Igice cya (65) cy’ubuhanuzi

Sept 11,2017 njyanwa mu yerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi hoherezwa abanyamakuru bakorera mu ibanga ndetse nabasanzwe bahakorera basabwa gukorana nabo baje mu ibanga gukurikirana ubwicanyi bw’Umwakagara ni ngoma ye ya FPR,uko bakoze ubwicanyi mu gihe cyose FPR yamaze kubutegetsi yica abaturage (Hunting for pressure ,killing for power) maze iryo perereza ryakorwa mu banga na banyamakuru batandukanye baryoherereza imiryango yigenga mpunza mahanga nabo bakarikorera igenzura bakarihuza nibimenyetso bari basanganywe bafite maze bagahita babishyira mu (dossier or files) zo mu Rwanda Umwakagara na gatsiko ke kabicanyi bakoze bari ku butegetsi.

 

Nerekwa mbona habaye urubanza rutunguranye rwa bega bari ku butegetsi  mu myaka [23] ishize mbona abari ku butegetsi bose batunguwe cyane nayo makuru batazi igihe yatangiwe.Nibwo abanyamakuru nibinyamakuru byigenga byasabye kuba indorerezi (observers) muri urwo rubanza rwa Abega rwavuzwe mu buhanuzi bwahanuwe n’Umuhanuzi “Majeshi Leon AINESHA”.

Ko urukiko rwateganyirijwe ingoma ya FPR na Abega bene ingoma rwamaze gushyirwaho mu ibanga rukaba rubategereje kugirango ubwo bazakurwa ku butegetsi bazahite batoragurwa babashyikirize inkiko zashyiriweho uRwanda mw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kumbwira uko ingoma ya Abega igiye guhirima kandi igeze mu marembera ikaba ari nta gihe isigaje kandi ko,igihe kigeze ngo bamenye yuko Uwiteka Nyiringabo ariwe Mana maze ibyavuzwe nijambo ry’ubuhanuzi risohoze umurimo waryo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona abakagara na Abakagara Kazi bagwa mukantu ku buryo bubatunguye abari barahunze bose batangira kubatoragura nk’inyoni zitoragura ISENENE maze abanyarwanda baratugurwa cyane kuko batari bazi yuko bashobora guhabwa ubutabera bukwiriye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Igice cya (64) cy’ubuhanuzi

Sept 12,2017 Nerekwa inkozi z’ibibi zishinzwe gucuruza ikiremwa muntu,bashakisha uko bakwiba Umuhanuzi Kazi (Gland Deborah) wavutse kumugambi w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango hategurwe itorero rya Kristo.Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za nkozi z’ibibi zamaze gutegura no gutunganya umugambi wo kwiba Umuhanuzi Kazi kugirango zijye kumutambira igitambo abadayimo.

Abazamwiba bazahabwa agaciro ka miliyoni zirenga [3] za mashillingi none burira bene so muri Kristo babe maso cyane kuko umwanzi yabahagurukiye.Kandi abaturanyi babo nibo bari muri gahunda yo gutegura uwo mugambi bagahabwa ayabo yo gutegura no gushyira mu bikorwa uwo mugambi kuko bamaze no kubishyura gutangira gukora ako kazi kajyanye no gukiranirwa uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona “NYAMPINGA” aza aherekejwe nabagenzi be,maze mbona afashe SIM CARD mu ntoki hamwe na telephone bishyashya azaniye impano Umuhanuzi kandi mbona bahuriye mu butayu bwishyamba nibazbyatsi birebire atari ubutayu bugufiya bazamuka bajya muri gakondo ya bakiranutsi.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore “NYAMPINGA” azi ikibazo ufite cy’itumanaho,none ahisemo kugura SIM CARD yo mu gihugu cy’iwabo izajya ikoreshwa na internet “MAGIC JACK”kuko itazaba yandikishijwe kumazina yawe ndetse itanditswe mu gihugu cy’ibabylon bizakorehera cyane gukoresha itumanaho kandi ubwenge bwa za magigiri buzaba bugarukiye aho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abashyitsi baturutse mu burengero bwisi bamaze kwitegura urugendo rwo kuza mu butayu bugufiya aho wituriye mu gihugu cy’ibabylon uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imanza zo mu gihugu cy’ibabylon zishingiye kumatora yabaye muri kanama 08,2017 mu gihugu cy’ibabylon byarangiye urukiko rwanzuye ko Kenyatta yibye amajwi yibyavuye mu matora maze urukiko rutegeka ko asubirwamo.

Maze ijambo ry’ubuhanuzi ryahanuye ko Kenyatta atazatsinda amatora kandi ko azakorwa nisoni imbere ya mahanga biba birasohoye.Mbona abibwe amajwi yibyavuye mu matora imanza zabo zibera mu butayu bugufiya bwegereye ya Nyanja iri mu majyaruguru yuburengera zuba mukarere k’Africa yuburasira zuba nabonaga bamwe bava mu butayu abandi babusubiramo.

Mbona abagore benshi bo mu bwoko bwa KANINI NIKEGA bajyanwa mu ishuli riri hagati muri ya Nyanja bajya kwigishirizwamo.Numva bavuga ngo,Msiogope kwani kuna mzee mmoja ambaye anaishi huko ndani ya hiyo bahari tunaenda kusoma nikumpatia kitu kidogo tuu!Harafu atatusaidia asema bwana wa Majeshi.

Njyanwa mu iyerekwa mu butayu bugufiya bwo ku Nyanja iri mu burengerazuba mukarere k’Africa yuurasira zuba.Mbona Umuhanuzi ari mu gifunzo kirimo ni IMBOGO zirimo guhiga Umuhanuzi aho yari yihishe izo IMBOGO (abadayimoni)mbona haburaho gato ngo zimuce igihanga ariko akirira ho hato.Maze mbona hagati ye na za mbogo hacika icyuzi gifite amazi atwika cyane maze za Mbogo zitinya kuyinjiramo.

Ndebye imbere yanjye gatoya mbona “NYAMPINGA” nawe yamaze kugezwa mu butayu bugufiya aho ngaho narindi mbona nawe azengurutswe na mazi afite amabara yihinduranya buri kanya mu gihe ngize impungege ze,mbona ya maze yarameze nk’inyanja cyangwa icyuzi ahindukamo ibicu bimuzengurutse ku buryo atashoboraga kuba yabonwa na nkozi z’ikibi.

Ngerageza kureba mu maso he birananira kubera ubwiza bw’Uwiteka Nyiringabo bwari bumuzengurutse kuko bitashobokaga ko uburanga bwe bwagaragara.Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uwo ubonye ni nyampinga Uwiteka yakugeneye azagusanga mu butayu kugirango umenye yuko atagukunze kuko wari Icannan ahubwo yemeye gutakaza byose aza agusanga mu ntambara zikomeye kugirango rya jambo rivuga ngo azasiga se na nyina asange umutware we babane akaramata iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa imanza za bega,abashambo,abashingwe,abenegitori,abasinga imanza zabo zirangira gucibwa n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore nta bundi butumwa busigaye bwiyo miryango kuko yamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringa bazongera kugezwaho n’umwuka w’Imana ukorera mu Muhanuzi “AINESHA LEON” ahubwo ubahe numero yurubanza (code) maze urangize urwo rubanza kuko Uwiteka Nyiringabo yakugize umucamanza wabo mu isi (Chief Justice CJ) uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

Nuko nshakisha mu bitabo byubucamanza kugirango menye (code)numero yurubanza rwabo,kuko arimwe kubera ubufatanya cyaha bwo gukiranirwa imbere y’Uwiteka Nyiringabo,kandi bakaba badashaka kwihana ndetse batanateze kuzihana akaba ariyompamvu baciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Nsanga umubare wa numero zurubanza rw’Uwiteka Nyiringabo afitanye ni nkozi z’ibibi za bega,abashambo,abashingwe,abenegitori b’Abega,na Abasinga maze bahabwa numero code  Nº0039/0009/0017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu ugize neza urangije imanza z’inkozi z’ikibi zikoze umurimo wo guhumanya ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kandi uwo murimo bakaba bawukoze imyaka myinshi cyane.

Nubwo bamenye ukuri yuko binyuranye nitegeko ry’Imana,nta bwo bigeze bibuza mu mitima yabo kugira nabi, kandi nabo ubwabo banga uwabagirira nabi.Babonye igihe guhagije cyo kwihana kuko babwiwe ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo,bakabeshya ko baryemera ariko bagakomeza ibikorwa byabo munsi ya mazi aho babikora bitagaragara bibwira ko iyo mu Ijuru itabibona uko niko Uhoraho Nyiringabo Imana ya bakiranutsi abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Gen.James Kabarebe arwaye cyane kubera SIDA imaze kumugera mu mutwe akaba atagishobora gukora akazi.Mbona akazi asigaye agakorera aho aryamye haburaho gato ngo asezere mu ngabo za RDF/KDF maze ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,dore Gen.Kabarebe ageze aho amagara amucika ibyo akora byose nuguhomahoma nkutera inzu igishahuro niko Uwiteka avuga.

Sept 12, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona impunzi za banyekongo zahungiye hafi y’igihugu cyabo,ariko izo mpunzi zikaba ar’izivuga ikinyarwanda.Nerekwa mbona basaga ko,KIVU ya majyepfo na majyaruguru byakwigenga bigahinduka ikindi gihugu cyiyomoye kuri DR Congo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Muri iryo yerekwa mbona Pastor.James wiyise Naftali,akorera mu idini ryabafarisayo ryitwa CELPAR ryashinzwe na Pastor.Rugumbuguza Meshack w’umunyamuenge ubu akaba atuye muri America.Idini yarisigiye Col.Fredy Nyamurangwa na Col.Twahirwa na LT.James wihimbye NAFTAL.

Pastor.James mwerekwa yatumwe nizo mpunzi CAKE yo gukora umunsi mukuru wo kwikukira kw’Intara ya KIVU zombi,maze aragenda aho kugura CAKE,ahubwo abazanira “MAYONESE”.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,Pastor James wakunze kugarukwaho mmu buhnauzi,akomeje inzira yuburiganya kuko amaze kuriganya abantu benshi cyane kandi ayobora yarangiza ntabishyure.

None muhe numero [code]yurubanza kuko dossier ye ijyanywe imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana kkugirango acirwe urubanza.Uwo numuriganya wabigize umwuga kandi yanze kwihana ahubwo akomeje kuba inkozi y’ikibi kandi yitirirwa izina rya Kristo.

Nuko mfata ibitabo byubutabera nsanga ngeze kuri N°0040/0009/2017 ndabwirwa ngo,uru rubanza ruzuvwa imbere y’Uwiteka Nyiringabo muri uku kwezi hanyuma Ijuru rizasome urubanza kugirango Pastor.James abo yariganije bahabwe ubutabera nawe kandi ahabwe ubutabera azamenya ko umurimo wa data atariho bajya kwihisha ngo bahakorere amabi biyitirira izina rya Kristo kuko ubutabera bwa Kristo nkuko byahanuwe bikandikwa mu ijambo ry’Imana (Bibiliya) buzatangirira mu bo mu nzu y’Uhoraho Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa abagore (abarozi Kazi) b’inkozi z’ibibi barimo abaturutse mu gihugu cy’ISAMARIYA,mbona biyegeranije mu cyumba bavuga ngo bagiye gusenga Uwiteka Imana Nyiringabo.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,abo bagore ubonye bagiye gusengera umuvumo ngo ukuzeho.

Bamaze kubona yuko ugiye guhabwa umugisha none bahisemo kujya gusenga amasengesho yo kuroga no guhumanya ngo umugisha wawe ntukuzeho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Maze guhishukirwa izo nkozi z’ibibi numva ijwi ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rimbwira ngo,baririza igiciro cy’imodoka ya yindi washakaga kuri mucuti wawe akubwire uko igura maze ube witegura kuzajya kuyigura kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo agiye kumanura umugisha mwinshi kandi ukomeye cyane akaba ariyompamvu ziriya nkozi z’ibibi zikorera ubwami bwa bega zirirwa mu mashitani zibwira ko ariho zizabonera agakiza kandi nyamara gaturuka k’Uhoraho Uwiteka Imana yaawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umuyaga uturutse mu butayu uza mu gihugu cy’ibabylon,uwo muyaga waruzanywe nishyaka riri kubutegetsi rya Jubilee uraza ugera mu murwa mukuru w’ISHUSHAN maze uhuha benshi muri icyo gihugu baranyeganyega cyane.

Nitegereje cyane ibiri kubera muri uwo murwa,mbona za burende ebyeri imwe yanditseho JUBILEE naho iyindi yanditseho NASA,mbona ko zigiye guhangana bikomeye maze Kenyatta afata ibimodoka bijya bikora imihanda abishyiramo uburozi buhumanya buca abantu intege bakaba ari nta cyo bakongera kwikorera.

Mbona abashyigikiye NASA biteguraga kwamagana Kenyatta no kumukura kubutegetsi kuko yatsinzwe nurubanza rukamushinja yuko yibye amajwi yibyavuye mu matora akoresheje ikoranabuhanga ariko aranga akomeza kugundira igihugu kandi atagifite cya cyubahiro cy’umukuru w’igihugu.Ndabwirwa ngo rero mwana w’umuntu umenye ko ibintu bigiye gukomera mu gihugu cy’ibabylon kandi ko hagiye kuba isibaniro rikomeye ryabanyembara.

Mbona hakozwe inama yihutirwa kabashinzwe umutekano ko bakwiye gufata RAILA Odinga agafungwa kugirango Uhuru Kenyatta akomeze gutegeka mbona baramufashe hamwe na bakobwe be bose babashyira mu nzu yimbohe.Ariko mukanya ko guhumbya bahita bamurekura asubira hanze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira ngo mwana w’umuntu,ayo na maburaa cyindi ya jubilee bashka gukoresha iterabwoba ariko ntacyo bari bugereho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa inyamaswa isa ni URUKO (Bear) mbona iturutse ku isi yubutaka bwumye iza ishaka kwica Umuhanuzi.Mbere yuko umugeraho mbona amazi aturutse muri bwa butaka bwumye azana umuvumbi ukomeye cyane ageze imbere ya nyamaswa ya mazi ahinduka umuriro umeze nkuwa GAZ.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bamaze gukora inama nyinshi cyane bashakisha uko bazaguta muri yombi bakaguca igihanga ariko byarabananiye.Bagerageje gukoresha imbaraga z’umwijima ariko basanga urazirengeye nta cyo zagukoraho.Bagerageje imbaraga z’ubutegetsi nazo zarananiwe kugeza ubu bibaza ibyawe bikabayobera ariko bakanga guhara bagakomeza gutera umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi zikataje mu guterekerera Umuhanuzi kugirango ubuhanuzi yabahanuyeho butazigera bubasohozaho,kandi Umuhanuzi ntazigere aba umunyamugisha.Mbona bafashe inkoko zo guterekerera urugimbu,bakora imihango yabo yose ariko birangira za nkoko Umuhanuzi azifashe azishyira murwobo zicirwaho iteka nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Nerekwa mu gihugu cy’ibabylon haduka abadayimoni badasanzwe,mbona ababyeyi bohereza udukobwa dutoya dufite imyaka [13,14,15,16,] kujya gutega abagabo mu nzira nyabagendwa kugirango bashake abagabo basambana nabo maze bahabwe amashillingi atunga imiryango yabo kubera ubukene bugiye gukomera muri icyo gihugu cy’ibabylon.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,kubera politike yo muri icyo gihugu ishingiye ku kwikubira,bigiye guteza ingaruka zikomeye cyane kuko abashoramali badashobora kugira icyo bashora muri icyo gihugu kubera impari za politike zitarasobanuka.

None biteje ubukene bukomeye cyane ku buryo abagore bazajya bahagarara mu mihanda bashaka abo basambana nabo ariko abagabo bakazajya babanyuraho bihitira ndetse batanabavugishije uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona undi mugore na none avaho mbona anyuzeho maze aravuga ngo,nimureke ubuhanuzi busohore nkuko bwahanuwe n’umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abinyujije mu mugaragu we AINESHA kugirango abantu bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ariwe Imana uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nongera kubona za nkozi z’ibibi na none zikora inama yo gufunga Umuhanuzi agashyirwa mu nzu yimbohe,ariko mukanya gato mbona akuwe muri ya nzu yimbohe abaye imbohore.Mbona ahagaze ku iriba ry’umugisha za nkozi z’ibibi zirimo abega na bashambo mbona zije gushyiramo inzoka muri rya riba maze mbona Umuhanuzi arayifashe arayica ndetse ayikura muri ya mazi arayijugunya.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu nta bwo byoroshye kuko inkozi z’ibibi z’umwana w’Umwega zimerewe nabi cyane aho zirimo gusabwa guterekerera umwuka w’Uhoraho wayiremye kugirango badakurwa ku ngoma.

Dore bahagurukiye umucamanza mukuru washyizweho n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,gucira imanza abari mwisi ya bazima.Nyamara barashinga umuhunda ku kirenge kuko ikibumbano kidashobora kubwira uwakibumbye ngo,kuki wambumbye nabi?Uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Numva ntangajwe cyane na Abega na Abashambo kubona bashobora gutinyuka bagaterekerera izina ry’Uhoraho Uwiteka Imana nzima.Kandi bazi neza yuko ari we waremye byose biri mu isi,ikuzimu,no hejuru tutabasha kugeza amaso ngo turebe ibihakorerwa cyeretse ibyo yamanitseho bitubera umucyo wa bari mwisi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umugabo umwe aza arambwira ngo,erega dusigaye tujya kwibariza mu bapfumu,nubwo dukijijwe ariko nta bwo byabuza umuntu kujya kwibariza kandi akagaruka agasenga Imana yo mu ijuru.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uburire abantu bose bavuga ko bakijiwe kandi bakiriye Kristo nk’Umwami wabo numukiza ko,abasubira kujya kuraguza no guterekerera imihango ya gipagani bazacirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Na none ndi muri iryo yerekwa mbona abantu basenga Imana kandi bakerekwa ariko ntibite ku byo biretswe,habe no kubyandika ahubwo bakabifata nk’ibisanzwe.Maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,burira abantu batandika ibyo berekwa n’umwuka w’Imana kuko iryo ar’isezerano ryabo ryanditse muri JOEL yuko mu minsi ya nyuma abakambwe bazarota naho abasore bazerekwa kugirango bamenye neza imigambi y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abafitiye maze bahindukirire Uwiteka Nyiringabo.

Niba rero badashobora kwandika amarekwa ni byo barota,nta kabuza yuko gucirwa ho iteka kwabo kwaba kwegereje.Nyamara Uwiteka arakiranuka nta wuzamuvuga ko atamenye ukuri kandi Imana ivuganira na buri umwe wese abinyujije mu nzozi za ninjoro no mu mayerekwa ariko ntibabyiteho JOB 33:14-18,Habbakkuki 2:2 nyamara ubabwire uti,iteka ry’Uwiteka ryaje mwisi ya bazima ntibaryitaho none bagiye gucirwaho iteka na nyiri bihe byose Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Nyiringabo JEHOVA abivuga.

Sept 13, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,rwara rw’umugara rubundiye mwishyamba rweguye umutwe none igihuru kigiye kubyara igihunyira.Mbese Umwakagara na bambari be,bazarushobora?Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,uwo yavuzwe ni jambo ry’ubuhanuzi kuzasohoza amasezerano ariko nta bwo azicira kumeza ngo yireshyeshye na rwego rwicyuma rwegura shyamba kuko adafite umugabane muri byo niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

None uburire bene  uti iryavuzwe riratashye!Ariko muririwe ntimuraye,ubwo utari umwana ucira inkonda arumva imvugo ijwi rya bwenge urangurura mu butayu aburira abanyabwenge na bahanga batinya ubugoryi nkuko umugore azira umwana wikimara kuko ubwenge buhesha ishema naho ubupfapfa bukaba ikizira k’Uhoraho niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi abanditsi ba mateka bashiraho bamarwa ni ngoma ya bega.Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwami YUHI VI azima ingoma abanyamateka muri gakondo ya bakiranutsi barashizeho,kuko bazamarwa ni ngoma ya bega kugirango hatazaboneka abazasigara bavuga amateka yabo nibyo bakoreye abaturage uko bagiye babakubaganira ni nzira zabo zo gukiranirwa.

Ndabwirwa ngo,ibitabo byimfasha nyigisho za mashuri abanza,zizandikwa bushya,kandi uzabera umugisha abshinzwe uburezi kubafasha kwandika bundi bushya imfasha nyigisho za mashuri kuko ikinyoma cya Abega bakoresheje bahindagura amateka kizaba cyaravuyeho maze amateka ya gakondo ya bakiranutsi akazasubirwamo neza kugirango hazamenyekane ubugome bwa bega bakoreye abanyarwanda niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu murera wo mu majyaruguru,mbona abasore baho badashobora gushaka abagore ngo bubake ingo,kubera ubukene bwababayeho akarande.Mbona bashyingirwa abageni ku ngufu za leta ya gatsiko kabicanyi ka FPR.Ariko abakobwa bo,bari bafite akazi bikorera ko gucuruza ibitenge.

Ubwo bukwe bwabereye mu ihema ryiza rinini ry’umweru,mbona Hon.Pastor.Mitsindo Fidele niwe wari umutumirwa mukuru.Araza areba uko abasore babo bahabwa abagore ku ngufu ni uko abantu bari butahe ubwo bukwe,maze numva aravuze ngo ’YEWE SATANI ARADUHEMBYE KOKO” uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona ubwo bukwe bwimurirwa mu murwa mukuru (Capital City) ariko ibirori byubwo bukwe bikorerwa mu gishanga kwa Gen.Gacinya,hari abasore bintarumikwa bo mu bwoko bwa batutsi batavangiye bari babukereye babyambariye ngo batahe ubwo bukwe.

Ariko abatumirwa bo mu murwa mukuru bahawe ubutumire(Invitation)mbona badashaka gutaha ubwo bukwe bwateguriwe abakobwa bagumiwe bashyingiye ku gahato kandi bagashyingirwa abasore bakennye batanagira akazi.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo ubyihorere ntubisobanure abanyabwenge nibo bazabitahura,naho abapfapfa bazapfafana niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona abaturiye umurwa banga kubutaha ngo kubera rukinga (20) ndibwira ngo,ese abanyaKigali nuku babaye gito?Batumirwe mu birori koko bange kujyaho kandi ari nta mpamvu?Ndabwirwa ngo,erega bamwe maweya nta nimyenda bameshe bakwambara ngo bajye muri ubwo bukwe.Niyompamvu banze kwitabira ubwo butumire.

Mbona umukwabu wo gufata abanze gutaha ubwo bukwe abanyamurwa bakajya bakikira mu nzira zo gukiranirwa,kuko izo gukiranuka zo zari zibari kure.Bakora ibishoboka byose ngo babashe kwinjira muriyo nzira ariko biranga kuko inzira zubusamo nta bwo zari zigihura nizigororotse uko niko Uwiteka avuga.

Maze numva umwe wo muri bo aravuze ngo,nta bwo waba ukubitira abana kuryama,kandi abana bose batanganya ijambo,ndetse hariho abafite urwasaya runini kurusha abandi,bakagira amashyi yagutse kurusha abandi,hanyuma ngo ufate abana bose ubajyane bajye gutaha ubukwe kandi bataganya amatama nibiganza.

Nkomeza kwitegereza cyane mu nzira nyabagendwa isa niyogukiranuka ariko atariyo ahubwo nabayishushanije bayisiga ibara risa ni nzira yerekera mu nzira ya bakiranutsi kugirango bateze urujijo abatazi amateka nababyinjiyemo vuba maze bazabashe kubona benshi bazarimbukana ari igihiriri uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nanjye ndabasubiza nti,erega ntimwitotombe,kuko byose byatewe ni uko uducurama twiyicaje ku ntebe twateje inzira zabyaye amahari,maze abari imfura bahinduka kuba abagaragu,naho abari abagaragu bihindura imfura,ariko byaga kubabera bitewe ni uko baca umugani uvuga ngo,amabara yose siko abera imbwa.

Nuko rero mutegereze kuzageza igihe abagaragu bazasubirana ubupfura bazatandukana no kuba imbata,abo nibo bazagarura intebe ya bakunzi,maze umuco wacitse iRwanda ugasubirana gakondo ya bakiranutsi kirazira igakura kiliziya kuko aho ariho byapfiriye niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi hateguwe igisharagati bizihirizamo ibirori byo kwimika Umwami YUHI VI.Mbona za nkozi z’ibibi za bega na benegitori,zijiginywa zihekenya amenyo yuko ubwami bw’uRwanda bwongeye kwima ingoma muri gakondo ya bakiranutsi.

Nuko mbona zitangiye gukora imihango ya gipagani kugirango Umwami atima ingoma,maze mbona Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe mbona araje ahagaritse  za nkozi z’ibibi za bagore zibura aho zikwirwa mbona buri wese afashe utwe twangushye zihunga aho Umwami agiye kwimikirwa kugirango intebe ya gakondo yongere ihabwe ijambo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Sept 15, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umukino wa leta ya DRCongo na leta ya Kigali bagiye gukina ushingiye kubucamanza bwo muri repubulika iharanira intwaro rusange ya Congo.Mbona abantu bari mu binyabiziga byubucamanza  baragenda bageze kuri round about point,mbona abari muri bya binyabiziga babivuyemo barirukanka bagenda bateze impanuka z’ibinyabiziga bibakuriye.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihugu cya leta iharanira intwaro rusange ya kongo,kigiye gukina inkinamico hamwe na leta y’Umwakagara ya Kigali.

Ibyo bagiye kubikora kugirango babulizemo amatora ya kongo yarateganijwe muri uyu mwaka wa 2017,kandi iyo niyo izaba imbarutso yo gucamo kongo ibice [2] aho KIVU zombi zigiye kwigenga,ariko abanyagihugu nubundi nta cyo bizabamarira kuko ubwigenge bagiye kubona buzaba ar’ubwamafi manini naho abaturage bikaba ari nta cyo bizabamarira usibye kwitwa igihugu cyigenga.

Ariko bariyimbire kuko ubwo bwigenge butabumarana igihe kinini kuko bizaba bisa no kwigera umwenda warugiye kugura hanyuma ntugukwire ukawusuziba mu iduka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa habaho umuyaga wa serwakira uturuka mu burasira zuba bw’akarere k’Africa yubuseruka,mbona uwo muyaga uraje ugera ku giti gitohagiye kandi cyiza,ariko imizi yacyo ikaba yaraboze.Mbona wa muyaga ukubise cya giti umutego witwa umurandura nzuzi,maze cya giti,gihirima cyirambitse urubavu.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhuru Kenyatta yirukanywe kubutegetsi.Kuko ijambo ry’Uhoraho ari ko ryavuze yuko manda ya kabiri atazayitegeka kuko yasuzuguye umwuka w’Uwiteka Nyiringabo.Ubuhanuzi bwamushyizeho bukaba ari bwo bumwirukanye ku ngoma kuko ari nabwo bwamushyizeho ku wa 17 Nzeri,2012 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mwene data wundi nawe ajyanwa mu iyerekwa abona agati kitwa geriveriya haza umuyaga ugakubita hasi karandukana nimizi nimiganda.Maze umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo amuzaho aramubwira ngo,mwana w’umuntu,ibyo ubonye waba uzi icyo bisobanura?Arasubiza ati oya!arabwirwa ngo,bisobanura yuko Umwakagara akuwe ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Undi mwene data nawe yerekwa Umwakagara ahiga imiryango nyarwanda ya basinga, abashambo,abenegitori,na bashigwe ngo abarimbure abamareho burundu kuko imana zabo zitamugiriye umumaro kandi yarazitakajeho ubutunzi bwinshi cyane kugirango agere kubyo yifuza bijyanye no kuramba kubutegetsi.None akaba abona akuwe ku ngoma kandi baramwijeje yuko atazigera abukurwaho niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abazungu baturuka ahantu hasa no mu gipangu cyinzu,bari benshi cyane baza bagana kumuhanda nyabagendwa basakuza cyane,ariko amajwi yabo yarameze nk’Ihene zihebeba.

Maze umwuka w’Uhoraho unzaho urambwirwa uti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’ikinyoma cy’inkozi z’ibibi uciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kuko abo ari bo sooko y’ikinyoma niyompamvu Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaciriyeho iteka akabakura mu buvumo aho bajyaga bihisha bakohereza uwo mwuka wikinyoma uza kuyobya abari mwisi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo za Uganda UPDF hamwe ni ngabo za RDF/KDF z’Umwakagara zijyanwa mu mahugurwa ni myitozo zigiye kwigishwa uko zigiye koherezwa mu mahanga kujya guhiga no gushakisha amakuru ajyanye nubwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro buhamaze imyaka [58] buhigwa na za republika zitemewe na mategeko zashinzwe na bazungu b’Abiligi.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore UMUSITA n’UMWAKAGARA bagiye gushyiraho ingenza zigenza ubwami bw’uRwanda (Umwami YUHI VI) kugirango bamenye amakuru ye,kuko bamaze kubona neza yuko Umwami Nyirurwanda agiye kwima ingoma nkuko ijambo ry’ubuhnauzi ryabivuze.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwami bw’uRwanda bube maso cyane kuko umwana w’UMUSITA yamaze kugira ubwoba bukomeye nyuma yo kubona ko Kenyatta akuwe ku ngoma,Peter Nkurunziza akaba ategerejwe The HAGUE ICC,Umwakagara akaba ariwe utahiwe.

None ahisemo kongera kwihuza n’Umwakagara kugirango bakorere hamwe bahige ubwami bw’uRwanda hasi kutabura hejuru kugeza babonye amakuru nyayo kuko bamaze kwemera ijambo ry’ubuhanuzi ibyo ryavuze.Bakaba batazi amakuru y’Umwami YUHI VI,kandi bakaba bakeka ko yaba ariwe ugiye kuyobora akarere kibiyaga bigari hamwe numuryango w’Africa yuburasira zuba uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Bamaze gutegura uwo mugambi wo guhiga ubwami bw’uRwanda no gushaka amakuru ya nyayo,kutayaburira hejuru.Mbona UMUSITA akorewe coup d’état ni ngabo ze za UPDF,baramufata bamujyana ku karubanda bamushe amashati mu ijosi bamuziza kuba ingabo yarazicishije inzara.

Mbona umurwa mukuru wuzuye ingabo ari nta muntu ucaracara hanze,mbona ko ibintu bikomeye ndahunga sinamenya iherezo ry’UMUSITA ni ngabo ze.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cy’umwana w’Umwakagara ba Nyirarume umwana w’UMUSITA kirageze ngo bakurwe ku ngoma nkuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryabivuze uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Sept 16, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona igihugu cy’America gisaba amadini akomeye mwisi kubasinyira bakemeza ko,ibikorwa byo gukora intwaro za kirimbuzi biri gukorwa ni gihugu cya North Korea  bibangamiye ubuzima bwabatuye isi.Nibamara gusinyisha ayo madini yose bazahita batangira ibikorwa bikomeye cyane byintambara bazatera North Korea kandi icyo gihugu kizahura nakaga gakomeye cyane kuko hazabaho intambara ya lll yisi yose itarigeze kubaho mwisi ya bazima niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Anti-Christ Jose De Jesus Miranda yihishuriye muri Leta zunz’ubumwe z’America

 

Nerekwa ko umwanzi ANTI-CHRIST agiye gukoresha telephone zitwa SATANIXIS izo telephone zikazaba ari ikimenyetso cya satani gikomeye kandi abantu ntabwo bazashobora  kubitahura kuko iryo zina rizishyirwamo mu buryo bwibanga ku buryo utapfa kubitahura.Uwiteka ahishura ibihishwe mu buryo bwibanga kugirango abantu babe maso batazisanga baguye mu mutego.

Nerekwa uburyo izo telephone zizahabwa abapharisayo (pastors) bakazajya bazikoresha maze umwanzi akazajya abona uburyo abakurikiranira hafi cyane kugirango ajye avangira gahunda zabo nimigambi yabo.Usibye ko benshi muri bo bazaba bazicyo bakora kuko benshi nubu bamaze kwinjira bakorana numwanzi w’Umwami wa bakiranutsi.

Ntama z’Imana nimwe bwe mukwiye gushaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kandi Imana niguhishurira ibintu bikomeye kumushumba wawe ntuzihutire kubimubwira utaramenya icyo bisobanuye utazasanga arumwe mu barwanya itorero rya Kristo Umwami wa bakiranutsi.

Ahubwo uzategereze kuzageza igihe Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azaguhera ubusobanuro bityo ukamenya uko wabyitwaramo kuko abashumba benshi bamaze kuba abanzi b’Imana kubera gukiranirwa kwabo no gukunda ibyisi.Niyompamvu ukwiye kwitonda kugirango umenye igikwiriye mu gihe gikwiye.

Abagore nabakobwa basiga iminwa bazarimbuka!

Njyanwa mu iyerekwa mu gikombe cy’iyerekwa,munsi ya gakondo ya bakiranutsi nerekwa uko umwanzi wa bakiranutsi SATANI agiye gukorera abategarugori,akoreshje ya marangi basiga kuminwa yabo (LIPS STICK) kuba agiye gushyiramo imbaraga zumwijima zizajya zikorana nuwasize (LIPS STICK) kuminwa ku buryo azajya ahumura  impumuro ya Satan na badayimoni ku buryo umugore wese wasize iminwa azajya ahumurira abadayimoni aho azajya anyura hose bazajya bamenya ko uwo ari umukiliya (Client) wabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu,burira abagore na bakobwa basiga umunwa,yuko umwanzi agiye kubikoreramo kugirango azabone uko abarimbura bakazabura ubugingo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

RNC na FPR bagurisha gakondo ya bakiranutsi!

Njyanwa mu iyerekwa mbona (Rwanda National Congress) RNC isinyana amasezerano na baterankunga(abazungu)babaha umwenda wintwaro ndetse na mafaranga menshi kugirango batangize intambara yo gukuraho Umwakagara ku ngoma.

Mbona ko ideni bafashe ringana na gakondo yose ya bakiranutsi ni nkaho igurishijwe kuko nubwo batazafata ubutegtsi,ariko naho babufata bazaba bakorera abo bazungu babahaye umwenda kugirango bafate ingoma (ubutegetsi).

Mbona n’Umwakagara nawe ashaka kuyigurisha asanga RNC bamaze kuyigurisha mu bazungu bafite cash zidafite akazi, mbona ko afasheho agace kumurima warusigaye aba ariwo agurisha.Ndabwirwa ngo, mwana w’umuntu, erega nubundi Umwakagara yasanzwe anafite andi madeni ku buryo atakwemererwa gufata andi ayandi nkayo RNC bafashe.Ijambo ry’Uhoraho rirambaza riti, mwana w’umuntu, mbariza RNC uti, nimudafata ubutegetsi ayo madeni muzayishyura iki? Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abega bashaka guhumanya ubwami bw’uRwanda!

Mbona kuruhande rwa gakondo yabakiranutsi hariho gakondo yubwami bw’uRwanda, mbona nta madeni bafite ndetse nta nayo bazafata, kandi nta bwo bizabuza guhabwa gakondo ya bakiranutsi nkuko ijambo ry’ubuhanuzi ryabihanuye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa mbona Umwakagara (abega) bashaka uko bahumanya gakondo yubwami bw’uRwanda, bohereza umuntu ujya kwihagarika muriyo gakondo cyangwa kunyaramo ngo bayihumanye maze ntibazime ingoma.

Bagezeyo basahanga umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe babura uko bayihumanya.ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bagiye guhumanya gakondo ngaho genda uhamagare Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe aze ashyireho uruzitiro kugirango ziriya nkozi z’ibibi zitazongera kubona uko zigaruka zigahumanya gakondo yubwami bw’uRwanda uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abapasitoro bashyirwaho ikimenyetso cya ANTI-CHRIST!

Nerekwa na none ku nshuro ya ll mbona bemera gushyirwaho ikimenyetso cya antiChrist, maze mbona ababyemeye ari benshi cyane, mbona bahawe amamodoka na mazu meza cyane byagahebuzo mwisi ya bazima.Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abo bafarisayo uti,iherezo ryanyu riraje kuko mugiye kwakira intonorano z’umwanzi wa bakiranutsi Satani kandi iryo akaba ariryo herezo ryanyu na satani wanyu niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo bashumba (Pharses) ubahe numero yubutabera bwo gucirwaho iteka kuko batazashobora kunesha icyo kigeragezo (code) N°0041/0009/0017 ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,uwo niwo mubare wabashumba bazarimbuka uwushyire ahabona kugirango abazarimbuka bamenye yuko bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.

aba Pasitoro batuka Umuhanuzi!

Ubwo narimvuye gushyiraho ubuhanuzi mu majwi (audio) nagurutse murutare nguye agucuho maze nirambika kurutare.Maze ako kanya njyanwa mu iyerekwa abashumba (pharses) bitotombera ubuhanuzi nashyize ahagaragara bwo muri audio ngo kuko bwavuze ko bazagurisha itorero ry’Imana.

Bene data bakundwa ubundi kuyoba iryo jambo risobanura iki?Kuyoba bisobanura kuva mu masezerano wavuganye n’Uwiteka,cyangwa kutagendera muri gahunda y’Imana.Kuva mu nzira yukuri ukajya mu nzira ihwanye nirari ryawe.

Mu magambo macye kuyoba bisobanura kutumvira umwuka w’Imana(ubuhanuzi)bwaba ubwa bibiliya cyangwa ubuhanuzi cyangwa abahanuzi Kazi bashobora kuguha ariko ukanga kubwumvira ariyompamvu abaPastor’s bavuga ko ngo ubuhanuzi busenya itorero kuko batabwemera kubera abahanuzi nta bwo bajya bumvikana na bashumba kuko bahawe umwuka wubutware o gucyaha abanyabyaha cyangwa abayobozi yewe n’umuntu uwari we wese.

Uwiteka Nyiringabo ahamya ko Kenyatta azongera gukorwa nisoni!

Mwene data ajyanwa mu iyerekwa abona umukuru w’ibabylon Uhuru Kenyatta aryamye ku gitanda yambaye ubusa hejuru  kandi yabize ibyuya byinshi umubiri wose!Maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rimuzaho riramubwira ngo Kenyatta akozwe nisoni kuko yirukanywe kubutegetsi nabi cyane kandi akozwe nisoni imbere ya mahanga niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Yongera kwerekwa Duputy president William SAMUEI RUTO nawe ngo arimo gushakisha uwamufasha kumukuriraho isoni zigiye kumukora hamwe na mukuru we Kenyatta kuko barukanywe ku ngoma nabi kandi bakozwe nisoni uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abakristo barangiza ikizere bari bafitiye abafarisayo!

Sept 17,2017 Njyanwa mu iyerekwa mbona akariro gacye cyane kari gasigaye mu idini ariko kendaga kuzima,mbona noneho gahumira kumirari kubera ingingo z’ubuhanuzi zashyizwe muri audio zavugaga uko umwanzi agiye gukoresha abanyamadini kugirango yigarurire ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bamaze kumva uko ibintu bigiye kugenda bahise batakariza ikizere abafarisayo babagize ingaruzwa muheto batangira gushaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango azabashe kubatabara mu bihe birimbere uko niko Uwiteka abivuga.

Abadayimoni b’abega bajyanwa mu butayu bugufiya!

Nerekwa INKA nyinshi cyane ziteraniye mu butayu bugufiya, ndetse zirikumwe na baziragiye,maze mbona nta bwatsi bwo kurisha buhari kuko izuba ryali ryaratse cyane harabayeho icyanda gikomeye ku buryo amapfa yabaye mabi cyane ndetse nta na mazi yo kuzihura yabonekaga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi z’ikibi zo muri gakondo ya bakiranutsi.Kuko urugamba rurarimbanije cyane kandi ruratangiye vuba cyane nyamara ingabo z’Umwwakagara nta bwo zizabasha kururwana uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abasore benshi bo muri gakondo ya bakiranutsi, bajyanwa na babyeyi babo,kujya koga mu Nyanja binjiriraga ku nkombe bakoga bagera hagati muri nyina bakagaruka hahandi bakubiswe numhengeri bakananirwa gukomeza amarushanwa yo koga.

Ingabo za abega zijyanwa mu butayu!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intambara irabaye itangijwe na RNC,kandi ingabo z’Umwakagara ntabwo zizashobora kururwana kuko uru rugamba rurakomeye cyane.

Kandi abasore ni ngabo z’Umwakagara Uwiteka azabateza ubwoba kugirango baraswe cyane bagire ubwoba maze abasigaye inyuma bazajya basubira inyuma kubera gutinya urugamba ruzaba rubakomereye cyane niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko rero mwana w’umuntu,burira urubyiruko uti,umunyabwenge bashake uko bakiza ubuzima bwabo,kuko iherezo ry’umwana w’umuntu,muri gakondo ya bakiranutsi riraje uko niko uhoraho Nyiringabo abivuga.Nuko mbona bamwe bikinga bigira kuruhande bategereje ko urugamba rurangira maze bagatahuka kugirango bajye gukorera igihugu cyabo.Ariko abenshi nta bwo bari kuruhande rwa FPR,cyangwa RNC,cyangwa ubwami.

Ahubwo bari aho ngaho ntawe bashyigikiye ikibazo cya gakondo cyarabaye terera iyo, tuzaba tureba uko bizagenda,abameze gutyo ubanza bishobora kuzabagora igihe umwakagara azaba amaze gukurwa ku ngoma niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Umuburo muhanano w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo!

Ijambo ry’Uwiteka Nyirinngabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwoko bwanjye bureke kwizera no kwiringira abega,kuko atari abantu beza aho bava bakagera nabagome,abicanyi,abagambanyi,abhehesi,abarozi,abanyeshyari,nta muntu numwe bakunda ahubwo barikunda cyane kuruta ikiremwa cyose kibaho mwisi yabazima.

Abari mu madini hose bagenzwa no kugigira bagenzi babo, barwanya Uwiteka Imana na bantu be,kuko imana yabo ni SATANI ubwami bwabo buba ikuzimu,nabakozi ba satani bahorana intimba kumutima,ntabwo bajya bazererwa uwari wese kuko basekana imbereka.

Bahisha kure munda nk’imbwa n’ibisimba mu bantu bagenzwa no kumena amaraso bagira akarimi nka kizonka nindryarya zindegakamere aho bava bakagera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ubwami bw’uRwanda buyobowe n’Umwami YUHI VI bwima ingoma!

Muri iki gihe Uwiteka agiye guha ubwami bw’uRwanda kwima ingoma,buri wese yitandukanye n’Umwega wese mwaba muri nshuti.Abashakanye mutandukane kuko bazababera umutwaro wumuvumo uzabajujubya nimugerana muri gakondo azakubera umuvumo kandi uzakorwa nisoni na bana mwabyaranye aho kuzaba abumugisha bazahinduka abumuvumo ndetse uzicuza impamvu wabyaranye nabo uzasenga Imana ntizakumva kuko wikoreye mubitugu byawe umuvumo w’umwega kandi bakaba baraciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiribambe abivuga.

Inama ya bategarugori muri RNC igiye gukorwa niyo izavamo umugore w’umugambanyi ugiye kuyigambanira nk’ikimenyetso cyo gucikamo ibice bindi [2]

Njyanwa mu iyerekwa mbona RNC icikamo ibice [2] igice kimwe RNC mbona gikurikiye umugore.Ikimenyetso ni nama ya bategarugori y’Ihuriro rya RNC izaba akaba ariyo izahuza abagambanyi bashaka gucamo ihuriro nyarwanda ryabatavuga rumwe na leta ya Abega (FPR) mbona ikimodoka kinini kigikamyo (ubuyobozi bwa RNC) kigwa muruhavu kandi cyari gipakiye ibikoresho bya gisirikare RNC bitegura gutera gakondo ya bakiranutsi ngo bakure Umwakagara ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona Gen.Nyamwasa Kayumba akora ibishoboka byose ngo akuremo iyo kamyo yasaye muruhavu bagerageza gusunika ariko ariko biranga.Mbona Gen.Nyamwasa yifashisha inyundo kugirango ahundagure wa mugore waciyemo ihuriro mo kabiri.Uwo mugore ari kumwe nundi mugabo ukomeye ukorana na Kigali mbona ko Gen.Nyamwasa abagose batangira guhamagaza umusada wa Kigali ariko Kigali bari kure yabo kandi za magigiri za RNC zari zamaze kubagota kubacika byari bigoye kugirango bakize ubugingo bwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abategarugori bo mu ihuriro rya RNC,bagiye kubabara cyane no kwicuza uburyo ihuriro ryabo ricitsemo kabiri uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Iri jambo ryubugambanyi mu ihuriro rya RNC rije ubwa kabiri uhereye umwaka ushize ahagana mu mpera z’umwaka mbereho amezi[2-3]ndabwirwa ngo mwana w’umuntu burira abo mu ihuriro yuko umuvumo wabavumye niwo uri kubagaraguza agate,kandi nibatihana ngo bace bugufi kandi batange amande basabe imbabazi Umuhanuzi ntabwo bazakira umuvumo Umuhanuzi yabavumye bo bibwira yuko bidafite agaciro ariko bazabimenya ari uko ihuriro ricitsemo kabiri kandi bakaba badateze kugera ku ntego zabo igihe cyose bazaba bakigendera munsi yumuvumo w’Umuhanuzi yabavumye kuko bashatse kumuca igihanga Uwiteka aramulinda.

RNC nidasaba imbabazi Umuhanuzi, ntibazakira umuvumo!

Gussaba imbabazi bizabahenda cyane kugirango bakurirweho umuvumo kandi ibyo bagomba kubikora mbere yuko batekereza gutera gakondo ya bakiranutsi.Kuko nibaramuka bagiye gutera kandi bariho umuvumo nta bwo bazatabaruka amahoro.

Kandi naho batanga ituro ryo gusaba imbabazi Umuhanuzi,bahanagure mu mitwe yabo yuko bazafata ubutegetsi ahubwo ingoma yahawe Umwami YUHI VI kuko ariwe Uwiteka Nyiringabo yahisemo abumva bashaka kujya impaka n’umwuka w’ubuhanuzi ukorera mu Muhanuzi Majeshi Leon “AINESHA” ubwo muzagerageze mutere gakondo ya bakiranutsi ari ntaburenganzira yabahaye kuko gakondo ya bakiranutsi yayeguriwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niwe uyiiteho umwandu ninawe uyitegeka uwumva rero ibyo bitamureba cyangwa nta cyo bivuze azahaguruke agende arebe ko azayifata bidaturutse k’Uhoraho Imana y’Umuhanuzi niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ubukwe bw’Umwakagara n’umukobwa wimyaka (23) yamavuko umugore atazasangira nabandi bagabo!

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara akora ubukwe hamwe n’umukobwa zinzobe ukiri mutoya ufite imyaka [23] yamavuko.Ariko nta bwo yarafite uburanga bwiza nka Nyiramongi.Umwakagara ngo yashakaga umugore atazajya asangira na bandi bagabo,mbona uwo mukobwa azanywe na basirikare bamuzana bamuhishe mu ikoti rya gisirikare ubwo abantu bari bateranye bitabiriye ubukwe bwa nyakubahwa (Umwakagara) bamugejeje imbere ye nabateraniye aho,bamukuraho rya koti rya gisirikare maze abantu bose bari bategereje kureba icyo umwakagara yabahamgariye batangazwa no kubona akoze ubukwe nundi mugore utari Nyiramongi.

Nta bwo bari bazi yuko agiye gushaka undi mugore babona uwo mukobwa w’ikigina ukiri mutoya udafite uburanga nkubwa Nyiramongi mugofiya yageraga mukwaha k’umwakagara bamukuyeho iryo koti abantu bamukubise amaso bakoma amashya bavuza induru cyane urwamo rwinshi cyane maze Nyiramongi witwaga First Lady ahinduka Last Lady uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Kenyatta yongera gukorwa nisoni imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo!

Njyanwa mu iyerekwa mbona umukuru w’igihugu cy’ibabylon ucyuye igihe Uhuru Kenyatta MUIGAI ava state house ajya mucyaro cyo hasi cyane ajya gushaka umukobwa yatereta kugirango yikuremo stress cyangwa umuruho wa matora yananiranye amazemo iminsi myinshi kandi bikamugendera uko atabyifuza ahubwo bikagenda uko abatavuga rumwe nawe babishaka.

Mbona uwo mukobwa abuze icyo amuzimanira amuha agatebe yicara hanze,uwo mukobwa ajya gutira gaz ni mbabura ya makara mu baturanyi kugirango ajye gushaka uko yamuzimanira naho Kenyatta we yarakicaye hanze aganira numukobwa ariko babandi bagiye gutira gaz nimbabura basanga nta gaz irimo yashize ndetse na makara nayo yashize Kenyatta abura amazimano akorwa nisoni gutyo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Inama za bakomeye kubuhanuzi!

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi yaba abakomeye cyangwa aboroheje bose bicaye hamwe aho ijambo ry’ubuhanuzi rigeze nicyo bwavuze kugirango bashakishe uko bashakisha imbaraga mu baturage kugirango bashobore guhangana na barwanya leta yabo igizwe na gatsiko ka FPR kiyemeje kumena amaraso ya baturage babaziza bene wabo nibitekerezo bidahura nibyabo kandi aruburenganzira bwabo bwo gutekereza uko babyumva kuko abantu bose iyo baza guhuza ibitekerezi ubanza ari nta cyo byabamarira ndetse nta nicyo bageraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa hatumizwa udukoresho dukoreshwa muruganda,twa dukoresho tumaze kuzanwa mbona ko abalimu batwigishaga muri kaminuza twarimo twiga,kuko ari bo bari bakwiye kwemeza yuko utwo dukoresho aritwo bazanye ugereranije ni soko(tender)bahawe ahubwo numva baravuze ngo,reka tubaze Umuhanuzi (Majeshi leon AINESHA) ngo kuko ariwe ufite uburambe murizo nganda.

Utwo dukoresho bari bazanye ntabwo twari Original ahubwo twavuga ko (Fake Material) bijya gusa na original ariko atari original ubwo mbibonye mbabwira ko ari byo barabijyena bajya kubyereka intekonshinga mategeko yaritegereje ngo ibone kwemeza ubwishyu bwibyo bikoresho byo muruganda uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona duturuka mu gikombe cyo munsi ya gakondo ya bakiranutsi, twagendaga mu nzira nyabagendwa yigitaka,ariko tugeze aho umuhanda wagutse,aho uhurira nundi muhanda,umuhanda munini nerekwa ko bawuhamanije kugirango nituwugeramo duhumane.

Abo twari kumwe mbabwira ko umuhanda bawuhumanije ariko mbona ntibabyumva jye ndabareka mva muri uwo muhanda uhura numuhanda munini nigira mukandi gahanda kakiri kabisi kataraba igihandagaza mba nkize gutyo inzira zo gukiranirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abakobwa bo mu bwoko bwabatutsi kazi baturutse Uganda mu bigeragezo!

Nerekwa abakobwa bo mu bwoko bwa batutsi kazi,batangira gucuruza impungire kumuhanda nyabagendwa,nyamara hafi aho hari imifuka yibirayi ariko bakaba batashoboraga kuba babiteka ngo bakore amafiliti bayahe abakiliya kuko ari byo byabahesha umugisha ariko banga kubikora.

Maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abo bari yuko bagiye kugeragezwa no kutagira ubwnege kwabo kuko barebera umugisha nkimbwa irebera amafaranga uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Inkozi z’ibibi zohereza imyuka mibi k’Umuhanuzi!

Nerekwa inkozi z’ibibi za Abega zohereza imbaraga z’umwijima hamwe nizindi nkozi z’ibibi bafatanije ari benshi bibwira ko ubwinshi bwabo hari cyo bwabamarira nyamara bibagirwa yuko ubwinshi bwuburyohe budashakirwa mu mazi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ibyo bibananiye mbona noneho bohereje umuyaga uraza ungezeho wa muyaga urahagarara ukajya uhuha ibyatsi byo hepfo yinzira yahoo narimpagaze ariko udashobora kunyegera nuko ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uwo muyaga ubonye ni mbaraga z’ibitega bohereje ngo bikuzeho ariko byananiwe ku kugeraho kuko imbaraga ufite ziri hejuru yibyo bitega na majini niko Uwiteka abivuga.

Babyohereje ngo bize bigutere ubwoba nyamara umwuka wubwoba uri muri bo kuko nibo bagutinya nta bwo ari wowe ubatinya nyamara barashinga umuhunda ku kirenge uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Umuhanuzi ahabwa umugisha mwinshi n’Uwiteka Nyiringabo!

Ijambo ry’Uwiteka nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwami Mana agiye kuguha umugisha mwinshi cyane.Nuko rero uzahite ugura SERVER yibinyamakuru byawe gakondo y’umwihariko wabakiranutsi Uwiteka yaguhaye ngo uyirinde,kandi ikaba umugabane wawe bwite kuko ugiye kongererwa umugisha kuko wabaye umwizerwa maze uzabashe kuzajya ubitunganiriza hamwe kandi Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe bizajye bimworohera kubirindira hamwe bitabanje kumugora uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Sept 18, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso ya bana b’abantu bikorerwa mw’isi ya bazima.Nerekwa umwijima wuzura ubutayu bugufiya busigara butakigaragara mukanya ko guhumbya bwuzuramo umwuzure wa mazi yaraturutse mu Nyanja ya majyaruguru yuburengera zuba mukarere k’Africa yuburasira zuba.

Bwa butayu igice kimwe cyuzuramo umwuzure harimo na mafi menshi (FISH) ariko abari baturiye ubutayu nta bwo babashije kumenya yuko umwuzure wazanye n’umugisha kuko harimo amafi yubunza yabuze abayafata ndamanuka ninjiramo nifatira amafi nshoboye ndangije ndizamukira uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubutayu burarangiye,ariko nubwo burangiye hariho abazagera muri gakondo bazarebesha umugisha amaso gusa ariko batazawakira ndetse no kuwukoraho nta bwo bazawukoraho kuko babaye ba ntibindeba bicara bategereje yuko uwagiye guhaha azana igaburo akajya gushaka inkwi agateka byamara gushya bakaza kuringanira na meza.

Ubabwire ngo,uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga,kuwureba muzawureba ariko nta bwo uzabageraho kuko mwigize ba ntibindeba mutinyuka kurebera ubugome ntimwaburwanya,ndetse ntimwanafatanya nababukora cyangwa ababurwanya none ngo murashaka gusangira umugisha nabagiye kuzanira Umwami DAVID amazi yo kunywa mu masooko yiyerusalem banyuze hagati ya banzi nyamara n’Umwami David ntiyatinyutse kunywa ahubwo ya yabyariye hasi kuko yarikuba anyoye amaraso uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ko abasinga bamaze gusoma ijambo ry’ubuhanuzi bwo mu gice cya (65) uko abega bafatiwe ambargo hirya no hino,bahisemo kujya gushaka mu maso h’Uwiteka Nyiringabo bajya gushaka abaPastoro babatiza mu mazi menshi ngo kugirango umuvumo ubariho ubakurweho uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,mu gihugu cy’ibabylon hagiye kubaho ibintu biteye ubwoba(Neno la bwana likanijia na kuniambia,mwana wa Adam,katika nchi ya Babylon hivi karibuni kutafanyika scandal Nyingine,kwasababu wanakwenda kumukata kichwa MAKAMU wa RAIS Wiliam RUTO SAMUEI asipokua makini maisha yake yatamalizwa kwasababu yako hatarini asema bwana wa majeshi.

The Rhema word comes from heaven and told me, son of man, the president of the republic of Kenya MUIGAI UHURU KENYATTA is going to be off thus says the God our lord almighty.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umugisha mwinshi ugiye kuza k’Umuhanuzi wamaze gutegekwa n’Ijuru ngo usange Umuhanuzi mu butayu bugufiya bwo mu gihugu cy’ibabylon uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abaPastoro bajya impaka k’Umuhanuzi Majeshi Leon,kubera ubuhanuzi Uwiteka Nyiringabo amunyuzamo.Bananirwa kumvikana bamwe bati arabeshya!Abandi nabo bati,mushake ibyo mwamurega ariko ibyo kubeshya byo ntabirimo kuko ibintu byose hafi ya byose yahanuye byarasohoye.Batanga ingero ibimenyetso byo kuvaho k’Umwakagara bigera kuri [32] byose byarasohoye.

Uhuru Kenyatta wahanuwe taliki ya 17 sept,2012 ko azaba umukuru w’igihugu,nguwo arangije manda ye,ndetse yongeye kumuhanuraho ko atazatsinda manda ya ll nabyo byarabaye taliki ya 01 sept,2017 urukiko rwisumbuye rwo mu gihugu cy’ibabylon(Kenya)ruyobowe na DAVID MARAGA,rwatesheje agaciro ibyavuye mu matora rwanzura ko atatsinze amatora y’umukuru w’igihugu.

Kenya’s Supreme Court on Friday declared the presidential elections held on August 8 as null and avoid, citing irregularities.The court ordered a new poll be conducted within 60 days.

“The presidential election held on August 8 was not conducted in accordance with the constitution,” Chief Justice David Maraga ruled, according to Kenya’s The Nation Newspaper.

The ruling was a majority decision, as two judges dissented.Here is the (majority) judgment in the landmark Supreme Court decision nullifying the August 2017 presidential election result.The dissenting judgment is posted underneath too.

REPUBLIC OF KENYA
IN THE SUPREME COURT OF KENYA AT NAIROBI

(Coram: Maraga, CJ & P, Mwilu, DCJ & V-P, Ojwang, Wanjala, Njoki S. Ndung’u and Lenaola, SCJJ)

ELECTION PETITION NO. 1 OF 2017

¾BETWEEN¾
1. RAILA AMOLO ODINGA …………….………………….….1ST PETITIONER
2. STEPHEN KALONZO MUSYOKA ……………………..…2ND PETITIONER

¾AND¾
1. INDEPENDENT ELECTORAL AND
BOUNDARIES COMMISSION……………..….…………1ST RESPONDENT
2. CHAIRPERSON, INDEPENDENT ELECTORAL
AND BOUNDARIES COMMISSION……..…….……..2ND RESPONDENT
3. H.E UHURU MUIGAI KENYATTA……..……..……….3RD RESPONDENT

DETERMINATION OF PETITION WITHOUT REASONS

(Pursuant to Rule 23(1) of the Supreme Court (Presidential Election Rules) 2017

[1] The hearing of this Petition was concluded on Tuesday, 29th August 2017 well after 9.00 p.m. The Judges thereafter retreated to deliberate on the following issues for determination as crafted by the court:

(i) Whether the 2017 Presidential Election was conducted in accordance with the principles laid down in the Constitution and the law relating to elections.

(ii) Whether there were irregularities and illegalities committed in the conduct of the 2017 Presidential Election.

(iii) If there were irregularities and illegalities, what was their impact, if any, on the integrity of the election?

(iv) What consequential orders, declarations and reliefs should this court grant, if any?

[2] Having carefully considered the above issues, the following is the majority decision of the court with two Judges (J.B Ojwang and N. S. Ndung’u SCJJ) dissenting):

(i) As to whether the 2017 Presidential Election was conducted in accordance with the principles laid down in the Constitution and the law relating to elections, upon considering inter alia Articles 10, 38, 81 and 86 of the Constitution as well as, Sections 39(1C), 44, 44A and 83 of the Elections Act, the decision of the court is that the 1st Respondent failed, neglected or refused to conduct the Presidential Election in a manner consistent with the dictates of the Constitution and inter alia the Elections Act, Chapter 7 of the Laws of Kenya.

(ii) As to whether there were irregularities and illegalities committed in the conduct of the 2017 Presidential Election, the court was satisfied that the 1st Respondent committed irregularities and illegalities inter alia, in the transmission of results, particulars and the substance of which will be given in the detailed and reasoned Judgment of the court. The court however found no evidence of misconduct on the part of the 3rd Respondent.

(iii) As to whether the irregularities and illegalities affected the integrity of the election, the court was satisfied that they did and thereby impugning the integrity of the entire Presidential Election.

[3] Consequent upon the above findings, and as to what orders, declarations and reliefs this court should grant, the following are the orders of the court pursuant to Article 140(2) and (3) of the Constitution and Rule 22 of the Supreme Court (Presidential Election) Rules:

(i) A declaration is hereby issued that the Presidential Election held on 8th August 2017 was not conducted in accordance with the Constitution and the applicable law rendering the declared result invalid, null and void;

(ii) A declaration is hereby issued that the 3rd Respondent was not validly declared as the President elect and that the declaration is invalid, null and void;

(iii) An order is hereby issued directing the 1st Respondent to organize and conduct a fresh Presidential Election in strict conformity with the Constitution and the applicable election laws within 60 days of this determination under Article 140(3) of the Constitution.

(iv) Regarding costs, each party shall bear its own costs.

[4] A detailed Judgment containing the reasons for this decision and the dissents will be issued within 21 days of this determination in conformity with Rule 23(1) of the Supreme Court (Presidential Elections) Rules, 2017 as it is otherwise impossible with the limited time the court has, to do so.

[5] It is so ordered.

DATED and DELIVERED at NAIROBI this 1st Day of September, 2017
………………………………………….. ……………………………………………
D. K. MARAGA P. M. MWILU
CHIEF JUSTICE & PRESIDENT DEPUTY CHIEF JUSTICE & VICE
OF THE SUPREME COURT PRESIDENT OF THE SUPREME COURT

…………………………………………. …………………………………………….
J. B. OJWANG S. C. WANJALA
JUSTICE OF THE SUPREME COURT JUSTICE OF THE SUPREME COURT

…………………………………………. ……………………………………………..
N. S. NDUNG’U I. LENAOLA

JUSTICE OF THE SUPREME COURT JUSTICE OF THE SUPREME COURT

Here with the Dissenting judgment:

SUMMARISED DISSENTING OPINION OF OJWANG, SCJ.

[1] It is not necessary in this summarized Judgment – which is to be followed by a fully detailed and reasoned decision on an occasion already signaled by the Chief Justice and President of the Court – to give the comprehensive facts, submissions and legal principles bearing upon the instant petition.

[2] The important petition, which seeks the annulment of Kenya’s Presidential election results emanating from the General Elections of 8th August, 2017, is focused on a limited number of contentions: (a) that the said Presidential Election was not conducted in accordance with the relevant principles of the Constitution; (b) that the said Presidential Election was compromised by certain illegalities and irregularities; (c) that, consequently, the said General Election lacked integrity, and ought to be invalidated.

[3] Whereas the substance of the case founded on illegality and irregularity rests on the voting-results electronic transmission process, there is substantial information showing that, by law, the conduct of the election should have been mainly manual, and only partially electronic. Hardly any conclusive evidence has been adduced in this regard, which demonstrates such a manifestation of irregularity as to justify the invalidation of the election results.

[4] As regards the invocation of the Constitution as a basis for annulling the electoral process, only general attributions of impropriety have been made, and furthermore, without adherence to the prescription that the task of interpreting the Constitution with finality, rests with no one but the Courts – in this case, with this Supreme Court.

[5] Much of the evidence which the majority opinion adopts, is largely unascertained, apart from standing in contradiction to substantial, more credible evidence.
[6] In such a marginal state of merits in the case challenging the conduct of elections on 8th August, 2017, it is clear to me beyond peradventure, that there is not an iota of merit in invalidating the clear expression of the Kenyan people’s democratic will, which was recorded on 8th August, 2017.

[7] The procedural law for assuring the integrity of elections is abundantly set out in the Elections Act, 2011 (Act No. 11 of 2011), and in the Electoral Code of Conduct; and the relevant provisions were conscientiously applied by the Independent Electoral and Boundaries Commission, which fully provided for the role of international and local observers, as well as agents, in the conduct of the Presidential Election. The resulting electoral process had all the vital features of merit, as all the observers publicly acknowledge.

[8] To disregard such outstanding features of merit in the just-concluded elections, is to overlook the most basic democratic principles which safeguard the electors’ entitlement to choose their public office-holders.

[9] In summarized form, I hereby record, without equivocation, my dissent from the Judgment given by the numerical majority of the Supreme Court Bench. For my part, I would dismiss in its entirety the petition which came up before us, as it was devoid of requisite supporting evidence, just as it did not rest upon the pillars of the Constitution, the ordinary law, or the pertinent elements inherent in the configuration of a democratic election.

[10] In accordance with the terms of Section 26(2) of the Supreme Court Act, 2011 (Act No. 7 of 2011), I hereby reserve the detailed, reasoned edition of my opinion, to be delivered within the next 21 days.

DATE and DELIVERED at NAIROBI this 1st day of September, 2017.

………………………………………………
J.B.OJWANG
JUSTICE OF THE SUPREME COURT

Bakomeza bavuga ku buhanuzi bwa perezida wa leta zunz’ubumwe z’america “Donald J.Trump ko ubuhanuzi bwavuze ko azaba umukuru w’igihugu cy’America taliki 25 mutarama,2016 ari nako byaje kugenda ko yatsinze amatora ubu akaba ariwe mukuru w’igihugu cya leta zunz’ubumwe z’America.

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Bavuga ku itanga ry’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa  ubuhanuzi bwavuze ko azataha wenyine muri gakondo ya bakiranutsi akazasimburwa n’Umwami utuye mu gihugu cy’Umwami kazi (England-UK) nabyo niko byagenze.

Bavuga byinshi bijyanye nubuhanuzi ko byagiye bisohora maze igice cy aba pastors bari bazanye icyo gitekerezo cyo kwamagana Umuhanuzi gisa naho gicitse intenge.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubuhanuzi bumaze kwamamara none abafarisayo(pastors)bafite ubwoba ko abakristu babo bacyemera inyigisho babaha ngo ahubwo basigaye bibera kuri internet.Bakaba babashinja kuba batacyizera abashumba babo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa Jeannette Nyiramongi yarahunze aba mu gihugu ntabashije kumenya,mbona afashe ijerekani ajya kuvoma mu baturanyi aho yaratuye.Ageze kuri rubine(tab)yamazi yicara ku ngiga yari hasi ategereje ko ikijerekani cyuzura.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Nyiramongi abaye impunzi,kandi ubutunzi bwose yiratanaga bumushizeho kuko azakorwa nisoni imbere ya mahanga,isi ikazamubana ntoya cyane akazajya kwihisha mu nzu ya gikene aho abantu badashobora gutekereza ko yaba ariho ari.Iyo nzu nta mazi izaba ifite kandi azaba yihishahisha kugirango adatabwa muri yombi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umwuka wikinyoma wongera kwitoratoza ngo urebe yuko wagaruka k’Umuhanuzi,mbona uri mu butayu bugufiya ariho urimo gutekereza uko wakoresha uburiganya ukagaruka kubeshyabeshya Umuhanuzi ariko birananirana.

Nerekwa inzoka (umwuka wuburiganya,ubugome,ubugambanyi) mbona uturuka mu mwobo ufatanye numusozi kuruhande rwinzira.Mbona yasamiye umukunjo wipantalo nari nambaye urayifata yibwira ngo ifashe umubiri wanjye.Mbona Malaika araje azanye umukasi akata igihanga cya ya nzoka yarifashe ipantalo yanjye.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uburiganya burarangiye kuko ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo(Rhema word)riciriyeho iteka ubwo buriganya bwumwanzi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona nambuka urutindo(Bridge)urwo rutindo rwali rufite amakoni menshi cyane,anyuranamo.Namaraga kwambuka ikoni rimwe ry’urutindo,rigahita risenyuka.Kugeza nambutse urwo rutindo.ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu dore ibibazo bikomeye byose ufite bibonye igisubizo kugirango umenye yuko Uwiteka ariwe Mana yawe Uwiteka Nyiringabo Imana ya ABRAHAM,JACOB,na ISSAC niko Nyiringabo abivuga.

Nerekwa nanone wa mwuka wikinyoma ukiri mu butayu bugufiya,urimo kurisha ahantu ku gasozi hatari ubwatsi kuko bwari bwarumye.Mbona nanone uwo mwuka wikinyoma witoratoza uko wagera k’Umuhanuzi ngo wongere kumuriganya ariko habura inzira wanyuramo.Ndabwira ngo,mwana w’umuntu,dore wa mwuka wikinyoma ukomeje gushakisha inzira zose zishoboka ngo ubune uko waza ku kuriganya nyamara ntibigishobotse kuko wamaze gucirwaho iteka nijambo ry’Ubuhanuzi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar