Umubare 666 muri Pass Port mu Rwanda no muri Kenya!?

Ibihe bikomeye mu isi ya bazima bikomeje kwigaragaza nkikimenyetso gikomeye kigaragaza kuza k’Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo.Amakuru aturuka ahantu hizewe mu biro bitanga inzandiko z’inzira bakunze kwita Pass port mu gihugu cya Kenya za gihamya zivuga yuko izo nzandiko umwanzi yamaze gukoresha amayeri akomeye cyane abantu benshi bashobora kuba bataramenya uburyo urwo rwandiko rwaba rukoranye ubuhanga bwaba bufitanye isano na Anti-Kristo.
Amakuru aturuka mu biro bitanga za Pass Port ahamirizwa nitangaza makuru ryo mu Ijuru,ritwa Heaven Media Agency.Ibyo biro ntangaza makuru bihagarariwe na mwuka wera,nabyo bihamya ibyo ko ari ukuri.
Uru rwandiko barushyizemo ikoranabuhanga ryitwa “PASS PORT TRACKING DEVICE SECURITY” rishinzwe kugaragaza umuntu wese ufite pass port ahoy aba aherereye hose babasha kumubona.Yaba ari umupaka yanyuzeho,cyangwa ikibuga cy’indege yuririyeho nabwo bahita babibona muri system yabo.
Ibyo ntabwo ari mu gihugu cya Kenya gusa birimo gukorwa,ahubwo n’Umwakagara yamaze kubikora kandi bucece ku buryo ayo makuru atigeze atagazwa haba mu itangaza makuru cyangwa amaradio ndetse na za TV ntabwo byigeze bitangazwa kandi nta nubwo uwo mushinga wigeze ushyirwa mu ntekonshinga mategeko ngo nibura ibyigeho babaze na baturage bumve icyo baba babiugaho.
Muzabona ibara risa numuhundo rijya gusa na zahabu,mbese niba ushaka kubireba neza uzarebe SIM CARD yawe ahantu hasize ibara rya zahabu uzahita umenya uko ibintu byifashe.Murumva rero abakiranutsi cyangwa se abo twakwita abakandinda b’Ijuru murabe mwumva nimwe mubwirwa kuko abandi bamaze kwicraho iteka.
Uburyo ngo bwaba bufitanye isano nayamikorere ya anti-Kristo ijyanye no gushyiramo abantu wa mubare winyamaswa witwa [666] uzaba ikimenyetso cya bantu batazajya mu Ijuru.Uyu mubare uzawusanga mu byahishuwe 13:1-18,ibintu rero bikomeje gukomera cyane aho umwanzi arimo guhiga abakiranutsi kugirango abarimbure.
Aya makuru muzayasanga mu ijambo ry’ubuhanuzi muzagezwaho muri iyi munsi,ariko nubwo bimeze gutyo,ntimugirengo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo arasinziriye,oya ahubwo agiye gukora ibikomeye kugirango abashe kurengera intore ze,kuko bitabaye gutyo,nta numwe wazarokoka.
Biragaragara yuko abafite ubwenge bagiye kwisubirira muri Analog,aho gukomeza muri digitalization idatanga amahwemo.Byumvikane yuko imikorere y’umwana w’umuntu,buri gihe igira ingaruka kuko umuntu yamaze kwihindura nk’Imana niko muri zaburi 82:6 Reka rero dutegereze amaherezo yibi bintu nyamara aho bucyera umuzinga uraza kuvamo umwibano.