Umwuzukuru wa Rwabugiri yakubitiwe ahareba inzega n’ubuhanuzi!

Amakuru mu buhanuzi yerekanywe mu gice cy’ubuhanuzi aho bwagaragaje uwari kuzasimbura Umwami Kigeli V Ndahindurwa amaze kwima ingoma muri gakondo ya bakiranutsi.Ariko uyu wari kuzaba Umwami nta bwo yari kuzabera abanyarwanda n’uRwanda umugisha,kuko ijambo ry’ubuhanuzi  mu gice cya (28) cy’ubuhanuzi.

Uyu munyarwanda wari kuzaba Umwami amaze guhishurwa n’ijambo ry’ubuhanuzi,ndetse umwuka w’Imana agatanga amazina ye ayahaye Umuhanuzi Majeshi Leon”AINESHA”,nawe yabibajije Umwami Kigeli V Ndahindurwa amubaza aya mazina(UWANYIRIGIRA NYIRINYINYA BEREGEYA) Umwami Kigeli yabwiye Umuhanuzi Majeshi yuko bimutangaje kuba abashije kumenya ayo mazina,kandi ko nta wundi muntu numwe waruzi ayo mazina usibye we wenyine. Ndetse yanamubwiye yuko n’umwiru mukuru Benzinge Boniface atamuzi kuko ngo ar’umwuzukuru w’Umwami Rwabugiri.

Umuhanuzi amaze gutanga ubwo butumwa,avuga yuko Umwami Kigeli V Ndahundurwa yamaze amezi [2] atavugana n’Umuhanuzi.Byasaga naho byamuteye ikibazo gikomeye cyane kuko yabaye nkuwiheza iminsi [60) ariko nyuma yahoo Umuhanuzi yakaomeje kujya amuhamagara biza kugeraho nyuma yicyo gihe baza kongera kuvugana.

Muri icyo gihe ninaho yamubwiye yuko azataha wenyine muri gakondo ya bakiraanutsi,kandi yuko mu nteko ye,nta bajyanama barenze babili yaba afite ukuyemo Chancellor Benzige Boniface ko abandi bose arabagambanyi.Ariko ubwo butumwa yanze kubwemera kugeza bamuciye igihanga.

Turashima Uwiteka Imana utaremeye yuko UNB atazima ingoma kuko ubuhanuzi buvuga yuko yari kuzaba nk’Umwakagara akazatubera mubi cyane.Uyu mugabo yarize bishoboka kandi akaba ikigina umugabo usa neza cyane wari kuzarangarirwa na ba Nyampinga ndetse nababyeyi utabasize inyuma.

Kugeza ubwo abagore b’abagabo bubatse ingo,bari kuzamwifuza ndetse abandi bakamwishyira kubera uburanga bwe,nubwiza bwe buteye amabengeza.Ngayo ng’uko amabanga mu ibanga ry’ubuhanuzi ryali ritegereje yuko bijya ahagaragara,ariko banyarwanda mushime Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko byose bibereyeho kutuzanira ibyiza.Ntimwitiranye Umwami YUHI VI nuwo wari kuzaba Umwami UNB tuvuze haruguru.

Nyuma yibyo byose ubuhanuzi bwashyize ahagaragara yuko ugiye gusimbura Umwami Kigeli V Ndahindurwa,ar’umugabo utuye mu gihugu cy’Umwami Kazi(Ubwongereza)ntibyatinze Umwami Kigeli amaze kwanga kumvira ijambo ry’ubuhanuzi,yahise asimbuzwa Umwami YUHI VI.Twagerageje kubaza chancellor Boniface Benzinge nimba uwo wari kuzaba Umwami witwa Biregeya akaba umuhungu wa biregeya waguye Uganda,atubwira ko atamuzi ariko ko yumva bamuvuga.

Igice cya (28) cy’ubuhanuzi

Translate »
Skip to toolbar