Uburiganya bwa Anti-Christ,icyiza cya bavugabutumwa,guhumanya imyenda ya chagua,na za SuperMarket,hamwe nikiriyo cy’Umwakagara!

17 August 2017 njyanwa mu iyerekwa amatora ya ba Government yabaye mu gihugu cy’ibabylon asubirwamo cyane ahitwa MACHAKOS.Ndabwirwa ngo,uduce twinshi twabayemo ubusuma bwa majwi yabereye mu gihugu cy’ibabylon bahengamiye kuruhande rwa jubilee iyobowe na Kenyatta.

 

 

Mu gihe nari muri iryo yerekwa mbona umucyo uvanze numuriro usa na wa muriro batwikisha ibyuma cyangwa bakabifatanisha umuriro(welding)maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uzengurutswe numuriro mwinshi cyane ukora amamodoka muruganda kuko imbaraga z’Uhoraho Uwiteka Imana yawe zikuzengurutse kugirango zice kandi zirimbure imbaraga z’umwijima zirimo koherezwa na bega bashaka ko ngo baguhindura umusazi uko niko Uwiteka abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umuhanda nyabagendwa wigitaka wuzuyemo ibigori byinshi cyane utabasha kubona wakandagira.Mbona abagabo bari kuruhande barimo kotsa ibyo bigori babiha abahisi nabagenzi.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntuve murutare kuko abega barakaniye cyane bamaze icyumweru cyose bagutegereje ngo barebe ko baguca iryera ariko barahebye niko Uwiteka akuburiye.

Tuva muri uwo muhanda tunyura murutoki(umurimo)maze naho tuhageze dusanga abega Kazi,badutegeye murutoki kandi bambaye ubusa(abarozi Kazi)mbona banyeretse ibitsina byabo mbirangarire maze basaza babo baze bangwe gitumo.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega Kazi bagiye kwiyoberanye bakoreshe umwuka w’ikinyoma bigire nkabakunda Uwiteka Imana yawe ukorera maze bashake kugushyingira umukobwa wabo ngo kuko wabavumye maze babone uko bazakugamburuza ubavumure umuvumo ubariho kuko batangiye kubona ingaruka zikomeye zitangiye kwigaragaza ku bugingo bwabo.

Biteguye kuguha ibyushaka byose ariko ukabarongorera umukobwa wabo kugirango bazabone uko basubira ibwami kuko bamaze kwiheba yuko ubwami bwabo burimbutse kandi buciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona Umwakagara ashaka gusohora inyandiko muri computer ariko printer yanga guprintinga,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko ubonye Umwakagara ananiwe guprintinga inyandiko ngo ayikure muri Machine(computer)uko niko imigambi ye atazashobora kuyishyira mu bikorwa nkuko yabigambiriye niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Mbona ategura imfungwa nyinshi cyane azifungura kugirango azirwanishe mu ntambara imwegereye,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,nubwo Umwakagara alimo gutegura izo mfungwa zabasirikare yafunze aziza ubusa,ntabwo zizarwana akiriho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona za magigiri zimaze igihe kinini mu mihanda no mu miharuro zitegereje Umuhanuzi ngo zimuce igihanga.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,wigumire murutare rwawe kuko inkozi zibibi zirekereje zihiga ubugingo bwawe niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Dr.Pastor Antoine Rutayisire acira umugani abanyarwanda bo mu bwoko bwa bahutu,ariko we akabyita ko ari ubumwe n’ubwiyunge ariko nyamara yararimo kubacyurira.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,nta bwo Rutayisire akunda abahutu ahubwo abaca umugani,kuko atajya avuga ubwicanyi bakorewe ahubwo akavuga ubwicanyi bakoze.

Kandi nta bwo waba ukunda umuntu ngo umuceho umugani,uko abacira umugani,ninako Uhoraho Uwiteka Imana avuga ko akorera,nawe azamucira umugani ubwo abatutsi bazaba bica abahutu icyo gihe azamenya ko yagenje nabi ko ataciye imanza zitabera ahubwo ko yahengamiye kuruhande rwa bene wabo(abatutsi)kugirango yiyubakire izina.

Yashatse kubaka izina ku ngoma ya bahutu biranga,none yabonye ingoma ya bene wabo(abatutsi)agira amahirwe yo gusohoza inzozi ze yarafite mu mutima.Yubatse izina ahantu hose kubera uburya nuburiganya akoresha mu nyigisho ze,niba se yacaga imanza zitabera,ko adakoma kubwicanyi bwakorewe kandi na nubu bugikomeje gukorerw abahutu?Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!

Umubwire uti,ibyo byose ukora wibwira yuko urimo gukorera Uwiteka Nyiringabo,uzabimenya igihe uzaba ugeze mu mwinjiro aho niho uzamenya yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo atajya aca imanza zibera nkuko wowe wabigenje uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze.

Kuko bacecetse mu gihe cyo gukiranuka,nanjye nzicecekera mu gihe cyo gukiranirwa,kugirango bazamenye yuko bagenje nabi kandi ko imvugo zabo no gusenga kwabo byari byuzuyemo kubera nta gukiranuka kwababonetsemo.Aho niho nanjye niho bazampamagara nkicecekera sinzigera ngira icyo mvugana nabo kuko biringiye imbaraga zabo na mazuru yabo maze Umwakagara bamufata nk’Imana yabo birengagiza imbaraga z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo wabarokoye mu ntambara ahubwo batangira gushima Umwakagara mucyimbo cyo gushima Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Mu gihe nkiri muri iryo yerekwa mbona abahungu b’abega bajya gusambanya abagore base (bamukase) kandi bazi neza ko bibujijwe ko umwana w’umuhungu adakwiye kwambura ubusa umugore wa se kuko ari ikizira k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Mbona zamagigiri za bega zihabwa amabwiriza yokuguma mu mihanda kuzageza igihe zizabonera Umuhanuzi ukomeje kuzihagarika imitima.Maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabi rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega baryamye mu mihanda abandi bari muri za hotel zirikumwe na bagande baje kumena amaraso kugirango bakomeze ingoma ya Uhuru Kenyatta yamaze gucirwaho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Bari bategereje yuko haba intambara bakica abanyagihugu none byarabayobeye kuko hatabaye intambara bifuzaga.Nuko rero ntupime kugera mu murwa mukuru w’ISHUSHAN mu gihugu cy’Ibabylon kuzageza igihe bazahavira Uwiteka Imana yawe azakubwira ko bamaze kugenda cyagwa bagihari niko Uwiteka Nyiringabo akuburiye kandi ni uko abivuze!

Aho iruhande rwanjye hari umugore warurimo gutegura aho azakirira abashyitsi arimo gutira na mashuka menshi(shets) ayo abashyitsi baziyorosa bazaba baje mukiriyo cy’umuntu ukomeye cyane ugiye kwisangira basekuruza.Maze arambwira ati muntu w’Imana udusengere cyane kugirango tubashe kubona amashuka menshi yo kuzaha abashyitsi bagiye kuza mu birori turimo kwitegura uko niko Uwiteka abaciye umugani kandi ni uko abivuga.

Nerekwa intumwa ya SATAN Gitwaza Paul yishyura itangaza makuru kugirango rimwandikoho neza yuko ngo ar’umuntu w’Imana kandi nyamara nawe abizi neza yuko akorera shitani.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intumwa ya satan Muhirwa Paul Gitwaza agiye kubeshya isi kuko shebuje ari we sooko yabinyoma arashaka kongera kubaka izina rye ryasenyutse.

Nyamara ubwo azaba agerageza kubaka iryo zina aho niho Uhoraho azongera akarisenya burundu ubudasubirana.Umwuka umukoreramo ninawo mwuka ukorera mu Mwakagara kuko nawe dore agiye kwishyura itangaza makuru mpuzamahanga kugirango ryongere rimwogaguze mbere yuko acibwa igihanga kugirango isi imurebe neza kandi imenye yuko ngo ari umuntu w’intwari cyane akaba ariwe wahagaritse genocide kandi nyamara ariwe wakoze genocide niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ANTI CHRIST agiye guhumanya ya chagua cyangwa mitumba,ndetse sibyo gusa ahubwo naho abantu bahahira bakunze kwita SUPERMARKET aho hose agiye kuhahumanya kugirango ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azabashe kubafata bitamugoye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Hagiye no kwaduka abavugabutumwa benshi cyane bibinyoma bashaka kuyobya intore z’Imana niba bishoboka.umwanzi agiye kunyanyagiza amadollar menshi cyane ayageze kubiyita abavugabutumwa maze abahe umwuka ni mbaraga zikinyoma kugirango bayobye isi maze Imana itazigera ibona abayiramya no kuyikorera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abega ba benegitori bacirwaho iteka mbona ibigeragezo byihuse vuba cyane bibageraho maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu dore Uwiteka agiye guhana byihuse inzo nkozi z’ibibi za began a benegitori kuko bakiraniwe bikabije cyane none Uwitekaa abaciriyeho iteka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Translate »
Skip to toolbar