Igice cya (71) cy’ubuhanuzi

Nov 17, 2017 njyanwa mu iyerekwa mu butayu bugufiya bwo mu majyepfo yuburasira zuba bw’Afrika,nerekwa kandi mbona abakuru bidini rya Islamu “IMAM na BASHEAH” bahagurukira Umuhanuzi AINESHA umugaragu w’Uwiteka Imana Nyiringabo.Mbona ko bagiye gushyira mukaga gakomeye abayisilamu bemeye ijambo ry’ubuhanuzi.

 

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abakuru b’idini rya Isilamu bahagurukije intambara ikurwanya bikomeye,ndetse banarwanya ijambo ry’ubuhanuzi Uwiteka Nyiringabo Imana yawe ukorera kuko abantu bamaze kubashiraho abantu basigaye bitungiwe nijambo ry’ubuhanuzi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ariko abayoboke babo nta bwo bashoboraga kuvuga ibijyanye n’ubuhanuzi,ngo babe babivugira ahagaragara,ahubwo babwiranaga bucece bongorerana.Kubera izo mpamvu byatumye bareka gusubira mu musigiti,abayobozi babo bakajya babona umusigiti ugenda usigaramo ubusa ntibamenye uko gahunda zimeze.Baje gukora iperereza basanga abantu benshi basigaye bitungiwe nijambo ry’ubuhanuzi.

 

Bahita bahamagaza inama ikomeye yiga kuri icyo kibazo,maze basanga nta bimenyetso bafite bigaragaza ko abantu banze kuza gusenga kubera ubuhanuzi ibyo birego basanga bidashobora kubafata kuko usanga burimuntu yisomera mu ibanga ikinyamakuru inyangeNewss.com maze akahasanga ubuhanuzi bigatuma amenya ukuri kubijyanye ni uko Uwiteka Imana Nyiringabo avugana na bantu uko niko Uwiteka abivuga.

Igice cya (70) cy’ubuhanuzi

Bamaze kubona badashobora kwica cyangwa kuba baba shinja ibyaha bidafite ibimenyetso,banzura bavuga bati,umuti wicyi kibazo,ni uko twashakisha Umuhanuzi aho yaba ari hose ku isi tukamuhiga tukamuca igihanga kuko agiye gusimbura ‘MUHAMED’ akatumaraho abantu idini ryacu rigasenyuka tukabura umugati wacu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo bagambiliye ntibigutere ubwoba kuko imigambi yabo itazasohoza mu mahoro,kuko nzaburizamo imigambi yabo yose kugirango bamenye yuko ukorera Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore perezida wa Zimbwabwe Robert MUGABE akuwe ku ngoma.Wibutse abanyagakondorero yuko ari mu bimenyetso bikomeye byanyuma byo kuvaho k’Umwakagara ku ngoma maze agasimburwa nubwami bw’uRwanda buyobowe n’Umwami YUHI VI Bushayija Emmanuel uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umukuru wo mu gihugu cy’ibabylon Kenyatta agiye kongera gukorwa nisoni kugirango amenye yuko mw’Ijuru hari Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuze!

Nerekwa mfata inyamaswa yo mu muryango w’ingeragere (antelope) ndayifata nyica igihanga,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka ategetse umugisha ubyibushye kandi utubutse kugirango ukuzeho uko niko Uwiteka abitegetse!

Nerekwa abanyamuryango ba JUBILEE ishyaka rya Kenyatta bakorwa nisoni zivanzemo nibirori nibyishimo,ariko mbona na banyaryango ba NASA bashyigikiye RAILA nabo bakora ibirori bikomeye cyane kurusha aba jubilee bashyigikiye Kenyatta.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,ibyo ubonye nibigiye kuba mu gihugu cy’ibabylon kuko hagiye kurahira abaperezida [2] bazayobora icyo gihugu cy’ibabylon uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu Kenyatta arakomerewe cyane kuko yashyizweho umugambanyi umugenza kugirango azamujugunye murwabayanga.Kandi dore benshi mu bakomeye barimo kumusaba kutazahirahira ngo arahizwe,kuko igihugu cy’ibabylon kizahita gicikamo kabiri uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umufasha wa mwene data bashakanye mu bushake bwasatani na badayimoni,atoranywa kuzakira “NYAMPINGA” ubwo azaza mu butayu gukorana ubukwe n’Umuhanuzi.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwo mugenzi Kazi Uwiteka yamaze gutegeka ko atandukana nuwo bashakanye bitari mu mugambi wa data wo mu Ijuru.

kandi uwo mufasha we yamaze gufata ibyemezo alimo gushakisha uko yabigeraho bidahungabanije mugenzi we uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Pastor NDAYIZEYE RAURENT yiftanya ni nkozi z’ibibi zikoresha umwuka wibinyoma,maze ndabwirwa  ngo,mwana w’umuntu,uwo mu pastor yaburiwe kenshi ko akwiye kuba maso atazarimbuka ariko ntiyabaye maso kugeza igihe yaciriweho iteka.

None reba aho kwihana ngo ajye imbere y’Uwiteka asabe imbabazi arebe ko Uwiteka yamugirira imbabazi,ahubwo niko arushaho gukiranirwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Inama zose yagiriwe n’umwuka w’Imana yarazisuzuguye niyompamvu atazabura guhanwa no gucirwaho iteka numwuka w’Imana Nyiringabo niko Uwiteka abivuga.

Nov 18, 2017 Nerekwa umwuka w’inzika y’inzigo wongera guhaguruka,maze mfata imwe mu INKOTA zanjye,nyirwanira nuwo mwuka w’inzigo ashaka kuyinjomba munda ariko murusha amaboko ndayimwambura uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zicara hasi zikora inama uko zarebera hamwe uburyo zariganya Umuhanuzi zikaba zamufata mu buryo bworoshye zikabona uko zamuca igihanga.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zicajwe no kugambana zishakisha uko zaguca igihanga,ariko ibyo biracyari kure nkukwezi,kadi bias no gushing umuhunda ku kirenge niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nov 19, 2017 nerekwa abadayimoni [2] umudayimoni w’inkoko nuw’inka baza kurwanya umugisha warumanuwe nijuru muri ministeri y’imali kugirango Umuhanuzi abone uko akomeza imilimo ye.

 

Nerekwa umugisha w’Uwiteka maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,fata inkota yawe maze wice bariya badayimoni bagiye guhagarika umugisha wawe mukirere cy’ubuperesi niko Uwiteka abitegetse!

 

Nerekwa umwuka w’inzika y’inzigo winjira muri gakondo ya bakiranutsi,kujya gusoroma inzabibu mu murima wazo kandi uwo murima ar’Uwiteka Imana Nyiringabo.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,senga Uwiteka Imana Nyiringabo ashyireho inzitizi ku nkozi z’ibibi zidasohoza imigambo yazo niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbwirwa kujya mu murima w’inzabibu kujya guca inzabibu zimaze kwera.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abashyitsi baraje utunganye umutobe winzabibu kugirango abashyitsi nibaza uzabone icyo ubakiriza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mu gihe narindimo gutunganya umutobe,mbona inkozi z’ibibi zohereje abadayimoni bo mu bwoko bw’imbata(duck)hamwe ni nkoko (chicks) maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho genda ufata izo nkozi zikibi kandi uhite uzica imitwe.(bisobanura abadayimoni bavutse bazanywe no ku kurwanya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ndazifata ako kanya nzica ibihanga,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,Uwitekaarakuneshereje kuko inkozi z’ikibi zari zohereje imyuka mibi kugirango baguteze ibibazo mu murimo ukora unanirwe kuwukora niko Uwiteka abivuga.

NOV 20,2017 Njyanwa mu iyerekwa mbona imodoka [3] zaheze mu butayu bugufiya,ngenda ngiye kuzikuramo,maze mbona hari umugore undi nyuma nawe aje kureba ibyizo modokari cyangwa ibinyabiziga.Ariko uwo mugore namubonye ngeze ahatu mukabwibwi kumwijima mwinshi cyane.

Tugeze imbere gatoya ,duhura numugabo ufunze amaboko uriho amapingu.Adusaba kumukuraho amapingu,tuyamukuraho tujyana nawe muri urwo rugendo rwo mu butayu.Agenda atwereka ibindi binyabiziga byahishwe mu butayu kugirango nabyo tubikureyo.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,igihe kirageze kandi kiraje ngo inzego z’ubutegetsi bwo muri gakondo ya bakiranutsi zijyanwe mu butayu bugufiya zijye kwigishwa  kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara yohereza za magigiri mu wa Tanzania wahoze ariwo murwa mukuru “Dar es Salaamkugirango za magigiri zijye kuhateza akavuyo batangire kwica abanyarwanda bahatuye bakanahakorera kugirango bagire ubwoba bwo guhura ngo bajye bakora amanama yo kureba uko bakuraho ubutegetsi bwe.

 

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwoko bwanjye buri mu gihugu cy’Abakaludaya (Tanzania) uti uku niko Uwiteka avuga,mube maso cyane kuko Umwakagara umwana wa Satani yamaze gufata ibyemezo byo kubaca ibihanga ngo kuko imandwa zamaze kumuburira yuko muri icyo gihugu haba hagiye kuvuka umutwe w’ingabo uharanira ubwami bw’uRwanda uko niko Uwiteka ababuriye,kandi ni uko abivuze!

Njyanwa mu iyerekwa mbona abasore bo mu bwoko bwa batutsi baturutse mu gihugu cy’ISAMARIYA,bajyanwa kumashana kurugamba,ariko mbona bafite ubwoba bwinshi cyane,batangira gusenga amasengesho adafatika.

Maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,burira abo bagabo na basore bagiye kujya kurwanira Umwakagara uti,uzajya kurwanira Umwakagara azaba ifumbire yubutaka bwa gakondo ya bakiranutsi,kuko Uwiteka Imana yamaze kumutanga ngo bamurwanye kandi bamuneshe abazamurwanirira bose baciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Dore file number yabazarwanirira Umwakagara baciriweho iteka,N°0083/0011/0017 inteko yo mu ijuru imaze guterana yemeje bidasubirwaho yuko urugamba rw’Umwakagara azarutsindwa,kandi abazamurwanya bose bazanesha bagaca ibihanga ingabo z’Umwakagara kandi Uwiteka azabateza ubwoba mu mutima kuko ari ntawuzabahagarara imbere ngo abahangare uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umusaza usheshe akanguhe warufite imvi zabaye uruyenzi,yari ikinyabibiri,ariko kandi yaranashatse umugore we nawe yarageze muzabukuru.Mbona uwo musaza afata igitsina cye,akirongora abantu bose bareba kumanywa yihangu,maze wa mugore we agira ipfunwe ry’ibyo umugabo we akora imbere yabantu.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abantu bose banga kumva ubuhanuzi bakabusuzugura,ubabwire uti,uku niko Uwiteka avuga.Dore Uwiteka azabakoza isoni kumanywa yihangu,kandi muzajya mwirya mwimare izuba riva kuko mwasuzuguye ijambo ry’Uwiteka.

Isoni zizababera umwambaro muzajya mwambara kumanywa yihangu,mu gihe cyizuba zizababera ubukonje,mu gihe cy’imbeho zizababera ubushyuhe kugirango mu menye yuko Uwiteka ariwe Imana waremye ijuru nisi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abatutsi bari FPR bakomeje kuba babi cyane kubera bakomeje kurwanya umwuka w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Kuko ijambo rye baritera umupira nkuko bakinisha ibindi byose,niyompamvu kuko bahismemo gukinira ikipe ya Satani,Uwiteka nawe ntazabura kubagororera ikibuga bazakiniramo(Hell)aricyo umuriro utazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abavuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara afata za brigade zose za gisirikare azihinduramo amakipe y’umupira wa maguru,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umwakagara politike imaze kumunanira,none ayijyanye mu bigo byagisirikare,mu bwire uti,urabakina amacenga nabo bakagukina ayandi uzabimenya ari uko baguciye igihanga niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi,ko hari inzoka ya cyera cyane yahazanywe na Satani,kandi iyo nzoka mbona ko ihamaze imyaka nimyaniko ikaba ishinzwe guteza akaga nibyago,amakuba nibyago bitandukanye.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,iyo nzoka na Satani ishinzwe kurwana gakondo ya bakiranutsi kuko azi neza yuko icyo gihugu cyatoranijwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo kuzakoreshwa ibikomeye mwisi yabazima.

Mbona ko iyo nzoka nta wundi muntu ubaho uwari we wese wayihangara cyeretse Umuhanuzi wenyine, niwe wahawe ubwo bubasha bwo kuyihangara no kuyica.Niyompamvu abantu benshi bakora umurimo w’Imana badashobora kuyihagarara imbere,utayumviye ngo agwire inda,imuteza ibyago akaga na makuba,kuko baba batazi ikibakubita birabagora ko bayinesha kandi nta nubwo babishobora kuko buri wese akurura yishyira aho rero niho ibategera uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa ingabo za RDF zikora ibishoboka byose ngo zigarurire gakondo y’ubwami,ariko zinanirwa kuyegukana.Mbona ko izo ngabo bazihinduye bazana iza abega,nabo baragerageza ariko nazo zirananirwa.Babonye ko bananiwe bahitamo guhiga Umuhanuzi ngo bamuce igihanga kuko ariwe ubashyiraho amananiza uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa magigiri w’Umwakagara utuye muri CANADA witwa GAKWAYA JEAN MARIE wagambaniye Umwami w’uRwanda KIGELI V Ndahindurwa,mbona ari mukaga gakomeye cyane ahura nibyago bitandukanye.Ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,amaraso y’Umwami w’uRwanda watanze taliki ya 16 ukwakira 2016 aramugarutse kuko ariwe wamugambaniye akamucisha igihanga,ndetse mbona ko Jean Marie yariganije abantu benshi cyane abambura amafaranga mbona ko ubwo buhemu bumugarutse!

Nerekwa ingabo z’abega zifite imbunda ziteguye kurwana,ariko ari nta nkweto zambaye!Zari zambaye amasogisi gusa.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,ziriya ngabo nta butumwa zifite(intego)zirwanira niyompamvu zizaneshwa rugukubita uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abega  bashakisha abakiliya bagurisha gakondo ya bakiranutsi,ariko barababura,bamaze kubona ko babuze abayigura,bahitamo kuyishyira mu maboko ya Satani na barozi hamwe na barozi Kazi.

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,hanura ubabwire uti,iyo gakondo iri mu maboko y’Uwiteka Imana Nyiringabo kuko itazongera gusubira mu maboko y’inkozi z’ibibi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa mbona abega biyamamaza igihugu cyose bagenda bavuga yuko aribo bashoboye gutegeka,ko  abandi bose babanjirije ari nta cyo bakoze.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira abega bareke kubeshya ubwoko bw’Uwiteka ubabwire uti,nta cyo mwigeze mukora cyiza usibye kumena amaraso no kubuza amahoro ubwoko bwanjye nkaho mwabaremye niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nov 21, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona amashyirahamwe ya batinganyi naba lessibiene acirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo.Ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,ucireho iteka izo nkozi z’ibibi kugirango ibikorwa byabo birangire burundu.Ν°0084/0011/0017 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abakinnyi bumupira wa maguru nabo bacirwaho iteka,mbwirwa kubaha numuro yurubanza (file number) N°0085/0011/0017 ndabwirwa ngo baciriweho iteka kuko bamaze guhitamo gukoresha imbaraga z’umwijima mu bikorwa byabo,aho gukoresha imbaraga zabo z’umubiri uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa police na RDF by’umwakagara bamanurwa mu butayu bugufiya kugirango bajye kwigishwa uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo yo mu ijuru yaremye ijuru nisi.Mbona bamanuka gahoro gahoro kugeza bageze mu butayu bugufiya bwo hagati uko niko Uwiteka abitegetse kandi nuko abivuze!

Nerekwa umwuka w’inzika y’inzigo uturutse mu bafarisayo,babazwa ni uko Uwiteka akomeje kwihesha icyubahiro mu milimo alimo gukoresha Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,abafarisayo bajya babeshya ko ngo bakunda Imana kandi ko ngo bayikorera,ariko dore barifuza kugicisha igihanga kuko ubuhanuzi bwabamazeho abantu nta bwo abakiliya babo bakijya mu isinagogi basigaye bitungiwe nijambo ry’ubuhanuzi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa gakondo ya bakiranutsi ifatwa maze ubwoko bw’Uhoraho butaha muri gakondo yabo basezeranijwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo.Mbona abakuru b’ibihugu,nabahoze bayobora ibihugu byabo baza kureba Umuhanuzi ngo abaengere.

Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore nzaba gakondo nkuko nabibasezeranije,kandi isi yose izaza kureba umucyo w’Uhoraho wakurasiye kugirango bamenye ko gakondo yanyu ariho Uwiteka yiturira ariho yashyize ibirindiro bye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuze!

Nov 22, 2017 nerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo wongera kuzuka,maze mbona agatsiko k’Abega bashakisha umukobwa wakwiyita Nyampinga tuzabana wavuzwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo,ngo babe ariwe bakoresha bazamfatireho.Ariko nta bwo bari bazi ko Uhoraho Nyiringabo yarangije kumpishurira uwari we bitakiri mu iyerekwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Kenyatta ari mu Nyanja arimo yogamo,iyo Nyanja yari nini kandi ngari,ariko abamulindaga bari bihagarariye inyuma,abandi barikumwe banga kwinjira mu Nyanja hagati bajya kogera hafi y’inkombe.Mbona ko avuye mu Nyanja indani muri nyina yinjira mu bwato,ariko umuhengeri umubana mwinshi cyane ananirwa kugaruka ku nkombe niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umukuru w’IBUPERESI M7 ajyanwa ku nkengero z’ubutayu ngo abe ariho ategerereza isaha yo kujyanwa mu butayu bugufiya buherereye hafi ya Nyanja iri mu majyepfo y’uburasirazuba bw’Afirika.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwana w’umusita yegereye ubutayu bugufiya kuko mu minsi ibarirwa ku ntoki araba abwinjiyemo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umwuka wikinyoma ujyanwa mu butayu bugufiya cyane kandi bwo hagati kugirango utazagaruka ukaza ku nkengero zawo.Maze ndabwirwa ngo,uwo mwuka ujyanywe mu butayu kugirango imbaraga zawo zigabanuke nawo umenye yuko mu ijuru har’Uhoraho Uwiteka Imana itabara ubwoko bwayo uko niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa intekonshingamategeko ya Kenya ijyanwa kuri wa musozi wubakiwe ishuli ubwoko bwa batutsi basuzuguye umwuka w’Imana Nyiringabo.Nabo bajyanwa kwigishwa uko bubaha Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango batunganirizweho bazaveyo bubaha Uhoraho uburiganya bumaze kubashiramo niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abasore bo mu bwoko bwa batutsi bajyanwa mu butayu bugufiya cyane,kandi bwo hagati.Ubwo butayu buherereye mu majyepfo y’uburasira zuba bwa Africa yuburasirazuba.

Nabonaga ibyo kurya byabo ari za avoca mbisi zidahiye maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,abasore bo mu bwoko bwa batutsi bashyigikiye ubutegetsi bw’Abega bwikinyoma buzababera amenyo yaruguru,kandi bazashiraho ikigeretse kuribyo bazarimbuka kuko bananiwe kwizera no kwiringira ijambo ry’Uwiteka(ubuhanuzi)Imana Nyiringabo niko Uhoraho abivuze!

Nerekwa mama wacu (my anti none sister) Agnes Batumanyeho Emmanuel ajyanwa hafi yubutayu bugufiya buherereye mu majyepfo y’uburasira zuba bw’Africa,aho umwana w’UMUSITA M7 nawe yarari.Mbona ahawe kurya amandazi yitwa Donatti yumuzenguruko ngo mu gihe agitegereje kujyanwa mu butayu bukomeye abe arya ayo mandazi abe ariyo amubera amafunguro ya burimunsi niko Uwiteka abitegetse!

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi imbwa zaho zihabwa umugisha wo kurya inyama (stake) ngo kuko muri 1994 zariye amagupfa,ariko noneho ubungubu zihawe umugisha n’Uwiteka Imana Nyiringabo kurya inyama z’iminopfu kugirango nazo zimenye yuko Uwiteka yazibutse kandi ajya agirira neza ibiremwa byose yaremye ndetse akabyitaho niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa njya kwisoko kugura imishwi y’inkoko za kijyambere,maze ngenda ngiye kuyigura,ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hagiye kuvuka abadayimoni bahagurukiye ku kurwanya nuko rero ube maso cyane kandi wirinde kugirango utagwa mu mutego wabadayimoni niko Uwiteka avuga.

Dore umwanzi yagambiliye kugucisha igihanga,amaze igihe ashakisha uko yasohoza uwo mugambi ariko yabuze uko awugeraho ariko akomeje gutegura izo gahunda ze uko niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa Ihene (umwuka wikinyoma) inyura imbere yurutare rwanjye,iraza ihageze ihagararaho gatoya itangira kurisha utwatsi twaraho ngaho hafi.Mbona ko yikomereje urugendo imanuka ngo kugirango yihute ijye kwitegurira ruhaya ataza agasanga nta cyo yamuteguriye.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka wikinyoma,yari yagambiliye kuza iwawe ariko Uwiteka arawuyobeje urikomereje ntabwo ukije iwawe kuko impamba yikigori yarakuzaniye arayikomezanyije agiye ku cyirira uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo yakera wa Charles Ingabire wishwe na SGT.Rutagungira Rene taliki ya 02 ukuboza 2011, maze urambwira ngo ugiye gusura Rutagungira Rene muri gereza umubaze impamvu yamuciye igihanga kandi nta cyaha yaukoreye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nov 24, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ndimo kwigisha(kuba mwalimu)ururimi rw’igiswahili,abakene nibo bigaga naho abakire babaga bibereye kuri za telephone bivuganira na bantu ibijyanye nubucuruzi.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abakire bazarimbuka kuko bita kubitagira umumaro,ariko abakene bazakiza ubugingo bwabo kuko bita cyane ku ijambo ry’ubuhanuzi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,uburire abanyarwanda uti,uku niko Uwiteka avuga,dore mugiye guhungira mu gihugu cya Tanzania mushatse mwaba mwiga ururimi rw’igiswahili kugirango bizabafashe mubuhunzi niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Kuko French na English nta cyo bizabamarira kuko muri icyo gihugu cy’Abakaludaya bakoresha igikaludaya gusa niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ntoragura igipfunyika cya madollar,maze kugitoragura uwagitaye kandi arongera aragita ndongera ndagitora.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Uwiteka aguhaye umugisha ni mbaraga by’ubuhanuzi kuko ijambo ry’Uwiteka Imana ribaye impamo kubatuye mwisi ya bazima uko niko Uwiteka abivuga.

Ndabwirwa ngo,abana b’abantu bakunda ibifatika,kuvaho kwa Robert Mugabe no gukorwa nisoni kwa Kenyatta nkuko Uwiteka yabivuze,byatumye abasoma ubuhanuzi kandi batizeraga umwuka w’Uwiteka barushaho kwizera Uwiteka Imana ukorera yo mu Ijuru uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuze!

Nerekwa RAILA ODINGA agenda na maguru amanuka mu butayu,ndabwirwa ngo mwana w’umuntu dore Raila ajyanywe mu butayu kuko agiye gutangira intambara yo kurwana na Kenyatta uko niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa Gen.Patrick Nyamvumba ashakisha abakwinjira mu gisirikare cya RDF,arababura akoresha itangaza makuru kugirango arebe ko harabo yabona ababwira utugambo twiza no kubizeza ibitanga,nyamara yabahamagariraga urupfu ariko we akibwira yuko abasore babanyarwanda batazi icyo abahamagarira uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko hagiye kwaduka za bibiliya zanditsemo ni nyuguti nini ko Satani nawe ari (i-I) bafata ijambo imana bisobanura ikigirwamana,barihindura (Imana yo mu Ijuru) (g-G=G) maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uburire ubwoko bwanjye uti,bwoko bw’Uwiteka mwirinde cyane,kandi ufite bibiliya ayikomereho kandi mujye mugenzura cyane bibiliya zigiye gusohoka muriyi myaka kuko umwanzi agiye gukoresha abanditsi ba bibiliya kuyobya ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abantu benshi bagiye gukabya gukiranirwa,kabone naho bazaba babona ibitangaza bilimo gukorwa n’umwuka w’Imana yo mu Ijuru.Bazirengagiza imilimo y’Uhoraho nkaho bazaba batagira amaso maze bitangaza by’Uwiteka babifate  nkibisanzwe kugirango bitazabatera gushaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Maze kurimbuka kwabo,ndetse numujinya w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bikomeze kurushaho kwiyongera kugirango ibyahanuwe bisohoze umurimo wabyo uko niko umwuka w’Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abantu bakina urusimbi bacirwaho iteka.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo linzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ciraho iteka abakina urusimbi kuko Uwiteka abifata nkuburiganya kandi abyanga  urunuka niko Uwiteka avuga.Mfata ibitabo byubucamanza ndeba numero yurubanza ngezeho nsanga ari N°0086/0011/0017 uko niko Uwiteka abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona njya kugura mu iduka amavuta ni pantalo,ariko ibyo nahasanze nibyaturutse muri CHINA,ijambo ry’Uhoraho linzaho rirambwira riti,ibituruka muri China ntabwo ari original babaze nimba badafite ibituruka mu Burayi.

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,nta bwo watunganije neza ibihanurwa nuko wongere ubisubiremo kuko habonetsemo udukosa niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abo muri gakondo uti,umuntu wese ugambana cyangwa akagurisha ubuzima bwa mugenzi we,aba akoze icyaha kitakwihanganirwa.Niyompamvu abahutu bagurishije abatutsi muri 1994,nabo bagiye kugurishwa.

Kandi abacika cumu bakijijwe na bahutu,nyuma y’intambara aho kubarinda nkuko nabo babrinze,ahubwo bakabagurisha  icyo  cyaha bazagihanirwa kuko Uwiteka adashobora kuybihanganira uko niko Uhoraho abivuga.

Dore ubugambanyi buraje abantu bagambaniye abandi,ndetse barabagurishije,ariko abakora gutyo,mu menye ko ibyo bihe bizarangira nkuko ibyushize byarangiye nyuma muzabura aho mwihanira kuko ibyo mugiye gukora mugiye kubikora mwamaze kuburirwa niyompamvu imbabazi z’Uhoraho zizababa kure niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Matayo 6:22-23 niba umucyo ukurimo ari umwijima,uwo mwijima ungana iki?Niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza.Dore abazagambana kandi bagambanye nanubu batari bihana Uhoraho agiye guhora 1×7 kubugambanyi mwakoreye ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo kuko ubu ari cyo gihe cyo guhora k’Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka avuga.

Nov 25, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo,mbona uwo mwuka uza kwiba inkweto zanjye inkweto [4] rumwe rumwe.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu umwuka w’Inzika y’Inzigo uraje kandi ikiwuzanye nukwiba ubutumwa kugirango ubone report uzagutangaho nuko rero rero wirinde cyane kandi ube maso kugirango utagwa mu mutego wawo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa mwene data alimo gushushanya kuri laptop akoresheje software yitwa “PHOTOSHOP” yarafite amashusho [3] ya bantu arimo kugenda ashushanya(edit)maze umwuka w’Uhoraho unzaho urambwira uti,mwana w’umuntu urabe maso kuko umwuka wuburiganya uraje kukwiba amwe mu mabanga  yawe niko Uwiteka avuga.

Dore umwuka wikinyoma uraje kubeshya no kuriganya kugirango ubone report zo kugucuruza niko Uhoraho Nyiringaboavuga.Ariko uwureke uze maze uzabone uko uwuciraho iteka rya burundu kugirango ukurwe mwisi yabazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore mwene so akuwe mwisi yabazima kuko yagambaniye umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kandi kuko umufasha we atigeze amugira inama nziza,nawe ahembwe kuba umupfakazi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Dore kandi azaza avuga ko aje gufatwa utwungucenge twasigaye ariko azaba azanywe na mayira abiri uzamwihorere kuko umuvumo uzaba urimo kumukirigita kugirango nawe acirweho iteka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa idini rya Islam riha musiyo umugabo numugore (abarabu) kuza kugigira Umuhanuzi kugirango acibwe igihanga,maze mbajije uwo mugore barikumwe niba uwo mugabo namwizera aransubiza ati,ntabwo ari uwo kwizerwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa uwahoze ari madamu ahabwa misiyo bundi bushya yo kugambanira Umuhanuzi wahoze ari mutware we,maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Odette yongeye ku kugambanira nkuko yagambanye ngo kuko wamaze kumuciraho iteka rya burundu niko Uwiteka avuga.

Nov 26, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona Inzika ya cyera ihagarika kohereza amashilingi yo kugigira Umuhanuzi,kubera ubukungu bwabo bwifashe nabi.Maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,Uwiteka akoze ibikomeye cyane abambuye ubushobozi bari bafite buragabanutse kugirango aburizemo ibikorwa bakoraga byo ku kubuza amahoro uko niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa pastor Alexander azengurutswe na inkoko za masake bisobanura abadayimoni,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,Alexander akwiye gushaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,naho ubundi ubutayu buramuzengurutse niko Uwiteka avuga.

Nerekwa umwuka wurukoza soni unzaho,ariko zidakabije cyane,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zohereje umwuka wo gukoza isoni ariko nta bwo ziribukugereho niko Uwiteka abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inyama zokeje nizitetse zitegurirwa Umuhanuzi,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore habayeho ubugambanyi bwo mu buryo bubiri,ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari kuruhande rwawe niko Uwitekaabivuga.

Nerekwa RDF bashoreye INKA bisobanura abadayimoni,maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,RDF bagiye gushorera abazimu nabadayimoni bajye kubaragirira mu butayu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Gen.Kayumba Nyamwasa ampigisha uruhindu hasi kutamburira hejuru,maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Nyamwasa ari mu nama hamwe na Ruyenzi barimo gutegura uko baguca igihanga ngo kuko badafite uko bakwirakwiza ikinyoma cyabo mu banyarwanda ngo bazabone uko bafata ubutegetsi maze bashyireho repubulika yikinyoma kandi itemewe namategeko uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,ubwire Nyamwasa uti,wamennye amaraso ya benshi,ariko ay’Umuhanuzi uyibagirwe,gusa nukomeza uwo mugambi wawe ntuzabura gusanga basokuruza iwabo twase vuba cyane.Umuhanuzi nta bwo ari Ingabire Charles,kandi nawe iyo aza kumvira ijambo ry’Uhoraho nta bwo yari gucibwa igihanga niko Uwiteka abivuga.

Nov 27, 2017 njyanwa mu iyerekwa maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uburire abizera ijambo ry’ubuhanuzi bose uti,uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga,umwana wese w’umuhungu uvutse ajya akebwa icyo yambariyeho nkuko ijambo ry’Imana ribivuga uko niko Uwiteka abitegetse.

Nerekwa abubatsi bubakaga inzu bamaze kuyizamura batangira gushyiramo ibyumba(rooms)ariko babikora nabi.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,genda wereke abubatsi uko bakwiye gushyiramo ibyo byumba kuko ariwowe ubufitiye ubushobozi nah obo bakaba ari abubatsi gusa naho ubushobozi bwose bukaba buri mu maboko yawe niko Uwiteka abivuga.

Kuko ufite igishushanyo cyo kubaka ari wowe naho abandi bose bakazagendera kugishushanyo mbonera uzabaha,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntawundi muntu wahawe kuzayobora urugamba rwo gukuraho Umwakagara Atari wowe niyompamvu abagupinga bose bazarimbuka ndetse ntibazabe muri gakondo ya bakiranutsi niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa umugisha ugiye kuza wamaze gutegurwa nabashinze imari bo mu Ijuru “Heaven Ministry of Finance“, maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha wawe uraje ntutinye andi ntugire ubwoba bwo gukomeza gutunganya umurimo w’Uhoraho kuko Uwiteka ariwe Imana yawe niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa intama na bana bazo bankurikira aho ngiye hose,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore naguhaye intama zanjye kuziyobora inzirayerekeza ISIONI kugirango zitazarimbuka uko niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa uburyo Kenyatta yahaye abacamanza intonorano ngo bemeze ko yatsinze urubanza rwamatora yabaye taliki ya 26 ukwakira,2017 kugirango yemererwe kuba umukuru w’igihugu mu myaka  [5] niko Uwiteka abivuga.Ariko nta bwo bizamubuza gukorwa nisoni nkuko ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo ryabivuze!

Njyanwa mu iyerekwa mbona abagabo babiri bacuruza ubuhanuzi mpabwa guhanura babukoresha mu nyungu zabo.Maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo bagabo bacireho iteka kuko barimo gucuruza ijambo ry’ubuhanuzi munyungu zabo kandi wowe uri mu butayu nkaho waciriweho iteka uko niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa Nyampinga na mama we (mabukwe) bangira inama nziza ko hariho idini rishaje kandi rimaze igihe kirekire nta musaruro,maze ribonye ko rigiye gusenyuka abantu bakarishiramo,bahitamo kurimpa ngo ndibere umuyobozi, maze mabukwe na NYIMPINGA barambwira bati,ntiwemere kuyobora ririya dini kuko nabo ubwabo ryabananiye rireke risenyuke maze intama zishakire aho zerekera niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umuntu azana imodoka yo mu bwoko bwa BENZ,ayinjiza mu gipangu,maze imunanira kuyikuramo,haza umugore ngo abe ariwe uyikurano arayikurura ihita icikamo kabiri.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hariho uwitegura kuzana ubuyobozi bwigitanga muri gakondo yabakiranutsi,kandi nta bwo yigeze avugwa mu buhanuzi ubuyobozi bwe nta bwo buzemerwa ahubwo buzatatana niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa amadini y’ibabylon acikamo ibice [2] amwe akurikira RAILA Odinga,naho ayandi asigara mu gice cya Kenyatta.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore igihugu cy’ibabylon gicitsemo kabiri niko Uwiteka abivuga.

Nov 29, 2017 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye guhura numugore usa numwana ariko akaba akuze,nuwo mu bwoko bwa Abakalenjini azaba ari magigiri uramenye uzitwararike kuko yazagucisha igihanga niko Uwiteka akuburiye.

Uyumunsi ubwo narindimo kwandika ubuhanuzi nibwo haje umugore  winzobe kandi muto muto mu maso maze mbona araje anyicara iruhande mbona neza neza asa na wawundi neretswe maze ndamuganiriza nsanga niwawundi nabwiwe ndushaho gutinya no kubaha Uhoraho Uwiteka Imana yanjye nkorera niko Uwiteka abivuga.

Nov 30, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ncumbikiye umusore utarashaka,numugabo ukuze,kandi ufite umugore we.Aba bantu nabonaga arijye ubatunze kuri buri kimwe cyose,nkabazanira amata (NIDO) nisukari,ariko wa mugabo na mugore bakabifata bakabikoresha bonyine wa musore wundi bakamwima ntibamuhe kandi nawe abifitiye uburenganzira.

Ndaza uwo musore ambwira ibyamubayeho,nibyo bamukorera,ngerageza kubabaza ariko baransuzugura,mfata ibyo narimbazaniye mbiha uwo musore,ariko wa mugabo abimwamburira mu maso yanjye numva birantangaje ndumirwa.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo  rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uwo numugani nguciriye kuri beneso bitwaye nabi ntabwo babaye imfura za bakiristu,niyompamvu nabajyanye mu butayu kwigishwa kuba umfura no kuba inyangamugayo uko niko Uwiteka abaneguye urabe wumva birenge niwowe ubwirwa naho jyewe nd’umugaragu gusa ubwirwa ibyo nandika nkabyubahiriza uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka wigifungo abega barimo gutegura,ariko ubanza barimo gushinga umuhunda ku kirenge bitazabahira niko Uwiteka avuga.

Njyawa mu iyerekwa mbona ndi muri gakondo ya bakiranutsi,mbona abarepubulike barayirashe barayipfumagura hose isigara ari imyobo nkiraramo ingunzu.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore abanzi bicyo gihugu,nabanyagihugu bacyo ubwabo bagikomokamo na bantu barebare bafite umubiri urembekereye,nishyanga riteye ubwoba kandi ryahoze riteye ubwoba na bugingo nubu ISSAIAH 18:1

Dore bashenye gakondo yabo,na nubu bagiye kongera kuyisenya,kandi bazayisiga ari umusaka aho inyamaswa zibera ni nyoni nibisiga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Niyompamvu abazakora gutyo,batazabura guhanwa ndetse bazagibwaho umuvumo kuko bashyize imbere inda nikinyoma kugirango bigarurire ubwoko bwanjye kandi bataraburemye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gakondo ya bakiranutsi igurishijwe na FPR,babuze umuguzi (Client) none bayishyize mu maboko ya Abatutsi baturutse IBURUNDI (ISAMARIYA) ngo nibo ntwari zizi kurwana kuko abega bamaze kugira ubwoba bwinshi kuko batigeze barwana urugamba.

Ariko se abatutsi baturutse Isamariya nibo koko bazahagarara imbere yingabo zizaba zije gutabara gakondo y’Uwiteka Imana Nyiringabo?Uko niko Uhoraho nyiribihe byose abibaza,kandi ni uko avuga.

Mu gihe nari nkiri muri iryo yerekwa,mbona gakondo yubwami bw’uRwanda yegeranye na gakondo ya abega,mbona hari abantu barimo kuyihinga bayitunganya bakuramo urwili kuko rujya rwica imyaka ndetse rukangiza nigihingwa cyose gitewe mu murima.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwami burimo kwitonda bukagenzura abantu bose bwifuza gukorana nabwo ejo batazisanga binjije nabacengezi b’abega uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa mbona umuryango wa benegitori nyarwanda,barimburwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo,kubera gukurikira izindimana zikozwe mu maboko ya bana b’abantu.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,bariya ubonye barimbuwe no gukurikira ndetse bagakorera ibigirwamana bitavuga ndetse bitumva,kandi bidashobora gukiza cyangwa ube wabibwira ibibazo byawe ngo bigire icyo byakumarira uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngiye kwagura imbago zawe nzikube inshuro [7] kugirango abakurwanije bose bazamenye yuko Uhoraho Uwiteka Imana yawe yakubereye umugabane nkuko wabisabye niko Uhoraho Nyiringabo abivuze!

Njyanwa mu iyerekwa mbona amapaki menshi yisigara arunze hasi,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore banyarwanda batsinzwe nurubanza rwo kuba abantu bagiye kugambana,kandi bakaba baragambanye mu w’1994 babacisha ibihanga.

None babonye ko Uwiteka ahishuye ibigiye kubaho kandi bazabigiramo uruhare(ubugambanyi)none baciwe intege z’uko ubugambanyi bagiye gukora bushyizwe ahabona kandi ko bamaze gucirwaho iteka niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inyoni yo mu bwoko bw’igisiga cyitwa “FLAMMINGO” kiraza kije kurwana n’Umuhanuzi,haze umugozi uturutse mu butayu ugifunga mu ijosi haza n’Inkota igica ijosi.HArongera haza ikindi cya kabiri,nacyo bigenda uko,haza nicya gatatu nacyo bigenda uko,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zohereje imbaraga z’umwijima ku kurwanya bibwira ko bohereje imbaraga zihambaye none zipfuye zitaranakugeraho niko Uwiteka abivuga.

Dec 1, 2017 ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gakondo ya bakiranutsi ibaye umusaka kandi iciriweho iteka,kuko abega bavuze ko bazayisiga nyuma yuko bayisanze.None irarimbutse kumanywa yihangu izuba ryaka abantu bose nisi yose bareba uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Intambara yo kwizera

Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wowe ubana na bantu,nkwibarize,niki gituma abatizera ijambo ry’ubuhanuzi baburwanya kandi ataribo bwagenewe?

Ese koko nta bwo babwizera?Babwizera se,bakabaye baburwanya?Biragaragara yuko babwizera,kuko iyo utizera icyintu,ntabwo ugifataho umwanya wawe kuko nta cyo kiba kikumariye mu bugingo bwawe.

Niyompamvu batazabura gucirwaho iteka niryo jambo barwanya.Dore umwuka w’Inzika y’Inzigo wongeye kuzuka kandi uhagurukiye kurwanya ijambo ry’Uwiteka Imana yawe ukorera ntibazabura gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bagiye gukora uburyo bwose bushoboka,kugirango barebe uko bakugeraho bagucishe igihanga ariko nta bwo bazabihobora uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umuryango wa bashambo bahamagaza abana babo ngo babanyuze mu muriro babamurikire imandwa zabo.Ndabwirwa ngo”mwana w’umuntu,kuki bakoze icyaha cyingana gutyo”bacishije abana babo mu muriro ngo bazasigare bakorera imana zabo zitumva zitanavuga.Niyompamvu baciriweho iteka mu gihe gisa niki.Dore file number yabo yurubanza N°0087/0012/0017 niko Uwiteka abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona pastor NDAYIZEYE RAURENT n’umucuruzi  NSENGIYUMVA RENOVAT  bakorwa nisoni Uwiteka abashyira ku karubanda kubera gukunda intonorano za Satani.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo bombi bamaze gucirwaho iteka kubera gukunda ubutunzi bwabadayimoni niyompamvu Uhoraho agiye kubakoza isoni kugirango abereke yuko ubutunzi budaturutse k’Uhoraho budashobora kuramba niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona INKA ziri munsi yagakondo ya bakiranutsi mugikombe cyaho,mbona abashumba bazo bazijyanwa mu ishyamba hagati.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore abarepubulike bagiye kuragira abadayimoni.Bazarwana ariko ntabwo bazima ingoma kuko bamaze gutsindwa nurubanza kuko banze kumva iyo ivugira mu ijuru,kandi barwanije umwuka w’ubuhanuzi none baciriweho iteka n’Uhoraho Nyiringabo.Dore numero yabo yurubanza yo gukiranirwa N°0088/0012/0017 niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa mbona insengero zicuruza ubuhanuzi bwahanuwe n’Umuhanuzi AINESHA Majeshi Leon,maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyamadini batangiye gucuruza umugane wawe wagabanye mu ijuru”Spiritual Properties”kandi ikibabaje nta nubwo bashobora no kugira imbabazi cyangwa impuhwe ngo bakoherereze amazi yo kunywa aho uri mu butayu bw’ibabylon.

Nuko rero ntubure kubaciraho iteka,kuko ibyo bavuga batabyemera ahubwo barabikoreshwa nuko abantu bose bamaze kwizera ijambo ryanjye naguhaye guhanurira amahanga kugirango nikirize ubwoko bwanjye.Baraburwanije uko baburwanya bukagenda burushaho gusohoza  umurimo wabwo noe dore bakoesheje uburiganya bwo kuzajya babwigisha kugirango barebe ko abakiliya babo bagaruka murusengero bakabaha ibibatunga.Dore numero ibaciraho iteka N°0089/0012/0017 kuko bakoze ibyo gukiranirwa niyompamvu baciriweho iteka niko Uwiteka abivuze!

Nerekwa umujinya w’Uwiteka umanuka mu Ijuru maze umanukira idini rya Satani”Eglise Vivante”maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore idini rya soothers rikoresha imbaraga z’umwijima zo mu maso riciriweho iteka.Dore numero yurubanza rwabo N°0090/0012/0017 uko niko Uwiteka abivuga.

Dec 2, 2017 Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi munsi ya gakondo ya bakiranutsi mu gikombe cyaho cyo kwerekerwamo.Mbona imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bwa ba (REP) zijyanwa mu butayu burebure(ubuhunzi).Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni bo mu bwoko bw’INKA bajyanywe mu butayu burebure uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka wikinyoma uciriweho iteka.Niyompamvu bajyanywe mu butayu burebure kugirango bazamenye neza yuko Umuhanuzi yarabarimo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,kurwana muzarwana ndetse Umwakagara muzamukuraho kandi nabi,ariko nta bwo muzima ingoma.Kugirango mu menye yuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryali ukuri uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo banyakinyoma ubahe numero yurubanza rwabo kugirango bamenye yuko gakondo ya bakiranutsi atari iyabo,ahubwo iri mu maboko y’Uhoraho Nyiringabo.Dore numero yurubanza rwabo N°0091/0012/0017 uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Gen.James Kabarebe yohereza ingabo muri DR Congo kujya gutega ingago za Uganda zigiye kuza gutera gakondo yabakiranutsi baciye muri  DR Congo.Mbona ako kanya ingabo za RDF zirukanwa nko guhumbya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona ingabo za abega zigeze mu murwa wa GOMA maze Gen.James Kababrebe aza kuzakira kumupaka uhuza Gisenyi na Goma.Mbona imiryango mpuzamahanga isakuza cyane bavugako uRwanda rwongeye gusubira muri DRCongo,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka rirambwira riti,aho niho Umwakagara atsindiwe niko Uhorahoo Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri za RDF zihinduye RPRK,zirongera zihinduramo undi mutwe wiyitirira ingabo ziharanira ubwami bw’uRwanda.Zirongera zihinduramo umutwe washinzwe na Gen.James Kabarebe witwa RUD ukorera muri Congo.

Mbona bakora ibishoboka byose ngo bagere k’Umuhanuzi bavuge ko ngo bakorana nawe maze bazabone dossier bazajyana murukiko no muri Interpol babone uko bancisha igihanga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore barimo guhimbahimba ibinyoma bikomeye ariko bizaba impfabusa,umenye ubwenge kugirango utagwa mu mutego wizo nkozi z’ibibi uko niko Uwiteka Nyiringabo akuburiye kandi ni uko avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Kabarebe arimo gushakisha inzira zose uko yashyira ingabo zizaguma muri DR Congo zizagaruka zisa naho zirwanya leta nyamara zizaba ar’iz’abega zizagutabara zigaturuka inyuma Nyamwasa ningabo ze,kugirango bamuce intege adafata gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa RAILA Odinga arahirira kuba umukuru w’igihugu cy’ibabylon,ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore taliki ya 12/12/2017 Odinga azarahirira kuba umukuru w’igihugu cy’ibabylon,hazaba ari umunsi wa “MASHUJAA DAY” icyo gihe ijambo ry’Uwiteka rizaba risohoje umurimo waryo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore iminsi yagiye kandi Uhoraho agiye gusohoza ibyo yavuze,nuko rero subira kwimenyereza ikinyabiziga kugirango ubwo kizaza uzabashe ku kiyobora ari nta gushidikanya uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mpamagarwa mu bantu bashyizwe kuri “short listed” ya bantu batsinze ikizamini cya kazi twasabye,ariko jyewe ntabwo nari narigeze ngasaba.Maze numva abaraho bose bemeza yuko arijye uza kumwanya wimbere yabandi nanjye ndebye mbona ari ko bimeze.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bamaze kugushyira kuri liste ya bantu bagiye guhabwa akazi,umurimo Uwiteka yavuzeko azaguha akakongerera kuyo warusanganywe none byarangiye akazi karaje witegure kugatangira niko Uwiteka abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona igihugu cy’ibabylon cyuzuyemo icukiro ryamase mu gihugu cyose,mbona Kenyatta ahabwa igikolopesho ngo akolope iryo cukiro ryamase ryuzuye igihugu cyose biramunananira.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore Kenyatta ntabwo azashobora gukemura ibibazo byose biri mu gihugu byatewe nuburiganya bwe bishingiye kumoko uko niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa “NYAMPINGA” aza mu butayu,mu gihe yahageraga mbona icyegera cy’umukuru w’ibabylon William Ruto nawe ajyanwa mu butayu bugufiya.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Ruto ajyanywe mubutayu bugufiya kwigishwa kubaha Uwiteka Imana uko niko Uhoraho abivuga.

Nerekwa inyama zokeje zimaze gutegurwa,maze ndabwirwa ngo,inkozi z’ibibi na abega zamaze gutunganya umugambi wo kugambanira kugirango baguce igihanga.Mu minsi ya vuba uraza kubona bakwandikira bakubwira ibyimitwe yagisirikare na politike bagusaba ko mwakorana ukabafasha murwego rwitangaza makuru niko Uwiteka abivuga.

Dec 2, 2017 nerekwa inyamaswa yo mu bwoko bwa “TIGER” imondo  cyangwa urasamagwe,iri mbere yanjye igenda iva aho narindi.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zakugenzaga zirakuretse nyuma yuko zakwiritseho igihe kinini,none zigiye guhangana n’intambara waganuye ibyo ku kwirukaho birarangiye nta mwanya basigaranye igihe cyabo nigitoya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega bagerageza kumvisha abandi basirikare batari abega kugirango bemere babafashe urugamba.Babemerera amapeti nibindi bihembo byinshi,ariko mbona ko izo ngabo zitari abega zebyemera zireba hasi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa za magigiri za abega zitwa RPRK,ziva muri DRCongo aho zari zarahungiye,zisubira muri gakondo ya bakiranutsi zijyanye amakuru avuga ko,umwana w’Umusita M7,agiye guturuka I Goma afatanije na Gen.Nyamwasa Kayumba Faustin.

Mbona ko Gen.James Kabarebe afashe umwanzuro ukomeye wo gusenya no kurimbura icyintu cyose gifite ubuzima muri Gisenyi.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abatuye I Goma n’Igisenyi bahunge bakize ubugingo bwabo kuko mu minsi irimbere bizaba bikomeye cyane.

Nerekwa za magigiri zose zakoreraga  Assiria mu murwa wa Igoma na Gisenyi zihungira mu murwa mukuru w’Isalem muri gakondo ya bakiranutsi.Mbona abega basenya amazu yose yubatswe na banyarwanda bavukiye iRwanda bita “SOPECYA” umugambi wabo kwari kubakenesha kugirango batazigera babona imbaraga zarwanya ubutegetsi bwa abega.

Nerekwa basenya inzu ya centenary house bavuga ko yubatse mu muhanda,ariko yaramayeri yo kugirango batware icyo kibanza.Mbona bahahuje na cya kibanza gifatanye na SIRWA ya Mironko Plastique,hamwe no kwa Verma.Mbona hagati yo kwa Verma na SIRWA habonetse ifite amazi ajya gusa na white blue iyo sooko ntabwo yarisanzwe yasaga naho ifite ibyo ihamura,ariko bakavuga ko ngo ari iyamazi yumugisha uyanyoyeho wese abona umugisha.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abatutsi baturutse Isamariya no muri “ASSIRIA”  Congo bishyira hamwe ngo barwane urugamba bafashe abega,ariko biranga biba ibyubusa abega batsindwa intambara bakurwa kubutegetsi ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekonnshinga bwima ingoma.

Maze mbona abanyamuryango ba RNC bagira ipfunwe rikomeye ko barwanye intambara yo gukuraho Umwakagara maze bagatsinda intambara ariko ntibafate ubutegetsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona ingabo za abega ziteza akavuyo mbere yuko haba intambara muri Goma na Gosenyi,kugirango abantu bahunge maze babone abasore bahunze badafite aho baba maze bahite babashyira mu gisirikare kuko banze kucyinjiramo ku neza,noneho bakibashyiremo ku nabi badafite aho berekera.Ngubwo ubugome bwa abega uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umuturirwa wo kwa Rubangura ariwo wonyine usigaye mu murwa,naho izindi zose barazisenya bavuga ngo zubatse nabi nta bwo zijyanye nigihe cyabo bagezemo.Ariko mu gihe barimo bategura iyo migambi yabo yose bakurwa ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com

 

Translate »
Skip to toolbar