Igice cya (55) cy’ubuhanuzi

April 25, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ihuriro rya politike nyarwanda RNC,ryiyegeranya cyangwa bisuganya kugirango bataginze ibikorwa byabo byo  gutabara gakondo ya bakiranutsi badafatanije n’ubwami bw’uRwanda.Mbona ubwami bw’uRwanda nabwo burimbanije mu gutunganya ibikorwa byabwo by’itahuka ry’Umwami w’uRwanda nubwami bw’uRwanda.

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe kirageze ngo Uwiteka asohoze isezerano rya gakondo ya bakiranutsi ariko ubufatanye bwa Gen.Kayumba Nyamwasa (RNC) n’ubwami bw’uRwanda,nta bwo bukiriho kuko  uko niko Uwiteka avuga.

Igice cya (54) cy’ubuhanuzi

Nkomeza guhishukirwa iby’umwuka w’Uwiteka Nyiringabo,ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore imigambi yose y’inkozi z’ibibi bari bagambiliye iciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Dore gahunda z’Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe zigiye gushyirwa mu bikorwa uko niko Umwami Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona ndamanutse nzamuka ubutayu bwose bugufiya ndaburangiza,ngera ku muryango (Gate) aho abantu binjirira bavuye mu butayu batarinze kuzenguruka iyumucyamu.Nsanga igihe cyo gukinga uwo muryango cyari kigeze duhita twinjira ariko turi abanyuma!Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umwuka w’Inzika y’Inzigo waciriweho iteka none ntugire ubwoba bwabakugenza kuko bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nongera kwerekwa manuka ahagana ku iriba riherereye mu butayu bugufiya ahagana mu majyaruguru y’uburengera zuba bw’Africa.Ndamanuka ngeze ahamanuka ku iriba nsanga hazitiwe ku buryo nta muntu wemerewe kuba yamanuka ngo agera muri ubwo butayu ndetse ajye no kuri rya riba ryamazi meza yo kunywaho.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,hindukire urebe haruguru yawe,ndahindukira ndareba mbona igiti cy’imbuto ziribwa z’umugisha zamaze guhishira nsoromaho ndazirya numva ziryohereye maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko rero tunganya ibidatunganye kugirango wa munsi uzasange witeguye kugirango ntuzatungurwe no kwinjizwa mu masezerano kandi waraburiwe kugirango uzasangwe byose bitunganijwe maze Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yikorere imirimo nk’uko yabivuze uko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 26, 2017 nerekwa Gen.Kayumba Nyamwasa amanurwa mu butayu bugufiya, ngo ajye kureba uburiganya bukorerwa mu isi ya bazima.Mbona ihuriro rya politke RNC,riyobowe na Gen.Kayumba Nyamwasa, rishaka kuriganya ubwami bw’uRwanda kugirango yigire perezida w’uRwanda,ariko ntibyamuhira ahubwo ahita amanurwa mu butayu hamwe ningabo ze,bajyanwa kujya kwigishirizwa mu butayu bugufiya ngo bamenye yuko bamenya ibyo yabahanuweho ko  byari biturutse mukanwa k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Mbona Major Ruyenzi Aloys yikinga inyuma y’inzu mbona akuyemo urumogi yaravuye kugura $100 atangira kurunywa ahinduka umusinzi cyane kuko umugambi wabo wo gukomeza repubulika y’ikinyoma uburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,nta bwo umucyo numwijima bishobora kubana hamwe,kandi ikinyoma n’ukuri nabyo ntabwo bishobora kubana hamwe mu nzu imwe!

Mbona kandi umwiru mukuru w’uRwanda Chancellar Boniface Benzinge nawe ajyanwa mu butayu bugufiya aho agomba gutegerereza isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Chancellar Benzinge ntabwo ari kuvuga rumwe na Gen.Kayumba Nyamwasa kuko Nyamwasa adashaka kubahiriza amasezerano bagiranye,none uburire abashaka kujya kumashana babe baretse kwifatanya numuriganya RNC, ushaka gukomeza inzira y’ikinyoma ngo bakomeze gutegeka gakondo ya bakiranutsi bakoresheje ikinyoma cya repubulika itemewe namategeko.

Nuko rero mwana w’umuntu,uburire  Chancellar w’ubwami bw’uRwanda Boniface Benzinge,umwiru mukuru akaba numuvugizi w’ubwami bw’uRwanda,uti,uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga,niryali umwijima wabanye n’umucyo?Niryali ikinyoma cyabanye nukuli?Uko bidashobora kubana hamwe,uko niko Repubulika idashobora kubana n’ubwami bw’uRwanda.

Emera winjire mu ba repubulike uve mu bwami,cyangwa abarepubulike bahagarike repubulika y’ikinyoma binjire mu bwami,naho ubundi uzibyarira amazi nk’ibisubisa kuko Gen.Kayumba Nyamwasa adashobora kuba mu bwami ngo bikunde ahubwo azabakorera coup d’etat.Ariko kandi natifatanya n’ubwami bw’uRwanda,nawe ntabwo ashobora gufata ubutegetsi ngo yime ingoma kuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ritigeze rivuga gutyo!

Ahubwo azakorwa nisoni imbere yamahanga kuko yatatiye igihango cy’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kuko gukora izina bidaturutse k’Uhoraho bidashobora kumuhesha izina ryo kuba umukuru w’igihugu ariyo gakondo yabakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nkomeza kwerekerwa mu butayu bugufiya mbona inkozi y’ikibi y’umugore ingenda runono iturutse mu mucyamu w’ubutayu bugufiya,ubwo nanjye naringeze ku nkengero z’ubutayu bugufiya,mbona aza yiyoberanya,ariko mutanga kumubona ntiyaba agikoze ibyamugenzaga kuko narimaze kuzamuka ubutayu bwose ndetse ni inkengero z’ubutayu zose maze kuzirangiza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Nerekwa mu gihugu cy’ibabylon umuriro urushaho kwaka kubera amajonjora “election primaries”akomeje kujyenda nabi cyane bitewe no gukoresha uburiganya bukomeye bushingiye ku ntonorano adashingiye ku kuri.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyababylon barimo kwirahuriraho umuriro aho gukoresha ukuri,ahubwo barakoresha ikinyoma.

Nuko rero ubwire bamenye yuko uwiba ahetse, aba yigisha uwo mu mugongo,kandi dore bagiye kwibyarira amazi nk’ibisusa,kandi inkubisi yamabyi ntibura kuyitarukiriza.Dore basigaje iminsi 100 ngo amatora y’umukuru w’igihugu ngo abe,nyamara urwishe ya nka ntaho rwagiye ruracyayirimo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona turi abagabo [3] turi hagati mu izinga ry’inyanja nini cyane,ariko imbago zayo ntabwo zanganaga cyangwa ngo zigere ku ndengo imwe.Nerekwa inyuma yahoo twari duhagaze,inyanja mu bugari bwayo cyangwa muburebure bwayo ari hanini ndetse ari hagari cyane ndetse nubutambike bwayo naho hari hagari cyane.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hindukira urebe ni nyuma yawe,ndahindukira ndebe inyuma mbona ahaturuka ku nkombe ziyo Nyanja mbona hari amazi atari menshi cyangwa maremare ibujyakuzimu.Kand abo [2] niho bari baje baturuka bansanga muri rya zinga rya ya mazi yo Nyanja.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore isi irabazengurutse kandi ntaho mufite ho kuyihungira,kuko amazi yose ari maremare kandi mukaba mudashobora koga ngo muyambuke,cyakora munyuze aho ngaho mbere mwakwambuka namaguru usibye ko bitoroshye nyine bitewe nuko mutizeye umutekano waho kuko haramutse haje umuraba wishuheri utabura kubajyana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa icupa rya kanyanga cyangwa Konyagi riri kumeza imbere yanjye,mbona ikirahure kiraje nacyo kiteretse kumeza gitegereje yuko hari uwaza kugisukamo iyo nzoga.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umujinya uraguhagurukiye ariko ntuwuhe urwaho kuko ngo nuko uguhagurukiye!

Ahubwo uwime inzira kuko umwanzi niwowe ashaka nyamara burya intumva irira kumuziro,kandi umupfapfa ntazabura guhanwa kuko ibitugu byumupfapfa ari byo bikwirye gukubitwa inkoni kugirango yigishwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ariko abakiranutsi bazarama kandi bazagubwa neza kuko bemeye kumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 26, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona igisirikare cy’uRwanda RDF,ko kirimo kugenda gisobanurira abasirikare bafunze bari muri za gereza za gisirikare,impamvu y’intambara bagiye kurwana na Uganda UPDF,mbona batanze umwanya wo kubaza ibibazo ariko habura numwe wabaza ikibazo kubera gutinya ko nyuma ya komisiyo ishinzwe kuzenguruka muri za gereza isobanura impamvu y’intambara ko bahita bamugirira nabi.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,erega mwana w’umuntu,umwakagara ararushwa n’ubusa kuko ingabo zititeguye kurwanira ingoma y’Abega kuko bategetse nabi bica abantu babaziza ubusa.Ikindi kandi bakaba baragize uruhare mu bwicanyi bwa genocide yakorewe mu Rwanda bamara abatutsi bari mu gihugu kugirango bibe impamvu yo gufata ubutegetsi.

Nuko rero kuko barwanije ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ntakabuza ijambo ry’Uwiteka ibyo ryavuze ninabyo bizasohoza umurimo wabyo,kuko Uwiteka adashobora kwivuguruza ahubwo azakora ibyo gukiranuka mu bwoko bwe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore Uhoraho yabateze umutego badashobora gusimbuka, nibarwana na Uganda bazakuraho hehe inzira yo guhunga kandi ko amahanga azahita ateranira k’Umwakagara akamurasa urufaya,bazerekera he?Niko Uwiteka abaza!Yemwe bene data basigaye muri gakondo murabe abanyabwenge ntimube abana ahubwo mukore ibyo Umwami Mana ashaka kugirango muzabashe kurindwa kumunsi mubi niko Uwiteka avuga.

Mbona ko Umwakagara ahuye nikibazo cy’imiti ya gisirikare,ndetse nibyokurya byabasirikare,ubukungu bw’igihugu mbona busubiye inyuma cyane bikomeye noneho inzara ikomeza kurushaho gukomera cyane ku buryo inzara ubwayo yatumye atsindwa intambara ntayaba agikomeza kurwana intambara atsindwa urugamba ruhenu kubera kurwanya Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Mbona itangaza makuru ryigenga hamwe nabakorera leta ntabwo ryali rigishobora gukora umurimo waryo kuko ubutegetsi butemereraga itangaza makuru kuba ryashyira amakuru y’intambara ahagaragara kubera ubutegetsi bw’igitugu bwa FPR.

Nerekwa society ikora ibinyobwa izwi cyane ku izina rya Cocacola ihomba  ku buryo bukomeye cyane ntiyaba igishobora gukora ubucuruzi bwayo isanzwe ikora yatangiye mu mwaka wa 1886 niho iyo society yatangiye ikaba iciriweho iteka kubera gukora ibinyobwa binyuranye nimibereho ya bantu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibiraro bihuza intara zose z’uRwanda numurwa mukuru wa Kigali kugirango Umwakagara abe atagishobora guhuza izo ntara cyangwa ngo abe yashobora kuzikoreramo uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara akuwe ku ngoma kandi yambuwe ubuteegetsi ndetse yambuwe nubuzima bwe n’ ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko yarwanije ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo anakula izina ry’Imana mu itegekonshinga ry’igihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa inteko zo mu Ijuru zishinzwe Finance ziterana vuba vuba kugirango zohereze umushahara w’Umuhanuzi AINESHA Leon.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Ijuru rirateranye kugirango ryohereze umushahara wawe kuko hashize igihe udahembwa neza uko bikwiriye.

Mbona barimo gutunganya amazina bari banditse nabi no kwandika check kugirango bayoherereze Umuhanuzi AINESHA Leon ukiri ku nkengero zo mu butayu uko niko Uwiteka ategetse!

Nerekwa havugwa amagambo menshi cyane kubera ijambo ry’ubuhanuzi bwuyu munsi kubera Gen.Nyamwasa Kayumba ukomeje guhinduka nkuruvu akaba ashaka gukomeza ubutegetsi bwikinyoma nigitugu.Mbona abanyarwanda bitotomba cyane kuba Nyamwasa kuba ari mu mahanga nta cyo bimubwiye ikindi akaba ntaho atandukaniye n’Umwakagara ukomeje kwicira abantu kugahera.

Kuko iyo Gen.Nyamwasa aza kuba ababajwe nabanyarwanda,yakabaye yumvikana nubwami bw’uRwanda bwemewe namategeko bagakuraho Umwakagara ku ngoma.

Ariko kuko nawe yemera imitegekere y’ikinyoma,niyompamvu adashaka yuko repubulika yikinyoma itavaho kuko ashyigikiwe nababiligi akaba yumva yuko nawe yakwitwa perezida (umukuru w’igihugu) ariko ijambo ry’ubuhanuzi rigitangira ntabwo ryigeze rimuvuga nkumwe uzasimbura Umwakagara.

Ahubwo bwavuze yuko ubwami bw’uRwanda aribwo buzasimbura Umwakagara naho Nyamwasa akazarwana intambara bivuzeko azaba umusirikare nkuko asanzwe ari we kuzageza igihe azava mugisirikare akajya muri politike akaziyamamariza umwanya wa minisitiri w’intebe kuko ariwo mwanya uzaba uriho icyo gihe uko niko Uwiteka Nyiringabo yabitegetse!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore iminsi yose watwawe ni nkozi zabadayimoni niyo wamaze uri mu butayu Uwiteka arayikuragaruriye.Kandi umubiri wawe awuhaye itoto ry’umwana w’ingimbi ufite imyaka  [15] kugirango umenye yuko Uwiteka aca imanza zitabra kandi ko ajya agaruza imibiri ya bantu nuruhu rwabo rwiza yabaremanye batwawe numwanzi wo gukiranuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abiivuga.

April 27, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ibikorerwa mu isi yabazima bitaboneshwa amaso ya bana b’abantu.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihugu cya Australia Uhoraho ahateje umwuzure kubera gukiranirwa kwicyo gihugu gikora ibinyuranye namategeko Uwiteka yashyizeho agenga ikiremwa muntu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uramenye ntugire ikindi ukora kitari “JUST TRACKING AND REPORT,NO CONTACT”kuko ibihe bikomeje kuba bibi kandi umwanzi yaguteze imitego nudutego kugirango uzaze uyigwemo.

Koresha ikoranabuhanga na P.O.BOX ntusabwa guhura n’umuntu utizeye kandi utazi ndetse nabo basabwa ko bakugeraho baturutse ahantu wizeye kandi havuzwe nijambo ry’ubuhanuzi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ndi ahantu mu butayu hubatse utuzu tumeze nkinzu z’ibyatsi cyangwa inzu z’abararo bagishije inka mu mashyamba yakure ariko ahongaho hari ubwatsi bwo mu butayu bugufiya hameze nk’ikibuga cy’indege aho niho nabonaga indege zigera muri [4]; ariho zahagurukiraga zirekeza muri gakondo ya bakiranutsi zigiye gukora umurimo w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore indege zihagurukijwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo zerekeje muri gakondo ya bakiranutsi zigiye gusohoza ijambo ry’ubuhanuzi ryahanuwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo binyuze mukanwa k’Umuhanzi AINESHA Leon (Majeshi) none burira ubwoko bw’Uwiteka uti,uku niko Uwiteka avuga.

Uwezwa yezwe ukiranirwa akomeze gukiranirwa kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ashyizeho iherezo ryabafite imibiri bose muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Abashaka mu maso h’Uwiteka Nyiringabo bahashake bigishoboka yuko bahabona kuko ibyari ibyuya byaba bigiye guinduka amaraso abatizeye byukuri babone kurimbuka kugirango bimenyekane yuko muri gakondo ya bakiranutsi yigarurirwe n’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,dore indege zamaze kugera aho zizahagurukira kuko zizaturuka mu burengerazuba bw’uburasirazuba aho niho izo ndege zamaze kugera ninaho zizaturuka zigiye gukuraho Umwakagara dore hamaze kugera indege zigera muri ennye[4];nizo zamaze kuhagera ariko inyuma haracyari nizindi zirimo gutunganywa kugirango nazo nizimara gutunganywa neza zibone gufata ikirere zize kunganira izindi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nongera kwerekwa mu Kristo Kazi aza ansanga ku nkengero z’ubutayu aho nibereye mpamaze imyaka [8];ntegereje isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Mbona aje aherekejwe na byiringiro ukundwa cyane n’umukambwe.Nuko mbona uwo mukambwe ampereza ukuboko ansaba kutamuratsa nka byiringiro ujya amuramutsa gisore kandi ageze mu za bukuru ariko byiringiro ntabwo ajya amenya yuko umukambwe ageze muzabukuru uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore uwo niwe uzakuruhura umutima waruhijwe ni nkozi z’ibibi zagambiriye kumena amaraso yawe bagambirira kuguca igihanga.Dore Uwiteka yohereje  MuKristo na MuKristo Kazi kugirango barahure umutima wawe kandi abo muzakorana umurimo wa data uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

April 28, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi y’ikibi y’Umurundi twigeze kubana Gisenyi yitwa Uwimana Ernest,asubira gushakisha imbaraga z’umwijima zo guhangana n’Umuhanuzi kugirango arebe yuko yagaruza umugisha we yari yaramwambuye ariko ntiyahirwa biramwangira kuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryamaze kumuciraho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho riragaruka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hagiye kuza isha yiyoberanya yigira nkimpongo,ubundi ikigira nkimparage ariko wowe uyhorere kuzageza igihe cyategetswe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango ikorwe nisoni imenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana yo mu juru yaremye Isi n’Ijuru niko Uhoraho Uwiteka Nyiringao abivuga.

Nsubira mu iyerekwa mbona za magigiri ni nkozi z’ibibi zongera guhaguruka zishakisha uko zakoresha uburiganya zikangeraho.Mbona zongera gukoresha abantu batandukanye hirya no hino ku isi ariko nabwo bibabera imfabusa.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,umenye uko ubyitwaramo kuko za nkozi z’ibibi zongeye guhaguruka zikurwanya kandi zikaba zateguye andi mayeri akomeye ariko umutego mutindi wica nyirawo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa Pastor Kazimiri usanzwe akorera umurimo w’Imana ku KIBUYE,mbona ahura ninshuti ze,maze zimujyana mukabali bajya kunywa ku nzonga anywaho icupa rimwe ahita ahinduka umusinzi maze amafaranga yarafite bahita bayamwiba.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwahoze ar’inshuti yawe Kazimiri yahuye nabariganya babashumba bakorana umurimo w’Imana baramuyobya bamumaramo kwizera kose yarafite imbaraga ze zose barazitwara asigara ar’umusinzi (Kuvangirwa) Ubuntu bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bumushiraho.

Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ndabizi yuko ushobora byose,kandi ufite imbaraga zitagira akagero cyangwa zitagira aho zigarukira,nsengeye Kazimiri warufite umutima wo gukiranuka kugirango umugirire neza kuko yakundaga gukiranuka kandi akumvira ijambo ryawe maze umugarurire umutima nubwenge byo gukiranuka kugirango azabone ubugingo.

Data nzi neza yuko ujyu unyumva kandi nizeye nubu unyumvise tabara mwene data umugirire umumaro umukize abadayimoni kuko kujya kwiga theology nibyo bimukuyemo Ubuntu bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo mbisabye mu izina rya data,umwana,n’umwuka wera Amina.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Ababrozi muturanye zigiye kwimuka kubera zimaze kunanirwa guhangana nawe.Bararoze bageraho bararambirwa bayoberwa imbaraga zigukoreramo none bibateye kwimuka bakaba bagiye kure cyawe ho gatoya niko Uwiteka avuze!

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirmabwira riti,mwana w’ubuntu,dore aho inkozi z’ibibi zari zarakuboshye ngo ntuzongere kuba umunyamugisha Uwiteka arakubohoye,dore wakiriye umugisha wawe kandi mwinshi nyamara mu muryi havuyemo uburyohe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntujye kumurimo mbere ya 10:10 kuko ibintu bitameze neza,ugende ukore isaha imwe kugeza saa 11:10 ube urangije akazi kawe kari buende neza uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

Nerekwa inkozi z’ibibi zabicanyi nabagambanyi zikorera mu gihombo,kandi mbona zinyujijwe mu nzira yahindutse ikidendezi,ndabwirwa ngo,bariya bagore ubonye bagendera mukidendezi,na Bega Kazi bari bagamiriye kuroga no kumena amaraso ariko imigambi yabo iburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ndibaza nti,ariko se abega ntibajya baruhuka gukora nabi?Harya ngo nta mugome ugira konje!Ahaa nzaba ndebe ibya Abega n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Nyiringabo kuko maze kumva bandambiye kubandikaho ariko kuko igihe cyabo kitararunduka burundu nta kundi nabigenza ubu bwoko bwagomeye Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Kandi bwanze kwemera yuko Uhoraho ariwe mugenga wa byose ahubwo bigaruriwe nabadayimoni bemeza yuko ngo bazarwanya Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi bakayinesha wagirango Ijuru nisi nibo babiremye ahaa nzaba ndebe ngayo nguko ibya Bega n’Uwiteka nukubitegereza tukareba uwo mupira aho uzarangirira uko niko Uwiteka abivuga.

April 29, 2017 nyanwa mu iyerekwa mbona ibihishwe amaso ya bana b’abantu muri gakondo ya bakiranutsi.Nerekwa muri gakondo ahahishwe ubukungu bwinshi cyane bwakwira isi yose!

Nerekwa ndi mu nzu kwa data mbona mfite radio abantu basanzwe bakoresha bumva amakuru,mbona kuri (miter band) yayo hariho igipimo cyigaragaza yuko mu butaka harimo ubutunzi budasanzwe bwamabuye ya gaciro.

Nongera kwerekwa amavuta ya petrol na nubu ahishwe muri gakondo ya bakiranutsi ashobora gutunga isi yose!Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira  riti,mwana w’umuntu, dore muri gakondo ya bakiranutsi hahishwe ubukungu bwinshi cyane nabikiye ubwoko bwanjye!

Kugeza magingo aya,ntabwo bari babasha kuvumbura ubwo bukungu buhishwe kuko ntashobora kubaha inkozi z’ibibi ngo zibubere umugisha kandi ari ubwo nabikiye abakunda uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abasirikare boherejwe kwiga ibijyanye nibyo ubutaka bikubiyemo ubucukuzi bwa mabuye yabgaciro na petrol,bakora ubushakashatsi aho bacukuye hose bagasanga harimo amazi gusa cyangwa hari za toilet zivanze na mazi bigahinduka umwanda.Mbonako abo basirikare bibayobeye kandi bajyaga gucukura aho hantu bamaze gupima neza bahabonye petrol kandi koko irimo.

Ariko bakimara kuhagera bagiye gucukura ngo bemeze yuko harimo PETROL,ndetse barikumwe na bahanga b’abanyamahanga,Uhoraho Nyiringabo agahita abihindura ya petrol igahita ihinduka amazi,nizindi mvange zibiba munda yisi.Nerekwa za magigiri zihabwa utubunda duto twitwa Pistol mbona bazishyize mubikapu byabo bafata urugendo ngo baje gushaka Umuhanuzi “AINESHA”kugirango bamuce igihanga.

Maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ufite abanzi benshi cyane,kandi bavuga yuko Uwiteka Imana yawe wiringiye atazigera igukiza na rimwe!Niyompamvu mpagurukiye ku gutabara no ku kurwanira nzabatatanya nkuko inyamaswa mwishyamba zitatana zihunga intare(nuko rero intare yo muryango wa ‘YUDA’nayo niko igiye kubigenza kugirango ikurwanirire bamenye yuko ukorera Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ikiranuka kandi ifite imbaraga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa bwa bukungu buri muri gakondo ya bakiranutsi,bugabanwa nibihugu [2] byafashije ubwami bw’uRwanda gusubira ku ngoma.United Kingdom [UK] na United State [US] bahabwa imigabane yabo,UK bahabwa igice cyabo gihwanye nibyo bakoze ugeretseho ninyungu zabyo,na US nabo bahabwa umugabane wabo ugeretseho inyungu zabyo ariko amavuta akomeza kuba menshi cyane ndetse ntibyagaragara yuko hari nicyavuyeho.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gakondo ya bakiranutsi nayihaye umugisha ukomeye utangana nibindi bihugu kuko nzahashyira izina ryanjye nubwoko bwnajye kugirango bimenyekane yuko uwo ariwo mugabane wabo nabahaye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ntabwo nariguha umugisha gakondo ya bakiranutsi ikiyoborwa numwuka w’ikinyoma,niyompamvu umwanzi ahora ahateza intambara no kwica abahatuye bakomoka mu maraso y’Umwami wabakiranutsi kugirango batazaragwa uwo murage.Kuko benshi bafite ubwo butunzi ariko babukoresha nabi mubikorwa byo kurwanya izina ry’Uwiteka Imana yawe,kandi ariyo yabahaye ubwo butunzi bwose niko Uwiteka avuga.

Niyompamvu nahagurukijwe ngo ujye uca imanza zitabera,ngakuraho umwuka w’ikinyoma,nabawukoresha bose kugirango ukuri k’Uwiteka kuganze mu isi ya bazima,kandi abantu bamenye yuko Uwteka ariwe mucamanza utabera,ariko nubwo bimeze gutyo,ntibizabuza umwana wo kurimbuka kuzarimbuka naho yabona ibyo byose,umuntu ni wa wundi ntibizamubuza kurimbuka kandi Uwiteka nta nakimwe atamukoreye kugirango bimenyekane yuko Uhoraho aca imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abatutsi baturutse mu gihugu cy’Isamariya,ko bakomeje gukora ubusambanyi bukabije,kandi ababukora bakaba bubatse bata abagore babo bakajya hanze yurugo bakajya gusambana.Abagore babo nabo bakajya gushaka udusore kugirango bihore abagabo babo babata bakajya mudukobwa (utunyogwe,uduteja,ni Senene uko niko babita)

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,bambarize uti,ese iki nicyo gihe mwabonye cyo kwinezeza?Aho gushaka mu maso h’Uwiteka kugirango azabashe kuzabarengera kumunsi mubi,ahubwo mwikorera ibihwanye nibyo kamere zanyu zifuza,ngaho rero nimuhame hamwe muhangane nijambo ry’Uwiteka,dore muvuga ngo umugaragu wanjye yarayobye ibyo abavugaho ntabwo bizigera bizohoza,umunsi bizabasohoreraho,muzabura iyo mukwirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

The Rhema word comes from heaven, psalms 3:1-8:

1 Lord, how many are my foes!How many rise up against me!

2 Many are saying of me,“God will not deliver him.ab

3 But you, Lord, are a shieldb around me, my glory, the One who lifts my head high.c

4 I call out to the Lord,and he answers me from his holy mountain.e

5 I lie down and sleep;fI wake again,g because the Lord sustains me.

6 I will not fearh though tens of thousands assail me on every side.i

7 Arise,j Lord!Deliver me,k my God!Strikel all my enemies on the jaw;break the teethm of the wicked.

8 From the Lord comes deliverance.May your blessingo be on your people.

Maze ijambo ry’Uhoraho ringarukaho,nerekwa intumwa zkomeye cyane zitumwa mu gihugu cy’IBABYLON,ngo zijye kubonana na ‘Runningmate, w’IBABYLON KALONZO STEVEN MUSYOKA’mu ihuriro rya politike ryitwa NASA.

Uvugana nawe kugirango afashe ubwami bw’uRwanda gusubira ku ngoma akaba ariyompamvu akuyeho abakorana n’Umwakagara ndetse bamaze kugirana amasezerano yo gutabarana kuko bose batagenje neza ahubwo barwanije ubushake bw’Uhoraho uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

My enemies; so many are against me.So many are saying. “God will never rescue him!” But you Lord, are a shield around me; you are my glory, the one who holds my head high. I cried out to the Lord, and he answered me from his holy mountain.

I lay down and slept. Yet I woke up in safety, for the Lord was watching over me. I’m not afraid of ten thousand enemies who surround me on every side. Arise O Lord! Slap all my enemies in the face! Shatter the teeth of the wicked! Victory comes from you, O Lord. Many you bless your people.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ukore amasengesho y’iminsi ibiri amasaha [48] kugirango imbaraga z’umwijima zeyuruke izo inkozi z’ibibi bohereje kugirango baguteze umwuka w’ubukene uko niko Uhoraho Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi gutegura ubukwe nsigaje iminsi [2] kugirango ubukwe bucyurwe,mbona ko mpawe impano zijyanye niz’ubukwe zirimo imyenda amashati meza cyane,amapantalo meza cyane,harimo za karuvate nziza cyane,hamwe ni nkweto byose byakorewe ‘IBURAYI’ubwo ndimo kubivangura kuko byaje mu ivarisi (BAG) imwe mbona imvura iraguye nugama kurubaraza hamwe numwe mu bari baje kumfasha gutegura ubukwe bwari busigaje amasaha [48] ngo butahe.

Mbona hafi yanjye hariho umusore umwe wo muri FPR waruje kudufasha gutegura ubukwe,kandi akadufasha adatinya abayobozi bakuru ba FPR,bari baramuhaye akazi keza baramugiriye ikizere ariko uko bashwanye naho byapfiriye ntabwo twabimenye uko byagenze!

Mbona aho bari baramushyize ngo abarindire ibicuruzwa byabo,ahasiga hasigara hatagira umuntu uhakorera uburinzi.

Mbona abayobozi bakuru ba FPR baje kureba uko byagenze ngo areke akazi yakoraga kandi ari we muntu warugashoboye,ntangazwa nuko baje bagasanga turimo gukorana muri gahunda zo gutegura ubukwe bwanjye maze bakatunyuraho bagaceceka ntibakoma.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,wabonye iriya mvura iguye mukayikinga munsi ya kazu kutubati,kandi ikaba iguye abayobozi ba FPR bamaze kunyuraho,uko niko bigiye kugenda ngo Umwakagara akurwe ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Umwe mu bigisha b’ijambo ry’ubuhanuzi,ajyanwa mu iyerekwa,abona Umwakagara ari ahantu hameze nk’ahantu hubakishije ibiti bizengurutse urugo cyangwa ikibanza.Abona Umwakagara ayoboye inama yambaye ishati isanzwe ariko idafunze ibifungo byayo bivuga ngo;agatuza ke kari hanze karangaye!

Abantu bazaga kumubaza ibibazo akajya abasubiza,arahaguruka aryama hasi kubutaka,arangije aravuga ngo ndabizi ko ngiye! Ariko nta kundi yabigira.Nk’Umuntu umwe ugiye gupfa niki  wabwira abanyarwanda basigaye kugirango bazagendere ku ijambo ryawe!? Ako kanya arahaguruka ahita agira umujinya atangira gukubita abantu bari baraho ngo kuko bamubahihe icyo yasiga avuze nk’umukuru w’igihugu ugiye gupfa!

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara agiye kwicwa ahitane abantu benshi cyane,ndetse azahitana abana batoya!Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo riravuga ngo,mwana w’umuntu,dore ijambo ryahanuwe rigeze mu marembo ya gakondo ya bakiranutsi!

Kandi dore ibikoresho byo gukoresho kwica Umwakagara byamaze kugera aho bigomba kugera,kandi iriya mvura wabonye nimvura igiye kunyagira Umwakagara nabambari be bari muri FPR.None tangariza abanyarwanda bose abari mu mahanga nabasigaye muri gakondo ya bakiranutsi yuko rugiye kwambikana Umwakagara agacibwa igihanga agakurwa ku ngoma kandi akaba agiye gukurwa ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Abatinya Uwiteka Imana bakanayubaha muri RNC bikuriyemo akarenge!

April 30, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona abatutsi baturutse Uganda bari mu buhungiro mu bihugu bitandukanye mu mpande ennye [4] z’isi.Mbona bateza impagarara mu banyarwanda bashaka impinduka muri gakondo ya bakiranutsi kubera ubusambo ni nda nini bashaka kwiharira ubutegetsi bitwaje igisirikare wagirango amaboko yabo niyo azi kurasa gusa.

Mbona abanyarwanda bari bashyigikiye RNC bikuriramo akarenge kabo kuko bamaze kumenya yuko iryo huriro rishingiye ku kinyoma ridashyigikiye itahuka ry’ubwami bw’uRwanda amizero ya banyarwanda kuko ari bwo bwonyine bufite ubushobozi bwo kunga abanyarwanda kuko budashingiye ku kinyoma ahubwo ar’ubwami bwemewe nitegeko nshinga ndetse namahanga amaba abwemera.

Numva babwira RNC,ngo niba arabagabo nibahaguruke bagende bakureho Umwakagara maze bafate ubutegetsi ntawuzaza kububambura nicyo gihugu cyabo ntawuzagitahamo kuko bazaba bifatiye igihugu ntawuzajya kubatera induru.Ariko ibyo kongera kubeshya abanyarwanda nk’uko batubeshye mbere batubwira yuko baharanira ubwami bw’uRwanda twamara gufata igihugu bagahita bishyiriraho repubulika y’ikinyoma kandi twarahaniraga ubwami bugendera ku itegeko nshinga ntabwo bizongera.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,abatutsi baturutse Uganda baravumwe kuko ari barusahurira mu nduru,kandi bumva yuko ari bo bonyine bafite ubushobozi bwakuraho Umwakagara wagirango nibo bafite imfunguzo z’Ijuru uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko rero kubera iyo mpamvu bakaba barajujubije ubwoko bwanjye,nabo ntabwo bazongera kuyobora gakondo ya bakiranutsi,kuko bumva yuko ngo ntawabajya hejuru ngo abayobore kandi bo barayoboye abanyarwanda hejuru yo kubamenera amaraso ariko abanyarwanda barabyemeye kuko nta kundi byari kumera kuzageza igihe cyategetswe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

 

Nerekwa leta y’Umwakagara yima abatutsi bavuye DR Congo impapuro z’inzira (Pass Port) babita yuko ngo arabakongo kandi batuye mu Rwanda.Nyamara abaturutse Uganda na nubu basubirayo bagahabwa ibyangombwa byaho bakitwa abanyarwanda na bagande kugirango bakomeze gukoloniza abanyarwanda bagenzi babo.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,buri muntu azasarura icyo yabibye kugirango bimenyekane yuko Uwiteka aca imanza zitabera niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Kandi nubwo babima ibyo byangabwo ntabwo bashobora kubareka ngo bajye muri Congo nabo birwaneho bafate igihugu kuko barabigerageje  ariko Gen.NKUNDA bahise bamufata baramufunga ubwo yaramaze gufata ahantu hakubye uRwanda inshuro zirenga [6] bariya bagande banze gutanga amahoro mu bantu nabo ntabwo bazigera bayabona uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko rero kuko banze guha ubuhumekero bene wabo,nanjye(Uwiteka)sinzigera mbaha guhumeka kuko Uwiteka aca imanza zitabera kandi arakiranuka muri byose uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abitwa abakozi b’Imana(Bishops and Pastor’s) bahabwa ibiraka muri za komisiyo za leta zitandukanye  zijyanye no guca imanza zitabera bakagenda bakikorera ibyisi aho guhesha ijuru icyubahiro ahubwo bakacyira intonorano bagaca urwakibera bakaba nkabandi bapagani bose.

Numva bitotomba bavuga ngo Umuhanuzi AINESHA yabaciriyeho iteka abateza rubanda bituma bamenyekane imilimo bakorera mu mwijima bari bazi yuko ibyo bakora bitazamenyekana maze numva basaba ubuyobozi bw’Umwakagara gukora ibishoboka byose ngo bashakishe umuhanuzi maze bamuce igihanga ariko ubanza icyifuzo cyabo gisa no gushing umuhunda ku kirenge uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Nongera kwerekwa mbona minisiteri y’uburezi(ministry of education)uburyo bahabwa inkunga za mashuri kugirango bateze uburezi imbere bumere nko mu bindi bihugu byateye imbere,ahubwo za nkunga FPR igahita izifata ikazishyira mu mufuka udusigaye abalimu bakuru nabo bagashakisha uko batugabana maze amashuli akarushaho kudindira uburezi bw’uRwanda bugenda bukomeza gusigara mucyeragati.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,buri cyintu cyose mu isi ya bazima,kigira ingaruka nziza cyangwa ingaruka mbi.

Dore bariya bapagani nabakuye imahanga mbagarura mu gihugu bavugaga yuko bazakora ibitangaza ariko bageze mu gihugu baba babi cyane kurusha abo basimbuye nyamara bitari cyera baraza kwicuza ibyo bakoze byose ntibizabura kubagiraho ingaruka kuko nabo basimbuye bari bazi yuko badateze kuzava ku ngoma ariko bwaracyeye igitondo kimwe bisanga bakuwe ku ngoma nta nubwo bamenye uko byagenze bisanze mu mashyamba atandukanye ya mihanda baririmbaga myiza na bakobwa beza ni nzoga nziza bihinduka amateka kuri bo.

None nabariya bihorere ukomeze wikorere umulimo wawe,ndabizi yuko bakwanga cyane kuko ubashyira aagaragara kandi ukomoka mu bwoko bwabo.Babazwa cyane nuko ibyabo ubishyira ahagaragara bakanga yuko ubacira imanza kandi umulimo warawuhawe n’Uhoraho Uwiteka Imana yawe.

Ntubatinye kandi ntubahagarikire umutima kuko ndikumwe nawe iteka ryose kuzageza ku iherezo ryawe kugirango abatuye ii bamenye yuko wagendanye n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero mwana w’umuntu,ibyo izo nkozi z’ibibi zitwa ba Bishop na Pastor’s,hamwe nizo nkozi z’ibibi zitwa abategetsi ibyo zikorera ubwok bwanjye na bantu banjye,ubabwire ngo,”uku niko Uwiteka avuga”nzabakubira inshuro [7] ku byo mubakorera kugirango muzamenye yuko mu Ijuru har’Imana kuko ndabona mwarabyibagiwe maze mu menye yuko ajya aca imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa inzira zari zarabaye inzitane zikinguka,maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore intege z’umwanzi ziragenda zicumbagurika arimo kugenda arangira gahoro gahoro bimwe mu birindiro bye,alimo kugenda abivamo kuko igihe nacyo gikomeje kumusatira kandi bwa butunzi yiratanaga bukaba bukomeje gucyendera bityo rero aho niho Uwiteka agiye kwiyerekana agakora ibyo yagombaga kugukorera kuko yanze kubikora umwanzi acyigufiteho imbaraga aguhisha murutare kuzageza igihe cyategetswe kugirango imbaraga z’umwanzi zibanze zigabanuke maze abone kuguhesha umugisha uko niko uwiteka avuze!

Nerekwa mbona RNC bakoresha umusore umwe wigize inshuti yanjye duhurira mu murimo wa data,maze mbona atangira kwigira nk’aho tuziranye ariko mu byukuri ntaho twari tuziranye.

Abonye yuko namutahuye numva aravuze ngo twahuriye kwa LT.Aloys Ruyenzi Kampala muri Uganda kandi Ruyenzi ari nta muntu yerekaga iwe maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore RNC babuze uko bagutata none bagiye ku koherezaho umuntu yigire inshuti yawe kugirango akugigire ariko ntuzamuhe umwanya wo kukwinjiramo uko niko Uwiteka abitegetse kandi nuko avuga.

Nerekwa mushiki wanjye witwa Kampororo Mariya arimo kuraguza no guterekeza,mbona abana bamubaza aho nyirarume yagiye ko batakimubona kandi baramvuga yuko bafite nyirarume maze abasubiza yuko atazi aho yagiye,ahita ajya gutera inzuzi ngo abaze abazimu yuko nyirarume wa bana be yaba akiriho kugirango abone igisubizo ya baha.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu Mariya Kampororo aravumwe wa muvumo umubyeyi wawe yasize abaraze yuko umuntu wese uzasenga izindi mana cyangwa akajya kuraguza avumwe umuvumo uturuka ku Mana kuko yarenze ku isezerano mwasigiwe n’umubyeyi wanyu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umwana w’umusore twari kumwe tugendana mu nzira mbona anyambuye ibihumbi [5000] narimfite mu ntoki,ariruka ndamubura maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,ngaho senga ugaruze umugisha wawe utwawe ni ndyarya ziyoberanya zikaza mu nsengero zikiyita abagenzi bajya mu Ijuru kandi ar’inkozi z’ibibi nuko ndasenga mbona wa musore arayagaruye.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu dore umugisha wawe Uhoraho Uwiteka Nyiringabo arawugaruje kuko inkozi z’ibibi zimaze igihe zarahambiriye umugisha wawe ariko amasengesho wakoze ya masaha [72] agaruye umugisha wawe wose uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yawuvuze niko Uwiteka akora.

 

© Ahagana mu musaha ya nimunsi njyanwa mu iyerekwa bwo nari mu masengesho y’iminsi amasaha [72] nerekwa muri gakondo ya bakiranutsi abacuruzi baho bamanitswe ku ngoyi hejuru basabwa imisanzu badashobora kubona.Basabwaga umusanzu wa chama,basabwa kwishyura mituel,bagasabwa kwishyura imisoro ya karere,kwishyurira abatishoboye nindi myishi cyane kandi batagicuruza kuko ifaranga ryabaye ingume!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,sengera bariya bantu ubonye bari ku ngoyi kuko hasigaye gato bagashiramo umwuka kuko badafite ubwinyagamburiro kandi umwana w’Umwega akaba yarafashe kugakanu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nsubizwa mu iyerekwa mbona ko abakiristu bamasinagogi zitandukanye bamaze kurambirwa ikinyoma cya ba Bishop’s na ba Pastor’s birirwa babizeza ibidashoboka,kandi bo bagatungwa na mature bahabwa nabo bizeza ibiri kure nk’ukwezi bidateze kuzapfa bibonetse!!

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu burira abakijya mu isinagogi babihagarike kuko bizabaviramo akaga gakomeye ahubwo bagume mu ngo yabo bshakire mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko ari hafi cyane kubatabara maze ubwo azaza azasange bari imbere ye ntazabura kubagirira neza kuko icyo ari cyo kimenyetso malaika azaza arebe cyashyizwe ku nkomanizo z’inzu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umudayimoni usa ni nka cyangwa ndi munyamaswa yo muri ubwo bwoko,mbona ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuraza guca igihanga cyiyo nyamaswa (dayimoni) hanyuma gukuramo ijisho rimwe ndetse gukuramo ubwonko bwayo ndetse nijisho ry’iburyo naryo rikurwamo maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umudayimoni wari yaragenzeho igihe kirekire aciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Uwo mudayimoni yari yarafashe umugisha mwinshi cyane ukazajya ubona umugisha mucyeya ariko noneho dore umugisha mwinshi uraje kandi wuzuye inkangara yabanyamugisha kugirango umenye yuko Uwiteka Nyiringabo ari we Mana ikiranuka muri byose.

Kandi iyo yavuze arasohoza ibyo yasezeranije kugirango abamwiringira bamenye yuko we yitwa Uhoraho Nyiringabo kandi ko ari we Mana yukuri mwizeye uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

“The Rhema word called: GAUGE come to me from heaven, and the one who’s revealed to me, told me that, son of man, look front of you on the board, whereby was written this word of the Lord God of heaven GAUGE.

According the research I did, its means an instrument  for measuring the amount or level of something a measure thickness, size and etc. Can be estimate or judge. This is the Lord your God says.”

April 29, 2017 Njyanwa mu iyerekwa mbona ibihishwe amaso ya bana b’abantu muri gakondo ya bakiranutsi.Nerekwa muri gakondo ahahishwe ubukungu bwinshi cyane bwakwira isi yose!

Nerekwa ndi mu nzu kwa data mbona mfite radio abantu basanzwe bakoresha bumva amakuru,mbona kuri (miter band) yayo hariho igipimo cyigaragaza yuko mu butaka harimo ubutunzi budasanzwe bwamabuye ya gaciro.

Nongera kwerekwa amavuta ya petrol na nubu ahishwe muri gakondo ya bakiranutsi ashobora gutunga isi yose!Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira  riti,mwana w’umuntu, dore muri gakondo ya bakiranutsi hahishwe ubukungu bwinshi cyane nabikiye ubwoko bwanjye!

Kugeza magingo aya,ntabwo bari babasha kuvumbura ubwo bukungu buhishwe kuko ntashobora kubaha inkozi z’ibibi ngo zibubere umugisha kandi ari ubwo nabikiye abakunda uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abasirikare boherejwe kwiga ibijyanye nibyo ubutaka bikubiyemo ubucukuzi bwa mabuye yabgaciro na petrol,bakora ubushakashatsi aho bacukuye hose bagasanga harimo amazi gusa cyangwa hari za toilet zivanze na mazi bigahinduka umwanda.Mbonako abo basirikare bibayobeye kandi bajyaga gucukura aho hantu bamaze gupima neza bahabonye petrol kandi koko irimo.

Ariko bamara kuhagera bagiye gucukura ngo bemeze yuko harimo PETROL,ndetse barikumwe na bahanga b’abanyamahanga,Uhoraho Nyiringabo agahita abihindura ya petrol igahita ihinduka amazi,nizindi mvange zibiba munda yisi.Nerekwa za magigiri zihabwa utubunda duto twitwa Pistol mbona bazishyize mubikapu byabo bafata urugendo ngo baje gushaka Umuhanuzi “AINESHA”kugirango bamuce igihanga.

Maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ufite abanzi benshi cyane,kandi bavuga yuko Uwiteka Imana yawe wiringiye itazigera igukiza na rimwe!Niyompamvu mpagurukiye ku gutabara no ku kurwanira nzabatatanya nkuko inyamaswa mwishyamba zitatana zihunga intare(nuko rero intare yo muryango wa ‘YUDA’nayo niko igiye kubigenza kugirango ikurwanirire bamenye yuko ukorera Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ikiranuka kandi ifite imbaraga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

Nerekwa bwa bukungu buri muri gakondo ya bakiranutsi,bugabanwa nibihugu [2] byafashije ubwami bw’uRwanda gusubira ku ngoma.United Kingdom [UK] na United State [US] bahabwa imigabane yabo,UK bahabwa igice cyabo gihwanye nibyo bakoze ugeretseho ninyungu zabyo,na US nabo bahabwa umugabane wabo ugeretseho inyungu zabyo ariko amavuta akomeza kuba menshi cyane ndetse ntibyagaragara yuko hari nicyavuyeho.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gakondo ya bakiranutsi nayihaye umugisha ukomeye utangana nibindi bihugu kuko nzahashyira izina ryanjye nubwoko bwnajye kugirango bimenyekane yuko uwo ariwo mugabane wabo nabahaye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

Ntabwo nariguha umugisha gakondo ya bakiranutsi ikiyoborwa numwuka w’ikinyoma,niyompamvu umwanzi ahora ahateza intambara no kwica abahatuye bakomoka mu maraso y’Umwami wabakiranutsi kugirango batazaragwa uwo murage.Kuko benshi bafite ubwo butunzi ariko babukoresha nabi mubikorwa byo kurwanya izina ry’Uwiteka Imana yawe,kandi ariyo yabahaye ubwo butunzi bwose niko Uwiteka avuga.

Niyompamvu nahagurukijwe no guca imanza zitabera,ngakuraho umwuka w’ikinyoma,nabawukoresha bose kugirango ukuri k’Uwiteka kuganze mu isi ya bazima,kandi abantu bamenye yuko Uwteka ariwe mucamanza utabera,ariko nubwo bimeze gutyo,ntibizabuza umwana wo kurimbuka kuzarimbuka naho yabona ibyo byose,umuntu ni wa wundi ntibizamubuza kurimbuka kandi Uwiteka nta nakimwe atamukoreye kugirango bimenyekane yuko Uhoraho aca imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abatutsi baturutse mu gihugu cy’Isamariya,ko bakomeje gukora ubusambanyi bukabije,kandi ababukora bakaba bubatse bata abagore babo bakajya hanze yurugo bakajya gusambana.Abagore babo nabo bakajya gushaka udusore kugirango bihore abagabo babo babata bakajya mudukobwa (utunyogwe,uduteja,ni Senene uko niko babita)

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,bambarize uti,ese iki nicyo gihe mwabonye cyo kwinezeza?Aho gushaka mu maso h’Uwiteka kugirango azabashe kuzabarengera kumunsi mubi,ahubwo mwikorera ibihwanye nibyo kamere zanyu zifuza,ngaho rero nimuhame hamwe muhangane nijambo ry’Uwiteka,dore muvuga ngo umugaragu wanjye yarayobye ibyo abavugaho ntabwo bizigera bizohoza,umunsi bizabasohoreraho,muzabura iyo mukwirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Uvugana nawe kugirango afashe ubwami bw’uRwanda gusubira ku ngoma akaba ariyompamvu akuyeho abakorana n’Umwakagara ndetse bamaze kugirana amasezerano yo gutabarana kuko bose batagenje neza ahubwo barwanije ubushake bw’Uhoraho uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ukore amasengesho y’iminsi ibiri amasaha [48] kugirango imbaraga z’umwijima zeyuruke izo inkozi z’ibibi bohereje kugirango baguteze umwuka w’ubukene uko niko Uhoraho Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi gutegura ubukwe nsigaje iminsi [2] kugirango ubukwe bucyurwe,mbona ko mpawe impano zijyanye niz’ubukwe zirimo imyenda amashati meza cyane,amapantalo meza cyane,harimo za karuvate nziza cyane,hamwe ni nkweto byose byakorewe ‘IBURAYI’ ubwo ndimo kubivangura kuko byaje mu ivarisi (BAG) imwe mbona umvura iraguye nugama kurubaraza hamwe numwe mu bari baje kumfasha gutegura ubukwe bwari busigaje amasaha [48] ngo butahe.

Mbona hafi yanjye hariho umusore umwe wo muri FPR waruje kudufasha gutegura ubukwe,kandi akadufasha adatinya abayobozi bakuru ba FPR,bari baramuhaye akazi keza baramugiriye ikizere ariko uko bashwanye naho byapfiriye ntabwo twabimenye uko byagenze!

Mbona aho bari baramushyize ngo abarindire ibicuruzwa byabo,ahasiga hasigara hatagira umuntu uhakorera uburinzi.

Mbona abayobozi bakuru ba FPR baje kureba uko byagenze ngo areke akazi yakoraga kandi ari we muntu warugashoboye,ntangazwa nuko baje bagasanga turimo gukorana muri gahunda zo gutegura ubukwe bwanjye maze bakatunyuraho bagaceceka ntibakoma.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,wabonye iriya mvura iguye mukayikinga munsi ya kazu kutubati,kandi ikaba iguye abayobozi ba FPR bamaze kunyuraho,uko niko bigiye kugenda ngo Umwakagara akurwe ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Umwe mu bigisha b’ijambo ry’ubuhanuzi,ajyanwa mu iyerekwa,abona Umwakagara arahantu hameze nk’ahantu hubakishije ibiti bizengurutse urugo cyangwa ikibanza.Abona Umwakagara ayoboye inama yambaye ishati isanzwe ariko idafunze ibifungo byayo bivuga ngo;agatuza ke kari hanze karangaye!

 

 

 

 

Abantu bazaga kumubaza ibibazo akajya abasubiza,arahaguruka aryama hasi kubutaka,arangije aravuga ngo ndabizi ko ngiye ariko ntakundi yabigira.Umuntu umwe ugiye gupfa niki  wabwira abanyarwanda basigaye kugirango bazagendere ku ijambo ryawe!? Ako kanya arahaguruka ahita agira umujinya atangira gukubita abantu bari baraho ngo kuko bamubahihe icyo yasiga avuze nk’umukuru w’igihugu ugiye gupfa!

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara agiye kwicwa ahitane abantu benshi cyane,ndetse azahitana abana batoya!Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo riravuga ngo,mwana w’umuntu,dore ijambo ryahanuwe rigeze mu marembo ya gakondo ya bakiranutsi!

Kandi dore ibikoresho byo gukoresho kwica Umwakagara byamaze kugera aho bigomba kugera,kandi iriya mvura wabonye nimvura igiye kunyagira Umwakagara nabambari be bari muri FPR.None tangariza abanyarwanda bose abari mu mahanga nabasigaye muri gakondo ya bakiranutsi yuko rugiye kwambikana Umwakagara agacibwa igihanga agakurwa ku ngoma kandi akaba agiye gukurwa ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Numva babwira RNC,ngo niba arabagabo nibahaguruke bagende bakureho Umwakagara maze bafate ubutegetsi ntawuzaza kububambura nicyo gihugu cyabo ntawuzagitahamo kuko bazaba bifatiye igihugu ntawuzajya kubatera induru.Ariko ibyo kongera kubeshya abanyarwanda nk’uko batubeshye mbere batubwira yuko baharanira ubwami bw’uRwanda twamara gufata igihugu bagahita bishyiriraho repubulika y’ikinyoma kandi twarahaniraga ubwami bugendera ku itegeko nshinga ntabwo bizongera

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,abatutsi baturutse Uganda baravumwe kuko ari barusahurira mu nduru,kandi bumva yuko ari bo bonyine bafite ubushobozi bwakuraho Umwakagara wagirango nibo bafite imfunguzo z’Ijuru uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko rero kubera iyo mpamvu bakaba barajujubije ubwoko bwanjye,nabo ntabwo bazongera kuyobora gakondo ya bakiranutsi,kuko bumva yuko ngo ntawabajya hejuru ngo abayobore kandi bo barayoboye abanyarwanda hejuru yo kubamenera amaraso ariko abanyarwanda barabyemeye kuko nta kundi byari kumera kuzageza igihe cyategetswe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka avuga.

Numva bitotomba bavuga ngo Umuhanuzi AINESHA yabaciriyeho iteka abateza rubanda bituma bamenyekane imilimo bakorera mu mwijima bari bazi yuko ibyo bakora bitazamenyekana maze numva basaba ubuyobozi bw’Umwakagara gukora ibishoboka byose ngo bashakishe umuhanuzi maze bamuce igihanga ariko ubanza icyifuzo cyabo gisa no gushing umuhunda ku kirenge uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Nongera kwerekwa mbona minisiteri y’uburezi (ministry of education) uburyo bahabwa inkunga za mashuri kugirango bateze uburezi imbere bumere nko mu bindi bihugu byateye imbere,ahubwo za nkunga FPR igahita izifata ikazishyira mu mufuka udusigaye abalimu bakuru nabo bagashakisha uko batugabana maze amashuli akarushaho kudindira uburezi bw’uRwanda bugenda bukomez a gusigara mucyeragati.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,buri cyintu cyose mu isi ya bazima,kigira ingaruka nziza cyangwa ingaruka mbi.Dore bariya bapagani nabakuye imahanga mbagarura mu gihugu bavugaga yuko bazakora ibitangaza ariko bageze mu gihugu baba babi cyane kurusha abo basimbuye nyamara bitari cyera baraza kwicuza ibyo bakoze byose ntibizabura kubagiraho ingaruka kuko nabo basimbuye bari bazi yuko badateze kuzava ku ngoma ariko bwaracyeye igitondo kimwe bisanga bakuwe ku ngoma nta nubwo bamenye uko byagenze bisanze mu mashyamba atandukanye ya mihanda baririmbaga myiza na bakobwa beza ni nzoga nziza bihinduka amateka kuri bo.

May 1, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona abanyamuryango ba RNC bitotombera  inyandiko yatangajwe ku kinyamakuru inyangeNews maze ijambo ry’Uhorao Uwitekaa Uhoraho Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inyandiko yitwa “Umugore ubyariye kurutare” bisobanura kwambikwa ubusa ugashyirwa ahagaragara kugirango ikinyoma cyagizwe ukuri gisubirane umwimerere wacyo wikinyoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Gen.Nyamwasa bamukuyeho amaboko kuko ubwoko bwnajye burarushye kandi bamaze kwizera no kwiringira ijambo ry’ubuhanuzi ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ahora abagezaho.None abantu bo muri RNC bacitse intege ariko kandi abandi batari bazi ukuri bamenye ukuri kandi nibamenya ukuri kuzababatura niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona Bus nini ihetse abantu benshi cyane,yari yanditseho RNC,yaryuzuyemo abantu benshi nta mwanya wa bona wo kwicaramo.Nanjye ubwo narimvuye kugura mattress yo kuryamaho ubwo ngeze aho mviramo ndamanuka ngera hasi,abadamu benshi bari muri iyo bus ya RNC igice cyabicaye inyuma nka kimwe cya kabili nabo baruruka bamfasha kumanura ibyo narimvuye kugura.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,iriya bus warurimo yitwa RNC.Nyuma yuko utangaje inyandko yuzuyemo ukuri gusa,abanyarwanda benshi batari bazi amateka bari mu ihuriro nyarwanda RNC,bahisemo kwiviramo kuko bari bazi yuko RNC irikumwe nubwami kuko niko bajyaga bababwira none bamaze kumenya ukuri kwambaye ubusa biviriyemo bahisemo kutazongera kwivanga nindi mitwe ya politike bazategereza igihe ubwami buzasubirira ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

May 2, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona hateganijwe amasiganwa yo kwiruka,ndahamagarwa njya murayo masiganwa turiruka twari abantu [4];abagore [3] nanjjye umugabo wa [4] uwarushinzwe amasiganwa agenda ashyira inzitizi mu nzira ndibunyuremo kugirango nta tsinda nka uwa mbere.Ariko izo nzitizi zose ndazirenga mbabana uwa mbere mbona abakuru bamasiganwa barababaye!

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uri mu masiganwa n’Abakagara,na RNC,bose barimo gutanguranwa kuguca igihanga kubera ukuri kwari guhishwe kwashyizwe hanze ku kajya ahabona maze rubanda rw’Umwami rwose rukamenya akari imurori.Nuko rero wirinde kandi cyane kuko amazi siyayandi yamaze gusumba ifu ariko bararushwa nubusa kuko bashinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nsubizwa mu iyerekwa mbona nikoreye umufuka uremereye cyane,mu ntoki narimfite radio cassette irimo indirimbo z’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Uko nagendaga numva izo ndirimbo,niko umutwaro wagendaga umva ku mugongo numva wamvuye kumutwe ugwa hasi.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umutwaro wari wikoreye ukuvuyeho kandi Uwiteka arakuruhuye kugirango uhinduke imbohore uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umwuka wurukoza soni (kwambara ubusa) mbona ngenda muri kaburimbo (inzira yo gukiranuka) mpura nabagabo [2] bo mu bwoko bw’Abatutsi bagatsiko kabicanyi,baranyitegereza cyane bakeka ko yaba arijye,ariko ndikomereza barangay barankurikira.

Mbahungira mu myumbati bansangamo turarwana umwe yihindura INZOKA (umwuka wubugome namarozi) ubwo iyo nzoka igiye kunduma ku kiganza irahusha igwa hasi wa mugenzi we,nawe ahinduka agasimba kameze nkisenene ubwo ukuboka kwanjye ndakurambura havamo imbaraga z’umuriro ya nzoka ihita igwa hasi ihita ifata za Senene ari we mugenzi we,baricana mbasiga barwana karahava.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri [2]; bohereje kuza kuguhiga zitwaje imbaraga z’umwijima bari buhite bagusiga kugirango urabirane,babone uko bagufata bakugutwara ariko barashinga umuhunda ku kirenge nta bwo bari buhirwe kuba bakubona.

 

 

 

 

Nuko rero wigumire murutare kugirango udahura nibyago na kaga gakomye kandi umushi agiye gukurwa ku ngoma,Umwami YUHI VI akima ingoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Dore bari gukore ibishoboka byose ngo bakwice kuko ari wowe ukomeje kubakoma mu nkora,mu byo bakora,kandi ukaba waratumye rubanda rw’Umwami rusobanukirwa rukamenya ukuri kwari kwarahishwe nyuma y’igihe kirekire umwuka w’ikinyoma wigaruriye gakondo ya bakiranutsi mu myaka irenga [56] uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zirimo kwinywera itabi byaziyobeye (umwuka wa magambo wo kwitotomba) ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zimaze kurambirwa ku guhiga kuko nta cyo batakoze ngo bakubona bakoresheje ikoranabuhanga.Ariko nimba ikoranabuhanga ryananiwe,abantu buntu nibwo bazabishobora?Niko Uwiteka abaza!

 

 

 

 

Nerekwa inkingi zamashanyarazi zo muri gakondo ya bakiranutsi,zirimburwa kugirango igihugu kirusheho kwibera mu mwijima.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara igihe kirarangiye kandi ibihe bye byanyuma bizaba bibi kurusha ibyambere kuko yarwanije ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kandi igihugu cyose kigiye kwinjira mu mwijima ukabije ndetse udasanzwe niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore  Maj.Aloys Ruyenzi ahinduriwe imilimo muri RNC,kuko ipeti rya major,yahawe ritajyanye numulimo akora uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

May 3, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zikibi zo mu bwoko bw’Abagore zigambanira Umuhanuzi kubw’umugisha yaragiye guhabwa kugirango atawakira.Maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abarozi Kazi bongeye kuguhagurukira kugirango utakira umugisha ariko barashinga umuhunda ku kirenge uko nko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Nerekwa inyama nyinshi cyane muri FPR,no muri RNC,bisobanura (amagambo) ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti mwana w’umuntu,dore amagambo yabaye menshi cyane ku buryo budasanzwe kubera ya nyandiko washyize ahabona ivuga ubugome bwabo bakoreye ubwoko bw’Uhoraho na bantu b’Uwiteka Nyiringabo.Ariko naho baguhagurukiye ubanza basa nabashinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore bakoze inama ikomeye cyane kubera wowe bibaza icyo bashobora gukora kugirango udakomeza kubashyira hanze bityo rubanda rw’Umwami bagakomeza kumenya akari imurori uko niko Uwiteka avuze!

Ariko nubwo baguhagurukiye nta cyo bari bubikoreho kuko ugoswe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana yawe yabasogukuruza Abraham,Issac na Yakobo agiye kwerekana yuko ari we Mana yawe kandi yuko ari kuruhande rwawe niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ubwo igihe abakagara bari bakiri mu nama yubugambanyi ndahatunguka bambonye batangira kurya iminwa Babura icyo bavuga ahubwo buri umwe anyura inzira ye,nundi inzira ye.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,izo nkozi z’ibibi ntabwo ar’ubwambere baterana bakakugambanira ariko inama zabo zise Uwiteka ajya aziburizamo ntibumvikane ikarangira nta mwanzuro bagezeho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nubundi ubihorere ndongera mbatatanye mbateze ibibazo bikomeye cyane maze ikibazo cyawe barahita bagishyira kuruhande kugirango babanze bakemure ibibazo bibakomereye niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Erega mwana w’umuntu,FPR na RNC,na bakeba umugabo wabashatse numwe,kandi nimugihe bavuka munda imwe,nabavandimwe ururimi rwabo ni rumwe,kandi imikorere nimitekerereze yabo nimwe,ndetse ubugome nubusambo no gusahura umutungo w’igihugu iyo ngeso barayihuje nuko rero ntibaguhagarike umutima cyangwa ngo bagutere ubwoba kuko Uwiteka Imana yawe azakomeza ku kurinda kuzageza wa munsi ijambo ryavuzwe n’umwuka w’Imana igira neza iziheshereza icyabahiro uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Nkomeza kujyanwa mu iyerekwa mbona gakondo ya bakiranutsi yafashwe,kandi mu gihugu hose har’ituze ridasanzwe,intambara zararangiye ninduru ntazikiharangwa hari umwuka wa mahoro gusa gusa.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intambara yo gukuraho Umwakagara irarangiye kandi amahoro araje azatemba igihugu cyose kandi ayo mahoro azatwara isi yose kuko amahanga azaza gusaba amahoro yo muri gakondo no kubabaririza inzira mwanyuzemo kugirango mugere kumahoro arambye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Kubera ayo mahoro yarari mu gihugu,aho Abega bari hose,amahoro yarari muri gakondo ya bakiranutsi,yabateraga ipfunnwe.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyirigabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho azagenderera ubwoko bwe,maze abuhe amahoro kandi isi yose izifuza amahoro yanyu.

Ndetse Abega aho bazaba bari ku isi yose aho bazaba barahungiye,haba abari mu gihugu cyangwa abazaba baragiye ishyanga,bazifuza ayo mahoro kandi ntabwo bazayabona.Aho niho bazamenya yuko ijambo ry’Uwiteka ryavuzwe n’Umuhanuzi AINESHA bazamenya yuko ryaturutse k’Uwiteka Imana yawe niko Uwiteka avuze!

Nongera kubona urukwavu runyura imbere rwiruka,maze ijambo Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ukwiye kugira ubwenge kubwo kumenya igikwiriye gukorwa mu minsi iri mbere kuko ibintu bigiye gukomera ndetse bigahinduka nkuko Uwiteka yabivuze uko niko Uwiteka abivuga.

Nongera kwerekwa abantu benshi biganjemo urubyiruko b’abaririmbyi babyiganira kumuryango wa Satan aho afite ibiro (Office) ye ikorwamo nabitwa “ILLUMINATI”mbona nabasaza bari hagati y’imyaka (50-65) nabo bemera kujya kwiyandikisha kwa Satani kugirango babe abanyamuryango maze abahe ubutunzi bwisi.

Nsubizwa mu iyerekwa mbona mpagaze kurutare rwamabuye,kandi aho hantu hari ibitare byinshi kandi hari hitaruye ku buryo washoboraga kureba muri gakondo ya bakiranutsi.Mbona ya misozi myiza yahoo yigikundiro isa neza cyane yaramezeho ibyitsi byiza kandi igihe cya mapfa cyari cyararangiye.Maze mbona ibiyaga,inyanja,ibidendezi byose byarumye (ibibazo byinzitane) ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore amahoro azatwarira gakondo ya bakiranutsi.

Kandi Uwiteka aciye intambara zose ntabwo zizongera kubaho kuko agiye kubaha amahoro y’ibihe nibihe kugirango mu menye yuko Uwiteka Nyiringabo ariwe Mana kandi ko ibyo yavuze atazabura no kubisohoza kugirango mu menye yuko ari we Mana ikiranuka muri byose kandi ko yaremye Ijuru nisi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rinzaho ubwo narindimo nandika ijambo ry’Uhoraho kugirango arigeze kubwoko bwe.Maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Nyiringabo aguhaye umugisha mwinshi kandi uguhagije mu gihe gisa nk’iki,kandi agiye kuwihutisha kugirango utunganye ibidatunganye niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse,kandi niko abivuze!

Njyanwa mu iyerekwa mbona haba amatora y’umukuru w’igihugu cy’ibabylon nabashingamateka,mbona intumwa ya Satani SONKO MBUMVI SENATOR wa Nairobi atorwa numuntu umwe kumwanya wa GOVERNOUR maze ijambo  ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirabwira riti,mwana w’umuntu,SONKO MBUMVI ntabwo azatsinda amatora ya GAVANA wa Nairobi uko niko Uwiteka Nyiringabo avuze!

May 4, 2017 njynwa mu iyerekwa mbona ku biro bikuru bya jubilee (headquarters) mbona huzuye isazi  nyinshi cyane nkaho haba hari toilet,cyangwa haba hari umuntu umaze iminsi apfuye! Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,waba witegereje ibiro bikuru bya jubilee party? Ndasubiza nti nabyitegereje,uwanyerekaga arambaza ati,ese uhabonye iki? Ndasubiza mpabonye isazi nyinshi cyane zitabarika!

Arabaza ati,ese waba wamenye icyo ariya masazi asobanura? Ndasubiza nti,oya!Ndabwirwa ngo”Jubilee Party yahose ar’Ihuriro rya politike,ntabwo ikiriho kuko yarapfuye”yabaye umupfu yasigaye ku izina gusa,ariko ubusanzwe yamaze kwitaba Imana bisobanura yuko NASA idafite uwo bahanganye niyo yonyine iziyamamaza ikazatsida amatora kuko idafite uwo bahanganye “Competitors”uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa Uhuru Kenyatta MUIGAI uhagarariye Jubilee party yatsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu,maze abo mu bwoko bw’Abakikuyu bakora ibishoboka byose ngo batangize intambara kugirango bagabane ubutegetsi ibyo bita (NUSU MKATE) half bread sharing power.

Ariko abo mu bwoko bw’Abakikuyu Babura ababashyigikira muri iyo ntambara kuko byagaragaraga yuko NASA yatsinze amatora ku buryo bufatika cyangwa bugaragara maze iyo ntambara iburizwamo ntiyaba kibaye kuko yaburijwemo n’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Ijuru ryitegereza uburiganya bw’Umwakagara afatanije na Gen.James Kabarebe aho birirwa babeshya isi yose yuko bahagaritse genocide yabaye mu Rwanda.Mbona bafashe ibyuma bya electronic bishinzwe kugenzura abakozi ba leta igihe binjirira mukazi ni gihe bakaviramo.

Maze ibyo arabyitwaza avuga yuko ngo yateje igihugu imbere akoresheje koranabuhanga,afata ikoranabuhanga arisimbuza amaraso ya banyarwanda  yamennye abigambiriye abahumisha amaso ikoranabuhanga ridashobora kugira icyo rimarira abaturage yiciye imiryango yabo.

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore amaraso agiye gusimbura andi,kuko amaraso yose yamennywe nabategetsi atigeze ahorerwa n’Uwiteka Nyiringabo,none Uhoraho akaba agiye guhora kuva igihe cyose bayameneye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona agenda abwira abanyarwanda ko yakoze neza,kandi abaratira abategetsi bakomeye bagiye bakorana hirya no hino ku isi.Mu bo yavugaga harimo TONNY wahoze ari ministiri w’intebe w’Ubwongereza nabandi batandukanye ibyo nibyo yagendaga avuga ko byamuhesha gukomeza gutegeka uRwanda ku buryo ntawundi wamusimbura.Ndetse akanavuga ko yashyigikiye cyangwa yateje imbere umupira wa maguru kuko ngo yashyizeho KAGAME CUP,ariko ibyo byose yabikoze mu izina rye,nta bwo yabikoze mu izina ry’uRwanda nyirizina.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwami-Kazi w’Ubwongereza agiye gutanga,kandi agiye gushyira ahagaragara uzamusimbura ku ngoma kugirango ubwo azaba amaze gutanga uzamusimbura azahite yima ingoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

May 5, 2017 Njyanwa mu iyerekwa mbona NASA batsinda amatora bafata ubutegetsi,mbona batangiye gukora iperereza ku basirikare bagiye bivanga muri politike bakiba amatora kandi batemerewe gukora ibijyanye na matora ahubwo bakaba bashinzwe ibijyanye n’umutekano.Mbona babashyize muri za Container  baba ariho bajya kubafungira.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo umuntu akora ninabyo azasarura.Dore inkozi z’ibibi zose zigiye gukurwa ku butegetsi kugirangozihabwe ibihano bizikwiriye kuko ubutabera bw’Uhorao Uwiteka Nyiringabo bwatangiye gukorera mu isi ya bazima uhereye taliki ya Mutarama 1,2013 uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Nkomeza kujyanwa mu iyerekwa mbona Agnes Nyirabazungu,yamburwa umugisha yaratunze kuko utari uwe,mbona agenda asubiza imigisha ya bandi hirya no hino kugeza arangije gusubiza iyo migisha yari yaratwaye hakoreshejwe imyuka mibi yo mu muryango.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abatwaye imigisha ya bandi bakoresheje imbaraga z’umwijima igihe kirageze ngo bayamburwe kuko batakoze ibyo gukiranuka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Nerekwa abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu,bari mu  butayu batekereza yuko gusubira muri politike ariho byabafasha kongera kubona ubutunzi,ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwo bwoko bushake mu maso y’Uhoraho bareke kumva yuko politike ariyo bazaboneramo ubuzima,ahubwo bashake Uwiteka bigishoboka ko abonwa,kandi bihane ibyaha bakoreye imbere y’Uhoraho kugirango azabibuke mu gihe kigoramye kigiye kuza mu minsi iri mbere.

 

 

 

Ibatabigenza gutyo,nta kabuza bazakomeza kuba abagaragu babandi kuzageza isi irangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Nuko rero abazagira umwete wo gushaka mu maso h’Uhoraho,bakihana ibyaha bakoze imbere ya maso y’Uhoraho,ndetse na maraso bamennye atariho urubanza akabavaho nkumuvumo bikoreye ntakabuza yuko Uwiteka atazabura kubagirira neza nibaramuka bumviye ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona ubutayu bugufiya bwuzuramo amazi aturutse mu Nyanja iherereye mu burasira zuba bw’Africa.Mbona ubutayu bwose bwuzuye amazi aturutse mu Nyanja ntihaba hagisigaye ahabwo.Mbona umwuzure uraje ugera no ku nkomebe z’ubutayu hafi ni nkengero z’ubutayu.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubutayu bw’abanyarwanda bushyizweho iherezo kuko Uhoraho yibutse isezerano yasezeranije ubwoko bwe,none abushyizeho ishyerezo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,kubera imbabazi z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo unshyirireho ya ndiririmbo y’igihimbano cy’umwuka mu ndiririmbo zo gushimisha Nº 82 Mwami wakomeretse Nitwe waziraga,wahemuwe utyo Mwami ushinyagurirwa.Umpe kunesha rero,nkuko wanesheje,hahirwa uzapfa apfira muri wowe Yesu.

 

 

 

Nerekwa abashumba bihene bazicyuye kumanywa bazizana kuzishyira mu nzu kumanywa yihangu,basa naho baje kuzihisha,maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore iherezo ry’ikinyoma riraje kandi ikinyoma kigeze ku iherezo ryabali mu isi ya bazima hehe nikinyoma mu gihe cy’ubutabera bw’abari mu nzu y’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umurimo wa data urimo gukorwa neza,kandi abatuye isi bakomeje kugezwaho ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo nkuko riri niyompamvu abantu bazacirwaho iteka badafite icyo bitwaza kuko ibyo data yifuje kubagezaho byose byabagezeho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Nerekwa abantu besnhi barimo urubyiruko baza gusaba gusengerwa n’Umuhanuzi.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Umuntu wese uzajya aza gusengerwa azajye yizanira amazi kugirango umusengere kandi ajye aza yitwaje nituro azaniye Umuhanuzi kugirango asengerwe uko niko Uwiteka nyiringabo abitegetse uyu munsi kandi niko abivuze!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uzajye ukorera umurimo yawe murugo iminsi [5] ariko kumunsi w’Isabato numunsi wa mbere w’Isabato uzajye ujya gukorera muri hotel uruhuke mu mutwe”Relac” uko niko Uwiteka abitegetse!

 

 

 

 

 

Nerekwa Umwakagara ajya kugura intwaro za kirimbuzi mu gihugu cy’Ubushinwa,ariko abashinwa bagira amacyenga kuba bazimugurisha bikamenyekana bityo amahanga abafatira ibyemezo.Mbona bashakisha inzira [3] bazinyuzamo kugirango bazazigeze mu rwagasabo.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara ageze aho ashaka kurimbura gakondo ya bakiranutsi kuko ntayandi mahitamo agisigaranye kuko amaze kubona ko,akuwe kubutegetsi none akaba ashaka ko igihugu cyose yakirimburana nabagituye kugirango uRwanda rukurwe ku ikarita yisi yose ngo kuko atari we utegetse uRwanda ngo ntabwo uRwanda rukwiye kubaho uko niko Uwiteka ababuriye kandi nuko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Nerekwa mbona ibyo bitwaro bya kirimbuzi bigera muri gakondo ya bakiranutsi,bafata bimwe mu bisasu bazakoresha gusenya urwagasabo ariyo gakondo ya bakiranutsi,bacukuru mu butaka babyubakiramo bakoresheje Cement ivanzemo nibyuma kugirango bizakoreshwe mu ntambara igiye gutangira mu minsi iri mbere yo gukuraho Umwakagara kugirango basenye gakondo ya bakiranutsi (uRwanda) ikurwe ku ikarita yisi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bene so inkozi z’ibibi ziboherereje abashyitsi bagiye gusura Umuhanuzi Kazi,ariko dore basanze azengurutswe nimbaraga z’Uhoraho Nyiringabo kuko bashakaga kumwinjiramo ariko bakaba bagarukiye hanze yumubiri uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

May 6, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,tangariza abantu bose b’abatijwe mu mazi menshi batabatijwe umubatizo wa Kristo Umwami wabakiranutsi,ubabwire uti,uwo mubatizo mwabatijwe ntabwo wemewe n’Ijuru,kandi ni byanditswe byera ntabwo biwemera kuko kubatizwa mu mazi menshi bisobanura gupfana na Krito Yesu Umwami wabakiranutsi uwo ari wo wemewe kuko ibyanditswe byera bihamya ko,arukugera ikirenge mu cya Kristo ugapfana nawe ukazukana nawe uko niko umwuka w’Uwiteka abihamya kandi nuko avuze!

Njyanwa mu iyerekwa mbona ubutayu burebure bisobanura (ubuhunzi) mbona umuyaga mwinshi cyane uturutse iburasira zuba uraza ugera muri ubwo butayu uzunguza ubwo butayu cyane urahibasira.Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubonye uriya muyaga waturutse iburasira zuba?!

 

 

 

Ndasubiza nti nawubonye,ndabwirwa ngo,nuko rero dore igihe cy’ubuhunzi mubayemo igihe kirekire mwarataye gakondo yanyu ya bakiranutsi,kirageze ngo muyisubiremo kuko Umwami wa Bega acyuye igihe cye yari yaragenewe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabi.Nuko rero burira abanyagakondorero uti,uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga,mwitegure gutaha muri gakondo yanyu mwahaweho kubabera umwandu kuko kurira kwanyu kwageze imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka ategetse!

Ubwo narimaze gushyira ijambo ry’Uwiteka ahagaragara rivuga ubugome bw’Abega bagiye balimo gutegura gukorera gakondo ya bakiranutsi hamwe nabanyagakondorero muri rusange.Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ijambo ry’Uwiteka umaze gutangaza ryakojeje agati mu ntozi.

 

 

 

Abega bazamuye nzika zose zabayeho bararakaye cyane ariko nta cyo bashobora kugutwara kuko ntaho bagukura ariko kandi bafite ubwoba bwinshi cyane buvanze n’umubabaro yuko ijambo ry’Uwiteka ryababayeho igitutsi kandi ukuboko k’Uhoraho kuzabaremerera cyane bakaba ari nta mbabazi basigaje imbere y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,abo bantu bakabije gukiranirwa,kandi buri gihe bagendana umutimu w’ubuhemu no kugira  nabi.Nta narimwe bajya bibuza kugira nabi ngo batekereze kugira neza,bumva yuko aribo bategeka Imana yo mu Ijuru kuko bikunda kurusha abantu bose batuye ku isi.Kandi bakaba ibisambo bikabije bakagira umutima wa kinyamaswa nta muntu numwe bifuriza ibyiza,bakaba indryarya zikabije nabitwa ko basenga Imana baba barimo kugigira bashaka abo baca ibihanga kuko imana zabo zibasaba gutanga amaraso kugirango bazarambe ku ngoma.

 

 

 

 

Ariko noneho bagiye kumenya yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ariwe waremye Ijuru nisi,kuko bakabije gukiranirwa kandi bakaba biteguye kurwanya n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko bibwira yuko intwaro zabo bashobora kuzirashisha Uwiteka Imana bakamuhitana bityo bakikomereza kwitegekera ubuzima herezo batagipfuye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntutinye izo nta kebwa zaguhize igihe kirekire ariko nta cyo zizagutwara kuko ulinzwe nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Nuko menyesha ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yuko ashyizeho ishyerezo ryabo kuko bakunze gukiranirwa barwanya ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yawe,kandi bumva yuko bakomeye ntawabashyigura uko niko Uwiteka avuze!Nuko rero wikomereze kwikorera umulimo wa data wo mu Ijuru kuko ibyari bibahagaritse umutima byose Uhoraho Uwiteka Imana yawe yamaze kubishyiraho iherezo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

May 7,2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso ya bana b’abantu,ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu.Dore Abega bajyanywe mu ishuli kwiga aho bazamarayo igihe kitari gitoya maze mbona babuze amafaranga yo kwishyura kugirango bemererwe kwiga,mbona Col.Twihirwa Dodo azanywe amafaranga menshi cyane arabishyurira maze bemererwa kwiga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bajyanywe mu ishuli aho baziga igihe kitari gito,kugirango bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ajya aca imanza zitabera mu isi yabazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona habaye ubukwe muri gakondo ya bakiranutsi,uwakoze ubukwe yari umuntu ucirirtse,ariko igitangaje ubwo bukwe bwatashywe nabanyacyubahiro,ariko ikibazo gikomeye cyane ubwo bukwe babukoreye mu nzu y’Inzika y’Inzigo maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana abantu bagiye gukora ubukwe ariko ntabwo buzataha ngo bucyuzwe bizihirwe ibirori uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

 

 

Igitangaje ubwo bukwe aho kugirango bahe abantu ibyo kunywa,ahubwo babahaye urumogi ngo abe arirwo banywa mucyimbo cy’ibinyobwa(Urumogi rusobanura umujinya)mbona bwa bukwe buhindutsemo akaduruvayo haza za mayibobo (abadayimoni) baraza batatanya ba bantu bari baje muri bwa bukwe bw’ababarokore.Inzu bari kujya kubamo yari yubatswe nabagabo [2] nabagore [4] ariko iyo nzu ikaba inzu ya Nzika ya Nzigo.

Mbona babageni bakwiriye imishwaro Babura aho berekera ngo bajye murugo rwabo barindagirira mu bihanamanga batagira aho baking umusaya kuko aho bari kuba za mayibobo zaje zirabatatanya ntibaba bakigiye kuba mu nzu yabo kubera umutekano mucye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo  avuga.

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo w’umukire agura inzu irahantu heza muri karitsiye nziza ya bakire.Ariko muri icyo kibanza harimo amazu [2];hagati yazo harimo nka m 100,mbona hagati yazo hariho ikinogo cyangwa igisima cy’amazi yisoko akomeza kududubiza ubudakama uko yadudubizaga niko amazi yakomezaga kwiyongera akomeza azamuka kugirango yuzure icyo gisima cya mazi.

Wa mugabo araza ampa akazi ko kumubera umulinzi wicyo gisima cya mazi,ariko akaba yarafite abazamu cyangwa abalinzi [2]; babarokore bamukorera.Negera babazamu mbabaza ibyayo mazi,aho kunsobanurira ibyo mbabajije ahubwo batangira kumbwira uburyo shebuja wabo ar’umuntu mubi cyane.Ni uko atajya abahemba kugirango wa mulimo narimpawe mpite nkwureka.Kandi ubwo ntabwo bari bazi yuko Umuhanuzi ari we warufite igisubizo cyicyo kibazo cyamazi yababujije amahwemo.

Nuko mbona b’abazamu bajyaga basiga ya sooko ya mazi bakajya kuvoma ku iriba ryali mu mubande haruguru yumuhana bari batuyeho cyangwa aho bakoreraga imilimo yabo.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubonye abakorokore bikigihe uburyo arabanyeshyari?N’ukuntu batajya bifuriza mugenzi wabo ko yahabwa umugisha?Ndasubiza nti,nabibonye!

Arabaza ati,ese wabonye uburyo basiga umugisha mu gihugu cyabo,bakajya gushakisha umugisha hanze,aho bajyaga kuvoma amazi yibirohwa kandi iwabo bahasize ijambo ryubuhanuzi ngo ni uko ryahanuwe n’umuntu udakomoka mu miryango yabo.

Ngo kandi bakaba batanamuzi cyane,ibyo bigatuma bananirwa kureba ijambo ry’ubaka ubugingo bwabo,kubera guhanga amaso umwana w’umuntu banga kandi ari nta cyaha yabakoreye gusa kubera ishyari nurugomo rubatera kudashaka kumva ibyo Uwiteka avuga ngo nuko binyuranye nubushake bwabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko rero mwana w’umuntu,dore ngutanzeho umugabo,kuko wahawe kuba umucamanza w’ubwoko bwawe,nyamara nta cyo bazireguza kuko banze kwemera ijambo ryanjye bibwira yuko ngo arijye bariguhima ariko nibo bihima ubwabo kandi bazabyemera ubwo bazaba babyiganira mu mwinjiro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ariko se mwana w’umuntu,wowe ubana na bantu,ubundi abana b’abantu bifuza iki?Ese ko ibyo bifuza k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,binyuranye nubushake bwayo,kandi nayo ibyo ibifuzaho,bikaba binyurane nuko bashaka cyangwa uko bifuza,urabona tuzahurira hehe?Uko niko Uwiteka abaza!

Nuko rero abumvira ijambo ry’Uwiteka bakiringira ijambo rye barahirwa kuko abo bazamera nkigiti cyatewe iruhande rwumugezi udashobora kurabirana igihe cy’amapfa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umwuka muri gakondo ya bakiranutsi,mbona abantu bagenda munzira nyabagendwa mu muhanda wa kaburimbo,ariko kuko uwo muhanda warimo umwuka w’Inzika y’Inzigo wiyoberanije wihindura umwuka wubuyobe.Maze ukajya ubwira abantu ko bava muri ya nzira nyabagendwa bakayivamo(Inzira yo gukiranuka)ahubwo bakinyurira mu nzira zigitaka (Inzira yo gukiranirwa)

Mbona Umuhanuzi agerageza kwigisha abo bagenzi ngo abagarure mu nzira yo gukiranuka,ariko baranga bakomeza kumvira wa mwuka w’Inzika y’Inzigo wihinduye umwuka wubuyobe bakomeza kugendana nawo.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,arananiranye,dore bakundiye inzira yirimbukiro,kandi nagushyiriyeho kugirango uyobore abantu inzira yo gukiranuka,ariko dore banze ku kumvira.Nuko rero ntabwo hagisigaye izindi imbabazi kuko banze kumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo arinyujije mu kanwa k’Umuhanuzi Ainesha Leon,nicyo gituma batazabura kurimbuka niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,abana b’abantu baragoye bafite imitima yanangiye kandi nibo bigirira nabi dore bagiye kurimbuka kandi nibo birimbuye ntibazagire uwo bashyiraho urubanza kuko ari nta gihe umwuka w’Uwiteka atavuganye nabo ababurira buri gihe ngo bakize ubugingo bwabo ariko barinangiye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Nuko rero dore impanda yavugijwe n’Umuhanuzi yari iyanyuma ariko nayo banze kuyumvira none baciriweho iteka niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abagore [2];umwe yar’Umuhutu kazi,naho undi akaba umututsi Kazi,mpura nabo bagiye mu butumire bari batumiwemo nundi mugore (Itorero),ariko inzira bagombaga kunyuramo bagiye mu butumire ntabwo ariyo banyuzemo.Umwuka w’Uhoraho Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,genda uburire bariya bagore ubabwire bave muri iriya nzira.Ndagenda mpuza nabo wa mugore w’umuhutu Kazi,ambonye aruhuta cyane kugirango ntamukura muri yanzira.

Mpura na wa mugore w’umuhututsi Kazi,ngiye kumusuhuza arambwira ngo ntunsuhuze,kuko ndi mu mihango ya HENE (umwuka w’ikinyoma) nuko mubaza impamvu yanyuze muriyo nzira yigitaka kandi ar’inzira yubuyobe,ambwira ko ngo hari umugore mugenzi we yaraje kureba (Idini) musaba yuko yava muriyo nzira ambwira yuko ngo agiye kubanza kureba uwo mugore (Idini) ariko byari urwitwazo kugirango yikomereze kwibera mu nzira yubuyobe.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyamadini bagize amasinagogi yo muri gakondo ya bakiranutsi.Barayobye kandi ntibashaka kuva mu buyobe bwabo kubera inyungu zinda zabo.Naho Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yafatiraho INKOTA ntabwo bareka inzira zabo z’ubuyobe bihitiyemo.Dore ijambo ry’ubuhanuzi barisoma buri munsi ariko ntabwo bajya bahinduka!

Igituma barisoma,sugushaka kumenya ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ahubwo baba bashaka uburyo bahangana nijambo ry’ubuhanuzi bigisha abayoboke babo kugirango bataryizera kuko bababwira ko ngo nibaramuka baryemeye bitazabura kubasohozaho.Nyamara nta bwo bahemukira Uwiteka,ahubwo barihemukira bo ubwabo kuko ibyahanuwe bihanurirwa abantu kandi bibagiraho ingaruka nziza cyangwa ingaruka mbi bitewe nuko babyizeye cyangwa batabyizeye.

Kutizera ijambo ry’ubuhanuzi ntabwo ar’ikibazo cy’ubuhanuzi,ahubwo nikibazo cy’ababuhanuriwe nibo buzagiraho ingaruka nziza cyangwa ingaruka mbi,bitewe na buriwese uko yafashe iryo jambo ry’ubuhanuzi akaryizera akagisha inama umwuka w’Imana kugirango amenye igikwiriye gukorwa.

Dore abantu babwiwe ibigiye kuba muri gakondo ya bakiranutsi,ariko babifashe minenengwe,bananirwa kubyizera bikomereza ubuzima bwabo bwo gukiranirwa bavuga ngo ni propaganda zabanyapolitike,nyamara dore imvura iraguye kandi iraje yihuta cyane nyamara muri bose nta numwe unafite umutaka wo kugama iriya mvura iguye ngo bazabashe kurindwa kuzatembanwa numwuzure uzaterwa niriya mvura nyamara ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo riraje vuba cyane kandi riramanutse ngo risohoze umurimo waryo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore amasinagogi ya bahutu na batutsi akomeje kuburabuza ubwoko b’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko akorana na leta y’Umwakagara yabasabye kubwira abanyagihugu kutizera ibyandikwa nibinyamakuru bikorera kuri internet ikoranabuhanga cyangwa se kuri za nkoranyambaga zikorera kuri internet ngo kuko ar’ibihuha bigamije kwangisha ubutegetsi bwabaturage bihitiyemo bitoreye bakabugirira ikizere.

Nyamara ayo magombo yabo banyabinyoma ntazabura guhinyurwa kumunsi w’Uwiteka Nyiringabo ubwo uzaba usohoye mu gihe cyabwo ubwo muzaba muvuga muti,iyo mbimenya irabanza icyo nakoze igaheruka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar