Umwakagara mu minsi(5) bisobanura igihe gito,araba aciwe igihanga!

Aug 12,2017 njyanwa mu iyerekwa mbona hacukurwa ibinogo bya toilet(kubohwa) cyangwa guhumanywa.Mbona bacukuye ikinogo cya [3] maze mu gihe batari bakirangiza,bya bindi [2] bitobokamo isooko ya mazi bihita byuzura batari batangira kubikoresha nka toilet.

Na cya cyindi cya kabili bashakaga kurangiza nacyo bahita bakireka.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi nta ko zitagira ngo zikoreshe imbaraga zabo zose(abega)kugirango baguhumanye ariko byabananiye kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo arikumwe nawe kandi amaso ye ahora ari maso ntajya ahunikira kuko ahora ari maso kubera wowe n’umurimo yagushinze niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,kora amasengesho yo kwiyiriza kuko ibintu birakomeye kandi bimeze nabi kuko ibihe bitameze neza.Kandi ayo masengesho uyakore amasaha [24] kugirango Uwiteka Nyiringabo arimburane imizi nimiganda imbaraga z’umwijima abega bakomeje gutongera no gutegatega hirya no hino wagirango ninyamaswa bateze itagira ubwenge kugirango igwe  mu mutego  bayifate bayice igihanga niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona igitangaza makuru cya mashusho cya NTV gishyira video ya RAILA odinaga bemeze ko yibwe amajwi ariyompamvu hadutse intambara muri icyo gihugu cy’ibabylon.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibintu bigiye gufata indi ntera mu gihugu cy’ibabylon kandi intambara igiye kurushaho gukomera cyane kuko ibyo ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryavuze nibyo bizasohoza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Uhuru Kenyatta, addresses the crowd after he was declared the winner in the presidentail race at the Centre in Bomas, Nairobi, Kenya, Friday, Aug.11, 2017. (AP Photo/ Sayyid Abdul Azim)

6 Oct 2012  Jeremiah 8:3 And the people of evil nation who survive who live in the places where I’ve scattered them will prefer to die rather than to go on living.I the Lord spoken. It will be a great famine in five yrs. (5) even in the world wide, the tribalism will go up, and they will take advantage to destroy the churches of Kenya. It will be different disasters in some places, a lot of accident, and death will come surprised. I the Lord spoken.

 Ezekiel 3:4 Then he said to me son of man, go to the house of Israel and speak with my words to them, For you are not sent to a people of unfamiliar speech and of hard language but to the house of Israel.

The world prophecy 29 Aug 2013,that the day I went in the spirit of the prophecy, and the holy spirit spoken to me, and told me that I’m the Lord almighty, Am going to do great things in this world wide, I’ll starting with the country of Kenya. I’ll make sure that every creature will know that I’m the Lord almighty, I’m the one who killed and gives life, nothing men can help you: I want to shake the world, every pillar that people has been built up themselves, I’ll make sure that I’ll let them down

Deut:32:39 I the Lord spoken Prov 8:13 ,tell my people to be in the prayers, to be clean and repent themselves so that when you pray I’ll hear your prayers. People will cry for me, but I will not hear from them because of their sins, I’ll hide their sources that time their pride will be over. Every creature will know that I’m the Lord almighty spoken.

And the people of evil nation who survive who live in the places where I’ve scattered them will prefer to die rather than to go on living .I the Lord spoken. It will be a great famine in five yrs. (5); even in the world wide, the tribalism will go up 85%, and the will take advantage to destroy the churches of Kenya. It will be different disasters some places, a lot of accident, and death will come surprised. I the Lord have spoken.

14 Feb,2013 .Lord spoke to me and said He is going to send calamities to country of Kenya, there will be hunger in the whole country and Mr. Ruto will be jailed. Kikuyu community will be killed because other tribes will be against them and another reason will be because the Kenyatta government has gotten the country into illegal war

Feb 24, 2013 God for the second time, revealed that after a five-year-old presidential mandate, if he does not yield way to his colleague, WILLIAM RUTO, to compete for the next Republican Presidency in Kenya, that this situation shall cause their splitting, and that UHURU Kenyatta will have called forth a cursing upon himself by acting wickedly against his colleague! God declared that if he chooses to behave in that manner, He [God] is to curse him, and turn him into an object of scorn and a byword in the face of all nations.

Mar 01, 2013, God revealed UHURU KENYATTA winning the presidential election, and I foresaw him calling forth a big feast to celebrate his victory.

Njyanwa mu iyerekwa mbona amahanga atewe inkeke nyinshi cyane ni ntambara irimo kubera mu gihugu cya Kenya kubera kwiba amatora y’umukuru w’igihugu.Ibi bikaba byarahanuwe mu myaka [5] ishize ubuhanuzi bwicyo gihugu bukaba bugeze ku iherezo kuko ntabundi busigaye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa mfite umufuka wuzuye ibigori,ariko uwo mufuko warumeze nk’isaho nyura ku mugabo n’umukobwa bari bantegereje nsanga barimo gukina urusimbi ndabasuhuza mbanyura ndigendera basigara bakina urwo rusimbi ndazamuka nyura murugo rumwe ngo njye kotsa ibyo bigori,nsanga bamaze kuryama kuko hari mu Ijoro bwije cyane.

Maze ijambo ry’uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore baguhagurukiye ariko ibigeragezo bari bakuzaniye nta bwo biribukugereho kuko Uwiteka Imana yawe ari maso kugirango arinde ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka nyiringabo abivuga.

Nerekwa manurwa mu butayu bugufiya nsangayo umwuka w’Inzika y’izigo mbona za magigiri ziraje zidusanga ndi kumwe na wa mwuka w’Inzika y’Inzigo turimo tuganira unsaba kuza kunsura.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri ziciriweho iteka zijyanywe mu butayu bugufiya kuko zakubuze zitashoboye kubona uburari nicyerekezo cyawe ngo ziguce igihanga niko Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri amasasu zajyaga zikoresha yazirangiranye nta bwo ziribushobore gukomeza kurwana urugamba.Nuko rero ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho ari kumwe nawe kandi alinze ubugingo bwawe kurusha ibintu byose yaremye mwisi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi Umwakagara asigaje iminsi igera kuri {5] ngo acibwe igihanga.Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara agiye gucibwa igihanga gahunda zo kumukura ku ngoma zarangiye.Kuko yahawe umwitangiriza kugeza akoze ibyo yifuza byose akabigeza kwiherezo kugirango atazitwaza yuko haba hari ibyo yaba atarakoze kubera kudahabwa umwanya uhagije n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Nuko rero abari muri gakondo bakeneye kumenya ikigiye gukurikiraho,dore ko mwigize abanyabwenga ngo muzajya murebesha ijisho ngo mumenye ibihe aho bigeze ngo mubone guhunga.Ngaho rero mubwiwe ibanga ry’iryo mwibwira ejo mutazagira icyo mwitwaza uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,mu gihugu cy’ibabylon birakomeye cyane kuko intambara igiye gufata iyindi ntera niba ntacyo abanyagihugu bakoze ngo bikiranure.Bitaba ibyo,ikiremwa muntu kizicuza icyo cyavukiye kwisi yabazima niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

Translate »
Skip to toolbar