Igice cya (52) cy’ubuhanuzi

Mar 13, 2017 njyanwa mu isi y’umwuka nerekwa uburyo Umwakagara yamaze kwigira inama yo gutanga intonorano mu ngabo ze zitwa Republican Guard R/G,mbona abahaye intonorano kugirango zirusheho kumunda no kumugirira ikizere kurushaho kubera intambara ikomeye cyane mu karere kibiyaga bigari uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Igice cya (51) cy’ubuhanuzi

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,naho Umwakagara ahaye intonorano ingabo zimurinda,yibwira yuko ari byo bishobora kuzamufasha,ntabwo ari byo bizamugirira umumaro kuko ntaho ingabo zizamukurira kubutegetsi zizahurira nize uko niko Uhoraho Uwiteka Nyringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,nkomeza kwerekwa imigambi ya banyagitugu batunzwe n’umwuka w’ikinyoma mu isi ya bazima.Mbona umukuru wo mu gihugu cy’IBABYLON UHURU Kenyatta,nawe ashakisha uburyo yagura abayoboke ngo bayoboke JUBILEE Aliance Party, JAP maze mbona bashakisha abo bise suppliers bashinzwe kugura abanyamuryango ba NASA ngo bayivemo baze muri JUBILEE.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhuru KENYATTA, arimo kugura abantu baza muri jubilee ariko nihahandi he,ntabwo azatsinda amatora ndetse nagerageza no kwiba amatora nabwo ntabwo bizakunda ahubwo bizatera intambara itazagira uyihagarika izahitana abantu uruhuri bazaba bazize kutemera ibyavuye mu matora niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi uburyo Umwakagara yamaze gufata umubare wa Satani [666] akawushyira mu nzandiko z’inzira (PassPort) kugirango umuntu wese uyifite aho azaba ari hose, bazabashe kumenya aho aherereye.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu gihugu cy’IBABYLON, naho ni uko bamaze gushyira icyo kimenyetso cya Satani mu nzandiko z’inzira kugirango uruhawe wese arusheho kumenyekana cyane inkozi z’ibibi zizabashe kumenya uko gahunda zabo uko zubahirizwa cyane nuko Uwiteka avuga.

Nuko rero uburire ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ubabwire ngo,nimuhaguruke mushake mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango azabarengere kumunsi wa makuba uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Dore ibihe birakomeye cyane kandi intwari zirataka zinyinyiriwe hasigaye ah’Intwarane niko Uwiteka avuga.

Mar 14, 2017 njyanwa mu iyerekwa rikomeye cyane,ndetse rigoye cyane gusobanurira ababihanurirwa,mbona muli gakondo ya bakiranutsi hanyura umukobwa ufite m 2 ½ z’uburebure uwo mugore mbona anyuze hagati mu nzira nyabagendwa, abantu basanzwe banyuramo.Mbona abagore bose bo muri uwo muhana bamuhanze amaso cyane bavuga yuko ngo ari muremure cyane.

Akimara kuhanyura haza undi mukobwa  umukubyemo inshuro ebyeri, kuko amaguru ye nayo yareshyaga na wa mukobwa wa mbere, undi wabonaga agera kuri za etage ebyeri zigerekeranye. Kandi bose bahanyuraga bafite za telefone nziza (Communication) bagenda bareba muri za telefone zabo.Nta muntu bavugishije cyangwa ngo bagire uwo bakoma!

Bamaze kugenda mbona abagabo [2] bafite abana benshi batuye muli uwo murenge ubarizwa muri uwo murwa.Mbona bahatira abana babo kuryama hakiri kare butari bwira.Abo bagabo  bombi bari barapfakaye nta bafasha babo bagiraga”mbona udufunguro bari bagiye gufungura haje umuntu  araduterura aradutwara kandi ari two bari bagiye gufungura.

ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore muri gakondo ya bakiranutsi hagiye gutera amapfa akomeye cyane (Inzara) ikomeye igiye gukaza umurego muri gakondo ya bakiranutsi) kugirango ibyahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi Leon Aineha,bisohoze umulimo wabyo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa barutuku baje muli gakondo kwisanzura no kwirira utwabo nta wubahagaze hejuru (bamukera rugendo) bajya muri za hotel zituriye ikiyaga.Ariko izo za hotel zari zifitemo inzuzi zo kogeramo (swimming pool) hepfo yayo ma hotel inyanja zifite umuyaga mwinshi uvanzemo nishuheri ndetse n’umuhengeri rugeretse.

Bari barashyizeho uruhavu aho uwo muhengeri uzagarukira,ariko ishuheri ribaye ryinshi,none umuhengeri uraza utangira kurenga rwa ruhavu cyangwa urugabano bashyiriyeho umuhengeri.Ariko nubwo byari bimeze gutyo,ntabwo ba rutuku bigeze babona yuko wa umuhengeri uribugere kuri ya ma hotel yabo bibereyemo binezeza bumva uburyohe bwisi.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyabaye 1994,byari imirabyo itagira inkuba,ariko noneho,ibije ubu ngubu,ntabwo ari mirabyo gusa,ahubwo nimirabyo ivanzemo n’inkuba,guhinda kumushyitsi gukomeye cyane,kandi harimo imvura yamahindu uzayirokoka azakorera Imana nadakorera Imana azarimbuka!!!

Dore bimeze nabi cyane kandi birakomeye cyane,Umwakagara bamaze kumugambanira uko yagenje abandi nawe niko agiye kugenzwa.Icyemezo bongeye ku kinoza bongera kukigaho neza ngo barebe yuko uwo mugambi watunganijwe neza ari nta macyemwa.None basanze byose biteguye neza kandi bitunganye.

Nuko rero burira beneso ubabwire ngo imvura yahanuwe n’abahanuzi yaraguye, kandi yongeye kugwa, kandi igiye kugwa, dore ko yamaze kugera hasi,izaza irusha ubukana iya mbere niyo wa mukobwa wa mbere wabonye yari mugufiya ku mukobwa wa kabili.Ubwo abafite amatwi bumve icyo umwuka abwira amatorero.Kandi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mar 15, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo maze rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hatanzwe itegeko ry’uko aho bakubona hose bahita bakurasa ako kanya ibindi bikazaza hanyuma ngo kuko ukomeje guhishura amabanga y’umwanzi ushaka guhitana ubugingo bwa bantu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore inkozi z’ibibi zikomeje kubuzwa amahoro ni jambo ry’Uhoraho ukomeje gushyira ahagaragara by’ibigiye kubaho mu isi ya bazima.Bamaze kubona iherezo ryabo yuko rigiye kuba ribi cyane none igihugu cyose gihagaritse umutima kubera ijambo ry’ubuhanuzi none wongeyeho no kugaragaza imigambi mibisha bashyize ho umubare wa Anti-Christ kugirango barimbure ubugingo bwa bantu.

None dore bitumye abaturage igihugu cyose kimenya ukuri kubera guhagarika umutima, bw’ibigiye kubabaho,atari intambara gusa,ahubwo bagerageje no kugurisha ubugingo bwa bantu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Abaturage bamaze kumenya ukuli ku ingoma ya Abega yuko batabifuriza ibyiza,kuba bafite igihugu ntabwo byabahagije ahubwo bageretseho no kugurisha ubugingo bwa baturage abantu b’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo hamwe nubwoko bw’Uhoraho Imana ya bakiranutsi.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwanzi ategatega imitego myinshi cyane ariko yose Uhoraho Uwiteka Nyiringabo arayitegura.Ijambo rinzaho maze rirambwira riti mwana w’umuntu inkozi z’ibibi zimaze igihe zarakubuze kuko zagenderaga kuri telephone none kuva utagikoresha telephone zabuze aho zigukura niko Uwiteka avuga.Nubundi dore bamaze igihe biga imigambi mibisha bashakisha uburyo baguta muri yombi none byarabayobeye uko niko Uwiteka avuga.

Dore batanze itegeko yuko uzakubona bwa mbere azahita ahamagara abagomba ku kurasa bakaguca igihanga wagirango hari umwenda ubafitiye cyangwa hari icyaha cy’ubwicanyi wabakoreye.Nyamara barashinga Umuhunda ku kirenge ubanza imigambi yabo nta cyo izigera igeraho niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mpura n’umuntu ufite  imidari ya zahabu alimo kuyibara kugirango ajye kuyicuruza,iyo midali harimo iminini cyane ni mitoya.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira  riti,mwana w’umuntu igurire umudari wizahabu uwambare mu ijosi, kuko umurimo ukora ugereranywa nizahabu.Kandi uramenye ntugure umutoya ahubwo ugure umunini niko Uwiteka ategetse!

Mbona wa mugabo warufite iyo imidali itunganijwe ahita ayisiga aho ngaho, narindi ndayisigarana maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu fata iyo midari wasigiwe nuriya mugabo maze uyifate ujye kuyicuruza kugirango wunguke.Kugirango umenye yuko umurimo ukora ufite agaciro karuta aka zahabu niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zikoresha umuntu zita ko ngo ar’inshuti yanjye, zirangije zijya kuruhande zisigara zireba uko agiye kubakorera ibyo bamutegetse, kugirango babone uko basohoza umugambi wabo mubisha.Ubwo zifata uwo wahoze ar’inshuti yanjye zimujyana London (nairobi) zimubwiye yuko ari bumbwire yuko ngo yagiye kwivuza,bityo nanjye ngire amatsiko nurugwiro byo gushaka uburyo twavugana maze bamufatireho.

Iryo yerekwa riza ishuro [2] maze umwuka w’Uhoraho arambwira ati, mwana w’umuntu,ubu nta nshuti ugifite kuko igihe waruzikeneye, nta bwo zagaragaye!!! Iziza zose ubu ngubu nta cyo zaba zije ku kumarira niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Abega baragarutse bari bamaze kabili badakoma,none basanze guceceka bakakwihorera atari wo muti wikibazo!Bagarutse buzuye uburiganya kubeshya kwinshi cyane dore ko bagarutse bavuga ko basaba gusengerwa kandi bagenzwa no gushaka igihanga cyawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona ndi mu nzira nyabagendwa ariko mbona hari umugabo usheshe akanguhe, ari ku kungenza ngo arebe amaherezo yawe,mbona imvura irimo kugwa yanyagiraga izo ngenza, ariko jyewe ntinyagire, kandi twari kumwe mu muhanda.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu birakomeye cyane,dore umuntu wese ukugenza aciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kuko wanze gukiranirwa wanga ubugome,ariko abagome baragenza ubugingo bwawe, bashaka igihanga cyawe.Nuko rero mbere babona igihanga cyawe babanje gucirwaho iteka kugirango bavumwe maze umuvumo ubabere inzitizi  mbere yuko bakugeraho uko niko Uwiteka avuga.

Mar 16, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona yuko za magigiri z’Abega zigiye gutegera mu banyamategeko kugirango zirebe yuko zabasha kungeraho.Mbona bashyiraho ingenza hirya no hino ariko biba ibyubusa imigambi yabo iburizwamo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,urabe maso cyane kuko umwanzi yagutegeye ahakomeye ariko kandi ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko ibidashobokera abantu bishobokera Imana niko Uwiteka avuze!

Nongera kubona bongera gushaka undi muntu batuma twahoze turinshuti kugirango aze ansange mu gihugu cy’ubutayu bugufiya.Mbona araje ansanze muri ubwo butayu bugufiya maze ambwira yuko yoherejwe n’Umwakagara akamutuma k’Umwami w’IBABYLON, kugirango amworohereze uburyo yangeraho mu butayu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bateze imitego nudutego kugirango bakugereho,kandi bakoresheje imbaraga bita ko ari zo ku rwego rwo hejuru,ariko noneho bibagiwe uko Uwiteka yagukijije mu (BUPERESI) muri Uganda igihugu cy’Abaphilisitiya ukarinda ugera mu gihugu cy’IBABYLON, nyamara barashinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore barashaka gusenya umurimo w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yatangije muri wowe kugirango usenye imikorere y’umwanzi wa bakiranutsi wagambiriye kuva cyera kurimbura ubwoko bw’Abakiranutsi buhagarariye Uhoraho mu isi ya bazima uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kungarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu ntugire gahunda nimwe wubahiriza kuko umwanzi yamaze gukora Tracking yumviriza gahunda zawe zose uzihorere kugirango utagwa muri ya mitego nudutego kuko hasigaye igihe gitoya Umwakagara agacibwa igihanga maze abaguhiga bagahita bagusimbura mu butayu nabo bagatangira guhigwa nk’uko baguhigaga ibindi uzaba ubikora hanyuma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nkomeza kujyanwa mu iyerekwa ngo ndebe ibigiye kuba mu isi ya bazima byahanuwe n’Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Mbona ibinyabiziga byinshi cyane bimanukiye mu marembo yo mu irango ry’ubutayu bugufiya,mbona zinjiyemo ari nyinshi cyane ku buryo babyiganiraga mu nzira ikababana ntoya!

Mbona inzira n’ubutaka banyuzagamo ibyo binyabiziga byabo numuhanda birahababariye isi iratigita habaho umurindimo ukomeye cyane maze amarembo amanuka mu butayu asigara ari nta bumazi agifite ndetse ninzira nyabagendwa isigara itagifite isura wagirango ubwo bahungaga berekeza mu butayu babwinjiyemo imvura igwa.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bakugose hirya no hino,none reka nihutishe kurimbuka kwabo kugirango badakomeza gutegatega imitego imihanda yose,nibabona ibyago byabo bitebutse bazahita batakaza ibyiringiro byo guhiga ubugingo bwawe. Ahubwo buri wese yirwaneho kugirango arokore ubugingo bwe,usibye yuko bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kuko bagambiriye inshuro nyinshi bagahiga ubugingo bwawe kandi nta cyo wabacumuyeho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore bakwinjije mu butayu habona ariko bo bazabwinjizwamo hatabona,wabugiyemo izuba ryaka,ariko bo bazabwinjiramo imvura ibanyagira kugirango bamenye yuko umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana yawe ukorera kandi yaremye Ijuru nisi uko niko Uhoraho Imana ya bakiranutsi Uwiteka YEHOVA avuga.

Nuko rero burira abanyabugingo ubabwire ngo ibihe birarangiye kandi igihe gishyize cyare kuko urushyize cyera ruhinyuza intwali,kandi intwali zirataka zinyinyirirwe uko niko umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mar 17, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona uburiganya bwa bagore b’Abega Kazi (Abarozi Kazi) mbona bavuye muri gakondo yabo (umugabane) bajya gufata umugabane w’ubwami bw’uRwanda bitwaje kwimika Umwami wa nyirarushwa.Ariko ntangazwa nuko bavuguruye inzu y’umugabane w’ubwami bw’uRwanda ariko ntibayibamo ndetse nuwo bashaka kwimika nawe ntiyayibamo, ahubwo baragenda bomeka iyo migabane y’ubwami bw’uRwanda bwemewe namategeko bayomeka ku gice cya gakondo ya bakiranutsi.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gakondo y’ubwami bw’uRwanda (Abega Kazi) barayiriganije nuko mbona gakondo y’ubwami bari bavuguruye  bitwaje ko, bashaka gusubizaho ubwami bw’uRwanda babuhindure ubwami traditional bwigishushanyo butari ubwami bugendera ku itegekonshinga .

Mbona ya nzu ibitsemo amabanga y’ubwami mbona bamaze kuyivugurura bahita bayisahura bakuramo ibyari bibitsemo bajya kubyubakira ihema baba ariho babihisha batinya kubijyana mu nzu zibitabashwa batuyemo.Barangije babirindisha abagore b’Abega Kazi (Abarozi Kazi) kugirango bakomeze imihango ya gipagani barusheho gukomeza gukiranirwa.

Mbona rubanda rwose rwifashe kugahanga batangajwe nibyo ingoma ya abega ikoze bidahuye numuco nyarwanda.Kubona basahura inzu y’ubwami ibyari birimo bakajya kubibika mu ihema bubatse kumuhanda nyabagendwa.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bakozwe nisoni imbere ya rubanda rwose kuko bafashe ibishinganishwa bakabikura mu bubiko bwa byo,bakajya kubyanika ku karubanda kandi byari bifite aho byubakiwe uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa ndi mu butayu bugufiya ku nkengero zabwo,mbona inkozi z’ibibi zaracukuye ikinogo kimeze nkuruhave bategereje kuzakijugunyamo Umuhanuzi kugirango adakomeza guhishura amabanga y’Abega biyemeje gukora ibibi no gukiranirwa imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Mbona bafashe umugabane wanjye w’umulima w’ingano nari narahinze haruguru y’ubutayu mu mulima wa bashingwe,ngenda ngiye gusarura nsanga abashingwe bamaze gushyiraho abalinzi b’abagambanyi bategereje kureba yuko nza gusarura maze bancireyo igihanga.

Ndagenda nsanga bahagaze mu nzira nyabagendwa mbanyuraho ngera mu ngano zanjye nihingiye ku nkengero z’ubutayu, mbona baraje bazinkuyemo bambwira yuko izo ngano zitakiri izanjye ko zaguzwe na Abega bazigurishijwe na bashingwe bangurishije umulima.

Ubwo ndahava ndigendera menya yuko habayeho akagambane gakomeye cyane barandeka, ariko atari imbabazi bangiriye,ahubwo bari biringiye wa murerajuru bacukuye basigara bareba yuko nza guhorobokeramo.Ubwo mbona ya INYENYERI ishinzwe kumurikira Umuhanuzi mu butayu   injya imbere maze ngeze kuri wa mworera ndawuzimbuka ndazamuka mva ku nkengero z’ubutayu.

Ngeze mu marembo y’ubutayu nsanga bahatwitse nsanga abariganya bateranye bashakisha uburyo bariganya abahisi na bagenzi bihitira kandi ababariganya bari inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abega b’Abakagara,mbanyuraho ndikomereza ndigendera nikomereza urugendo mbasiga bararamye ngo bategereje Umuhanuzi nyamara nali namaze gutambuka nigendeye!

Nerekwa ingoma ya abega iyobowe na bagore buzuye ubugambanyi nuburozi,bahora bagambiliye kumena amaraso y’umwana w’umuntu.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,urugo ruvuga umugore,ruvuga umuhoro!Kandi ingabo y’ingore iragushora ntigukura.

Dore ingoma y’Abega yimitse abakobwa babo,kugirango bayobore kandi bategeke abagabo, kuko yakoresheje uburiganya bwitwa bwitwa uburinganire. Maze yizamurira abega kazi abashyira mu nzego z’ubwami bwe zifata ibyemezo kandi ibyo yabikoze rubanda rutazi uburiganya bwakozwe maze abanyarwanda bibwira yuko yazamuye abategarugore naho yashakaga ko bashiki be.

Bamufasha gutegeka igihugu kugirango bamubere za magigiri bajye bagigira abatware babo,maze umugabo yimwa ijambo mu gihugu umugore asimbura umugabo maze amahano aba ageze i Rwanda umugambi w’umwanzi urwanya ubutware bw’umugabo yahawe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo buba burangiriye aho.

Nuko ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,humuriza abagabo ubabwire uti,igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo Uwiteka agiye kugarura ubutware bwe mu bagabo,maze agarure kirazira kandi akureho ikizira mu bwoko bwe cyazanywe n’Umwami AHABU wazanye ibigirwamana akigisha ubwoko bw’Uhoraho gusenga ibigirwamana byamahanga ndetse na JEZEBE Nyiramongi akaba yarigishije ba Nyampinga kuroga no guterekera no gukorera ibigirwamana byamahanga byazanywe numugabo we uko niko Uhoraho Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Inzika y’Inzigo ya mbere irarangiye,kubera wafunze itumanaho bakabura aho bagukura,none babuze uko bagenza bahitamo ku kwihorera kuko watahuye imigambi yabo nibyo bagambirira uko niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kwerekwa uburyo ingoma ya abega yinjiye mukaga gakomeye mbona bamanutse mu marembo y’ubutayu binjira mu butayu ariko bakurikira inzira yerekeza mu majyaruguru yubwo butayu berekeza kuri ya Nyanja iherereye mu majyaruguru y’Africa.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intonorano zabadayimoni hamwe nabadayimoni ubwabo bararagiye kandi binjijwe mu butayu ntaho muzongera guhurira ukundi kuko bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Dore bagambiliye guca igihanga cyawe none igihe cyabo kibarangiriyeho batageze kuri uwo mugambi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa mpambwa igitabo cyo kwandikamo abantu bagiye kwinjizwa mu butayu cyane cyane abitwa aba Pastor bavuga ko bakorera Uwiteka Imana.Mbona umwe mu ba Pastor witwa SIMBA ashyizwe kumubare wabagomba kwinjizwa mu butayu hamwe numugore.Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanurira abaPastor wasize muri gakondo ubabwire uti,mwiyeze kandi mwitunganye kuko igihe cy’umugeni kirageze ngo acyurwe mu Ijuru baruhuke imihati yo mu isi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nyuma yo kubona abaPastor mbona hakurikiyeho abasinzi bikundira umukuzo cyane, nabo mbona bajyanye mu butayu bugufiya,kandi babujyanwamo ubutagaruka kuko urugendo rwabo rwabaye rugari cyane kandi ntawo barigushobora kwigarura mu nzira banyujijwemo bagenda kuko izo nzira zari inzira zibizigu.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umuriganya agiye ku kuriganya ngo akubwire yuko yataye agasaro kawe kugirango umuzanire akandi kugirango agukorere urunigi rwabahungu.Ariko arakubeshya ahubwo yavuganye na za magigiri zimubwira yuko zakubuze ngo wakuyeho itumanaho bityo zibura aho zizakubon.None wigire inama yo guceceka umwihorere kuko nta butumwa agufitiye usibye uburiganya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mar 18, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona idini rya Pefa rikorera mu Rwanda banditse kumarembo y’urusengero rwabo aho binjirira amagambo yitwa PFF 18,nuko mbaza icyo ayo magambo avuze,bansobanurira yuko ngo bateguye umusangiro wa 2018 mu kwezi kwa mutarana 2018.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abakiristo bo muri PEFA, bakorera igikondo bazataha urusengro rwabo bubatse muri gakondo ya bakiranutsi,bakazarutaha muri mutarama 2018 nibwo abazarokoka bazongera guhura bakagira umusangiro muri urwo rusengero  bakarutaha kugirango barusengeremo  dore barimo gutanga imisanzu yabo yo kuzakora uwo musangiro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umugisha mwinshi wohererezwa Umuhanuzi aho yibereye mu gihugu cyo mu butayu,ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ya milimo Uhoraho yakubwiraga ko ugiye guhabwa imilimo mishya igihe cyayo nikingiki,nuko rero witegure kwakira uwo mugisha kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ibyo yavuze no kubikora azabikora uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Tangira utegure igishushanyo cy’imilimo Uwiteka yakubwiye kuko igihe cyagiye kuko Umwakagara yamaze gukurwa ku ngoma,igisigaye nugutembagara kugirango ijambo ry’ubuhanuzi ryavugiye mu kanwa k’umugaragu w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo risohoze umurimo waryo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nkomeza kwerekwa uburyo Umuhanuzi namara kugera muri gakondo ya bakiranutsi,uburyo abarozi kazi na barozi bazaba batuye aho aherereye cyangwa aho azaba akorera umurimo w’Uwiteka yuko inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abarozi zizahunga zikajya gushaka ahandi zatura kuko zizahura nibibazo bikomeye cyane ngo badashobora guturana n’Umuhanuzi w’Uwiteka Nyiringabo.Mbona umunyamurenge Kazi wajujubije amadini abantu basengeramo yarazingazinze,maze yumvise yuko Umuhanuzi yatashye gakondo ya bakiranutsi azinga utwo ashoboye arahunga yimukira ahandi hantu.

Mbona ni umucyecuru winzobe uri mu kigero cy’imyaka [55] wiyerekana yuko akunda abantu kandi nyamara agambiriye kubaumanya.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore muri gakondo inkozi z’ibibi igihe cyazo kirarangiye nk’uko ijambo ry’ubuhanuzi ryabivuze kandi igihe cyabo kirageze ngo inkozi z’ikibi zishyirwe ku karubanda kuko zamaze kumenya yuko muri gakondo hazamutse umwuka w’ubuhanuzi urwanya ikibi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze!

Nkomeza kwerekwa ingabo z’umwakagara RDF/KDF, baryamiwe bakimwa amapeti,mbona bifuza guhabwa nibura ipeti rya W.O.C, l and ll ariko ikizere cyabo cyaheze mukirere.Mbona undi musirikare ukina n’Umwakagara Tenis kandi bakaba bamaranye igihe kinini ariko Umwakagara akaba yaranze kumuzamura mbona nawe yifuza yuko yazamurwa mu ntera akaba nibura yanahabwa iryo peti tumaze kuvuga ariko nawe ikizere kikaba cyaraheze mukirere uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mar 19, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo za RNC zitegura kumashana zigiye guhangana n’Umwakagara wazengereje ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo muri gakondo ya bakiranutsi.

 

 

 

 

Nerekwa Umwakagara ahamagaza abahoze kurugerero mu ngabo ze za RDF/KDF,ariko abahoze mu ngabo baramukwena mbona binjiye muri super makert bigurira ubunyobwa bukaranze batangire gusomeza na fata kuko murenguzi yari ibamareye nabi cyane maze urugamba rw’Umwakagara rubura abarurwana ABEGA, amaso abavamo ibyiringiro byabo biyoyoka nka nyiramubande uko icyendera mu ishyamba rya manyinya na maganya.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,abahungu bambariye urugamba ingabo z’Uwiteka Nyiringabo.Gen.Kayumba Nyamwasa, natajyana n’Umwami YUHI VI, ntabwo igihugu kizafatwa,ariko nibajyana igihugu ako kanya barahita bagifata uko niko Uhoraho ategetse!

Dore Umwami w’uRwanda YUHI VI, bamubujije gusura amahanga kubera gutinya Umwakagara,ese birakwiye yuko Umwami Nyir’uRwanda atinya Umwakagara utarakebwe?Niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mwana w’Umuntu dore Umwakagara yarashandikishije hirya no hino kugirango uzafatishwe,niyompamvu ifoto yawe wahaye Dorocella wa wundi wahoze kwa PaPa hanyuma akaza kwirukanwa ya yihaye Mukashema Esperance, nawe ahita ayiha za magigiri kugirango bagtangatange ku nkiko zose uzanyuraho ngo ni uko wavuze yuko Umwakagara adateze kuvaho utarava muri Africa.

Reka noneho akurwe ku ngoma ukiri muri Africa hanyuma turebe uko bazabyifatamo,kuko uwabivuze ni wowe nta naho wabyanditse mu ijambo ry’ubuhanuzi maze turebe yuko nabyo bazabibonera intsinzi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko njyanwa mu iyerekwa mbona ko muri ADEPR, hamaze kuboneka umugeni ugiye kuzamurwa agakurwa mu isi ya bazima.Mbona abakiranutsi basigaye muri bo batiyandurishije intonorano z’Umwakagara na Satani,bahawe inyenda yo gutaha ubukwe bw’umwana w’intama bushobora kuzaba muri uyu mwaka uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa haza umurozi kazi twiganye amashuli abanza mu 1982-1989 witwa Gloliyoza wo mu bashambo kwa KAGABO mwene batura umuryango wakoreraga ikigirwamana cyitwa ‘NYABINGI’uyu mukobwa ubu ushobora amaze gusaza twarahanganye cyane imyaka myinshi cyaneambuza amahwemo iburyo nibumoso.

Mbona kumunota wa nyuma wo kurangiza ubutayu araje ambwira namunesheje ansaba yuko namusengera kugirango abohoke ntazongere gukorera Satani.Ndabanza mujyana iwabo aho bari batuye muri Tanzania haruguru y’ubutayu bugufiya.Mwereka iwabo aho basize bakagiye ubugingo bwanjye ko Uwiteka yahashenye.

Mbona arababaye cyane,mbona hubatswe inzu nziza y’igorofa y’ibirahure (isezerano) maze mubwira gushaka amazi kugirango musengere mukureho iyo myuka mibi ya badayimoni na Satani yamugize kuba imbata akirirwa ahumanya abantu b’Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ariko ntangazwa nuko yanze kumvira ijambo ry’Umuhanuzi kugirango akize ubugingo bwe.Mukubohoka kwe,agashaka yuko amazi ndibusengere ya yogera mu muhanda mu mayira abiri,mu nkomanizo zimihanda kugirango nubundi yongere kuroga abantu bazahanyura batware imivumo yose yari imuriho.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,nagirango nkwereke yuko umwana wo kurimbuka nta cyo wakora ngo uzakize ubugingo bwe.Umurozi numurozi ntabwo ashobora kwihana.

Ngerageza kumwereka uburyo yakoresha amazi akogera mu tuyira tutanyuramo abantu kugirango ntiyanduze abantu b’Imana ariko arananira.Ubwo tukiri aho mu butayu hepfo yiwabo aho bari batuye haruguru y’ubutayu mbona abantu bazanywe mu butayu bakoraga umwuga wo kuroga barimo na mama wacu nawe warutuye aho haruguru y’ubutayu ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore inkozi z’ibibi zose zinjijwe mu gihugu cy’ubutayu bugufiya kugirango bacirweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko bakoze ibyo gukiranirwa banga gukiranuka bakorera Satani none igihe cyabo cyo gucirwaho iteka kirageze uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

Mar 20, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona mu gihugu cy’IBABYLONI, ku murwa mukuru witwa SHUSHANI.Nerekwa mbona ishyaka rya JUBILEE COALITION, lili kubutegetsi mu gihugu cy’IBABYLONI, rikaba riyoborwa na Uhuru MUIGAI Kenyatta,  afatanije na vice President William Samuie Ruto akaba ahagarariye URP naho Kenyatta we akaba ahagarariye TNA ayo mashyaka yombi akaba ariyo agize iryo huriro ry’amashyaka ya politike ubu yamaze kwiyongera akaba ageze kuri [11].

Mbona muri iryo shyaka ririmo amagambo menshi kandi akomeye cyane ku buryo bashobora gusubiranamo.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ishyaka rya JUBILEE Aliance Party JAP, rigiye kubamo amacakubiri akomeye ashingiye kumyanya ya politike yabaye micye ugereranije na bantu baguze bahamagaye ngo baze mu ishyaka ryabo kugeza ubu rifite abantu batari benshi ndetse bakaba nta cyizere bafite yuko bazatsinda amatora ateganijwe mu kwezi kwa kanama uyu mwaka uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Nkomeza kwerekwa uburyo inkozi z’ibibi zabadayimoni bo mu bwoko bw’Ingona bacirwa iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Nongera kubona abadayimoni bo mu bwoko bw’INKA, nabo bacirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka Imana yawe aciriye ho iteka imbaraga z’urutoto rw’umwijima zihora zigutotoza kugirango udakomeza gukora umurimo w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Nuko rero ntugire ubwoba kandi ntutinye imbaraga z’umwijima zigutotoza kandi ntutinye Umwakagara kuko yamaze gucirwaho iteka.

Kandi ijambo ryavuze yuko gahunda ze zose zatazongera gutungana ubwo igihe cye kizaba kigeze mu marambera,ubu rero nicyo gihe agezemo kuko asigaye ategeka yinginga aho gutegeka nkuko mbere yabikoraga.Naho ubungubu ntabwo acyifuza yuko abantu bamuvaho nk’uko yabyivugiye yuko bageze ahamanuka byumvikana yuko akomerewe cyane uko niko Uwiteka avuga.

Mar 20,2017 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyarwanda bahagaritse umutima cyane ku buryo budasanzwe kubera intambara igiye kubera mukarere kibiyaga bigari ihereye muri gakondo ya bakiranutsi.

Abanyamuryango ba RNC, bahagaritse umutima kandi bacitse intege cyane kubera inyandiko washyize ahagaragara ivuga ukuri kose ko mu mutima ku mikorere y’umwana w’UMUSITA, uburyo yamaze kugurisha gakondo ya bakiranutsi akaba arimo kuriganya Gen.Nyamwasa Kugirango amugire igikoresho abone uko yifatira gakondo ya bakiranutsi ayisubizo mu maboko y’umwanzi ari we umufaransa wahekuye gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Mar 21, 2017 nerekwa magigiri w’umugore wigize ko ar’umunyabwenge ashaka uburyo yavugana n’Umuhanuzi kugirango amucishe igihanga yitwaje gusengerwa,ariko ntiyahirwa muri uwo mugambi wubugambanyi kuko umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yarandiho maze aramburira uko niko Uwiteka akora,kandi nuko avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwo mugore akorera za magigiri ni ukumwitondera cyane kandi ntumuhamagare cyangwa ngo we aguhamagare kuko bidashoboka kubera ko telephone yawe bayikurikirana ubutitsa uko niko Uwiteka akuburiye.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zigiye kwiyoberanya zihimbe umushinga (Project) maze bashake kuwukoramo bakoresheje abazungu kugirango baguhe Address bazabona uko bazagucakira baguce igihanga uko niko Uwiteka avuga.

Ndabwirwa ngo,inkozi z’ibibi zibasha kureba zikamenya ibigiye kubabaho mu rwego rwo guhabwa umugisha,niyompamvu usanga bagukorera uburiganya cyane bibwire yuko udafite umwuka w’Imana muri wowe,kuko baharanira kugumishaho umwuka wikinyoma kugirango barambe ku ngoma.

Njyanwa mu iyerekwa rikomeye cyane,mbona abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi bajyanwa kuragira INKA murwuli rwo mubutayu bugufiya.Ubwo butayu mbona yuko bukomeye cyane batazabushobora.Ngerageza kubahanurira ibigiye kubabaho ariko banga gutega amatwi!Mbonamo abagabo [4] baraza bantega amatwi ndababwirauko gahunda ziteye uburyo ingoma ya Abega igiye gukorwa nisoni niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mbona ubutayu agace kamwe gatohagiye neza,ariko ahandi hose hasigaye mbona za NKA zirirwa zishakisha ubwatsi bwo kurisha ariko ziraheba pee!!!Nubwo bari baragiye izo nka barimo no kuganira uburyo Umwakagara yasuzuguye Umugogo w’Umwami Ndahindurwa yaciye igihanga taliki ya 16 ukwakira, 2016.

Mbona izuba ryaratse cyane kugeza ubwo ubutayu buhinduka ibara ry’umukara,ahandi naho hagatukura,uduti twose two mu butayu turuma ikintu cyose cyari gifite ubuzima kirarimbuka kubera amapfa yateye adasanzwe imvura ikaba yarahindutse iciro ry’umugani mu batuye isi ya bazima uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Nerekwa abahutu kazi nabasaza babo barimwe akazi muri leta y’Umwakagara na FPR,mbona abakobwa babo bacuruzaga bahomba kubera gusabwa imisoro y’umurengera,babonye bibayobeye bahitamo kwikorera uburaya kuko bwo butagira umusoro bishyura!Ariko bitewe nuko amapfa yakomeje kuba menshi bituma uburaya bwa bahutu kazi bubura abakiliya barakena bamera nabi ndetse nabasaza babo nabo biba uko basigara batakigira nurwala rwo kwishima.

Mbona abagore b’Abatutsi Kazi bambuwe abagabo bitotombera kuba barambuwe abagabo babo,numva bavuga ko kwamburwa abagabo babo nabandi bagore binuranije na mategeko ya bantu bubaha Imana.Ndetse nabagabo bambuwe abagore babo nabo nuko bavugaga aha ndavuga umugore uta umugabo akajya gushaka undi mugabo asize umugabo bashakanye ndabwirwa ngo ibyo ababikora na mahano atajyanye numuco kuko ubikoze aba ashenye urugo rwa mugenzi we,akaba ar’ikizira k’Uwiteka niko umwuka w’Imana avuga.

 

 

 

 

Nerekwa haruguru yubutayu bugufiya,mbona abagore na bagabo bashishikajwe no guhinga ngo kuko babonaga agacu gaturuka mu Nyanja kazamutse maze bakeka yuko ako gacu gashobora gutanga imvura kuko amapfa amaze igihe kitari gitoya.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira mwana w’umuntu,dore abanyagakondorero barimo gusenga cyane imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ndetse barimo kwihana no kwiyeza cyane kuko bahagaritse umutima nibigiye kubabaho muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuze!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri z’Abega zikomeje kugutegatega imitego nudutego,ariko uhumure kuko Uwiteka Imana akubereye maso cyane kandi azagukiza iyo mitego yose.Dore hari umwana w’umusore w’umwizerwa ngiye gukoresha aguheshe umugisha kugirango utagwa mu mitego y’Abega batambagiye isi yose bashakisha abo baca ibihanga uko niko Uwiteka avuga.

Nuko nkomeza kwerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo ukomeretse muruhanga rwo mu maso,kubera gushakisha uko waca igihanga cy’Umuhanuzi ariko unanirwa gusohoza umugambi wabo mubisha kuko Uwiteka yakubereye ubuhungiro kandi akaguhisha mu mababaye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore Abega biringiye amagare na mafarashi bagirango bizabasha kubakiza kumunsi mubi wa makuba wahanuwe n’Umuhanuzi.Ariko abiringiye Uwiteka azababera umukiza uzabakiza akaga na makuba bibategereje kumunsi Uwiteka yavuze kuko hagiye kubaho ibyago bikomeye bitigeze bibaho mu isi ya bazima uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa Inzika ya batutsi yongera kuzikuka maze mbona umwuka wiyo nzika utetse impungure zimaze gushya bahamagara abatutsi bamennye amaraso ya batariho urubanza maze babicaza kumeza bahabwa kurya izo mpungure zitari zihiye neza nkuko bisanzwe.Maze umwuka w’Imana zera anzaho arambwira ati,mwana w’umuntu igihe kirageze kandi kirasohoye ngo abatutsi bamennye amaraso yabatariho urubanza baryozwe amaraso bamennye kuko akomeje kurira asaba Uwiteka guhorerwa n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Itangiriro 4:9-10 ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu uku niko Uwiteka avuga,unyuranya nawe,Uwiteka nawe azanyuranya nawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Nerekwa intambara itangiye batangira kwica abantu hirya no hino mu murwa mukuru w’Iyerusalem,maze mbona abagore bafite amazu yibitabashwa bubatse amazu yitwa VILLAS, bazamutse guhisha abana babo muri za prafo maze abari baje kubica baje basanga ntabari mu mazu yabo bashakisha uko bazamuka muri za prafo ngo barebe yuko bihishe mugisenge ariko Babura aho banyura ngo bagere aho bihishe.

 

 

 

Nerekwa ingabo za RDF/KDF, ko zifite amadeni kandi abenshi bakaba bazagwa mu ntambara igiye kubahuza na bene wabo kugirango bakureho Umwakagara.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ingabo zose uwaba afite ideni aryishyure kuko bagiye gucyurwa mu Ijuru kandi ufite ideni akaba adashobora kuzamurwa mu Ijuru kuko ijuru ari irya abera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

Mbona uburyo Abega babuze uko banca igihanga ahubwo bahitamo guterekera banyoerezaho umwuka wubukene.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Abega batumye umwuka wubukena ariko ntabwo bashobora guhirwa mu migambi yabo kuko Uwiteka ari we butunzi bwawe kandi akaba ibyiringiro byawe, ndetse akaba n’umucyo wawe kuko ari we waguhamagaye akakumenya mu izina uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Nerekwa abakinnyi bumupira wa maguru mu ikipe y’igihugu bashyirwa mu modoka maze bajyanwa gukorera imyitozo mu butayu bugufiya maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,amakipe yo muri gakondo ajyanywe mu butayu bugufiya gutunganywa kugirango bamenye yuko mu Ijuru hari Imana uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona mpabwa akazi n’Umututsi wavuye mu Burundi,angira kuba conductor wimodoka ye,ambwira yuko azajya ampemba ibihumbi 18,000 kshs,maze ambwira ko akazi ngatangira saa 1:00hrs haza undi muntu yasanga na mwene wacu maze aza azanye minbus cyangwa ariko zazindi nini zijya kungana na Bus,araza avuye kugura iyo minBus kandi ikiri nshyanshya kurusha iya wa mututsi wavuye mu Burundi kuko iye yari yarakozeho imaze gusaza.

 

 

 

 

Uwo mugabo arambwira ati,nguhaye akazi kuko uri mwene wacu kandi bambwiye yuko uri umwizerwa,nzajya nguhembwa ibihumbi 20,000kshs kandi ambwira kumutegereza ko ari buze saa 2:30hrs ngahita ntangira akazi.Ubwo nahise njya kuzana Diriving Leisence DL yanjye kugirango ntangire akazi vuba byihutirwa.

 

 

 

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Abega bagiye gukoresha umuntu ushaka kuguhuza na banyedini bakorera mu gihugu cy’IBABYLON, kuko bamaze guterekera babona yuko Uwiteka yagusezeranije kuzaguha abantu muzakorana umurimo w’Imana none bahisemo gukora uburiganya kugirango baguhe address bazabone aho bagucira igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Ariko ntibigukange kuko ibyo Uwiteka yavuze no kubikora ntazabura kubikora,kuko hariho umwe mubwoko bwayo arimo gukoresha kubijyanye namasezerano yawe kandi abo nibaza Uwiteka azabiguhishurira naho ibigiye kuza ni fotokopi ya Satani kugirango abone aho yagufatira kuko wamubujije amahwemo kandi akaba ageze ku iherezo uko niko Uhoraho uwiteka Nyiringabo abivuga.Nuko rero ukomere kandi ushikame ukomeze kwiringira Uhoraho Uwiteka Imana yawe nk’uko wamwiringiye ntabwo uzakorwa nisoni uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 22, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona hagiye kubaho amagambo akomeye cyane,kubera ijambo ry’ubuhanuzi rigiye gusohoza umurimo waryo,nicyo gituma hagiye kuvugwa cyane Umuhanuzi uburyo yahanuye ijambo rikakaye cyane ku Bega hamwe na zamagigiri zagerageje guhiga Umuhanuzi ngo zimuce igihanga kubera guhishura amabanga akomeye ahishwe mu mitima ya bana b’abantu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bamwe muri bamagigiri bagera kuri [6] bamaze kwemera ijambo ry’ubuhanuzi,ariko abagera kuri [2] bakomeje kwinangira imitima yabo.Kuko hashyizweho abagera kumunani [8] bashinzwe kuguhiga no kugucisha igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

Nerekwa mbona abitwa “ABAKA B’ABATANGANA”duhangana kubera kwigira ko ngo aria bantu beza kandi bakaba bakunda ubwami bw’uRwanda kandi babeshya bakorera Umwakagara.Maze duhurira kurutindo(buridge)maze bashaka kunjugunya mu mazi hasi,ndabacika mpabwa amababa yo kuguruka (Spiritual Wings) ndabacika ndigendera ngera mugikombe cyari aho hafi,mbona haje umukobwa wa batangana aza yigize umukiranutsi kandi arisega riryana nabwo umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo anzaho ambwira ibye,ndamuhunga ndamucika ndigendera.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore haje umukobwa uje mu izina ry’Uwiteka Nyiringabo,ariko agambiriye ku kuryarya kugirango abone uko agucisha igihanga kubera gushaka amwe mu mabanga akomeye ari muri wowe niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Nerekwa abadayimoni bafatanije na za magigiri bashaka kumenya amakuru yanjye anturutseho,kuko muri iki gihe byarabakomereye cyane kubona amakuru yanjye bituma Babura uko banca igihanga nyuma yo gutega imitego myinshi yo hirya no hino.Ariko Babura inzira z’Umuhanuzi nyuma yo gufunga telephone akaba ari nta muntu numwe avugana nawe niko Uwiteka abihishuye.

Mbona izo za magigiri zikorera mu mahanga (External Security Organization) nerekwa yuko bagiye kwinjizwa mu butayu bugufiya,kugirango bajyanwe muri rya shuli ryigisha ubwoko bw’Abatutsi kugirango bajye kwigishwa kubaha Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana ya bakiranutsi uko niko avuga.

Ubwo nabonaga barebera kure gakondo ya bakiranutsi hagati yabo na gakondo harimo umusozi muremure,wawurengaho,hakaza inyanja nini ku buryo babonaga gakondo ya bakiranutsi ibari kurre cyane kuzayigeraho byari bibari kure cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira umukobwa wiyita JENNE KAYUMBA, kuri za e-mail yuko ahanganye numuvumo umuriho,kandi kuzamuvaho bikazamugora kubera kwiyita uwo atari we,kandi akigira umukiranutsi kandi atari we.Kubera iyompamvu dore bizamubera umuvumo uzamwokamaho kuko ibyo yita ubwenge kuri we,ahubwo ari ubupfapfa niko Uwiteka avuze!

Dore akorera mu gihombo gikomeye kandi afite ibitotsi byinshi cyane bidashobora kuzapfa kumworohera ngo bizamushiremo,kandi ibyo bitotsi nibyabadayimoni bikomoka ku nkozi zibibi akorana nazo zizashirwa ari uko zirimbuye ubugingo bwe kuko umugabo witwa muvumo ahagaze kumuryango we uko niko Uwiteka avuze!

Mar 23, 2017 nerekwa Abega b’abagabo bahabwa umurimo ukomeye cyane wo guhumanya abantu batemera leta yabo.Uyu mwuga ukaba utazabahira kuko bahohotera ubwoko bw’Uhoraho na bantu b’Imana yo mu Ijuru ikiranuka muri byose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

Nerekwa baterekerera Umuhanuzi kugirango imana zabo zibabwire icyo bashobora gukora kugirango bazamubone.Bashaka uburyo bamuhumanya ngo ntabone umugisha kuko bazi yuko iyo abonye umugisha arushaho gukora cyane umurimo w’uwiteka ashinzwe gutunganya maze bohereza iyo myuka mibi bayitegeka guhagarika imigisha yose kugirango itagera k’Umuhanuzi maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo bakoze birasa no gushing Umuhanda ku kirenge niko Uwiteka avuze!

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wa Mwega-Kazi wagusabaga yuko umuhamagara ntabwo ari umuntu mwiza ahubwo ni magigiri yari yibereye mukazi ashakisha uburyo yaguca igihanga none byaramuyobeye maze abwira abamukuriye mu kazi yuko ku kugigira bigoye kuko udakangwa na bagore nabakobwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore yasabye Umuhanuzi : Se mama Odile du Canada je prie beaucoup et j’emairai avoir votre numéro de téléphon  613 3022482 vous pouvez mes contacts.

 

 

 

Nerekwa urwego rwa za magigiri rwitwa DMI Directorate Military Intelligence bashinzwe guca ibihanga byabaturage bashinzwe kulinda mbona bashyira za magigiri mu nganda zose zikorera muri gakondo ya bakiranutsi.Uwabaga atari umwega kandi afite amashuli ya kaminuza bamushyira mu milimo rusange yo kugigira kuko idafitemo cyane zijyanye na gafaranga kamisiyo.Ariko umwega ufite amashuli abanza agashyirwa mu nganda akajya kuneka niba urwo ruganda rushyigikiye abatavuga rumwe na leta yabo y’Umwakagara.

Mar 24, 2017 The word of the Lord came to me,and told me, that,son of man,look oversight ahead of you,I returned and I looked my oversight I saw a person coming to me,and brings to me some fruits.And a’m told,son of man,that is your blessings your God almighty sends to you says the Lord your God.

Njyanwa mu iyerekwa mbona manuka wa musozi washyiriyeho kwigisha ubwoko bw’Abatutsi kubaha Uwiteka Imana yo mu Ijuru.Mbona ko ngeze hagati abadayimoni baherekejwe n’umwuka w’Inzika ya cyera bahita bampagarika aho.Ndahagarara mpamagara Ijuru ngo rintabare,hamanuka imbaraga zumuriro maze mbona imyuka yose irahunze ako kanya manuka umusozi ndetse nambuka na bwa butayu bugufiya buri munsi yuwo musozi wubatsweho ishuli ryigisha abatutsi kubaha Imana yo mu Ijuru.

 

 

 

 

Mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo ya Bega ushinzwe kugenza,nerekwa unanirwa kungendaho,mbona ukomereka akaguru utagishoboye gukomeza kungeza maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwo mwuka uciriweho iteka n’Uhoraho kuko ibyiringiro byabo byose birangiye bakaba batazongera kuguca iryela uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa bohereza umukobwa ufite ubutunzi yahaweho umurage na se umubyara,maze Abega bamutegeka gushakisha uburyo bwose yavugana n’Umuhanuzi kugirango azamubereye Delila azamufatishe mukigozi cy’Abega.Nerekwa tumanuka mu mugikombe gifite umuhora muremure cyane ku buryo umuntu aguyemo adashobora kuhivana.

 

 

 

Mbona nambitswe amababa (Spiritual Wingis) ndaguruka musiga muri icyo gikombe gifite umuhora muremure cyane,ndigendera Uwiteka akiza ubugingo bwanjye gutyo nshimira Uhoraho ko yita kubakiranutsi batagira ikizinga niko Uwiteka avuga.

The Rhema word coming from heaven, aphrodisiac: the meaning of this word, according research I’ve been made. It means food or drink or drug that arouses sexual desire courses the problems.For the references I got another word called aphorism: The meaning of this word according the research I’ve been made. It means a short clever phrase which makes true point.

Nerekwa umwe mubigishwa b’ubuhanuzi utuye mu gihugu kiri kumugabane w’Uburayi (Belgium) nerekwa yuko agiye guhura nakaga gakomeye cyane kubera kutumvira ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka avuze.

Once again the the Rhema word comes from heaven called Bias: a felling for or against someone or something that is not based on fair judgement.Another meaning it can be directional diagonal to the grain of a fabric.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ya nshuti yawe Aloys RUYENZI, bamuhaye ipeti rya Major mu ngabo za RNC, zitwa ‘IMVEJURU,’bakaba bagiye gutera Umwakagara kugirango bamukure ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo mu gihugu cy’IBABYLON, hadutse umuco wo kwica abanyamahanga bahatuye ndetse nerekwa inama yakozwe ni nkozi z’ibibi zemeje yuko ngo bagiye gufata abanyarwanda baturutse muri gakondo ya bakiranutsi bakabatangaho ibitambo ngo kuko ari bo Satani imana yabo yabasabye.

Nerekwa bahumanya abagabo gusa,maze bahabwa amabwiriza yuko batazakora kubagore,nabonaga abagabo bahinduka abasazi batangira kwiruka mu gihugu cy’IBABYLONI, barasaze.Nongera kubona za magigiri ziza kumenyekanisha ba magigiri babo bakorera mu gihugu cy’IBABYLON, kugirango mu matora azakorwa uyu mwaka muri kanama taliki ya 08,police izabakingire ikibaba babone uko bica abo bashaka kuzahitana.

Ndabwirwa ngo”mwana w’umuntu,burira ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo butuye mu gihugu cy’IBABYLON, bashake mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko ari we uzabashoboza kulindwa ibyago bibategereje niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga”.

Mar 24, 2017 Nerekwa INYENYERI, yavuzwe nabanyabwenge mu mwaka wa 2007,baturutse kumugabane w’America,iteza ikibazo gikomeye mu nkozi z’ibibi zishinzwe kurwanya Uhoraho Uwiteka Imaa ya bakiranutsi.Icyo gihe baje bavuga yuko babonye INYENYERI imanuka ikaza  kumugabane w’Africa ikagwa muri gakondo ya bakiranutsi (Mu Rwanda) aba bazungu bamaze kubona iyo INYENYERI, baje muri gakondo maze bahura na Dr.Pastor ANTOINE Rutayisire, bamusaba gushinga ibyo bise ibicaniro (Ibyumba by’amasegesho) Igihe cyarageze bavuga yuko hagiye kubaho ububyutse.Nibyo koko ububyutse bwari bwaratangiye umwuka w’ubuhanuzi warurimo gukora umurimo wawo,ari nako umwanzi ahigira hasi no hejuru usibyeko yaba abanyabwenge cyangwa abaPastor,dore baje mu izina rya ba Pastor kugirango bagigire bamenye ikigiye kubaho mu isi ya bazima.

 

 

 

 

Rutayisire Antaine yashyizeho abantu bahagararira amatsinda yabanyamasengesho,ndetse akajya abahemba ku kwezi,harimo uwitwa DAVID, yahose ari CPL, mu ngabo za APR,RDF,KDF,maze batagira kwigisha ibijyanye nububyutse nyamara batazi ibyari byo,ariko nyine bapfa gukoresha ubwenge bibwira yuko ibyo batekereza bihuye nimigambi y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Ubwo ntibyatinze Antoine aba Pastor mu BANGIRIKANI,vision ya masengesho isa naho izimye,abazungu baragaruka bahura n’Umuvugatumwa witwa SEBAKARA.Nawe asa nukomereje aho Rutayisire yagarukirije ubwo twahuye muri 2010 mucyumba cyamasengesho dusenga maze nibwo atangiye kutubwira uko gahunda zicyo gihugu ziteye.

Harimo numugambi wo gusengera igihugu ariko jyewe mbabwira yuko gusengera igihugu bidakenewe kuko hariho ijambo ry’ubuhanuzi ridashobora guhindurwa namasengesho yabo.Sebakara byaramugoye cyane kubyumva,ariko ugasanga muiby’Imana yavuze,harimo ibyo nawe yabwiwe ku giti cye,maze bimubera uruvange.RUkomeye bituma muhunga sinaba nongera gusengana nawe ndihungira ndigendera.

Iyi NyeNyeri rero bavugaga yuko abayibonye yuko izagwa muri gakondo hanyuma ikazahava ikerekeza Uganda hanyuma ikazava Uganda ikazerekeza Kenya maze bakabigereranya nububyutse bwabayeho mu w’1935 kuko ububyutse bwatangiriye muri gakondo buhava bwerekeza Uganda burangirira muri AUSTRALIA.

njyanwa mu iyerekwa mbona ibigo by’Imari ziciriritse zihomba kandi zikaba zihombejwe na FPR,n’Umwakagara.Mbona abashinze ibyo bigo bakunze kwitwa micro Finance bahangayitse cyane ndetse na babihagarariye nabo ubwabo bafite ibibazo yuko bahagarariye ibigo aho kunguka ahubwo bigahomba.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara igihugu agisize iheruheru ku buryo abazamusimbura ku ngoma bazasanga igihugu yaracyunyuguje uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mbona ba senior cadles bakuru ba FPR,bahungira mu mahanga kugirango batazafatwa,ahubwo baba bishyiriye amahanga abashakisha mu buryo buborohereye kuruta abasigaye mu gihugu bashobora kuzafatwa cyangwa ntibafatwe bitewe ni uko Umwami YUHI VI, azategeka ariko abahungiye mu mahanga bivuze yuko bishinja ibyo bakoze bahunze ubutabera bikazatera umwete leta izaba iriho kuzabashakisha uruhindu uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore FPR,icitsemo ibice [2] bamwe bagiye kuyirwanira,abandi bayirwanye kuko yabashyize mukangaratete ku buryo ubuzima bwabo bugiye kurangira nabi.Bibwira yuko nibayirwanya hari ikizahinduka,nibyo kizahinduka,ariko ntabwo bizasibanganya ubugome nibyaha bakoze ngo ni uko bafashije gukuraho agatsiko kabicanyi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Nerekwa abari bakomeye bakoranye ni ngoma y’Umwakagara,mbona bashatse umugore uzaba akomeye cyane ku ngoma y’Umwami YUHI VI, kugirango abavuganire k’Umwami YUHI VI, ntibazafungwe maze nabo babashe kwibera mu ngoma ya mahoro yahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi Leon uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

Umwuka w’Uhoraho ukomeza kunzaho cyane nerekwa inkozi z’ibibi zirwanya umugisha wanjye Uwiteka yanjyeneye,ariko birangira zitsinzwe,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha wawe wahuye ni nkozi z’ibibi zikorera mukirere cy’umwijima ariko uhumure kuko intambara ikomeye Malaika ayirangije umugisha wawe uraje wihangane niko Uwiteka ategetse!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunganiriza rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bahagaritse umutima kubw’amakuru wandika,hamwe nijambo ry’ubuhanuzi.Ariko cyane cyane kumakuru aberekeyeho kandi badashaka yuko uyashyira ahagaragara kuko batekereza yuko intambara zabo zirushaho kwiyongera!Ariko bakibagirwa yuko muri abo bose nta numwe ukurusha intambara ndetse guhigwa no kurwanywa ni mbaraga z’umwijima,kandi gushyira amakuru yukuri ahagaragara bifasha abaturage bashaka kujya kuyobora bityo bakamenya ukuri bagakiza ubugingo bwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mar 25, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso y’umuntu,nerekwa uburyo za magigiri zikomeje gutegura umugambi muremure cyane,kugirango zizabashe kugera k’Umuhanuzi Majeshi Leon.

 

 

 

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,bateganije kuzagutegera ku Umulizni Mukuru w’ibyasezeranijwe,kuko bibwira yuko udashobora kwihaganira kujya kumusura.Nuko rero ubihorere ntuzagire aho ujya kugirango bazabone yuko byose bishoboka kandi ko utari imbata ya mategeko kandi ibyo bitabuza Uwiteka Nyiringabo kwikorera imilimo ye uko ya yiteganije uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa izo nkozi z’ibibi zishaka kujyana mu ishuli rivuga Icyongereza,birananirana.Bashaka kunjyana irivuga Igifaransa nabwo birananirana.Aho kwinjira muri iryo shuli,ahubwo bampa amahirwe yo kubohoka!

Nerekwwa Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ambohora ubugizi bwa nabi bwose bukomeje gukorwa ni nkozi z’ibibi,mbona ibyo bintu byose Uwiteka abikuraho birarangira uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona Pastor uyoboye idini rya Vivante,Gataha Staraton yizanira abaririmbyi bakorana nikuzimu,kugirango arusheho gutanga ibitambo byinshi kwa Satani yitwaje urusengero ayoboye maze bikamuhesha kubona ibitambo atanga ikuzimu kwa Satani.

Mbona abantu [2] umuhungu n’umukobwa bashinzwe kwakira abantu baza gusenga,abongabo bakaba bashinzwe kumenya uje bwa mbere arumushyitsi bagahita bamushyiramo imyuka mibi ihumanya kugirango niba afite impano yo guhishurirwa atabasha kumenya ibikorerwa murusengero rwa Vivante rukorera mu kanogo ahitwa industrial hakorera inganda munsi ya gikondo.

Nerekwa bene data bohorerezwa imbaraga z’umwijima kubera Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yabahaye umwana w’Umuhanuzi Kazi,wavutse kuri gahunda z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kugirango Uwiteka azamukoreshe ibikomeye mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ategetse!

 

 

 

 

Ijambo rikomeza kumburira rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’ABAKAMBA, bohereje  imbaraga z’umwijima kuko ukomeje kubabera inzitizi kubw’imbaraga zikorera muri wowe.Iyo bazanye imbaraga z’umwijima zibafasha kwikorera gahunda zabo zo guhumanya abantu b’Imana zihita zishya ntizibashe gukora icyazizanye  akaba ariyompamvu bakomeje kugerageza guhangana ni mbaraga z’Uhoraho Uwiteka Imana yawe ngo barebe yuko baguhangura ariko ntibishoboka kuko ijambo ry’ubuhanuzi mu gice cya [1-3] ryahanuwe taliki ta 01 Mutarama 2013 ryavuze inkozi z’ibibi ziciriweho iteka imbaraga zabo zitazongera guhumanya ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore isi yose ihangayikishijwe na bana bavutse bakavukana impano y’ubuhanuzi,abo bakaba bazasenya imbaraga z’umwijima zikoreshwa ni nkozi z’ibibi,akaba ariyompamvu abo bana bakomeje guhura n’intambara zikomeye bashaka kubarimbura cyangwa kubahumanya kugirango batarwanya ubwami bwa Satani mu minsi iri mbere uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nuko rero uhugurire bene so bamenye uko gahunda ziteye kuko ubwami bw’umwijima bukomeje guahagarika umutima cyane,kubera abana b’Abahanuzi bakomeje gukurira munsi y’ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kandi kubaho kwabo gutuma hari byinshi byangirika mu isi y’umwuka kuko guhumeka kwabo,konyine kwangiza imbaraga z’umwanzi ku buryo budasanzwe akaba ariyompamvu bakomeje guhiga abo bana hasi no hejuru uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona abantu bakunze kujya muyandi masi (PLANET) cyane cyane abajya kumubumbe wa ‘MARS’ nerekwa uko bajyayo ni uko bavayo.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore biriya byogajuru iyo bigiye mu mibumbe ariyo bita (planet) iyo bagezeyo ahantu bururukira,bakava mu cyogajuru,aho bakandagiye basiga bahangije kuko hatameze nakahano ku isi mutuyeho usibye ko niyisi yanyu aho umuntu anyuze asiga ahakandagiye kandi aho akandagiye asiga hari uko ahangije.

 

 

 

No kumubumbe wa (MARS),naho nuko,usibyeko,iyo mibumbe uko ari [9] yose ifitanye isano,kandi ifite uruhurirane NETWORK CONNECTION iyo mu mubumbe umwe,hari icyintu cyangiritse,aho ndavuga iherereye mukirere ku Ijuru.

Ako kanya bigira ingaruka kumubumbe mutuyeho wo ku isi yanyu (UNIVERSE)  iyo bangije icyintu kimwe mu mubumbe wa (MARS) iyo bagarutse ku isi batuyeho,ariyo (UNIVERSE) urugendo rwabo bakoze bajyayo rwiyongeraho ikindi gice cyurugendo kurwo bakoze bajyayo!

Ndetse ibilometero bakoze bajyayo kunshuro zose bagiyeyo,iyo bagarutse ibilometero birushaho kwiyongera kuko ibintu bakurayo bazana hano ku isi dutuyeho bashaka kwerekana yuko bagezeyo,ibyo bintu nibyo biteza ikibazo cyo gukora urugendo runini cyane kuko ibyo bintu biba bifitanye isano nisi dutuyeho (UNIVERSE) kandi bikaba hagati yabyo bikorana.

 

 

 

 

Bivuze ngo,imbaraga za (UNIVERSE) zishingiye kuyindi mibumbe iherereye mukirere idatuye ku isi,duteyeho.Kandi imibumbe yose ifitanye imikoranire ku buryo bukomeye cyane,iyo umwana w’umuntu azamutse akajya muri iyo mubumbe akagira icyo yangizayo,bigira ingaruka kw’isi mutuyeho ariyo (UNIVERSE) imibumbe yose ifitanye za (LAYERS) hagati yayo ku buryo iyo ugize icyo ukurayo mu mibumbe iri hejuru za (TRANSPORT LAYERS) iyi Layers ya Transport niyo ishinzwe gukora (TRANSPORT and COMMUNICATION) yiyo mibumbe yose uko ari [9]

Iyi mibumbe yose uko ari [9] ihurira kucyo twakwita nka “RING POLOGY” cycles iyo hagize kimwe mu bibigize kiburamo bitera ingaruka ku isi ya bazima yitwa (UNIVERSE) uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mar 26, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ibikorerwa mu isi ya bazima,bitarebeshwa amaso ya bana b’abantu.Nerekwwa Uhoraho Uwiteka Nyiringabo afata ikigeragezo agihinduramo umugisha.Maze mbona abadayimoni hamwe na bakagara  baritotombye cyane yuko gahunda zabo zose ziburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,umuntu niwawundi ntabwo ajya yiga ngo agire ubwenge kuko muri we hahoramo ubwenge bw’ubugizi bwa nabi gusa gusa.Dore umwanzi akomeje gutegura imitego nudutego yibwira yuko azahirwa,nyamara ntabwo ashobora guhirwa mu migambi ye mibisha kuko ijambo ry’Uhoraho ryamaze kumuciraho iteka niko Uwiteka avuze!

Dore aragenda acukura imyobo myinshi imbere yawe yibwira yuko utakibona wabaye impumyi kugirango uzayigwemo.Ariko ntabwo bizashoboka kuko Uwiteka yakwise izina rya “AINESHA”bisobanura umugwaneza waremanywe ubuhanga nubwenge bwa kavukire,ibyo byose Uhoraho yabikoze kuko yarazi ibigutegereje mu isi ya bazima.

Niyompamvu yaguhaye kuba umunabwenge (Genius) akaba atari ubwenge wigishijwe na bana b’abantu,ahubwo nubwo wavukanye kubwumurimo ukomeye ukorera Uwiteka mu gihe nk’iki.

Kuko yarabizi yuko kizaba igihe gikomeye kandi cyuzuyemo uburiganya bwinshi cyane,aho abitwa abanyabwenge bazahinduka ibigoryi bakayoborwa ninjiji kugirango bahinyuzwe n’Uhoraho yuko ubwenge bwabo budashoboye,maze ikinyoma cy’umwanzi kiba kigiye ahagaragara uko niko Uwiteka yabishatse,kandi niko avuga.

Mar 27, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona uwahoze ar’umufasha w’Umuhanuzi AINESHA,Mukandirima Murekatete Odette yongerwa guhabwa intorano kugirango ashishikarire guhigisha uruhindu Umuhanuzi AINESHA,mbona aragiye muri magazine shop agura imyenda yose yifuza,ageraho agura ni kanzu nziza ndende ijya kuba umweru,kuko amapantaro yari yay amaze mu iduka.

 

 

 

 

Iyo kanzu yarivangavanzemo amabara y’ikigina,umutuka n’umuhondo byeruruka,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu AINESHA we,uwahoze ari shashi yawe asohoze umugambi wose wo kurimbuka,kandi igihe cye cyo gucirwaho iteka kirasohoye ngo amenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

Nerekwa umukuru w’igihugu cy’IBABYLON, Uhuru Kenyatta ahagaze imbere ya bantu abagezaho ijambo,maze b’abantu bose bahinduka ibigori (Maize) bigihagaze mu murima byenda kuma.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwo mugabo yazamuye akaboze kintambara yabaye muri icyo gihugu umwaka wa 2007/8,none agiye guhura nikigeragezo gikomeye mu kwiyamamaza kwe niko Uwiteka avuga.

Dore ijambo ry’Uwiteka niryo ryamushyizeho kugirango asohoze gukiranirwa kose kw’IBABYLON, imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kandi na none niryo rizanamukuraho ku ngoma kuko ari ko byavuzwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka abivuze!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umufasha wa mwene so muri Kristo Umwami wabakiranutsi,ntabwo azi italiki yavutseho,mu bwire yuko yavutse taliki ya 23 Nzeri,1987 kuko ajya yandisha yuko yavutse taliki ya mbere z’ukwezi kwa mutarama ariko ntabwo ari byo niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Mwana w’umuntu,dore hari impano zigiye kuza ukwiye kuzisengera kugirango zizakugereho mu mahoro kuko ziturutse k’Uwiteka Nyiringabo.Ako kanya ndasenga nti Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ndagushimiye yuko wibutse umugaragu wawe,kandi wemeye kongera kumugirira neza kuko wumvise gusaba kwanjye ishimwe ni cyubahiro bibe ibyawe iteka ryose niteka Amen.

Nerekwa impunzi zatataniye mu gihugu cy’IBABYLON.mbona zishinga utudini twigisha ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ariko umugambi wabo bakaba barashakaga kwikorera ubucuruzi kugirango bibonere ibizabatunga kuko inzara ikomeje guca ibintu bigacika muri icyo gihugu.

Iyo babonaga umuntu uzi ijambo ry’Imana kubarusha,bahitaga bamugirira ishyali ndetse bakanga ko yabafasha kwigisha ijambo ry’Uwiteka,batinya yuko yazabatwara abakiliya babo bishakiye kugirango babatungire muri icyo gihugu cyuzuye inzara nubutayu bitajya birangira niko Uwiteka avuze!

Nerekwa za magigiri zikoresha ibikoresho by’ikoranabuhanga bifashisha kureba umuntu aho aherereye,kugirango bamenye uko bakomeza gutegura umugambi mubisha wubugizi bwa nabi.Nerekwa mbona bagerageza gukora Tracking bashakisha Umuhanuzi AINESHA,ariko mbona za camera zabo Uwiteka azizima zinanirwa kureba ngo zimenye aho Umuhanuzi aherereye.

Mbona uburyo umwanzi akomeje kohereza inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abadayimoni,ariko uko yaboherezaga,bageraga mu butayu aho AINESHA, yibereye,bagahita barimbuka bagapfa bose bagashira.Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni bashiriye ku icumu ry’Uhoraho baroherezwa kugushaka bagera mu butayu bagapfa bakarangira ntibabe bagisubiyeyo kuwabatumye.

 

 

 

 

Mar 28, 2017 nerekwa umwuka wubugome nubugizi bwa nabi INKA,ushoreye numwuka w’ikinyoma,biza byerekeje mu butayu aho AINESHA, yibereye ategereje kumva ifirimbi ya nyuma y’umupira wa maguru warurimo gukinwa na leta y’Umwakagara hamwe n’Umuhanuzi AINESHA,mbona ya NKA, bari bashyize imbere iciriweho iteka icibwa igihanga mbere yuko imugeraho.

 

 

 

Mbona undi mwuka wa badayimoni witwa umwuka wikinyoma (IHENE) nerekwa uwo mwuka nawo uza wirukanka cyane mu mahanda wa kaburimbo, (inzira yo gukiranuka) maze mbona ukuboka k’Uhoraho kuraje kwambika ya HENE umuguha mu mahembe maze irazamurwa ihambirwa mu giti cyari hafi aho iruhande rw’inzira maze icibwa igihanga.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore imyuka yuburiganya nubugizi bwa nabi iciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Babonye bafata igihugu basohoza gukiranirwa kwabo,Uwiteka arabihorera bagirango bafite imbaraga zo kuba barwanya ijambo rye!Ahubwo nibahame hamwe Uhoraho azabereka yuko badashobora kurema na gace kumusatsi uri kumutwe w’umwana w’umuntu niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Nkomeza guhishukirwa uburiganya bw’umwanzi na macenga menshi bacenga Uwiteka bibwira yuko bamurusha gukina umupira wa maguru.Nerekwa uwo mupira ukinirwa mu butayu bw’IBABYLON,ariko mbona umusifuzi abagira inama yuko bareka kujya mu mukino kuko bari buze gutsindwa mbere yuko bakina bitewe nuko badafite abakinnyi babigize umwuga.

 

 

 

 

Kandi nababizi bakaba bataramenyereye gukinira mu gihugu cyo mubutayu kuko haba umuyaga mwinshi cyane kurusha ahandi hantu bamenyereye gukinira.Nuko mbona ikipe y’Umwakagara hamwe na za magigiri batabikozwa,mbona ahubwo barushejeho kugira umwete wo kujya gukina uwo mukino maze baragenda batsindwa ibitego [12] ku busa bagaruka bakozwe nisoni kubera kutumvira umusifuzi inama yabagiriye.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,uko ubonye batsinzwe umukino w’umupira wa maguru (Amacenga yuburiganya) ninako bagiye gutsindwa urugamba rubali imbere kuko bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Dore muri gakondo bahora bakuganira niwowe wabaye ikiganiro muri za office zabo,baba bivugira Umuhanuzi uko ahanganye na leta y’Umwakagara.Ndetse nabajyaga banga ijambo ry’ubuhanuzi,bagezeho babonako kurwanya ubuhanuzi ari ukurwanya Uwiteka Nyiringabo.None bahisemo kuyoboka ijambo ry’ubuhanuzi.

 

 

 

Nuko nerekwa ibyobo [6] bacukuye bihwanye ninzira [6] zubugambanyi nubugizi bwa nabi bwo gucisha igihanga Umuhanuzi AINESHA ngo barebe yuko baruhuka kongera kumva ibihanurwa.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,uko bazajya bakaza umurego wo kuguhiga,ninako nanjye nzajya nkaza umurego w’ibyago [7] bibategereje niko Uwiteka avuga.

kandi ubwoba buzajya burushaho kwiyongera mu gihugu kubwizaba bibateye ubwoba bizajya birushaho kubasatira kugirango babure amahwemo nk’uko batuma udahumeka ngo uruhuke ubone uko unkorera umurimo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 29, 2017 Njyanwa mu iyerekwa mbona icyibo cyuzuye amagi y’INKOKO (bisobanura abadayimoni bagiye kuvuka (Guturagwa) mbona ko ngiye kuyafata nyafata nabi igice cyayo magyi ahita arameneka.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni bari bagiye kuvuka bahise bapfa bataravuka kuko inkozi z’ibibi zari zimaze gutegura abadayimoni bagiye ku kurwanya none baciriweho iteka n’uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka avuze!

 

 

 

Nerekwa za magigiri zikora ibishoboka byose ngo zinyure mu bantu bose nigeze kuvugana nabo,zamenye zikoresheje ikoranabuhanga rya Tracking Phone.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zigiye gukora uko ijambo ry’ubuhanuzi ryali ryarakubwiye yuko bagiye gukora ibishoboka byose ngo zibashe kumenya gahunda zawe,none ntutinye ndetse ntukuke umutima ahubwo ukore kwa kundi ujy’ukora niko Uhoraho Uwiteka avuga.

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho,maze ndabwirwa ngo,dore mwana w’umuntu,za magigiri zifite ibyiringiro bikomeye cyane,yuko ziza ku kubona zitwaje inzira z’uburiganya zijyanye namategeko,ariko bararuhira ubusa nkumusambanyi wa gakingirizo,kandi dore barasa nabashinga umuhunda ku kirenge uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Mwana w’umuntu,dore inkozi y’ikibi y’Umukamba yoherejwe ku guhumanya,nuko rero wikorere gahunda yo kuba imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi,kugirango uburizemo gahunda zose zabadayimoni niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

The word of the Lord comes from heaven onto me,and told me,son of man,thus how the Lor your God says.This is the you must think about it,the Rhema word was called Nationalizing: it means Transfer from private to state ownership (nationalization)

 

 

 

Nerekwa nkora ikizamini cya Electronic Permit Liesence hakoreshejwe electronic ndagitsinda maze mbona inkozi z’ibibi zibabajwe ni uko ntsinze icyo kizamini mbona zikora ibishoboka byose ngo zigire inshuti zanjye zizabona uko zingeraho zibone uko zangiza gahunda zanjye n’umurimo w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho avuga.Ubwo mbona zinjiye mucyumba narindimo maze nzima buji nacanaga,nzibwira yuko nta kibiriti mfite,nyamara narimfite imyambi [4] mukibiriti nzihisha ko nyifite zijya gushaka umuriro ziraheba nanjye nzicika gutyo!

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona umunyankore wa Uganda(umuhutu)ambwira ngo ‘UBUMWE’yongeraho ati,NRM bisobanura “National Resistance Movement” (NRM) Law unit.Mbona ako kanya hashyizweho itegeko ribuza abanya Uganda gusoma ibinyamakuru uwakiguze atarabanza kwandikisha ikinyamakuru yaguze aho akorera cyangwa aho atuye cyangwa aho asomera icyo kinyamakuru kuko aho byacururizwaga hose habaga hafuguwe ibiro byandika abasoma ibinyamakuru amazina yabo,nizina ry’ikinyamakuru baguze,na Number y’ikinyamakuru baguze.

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore NRM igiye guhura nikibazo gikomeye cyabayirwanya maze ishyireho amategeko menshi adasanzwe yo gukontorola abantu mu buryo bwose.Ibyo umunsi byabaye azaba ari wo muhero wayo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Mar 30, 2017 nerekwa mu gihugu cy’IBABYLON buri muntu wese ukora muri leta ya Uhuru Muigai Kenyatta,ashaka kwikuriramo impamba mbere yuko leta ye irangira.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihugu barimo kugisahura wagirango kigiye kugurishwa bityo buri muntu akaba afite ubwo bw’uko atazogera kubona umugisha uturuka mu musaruro wicyo gihugu uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa ingabo zabo nazo,ari uko zikora,nazo zilimo kwikuriramo impamba mbere yuko leta ya Uhuru ytwa Jubilee irangira.Ubwo nabonaga buri wese aterura ibyo ashoboye,kuko yari imifuka yuzuyemo ifu y’ubugali nta watwaraga ibyo adashoboye kwikorera kugirango adafatwa akabazwa ibyo atwaye aho abijyanye.

Ijambo ry’Uhoraho rirongera rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihugu baragisahuye cyose uko cyakabaye abazafata let anta cyo bazasanga kuko bamaze gutakaza ikizere yuko batazatsinda amatora niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa mu gihugu cy’IBABYLON ko hagiye gukoreshwa impanuka ikomeye cyane,kugirango abiyamamariza imyanya ya politike bazashobore gutsinda amatora.Ndabwirwa ngo,ibyo nibyo bitambo bagiye gutamba kugirango bazashobore guhabwa umusaruro wa maraso bamennye kuko imana bakorera niko zibategeko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa umudamu witwa MaMan Daniel utuye mu gihugu cya Canada ku izina bamuzi nka Honoline,mbona arimo arwana intambara zikomeye za badayimoni,iruhande rwe hariho abandi badayimoni bashinzwe kumurangaza no kumuriganya,ijambo ry’Uwiteka rimbwira kumufasha ngiye kumufasha kurwana izo ntambara arampunga ahubwo akomeza kumvira abadayimoni bamuri iruhande bamugira inama kugirango barimbure ubugingo bwe.

Mbona umwana wa kabili kuri bucura bwe,agarutse kuntabaza,ndongera ndagenda na none arampunga,nerekwa Uwiteka Imana atanga impano ku bantu bashoboye kurwana izo ntambara mbona wa mwana we w’uuhungu wa kabili kuri bucura bwe,ahawe impano n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo nziza cyane naho nyina yibereye mugikoni yitekera ibifungurwa byo gushyira mu gifu cy’umubiri niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Nerekwa umukuru w’igihugu cy’IBABYLON Uhuru Muigai Kenyatta afata ishati ye,ayishyira mu mazi kandi ariyo yaragiye kwambara.Maze igihe cyo kujya nama yari yatumiwemo,abwirwa yuko agomba kuza yambaye iyo shatsi(imilimo) maze mbona barayifashe bayitera ipasi ngo yume,maze barangiza igihe cy’inama cyarangiye atayigiyemo.

 

 

 

 

Abonye atayigiyemo,ahita afata ishyaka rye rya TNA ribarizwa muri Jubilee arigurisha RAILA Odinga kugirango ajye kwigurira Construction Company yubaka amazu no gukora imihanda mu gihugu cya Uganda.Ni uko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Kenyatta atsinzwe amatora none yigiriye mubucuruzi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho mbona mpamagara Honoline(MaMa Daniel) ngo mubwire icyo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo amuntumyeho ariko yanga kuza kumva umuburo w’Uwiteka Imana Nyiringabo.Maze ndabwirwa ngo,rero ubwo yanze kumva imiburo y’Uhoraho yanyujije kumuhanuzi,nta byiringiro asigaranye byo kuzumva icyo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga uko niko Uwiteka amuburiye,kandi nuko avuga.

Nkomeza kwibera mu iyerekwa maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,kora amasengesho y’iminsi[2] kuko inkozi z’ibibi zohereje umuntu uje kuguhumanya.Ubwo haciyeho umwanya muto,mbona haje umudayimoni wihinduye umugore,wigize malaika w’Imana nawe arambwira ati,mwana w’umuntu,kora amasengesho y’iminsi [3] niko Uwiteka avuze!

Ijambo ry’Uhoraho ringarukaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uwo mugore ubonye ni umudayimoni wagerageje kwigira nkaho ari malaika ntumwumvira kuko uramutse ukoze ibyo akubwiye waba usuzuguye Uwiteka ibyo yavuganye nawe,ahubwo ukumvira Satani nuko Uwiteka akora.

nccleon@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar