byose bakaba inshuti nawe ku buryo bazajya bamenya gahunda ze zose bikazabafasha kubona amakuru yabagomba kumuhitana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Amagambo aheze mu mutima mu gihugu cya Canada!

 

 

 

 

Feb 4, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umwe mu badamu batuye mu gihugu cya Canada,nahaye ubutumwa Uwiteka Imana yanjye Nyiringabo yampaye,mbona babagisha inka bafata inyama (amagambo) bazishyira muri frigo mbona yuko izo nyama zimaze igihe kinini muri frigo nibwira yuko zaba zarangiritse,njya kureba nsanga zikiri nzima nk’uko bazishyizemo.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mwene so muri Kristo Yesu Umwami wabakiranutsi,yarababaye cyane ngo wamuhaye ubuhanuzi butamushimishije none dore byamuteye amagambo muri we,kandi na nubu yamuheze mu mutima we,aho gushakisha uko yabohoka ngo akorere Uwiteka abohotse,ahubwo byamubereye inzitizi zikomeye cyane   zizatuma adashobora gukorera Uwiteka umulimo yibwira yuko yahamagariwe gukora uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntukajye impaka n’umuntu uwari we wese,kubyo uzajya uhishukirwa,ahubwo ujye ubandika ubishyire kuri gakondo yawe INYANGENEWSS.COM,maze uzajya ashaka gusoma azajya abisangaho,kuko utahamagariwe impaka za bana b’abantu,ahubwo wahamagariwe gukora umulimo wa data Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona leta y’Umwakagara ihamagazwa dossier hamwe na dossier y’ubwami bw’uRwanda basabwa gutanga ibisobanuro bihagije bituma habaho gukururana kugeza nubwo havamo imfu,mbona ubwami butunganije dossier yabwo neza bayitanga mu butabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana (mu bakomeye) bo mu isi ya bazima.

 

 

 

 

 

Mbona Umwakagara agenza biguruntege gutanga ibisobanuro bigera naho basuzugura gutanga ibisobanuro kuko bari bazi neza yuko bazatsindwa nurubanza rw’ibirego by’ibyo bakoze!!!Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara arakomerewe cyane kuruta uko byatekerezwa mu mitima ya bana b’abantu,none yigeretseho urutsyo rushyushye kuko asuzuguye abakomeye kandi akaba aribo Uwiteka ajya akoresha kumubera amaboko yo guhana inyangaguhanwa nabatumvira abo bose ajya abigishiriza kumenya yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Umwakagara kwanga gutanga ibisobanuro yasabwe,bigaragaza yuko ibyo ashinjwa kandi aregwa,yabigizemo uruhare,icyo kikaba ari cyo kimenyetso simusiga gikomeye adashobora guhakana hejuru yibyo,akagerakaho agasuzuguru kuzuyemo ubuswa nubugome no kwiyemera bishingiye kubujiji bukomeye cyane n’umujinya wikiraha mabyi!Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

 

Nkomeza kwerekwa imigambi y’umwanzi uburyo arekereje kureba icyerekezo cy’Umuhanuzi aho cyerekeye,kugirango asohoze imigambi ye mibisha.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi ategerereje ku itumanaho ryawe ngendanwa (mobile) none umenye uko ugenza kuko bimeze nabi cyane Umwakagara yarakaniye cyane ngo azashirwa ari uko aguciye igihanga nk’uko yabigize kuri Ndahindurwa na Karegaye none ukore kwa kundi ujya ukora kugirango ubashe gusingira ibikwiriye gusingirwa kugirango umenye gukora ibikwiriye mu gihe gikwiriye niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Nerekwa umwuka witwa Rupfu!Mbona yasamye cyane ashaka guconcomera Umuhanuzi,ariko yarafite INKOTA mu ntoki,mbona ayinyujije mukanwa ka Rupfu!Maze arayimanura ayigeza hasi munda nyina wa rupfu,mbona ako kanya rupfu,aciriweho iteka ibye birangiriraho.Maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,ntutinye kandi ntubahagarikire umutima kuko ijambo ry’Uwiteka(ubuhanuzi) wahaweho umurage rishobora ku kurinda imbaraga z’umwanzi kuzageza igihe gikwiriye cyavuzwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Nuko rero haguruka ujye gutunganya ibidatunganije kugirango ucungure uburyo umwete igihe kitaragenda ngo inzira zikubyarire amahali uko niko Uwiteka aburiye.

Uwiteka ategura imitego y’abakagara,n’Abakagara Kazi,k’Umuhanuzi!!!

Njyanwa mu iyerekwa mbona umuntu w’umugabo wahumanijwe bamuhindura uko atari,ahinduka umusazi (Mad Person) mbona bamufunga amaguru namaboko bamuzana murusengero,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uriya muntu ubonye yarasaze,kandi yahumanijwe ni nkozi z’ibibi nizo zamukubaganiye.

Ariko mu minsi itaha umunsi w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,igihe uzaba usohoye imbaraga z’Uhoraho n’umwuka wera,zizamanuka zikore ibitangaza zikize ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo nabahumanijwe ni nkozi abasazi ibisenzegeri n’impumyi Ubuntu bw’Uhoraho buzabamanukiraho  maze bagirirwe Ubuntu bashime Uwiteka Nyiringabo Imana ikiranuka niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kwerekwa ibiri gukorerwa mu gihugu cy’IBABYLON (Kenya) mbona amatora alimo gutegurirwa gutora umukuru w’igihugu cy’IBABYLON,mbona ko gahunda z’imbaraga z’amatora zigenda zigaragaza ku buryo busanzwe!Maze mpabwa ijambo (Rhema word) rivuga ngo”opposition adding more

Ubwo mvuye muri iryo yerekwa nikomereza kwerekwa imigambi y’umwanzi agambiliye k’Umuhanuzi Majeshi Leon wahamagariwe kuba Umuhanuzi w’ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo mu mpande ennye (4) z’isi yose.Mbona abakagara na bakagara kazi,baherereye  mu gihugu cy’ubutayu bugufiya maze mbona bacukura icyobo kirekire cyane ariko bagira ibyago  bahura namabuye y’bitare binini bishinze mu butaka maze bacukura amasuka yabo agahengama.

Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi z’umwakagara zimaze igihe zicura imigambi yo kuguca igihanga zitega imitego ariko Uhoraho akaza akayitegura.None ntugire ubwoba cyangwa  uhagarike  cyangwa ngo ubahagarikire umutima kuko ibyo bakora basa nabashinga umuhunda ku kirenge.

Ijambo rikomeza kumburira riti,dore abalimo gucukura kiriya kinogo na bagabo [3]; ariko uko ubibonye ninako bimeze nta nzira bafite yahoo bapfumurira ngo basohoze imigambi mibisha yabo nkuko bayigambiriye kuko Uwiteka Nyiringabo yakubereye umwandu wawe ntabwo yabemerera gusohoza imgambi yabo niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa nongera kubona umugore wingumba (utabyara) mbona yuko yasomye  ubuhamya imilimo Uwiteka akomeje gukorera ubwoko bwe,maze numva aravuze ngo,nawe agiye kwandikira umuhanuzi amusabe amusengere kugirango nibura nawe abashe kubona igitangaza cy’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari umugore ugiyeku kwandikira agusaba kumusengera uzamusengere nzahita muha urubyaro kugirango amenye yuko nd’Uhoraho Uwiteka Imana yawe niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa akanyamaswa kameze nk’Ingeragere,ariko ako kanyamaswa kari gafite uduhembe dufatanye twamashami,kandi mbona kabyaye umwana wako maze ijambo ry’Uhoraho rirambaza riti,mwana w’umuntu,wamenye ubusobanuro bwaririya yerekwa?Ndasubiza nti oya!Ndabwirwa ngo,biriya bisobanura umugisha ufatanye kandi uheranye ugenda wiyongera umugisha ubyazwa uwundi mugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Feb 7, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu gihugu cy’IBABYLON,mu gace kitwa NAROCK,intara ya KAJIADOO,ubwoko bw’ABAMASAI buhatuye bwikuye kuri leta ya Jubilee bugiye kwifatanya n’ abavauga rumwe na leta (NASA) kandi biri butere umutima uhagaze umukuru w’igihugu cy’IBABYLON,ku buryo bukomeye kuko yatanze intonorano zo kugura abamasai,maze ababishinzwe bazishyirira mu mufuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imyuka ibiri [2] y’Inzika y’Inzigo,twicaranye hamwe turi tuganira kubibazo bikomeye kugirango tubyumvikaneho badashyirwa ahabona,umwuka w’Uwiteka Imana ya bakiranutsi,rambwira ati,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzingo,ukutse iryinyo rimwe hejuru (kutagira ijambo) ugiye kugushaka kugirango mwumvikane utawuteza ubwega ugakorwa nisoni niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi,mbona amadini (Churches) zose zo mu Rwanda, yuko yagize ubufatanya cyaha mu gutegura umugambi wa genocide,abakuru ba madini bakaba batarigeze bagaragaza uruhande bahagazemo ngo nibura bavuganire imyemerere yabo ijyanye nubumana bemera.

Ndabwirwa ngo,nubundi dore icyo abanyamadini bakoze mu w’1994,ninacyo bongeye gukora,bongeye kwishyira hamwe na leta,bagambanira ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo dore amanama abaye menshi ategura intambara igiye kubera muri gakondo ya bakiranutsi.Habuze numwe wahagarara mu cyuho ngo abere Uwiteka umuvugizi.None ubwoko bw’Uhoraho bwongeye kurimbuka niko Uwiteka abivuga.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunganiriza maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umukuru w’igihugu cy’IBABYLON,UHURU Kenyatta ntabwo azatsinda amatora nk’uko ijambo ry’ubuhanuzi ari ryo ryamwimitse agatsinda amatora y’umukuru w’igihugu yabaye mu w’2013.Ntabwo rero azongera gutsnia amatora,kandi ntabwo azemera yuko yatsinzwe amatora,ahubwo azateza intambara zikomeye cyane zishobora kuzahitana abantu benshi cyane bikazamukururira urubanza rutari rwarangira rwabereye mu gihugu cy’UBUHOLANDE ICC kugirango ijambo ry’ubuhanuzi risohoze umurimo waryo niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Feb 8, 2017 njyanwa mu iyerekwa rikomeye cyane,mbona ndi ahantu ntabashije kumenya ahari ho,gusa kumbuga y’ikibaya kitari kinini aho INKA zajyaga ziteranira zirisha (Abadayimoni) ariko noneho ntabwo zarishaga ahubwo zari zaciriweho iteka,aho izo nkozi z’ibibi zose zari zapfuye ku buryo butunguranye nta mudayimoni numwe ucitsemo (LUKE 8:26-28) izo nka zari zivanze niz’inzungu (Frizone) ndakwinginze ntutwice urupfu rwagashinyaguro!

Ubwo intumbi zabadayimoni zari zuzuye ahongaho,ndatse habura nabazirya,numva biranganje cyane,maze nerekwa nuruka njyanwa ku Ijuru mu isi y’umwuka nzengurutswa hejuru y’ikirere hasi ku isi hali hateye (ibifunzo cyangwa ibikangaga) biteye murufunzo rwinyanja nshakisha aho namanukira ngo mbone aho mpagarara ariko ndahabura.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,inzitizi zari zikuziritse zose zikuweho n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Dore aho warutuye mu gihugu cy’IBABYLON mu murwa mukuru w’ISHUSHAN,igihe cyawe cyo kuhatura kirarangiye,nuko rero rangiza vuba idatunganye kugirango ujyanwe mu gihugu Uhoraho yaguhayeho isezerano kugirango ujye gutangira indi milimo y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa,mbona amatora yo muli gakondo alimo gutegurwa mu buryo bunyuranije namategeko.Mbona za magigiri z’Umwakagara zihatira abaturage gutora Umwakagara,ndetse nerekwa banategura zimwe mu ntonorano zo guha Umuhanuzi Majeshi Leon,kugirango adakomeza guhumura abanyagakondorero ngo bamenye ibijya mbere.

Mu gihe ngikomeje kwitegereza,haza umusirikare w’umumagiri,araza ansaba ko nakwamamaza agatsiko kabicanyi kari kubutegetsi ka FPR,ubwo mu gihe yararimo kumpa amabwiriza hahita hamanuka umucyo mwinshi cyane usa nizuba,uhita ubarizamo ayo matora y’umukuru w’igihugu cya gakondo ya bakiranutsi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Urubyiruko rw’Abatutsi mu ishuli ryubakiwe abatutsi kwigishwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo.

Feb 9, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ryonge rakunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka agiye gukora ibitangaje kugirango umenye yuko ari Uwiteka Imana Nyiringabo wagahumagaye mu izina ryawe kugirango umukorere.Dore agiye kuburizamo imigambi y’inkozi z’ibibi kugirango badasohoza imigambi yabo bamenye yuko Uwiteka ari we Mana uko niko Uwiteka avuga.

Dore umwanzi yakwibasiye igihe kinini cyane,maze yibwira yuko yagutsinze,ariko noneho igihe kirageze ngo umwanzi amenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari weImana yawe uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abarozi kazi,mbona bagiye gushaka diploma yishuli bigagamo,noneho bashaka yuko twajyana ngasubira mu ishuli,ndabahakanira mbabwira yuko narangije kaminuza kubera iyo mpamvu ko ntashobora gusubira mu ishuli kandi nararangije.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zikozwe nisoni kandi cyane.Dore zirifuza kugushyira mu ishuli ry’ibigeragezo,ariko ntabwo byashoboka kuko byaba ar’ugushinga umuunda ku kirenge uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara arimo gutegura amatora ya 2017,kubera kubura uko yagira kuko kudategura amatora bimuteye ikimwaro yuko yemera yuko koko amatora atazaba nk’uko biteganijwe kugirango atazayobora manda ya lll ariko kandi nawe akaba azi neza yuko amatora atazaba ariko kuko ntakundi yabigenza,kugirango akomeze kubeshya rubanda rw’Umwami Nyir’uRwanda YUHI VI yuko hazaba amatora kandi ari ntayahari agomba kugaragaza yuko azabaho nyamara atazabaho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nkomeza kwerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo ya batutsi muri gakondo ya bakiranutsi,nerekwa abantu bingeri zose bashakisha aho bahungira ahashoboka kugirango babashe guhunga bakize ubuzima bwabo.Mbona undi mwuka w’Inzika y’Inzara ukomeye cyane muri gakondo,mbona abanyarwanda bahura nikibazo gikomeye cyane!Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abantu banze guhunga bigishoboka,none babuze iyo berekeza kugirango bakize bugingo bwabo niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Jyanwa mu iyerekwa mbona umwanzi akora  Tracing and Tracking ,mbona ko bibananiye,bafata icyemezo cyo gutwika gutwika telephone mbona ihindutse ubushingwe cyangwa ivumbi nigitaka.Ijambo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntugerageze kongera gukoresha telephone yawe kuko bafashe icyemezo cyo gutwika telephone yawe (mobile) uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nkurwa ahongaho nzamuka kumusozi wubatseho ishuli ryo kwigisha abatutsi,nsanga urubyiruko rurimo gusarura ibigori byari byeze(ibigeragezo) byihuse bya vuba,maze ijambo ry’Uwitka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore urubyiruko rugiye kwinjira mu bigeragezo byihuse kandi bikomeye cyane bya vuba niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,ngaho manuka ujye hepfo gatoya yiryo shuli nongere ku kwereka ibikurikira,ndamanuka nsanga hari irindi shuli ryubakiwe urubyiruko ndetse nsanga urwo rubyiruko ruri mu ishuli barimo kwiga,ndinjira nsanga hari umusore umwe alimo kujujubya abanyeshuli bandi bari muri iryo shuli,ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho hangana nuwu mugizi wa nabi ukize urwo rubyiruko rumerewe nabi cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho agiye gutabara ubwoko bwe,kuko umwanzi yabugize ingwate nimbohe kugirango batakorera Uwiteka Imana yabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa umugisha uri mu bice [2] ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka agiye kohereza umugisha uri mu bice [2] kugirango utunganye ibidatunganye bijyanye n’umulimo w’Uwiteka Nyiringabo utaratunganywa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Nerekwa ubwoko bwitwa ABALUHYA bwo mu gihugu cy’IBABYLON,mbona ubwo bwoko mbona buhawe akazi mukurwanya magendo nerekwa ahagararira Kenya Revenue Authority KRA.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu dore Kenyatta ntiyigeze yita kuri ubwo bwoko kuba yarabasuzuguye ubwo bwoko niyompamvu atazatsinda amatora niko Uwiteka avuga.

Feb 10, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ntambagizwa kuri gakondo ya bakiranutsi,nerekwa ibigiye kuba kubahatuye.Mbona Malaika w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo amanura umuyaga uturutse mu Ijuru ku Mana yaremye Ijuru nisi.Mbona Malaika w’Imana amanura umuyaga mwinshi cyane,awerekeza mukarere kibiyaga bigari,hamwe n’Akarere k’Africa yuburasirazuba bw’Africa”EAST AFRICAN COMMUNITY EAC

Nkomeza kwitegereza icyo uwo muayaga ugiye gukora,ukomeza kugenda mukirere ugeze aho gakondo iherereye mbona wamuyaga uramanutse uciye bugiya,maze wirara mu nsina zose ziteye muri ako karere kibiyaga bigari,uhuha za NSINA zose nimilima ako kanya ibara ryicyatsi,rihinduka umuhondo werurutse!

Ariko mbona yuko,gakondo ya bakiranutsi,ariyo yahutitse cyane kurusha izindi zose.Mbona nikirere gihise gihinduka hasa naho izuba ririmo kurenga,ndetse rivanze nibihu byo kumasana ya nimunsi (umugoroba).Iryo yerekwa ryali riteye amakenga cyane akomeye ku buryo budasanzwe!

Ubwo Umuhanuzi yakomeje kwitegereza ngo arebe amaherezo yiryo yerekwa,mbona yuko na cya kibaya kiri munsi ya gakondo ya bakiranutsi,nacyo mbona yuko gihuye na wa muyaga wamanutse ukurwa mu Ijuru,maze wirara mu mucyenke mwiza amatungo yarisha nawo uhita uruma.

 

 

 

 

Ubwo ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngwino nkwereke nibindi bihishwe bidashobora kuboneshwa amaso y’umwana w’umuntu.Ndagenda aranzamura ajyana mu ishyamba hagati,ariko muri iryo shyamba hari hateye amashyamba yibiti,maze hagati naho harimo INSINA ndetse hubatsemo inzu (igihugu) ubwo mbona hari inzu eshatu zihubatse.

Nerekwa gakondo y’Umuhanuzi yuko ihishwe hagati muri rya shyamba(ubuhunzi)maze mbona za magigiri zigerageza gushakisha uburyo bwose bushoboka ngo bagigire maze bamenye uwo mugabane wa gakondo y’Umuhanuzi aho uherereye,kugirango babone uko barimbura iyo gakondo maze Umuhanuzi asigare nta gakondo yahaweho n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuzamubera umwandu we.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore biriya byose weretswe uko bisobanura,umuyaga wabonye wamutse uturutse k’Uwiteka mu Ijuru,nigihano Uwiteka amanuriye Umwakagara ndetse na karere kose kibiyaga bigari,kugirango asenye imikorere y’umwanzi yose yamaze kuzahaza akarere kose.

Ariko cyane cyane,gakondo ya bakiranutsi,niyo izahura nuruva gusenya kuko niho habaye icumbi ry’abadayimoni bakomeye bategeka akarere kose.Niyompamvu uriya muyaga uzabanziriza muri gakondo kugirango urimbure imbaraga z’umwijima zagize igicumbi gakondo ya bakiranutsi.

Uriya muyaga wabonye,n’intwaro ikomeye Uwiteka yaremye kuzajya ukoreshwa mu bihe bikomeye cyane,ushinzwe kugamburuza abami bategekesha igitugu ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Uzateza amapfa akoeye cyane ku buryo ubwami bw’Umwakagara budashobora kubyihanganira,kandi uwo muyaga uzakwiragizwa no bihugu by’abaturanyi kugirango abasigaye muri gakondo batazahungana nizo nkozi z’ibibi bakakirwa kandi bakagirirwa neza.Ubwami bw’Umwakagara bugizwe numuvumo gusagusa.

 

 

 

 

Ndetse mababukoramo,nabo ubwabo bahindutse umuvumo,sibyo gusa,ahubwo namahanga aturanye n’Umwakagara,nayo yahindutse umuvumo kubera guturana numunyamuvumo.Banze kwamagana umuvumo,none bageze aho bahinduka nabo ubwamo umuvumo.Ubwo se bazawurwanya gute,bananiwe kuwurwanya utarabageraho,none bazawurwanya waramaze kubinjiramo bagahinduka ubuzima bwawo?Niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!

Ririya shyamba wabonye rihishemo gakondo y’Umuhanuzi,ndetse hakaba hubatse amazu [2] ya bamagigiri,numugabane wawe wahishwe mu mahanga(ubuhunzi)kandi za magigiri zikaba zirirwa ziguhiga amanywa nijoro,ariya mazu nibihugu bakoreramo aho bashinze imizi birirwa bajujubya ubwoko bw’uwiteka Nyiringabo.

 

 

 

 

Nkurwa ahongaho nsubizwa mu gihugu cy’IBABYLON, nerekwa amatora arimo gutegurwa mu buryo bwo kwiyamamaza uburyo umukuru w’IBABYLON Uhuru Kenyatta arimo yiyamamaza ariko akibwira yuko abaturage bamushyigikiye,ariko bakaba bamubeshya kuko umuturage waho kwiyandikisha kugirango azabashe gutora ahabwa amashillingi [500] ya mashillingi angana nibihumbi [4000] byamafaranga y’Umwakagara.

Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyababylon balimo guhabwa intonorano kugirango bazatore abayobozi,ariko nubwo bahabwa intorano kumpande zombi,ntabwo ari ko bazatora umukuru w’igihugu nk’uko abyibwira ko bazamutora.Yategetse nabi cyane ateza abanyagihugu ubukene bukabije niyompamvu batazamutora uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Feb 10, 2017 ubwo nalindi mu murwa mukuru w’ISHUSHAN, mu gihugu cy’IBABYLON,umwuka w’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo unzaho maze urambwira uti,mwana w’umuntu,manuka uve mu  murwa mukuru maze uzamuke werekeze mu butayu buhereranye nurutare rwawe.Ako kanya ndumvira ndazamuka nerekeza mu butayu bwanjye maze nkimara kuhagara,umwuka w’Uhoraho umpangaho maze uhita untwara mu iyerekwa rikomeye cyane!

Nerekwa ingabo za RDF na KDF,zihamagarwamo Officers benshi babwirwa kwmbarira urugamba rukomeye cyane rugiye gutangira mu minsi ya vuba.Mbwirwa kugenda nkegera izo ngabo nkumva amabwiriza zihabwa kugirango mbashe kuburira abarwana nazo cyangwa bahanganye nizo ingabo batavuga rumwe nubutegetsi bw’Umwakagara.

Mbona izo ngabo zitegura mu buryo butunguranye cyane kandi zitanezerewe,ariko kubera ari itegeko rya gisirikare kandi akaba ari wo mulimo bisabiye nta kundi byagenda.Mbona bagiye kumurongo muremure cyane bikoreye amasanduka ya masasu ndetse banikoreye amafungurw ayabo (Impungure) bisobanura ibigeragezo byihuse.

Mbona muri bo abenshi nubwo bambariye urugamba,ariko mbona batiteguye kumashanira Umwakagara.Mbona bamwe batangiye gutekereza uburyo bazirasa kumaboko kubera ubwoba kugirango batajya kumurongo (Front Line Extended) bahanganye na bene wabo ariko bo bakaba babita abanzi bigihugu.

Mu gihe nkiri muli iryo yerekwa,mbona iruhande rwanjye hali ahantu hahishe umugisha,njya kuwureba kugirango ndebe yuko waba aruwanjye uhishwe n’Uwiteka kuko byanditswe ko,tuzahabwa umugisha urahantu hahishwe humwijima.Yesaya 45:3,nditegereza mbona hakurya yanjye gato,hanyuzeho umugore wikoreye umugisha kugatebo maze nawe ndamuhamagara kugirango nitegereze iyo migisha yose maze ntoranyemo uwanjye.

 

 

 

 

Uwo mugore araza ntoranyamo imigisha yanjye yarihishwe ni nkozi z’ibibi kugirango mbona gukomeza urugendo rwanjye.Nkurwaho njyanwa mu modoka (ubuyobozi) yarintegereje hamwe nabagenzi banjye dukorana umulimo w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo turagenda tugera aho twifuzaga kugera maze nkurwamo bambwira kujya gutata inkozi z’ibibi ndagenda nsanga nizangabo zakuwe aho zabaga mukigo cy’ingabo (Military Camp) bitegurira kumashana.

Ndabwirwa ngo,ugume aho ngaho maze ukomeze kugigira ingabo z’Umwakagara witegereze kandi wumve gahunda zabo zose kugirango uze kuzigeza kubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko urugamba rurimo kurwanwa n’Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.

Ubwo mbona ko baje kubahisha aho ngaho kugirango babe bashakisha uburyo babajyana kurugamba rwihishwa.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,izo ngabo ubona zigiye kujyanwa muli DR Congo kugirango zihishweyo bitegurire urugamba rwabagiye kwataka Umwakagara ngo bamukure ku ngoma.

Ariko nubwo bajyanyweyo,ntabwo bazamurwanirira ahubwo bazahita bajya kuruhande rwabarwanya ubutegetsi bwe,kuko nawe bamurambiwe.Dore yashyizemo Abakagara bacyeya kugirango kugirango haboneke abasigara mu gihugu,kuko aribo bizewe cyane kurusha abandi.Ariko nabo bajyanywemo nta cyo bashobora kuzamarira Umwakagara kuko igihugu kigeze mu mashiranira aho buri wese agomba kwirwanaho kandi abakagara bose barazi neza yuko Umwakagara agiye gukurwa ku ngoma nubwo akomeza  kubaha ikizere gikomeye no kubereka yuko aribo banyagihugu.

Nyamara ibyo babibona nk’izozi zidasobanutse mu bwenge bwa muntu!Abandi bahawe amabwiriza yo gutera igihugu cy’ISAMALIYA, kugirango bakure Peter ku ngoma kuko agiye kumuca igihanga ku buryo bwihuse.Dore intwaro zimurwanya zamaze kugera ISAMALIYA, kandi niwe zitegereje ko zihabwa amabwiriza ya nyuma kugirango batanguranwe Umwakagara bamuce igihanga.

Ariko nawe yashyizemo za magigiri mu gisirikare cy’ISAMALIYA,bamugezeho amakuru uko bwije uko bucyeye!Niyompamvu atanguranijwe kugirango ajye guca igihanga Peter mbere yuko nawe amuca igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Ingabo z’Umwakagara rero nizemere zirimbuke kuko zigiye guhangana nabakomeye kandi bafite ibikoresho bihanitse baka badashobora gupfa gutsinda ruriya rugamba ahubwo bazahashirira kuko ngo Umwakagara yigambye imbere ya mahanga ko uzagerageza wese azakibonera.

 

 

 

 

Nyamara ntushobora gutsinda urugamba rwamagambo kuko uguhiga ubutwali muratabarana.Ngaho rero nakenyere yabihize kenshi yuko ar’umugabo ukomeye ufite imbaraga zidasanzwe akaba atera ubwoba amahanga akayatitiza,nuko rero nahame hamwe kuko bambaliye urugamba rwo kumukura ku ngoma,maze yiyerekane yuko ar’intwali aneshe amahanga akomeye agiye kumurwanya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ingabo y’Ingore iragushora ntigukura!!!

 

 

 

 

 

Feb 11, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi balimo gutegura amatora,ariko banategura undi Mwami wigishushanyo utemewe namategeko.Nerekwa abakimaze bazanira Umwakagara inkunga yo gushyigikira amatora ngo azabashe gukorwa,kuko babuze barabuze uburyo bwogutegura amatora kuko Umwakagara yavuze ko nta cyo yibitseho.

Mu gihe abaherwe balimo kuzana amaturo ngo bashyigikire amatora,ako kanya mbona MUKABAYOJO awe azanye umuhungu we kugrango bamwimike asimbure Umwami Kigeli V Ndahindurwa watanze aciwe igihanga na bene wabo b’Abahindiro kugirango bagurishe ingoma y’ubwami bw’uRwanda!

Nuko nkomeza kwitegereza izo mvange z’ubwami buvanze na repubulika,by’Umwakagara,ariko bisa naho bajijishe abanyarwanda,kuko bamaze guhabwa Umwami wemewe nitegekonshinga ndetse na kamarampaka yatoreye ubwami ubwami bugendera ku itegekonshinga “Constitutional Monarchy

Noneho biba uruvange rukomeye abanyarwanda bayoberwa nimba Umwami wimye ingoma,yaba ar’ukuli cyangwa ar’uwikinyoma kuko yimye ingoma mu bwami bw’Umwakagara,kandi mu muco no mu mategeko bikaba bitemewe hagato.Noneho abanyarwanda bayoberwa nimba amatora agiye kubaho baba bagiye  gutora Umwami cyangwa nimba bagiye gutora repubulika maze mbona ibintu bibaye imvange (Agatogo)

 

 

 

 

Nuko mbona habayeho kwitotombera Umwakagara cyane warumaze kumenya yuko agiye gucibwa igihanga,maze mbona abashyiriyemo imvange badashobora kumenya,ariko nibuka yuko ijambo ry’ubuhanuzi ryavuze yuko hazabaho Umwami wa nyirarushwa uzima ingoma akamara [24] kandi akazaba agenda na maguru (Umwami usuzuguritse) hanyuma akazaba ikimenyetso cya nyuma cy’Umwakagara ngo kuko bashaka guhangana n’ubwami bw’uRwanda bwimitse n’Umuhanuzi hamwe n’umwiru mukuru YUHI VI uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambaza riti,mwana w’umuntu,waba witegereje amahano agiye gukorerwa muli gakondo ya bakiranutsi?Ndasubiza nti nayitegereje rwose!Ndabwirwa ngo,buriya ngo bagiye kwimika undi Mwami ngo kugirango bahangane n’ijambo ry’ubuhanuzi kandi ahubwo ari bwo bagiye kurishoza kugirango ibyahanuriwe abanyagakondorero bamenye yuko Uwiteka ari we Mana kandi ko avuga!

 

 

 

 

 

Umwakagara nta kindi agambiliye usibye kuvangira abanyarwanda gusa!Kuko arabizi neza cyane yuko,uwo Mwami adashobora kwima ingoma,ahubwo arashaka kwereka abanyarwanda yuko Umwami YUHI VI, atari Umwami wabo,ko Umwami wabo ari uriya wigishushanyo utemewe namategeko no kugirango ateshe agaciro Umwami YUHI VI naho uko agiye kubikora,araba alimo kugarura izina ry’ubwami ryali ryaracitse muri gakondo ya bakiranutsi maze abantu batangire kwibona mu bwami aho kwibona muli repubulika!

Ikindi agambiriye ni uko ashaka kwimika Umwami wa nyirarureshwa kugirango amenye nez abashyigikiye ubwami maze abone uko abarimbura burundu akabamaraho.Ariko rubanda ntabwo bazi ayo mayeri yose alimo gukoresha ndetse nta nundi munyarwanda uzi icyo gitekerezo usibye we numutima we,kugiango bazamareho burundu imiryango yose ifitanye isano nubwami bw’uRwanda uko niko Uwiteka abivuga.

Uwo Mwami ugiye kwimikwa ntabwo azabona abamugaragira,kandi ntabwo azabyinirwa ndetse nta nubwo azabona abagaragu bazajya bamukorera nk’Umwami nyirizina.Ibi byose bigiye kubaho kugirango Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yikorere umulimo kandi yiture inabi n’Inzika yibyakorewe Kigeli V Ndahindurwa kuko amaraso ye alimo kuririra kubutaka asaba guhorerwa n’Uwiteka Imana kuko bamuciye igihanga ntawe yakubaganiye niyompamvu ababigizemo uruhare bose bagiye kubiryoza nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka abitegetse!

Mu gihe naringikomeje kwitegereza ibilimo kubaho mu isi,mbona umukire uzanye miliyoni [300] zamanyarwanda ngo arashyigikira amatora y’Umwakagara,kandi yaba kwimika Umwami w’igshushanyo,yaba amatora y’Umwakagara adateze kuzabaho,byose byabereye icyarimwe noneho abanyarwanda bayoberwa umuyobozi nyirizina uwari we,nimba bagiye kuyoborwa n’Umwami wigishushanyo,cyangwa nimba bagiye kuyoborwa n’Umwakagara.

Nuko numva abaturage bavugira mu matatama ko uwo Mwami batamwemera ngo kuko uwamwimitse atabifitiye uburenganzira,kuko Umwami yimikwa n’umwiru mukuru ubyemerewe n’umuco nyarwanda!

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ese byashoboka gute,ko Umwami yabaho atagira abamukeza?Byashoboka gute ko,umuntu yagira ubwami butagira ingabo?Byashoboka gute ko,umuntu agirwa Umwami adategeka abo abereye Umwami?Byashoboka gute ko,umuntu agirwa Umwami atagira inka zimukamirwa?Yewe aya na mahano mu mahano aturutse kwa semuhanuka azarimbura abasangira ngendo bumwuka w’ikinyoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,ngaho rero mwana w’umuntu,uce urwo rubanza kuko niwowe Uwiteka yashyizeho kubera umucamanza w’ubwoko bw’Uwiteka,kandi urubanza uri buce Uwiteka ararwemera kandi nirwo aribushyire mubikorwa maze ubwire abanyarwanda Umwami wemewe uwari we!

 

 

 

 

 

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, mwana w’umuntu,dore Nº 0021/0001/0017,warugezeho ubwo abacamanza bo mu Ijuru bafatanga umwanzuro wa nyuma yurubanza baherutse guca.Nuko nditegereza byose byakorewe Umwami Kigeli V Ndahindurwa,nuburyo bamukubaganiye kandi ntawe yagiriye nabi,nitegereza uburiganya bwakoreshejwe bukomeye bushingiye kunda nini nubusambo bukomeye bw’Abahindiro,maze byose maze kubigenzura mfata umwanzuro ukurikira kandi ukomeye.

Mbwira Uwiteka Imana yanjye,Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,nti Uhoraho we,ndagushima yuko wangiriye ikizere ukangira umucamanza wabari mu isi yose!Akaba atari mu bwoko bwawe gusa,ahubwo ukaba warampaye uburenganzira bwo kwimika abami nibikomangoma mu gihe gisa nk’iki!Nkimara kwitegereza no kugenzura ibyamategeko y’umwuka ateganya,nsanze harabayeho kuriganya ubwami bw’uRwanda gakondo y’ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Muri iki gitondo taliki ya 11 gashyantare 2017,jyewe Umuhanuzi Majeshi Leon,mfashe umwanzuro wo gusenya ubwami bw’Umwami wigishushanyo ugiye kwimikwa ni nkozi z’ibibi zishingiye ku itegeko rirwanya umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,nkurikije iteko ry’ijambo ry’Uwiteka ndetse nitegeko ry’ushinze kwimika Umwami,ubutabera bw’Uwiteka bukorera mu isi ya bazima bukaba buhagarariwe n’Umuhanuzi Majeshi Leon,nsanze Abahindiro baragambaniye Umwami wa gakondo ya bakiranutsi (Umwami Kigeli V ndahindurwa) kugirango bagurishe ubwami bw’ubwoko bwawe.

 

 

 

 

 

Nemeje bidasubirwa yuko uwo Mwami wa nyirarushwa ugiye kwimikwa na cya gisambo cyiyitirira izina ry’Uwiteka ‘EZRA MPYISI’ wemewe kuba IMPYISI Mahuma,kuko izina ariryo muntu.Ubwo bwami buciriweho iteka.Busenywe butarabaho yaba imbere ninyuma yaba hasi no hejuru,yaba iburyo nibumoso,ubwa bwami ndabusenye kandi mbuciyeho iteka mu izina rya data,mwana na mwuka wera (ubutatu butagatifu) Uwiteka Imana yanjye ntibuzagire umugisha wo kurama cyangwa kuramba,ahubwo uzabwiture ibyo bakoreye Umwami Kigeli V ndahindurwa kugirango uzagaragaze ubutabera bwawe mu isi ya bazima.

Ntuzigere wumvira gusenga cyangwa gusaba kwabo kuko kuzuye uburiganya no kutumvira ijambo ryawe,kuko banejejwe no kumena amaraso atariho urubanza kandi ntabwo bigeze bashaka kumenya ibyo ijambo ryawe ryavuze!

Ahubwo aho kuryamva no kuryumvira,bagize umwete wo kurirwanya bashaka kwikorera ibinyuranije nubutabera bwawe Uwiteka Nyiringabo.Nanjye rero umugaragu wawe,akaba n’umucamanza wabari mu isi,nemeje yuko ubwo bwami butazabaho mu izina ryawe kuko wampamagariye kubaha izna ryawe no kurihesha icyubahiro mu isi ya bazima kandi ngacira ubwoko bwawe imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Feb 11, 2017 umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho rimpishurira ibigiye kubaho mu isi ya bazima, cyane cyane muri gakondo ya bakiranutsi.Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore muli gakondo ya bakiranutsi hali “IGITI” cyitwa “NYAMAGONGA”icyo giti kigiye kugwa vuba bishoboka kandi kigiye kugushwa na wa muyaga uherutse kumanurwa na Malaika w’Uwiteka wamanuye umuyaga uturutse mu Ijuru kugirango unyeganyeze ibitanyeganyega kandi uhuhe ikintu cyose gifite ubuzima nubugingo kugirango ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo risohoze umulimo waryo uko niko Uwiteka avuga.

Nuko mbona cya “GITI” kirekire”NYAMAGONGA”kimanuwe numuyaga ukomeye cyane maze cyigwa hasi cyigwira abantu bari bakirangamiye bakitegereza uburyo cyazamutse kikaba kirekire mu biti byose biteye kwisi.Malaika wakimanuye agicamo gatatu maze amashami yacyo acikagurikamo agwa ku bantu bari barangamiye icyo giti batangazwa ni ukuntu cyakuze mu gihe gitoya cyigasumba ibiti byose byakuze mbere yacyo.

 

 

 

 

Abantu baguweho namashami yacyo benshi bapfuye,abandi kirabakomeretsa cyane bikomeye cyane,abandi bahinduka ibisenzegeri.Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti mwana w’umuntu,abantu banze kumvira ubuhanuzi bw’Uwiteka ngo bahungishe bakize ubugingo bwabo bakomeza kwirangarira bibwira yuko ibyahanuwe bitazasohoza umulimo wabyo,none dore baciriweho iteka kubera kutimvira Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga!

Ubu rero birakomeye cyane kuba umuntu yakiza ubugingo bwe,bizasaba gutanga igiciro cyinshi cyane,ariko uwabikora byakiza ubugingo bwe,aho guha azize kubura ubwenge akirigira Umwakagara mucyimbo cyo kwiringira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Burira abantu ubabwire uti,IGITI kiraguye!Igiti kiraguye!

Naho batuzumvira,ariko ntabwo bazacira urubanza Uwiteka ngo bavuge yuko atababuriye!Uzarimbuka azaba yirimbuye!Kandi azacirwaho iteka n’Uwiteka Nyiringabo kuko yanze kumvira iyo ivuga yo mu Ijuru ahubwo agahitamo kwiyahura,kuko byanditswe ngo,nta kwizera Imana,nta kunezeza Imana uko niko Uhoraho abivuga.

 

 

 

 

Ubwo nkiri muri iryo yerekwambona umugore n’Umukobwa barikumwe numusore binjira mu kamodoka kari kabategereje ngo baze bakinjiremo.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’Umuntu,bariya bantu ubonye nibamagigiri bashyiriweho ku kugigira niyompamvu muri iki gihe utakibona za e-mail zose zajyaga zikwandikira kuko bamaze kugushyiriraho inkozi y’ikibi ikugigira kugirango barusheho kumenya gahunda zawe namabanga yawe kugirango babone uko bazaguca igihanga nyamara birasa no gushing umuhunda ku kirenge kuko bidashoboka yuko basohoza imigambi yabo niko Uwiteka avuga.

Nubashyira ahagaragara uzabona hadutse abandi bashya bifuza cyangwa basaba gusengerwa kugirango bakomeze kuvugana nawe,kuko bakeneye kumenya igihe uzavira IBABYLON, werekeza mu isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka avuze!

Nerekwa AGATI kakiri gatoya kazamutse mu butaka bwo mu butayu,karazamuka kageze hejuru haza umuyaga urakarimbura kuko wasanze katagira ireme, nimbaraga zo gushora imizi mukuzimu kugirango kabashe guhagarara kazabone uko gashamika amashami yako kazabone uko kazagara nako kabe ingazamarumbo.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bagiye kwimika Umwami Gakondo utazaraza ngo asamure,ahubwo imizi ye,izaribwa na gakoko kitwa “INONDO” agaca karategereje yuko uwo Mwami yima ingoma,kugirango gatangire kirire imizi yuwo Mwami kuko izaba iryoshye cyane kuruta iyindi mizi ya bami bose babayeho.Uwiteka niwe wohereje ako gakoko agashyira mu butayu kugirango kahabe gategereze uwo Mwami wamburamumaro ugiye kwima ingoma itazabaho kandi rukara rw’igisage aganje ku ngoma ibyo nabyo namayobera kandi bisa no kwiruka inyuma y’umuyaga niko umuhanga w’ibyanditswe byera yavuze,akaba umunyabwenge washyiriweho abanyabwenge nabahanga kugirango bamwigireho niko Uhoraho Nyiringabo avuga.

Umwuka w’Uwiteka ukomeza kunganza cyane,nerekwa mu gihugu cy’IBABYLON, hakorwa ubwicanyi bukomeye cyane kubera uburiganya bw;ubutegetsi bwashatse kuriganya uburenganzira bwabaturage bishakiye mu matora y’umukuru w’igihugu.Mbona baca ibihanga abagore na bakobwa barangiza kubera umujinya bakabasambanya kumanywa yihangu kubera umujinya ukomeye cyane utewe no kwiba amajwi yabaturage uwo batoye akaba atariwe uhawe umwanya w’umukuru w’igihugu cy’IBABYLON, niko Uwiteka avuze!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,funga ikoranabuhanga ryawe,kuko umwanzi alimo gushaka uburyo yakurikirana itumanaho ryawe kubera ijambo ry’Uwiteka washyizeho murukerera ryamaze gusakara hose kandi rikaba ryabahagaritse umutima ku buryo bukomeye ndatse budasanzwe!Ubwo ako kanya nahise mfunga izo telephone zose kuko nkoresha nyinshi kubera inkozi z’ibibi ziba zihiga ubugingo bwanjye nigihanga cyanjye.

Umwuka w’Uhoraho unkomereza mu iyerekwa nshaka kurivamo ngo nduhukeho gatoya,ariko biranga umwuka aranganza cyane.Nerekwa umutegarugori ufite abakobwa atuma kujya kwiba ibyasezeranijwe bilindwa n’Umulinzi Mukuru wibyasezeranijwe maze baraza mbona Umulinzi Mukuru arabafashe abashyira ku karubanda nyamara nyina wabo bana b’abakobwa yari yiringiye yuko Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe adashobora kumushyira ku karubanda ngo amenyekane.

Umwuka w’Uwiteka arambwira  ati,mwana w’umuntu,vugana n’Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe umubaze amashirakinyoma maze akubwira ibyari byo,maze utangire utegure uburyo bwiza bwo kuzashyira izo nkozi z’ibibi ahagaragara kugirango zikorwe nisoni kandi zimenyekane kuko zamaze gucirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abitegetse,kandi niko avuga!

Feb 12, 2017 njyanwa mu iyerekwa ry’uruvangitirane rw’amasezerano ya bakiranutsi,mbona ntambagizwa muri gakondo ya bakiranutsi,iyo gakondo ikaba yariri hamwe na gakondo y’Uwiteka Imana Nyiringabo(uruzabibu)mbona urwo ruzabibu inkozi z’ikibi zishaka kurwigarurira kugirango Umuhanuzi asigare amara masa!

Mu gihe narindimo gutambagizwa muri urwo ruzabibu rufatanye na gakondo ya bakiranutsi,mbona haje insorensore zihita zinjira muri gakondo ya bakiranutsi,batangira kurandura inzabibu zahinzwemo.Mu gihe nshatse kuzirwanya mbona noneho binjiye ari benshi cyane,kandi noneho halimwo nabagore benshi cyane (Abarozi Kazi)

Mbonye yuko bandushije amaboko(imbaraga)ubwo negera umwe muli bo wasaga naho yazanywe kugitugu!Ndamwegera mubaza amaashira kinyoma impamvu abanyarugomo binjiye muri gakondo Uwiteka yageneye abakiranutsi bakaza barandura uruzabibu rw’Uhoraho kandi batanabanje kwishyura iyo gakondo ngo tuyivemo tuyibasigire.

Aransubiza ati,abo bantu boherejwe na FPR,umutwe witerabwoba,ushinzwe kurimbura ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Arambwira ati,kwishyura bishyuye kuko nabonye baha Nzika ya Nzigo,check yo kugura impungure.Nkomeza kuzamuka nerekeza ku icumbi aho ducumbika,mpura na Nzika ya Nzigo,mubaza byamashira kinyoma niba koko yahawe check yo kuduha,maze nsanga alimo gushakisha aho yayitaye kuko yarikozwe mu kantu kicyuma kakozwe na society yitwa “PERIGORY”.The meaning of word perigory”.

Perigory census records

You can use census records and voter lists to see where families with the Perigory surname lived over the years.

While the questions in census records vary from place to place, and year to year, you can generally find information like name of household members, ages, birthplaces, residences, occupations, etc.”

Ubwo nahise mufasha gushakisha tugira amahirwe turayibona,ako kuma ugashyira mu byuma bizana amafaranga,wamara kugasesekamo,icyuma kigahita kizana amafaranga ajyanye n’umubare wifuza!Ariko umubare munini wa mafaranga wari uwo kugura impungure zizajyanwa mu nkambi zimpunzi!

 

 

 

 

Mbwiwa yuko hahise hanashyirwaho urukiko rukurikirana abagize uruhare rwo kurimbura gakondo y’Uwiteka yageneye abakiranutsi.Ubwo bitewe ni uko batigeze bishyura igiciro cy’uruzabibu rw’Uwiteka Imana Nyiringabo,ubwo nahise mfata umugambi wo kujya gutanga ikirego murukiko rwashyiriyeho inkozi z’ibibi zashenye gakondo Uwiteka yageneye abakiranutsi.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wamenye uko biriya bisobanura?Ndasubiza nti,byabaye uruvange nsa naho ntabisobanukiwe neza insobanuro yabyo!Arambwira ati,uyu munsi kuri iki cyumweru hafashwe umwanzuro wo gukuraho Umwakagara hamaze gutegurwa bedget yo kumukuraho,ndetse bamwe mu basangirangendo be,bo muri FPR bamaze kumugurisha bemeye kumugambanira.

 

 

 

 

Ikindi ni uko hamaze gutegurwa urukiko ruzafunga abazaba bakoze ibyaha by’ubwicanyi mu ngabo z’umwakagara,zamennye amaraso,bagiye kongera kumena ayandi kandi menshi cyane kugirango ijambo rya hanuwe n’umwuka w’Uhoraho Uwiteka Imana yawe,maze bacirweho iteka nk’uko ijambo ry’Uhoraho ryabivuze!Ingabo za RDF/KDF,zamaze gutegurirwa urukiko ruzabafunga,kandi bamwe mu basangirangendo bumwakagara bamaze kugambanira uwabakamiye amata,none barayahaze batangiye kuyaboga!

Nuko numva imyasiro y’umwuka wera avungira mu butayu,ati mwana w’umuntu,ibyo weretswe biraje kandi vuba cyane kandi gakondo ya bakiranutsi igiye gusenywa ni nkozi z’ibibi ishyanga rifite imibiri irembekereye,ishyanga risiribanga ishyanga ryabo.Iryo shyanga rifite umubiri urembekereye ryahoze riteye ubwoba ndetse rigahindisha umushyitsi ayandi mahanga baturanye na bugingo nubu uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.YESAYA 18:1-7

Nkomeza gutambagizwa n’umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,njyanwa kureba umulima uteye ibigori byamaze kwera,ariko ntibyasarurwa.Ibyo bigori biruma birongera bimerera mu mulima byongera kumerera muri uwo mulima.Ntangazwa ni uko uwo mulima wahingwagamo na Nzika ya Nzigo,ari we nyir’ubwite kandi nyamara uwo mulima wari waragurishijwe uhabwa nyiriwo ariko Nzika ya Nzigo akomeza guhinga muri uwo mulima kandi ari we wawugurishije ibi nabyo bisa no kwiruka inyuma y’umuyaga niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Mbona abatavuga balimo Gen.Kayumba Nyamwasa basabwa namahanga gushakisha itangaza makuru ryandika mukinyarwanda rizwi kandi rikomeye iryo abanyarwanda bashobora kwibanamo bagahabwa amakuru asesenguye kandi ridafite aho ribogamiye.Maze mbona bashakishije itangaza makuru ryandika amakuru rifite abantu bannshi cyane mbona bahisemo ikinyamakuru inyangeNewss.com

Kugirango bazajye bakorana n’inyangeNews mugutagariza abanyagihugu amakuru yibigiye kubaho murwagasabo.Nuko mbona inyangeNews ihabwa ikazi keza kandi gakomeye cyane ko gutangariza abanyagihugu amakuru adafite aho abogamiye.

Mu gihe nkiri muri iryo yerekwa mbona Umwakagara acyuye abanyapolitike [2] bakoreraga mu mahanga,mbona abatumyeho umwega mwene wabo kugirango ajye kubasaba gutaha mu gihugu kugirango bigaragarire abatavuga rumwe na leta yuko batagifite imbaraga zo kurwanya Umwakagara bagifite yuko nabo bafi bafatanije balimo gutaha mu gihugu bakajya gukorera Umwakagara kumubera abagaragu ariko bakimara gutaha Ijuru rihita ribagwaho uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira urubyiruko ruri muli gakondo ya bakiranutsi,bakore amasengesho y’iminsi [3] biyeza kandi bihana ibyaha bakoze byo gukiranirwa imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Abazakora ayo masengesho bakayarangiza azaba ahwanye namasaha [72];bazalindwa mu gihe cya kaga gakomeye cyane kagiye gutera gakondo ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.

Nerekwa  mbona gakondo yagoswe nabatavuga rumwe na leta y’Umwakagara mbona ahantu hose hagoswe Umwakagara adafite aho yinyagamburira.Nerekwa kandi mbona bagose kumarembo yo irango rya gakondo ya bakiranutsi rimanuka ryerekera mu butayu buguifya.Mbona umucyo waruri murwagasabo uhindutse umwijima,mbona bazanye ibyuma birebire babiseseka mu mwijiro wo mu irango mu irebe rya gakondo ya bakiranutsi maze batangira kujomba abarimo imbere mu nzu muruganiriro ndetse nabari bihishe mu mirambizo ya gakondo Uwiteka yahayeho kuzaba umwandu wabakiranutsi niko Uwiteka avuga.

Feb 13, 2017  ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara yagambaniwe nabasangirangendo be,kandi hamaze gufatwa umwanzuro wo kumuca igihanga,nkuko ijambo ry’Uhoraho ryavugiye mukanwa k’Umuhanuzi Majeshi Leon,ninako bibaye kuko icyo umuntu abibye ari cyo asarura uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Nkomeza kumva imyasiro y’umwuka w’Uwiteka Imana Nyiringabo,ikomeza kunganiriza cyane,imburira ibigiye kubaho mu isi ya bazima.Ndabwirwa ngo”Umwakagara byarangiye hasigaye kumusunika agahirima kuko ibyari bigoyee,byamaze kuboneka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Umwakagara yagambaniwe kurwego rwo hejuru,kuburyo adashobora kubirizamo uwo mugambi wateguwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kuko icyo umuntu abibye ari cyo azasarura niko Uwiteka avuga.

Feb 14, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umwanzi angendaho aho ngeze hose,nkagerageza kumwihisha,ariko akanga akaba yangezeho.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ugire ubwenge kandi cyane,kuko umwanzi aguhagurukiye ashaka ubugingo bwawe niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ariko nuba umunyabwenge,nta kibazo uzagira habe nagito kuko ibuye ryamaze kugaragara ritica isuka!Nuko rero haguruka urwane intambara ya nyuma ikomeye cyane,kandi Uhoraho Uwiteka Imana yawe,azabana nawe niba wumviye imiburo y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Ijambo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi (Umwakagara) yaritsize,ngo ntazarya ntazanywa atarabona igihanga cyawe kuko bamaze gutegura uburyo bwo kugukurikirana bifashije ikoranabuhanga(Tracking) none umenye ubwenge ugenze kwa kundi ujya ukora.

 

 

Nuko mbona aho nerekeye hose nkabona za magigiri zikomeza ku nkurikirana,manuka mu butayu naho bansangayo,ndahava nerekeza mu gikombe cy’abakiranutsi naho bansangayo,ndahava nerekeza mu butayu bwamabuye(JUNGLES) naho bansangayo,ndakomeza ndabahunga noneho mbona ahantu hari umugore wigunze(ITORERO) ubwo uwo mugore anyereka murutare aranjyana ampishimo maze inkozi z’ibibi imigambi yabo iburizwamo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,uyu munsi taliki ya 14 February 2017 baraza ku kubuza amahoro telephone zose uri buhamagare,baribuzihackinge,nuko rero umenye ubwenge kugirango umenye uko ugenza kugirango utagwa mu mutego w’Umwanzi wabakiranutsi.

Erege mwana w’umuntu,bimeze nabi cyane hagati y’Umwakagara(demon)n’Umuhanuzi bamaze igihe kinini bahanganye cyane none ijambo ry’ubuhanuzi rimaze kuganza umwuka w’ikinyoma wabadayimoni umaze imyaka myinshi cyane uzengereza gakondo ya bakiranutsi hamwe n’ubwoko bw’Uwiteka Imana ikiranuka uko niko Uwiteka avuze!

Dore nd’Uwiteka Imana Nyiringabo,ngiye gukora ibikomeye cyane mu isi ya bazima,kugirango bimenyekane yuko Uwiteka ari we Mana ikiranuka mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka avuga!

Mwana w’umuntu,Umwakagara ahagaritse umutima kubera ubwami bw’uRwanda yashatse gusenya,ahubwo akabufasha kwimikwa mu buryo bwiza kandi busobanutse!Yaciye igihanga Umwami usheshe akanguhe abaha atanze umwanya wo kwimika Umwami mushya,none yamanitse agate yicaye,kuzakamanura bizamusaba guhagarara.

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

Save

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar