TANGARIZA amahanga urupfu rw’Umwakagara,ko apfuye vuba cyane kandi byihuse!

Jan 16, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona nambuka ikiraro giherereye muri gakondo ya bakiranutsi.(Bisobanura kunesha ibibazo)ariko mbona inyuma yanjye hari umugore numwe numukobwa umwe,(bisobanura abarozi kazi)maze wa mugore akurura igiti cyari cyubatse ikiraro mu gihe narimaze kugera hagati nambuka,ariko akaguru kibumoso niko kari gasigaye inyuma ndambuka abari inyuma bose bananirwa kwambuka.

 

Maze haje umuntu ampereza ingiga yigiti bisobanura amasengesho,ngeze imbere gato,mfata INKOTA yanjye nyisaturamo imyase [3] bisobanura amasengesho y’iminsi [3] yamasaha [36] maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore urasabwa gukora andi masengesho y’iminsi [3] kugirango wambuke ikiraro maze winjire mu isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umucyo mwinshi cyane uruta umucyo wizuba,mbona uje aho narindi uranzenguruka impande zose maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umucyo w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ukujeho kandi urakuzengurutse nkuko ijambo ry’Uhoraho ryagusezeranije muri Isaiah 60:1-23 kuko yavuze ko azakubera umucyo mu gihe isi yose izaba izengurutswe n’umwijima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Jan 18, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona itongo ry’ubwami bw’uRwanda ricikamo ibice [2] mbona igice kimwe bagihaye abega kugirango bacyongere kucyo bari bafite kugirango bazabone uko bahimba Umwami wa nyirarushwa muhimbano bitwaje rya tongo ry’ubwami ricumbitse mu nzu ya bahinduro bacumbikiye ubwami bw’uRwanda.

2Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abahindiro bagurishije umugabane wabo bari baragabanye mu bwami bw’uRwanda,none bawuhaye abega kubera intonorano bakiriye ubwo bacishaga igihanga Umwami NyiruRwanda watanze taliki ya 16 ukwakira,2016 kugirango abega babone inzira yo kuriganya ubwami bw’uRwanda.

Ibyo bibwiraga nta bwo byakunze kuko Uwiteka yahise yimika Umwami YUHI VI maze aburizamo imigambi yincakura,ibyo bibwiraga byose bihinduka imfabusa uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Dore barashaka kwimika undi Mwami nyuma yurupfu rw’Umwakagara witwa baguma,izina ry’ubuhanuzi,ariko akazaba ari Umwami wigishushanyo kuko abajyana bose hamwe n’umwiru mukuru bazaba bose ari abega hanyuma bakazamuca igihanga nkuko babikoreye Umwami Kigeli V Ndahindurwa kugirango bazahite bimika Umwami wa abega kuko intebe ya bukunzi bashatse igihe kirekire ariko ubanza baruhira ubusa nkabasambanyi ba gapote kandi bakaba bashinga umuhunda ku kirenge niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona maman Deborah arimo kugesa  amasaka bari batemye kuko igihe cyisarura cyari kigeze,mbona afata imbugita akagesa amasaka agafataho ayo yamaze kugesa agahaho INKA (bisobanura abadayimoni bagiye gusangira umugisha) kuko zari zishonje none reka basangire umugisha uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cyisarura rya masaka muri gakondo ya bakiranutsi kirageze ngo ijambo ry’Uwiteka ryanyuze mukanwa k’Umuhanuzi Majeshi Leon AINESHA ngo risohoze umurimo waryo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa munsi ya gakondo y’ubwami bw’uRwanda,hari injangwe nyinshi zihabyagiye,mbona Umuhanuzi Mukuru araje maze arazica izindi zirahunga zirukanka ziragenda.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,imbaraga z’umwijima zari zisigaye mu bwami bw’uRwanda ziciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango bimenyekane yuko Uhoraho ariwe wenyine ukiranuka muri byose uko niko Uwiteka abivuga.

The word of the Lord comes from heaven, and told me, son of man thus is how the Lord almighty says, not because your righteousness or who you are, but because who you believed in him! That is how the Lord our God almighty says.

ITANGAZO RY’IJURU RY’URUPFU RW’UMWAKAGARA:

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga,dore igihe cy’Umwakagara cyo gutaha akisangira bene wabo kirageze ngo atange intebe yabukunzi  nkuko Umuhanuzi yabihanuye mu ijambo ry’ubuhanuzi bwahanuwe n’umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Urupfu rwihuse cyane ruraje kandi ruramuhitanye kuko igihe cye cyo kuba ku isi ya bazima gisohoye kugirango ijambo rya hanuwe n’Umuhanuzi Majeshi Leon AINESHA akoreshwejwe n’umwuka w’ubuhanuzi risohoze umurimo waryo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona inka z’umwakagara zose nazo zimanurwa mu butayu bugufiya,abagore,abakobwa,abana batoya bose bamanurwa mu butayu bugufiya bajya kwigishwa ko isi yaremwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Nyiringabo abivuga.

Nerekwa bwa butayu bugufiya abega baburwaniramo bubaka amazu hamwe na bandi banze kumvira ijambo ry’Uwiteka,ahubwo bakishinga amagambo ya abega ashyeshya bituma bajyan hamwe mu butayu bahanirwa hamwe kuko biringiye umwana w’umuntu,kuruta kwiringira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo(ubuhanuzi)uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abazungukazi baza gutabara bene wabo bari bamaze kumanurwa mu butayu bugufiya kugirango babashe gukiza ubugingo bwabo.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abazungu kazi benshi bari muri gakondo ya bakiranutsi,hamwe nabanyamahanga bandi bagiye guhura nakaga gakomeye cyane bazatabarwa bamaze kwinjira mu butayu hamwe  na abega uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Mbona kandi inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwabazungu ziza gutabara abega,ariko zihura n’umwuka wubuhanuzi urabarwanya kugeza baneshejwe Uwiteka Nyiringabo ahakorera ibitangaza bikomeye maze bemera yuko gakondo ya bakiranutsi iri mu biganza by’Uhoraho Nyiringabo niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rimanuka nkiri muri masengesho maze numva Malaika w’Uhoraho arambwira ati,mwana w’umuntu,Uwiteka hari igitangaza gikomeye cyane akoze kubugingo bwawe maze nanjye mpita mbyumvira mw’isi y’umwuka ko hariho igitangaza gikomeye gikoretse uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana dore ubutayu bwose bwigaruriwe n’abega hamwe na abegakazi,kuburyo nta mwanya wabandi bantu batari abega  cyangwa abegakazi hamwe ninshuti zabo bashobora kubona umwanya mu butayu bugufiya.

Mbona abega kazi bajya mu mihango ya bagore bakambara amababi yinsina nibyatsi ari byo bahambiriye,mbona bazamuka bava mu butayu baza ku nkengero z’ubutayu gushaka abagabo basambana nabo kugirango babone ibigori byabatunga uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse!

Nerekwa ndoba urufi runini cyane ariko ndukura mu mwobo mutoya cyane warurimo amaze,ntangazwa ni uko iyo samaki yinjiye muri uwo mwobo kandi ntaho waruhiriye ni Nyanja kugirango urwo rufi rubashe kwinjira muri uwo mwobo.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umugisha Uwiteka yakuvuzeho uraje,kandi ugiye kunyura mu marembo afunganye kugirango umenye yuko Uhoraho Nyiringabo avuga bikaba yategeteka bigakomera niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa abashumba ba madini(Pastors)bashyigikiye ikinyoma cya FPR,nabo bamanurwa mu butayu,ariko banga kubwinjiramo ahubwo batura ku nkengero zabwo,ariko bashyirirwaho itegeko ryo kutarenga aho ngo bazamuke  bagana mu marembo ya gakondo ya bakiranutsi bajya gutembera mu muhana waho kuko bananiwe kwizera ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Jan 19,2018 njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara ategura igitero cyo gutera umwana w’UMUSITA(M7)mbona afashe indege nini cyane iheka izindi ndege z’intabara nyinshi irazitwara izigejeje mukirere cy’UBUPERESI irazirakura zikwiragira ikirere cyaho maze zitangira kura umwana w’umusita ariko nawe akajya azirasa aho kugirango zigwe hasi,ahubwo ya ndege yazijyanye igahita izitega zikagwa hejuru yayo.

      Indege

Mbona abanyarwanda benshi batuye mu buperesi badashyigikiye (M7)bafasha Umwakagara kurwana intambara ikomeye cyane,mbona banafite intwaro nyinshi zihishe mu mazu yabo.

Mbona umwana w’Umusita nawe asohora intwaro zikomeye cyane,azikwiragiza mu murwa mukuru w’ubuperesi(Kampala)ariko mbona ko Umwakagara yamurushije ubwenge amutanga kumutera maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,bisamugora umwana w’Umusita Umwakagara naramuka amutanze  kumutera undi nawe akiri muri diplomasi kandi Umwakagara atagira diplomasi uko niko Uwiteka ababuriye.

Mbona abaturage ba Uganda bashaka intambara cyane kugirango bakureho umwana w’Umusita,ariko kandi na none mbona nabo muri gakondo ya bakiranutsi bifuza intambara kurusha abi ibuperesi kwifuza intambara yakuraho Umwakagara.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,barifuza ibitifuzwa,ariko kandi kuko ntayindi nzira ihari ibyifuzo byabo Uwiteka yamaze kubisubiza kuko inkubisi ya mabyi irayitarukiriza niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar