Umwami Ndahindurwa,agiye kwihorera!

Mar 1, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona turi murusengero dusenga,ariko urwo rusengero rwasaga nurw’Abatutsi gusa!Umupastori yari umututsi maze mbona dutegereje yuko umuyobozi mukuru ahagera maze tugatangira gukora amasegesho ariko mu gihe twari dutegereje yuko umuyobozi mukuru aza,twaririmbaga indirimbo zo kuramya no guhimbaza.
Ubwo ntabyatinze umuyobozi mukuru araza yari kumwe nabandi bamufasha kuyobora bamufashije inkwi bari bazaanye mu ntoki,ariko we yarafite ikibiriti mu ntoki ze!Ubwo atugezeho ahindukamo Umwami Kigeli V Ndahindurwa watanze taliki ya 16 ukwakira 2016 mu gihugu cy’America.
Ubwo yahise ampereza za nkwi harimo imyase [6];maze mfata ya myase [6]’arambwira ati,ngaho kuramo iyo myase uyishyire kuruhande.Ndayifata nyishyira kuruhande maze ampereza cya kibiriti yarafite arambwira ati,ngaho cana umuriro maze ufatishe umwe muri iyo myase.
Mfata umwase umwe ncana cya kibiriti kiraka maze mfatisha uwo mwase uraka vuba vuba byihuse!Maze arambwira ati,umva Majeshi Leon,ndabizi warakundaga kandi wangiriye inama nanga kuzumvira none Umwakagara yanciye igihanga nk’uko wajyaga ubimbwira nkabihakana ahubwo nkemera iz’umwakagara Gakwaya Jean Marie kandi ari we wangambaniraga.
None ndagirango nkwitumire kandi ndabizi urantumikira umbwirire Umwakagara hamwe na EZRA MPYISI nabanyarwanda bose muri rusange,uti,uku niko Umwami Kigeli V Ndahindurwa avuga!
Mwageze kumigambi yanyu mwashakaga,mutuma nigira murugendo vuba vuba rutari ruteganijwe,ariko noneho burya haracyariho kirazira mu bwami bw’uRwanda.Nta bami [2] mu gihugu kimwe,iyo bibaye aba aramahano.Ibyo rero mu giye gukora namahano kandi umuriro urahita waka vuba vuba igihugu gihinduke umuyoga.
Nta kundi byagenda ibyo umwiru mukuru Boniface Benzinge yakoze,nibyo byari bikwiye gukorwa naho mwebwe ibyo mu giye gukora nagahoma munwa murabe mwiteguye kuzima umuriro mugiye kwatsa kandi dore namaze kuwatsa nifashishije Umuhanuzi ubanza mutazashobora kuwuzimya kuko uriya mugabo Majeshi Leon,ariwe Muhanuzi Uwiteka yahisemo mu gihe cyanyu kugirango mu mwumvire uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubugambanyi bubaye bwinshi,ukwiye kubanza ugatuza itumanaho ryose waba urihgaritse kugirango ubanze ukenguze impamvu zabyo kandi urusheho gusobanukirwa umenye uko ibintu byifashe kugirango ukure urukungu mu ngano kugirango usarura amenye kubitandukanya kugirango batazarandura ingano bibwira yuko ari urukungu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Erega mwana w’umuntu Uwiteka yakubwiye yuko amaso ye aguhoraho kuko umwanzi ari kuguhiga cyane bikabije ariko ariyimbire kuko yaba alimo gushinga umuhunda ku kirenge kandi bidashoboka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nongera kubona nambaye inkweto nziza ariko mukanya gatoya za nkweto zihita zicikagurika zose uko nzambaye maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,izo gahunda bigaragara yuko nta butumwa bwiza burimo kuko umwanzi yamaze kutangira hirya no hino kugirango agute muri yombi nibyo nakubwira yuko ubugambanyi bwamaze kwiyongera ariko ababukora bazacirwaho iteka kuko bagambanira umwana w’umuntu kandi ari nta cyaha yabakoreye ahubwo ashinzwe gucira isi yose imanza zo gukiranuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.