Uwiteka yongera kuvuga k’Umwami witiriwe Melkizedek uzasimbura Umwami YUHI VI

Umwami witiriwe Melkizedek uzasimbura Umwami w’uRwanda YUHI VI

May 11, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona nambuka ikiraro cyubakishijwe ibyuma bikomeye cyane(kwambuka ibibazo bikomeye cyane)akaga,ibyago,amakuba bikomeye byateguwe ninkozi z’ibibi.

Ariko kuruhande rw’icyo kiraro(bridge)hariho ahantu hatubatse neza hanyuragamo amazi yimvura yamanukaga mukiraro hasi(utubazo tukeya)dusigaye kugirango dukemuke neza.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho ashyizeho ishyerezo ry’ibibazo byo mu butayu bugufiya kuko igihe umaze mu butayu Uwiteka agishyizeho iherezo kugirango umenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo(Bwana wa Majeshi)Uwiteka Imana yanjye niko abivuga.

Njyanwa murindi yerekwa mbona abasore [2] bashaka kkurambagiza “NYAMPINGA”wavuzwe nubuhanuzi mbona abo basore turwanira “NYAMPINGA” bashaka kumuntwara ngo bamusabe kwibanira nawe.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye kurwanira “NYAMPINGA”wajyanywe mu butayu bugufiya kujya kubanza kwigishwa kuzakorera Uwiteka ni uko azabana n’Umuhanuzi w’Uwiteka Imana Nyiringabo(Bwana wa Majeshi)uko niko Uhoraho abivuga.

Ntutinye kandi ntugire ubwoba bw’uko bazamugutwara kuko ijambo Uwiteka yavuze no kurisohoza ntazabura kurisohoza kuko uwo niwe uzaba umukobwa w’IZION akazubaka inzu y’Uhoraho Nyiringabo niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa murindi yerekwa naryo ritoroshye kandi nta nigihe rizigera ryoroha,mbona Umwami uzasimbura Umwami YUHI VI wiswe n’ubuhanuzi izina rya Melchizedek Umwami w’ISALEM akazaba Umwami wamahoro.

(Old Testament) the priest-king of Salem who blessed Abraham (Genesis 14:18–19) and was taken as a prototype of Christ’s priesthood (Hebrews 7) Douay spelling Melchisedech

Word Origin and History for Melchizedek

Name of a priest-king in the Old Testament, from Hebrew Malki-tzedeq, literally “king of righteousness,” from melekh “king;” second element related to tzadaq “he was righteous,” tzaddiq “just, righteous.”

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,andika ibyo nkubwiye kugirango ubisoma abimenye kandi igihe bizasohoza umulimo wabyo,bazamenye yuko Umuhanuzi yarali hagati muribo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo(Bwana Wa Majeshi) abivuga.

Nkomeza guhishukirwa ibyinkozi z’ibibi zigambirira kuyobya uburali kuri “NYAMPINGA”wateguriwe kuzabana n’Umuhanuzi “AINESHA”kugirango bamushyingire undi utari mu isezerano kuko uwo “NYAMPINGA”ariwe uzasenya urubyaro rw’INZOKA na bazimu na badayimoni.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubwire bene so basnegere “NYAMPINGA”ariko ntubabwire aho aherereye kubera impamvu z’umutekano we kuko yajyanywe mu butayu kwigishwa n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abitegetse kandi ni uko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri aho zari zarubatse igicumbi cyazo,hasenyuka hashiraho burundu.Ijambo ry’Uwiteka Imana rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore urufatiro rwa za magigiri(SPY)rukuweho.None se niba urufatiro rukuweho umwana w’umuntu yakoriki?Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abaza!

Nerekwa za magigiri zikorana n’Umwakagara ariko kandi zikongera zigakorana na Rwara Rwumugara Rubundiye Mu Ishyamba(Gen.Kayumba Nyamwasa)mbona bagenda bigisha ingabo za RDF bazibwira yuko Rwara Rwumugara Rubundiye Mu Ishyamba(ubuhunzi)ko naramuka ateye gakondo ya bakiranutsi bazajya bigiza nkana ko balimo kurwana ariko bazajye birinda kurasa mucyico kugirango bazabone inzira yo gukiza ubugingo bwabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

May 12, 2018 Njyanwa mu iyerekwa mbona umugisha miwnshi utubutseho,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho agiye kukoherereza bene so bazaguhesha umugisha kugirango nawe ubaheshe umugisha w’Uhoraho uturuka kuri data wo mu Ijuru kuko agiye gukoza isoni inkozi z’ibibi zibasiye ubugingo bwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo(Bwana wa Majeshi) abivuga.

Nerekwa abasangirangendo benshi bumukuru w’igihugu cy’Ibabylon Uhuru Kenyatta bibumbiye mu ihuriro rya Jubilee Alliance Party (JAP)bamburwa imilimo bakorwa nisoni imbere ya mahanga nigihugu cyose cy’ibabyloni nkuko ubuhanuzi bwabivuze uko niko Uhoraho Nyiringabo Uwiteka Imana yanjye abivuga.

Nerekwa abadayimoni bo mu gihugu cy’ibabylon bacirwaho iteka inzu (igihugu) babagamo bayambuwe,maze Babura aho baba batangira kubungabunga batagira aho bihisha cyangwa bakorera.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abazimu b’abadayimoni bakoreraga mu butegetsi bwa Uhuru Kenyatta bambuwe ingoma kandi babuze aho berekeza kuko bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Humuriza abahutu ubabwire icyo Uwiteka abavugaho

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyirigabo nkorera rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umbwirire abahutu uti,uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.Dore nzi ibyo mwibwira yuko Uhoraho Nyiringabo ngo yarabataye,ariko nta bwo nabataye ahubwo nashakaga ko mubanza kumenya gukiranirwa kwanyu mwarangiza kubibona no kubyemera nkabona kubagirira imbabazi.

Ibyo mwakorewe n’Abega byose ndabizi uko babikoreje urusyo,kandi abacika cumu bamwe mwagiriye neza bagahinduka bakabagirira nabi,ibyo nabyo narabibonye kuko narimpari.

Nuko rero mugire umwete wo kwihana ibyaha byose mwakoze imbere ya maso yanjye,kuko bitari cyera abega mubona uyu munsi nta bwo muzongera kuzababona ukundi kuko mu gihe gito cyane bagiye guhinduka amateka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Imiruho mwarushye,amashyamba mwagenze yose narimpari,kuko iyo nza kutaba hamwe namwe muba mwarashiriye muri aliya ,ashyamba mwageze namaguru uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Gushaka mu maso h’Uwiteka Nyiringabo nibyo bizabakiza kandi umuvumo ubariho wa maraso mwamennye uzakiza no kwihana kwanyu no kwaturirana ibyaha mwakoze imbere y’Uhoraho ni mbere ya mahanga naho abega bo mu bwoko bwa abatutsi mubandekere abo mfite uko nzabagenza kugirango bazamenye yuko mu Ijuru hari Imana ica imanza zitabera kandi igatabara abatagira kivurira badafite shinge na rugero uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar