Igice cya(1) cy’Ubuhanuzi

InyangeNews irabagezaho ibyo Umuhanuzi  Majeshi Leon yahanuye kurwanda, ivanwaho rya perezida  Pasteur BIZIMUNGU, wahoze ari Perezida wa Republika lll, kujya ku butegetsi kwa Paul KAGAME, ivanwaho n’ihunga rya “Petero Celestini RWIGEMA” nihunguka rye, ihunga rya ″Joseph SEBARENZI KABUYE”, amatora ya FPR ya 2003, ihunga rya General KAYUMBA Nyamwasa, na Col. Patric KAREGEYA, iyicwa rya Paul KAGAME, intambara izakurikiraho, itahuka ry’Umwami w’u Rwanda KIGELI V. NDAHINDURWA, no gutangira gukora kwa anti-kristu no kugaruka kw’Umwami YESU.

2 Peter3:1-17 The promise of the Lord’s coming:My dear friends,this is now the second letter i have written to you In both letters, i have tried to arouse pure thought in your minds by reminding you of these things.I want you to remember the word that were spoken long ago by the holy prophets,and the command from the Lord and savior which  was given you by your apostles.

Igice cya (2) cy’Ubuhanuzi

Ubuhanuzi bwo muri gereza

1995 YAFUNGIWE MURI GEREZA YA MULINDI KURI 15,MAJESHI LEON YAHANURIRAGA ABANDI BANYURURU.

UBUHANUZI BWASOHOYE!

Majeshi Léon yaje gufungirwa ku Mulindi wa kigali muri Gereza ya gisirikari yitwa “SORWACI” taliki ya 14 ukwakira ‹october› 1995,hari hafungiyemo abasirikari bagera ku 2.000,MAJESHI Léon, yatubwiye ko babaga bafashwe nabi cyane, ku buryo butangaje.

Buri munsi hapfaga abantu byibuze batari munsi ya bantu (5); bishwe n’imbeho n’inzara, nta byo kurya, nta n’amazi yo kunywa babashaga kubona, nta yarahari.

Usibye ikinogo cyahoze ari toilet cyari inyuma ya gereza.nicyo twajyaga gushakamo amazi yaretsemo tukabona ayo kunywa.

Basenga iminsi (7) amazi apfumuka mu kibambasi:

Icyo kinogo ariko nacyo cyaje gukama, uyu MAJESHI Léon niwe wari umuyobozi w’Itorero ry’aho muri Gereza, yateguye amasengesho y’iminsi irindwi (7) kugirango basenge Imana ibashe kubaha amazi yo kunywa, nibwo ku munsi wa gatanu saa sita na 12:45, Imana yakoze igitangaza amazi apfumuka mu kibambasi cy’inzu abafungwa bose baravoma baranywa batangira guhimbaza Imana yo mu Ijuru.

Umuyobozi wa gereza witwa CPT. NICHOLAS waruhagarariye D.M.I nta bwo byamushimishije yakoze ibishoboka byose ngo azibe amazi ntibongere kubona amazi yo kunywa,Imana iyapfumura hanze ya gereza babura uko bayafunga kandi bareba no hanze hagiye kuba ikidendezi.

Ubwo bahise batureka tukajya tujya hanze kuvoma kubera ko twali benshi cyane muri gereza,kandi bidashoboka ko twese twakoresha ayo mu nzu mu gihe cy’umwanya muto.Mu rwego rwo kwikiza ayo mazi baratureka ngo tuyavome batabitewe ni uko batugiriye impuhwe,ahubwo ar’uko babuze uko babigenza.

Ubuhanuzi bwasohoye:

SHEAH CYAKABARE ATEGA N’UMUHANUZI Majeshi Leon Arapfa.

Icyo gitangaza kimaze kuba, bamwe mubari aho muri gereza, kuko habaga ababaga basohotse bagiye gukora akazi hanze.Barabyemeye abandi ntibabyemera ko ar’Imana yakoze igitangaza,hari umugabo w’umusilamu witwaga Sheah CYAKABARE wahise avuga ko atari Imana yatanze ayo mazi.

Maze atega n’Umuhanuzi MAJESHI Leon, amubwira ko niba ari Imana yabahaye amazi, nyuma y’iminsi itatu azapfe, niba kandi atari yo yabahaye amazi, nyuma y’iminsi itatu ntapfe, ko umuhanuzi Majeshi Leon nawe azaba Umusilamu.

Ku munsi wa kabiri, nk’uko MAJESHI Léon yabitubwiye, uwo CYAKABARE yahise abyimba ikibyimba hagati y’urutugu n’ijosi. Amusaba ko amusengera undi arabyanga. Yajyanywe mu bitarobya gisirikari i Kanombe, ku muns iwa gatatu yitaba Imana.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

GUHIRIMA KW’INGOMA YA PEREZIDA PASTEUR BIZIMUNGU

MAJESHI Léon yahanuye kandi ko ikurwa ku butegetsi rya perezida Pasteur BIZIMUNGU: “ Imana yanyeretse igiti kinini cyane gifite amashami (3), ishami ry’ibumoso ryari rito ugereranyije n’ishami ry’iburyo hanyuma hagasigara ishami ryo hagati rirerire cyane, maze mbona haje umuntu atemye ya mashami yombi uko ari abiri hasigara ishami ryo hagati “ Daniel 4:1″

Ministiri w’Intebe Rwigema Celestini.

Ubwo Imana yambwiye ko ishami ry’ibumoso ari Ministiri w’Intebe Petero Celestini RWIGEMA akaba agiye gukurwa ku butegetsi agahita ahunga igihugu akazongera kugaruka.

Naho ishami ry’iburyo akaba yari Perezida Pasteur BIZIMUNGU ugiye gukurwa ku mwanya wa Perezida agahita ajyanwa mu nzu y’imbohe akazakurwamo ntacyo ashobora kwimarira, hakazasigara uwahoze ari Vice-Perezida akaba ari nawe uzaba Perezida.

Umwuka w’Uhoraho yakomeje kuvuga uko Umwakagara azahura n’ibibazo byinshi cyane kuruta iby’abaperezida bandi bose bamubanjirije.Azaba afite ibyo yifuza byose, ariko n’ubwo aziringira amagare n’amafarashi, ifeza, n’izahabu, nta cyo bizamumarira.

Uwiteka Imana kandi yavuze ko,Uhoraho Nyiringabo azamwanga urunuka ndetse n’abana b’abantu na bo bakazamwanga”.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

Imana yerekanye uwahoze ari perezida wa repubulika y’Urwanda,Pasteur Bizimungu ahagana mu kwa cumi (october) mu 2000 Imana yerekanye ajya kwiga ishuri ryísumbuye ‹secondary school› inagaragaza atsindwa ibizamini asibira mu mwaka yararimo.

Ibi byasobanuraga ibihe bikomeye Bizimungu yaragiye guhura nabyo,kandi bizamara igihe kirekire kujyanwa mu nzu y’imbohe, akazamo kumbabazi za perezida Kagame,byitwa ko atsinzwe urubanza.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

KABUYE Josepf Sebarenzi n’atahuka azashinga Kaminuza:

MAJESHI Léon yahanuriye kandi SEBARENZI KABUYE wari Prezida w’Inteko ishinga amategeko:”Imana yantumye kuri SEBARENZI KABUYE ngo mubwire ko nategura kumwanya w’inteko nshingamategeko ko bagiye kumwica.

Nagiyeyo aho yakoreraga mu nzu y’inteko nshingamategeko hari kuwa (3) njyenda ntagahunda dufitanye nta muteguje ariko kuko ar’Imana yar’intumye aranyakira mu biro bye.

Mubwira ubutumwa bw’Imana yamuntumyeho, arangije arapfukama ndamusengera. Nisubiriye mu byanjye, nyuma y’ukwezi kumwe yahise atoroka igihugu”.Ubuhanuzi buvuga ko Sebarenzi Kabuye azagaruka mu Rwanda nyuma y’ingoma ya nyakubahwa perezida Kagame,kandi azagaruka atari muri politiki,ahubwo azashinga Ishuri rikuru rya kaminuza “University.”

Ubuhanuzi bwarasohoye:

RWIGEMA Petero Celestini ahunga igihugu,anahunguka:

Uyu ni Rwigema Petero Celestini, ubuhanuzi bwamutunze agatoki ko azava ku butegetsi agahunga,ubu akaba yaragarutse mu rwanda,aho agomba guhanirwa hamwe n’abandi bafatikanije gukiranirwa no guhemukira abanyaranda,ninayo mpamvu yahunze akongera akagaruka kuko ubuhanuzi buvuga yuko abamennye awerurweaso bose bazahanirwa aho bayameneye.

Ntabwo rero byashoboka ngo bahunge bigire iburayi na America ngo ubuhanuzi babuhindure ibinyoma ijambo ry’Imana rigomba gusohoza umurimo waryo,kugirango Imana igaragare ko ikiranuka ifite itandukananiro rinini hagati yayo n’Abantu.

Niyompamvu kubera ubutamenye bw’Abantu bibwira ko ari politiki nziza naho Imana yavuze ko izabategera muburiganya bwabo.

LONI IGIYE GUKURAHO UBUHUNZI BW’ABANYARWANDA:

Loni igiye gufata icyemezo cyo gukuraho ubuhunzi bw’Abanyarwanda kugirango basubizwe mu Rwanda.FPR nibona bibaye izishima yuko itsinze igitego,mu banyarwanda b’impunzi batavuga rumwe nabo,ariko igihe cyo kuva kubutegetsi kwayo kizaba kirangiye! kugirango bishyure ibyo bangije.Imana izabasanga no mu mahanga ntaho bazayihungira.

Imana izahemba abakiranutsi,inabarinde,abakiraniwe ibahane:

Igihe rero kirageze ngo Imana yigaragarize,abayikoreye na bo ibahembe, kandi ibicazanye n’ibikoma ngoma, maze ubwiza bw’Imana idapfa bugaragarire abakiranutsi.Nabandi bataratahuka bagiye gutahuka aho FPR izibwira yuko itsinze igitego.

Ahubwo niho umukino uzaba utangiye abakinnyi bakajya mukibuga maze abafana nabo bakicara muri stade amahoro kugirango bamare iminota [90] bareba umupira kugirango utsinda ahabwe igikombe cya Kagame cup.

UKO INGOMA YA PEREZIDA KAGAME PAUL IZAHIRIMA:

Ibyo Imana yambwiye mu mwaka w’Ibihumbi 2000-2001 nyuma yo kuvaho kwa perezida Pasteur Bizimungu,uwari Vice-perezida yahise yima Ingoma,dore ibyo Uwiteka Imna yo mwijuru ibyo yanyeretse:

Nabonye urumuri rwinshi cyane ruturutse mw’ijuru, rw’umuhondo mwinshi maze rukwira igihugu cyose,maze uwanyerekaga arambwira ati, uru rumuri nidarapo rigiye gusimbura irya M.R.N.D kandi iryo darapo rizaba rigizwe n’Izuba,iryo zuba rizaba ikimenyetso cy’Umucyo ku gihugu cy’Urwanda.

Uwiteka arambwira ati dore nyuma yiryo darapo rigiye gusimbura irya M.R.N.D hazakurikiraho guhunga kwa abadaimoni bakoranaga na leta ya perezida Habyarimana.

Aba badayimoni yabakuye mu gihugu cya kongo abahawe na perezida Mobutu  kandi n’Ubundi niho bazasubira kuko ntamwnya bagifite mu Rwanda,ariko bazasimburwa nabadaimoni perezida Kagame yizaniye,ntabwo rero bashobora gukorana kuko banyuranye.

Kandi icyo gihe igice kimwe cya Goma kizashya icyo kizakubere ikimenyetso cyibyo nkubwiye.Nyuma yaho abadaimoni ba perezida Kagame bajye ku ntebe batangire gukorera mu gihugu cyose bahabwe intebe bicare baganze bagubwe neza,ubwo taliki 01/01/2001,abo badayimoni bafashe inzira bajya muri Congo banyuze mu Ruhengeri,abadayimoni bose bahuriye kugiti kinyoni.

Bamaze kuhahurira baragenda bageze mu Ruhengeri barahagarara bakora inama,barangije inama yabo barakomeza bajya mu murwa wa Goma.Nyuma y’iby’umweru (2) Umurwa wa Goma urashya.Uwiteka Imana arambwira ati manuka ujye kureba ibyo nakubwiye kuri Goma,ndagenda nitegereza uko hashya ndangije ngaruka ikigali.

INTWARO MUZAGURA ZO KULINDA IGIHUGU CYANYU,NIZO ZIZAGISENYA:

Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yongera kumbwira ati dore mu gihugu cyanyu, hagiye kubaho ubusambanyi bwinshi cyane kandi butagira umubare kandi dore n’Abakozi banjye bankorera nabo bagiye kwivanga muri politiki ya FPR ,nyuma y’Ibyo hazakurikiraho kugura intwaro zikomeye cyane kandi izo ntwaro zizica abaziguze kuko ntawundi uzatera igihugu cyanyu ahubwo mwebwe ubwanyu muzacikamo ibice binne (4)

Kandi nimwebwe ubwanyu muziyanga mu gahindukamo abanzi b’Igihugu cyanyu.Uwiteka Imana arambwira ati dore umukuru w’Igihugu cyanyu akoze uburiganya akuyeho Pasteur Bizimungu nyamara igihe cye cyari kitaragera.

Akaba ariyo mpamvu ibyo yibwira ko azageraho ntabwo azabigeraho kuko uko iminsi izagenda yicuma imbere,  ninako ibibazo bizarushaho kwiyongera.

AMARASO YAMENETSE MURI GENOCIDE,ATERANIRA HAMWE,KUKIBUGA CYA TAPI ROUGE INYAMIRAMBO,ASABA IMANA GUHORERWA.

Uwiteka abaza Cain,ati,mweneso Abel arihe?Cain arasubiza ati ntabwo nshinzwe kumulinda.Imana iramubwira iti ndumva ijwi ry’Awerurweaso aririra kubutaka,asaba guhorerwa.ITANGIRIRO (4:9,10)

«Genesis 4:9,10» The Lord asked cain,where’s your brother Abel he answer,”I don’t know, a’m I supposed to take care of my brother?Then the Lord said why have you done this terrible things?your brother’s blood is crying out to me from the ground,like a voice calling for revenge.

Aya amaraso ahora ahamagara Uwiteka,amubaza ngo uzaduhorera ryari?

Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yongera kumbwira aya magambo,ngo dore umukuru w’Igihugu ariwe Nyakubahwa perezida Paul Kagame, yavushije awerurweaso y’Abantu benshi cyane none dore awerurweaso ararira niyompamvu ndakajwe cyane no guhorera abatagira kivurira.

Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana arambwira ati, dore Gen. Kayumba Nyamwasa azahunga igihugu ndetse namara guhunga Gen.James Kabarebe azahita aba Ministiri w’Ingabo.

Icyo gihe, guhora kwanjye kuzaba kwegereje, kuko abakoze ibyaha bose naho bahunga bakajya mu mahanga umuvumo w’Ibyo bakoze, uzabasangayo. Kandi icyo gihe mu gihugu cyanyu muzaba muririmba amahoro ariko ntamahoro muzaba mufite ndi Uwiteka ubivuze.

ICYA KIZA IGIHUGU CY’URWANDA:

Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, icyabafasha nkabagirira imbabazi mu igihugu cyanyu, ni uko mwashyiraho umunsi wo kunshima mu gihugu cyose,uwo munsi mukawushyira muri gahunda z’igihugu (CALENDAR) ko nabahaye igihugu, abandi nabo nkaba narabarinze bityo mugashyiraho umunsi umwe ndetse uwo munsi mwese mukawuhuriraho, mukajya kuri (STADE AMAHORO IREMERA)

Mukihana ibyaha mwakoze hagati y’Abahutu n’Abatutsi niho nzabona kubabarira,irambwira iti ujyende urebe pastor Rene Masasu mujyane kwa perezida wa repubulika mu mu bwire ko jyewe Uwiteka ariko mvuze.Ni mutabigenza gutyo igihugu cyanyu sinzakibabarira.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

Imana ituma umuhanuzi Majeshi Leon ku Intumwa Rene Masasu ngo bajyane kwa perezida Kagame Paul bamubwire icyo Imana ishaka kugirango idukirize igihugu:

Yasuzuguye umwuka w’Imana.

Ubwo Imana ikiwerurwea kumbwira ayo magambo nahise mfata imodoka igana ikigali kuko icyo gihe nabaga ku Gisenyi ndaza njya kureba Pastor Masasu Rene musanga kubiro bye aho yakoreraga ku nzu ya KABUGA Feliciani, niho Restauration church ubu yahindutse Evangelical Restoration Church (E.R.C)

Yari ifite ibiro by’Ubuyobozi bukuru bwa Represantation mu bwira ibyo Imana yambwiye byose nawe ansubiza ko nawe Imana yabimubwiye.

Duhana Gahunda ko tuzajya kureba perezida Kagame Paul, nagarutse mvuye igisenyi aranyihisha,yari yanambwiye yuko hari igiterane cyo gusengera igihugu ati nzaguhuza na komite ishinzwe gutegura icyo giterane maze utubwire ibyo Imana yavuganye nawe.

Uwari ayoboye iyo komite yari intumwa ya Satani Paul Gitwaza,nashatse Rene Masasu akomeza kunyihisha,bigeze umunsi wo gusengera igihugu muri stade amahoro ninjoro mfata imodoka nza ikigali,ngeze muri  gare ya nyabugogo saa kumi nimwe nigice (5.30)

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana rirambwira ngo ninsubire ku Gisenyi,numva mbabajwe n’ukuntu nafashe urugendo Imana indebe ntimbuze n’ukuntu nari naniweUhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ngo subira ku Gisenyi vuba nijwi rikomeye cyane.

Ubwo imodoka yanzanye niyo yanshubijeyo.Nyoberwa ibyari byo,naho pastor Gitwaza Paul yari yamaze gutegura gahunda zo guterekerera muri stade igiterane gihinduka icye nkaho ariwe wagiteguye wenyine.

Nibwo yambaye inkanda maze atangira guterekera,afasha icumu mu ntoki,maze arazamuka ajya kuruhimbi sinakubwira akora imihango yagipagani ariko abantu bari bahari abahuma amaso ntibamenya ibyo arimo gukora.

Pastor Rene Masasu yasuzuguye umwuka w’Imana

Imana irambwira ngo Masasu nimureke ngo kuko ari inryarya (a hypocritical person).Ubwo nashatse perezida Kagame,bakajya bamunyima bigeraho ndananirwa mbivaho.

Amatora ya 2003 Imana yarayagaye kubera uburiganya:

25 Aug, 2003 Imana yarambwiye iti ntujye gutora kuko perezida Kagame Paul yamaze kwiba amajwi, nta mpamvu yo kwiyanduza, maze Uwiteka Imana irambwira iti ahubwo jya kuri round point urebe amagambo yanditse ku kibaho gihari  ndakubwira amagambo akurikira, ndazamuka icyo gihe nari ntuye mu kiyovu cyo hepfo ngeze kuri round point Imana irambwira iti ubonye iki?nti mbonye amagambo yanditse ku kibaho.

UMUKURU WISHYAKA RYA FPR,AKANABA PEREZIDA WA REPULIKA Y’URWANDA YIHENURA KU MANA

Kagame Inkingi y’Amahoro, Kagame inkingi ya Demokarasi, Kagame inkingi y’Umutekano.

Maze Imana irambaza iti niki cy’Ukuri muri biriya byose usomye nti nta nakimwe Uwiteka Imana irambwira iti rero umukuru w’Igihugu cyanyu nzamuzamura amere nk’Igiti cy’ingaza werurwe Isi yose izamwubaha azagera ahantu hose,azabona abantu bose bakomeye nzamuha ubutunzi ku buryo abamubanjirije n’abazamuheruka ntawuzangana nawe ariko nzamumanura mukubite hasi nk’Umurwa w’Ibaburooni,kandi ubwami bwe nzabusenya nta n’umwe wabubayemo uzongera kwibukwa ukundi!

BIZARUSHAHO KUBAYOBERA,ISI IBABANE NTOYA:

Maze Imana irambwira iti dore umukuru w’igihugu cyanyu akabije agasuzuguro no kwihenura ariko igihe kiraje ubwo azabona ko ibyo yagezeho ataramaboko y’abana b’abantu yabimugejejeho.

N’ubwo bizagenda gutyo, nta mahoro azabiboneramo ndetse nta n’umunezero azigera agira kuko yiringiye imana z’abanyamahanga,nanjye nzamukoza isoni,nzamuteramo undi mtima mu bantu banjye mbatere kutamwubaha.

Kandi nzamuhozaho igisuzuguriro nyamara ntibizamubuza kugaragara nk’ukomeye,niyo mpamvu nzamuha ibintu byose kugirango mwereke ko ndi Imana ifuha.Kandi dore mbere yuko intambara iba mu gihugu cyawe dore ibimenyetso bizabaho mbere yuko iba:

IBIMENYETSO:

Umuhanda ugana CHUK umunsi bawukoze uzamenye ko ibyo nakubwiye bigiye gusohora.

Umunsi wabonye abavunjayi birukanywe mu mihanda uzamenye ko ibyo na kubwiye bigiye gusohora.

Umuturirwa wa Centinary House:

Umunsi wabonye ahakorera umuryango wa karitasi wa kiliziya Gatolika hasenywe hakubakwa etage uzamenye ko ibyo na kubwiye byegereje,N’ubona isoko rya nyarugenge risenywe uzamenye ko ibyo nakubwiye byegereje,n’ubona gare isenywe uzamenye ko ibyo na kubwiye byegereje.

Umunsi wabonye pastor Rugumbuguza Mashack ahunze uRwanda akajya muri america uzamenye yuko ibyo nakubwiye byegereje gusohora.

N’ubona inzu yo kwa Rubangura Vedaste ivuguruwe uzamenye ko ibyo na kubwiye byegereje,n’ubona iposita isenywe uzamenye ko ibyo na kubwiye byegereje.

Bank ya BNR izakorwamo nabafite amashuri (6) nyuma yintambara nibo bazaba bafite amashuri menshi yisumbuye.

Umuhanuzi Majeshi Leon na NDAYIZEYE Raurent bazahunga igihugu.

National Bank of Rwanda (BNR)

12 dec,2001 nibwo Imana yagaragaje ko Bank nkuru ya BNR izahura nakaga gakomeye gatewe n’intambara izaba mu Rwanda,nyuma y’urupfu rwa Paul Kagame,iyo Bank izakorwamo nabantu bazaba bafite senior six,abo Bantu bakazakora kumwanya wabadirecteur.Bitewe ni uko abantu bazaba barashize,ndetse ubuhanuzi bukomeza buvuga ko nabandi bose bazaba barize bafite Degree ngo bazajya bakora muri za ministeur (2) kubera kubura abantu bazaba bafite ubwo bushobozi.

Irambwira ngo Bank National du Rwanda (BNR) ngo izabona ishyano kuko uzaba director nyuma y’Intambara azaba yararangije amashuri atandatu y’isumbuye.

Nagiye kuri (BNR) mbibwira umugabo witwa Vedaste utuye Igikondo akaba directeur wa exchange mubwira ibyo Imana yambwiye arambaza ati ikimenyetso n’ikihe?

GUHUNGA KWA GEN.KAYUMBA NYAMWASA NIBIMWE MUBIMENYETSO BYASOHOYE,HAMWE NA COL.PATRICK KAREGEYA:

Umunsi wabonye General Kayumba Nyamwasa na col Patrick Karegeya bahunze igihugu uzamenye ko igihe kibyo Imana yavuze kiri hafi.

Imana irambwira iti umunsi wabonye gacaca zitangiye uzamenye ko ibyo na kubwiye biri hafi gusohora,

Bongera kumpamagara bansaba kongera kubandikira ubwo buhanuzi bitwaje ko ubwo na bahaye mbere computer babubitsemo yapfuye,ubwo nafashe computer mbandikira ibyo nibuka ariko mbamenyesha ko General Nyamwasa na hunga kazaba kababayeho.

Umunsi wabonye ikiyovu cyo hepfo bagishenye uzamenye ko ibyo nakubwiye bigiye gusohora

Umunsi wabonye kagugu bayishenye hakurya ya kacyiru uzamenye ko ibyo na kubwiye bigiye gusohora.

DORE ABAKURIKIYE PADIRI OBARD KUBERA IBITANGAZA N’IBIMENYETSO AKORESHWA N’IMBARAGA Z’UMWIJIMA:

Bwarasohoye.

UMUPADIRI UZAKORA IBITANGAZA AKORESHA IMYUKA MIBI,”OBARDI”.

14 Nov, 2003 Imana yagaragaje ko hagiye kwaduka umupadiri uzajya asengera abantu,kuburyo azagarurira kiliziya Gatolika abakiristu bari barayivuyemo,kuko azajya akora ibimenyetso n’ibitangaza,kuburyo nabayisilamu bazva mubayisiramu bakaba abakiristu”uwo mu padiri ni OBARDI”.

N’ubona hadutse umupadiri ukora ibitangaza n’Ibimenyetso uzamenye ko ibyo nakubwiye biri hafi gusohora,(THEOBARD) abantu benshi bakeneye ibitangaza muri iki gihe,ariko hakenewe ubushishozi kugirango mudahitanwa n’imbaraga z’umwijima kuko igihe cya satani gisa nikirangiye!arigukoresha uburiganya bwinshi cyane kugirango arebe ko harabo yahitana ni ukuba maso.

Bwarasohoye:

Eurro:

Umunsi wabonye euro yatangiye gukorera mu gihugu cyawe uzamenye ko byegereje:

Umunsi wabonye amafanga yitwa euro atangiye gukorera mu gihugu cyanyu uzamenye ko ibyo navuze biri hafi, ibyo byose nibimenyetso byasohoye hashize imyaka irenga (10) byarasohoye,ubuhanuzi ni ukubwitondera!Imana igerageza guha abantu umwanya ngo babashe kumenya ukuri kugirango batazagira icyo bitwaza,kuko muri (YOHANA 8:31)”If you know the truth you shall sent be free”rero benedata mwahawe umwanya wokumenya ukuri kugirango Imana izabashe kubakiza igihe kibi kibegereye cyangwa kibari imbere.

Inzara izatera:

N’ubona inzara itangiye mu gihugu cyanyu uzamenye ko biri bugufi cyane.

Imana ya ntumye kuri perezida wa repubulika Paul Kagame 25 Sept, 2005 icyo gihe nigaga kuri KIST maze ndamwandikira mubwira ko n’Abishaka yazaza nkamuha ubutumwa bwe Imana yampaye,urwandiko ararubona maze atuma ba maneko be bari bayobowe na CPT Aloys Mpenzi bansanga kuri KIST uwo munsi hari kuwagatandatu saa inne n’igice maze basanga mfite isomo mbasaba kuntegereza nkarangiza isomo kuko twarangizaga saa sita ndetse banambwira ko batasubirayo batanjyanye ngo kuko bari bamaze igihe banshaka ngo akaba yabanje kubakubita mbere yuko baza kundeba.

Ubwo narangije amasomo tujya murugo bari bafite imodoka ya double cabine y’Umweru tujya kukivigiza aho nari ntuye njya mu gitabo cyanjye nandikagamo ubuhanuzi nkuramo page cumi nebyiri (12) pages turagenda ba maneko be barazimuha ambwira ko nankenera tuzavugana nkamusobanurira ibyo atasobanukiwe muri ubwo buhanuzi.

Ubwo bahise bankatana banjyana mu GP kujya kumfunga maze Imana irambwira iti humura witinya nabateje kutumvikana ntacyo uri bube kandi barakurekura,mbona bakoze inama yihitirwa bananirwa kumvikana nkuko Imana yavuze baraza banshyira mu modoka bansubiza mu rugo ku kivugiza bajyenda bambwira ko bari bagiye kumfunga ngo kuko ubuhanuzi bwanjye bwari burimo ko Umwami w’Urwanda KIGELI V Ndahindurwa azataha akima ingoma.

Bakomeje kungenzura cyane basanga ibyo bantekerezagaho ntabirimo bansaba ko nabemerera bakampa akazi ndabahakanira ko akazi ko kuneka nagashobora kandi Imana itabinyemerera.

Ikindi kimenytso cya cumi na gatanu Imana yambwiye ko Pasteur Antoine Rutayisire umunsi yabaye Pasteur ibyo Imana yavuze bizaba bigiye gusohora.

Ubwo nafashe urujyendo njya kubwira Rutayisire ko azaba Pasteur arambwira ati koko birashoboka ko byabaho nubwo njya mvuga ko ntazaba Pasteur ati ubwo Imana yaba impaye promotion mu mwuka ariko mu mubiri nkaba demoted kuko amafaranga mpembwa muri AEER umuryango nyafurika wivugabutumwa,ntashobora kuyahembwa ndi pastor

Ese koko KIGELI V Ndahindurwa azaba Umwami w’Urwanda.?

10 OCT,2008 Imana yarambwiye turimo dusenga iti imika Umwami w’Urwanda kuko niwe uzasimbura paul Kagame irambwira iti ngiye gusenya imfatiro zisi zose ibyo abantu biringiraga mbikureho, imbwira ko igiye guteza ikibazo mu bukungu bw’Isi ubwo na bwiye abo twarimo dusengana nti Imana imbwiye ko twimika Umwami w’Urwanda KIGELI V Ndahindurwa kandi ko ubukungu bugiye kugwa mw’Isi yose ba byumvise bose bagira ubwoba bwinshi ahubwo bananirwa gusenga ubwo nahise n’Imika Umwami w’uRwanda nkuraho KAGAME PAUL.

Maze Imana imbwira amagambo akurikira.Irambwira iti dore mu bihe bizaza mu gihugu cyanyu hazaba intambara ikomeye cyane ku buryo umuntu umwe azajya kugura buji mu kayanza mu gihugu cy’Uburundi undi ajye kugura buji Igoma mu gihugu cya kongo avuye ikigali,irambwira iti icyo gihe hazarokoka abantu bacye cyane kuko hazapfa abantu benshi cyane!!!

Ngereranyije nihagati ya miliyoni enye (4,000,000) na miliyoni zirindwi (7,000,000) z’Abanyarwanda irambwira iti icyo gihe igihugu kizabamo abanyamahanga, kandi hazabaho amahoro menshi cyane kuko isi yose izaza gushaka amahoro mu gihugu cyanyu, irambwira iti Umwami w’uRwanda KIGELI V.Ndahindurwa, nzamushyira ku ngoma niko uwiteka avuze! kandi icyo gihe azanshima kandi azanyubaha kuko atazagenza nkuko basekuru bagenjenje.

Maze Imana inyereka Perezida Paul Kagame akurwa ku ngoma yicwa n’Abantu batanu (5) harimo umwe w’Inshuti yiringiraga yinshwe yambaye ishati ifite amabara havanzemo amabara y’umweru.

UBUTEGETSI BWA KAGAME IMANA IBUKURAHO:

Ingoma yayikuweho taliki 14 Dec,2009 niho mwijuru bakoze inama bemeza ko KIGELI VNdahindurwa, ariwe uzasimbura Paul Kagame agasubizwa Ingoma yahoranye.

Mbona indege nyinshi cyane zuzuye mukirere cy’uRwanda muri iyo ntambara mbona Ingabo ziturutse mu burengerazuba y’Igihugu zirwana intambara ikomeye cyane ariko ntizafata igihugu, mbona izindi ziturutse mu bice bya CYANGUGU ziganjamo ingabo ngufi nazo ntizafata igihugu, maze mbona izindi ziturutse iburasirazuba bw’Igihugu ziganjemo abasore barebare ariko bari bake cyane kandi umupaka bambukiyeho nta burinzi bwari buhari kuko abari baharinze ntibari bashyigikiye ingoma ya FPR.

Ariko barasaga ibiti n’amabuye mbona baraje bafashe igihugu,maze mbona Umwami KIGELI Ndahindurwa ageze k’Ubutaka bw’Urwanda arunamye arabusomye maze igihugu agikuraho umuvumo cyari gifite amazi ahita adudubiza aturuka mu misozi y’Igihugu kuburyo umuntu warutunze inka imwe yaramutungaga we n’Umuryango we wose.

Amaze kwima Ingoma mbona intara ya KARAGWE mbona igarujwe k’Urwanda maze intara zose z’Urwanda zigaruzwa n’Umwami Kigeli V ndahindurwa, kandi ataha mu Rwanda yatahanye ubwami n’Umwami uzamusimbura amaze gutangaku ngoma ye.

Imana yambwiye n’Amazina yuzamusimbura ku ngoma amaze gutanga ariko sinshobora kuyavuga kuko igihe kitaragera kugeza igihe cyategetswe.

UMWUKA WERA AZAMANUKIRA MU RWANDA AZANYE UBUBYUTSE KU ISI YOSE:

Nyuma yaho hazamanuka imbaraga z’Umwuka wera mu Rwanda hazakorwa ibitangaza nibimenyetso,nibiteye ubwoba bikomeye, isi yose izagira ishyari ndetse bitere ishyari n’ubwoko bwa Israel.kuburyo umwuka wera azakwira isi yose,nyuma yaho agakiza kazahita gasubira muri Israel aho katurutse ku buryo abazaba batarakijijwe bizabagora kuzabona ijambo ry’Imana.

NB:Abafite amasezerano bose basezeranijwe n’Imana bakaba baririnze kwiyanduza n’iby’isi nibo bazakorera Imana icyo gihe.Abazungu bazifuza kuba inshuti z’Abanyarwanda ariko kubera umubabaro bazaba baraciyemo cyangwa bazaba bafite ntabwo bazabitaho kuko icyo gihe ubutunzi Imana Imana yahishe FPR, icyo gihe Imana izabushyira ahagaragara kandi abantu bazakira cyane pe!

Ariko kuko buri muryango uzaba warapfushije abantu babo,ubwo butunzi ntabwo buzabashimisha,ariko hazabaho kugwa cyane,mu bijyanye no kubaha Imana.

Kuko ntacyo bazitaho ndetse no gusenga Imana bazaba batagisenga kuko ntacyo bazifuza byose bizaba bihari. Muri icyo gihe,amahoro azaba ari yose,hanyuma Umwami yesu niho azazira,kandi muri iyo ntambara hazapfa aba Pasteur benshi cyane k’uburyo nta w’uzongera gukinisha ijambo ry’Imana.

Igihugu cyatoranijwe n’Imana.

Ubwoko bwa Israel bwanze kuyoborwa n’Imana bushaka kwiyobora, bu bwira umuhanuzi Samuel ngo turashaka Umwami nkayandi mahanga yose,nyawerurwea ntabwo bari bameze nkayo mahanga Imana imaze kureba imitima yabo Imana yabwiye umuhanuzi Samuel iti siwowe banze nijyewe banze none bareke ubashakire umwami ariko ubabwire ibyo uwo mwami azabakorera,umuhanuzi Samuel asubirayo ababwira uko bizabajyendekera abamenyesha ko azashyiraho n’imisoro dore ko ari nawe watangije imisoro ku isi.

      Jerusalem

Ni muri urwo rwego niba abanyarwanda bashaka kuba nk’ayandi mahanga ntibemere kuyoborwa n’Imana,Imana izishakira Umwami nk’uko yashakiye ubwoko bwa Israel,naho kubijyanye n’intambara nta hantu nahamwe ku isi yose hatazagera ibyago.

kandi muri bibilia mu gitabo mathayo havuga ko mbere yuko Umwami yesu aza hazabaho impuha zintambara ndetse n’intambara nazo zizabaho hazabaho imishyitsi nibindi aya magambo Umwami Yesu yayavuze agirango yereke abigishwa be ibinyetso bizagarariza abantu kuza kwe!Nyawerurwea ntiyari ayobewe ko bazaba batakiriho.

INTAMBARA IZABA MU GIHUGU CYO MU BURUNDI:

Nkurunziza Petero

Nihuse nkajya kubuhanuzi nyirizina Imana yavuganye nanjye mu 2002 imbwira uko intambara yo mu gihugu cy’Uburundi uko izaba ku ingoma ya perezida Peter NKURUNZIZA, ko akwiye gutegeka manda imwe gusa yaba yongeyeho iya kabiri, akaba ariwe uzaba uyihaye ariko Imana ntaruhare ibifitemo!!!

Dore mu gihugu cy’Uburundi hazaba intambara kandi iyo ntambara izaba mbi cyane kandi izica abantu benshi cyane none genda ubwire umukuru w’igihugu cy’Uburundi uti dore intambara izaba kandi iyo ntambara izazanwa nawe ndetse abantu bazasahura benshi bazapfa kandi iyo ntambara izahitana ubwoko bw’Abarabu n’Abahinde batuye muri icyo gihugu.

Kandi iyo ntambara izatungurana uko abantu bazaba batekereza ko itakibaye aho niho izabera!Kandi umubwire uti nzi imirimo yawe ntukonje kandi ntushyushye kubera iyo mpamvu nzakuruka,cyakora niwihana ukuangarukira nanjye nzakugarukira dore igihe cyawe kirarangiye nyawerurwea ni usubira ku ingoma sijye uzaba ngushubijeho kubera iyo mpamvu uzahura n’intambara nyinshi utazashobora gutsinda kandi uzatuma abantu banjye mbasukaho umujinya uko niko Uwiteka avuga.

Ubwo sinahise ngenda mu gihugu cy’Uburundi kubera impamvu zitandukanye ndetse no kuba Imana yari itarampa uruhushya,ubwo taliki 24 Nov,2007 nibwo nahagurutse njya mu gihugu cy’Uburundi nakirwa na chief of protocol witwa Albert,maze abwira nyakubahwa perezida Peter Nkurunziza ko Hari umuntu Imana yatumye uvuye mu Rwanda.

Maze perezida ampa appointment mu gihe naringiye guhura nawe ngo mugezeho ubutumwa Imana yampaye nibwo perezida Abdul wa SENEGAL maze nyakubahwa Peter Nkurunziza ansaba ko ubutumwa nabuha cheef de protocol,ubwo yampaye computer yaraho mubiro bya perezida maze nandika ubutumwa uko Imana yabumpaye.

Nanabahaye n’intsinzi ko bishobotse perezida atakongera kwiyamamaza kuko niyiyamamaza bizateza intambara mu gihugu cy’Uburundi.

Nyuma y’intambara izaba muri iki gihugu nyuma hazasubiraho ubwami repubulika izavaho kuko abantu bazaba bamaze kurambirwa ikinyoma cya Repubulika.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

UBUHANUZI BWA KONGO:

Dore intambara zizaba mu gihugu cya kongo kandi zizamara igihe kinini cyane zitarangira, nyuma yaho ingabo z’uRwanda zizashyokerwa zisubireyo nkuko zamenyereye nkuko byari bisanzwe nyamara zizagaruka zirasa igihugu zavuyemo.

Kandi nizo zizakuraho ingoma ya perezida Paul Kagame”Uwiringiye ijosi rimubyarira umwingo”muri iyo ntambara izaba ikomeye cyane perezida Paul Kagame niho azicuza ko yahemukiye abanyarwanda ariko azabyicuza mu mutima we ntawe azabibwira!

Abanyamulenge Imana irabagaya cyane kuko bagendeye munzira ya Balamu,bananiwe kwiringira Imana yabasekuruza,bayoboka izindi mana,buzuye ubugambanyi,ubwicanyi,ishyari,ubugizi bwa nabi butandukanye!

“Niyompamvu nzababatatanya nkabageza kumpera yisi”.Imana ivuga ko itazabagarura kubutaka bwabasekuruza keretse nibihana ibyaha byabo bakoreye mu mahanga,niho Imana izabagarura mu gihugu cya basekuruza cy’amata n’ubuki.

Kandi Imana yavuze cyane ko ubutaka bw’u Rwanda uhereye aho bwageraga butaracibwamo kabiri na bazungu, n’ubundi izongera kububasubiza ariko icyo gihe abanyarwanda bazaba ari bacye cyane!!!

Ndetse n’igice cya Karagwe kiri ku gihugu cya Tanzania nacyo kizagarurwa ku Rwanda nta ni ntambara izaba ikomeye kugirango u Rwanda ruhasubirane ibyo bice rwahoranye kuko ari Uwiteka wabivuze bizaba bitagoranye icyo gihe igihugu cya Tanzania nta mahoro kizaba gifite,kuko nacyo imyaka kimaze mu mahoro igihe cyabo cyo kuyabura  kizaba kigeze.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

INZARA IZATERA MU ISI YOSE:

24 Mar,2009 Imana yabwiye Umuhanuzi MAJESHI ko hagiye kubaho inzara mu isi yose,iyo nzara ikaba inzara y’ijambo ry’Imana ndetse n’inzara y’ibyo kurya,Imana yamubwiye ko mu Rwanda by’umwihariko ariho inzara izakomera cyane kuruta mu bindi bihugu ugereranije n’ubukungu ibindi bihugu bizaba bifite, hazabaho ikigega gitoragura amafaranga mubaturage kugeza igihe abaturage nta mafaranga bazasigarana.

Icyo gihe nabonaga baka amafaranga abaturage bo mu murenge wa Remera giporoso kugeza aho binjiraga mu mazu bagasanga nta nibyo kurya bafite,kuko icyo gihe byari byabaye itegeko,amafaranga azashira mu gihugu kuburyo abasirikare bazabura imishahara ibahemba,muri icyo gihe abaturage bazatangira kwanga ubutegetsi,kandi habaho ishyari hagati yabagore babategetsi nabacuruzi-kazi kubera ko hazabaho ubusumbane bukabije,ibyo bizatuma batangira kwitotomba mu mitima yabo.

Imana yanambwiye ko iyo nzara izaba iruta izindi zose zabayeho,kandi iyo nzara,mbere yuko iba Imana yavuze ko umukuru w’igihugu izamuteza amahanga akamwanga,ndetse n’inshuti ze yaringiraga,nazo zizamuvaho,aho niho azatangira kugira agahinda mu mutima,no kubona ko yibeshye.

Kuko amazi azaba yarenze inkombe ntagaruriro,abantu bazifuza guhunga batakibishoboye,abagore na bakobwa bazahunga ubukene buzaba buri mu gihugu,bahungire mu bihugu bihana imbibi n’Urwanda. Kandi icyo gihe intambara kw’isi yose zizaba zica ibintu ar’ibicika!

Kandi nta gihugu kizatabara ikindi kubera umujinya w’Uwiteka uzaba umanukiye isi yose kugirango abiringiye imbaraga zabo bakorwe nisoni.

Iyo nzara izaba itewe na Anti-kristu kugirango niba bishoboka yigarurire isi yose abone uko ayitegeka,ariko ntibizashoboka kuko Uwiteka nawe niho abategeye mu buriganya bwabo,kandi iyo nzara izazengereza isi yose kandi nta gisubizo isi izashobora kubona,”cyakora abari muri Kristo Yesu avuga ko ngo Imana izabarinda”.

Avuga ko abatazahunga mu Rwanda iyo nzara izabazengereza cyane kugeza bakozwe nisoni,kuburyo abantu batahunze bazicuza impamvu batahunze,ariko kandi naho bazahungira naho sishyashya,ariko nibura bagerageza kubaho bigashoboka avuga ko yabonye abahutu bimpunzi aribo bazagerageza gukoresha amaboko yabo, ningufu bakagerageza kubaho, uyu muhanuzi avuga ko Imana yongeye kumubwira kubijyanye n’inzara

25 Aug,2010 ikamubwira ko inzara igiye gutera mu isi yose kandi ko iyo nzara izatera abantu benshi kwijujutira Imana, Imana yakomeje imubwira ko bakwiye gusenga kugirango izabashe kubarinda iyo nzara nakaga kazatera isi yose.

ABAKOZI B’IMANA YEMERA BAGIYE GUCYURWA MU IJURU:

NGUWO UMUKOZI W’IMANA WABAYE UMWIRINGIRWA KU MANA MOSES KOLOLA WO MU GIHUGU CYA TANZANIA:

Imana yamubwiye ko ubu ngo yaba ifite ikibazo gikomeye cyane cyabakozi bayo babiri (2)bayikoreraga umurimo wayo neza, ngo bamaze gusaza none ikaba igiye kubacyura bagasanga basekuruza,abo bakozi bayo barimo MOSES KORORA wa Tanzania  uyobora itorero rya Tanzania Assembly of God (T.A.G)

MAURICE CERULLO NAWE AGIYE GUCYURWA MWIJURU YABAYE UMWIZERWA:

MAURICE USA

Imana yakomeje imubwira ko undi mukozi wayo yitwa MAURICE CERUllO wo mu gihugu cyaAmerica, twaboneyeho umwanya wo kumubaza niba abo bakozi b’Imana abazi neza atubwira ko uwo azi ni MOSES KORORA

Twamubajije niba nta bandi bakozi b’Imana ifite yakoresha dore ko abayikorera ari benshi,umuhanuzi Majeshi Leon,yatumenyeje ko ntacyo ibyo yabivugaho ngo kuko Imana niyo izi abayikorera,yakomeje atubwira ko inzara igiye gutezwa mu isi ni idini rinini cyane ku isi yirinze kuvuga mu mazina,kumpamvu z’umutekano we.Adusaba ko twabwira abantu ko bakwiye gusenga no gukiranuka kugirango Imana izatugirire imbabazi ku munsi wa makuba nakaga kagiye gutera isi yose.

Yaboneyeho kutumenyesha ko umuyobozi w’idini rikomeye ku isi yamubonye ananiza abantu bose maze ngo we yibona atamukurikiye mu gihe abandi bose bakurikiye uwo munyacyubahiro we ntabwo yamukurikiye,uwo muyobozi yarafite umunwa nkuwigisiga cyitwa karori kandi yarafite amaso kuri uwo munwa kuva hejuru kugeza hasi,ayo maso yari ayo kureba umuntu wese utamwemera kugirango amugirire nabi.Hasigaye abantu bacye cyane nibo batamuramije ndetse no kumukorera abandi bose ndetse benshi cyane baramukurikiye kuko bari benshi kuburyo umuntu umwe yanganaga nakatsi kamwe.

SATANI AHORA YIBWIRA YUKO ANGANYA IMBARAGA N’UMWAMI YESU:

 Luka 13:31-35

YESU ARIRIRA YERUSALEMU:

Uwo munsi haza abafarisayo bamwe baramubwira bati, va hano, ugende kuko Herode ashaka kukwica”Arababwira ati”ni mujyende mubwire iyo ngunzu muti “Dore arirukana abadaimoni arakiza abantu none n’ejo maze ku munsi wa gatatu azaba arangije rwose! Ariko nkwiriye kugenda none, n’ejo, n’ejo bundi, kuko bidashoboka ko umuhanuzi yicwa atari iyerusalemu.

Ayii !Yerusalemu !Yerusalemu!,we!,wica abahanuzi ugatera amabuye abagutumweho!,ni kangahe nashatse kubundikira abana bawe,nkuko in-koko ibundikira imishwi yayo mu mababa yayo? ntimunkundire? Dore inzu yanyu muyisigiwe ari umusaka,kandi ndababwira yuko mutazambona kugeza ubwo muvuga muti Haleluya uje mwizina ry’Uwiteka.

Ngayo amagambo Imana yambwiye taliki 16/06/2006,ubwo nari mu iyerekwa maze numva umuntu arambwiye ngo nimvuge aya magambo:

Kigaki we,uzabona ishyano kuko wanzeko Uwiteka akubundikira nk’amajyi y’inkoko,dore usigiwe umusaka.

KIGALI! KIGALI! WE!, UZABONA ISHYANO KUKO WANZE KO UWITEKA AGUHISHA MU MABABA YE,NONE DORE IBIKOMEYE BIRAJE,UBONYE ISHYANO,WA MUSOZI WA MONT KIGALI WE!,UBONYE ISHYANO MUSOZI WA MONT JARI WE!,KUKO UZASIGARA URAMATONGO,UKAZASIGARA URI INKEHO,KUKO ABAGUKIKIJE BAZAGUKURWAHO UKWICWA NI RUNGU. UKO NIKO UWITEKA AVUZE.

UMUJYI WA KIGALI, uzasenyuka wubakwe bushyashya:

N’uko numva ngiza agahinda gakomeye cyane,Imana irambwira ngo abanyarwanda ntibashaka kumva ibyo mbabwira,ahubwo bo barashaka kunyumvisha ibyo bambwira,nyawerurwea dore mumaze igihe musenga ngo intambara ntizabe ariko ntakabuza izaba naho hazuka Daniel umugaragu wanjye agasenga sinabihagarika,kuko mwirase ubutwari,ntimuzi yuko iki gihugu arijye wakibahaye!

Naho hazuka Ezekiel,na Yobu,na Daniel (Jeremiah) abagaragu banjye bagasenga iki gihugu sinakibabarira,kuko mwirase imbaraga,ndetse mukanabivuga no mu magambo yanyu!kugirango mwibonere icyubahiro mu mahanga.Sinzabababarira,dore nanababwiye nyuze mubahanuzi banjye, ko mushyiraho umunsi mu gihugu cyose wo kunshima,mwaranze,nanjye kumunsi wa makuba sinzabitaba,nzica amatwi nkuko mwayishe mukanga kumva abahanuzi banjye natumye.

Niyompamvu umurwa wanyu nzawushyira mu maboka yabakaludaya,bazabica,ntaho muzabahungira,kandi amaboko ya Nebukadinezari nzayavunagura,ntimuzongera kumwumva ukundi,kuko yirase imbaraga yivugira imbere yamahanga.

Nyamara kuri wa munsi azamenya ko arijye Uwiteka uvuga,kandi agakora.Icyo gihe abazaba basigaye bazumva ijwi ryanjye nanjye nibampamagara nzabitaba,kugirango numve icyo bifuza,ndetse nzamanurwa no kureba ikibariza kugirango abafite ibikomere mbyomore niko uwiteka avuga.

Ubu buhanuzi,n’ubw’umurwa wa kigali,kuko izabona ishyano ritigeze kubaho,ndetse n’amahanga azatangara ndetse azumirwa,kandi abishimiye ibyago by’umurwa wa kigali bose Uwiteka zabaha nimwumve uko Uwiteka avuga.

INTUMWA YA SATANI GITWAZA:

Nguwo umwuka intumwa Paul Gitwaza akoresha,umuha ubutunzi n’icyubahiro,uyu mudaimon awuhuriyeho na perezida Paul Kagame,ariko Imana yagaragaje ko igihe cyabo cyarangiye kandi nabo barabizi neza ko cyarangiye,Gitwaza yagiye ahanura ibinyoma inshuro nyinshi,muri 2006 yavuze ko mu Rwanda nibigera  muri 2010 ngo umukene wanyuma azaba agenda ku igare,arongera avuga ngo umuseso ubwo watinyutse kumwandika ngo awuhaye amezi 3 ngo uzahita ufunga,nyawerurwea ibyo byose ntibyabayeho.Ibyo bigaragaza ko atari intumwa y’Imana.

Iyo aza kumvira umwuka wera ntacyo byari kumutwara.

06 Aug,2001 Nibwo Imana yanyerekaga uburyo igaya intumwa Rene Masasu,Imana yamugaye ko ari indyarya,agakunda icyubahiro cyane,kandi agakorera mukwaha kwa FPR,ndetse agakoreshwa nabo nka maneko wabo,ibyo ntibisobanura ko ya yobye,usibye ko umurimo akora utamwemerera ko yakwimutaramadika cyangwa agafatanya n’abatizera.

Ndetse Imana yagaragaje ko ashobora kuzayoba niba akomeje gukunda ibyisi,no gushaka icyubahiro cy’abisi,nyawerurwea icyo Imana yamuhaye kirahagije.

13 Aug,2002 Intumwa Gitwaza yahawe imbaraga z’umwijima,izo mbaraga zari izo kumuha Success,mubyo azakora byose,zarimo kumuha icyubahiro,kumuzanira abantu benshi mu itorero babanyacyubahiro,kumenyekana kurwego rw’lisi.

10 OCT,2002 Imana yanyeretse asinyana amasezerano nabakozi ba satani,bitwa abafuramasonel,akorana nabo amasezerano y’imyaka itanu (5) iyo myaka itanu yabwiwe ko izajya kurangira ibyo yifuza byose abigezeho.Anti Christ yamuhaye imbaraga n’igitinyiro,abantu,kandi abantu bakamutinya cyane , n’igikundiro,n’ubukire.

Intumwa ya satani Paul Gitwaza yamwibye iyerekwa n’ubuhanuzi arabyiyitirira.

Umuvugabutumwa Sandaral Sebakara ayivugaho iki?.

Maman Zitonny warukomeye muri FPR-Inkotanyi yabwiye Sandral ko agomba kuza agahagararira abingizi aribo abanyamasengesho, niko kazi yahawe maze Gitwaza aba azamukiye kubuhanuzi bwabandi atyo,ubwo uwo munsi navuye igisenyi nza mu giterane,ngeze nyabugogo Imana irambwira ngo ninsubire igisenyi ngo igiterane kiranduye,ndarakara mbaza Imana nti iyo umbwira kare nkiri igisenyi sinari kukumvira ntarinze ntakaza umwanya wanjye n’umunaniro mfite,kuki unduhije Imana irambwira ngo subirayo ndakubwira n’ugera igisenyi.

Icyari ugushima Imana igihugu kikabona amahoro nicyo gitwaza yahinduyemo Afrika haguruka.

Ubwo imodoka yanzanye niyo yansubijeyo,sinamenya impamvu,maze ninjoro turebera kuri televisiyo mbona Gitwaza yambae nk’umuntu urimo guterekera,yari yambaye kinyarwanda abari bahari barabyibuka yarafite ingabo muntoki ze,yarafashe icumu muntoki,maze abantu baratangara cyane,maze aba avangiye umugambi wamahoro y’igihugu cy’Urwanda aba ashyizemo tena?

Ubwo ibyari ugushima Imana bihinduka guterekera, kuva ubwo Gitwaza yahise aba icyamamare kandi yahise atangiza icyitwa Afrika haguruka, ubwo aba avangiye amahoro abanyarwanda bari bategereje kuva ku Mana,nyamara Imana yari yayatwemereye ariko satani aratuvangira kandi ntitwaba maso,akoresheje abakozi be biyita abakozi b’Imana, ayo mahoro nta handi aboneka usibye kuva ku Mana gusa.

Kuko yararangije umuhango we,mu bwenge abantu ntibamenye icyo yakoze,icyakora bamwe batangiye kumucyeka kuko iyo myitwarire ntaho yarihuriye nibyanditswe byera,niyo myambarire.kugeza ubu igihugu cy’uRwanda kira cyari mu mwenda wogushima Imana.

Paul Gitwaza yakoresheje inama yabapastor ku Kicukiro, abasobanurira uko hari abazungu bashaka gutanga amafaranga million 2 z’amadollar yamanyamerica ngo kubapastor bazemera ko bazajya basezeranya abagabo kubagabo.

Maze abapastor bamwe ntashobora kuvuga amazina yabo bashaka kuyafata,abandi baranga ngo basanze ko nibaramuka bayafashe bizaba ngombwa ko bakora ibyo biyemeje,ese nk’ibyo yabibwiraga abakozi b’Imana ngo bibamarire iki?

Gitwaza abantu baramuzi gusa batinya kuvuga kuko ar’umuntu wamaze gukora amateka y’ubuzima bwe,kubera abantu ayoboye ntawatinyuka kuvugisha ukuri,ahubwo usanga abantu bifuza kumera nkuko amaze.

Intumwa ya Satani Gitwaza yagiye muri Denmark,asangayo abanyarwanda bakora umurimo w’Imana,ubwo bari bamutumiye,maze nyuma yo kubwiriza ubutumwa bwe,ahamagaza komitte,y’urwo rusengero.

Maze ababwira ko nibemera gukorana na Zion Imana izabakorera ibitangaza,ndetse ababwira ko Imana yamubwiye ko harimo abantu Imana yamubwiye gusengera,ababwira ko ubusanzwe we kuko ari intumwa!

Ngo muri z’America iyo asengeye umuntu umwe yishyura 5000$ ngo ariko kuko ari mwebwe kandi mukaba na benewacu buri umwe arishyura amadollar 1000$ ngo ikiganza cy’intumwa kirakomeye s’abantu bose bapfa kukibona,nyawerurwea bibilia ivuga ko twaherewe ubuntu tuzatangire ubundi.

Ubwo abari bayafite barayishyuye,arabasengera,abatari bayafite ntiyabarambikaho icyo kiganza cye!,icyakurikiyeho yahise abacamo ibice 2,abashaka ko afungura zion,nabandi bifuzaga gukomeza gusenga uko yabasanze,yaba anashaka ko bitwa zion agahitamo umushumba muri bo.

Muri abo bose uwari akuze mu mwuka yari Alphani,maze alphani ntiyemera gukorana na Gitwaza Paul maze ahita amuhanuraho,ubuhanuzi bubi ko azabona bona,mu ijoro alphani aryamye Imana imujyana mu iyerekwa imwereka umwuka Gitwaza akoresha uwari wo,imusobanurira neza ko atari umukozi wa Yesu ngo ahubwo akorera Virus yitwa Anti-kristu.

Uyu alphani yaje kuza muri Africa mu Rwanda,aza guhura na Majeshi Leon kwa Pastor Nkundabagenzi Justini utwara imodoka za Rwanda Revenue Authority (RRA) maze batangira kuganira iby’umurimo w’Imana,Umuhanuzi Majeshi Leon atangira avuga ibya Gitwaza uko Imana yamweretse,abivuga ntiyari ayobowe ko pastor Nkundabagenzi Justini atamwemera ko ari umuhanuzi,ubwo Justini akaba yaremeraga Alphani cyane,wenda ubanza ar’uko bari baziranye kuva mu gihugu cy’Uburundi,ubwo aho niho Alphani yatangiye kuvuga ibyo Imana yamweretse kuri Gitwaza Paul,noneho kuko Alphani ataraziranye na Majeshi Leon usibye kuba bari bahuriye kwa Justini ubwo Justini yabaye nkubyemera gato.

NGUWO UMWUKA INTUMWA PAUL GITWAZA AKORESHA,WITWA ELL-UHURU YAWUVANYE MU BUHINDE:

13 Sept,2003 Imana yagaragaje intumwa Gitwaza,imbaraga yahawe zigiye kurangira,ndetse yageragaje kohereza imbaraga zibisazi ngo Umuhanuzi Majeshi Leon abashe gusara,ariko Imana iramurinda.Iyo ufite impano yo kurondora abakoresha imyuka mibi kurwego rwisi,babasha kukumenya bagakora ibishoboka byose ngo baguteze ubukene cyangwa bakwicishe kugirango utazatuma bamenyekana.

Nimuri urwo rwego intumwa ya satani Gitwaza hamwe Gataha Straton uhagarariye urusengero rwa Vivante nawe akaba akoresha imbaraga “Soothsay”izo mbaraga zabo ziba mu maso,iyo bakurebye ugahumbya baba bagutsinze.

Bakoze inama yo kwica umuhanuzi Majeshi Leon maze,birabananira bamwoherereza umudaimon w’umugore kugirango amuhindure umusazi,amugezeho,asanga Imana yamaze kubimubwira maze amubwira neza nijwi rikomeye ko yari yoherejwe na Gitwaza na Gataha Straton,icyo gihe Majeshi Leon ntiyarafite umuntu ashobora kuba yabaza,usibye guhagarara mu kwizera gusa akaba mu mbaraga z’Imana naho ubundi aba yarapfuye,ni uko nyine Imana yabanye nawe.

Iyo uganiriye na Majeshi Leon ubasha kumenya amabanga menshi cyane kubijyanye n’iby’umwuka,akomeza avuga ko gihe murusengero rwa Gitwaza intumwa ya satani, harimo abakiranutse umunani (8) abagore bane (4) n’agabago babiri (2) hamwe n’abasore (2),

.Ikindi kimenyetso kigaragaza ko Intumwa ya Satani Paul Gitwaza ko ari umuhanuzi w’ikinyoma,ngo mu 2008 mu Nkurunziza Paul Gitwaza yaje mu itorero ry’Inkuru Nziza ahanura ko ikipe y’umupira wa maguru y’u Rwanda bita Amavubi ngo izjya mu gikombe cy’isi muri Africa y’Epfo.

Igitangaje ni ukuntu iyo kipe itarenze na majonjora y’igikombe cy’Africa bakunze kwita CAN,iki gikombe gikinwa n’amakipe yabaye aya mbere iwayo,ikindi kimenyetso Intumwa ya Satani Paul Gitwaza yasuye umukozi w’Imana bita Sebakara Sandral ukorera Iremera ahagana hepfo kugi Simenti,aho uwo mukozi w’Imana afite society y’ubwubatsi.

Maze baganira kubijyanye n’umurimo w’Imana,maze Sandral wasengeraga mu matorero 2,ariyo Zaon na Restauration Church ubu yitwa Evangelical Restauration Church (E.R.C), ayo matorero yombi yifuzaga uwo mukozi w’Imana ufite ubutunzi bugaragara,bakaba baramwifuzaga ko yababera umunyamuryango.

Sandral Sebakara yaje kubwira intumwa ya Satani Gitwaza atabizi ko ari buhite amwiba ubuhanuzi bwe,amubwira ko Imana yavuganye nawe,ko mu gihugu hakwiye kubaho umunsi umwe wogushima Imana,ngo Imana kugirango izababarire igihugu cyacu.Ubwo Gitwaza yabikubise mu matwi aba agiye murusengero rwa Zaon avuga ko Imana yamubwiye ko mu gihugu hagomba kubaho igiterane cyo gusengera igihugu,ubwo ibintu biba biguye mu matwi yibikomerezwa bya FPR Inkotanyi bahasengeraga,ubwo bahise bamwegera bamubwira ko rwose bagiye kumufasha gutegura icyo giterane.

Afrika haguruka.

Muri icyo giterane cyarimo gutegurwa jye sinarimbizi, kuko nabaga icyo gihe igisenyi nkakorera Goma, ubwo Imana yavuganye nanjye imbwira ko nkwiye kugenda ngahura na Pastor Rene Masasu wa Restauration Church, nkamusaba ko yamperekeza kujya guhura na perezida w’Inteko nshingamategeko ariwe SEBARENZI wariho icyo gihe,ngahura na Vice-perezida Paul Kagame tukababwira ko Imana yavuze ko uwo munsi ugomba gushyirwa muri Kalendari kugirango uzajye w’ubahirizwa mu gihugu nk’iyindi minsi mikuru yose.

Ubwo Pastor Rene nagiye kumureba nkuko Imana yambwiye,turabonana,mubwira icyo Imana yantumye,ansubiza ko nawe Imana yabimubwiye,ambwira ko hari gahunda irimo gutegurwa na abakozi b’Imana,ngo bashyizeho commite igizwe na Gitwaza Paul ngo akaba ari nawe uyikuriye,hakabamo na Pastor Rene,arambwira ati ubwo tugize amahirwe Imana ikaba igutumye urumva ko aramahirwe ko tuzajyenda nkagushyira kommite ukayibwira icyo Imana yavuganye nawe.

Akomeza agira ati,hanyuma tuzakomeza tujye kureba Vice-perezida kuko nagiye kumureba kugirango mu bwire icyo Imana yambwiye kugihugu baratwakira ariko araza atubwira ko ananiwe kandi ko aziko ibyo tugiye kumubwira ari ibyigiciro gikomeye,ngo none nimusubireye muzagaruke tuvugane neza maze mu mbwire ibyo iyo Mana yanyu yabantumyeho.

Pastor Rene yambwiye ko kuva icyo gihe atongeye gusubirayo,ati rero ubwo mbonye untera imbaraga reka tujyane,ubwo nasubiye igisenyi nitegura kugaruka ngo turangize iyo gahunda ngarutse kumunsi twumvikanyeho Pastor Rene arankwepa sinongeye kumubona,ubwo cya giterane umunsi wacyo warageze,hari mu 2000,abantu benshi batinye ko isi igiye kurngira abantu bahurira kuri stade amahoro,maze Intumwa ya satani Gitwaza niwe wayoboye imihango,mugutegura iyo gahunda nta nubwo bibutse umukozi w’Imana Sebakara Sandral wabahaye ubwo buhanuzi,nibwo yagiye kureba umubyeyi umwe witwa Zitonny ubu ubarizwa muri America amutekerereza ibya mubayeho,n’ukuntu Gitwaza yamwibye ubuhanuzi akabwiyitirira.

Maman Zitonny warukomeye muri FPR-Inkotanyi yabwiye Sandral ko agomba kuza agahagararira abingizi aribo abanyamasengesho, niko kazi yahawe maze Gitwaza aba azamukiye kubuhanuzi bwabandi atyo,ubwo uwo munsi navuye igisenyi nza mu giterane,ngeze nyabugogo Imana irambwira ngo ninsubire igisenyi ngo igiterane kiranduye,ndarakara mbaza Imana nti iyo umbwira kare nkiri igisenyi sinari kukumvira ntarinze ntakaza umwanya wanjye n’umunaniro mfite,kuki unduhije Imana irambwira ngo subirayo ndakubwira n’ugera igisenyi.Icyari ugushima Imana igihugu kikabona

NGUWO UMWUKA WABAROZIKURUWA,STRATON GATAHA UYOBOYE VIVANTE,UMUHESHA UBUTUNZI NA SUCCESS:

Umudayimoni umuha guhirwa

Nguwo Umurozikuruwa mukuru mu Rwanda yahembwe kujya kwa Bush muri America muri gahunda yo ‘kurwanya malariya ku isi,’ ariko wakitegereza ugasanga  adafite n’icyakabiri cy’idini ringana nirya Rene Masasu cyangwa Gitwaza,ariko niwe wemerewe kujya muri America.

Ndetse inkunga zatanzwe na Pastor Ricky Warren Umufuramasonel mukuru kubanyamadini yazishyize mu maboko ya Pastor.Gataha Straton.Uwo n’umufasha we barikumwe,ayo maso ye mureba abamo imbaraga zidasanzwe!!!.

Hari mu mwaka wa 2001 mukwezi kwa (2) ubwo twajyaga gusenga turabantu (7) mu masengesho ya ninjoro,twese uko twari (7) twasengeraga muri Eglise Vivante,twagiye gusengera muri AEER,kabeza aho Pastor.Antoine Rutayise yarabereye umuyobozi,yaduhaye icyumba cyo gusengeramo.

Bitewe n’uko Imana yari imaze igihe imbwira kuri Pastor.Straton natinye kugira icyo namubwira Imana itabanje kumpa ibimenyetso bifatika!Ngo mbone kuvugana nawe.

Ubwo turi mu masengesho,nari kumwe na Olivie, Furaha,Nabandi ntibuka amazina yabo,maze Imana irambwira ngo igiye gukora igitangaza, maze hari saa 4:48 zijoro,numva Pastor.Straton yarampamagaye kuri telephone nari mfite icyo gihe, +25078537451, ndikanga ndamwitaba,arambaza ati urambipye?nti oya!ndamubaza nti pastor hari ikibazo ki?.

Pastor Staraton uyobora Eglise Vivante:

Ati ndumva nabuze amahoro,ibyo nabimubazaga abo turi kumwe bose bumva!Ndamusubiza nti hari ubutumwa Imana yari yakuntumyeho,none nabanje kuyisaba ikimenyetso kugirango menye ko ariyo koko yavuganye najye kandi ko ariyo ikuntumyeho.

Arambwira ati noneho reka ejo kuwagatandatu tuzahurire kurusengero saa 10:00h maze umbwire ubwo butumwa,ndamwemerera buracya mugitondo saa nne turahura,mubwira ukuntu Imana yambwiye ukuntu anywa inzoga!mubwira ukuntu akoresha imbaraga z’umwijima.

Noneho ansaba kuzaza murugo rwe tukaganira,ndamwemerera,tumaze gutandukana Imana irambwira ngo uzajyeyo ariko umenye ko akoresha imbaraga z’umwijima ziba mu maso,iyo akurebye ugahumbya atarahumbya,aba agutsinze,n’uko rero ntuzibeshye ngo uhumbye nagato,kuko uzahita upfa,Imana irambwira ngo jyenda nzabana nawe.

Ubwo kuwa kabiri nkuko twasezeranye nagiye kumureba musangayo,nsanga yanyiteguye,ariko nanjye nari niteguye,maze dutangira kuvugana ntashobora kwibeshya ngo mpumbye amaso yanjye,maze abonye ntahumbya amaso,araceceka,nk’iminota 30,ntawuvugana nundi.

Naho yararimo kwikonsantara ngo andushe imbaraga ariko Imana ibana nanjye ndamunanira,abonye munaniye,ahitwa atsindwa arahumbya,ako kanya Imana irambwira ngo uratsinze ariko va hano vuba utagwa mu muhanda.

Ubwo nahise musezeraho,ariko ansaba kuzivuguruza kubuhanuzi nahanuye murusengero,ngo nzavuge ko ari abantu banyoheje ngo noneho ngaruke murusengero dukorane neza,ubundi Pastor.Straton yarankundaga ngo kuko ntari narakurikiye Pst.Kalinda ngo kandi ari uwiwacu,naho ntakamenye ko ari Imana yahangumishije kubera impamvu zayo,uyu pastor Charles Kalinda mvuze hano,yagambaniwe na Pst.Straton hamwe na Pastor.Eddimo w’Iburundi uhagarariye Eglise Vivante Mu Burundi.

Uyu PST.Eddimo Kivuye, niwe wapangiye PST.Charles Kalinda kujya kwiga mu Bwongereza kugirango PST.Straton Gataha azave kwiga Theology muri Kenya undi ataragaruka bityo azaze asenye ubuyobozi bwose yubatse maze ashyireho ubwe.

Icyo gihe muri vivante hari dayimoni wuturere, bavugaga ko vivante iyoborwa abangolophone, kandi urusengero ari urwabafrancophone.

Imana yantumye kujya kubwira PST.Kalinda Charles ko atagomba kujya kwiga mu Bwongereza yanga kunyumva,arambwira ngo reka ajyende abanze aruhukeho,ubwo yaragiye awerurweayo amezi(8),mu gihe pr.Straton we yarasigaje amezi (6) ngo arangize,muri mace yaje kugaruka pr.Staraton yaragarutse yarakuyeho ubuyobozi bwose,maze babonye ko pastor.Charles Kalinda abakristu bamukunda,bahitamo kumwikiza.

Imana yakomeje kugaragaza ko insore nsore zo murusengero rwa Eglise Vivante bakomeje gusenga cyane bibwira yuko Imana ishobora guhindura ubuhanuzi bwahanuwe kuri urwo rusengero,ubwo buhanuzi bumazr imyaka irenga (10),

Ariko ntanakimwe kizahinduka mubyahanuwe byose,nuko mbona itorero rigenda rishira gahoro gahoro nkuko Imana yabivuze mu (2002) mbona abantu bakora amasengesho yinryankurye,binginga Imana ngo nibura idohore kubuhanuzi bwavuzwe kuri urwo rusengero.

Ariko ntana kimwe kizahinduka ahubwo bazicuza kuba barataye umwanya wabo wubusa ,aho kuwukora ibindi bibafitiye akawerurweo,ahubwo bashishikajwe no guhangana n’ubuhanuzi ngo budasohora”dore uko Imana yavuze Vivante Vivante wari imfura mu matorero yo mu Rwanda,ariko kubera ubwibone bwawe nzagukoza isoni mu werurweembo yamahanga!!!.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

Imana yambwiye ko PST.Charles Kalinda bagiye kumwikiza,hari kuwa 05/02/2002,Imana yabimbwiye ndi mu modoka ya Okapi njya Igisenyi ngeze hagati ya Kigali ngali na Ruhengeri,Imana imbwira yuko agiye gutaha,ubwo pr.Charles Kalinda yaje kurwara,kumubiri we harafuruta.

Maze pastor.Staraton wari yamuteze uburozi amugira inama yokujya kwivuza kumuganga wikorera (Private cabinet) ubwo ibya pastor.Charles Kalinda naho byarangiriye,yahise ajyanwa muri king Faisal,ibitaro bisaba PST.Gataha Straton ko yakwandika ibaruwa imusabira transfer,pr.Straton waruzi icyo yakoze yiburishije iminsi (2) kuwa (3) yari yamaze kumenya ko atagikize,arayandika bamujyana Nairobi agwa mundege ataragera no mu bitaro.Ubwo aba amwikijije gutyo asigarana urusengero atyo!

Ingoma y’Ubwami bw’Urwanda izongera yime.

03 Jan,2002 Imana yagaragaje ko Umwami Kigeli V Ndahindurwa azagaruka kungoma mu gihugu cy’Urwanda akaba Umwami wabanyarwanda n’Urwanda.

Natahuka azubaka kaminuza.

28Jan,2002 Imana yagaragaje uwahoze ari perezida w’intekonshingamategeko KABUYE SEBARENZI ko azagaruka mu Rwanda avuye hanze akubaka amashuri makuru ya University.

Imvura yitwa umutambiko izagwa mu Rwanda.

17 Jan,2002 Imana yagaragaje ko hari imvura izagwa mu Rwanda,kandi iyo mvura izagwira abantu benshi cyane,izabanyagira,abazayirokoka bazaba ari bake cyane.

Uyu muyaga uzawukira azashima Imana.

Imvura ya kabiri izaba ar’iyumuyaga.

05 OCT,2003 Imana yagaragaje ko mu Rwanda hazabaho umuyaga ukomeye cyane,uzateza ibyago bikomeye mu gihugu cy’Urwanda,kuburyo igihugu kizagira akaga gakomeye.Ntacyo Imana ivuga ngo gehere,bitinde bishyire cyera ibyahumetswe n’Imana bizasohora.

Intara ya Karagwe izagaruzwa k’Urwanda

24 Aug,2008 Imana yahishuriye umuhanuzi Majeshi Leon yerekwa agace kurwanda kari kugihugu cya Tanzania kitwa karagwe,ngo yabonye kagaruzwa kurwanda.Ibijyanye naka gace ngo yabyeretswe inshuro zirenze eshanu (5).

Bapfuye bahagaze.

28 dec,2009 Imana yagaragaje ko abarokole bo mu Rwanda bapfuye bahagaze,bose ari imirambo,ngo nubwo bakora umurimo w’Imana ntibibabuza kuba ari intumbi zijyenda zihagaze.

AZONGERA KUBA UMWAMI W’URWANDA?

30Nov,2009 Imana yaongeye kwerekana Umwami Kigeli V Ndahindurwa yongera kwima Ingoma mu gihugu cy’Urwanda.

Imvura ihagaze,niy’umutambiko.

01 Jan,2010 Imana yagaraje cyangwa yahishuriye umuhanuzi Majeshi Leon ko mu Rwanda hazagwa imvura zo mu bwoko (2) imwe yagwaga ihagaze indi yagwaga y’itambitse,bisobanura akaga kazagwira u Rwanda kazaba kadasanzwe.

Umuyaga uzaturuka munsi y’ubutaka utingise amagorofa yubatswe mu mujyi wa kigali atere ibipfukamiro.

03 Jan,2010 Imana yahishuriye Majeshi Leon abona umuyaga wavuye ikuzimu,maze uca munsi y’ubutaka umurwa wa Kigali wabatseho ama ètaje yose yubatswe mu murwa wa Kigali ararigita mukuzimu

18 Jan,2010 Imana yongeye kugaragaza Umwami w’u Rwanda Kigeli V Ndahindurwa yongera kwima ingoma aba Umwami w’Urwanda.

 27sept,2011 Imana yanyeretse iyerekwa rikomeye cyane,aho inyamaswa zo mu rwanda zose zahunze zambaye amazina ya za ministeri za leta ya FPR na perezida Paul Kagame,dore ayo mazina uko yarateye’nabonaga hari inyamaswa zitwa Mineduc,Minisante,Minaloc,nibindi byinshi,ariko icyo nitegereje neza n’inyamaswa yitwaga Radio Rwanda.

Iyo nyamaswa yari mu bwoko bw’inyamaswa yitwa indonki,nabonaga irushye cyane,kandi zahungaga zigana mu majyaruguru yigihugu kuko nabonaga umurwa abarwanya ubutegetsi bwa kagame bawufashe.

UMWAMIKAZI YEZEBERI NYIRAMONGI JEANNETTE KAGAME:

      jezebel

20 OCT,2011 Imana yanyeretse umugore w’Umwami ahabu ariwe Paul Kagame maze umugore we akageranywa n’umugore wa Ahabu, Imana yanyeretse madamu Ahabu Kagame yihebye kuburyo budasubirwaho, noneho yigira inama yokuba yashaka uko yica umugabo we Ahabu Kagame, imwe mumpamvu yamuteye kwiheba Imana yambwiye yuko ngo amaze kubona neza ko urupfu rubasatiriye,kandi ko umugabo we azicwa nabi,noneho hagakurikira abana be,nabo bazamera nkimfubyi nk’izindi zose.

Ubwo muka ahabu Nyiramongi Jeannette yatangiye kugira imigambi yokureba uburyo yakwicisha umugabo we ariwe Ahabu, kugirango nibura hagire umusimbura kubutegetsi amaraso atamenetse,ariko biranga,Imana irambwira iti,ubu umugore wa Ahabu Nyiramongi Jeannete ngo arimo gutegura abantu bashobora gukra ako kazi,ibi ngo atangiye kubitekereza ndetse no gushaka kubishyira mu bikorwa nyuma yo kubona ko ahabu atagifite imbaraga n’ubushobozi bwo guhangana n’ibibazo by’igihugu.

Kandi Imana ivuga ko ngo n’ubundi muka Ahabu azi neza ko umugabo we azapfa ngo none arimo gushaka uburyo yamwiyicira ariko ntihabe intambara ngo kuko ariwe kibazo,cy’Urwanda kandi akaba ar’umugabo utajya agirwa inama.

Ubwo mbona atangiye gushaka abantu bakora uwo murimo wokurangiza Ahabu Paul Kagame,aho kugirango abane be bapfe hapfa Ahabu,uwo ni Nyiramongi Jeannete.

UNDI MUHANUZI WERETSWE IBYA KAGAME HAMWE N’UMWAMI KIGELI V NDAHINDURWA NA PASTORI GASHUMBA WA RWANDA FOR JESUS,NI “Pastor Mbabazi JULES”

Undi muhanuzi waganiriye n’ikinyamakuru inyangenews,n’uwitwa pastor.Mbabazi Jules,yabwiye ikinyamakuru inyangenews ati na bonye ibintu bikomeye cyane ku buryo buteye ubwoba.

Ariko kubera ntuye mu Rwanda kandi nkaba ntinya ko bamenya ko nanjye mpanura, sinshobora kubivuga,cyane ko ubutegetsi bwa FPR bwamerera nabi n’umufasha wanjye akaba akorera muri police y’igihugu ya leta y’Urwanda.

Umudamu wanjye yaturutse muri Uganda,niwe ushinzwe store z’imiti mu gihugu hosemugipolice,ubwo rero urumva ko nta kwikura amata kumunwa.

Ngo Imana yamwetse urusengero Pastor Gashumba wari uyoboye Rwanda For Jesus,ko ruzasenyuka,ndetse nawe agakurwa muri urwo Rusengero rw’Imana.Uyu mukuzi w’Imana akaba n’umukozi wa FPR,avuga ko ngo yahamagaye Pastor Gashumba bagahurira imbere ya T 2000 hirya gato y’Inkuru Nziza akamugezaho ibyo Imana yamweretse.Ngo Pastor Gashumba nta kindi yamusubije usibye kumubwira ko,ibyo Imana izajya imwereka azajya aza abimugezeho,yahise amuha telefone ze,nundi amuha ize.

Uyu w’Imana na FPR,ubu ari gukurikira amasomo yiyoboka mana mu gihugu cy’Ubugande ahitwa WAKISO,hanze y’umurwa wa kampala gato.

Akaba n’umwe mubantu leta ya kigali yakoresheje kugambanira inshuti umuhanuzi Majeshi Leon,niwe wajyaga amwakira aje muri Uganda,akamucumbikira,akamukorera byose,niwe bajyanye kumushakira ishuri yigaho ubungubu ariko yamuhembye kumwitura kumugambanira kandi bose arabahanuzi bakorera Imana imwe.Ubuhanuzi Imana yari yarahaye Majeshi Leon mbere gato yuko ashimutwa ninzego z’ubutasi bwa Uganda yari yamweretse ko Pastor MBABAZI Jules ko azamugambanira.

Ndetse n’umudamu wa Leon nawe Imana irabimwereka.Ubwo Jules yari yaragiye mubiruhuko mukadomo,agarutse umuhanuzi Leon amubwira ko Imana yagaragaje ko azamugambanira,JULES yahise agwa mukantu yigira nkaho ibyo bintu bimutangaje amwereka ko atabikora uhereye uwo munsi ntiyongeye gukandagira muri urwo rugo.

Ubwo yahise atangira gukoresha abandi bantu kugirango umuhanuzi Leon bamuce igihanga.Ese ninde uajya mwijuru niba bimeze bityo?ariko ijambo ry’Imana bibiliya rivuga yuko mubihe bya nyuma abantu bazagambanirana.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

NGUWO UMUSHUMBA WA RWANDA FOR JESUS STEVEEN GASHUMBA WAHUNZE KWIHANA AKABA ABARIZWA MU BWONGEREZA:

Uyu muhanuzi akomeza avuga ko, Imana yagaye cyane ngo n’uwitwa Gashumba wari umuyobozi w’urusengero Rwanda for Jesus ubu ubarizwa mu bwongereza ubu yabaye impunzi yataye urusengero kubera icyaha cy’ubusmbanyi yaramaze igihe agikorera mu itorero.

Bivugwa ko uwo bakoranaga icyo cyaha yaje ku kirambirwa aza kurusengero arabivuga, maze aho kugirango gashumba yihane, afata iyo mugihug cyo Mu Bwongereza. ngo ahunze urubwa,naho ntiyamenye yuko Imana yavuze yuko abo data atahamagaye bose ko azabarandura!nguko uko yataye  umurimo w’Imana n’intama yarashinzwe kuragira.

Akomeza avuga ko undi muntu Imana yagaye cyane ngo n’uwitwa Gashumba wari umuyobozi w’urusengero Rwanda for Jesus ubu ubarizwa mu bwongereza ubu yabaye impunzi yataye urusengero kubera icyaha cy’ubusmbanyi yaramaze igihe agikorera mu itorero.

Bivugwa ko uwo bakoranaga icyo cyaha yaje ku kirambirwa aza kurusengero arabivuga, maze aho kugirango gashumba yihane, afata iyo mu bwongereza.Nawe ngo umurimo w’Imana yawukoraga nka Business.Ariko nyuma yaho yaje kwihana ariko ahunga igihugu kubera isoni z’amaso yabantu.

Uyu muhanuzi Pastor Jules avuga ko ngo Imana yamweretse imisozi ibiri hagati harimo igikombe,maze ngo abona abantu bamwe bari kumusozi umwe,abandi bari kuwundi,ngo abari kuwo hakurya ngo bari bambaye neza,kandi ngo ntibavugaga rumwe na perezida Kagame,ngo uwo muhanuzi Jules yumva Kagame avuga ngo uriya ntawundi ni General Kayumba Nyamwasa ngo biragaragara ko azanyica byanze bikunze.

Ngo kagame yagerageje guhamagara abasirikare ngo akabona batakimwitayeyoho!ahubwo ngo bategereje ko Nyamwasa yatangira intambara bakamushyigikira bagakura Paul kagame.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

Imana yaramuburiye ntiyabihaye agaciro!Umunyamakuru Ingabire Charles.

Ubundi buhanuzi Imana yampaye ndetse bukaba bwaranasohoye, n’ubw’abantu bayoboraga Bank Microfinance zitwiga Ongera Microfinance na Gwiza Microfinance, dore abaziyoboraga: Bishop.Rwandamura yayoboraga Gwiza hamwe na Fred Nyamurangwa, Imana yamuntumyeho mu bwira ko akwiye gusenga kugirango adahura cya Bank igiye guhomba,yarandebye maze ansubiza ko ngo akoreye Imana imyaka 20yrs ngo none Imana yamuhaye akaruhuko,none ngo agiye guhomba?

Ati waravangiwe genda wongere usenge,ubwo nahise musaba ko yansengera kuko yari Bishop,arangije ansubiza muraya magambo ati jyenda wongere usenge hanyuma icyo Imana izakubwira uzagaruke umbwire,nafashe inzira ndijyendera nyuma y’ibyumweru (2) Bank barayifunga.Mbere yuko yitaba Imana navuganye nawe mu kwezi kwa 17.06.2011 mubwira yuko akwiye gusenga kuko Imana yambwiye ko azicwa na za maneko z’Urwanda.

Bucyeye mbwira abayobozi ba Microfinance Ongera,barimo DG.Ingabire Charles n’uwitwa Ernest ko Bank yabo igiye guhomba,ndabwira nti noneho nimuhagarike ibyo mukora byose dusenge Imana kuko mugiye guhura n’ibikomeye cyane kandi nimudasnega ntimuzabikira,maze Director General ariwe Ingabire Charle arambwira ngo My Friend this is an Institution,twamaze kubona (Society Annonnmy).

Bivuze kubona ibyangombwa bibemerera ko microfince yabo ibaye Bank yemewe n’amategeko,ubwo uwitwa ernest yarampamagaye ampa amafaranga ibihumbi 50.000frw arambwira ati genda unsengere jyewe jyenyine ibindi ubyihorere,ubwo naragiye ndamusengera nyuma numva ngo Ongera Microfinance yafunzwe nabayobozi bayo batorotse.

05 June,2011 Imana yanyeretse agirana amasezerano na leta y’Urwanda ngo azajya abaha amakuru aturutse muri RNC naya leta ya Uganda,maze nerekwa mbona Ingabire yemera gukorana n’intasi z’Urwanda bamaze kumushyikira bahita baramwica:

Byatumye mushaka mvugana nawe mubwira ibyo Imana yanyeretse ambwira ko ibyo atabikora kandi ko afite amasezerano abanyamulenge bamuhanuriye ngo atazapfa ahubwo ko azataha igihigu akaba umuntu ukomeye.

buhanuzi bwarasohoye:

Ubuhanuzi bwa sohotse kuwa kanne (4) icyumweru gishize kuwa 13.10.2011.

Ubuhanuzi bwa Col.Muhamari Gaddafi.

Imana yabwiye umuhanuzi Majeshi Leon ko amaherezo ya col.Gaddafi rirangiye hari 13/10/2011 maze ikomeza imubwira yuko nyuma yirangira rya col.Muhawerurwei Gaddaffi ngo intambara iribuhite yimukira mu Rwanda.

17 OCT,2011 Imana yerekanye perezida Paul Kagame nta bantu agifite bamuri inyuma,gusa ngo Imana yagaragaje abagore gusa bonyine ubusanzwe iyo Imana ivuga abantu ntabwo ivuga abagore cyangwa abana,ahubwo ivuga abagabo bonyine gusa.

Imana yerekanye yuko perezida paul kagame ko atari umuntu usanzwe,nkuko abantu babitekereza,ahubwo Imana yahishuye yuko ar’umwuzukuru wa nyirabiyoro mu buryo bwo mu mwuka,ninayo mpamvu yamuraguyeho akamwita Rukirigitangwe rwa Mudatinya,ibyo bisohoye nyuma y’imyaka (280) ushyizemo imyaka (54) kagame afite ubu ngubu,ninayo mpamvu abantu bamutinya,ubundi kagame afite ubushobozi bwo kumenya ibyo utekereza kubera ko we ar’umwuka.

Ibyo Nyirabiyoro yabikoreye kugirango yihimure ku bwami bw’Urwanda. bwasenyeye igihugu cye, we n’umuhungu we. Ubwo bahungiraga Ikaragwe muri Tanzania,nyuma yaho Umwami w’urwanda NDABARASA agasaba Umwami w’ikaragwe ko yamuha abo bantu bahungiye iwe bitewe n’amasezerano bari baragiranye,hagati y’Urwanda n’ubwami bwa karagwe,iyo urebye uko Nyirabiyoro yagiye aragura kuri perezida Habyarimana na perezida Kayibanda usanga batandukanye na perezida kagame,nyuma y’imyaka irenga (280) umudayimoni wa Nyirabiyoro ategetse uRwanda.

Akoreshwa n’umuzimu wa Nyirabiyoro,igice kimwe n’umuzimu,ikindi n’umuntu.

Kagame n’umwuka s’umuntu usanzwe ninayompamvu ubona nabazungu bamutinya,urumva rero kuko ar’umwuka ninayompamvu n’Imana ibikurikirana hafi kugirango umudayimoni wa Nyirabiyoro utazakomeza gutegeka urwanda nyuma yokuvaho kwa perezida Kagame.

Kagame ntawamukuraho usibye Imana yonyine kuko imbaraga afite ziruta iza bantu,niyo mpamvu Imana igomba kugira icyo ikora kugirango irengere ubwoko bwayo.

18 OCT,2011 Imana yagaragaje igihugu cy’Urwanda gifatwa, ariko nta bantu bakirimo,habonetsemo abantu bacye cyane, ndetse ngo abo Bantu bahoze ara basirikare,uyu muhanuzi avuga ko ngo yabonaga abantu batonze umurongo bashakisha za Lessaz Pass cyangwa za pass-port,avuga ko ngo yabonaga leta yagiyeho itangira kwigisha cyangwa gutanga amahugurwa kubantu cyangwa abakozi bayo kugirango babashe gukora akazi ka leta.

19 OCT,2011 Imana yagaragaje training za gisirikare zatangiye, kandi abanyarwanda bose badashaka perezida Kagame, bose bafite umuhate wogukuraho ubutegetsi bwe!, nyawerurwea ntibari bazi yuko ubwo butegetsi bwavuyeho cyera!!

Nuko Imana igaragaza za maneko za Paul kagame, zikanga cyane kubera ko ubutegetsi bwe bwabo bwavuyeho muburyo butunguranye.

Umusaza w’umunyarwanda usengera mu idini ry’Abayisiramu witwa Alphan,nawe yatugejejeho zimwe mu nzozi yarose zikomeye cyane kuburyo umuntu wese yazibwiraga yumvaga harimo ikintu gisobanutse:Ngo yabonye abazungu benshi cyane baje baturutse muri America,maze ngo baza bafite impapuro nyinshi cyane,ngo abo bazungu banyuze mu gihugu cy’Ubugande,maze bavugana na Perezida Museveni,barangije kuvugana nawe ngo bakomeje urujyendo bajya ikigali.

Uwo musaza akomeza avuga ko ngo bageze ikigali perezida Kagme ngo yabakiriye neza cyane,bamaze kwicara bamwereka impapuro bazanye ngo baramubaza bati ariko waruzi yuko iyi Repubulika yawe itemewe n’amategeteko?ngo asubiza ko ngo abizi,ariko ngo nawe niko yabisanze,maze baramubwira bati dore rero Kigeli tuzanye nawe asigaye inyuma,none giravuba uve kubutegetsi.

Imana yatanze amasezerano,ariko abantu bapfiriye murayo masezerano Imana isa nkaho yabaye inyakinyoma,ariko kubera kudahishukirwa ngo bamenye ko harabantu babatwaye amasezerano iyo niyo mikorere ya satani kugirango abantu bave kumana.

Erega burya abarozi iyo baje murusengero nta kindi kiba kibazanye usibye kuneka bakamenya umuntu ufite amasezerano,ndetse hari nabo twita abakiristu naho n’amasega aryana,buzuye ishyari,kandi umuntu wese ufite ishyari ashobora kwica,aba ataragera ku musaraba.

Biroroshye cyane kuneka abarokore kubera dukunda gutanga ubuhamya uwashaka yatanga ubuhamya ariko ntavuge amasezerano ye!Kuko iyo inkozi z’ibibi zitwaye isezerano ryawe,kuyagarura biragoye cyane.Jye byantwaye imyaka (3) nsenga amanywa ninjoro,kandi rero nafashijwe nuko mfite impano yoguhishukirwa tekereza rero udafite iyo mpano abayeho ate?

Abakozi b’Imana bo batangirira mu mwuka bakarangiriza mu mubiri,atar’uko badakunda Imana,ahubwo ntibaba barabaye maso kuko murusengero inshuro nyinshi hazamo abantu batandukanye muri abo bantu harimo nabakozi ba satani. Iyo baje bakaguha amafaranga kimwe cumi utazi aho agikuye cyane cyane abazana icyacumi murugo ntibakizane murusengero abo bantu nukubitondera kuko iyo ufashe amafaranga yabo,cyangwa ukabaguriza amafaranga avuye muntoki zawe biba birangiye nokongera gufata kukagafaranga!ugasanga rero utangiye kwitotomba.

Iyo babonye murusengero harimo abahanuzi,batangira kubaterenya kubashumba kugirango babirukane,uzakurikirane neza harabarwanya abahanuzi,hari nabigira abahanuzi kandi arabakozi ba satani,ibi byose bishingiye kugusenya itorero no kutubuza imigisha Imana iba yaratugeneye.Aha rero birasaba iyerekwa nogusengerwa nabantu buzuye umwuka wera.

Abashumba bakunze kwiyegereza abakire bo murusengero kugirango babashe gufasha itorero mubyifuzo byaryo,nyamara ntuba uzi neza aho aba bacuruzi cyangwa abo bakire aho bakuye ayo mafaranga,abenshi har’igihe baba barayakuye kwa satani,ndetse bakaba banakorera satani aho ngaho murusengero,ugasanga intambara ziratangiye hagati yabakiristu nabashumba nyawerurwea bitakabayeho,dukeneye abashumba bafite iyerekwa bahishukirwa bashobora gutabara itorero rikava mukaga kuko twahawe impano dukwiye kuzikoresha neza.

Umushumba iyo abadayimoni bamaze kumwinjiramo bamuteza ubukene,numwuka w’ubwoba bwogutinya ubukene ibyo bigatuma umushumba atabasha gufata umwanya wogutekereza kwitorero rya kristo ahubwo agatangira gutekereza kubuzima amafaranga,abadatanga icya cumi agatangira kubanga,abakiristu nabo bagatangira kudakunda umushumba wabo kuko satani aba amaze gushyiramo umwuka w’urwango “Rejection spirit”ubwo inyigisho zimeze nk’incuro zigatangira kwigishwa,niyompamvu ibyanditswe bivuga ko ahatari uguhishurirwa abantu bigira ibyigenge kuko baba batayoborwa n’umwuka wera.

Aba barozi iyo bamaze kugutangaho igitambo,gahunda zabo zijyenda neza,naho wowe ukaba mubibazo,iteka ryose igihe utarahishurirwa ngo uhangane nizo mbaraga,niho bamwe bareka gukurikira Imana nabo bakajya mubapfumu ubwo bakaba baratsinzwe,hanekewe umwuka w’Imana kugirango abantu b’Imana babohorwe.

Mubyashishuwe haravuga ngo wasi we ubonye ishyano kuko satani akumanukiye!Satani yamanukanye umujinya udasanzwe,kandi ntashobora kuruhuka numunota umwe nibura ngo abantu bahumekeho,niyompamvu abatazi imbaraga barwana nazo barazikinisha,ariko nubwo bimeze bityo ubuntu bw’Imana bubereyeho kuturengera!kugirango dukomerere muri Kristo Yesu.

Benedata bakundwa twari dukwiye kwiminjiramo agafu kugirango twegukina na satani kuko we ntakina,uzamukinisha azakubabaza ubuzima bwawe bwose,nta nshuti zibaho keretse abageze kumusaraba kandi abo nibake cyane n’umwe kw’imutarama.

Abenshi turasengana ariko ntibaragera kumusaraba kandi abenshi bafite ibindi byabazanye bitari ugushaka ubugingo buhoraho,ahubwo bazanywe no gutata umudendezo wabana b’Imana kugirango babone uko batugirira nabi.Igitanganje n’ukuntu umuntu areka agakiza akajya kwa satani yagerayo bakamuha amabwiriza aruhije akabasha kuyakurikiza mugihe yasenganga atarabashaga gukurikiza amategeko ya Kristo yesu.

Ugasanga bamusabye igitambo akagishaka akagitanga,nyamara kwa kristo igitambo bamusabaga ar’ukwitanga we ubwe,naho kwa satani yatanga ababyeyi bamubyara,yatanga umugore we,yatanga inshuti cyangwa umuvandimwe ariko akabona icyo ashaka!ugirango uwo mutima uhaye Imana yo ntiyabiguha?

Kuba mubushake bw’Imana bigutera kugendera munzira zayo,ariko igiteye agahinda abitwa ko ari beneso bakagushyigikiye ngo bakugirireho umugisha, usanga batangira ku kurwanya.

Ibyo byabaye kuri Yesu Kristo Umwami wabakiranutsi aho yakoze ibitangaza n’ibimenyetso bagatangira kumurwanya bivuye inyuma,ntanubwo bashakaga ko yakiza abantu ahubwo bashakaga ko abaha izo mbaraga noneho abe aribo babikora barusheho kugira icyubahiro,nubu rero abafarisayo ntaho bagiye nubu barahari kandi barakora ntacyo wakora utabanyuzeho ariko wiringiye Imana ishobora kugucira inzira kuko ifite imbaraga ziruta kure cyane iza bantu.

Ubundi itorero ryubakiye kubahanuzi,ndetse ntakintu nakimwe kitubakiye kubahanuzi mur’iyisi ya nyagasani,kuko nibo babasha kuvugana n’Imana,twumvikane yuko hariho abahanuzi bibinyoma ndetse banakora ibimenyetso nibitangaza niba rero udafite umwuka w’Imana ngo agufashe agusobanurire uzagira ibibazo kuburyo kubivamo bizaguhenda.

Niba turabantu b’Imana kuki tugirira ishyari ndetse tukagambanira abitwa benedata?Birumvikana ko tuba tutaragera kumusaraba niyompamvu tutazareka gukorwa nisoni ariko nyuma zikazahinduka ubwiza nicyubahiro bya kristo yesu.

UMUHANUZI-KAZI  ESTHER MUREBWAYIRE:

Mbona umuhanuzi-kazi Esther Murebwayire ababazwa ni uko abantu batemera ubuhanuzi bwe,maze mubona turi kumusozi twagombaga kujyaho,hari hahagaze imodoka itegetreje abahanuzi,mbona munyuzeho arikumwe nundi mudamu bakorana,uwo musozi ntiwari woroshye!

Harimo imikuku kugera kuri iyo jeep yari itegereje abahanuzi byabaga aramahirwe!maze mbona nanditse ubuhanuzi bwa nyuma bwo mu minsi y’imperuka,maze ndangije mbona ngeze kuri ya jeep numva ndanezerewe,maze mbona nitegereza umusozi wari hakurya yuwong’uwo niho satani yarahagaze maze turebana amaso kumaso ndamupepera ndamubwira nti bye ntaho tuzongera guhurira.

IMANA YABAVUZEHO KO IZABAKURA KU NGOMA AMAHANGA AGATANGARA:

Ubuhanuzi buratunga agatoki perezida Museveni ko ashobora kuzaviraho rimwe n’umuhungu we perezida Paul Kagame,yashyize kubutegetsi mu gihugu cy’Urwanda,Imana yagaragaje yuko perezida Museveni azasubira mwishyamba!

Ibimenyetso:

Mu gihugu cya Uganda mugace gakomokamo ibitoki hazaterwa umuyaga kuburyo icyo gihugu kizabamo inzara idasanzwe.Impamvu y’intambara:

Hari umupfumu witwa “IDDY Aba Anana” uwo niwe wafashije perezida Museveni kugera ku butegetsi,yaje gupfa amasezerano bumvikanye perezida Museveni yemeye atarayuzuza,ibyo byatumye uwo mupfumu apfana agahinda kuburyo umwuka we niwo uzagaruka guhorera ibyo M7 atubahirije,uwo mwuka wabadayimoni azasenyegura igihugu cya Uganda agisiribange yiwerurwee agahinda!!!!!!!!!

Azasubira mwishyamba azajyana nabasirikare 16 harimo umugore umwe ukiri muto,ahungira ahantu h’umusenyi mwinshi cyane,kandi ntagihuru cyo kwihishamo kizaba gihari cyangwa igiti kuko umuyaga uzaba waragushije ibintu byose ihagaze.

Perezida Museveni azahindagura abayobozi kuburyo butunguranye,abashaje abasimbuze insoresore zirangije muri za kaminuza.

Cheif of Operations and Training UPDF Bulgedeir General Silver (RIGHT) and Commandaer Special Forces Lt. Col. Muhoozi Keinerugaba (standing) also a paratrooper points at paretroopers jumping from a plane at Nakasongola on Sunday. President Museveni Passed out 152 Paratroopers at Nakasongola Airbone School on 24/08/2009. PPU PHOTO

Perezida Museveni azarwara indrwara nk’iyo perezida “MOBUTU SESEKO WAZABANGA” yarwaye,udusabo tw’igitsina tuzameneka!Mubugande hazaba intambara iteye ubwoba kandi hagati y’ibihugu byombi uRwanda n’Ubugande ntawuzatabara undi,kandi abagande bose bazanga perezida Museveni bajye inyuma y’Umwami wabugande,icyo gihe intambara izaba ica ibintu mu bihugu byo mukarere k’ibiyaga bigari.Hazabaho ububyutse bw’ibyaha by’ubusambanyi,kuburyo budasanzwe,kuko ibyo byaha bizakorwa kumugaragaro.

Abagomba kwicwa mu mezi (5)

Imana yavuze ko perezida kagame azahiga umuhanuzi Majeshi Leon,hamwe na Gen. Nyamwasa,na Col.Patrick Karegeya mugihe cyingana na mezi atanu (5) uhereye mukwagatanu uyu mwaka kugeza mu kwakira yaba atababonye ngo abakureho ibihanga akabareka.

UYU MUGABO YABA ARI MU MINSI YA NYUMA,ibihugu bikomeye ku isi,biri mumigambi yo kumwirenza.

18/11/2012 Ubuhanuzi buratunga agatoki perezida Kabila Josepf ko azicwa n’uwari yarashyize ise ku butegetsi! kandi icyo gihe ntazongera kumuhusha,mbona ingabo z’uRwanda zishyizwe standby, nyuma y’urupfu rwa perezida Kabira,nabonaga izo ngabo ziyobowe na general James Kabarebe,ariko perezida kagame ntawe nabonaga  ntiyagaragaraga niba icyo gihe azaba akiriho simbizi bizi nyiribihe byose ari nawe wabinyeretse.

Mukwezi gushize Imana yagaragaje intambara ya Congo irangira burundu,bituma hacurwa umugambi wokurangiza nyakubahwa Joseph Kabila,kubera yagaragaje imbaraga muri diplomacy.Nyuma yurupfu rwe intambara izatangirira aho yaturutse!Maze umwuka aravuga atiii!! uwicisha inkota niyo azazira.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

NGIZO INGABO ZA M23,URUGAMBA RWABO RWARARANGIYE:

Imana yavuze yuko intambara ya M23 irangiye,kandi abagize uwo mutwe w’ingabo bazicuza cyane kubera intambara bashowemo na Paul Kagame,bicuze yuko ntacyo bagezeho bitume bahinduka abanzi b’Urwanda,kandi Imana yanavuze yuko abanzi b’igihugu cya Uganda bibereye muri leta iharanira demokarasi ya Kongo RDC,nabo icyo gihe bazaba bavuza ubuhuha bw’amasasu barwanya icyo gihugu.

IMANA IRAMUTUNGA AGATOKI,KUBA IGIHUGU AYOBOYE SATANI YARAKIGARURIYE:

Ubuhanuzi bwarasohoye:

09 Sept,2012 Imana yaravuze ko igiye guhana ibihugu (2) America na Tanzania,yavuze yuko izamanura imvura ivanze n’umuriro muri America icyo kikazaba ari igihano kibanziriza ibizakurikiraho kubera gukabya mugukiranirwa kw’igihugu.kandi izamanura umuriro ahakorerwa ibyo byaha kuburyo nibatihana Imana itazabura kubahana,ndetse yabahaye isomo imanura umuriro uvanze n’imvura,sibyo gusa,ahubwo igiye no kubakoza isoni niba batinannye.

Ubuhanuzi buratunga agatoki perezida w’igihugu cya Tanzania gikabije gukoresha imbaraga z’umwijima.

Uhoraho Uwiteka Imana yavuze ko, Tanzania nayo azayihanisha umuriro uvanze n’amazi,ibyo bizaba mu rwego rwo gusenya imbaraga z’umwijima zimaze kwiyongera muri ibyo bihugu byombi, kugirango ibashe kurengera abakiranutsi bayiringira,bamaze kuzengerezwa n’imbaraga z’umwijima zikorera muri ibyo bihugu ku rwego ndenga kamere.

Gusa baracyafite akanya ko guhamagara Imana kugirango ibashe kubagirira imbabazi igihe kigihari,Uwiteka abarengere kandi abiteho.

Ubu buhanuzi bwa Tanzania nagiyeyo mu mwaka wa 2009 mu kwezi kwa cumi,nagiye mu mujyi wa Mwanza na Kahama nyura mu matorero yaho nyabwira ibyo Imana yambwiye,mukwa cumi nakumwe ngaruka mu Rwanda.

Imana yagaragaje ishyamba rinini cyane,riburiramo abantu b’ubwoko bubiri (2) harimo abakene n’abakire,mbona ndikumwe n’abandi bantu tugiye mwishyamba kujya gushaka abo bantu babuze!

Tugeze muri iryo shyamba dusangamo abanyarwanda bo mu bwoko bw’abanyamurenga,tubanyuraho dukomeza gushaka abo bantu babuze,tubasha kubona abakene,haba hasigaye abakire,mugihe turuhutse ngo tujye gusha abakiredutangira gukina umupira ayo werurweushwanwa narayatsinze maze mbona bibabaje abanyamulenge”maze mbona bagize ishyari rikomeye cyane.

Mugihe tumaze kubona babakene barimo umugabo n’umugore uhetse umwana turimo kubabwira ukuntu twarushye tubashaka,mbona bahindutse cya gice cya (2) cya bakire igihe ngitangajwe n’ukuntu bahindutsemo abakire kandi bari abakene, barongera bahindukamo Inyamaswa muntu”hejuru ari umutwe w’umuntu hasi igihimba ar’imbogo.

Ubwo nahise mpunga ndiruka nururira igiti ngeze mu mashami yacyo mbona ya nyamaswa muntu ihindutsemo bya bice (2) abakene bajya ukwabo nabakire bajya ukwabo,babonye ko na batahuye mbona baragiye bajya kuntegera mu mahuriro y’inzira.

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar