Umwakagara yaciye imyenda ya chagua yibwira ngo arihima abacika cumu,none bigiye kumubyarira amazi nk’ibisusa

Urwanda rushobora gufatirwa ibihano na Amerika kubera kombokombo Politike ya perezida wa Amerika Donald Trump “Amerika ubwa mbere” yerekeye uguhanahana ibidandazwa n’amakungu yagize ingaruka ku Rwanda, kuko hatangiye gutoza ibyumusoro kumyenda ya kombokombo muri icyo gihugu gito cyo mu buseruko bwa Afrika.

Iryo perereza rijyanye nimyenda  ya kombokombo bakunda kwita chaguwa ziva muri Amerika , aho Urwanda rwanze kwakira imyenda ituruka mu gihugu cya Amerika.

Byatangiye ryali ?

Mu kwezi kwa gatatu mu 2018, Amerika yahaye Urwanda imisi 60 ngo rube rwahinduye aho ruhagaze kubijyanye nbicuruzwa bituruka muri America, byaba atari ibyo bakureho ubushobozi bari bararuhaye bwo gushora imyemda zituruka muri icyo gihugu zija muri Amerika nta kwishyura imisoro- ibyo bikaba byari mu masezerano y’ubucuruzi hagati ya Amerika na Afrika (Agoa).

Agoa ni umugambi wa Amerika w’ubucuruzi ufite intumbero yo guteza imbere ubucuruzi no kuzana imitahe mu bihugu bikwije ibisabwa kugirango bikurirweho imisoro ku bidandazwa 6.500 bidandazwa muri Amerika.

“Icyo perezida ashatse kwerekana n’uko ashaka gushyira mu ngiro amategeko yacu kandi ko hari uburinganire mu guhanahana ibidandazwa,” ni ko icyegera cy’urongoye abacuruzi muri Amerika, CJ Mahoney, yavuze icyo gihe.

Imisi mirongo itandatu rero yarangiye.

Perezida Donald Trump na Paul Kagame ntivyagaragaye ko basa n’abumvikana cyane igihe bahura mu kwezi kwa mbere

Kubera iki Urwanda rwabujije impuzu za kombokombo kwinjira muri icyo gihugu?

Icyo Urwanda rugamije n’ugukingira amakompanyi akora imyenda akiri mato muri icyo gihugu.Byinshi mu bihugu bya Afrika byarigeze kuba bifite amashyirahamwe akora imyenda yifashe neza.

Ariko nyuma y’imyaka itari mike y’ubuyobozi bubi, ihungabana ry’amahoro, umutekano hamwe n’ihiganwa ry’ayandi mashyirahamwe yo hirya no hino kw’isi, icyo gisata cyamerewe nabi cyane.

Ibyo biragaragara mu gihugu cya Ghana, aho ubushakashatsi bwerekanye ko aho igisata cyimyenda cyashirwaga mu maboo  y’abikorera utwabo mu myaka ya 1980, habaye igabanuka ry’akazi mu bibanza hadandazwamo imyenda hamwe n’ikorwa ry’imyenda muri rusange – kuva ku bantu 25.000 gushika ku 5.00 mu 2000.

Kenya yari ifite abakozi 500 bakora mu gisata gikora imyenda.

Abantu bashyika ibice 67% mu bihugu bya Afrika y’ubuseruko bagura impuzu zabo ku masoko ya kombokombo, nk’uko biri mu matohoza yakozwe n’ishirahamwe ritanga imfashanyo rya Amerika, USAID.

Amasoko y’impuzu za kombokombo nk’i’iyi y’i Gikomba i Nairobi muri Kenya ari hirya no hino muri Afrika.

Za leta ya Afrika y’ubuseruko zivuga ko amashyirahamwe akora imyenda mu bihugu byayo ahomba kubera iyo myenda ya kombokombo.

Kubera ibyo, mu 2015 , ibihugu bya Afrika y’ubuseruko byamenyesheje ko imyenda ya kombokombo zitazaba zikemerewe kwinjira muri ibyo bihugu kuva mu mwaka wa 2019.Urwanda rwongeyeho ko kwambara imyenda ya kombokombo zikuraho agateka abanyagihugu bacyo.

Urwanda rwongereje imisoro ku myenda ziva hanze kuva ku madolari 0.20 gushyika kuri 2.50 ku kilo kimwe cy’iyo myenda mu 2016.Intumbero n’ukurangiza burundu imyenda ya chagua yarihagarariwe na RUHAMYABUGA PAUL ukomoka INYANZA mu Rwanda.Akaba numucika cumu kandi aakaba umwe mu bantu [14] bafashije FPR bakunze kwita FOURTEEN BAlaro bakoreraga Nairobi mu gihe cya Genocide.

N’icizere kuri reta y’Urwanda ko iyo ngingo izofasha mu guteza imbere amashirahamwe akora impuzu no kugwiza akazi ku bantu barenga 25.000

Kuba imyenda ya kombokombo zitakiboneka mu gihugu cy’uRwanda nizimwe mu ngaruka zakenesheje abanyarwanda murwego rwo kubura imilimo?

Ibura ry’imyenda za kombokombo n’ingorane zikomeye ku banyarwanda

Rulinda Elmass asanzwe adandaza imyenda za kombokombo avuga ko mu ntango z’iyo ngingo, imyenda bayironkaga zihenze cyane, ariko ubu nta n’iyo baronka.

“Ingaruka ni nyinshi. Iduka ryanje ryahora ryuzuye imyenda, ariko ubu riragaragara, ko rigiye gufunga, hariho abadandaza benshi b’imyenda ya kombokombo bamaze kwimukira mu gihugu cy’abaturanyi cya DR CONGO.”

Uwo mucuruzi yongeyeho ko, ubuzima bwamaze guhenda ndetse bwarazamutse cyane,kuburyo bigoye cyane ku muntu wese ushaka gutangira ubuzima ntiyabona aho yatangirira,rero mu gihe Amerika yoshyiraho ibyo bihano, ibintu bizaba bibi gusumba.”Ariko icyo twibaza mbese America niramuka ifatiye uRwanda ibihano,rwazisubiraho?”Ntitwanze ko leta iteza imbere amashyirahamwe akora imyenda, ariko aracyari macye, kandi byakabaye byiza habaye ihiganwa hagati y’ayo mashyirahamwe n’imyenda ya za kombokombo, umuntu akagura icyo ashatse.

Mu gihe Amerika yashyiriraho ibihano Urwanda, ingorane ziziyongera.

Translate »
Skip to toolbar