Igice cya (87) cy’ubuhanuzi

June 7, 2018 mu iyerekwa  mbona icyegera cy’umukuru w’ibabylon William Ruto,ashakisha Umuhanuzi nyuma y’imyaka [4] asuzuguye Umuhanuzi akanga kumwakira kandi yaramushyiriye ubutumwa bumufitiye akamaro maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,William Ruto SAMUIE ibintu byamukomeranye asubiramo za nzandiko zose wamwandikiye umuburira yuko hari ubutumwa umufitiye kugirango uzabumugezeho ariko yavuniye ibiti mu matwi none igihe kirageze ngo bya biti abikuremo kandi adashobora ku kubona uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

 

Nuko rero wirinde cyane kuko bagerageje gukorana na za magigiri z’Abega ngo baguce igihanga,none byarabananiye none Ruto we kugiti cye wenyine aragushaka ngo umuhe intsinzi yatuma asimbuka uburoko bwa (ICC) mu gihugu cy’Ubuholande uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona William Ruto ajyanwa mu ishuli rikomeye cyane rya KAMINUZA kujya kwigishwa kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Mbona alimo kwiyandikisha ahabwa icyemezo kimwemerera ko yakiriwe muri kaminuza nshya kuri we nkumunyeshuli ugiye gutangira amasomo ye vuba cyane kugirango amenye yuko ubutunzi bwisi budacyemera ibibazo by’umwana w’umwana w’umuntu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Igice Cya (86) Cy’Ubuhanuzi

Nkiri muri uwo mwuka mbona umwuka wurukoza soni ushakisha Umuhanuzi maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,wirinde cyane kuko abagambanyi bamaze kugambana ku cyegera cy’umukuru ucyuye igihe cy’ibabylon kugirango baguze igihanga kandi iyo migambi yose ilimo gukorwa na za nkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abega bunze ubumwe n’ubwami bwa satani nabadayimoni uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

The Rhema word comes from above in heaven, and told me,son of man,the  (Vice President of Kenya) William Ruto he’s going to be vetted thus is what the Lord our God says.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi kugendagenda iruhande rw’Inyanja ku nkengero zayo,maze mbona udusimba twinshi tuvuye muriyo Nyanja tuza kubutaka bw’umye,kuko inyanja yaririmo umuhengeri mwinshi cyane uvanzemo numuyaga mwinshi cyane maze utwo dusimba tubona ko tugiye gupfa tuva mu mazi tuza imusozi maze mbona Nzika ya Nzigo nawe atwaye inkweto mu ntoke (ubutumwa budafashe) maze mbona ahuye nutwo dusimba (abadayimoni) barasabana cyane nanjye nyuraho ndegendera ndabahunga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho kandi cyame maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Nzika ya Nzigo byamuyobeye cyane yabuze amahwemo kandi yagushakishije hasi no hejuru arakubura none abadayimoni baramwadukiriye kuko ibyo yabasezeranije atabashije kubibakorera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ijisho ry’Uwiteka Imana rihora kuri wowe mu isi ya bazima kuko ari ntawundi yitayeho cyane nkuko akwitayaeho kubw’umulimo we yagushinze kugirango umwanzi atawuzanamo kidobya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

The Rhema word comes from above in heaven and told me,son of man this what the Lord your God says,just read Mathew 4:1-12 this is your message from your God and your Lord:

The Temptation of Jesus

Then Jesus was led up by the Spirit into the wilderness to be tempted by the devil. And after fasting forty days and forty nights, he was hungry. And the tempter came and said to him, “If you are the Son of God, command these stones to become loaves of bread.” But he answered, “It is written,” ‘Man shall not live by bread alone,
but by every word that comes from the mouth of God.’”

Then the devil took him to the holy city and set him on the pinnacle of the temple and said to him, “If you are the Son of God, throw yourself down, for it is written,

“‘He will command his angels concerning you,’and“‘On their hands they will bear you up,
lest you strike your foot against a stone.’”

Jesus said to him, “Again it is written, ‘You shall not put the Lord your God to the test.’” Again, the devil took him to a very high mountain and showed him all the kingdoms of the world and their glory.

And he said to him, “All these I will give you, if you will fall down and worship me.” 10 Then Jesus said to him, “Be gone, Satan! For it is written,” ‘You shall worship the Lord your God and him only shall you serve.’”

11 Then the devil left him, and behold, angels came and were ministering to him.

Jesus Begins His Ministry

12 Now when he heard that John had been arrested, he withdrew into Galilee.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Dr.Miguna Miguna wirukanywe mu gihugu cy’ibabylon akajyanwa mu gihugu cya Canada kumpamvu za politike aryamye hasi mu nzu ilimo umwijima mwinshi cyane kandi ibiganza byipfumbase bitarambuye yarafite ibitosi byinshi cyane maze mbona ibitotsi bye bisa naho bisa ninzaho ako kanya ndikangura ndamuhunga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Dr.Miguna Miguna yashatse gutambamira umugambi w’Uwiteka Imana Nyiringabo niyompamvu hirengagijwe amategeko akirukanwa mu gihugu cy’ibabyloni kandi afite ubwenegihugu kwari ukugirango ibyahanuwe bishoze umulimo wabyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mfite umuneke mwiza uhiye neza ndawutonora ndawurya mukanya nongera kubona na none mfite undi mukiganza ngiye kuwutonora nsanga waraboze maze mukanya gato na none mbona mfite undi na none nsanga wabozeho uruhande rumwe maze ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,umugisha warutegereje nta bwo ukije kuko wamaze kwinjiramo nkongwa kurayo amaso uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nkiri muri iryo yerekwa mbona undi mugisha mwinshi cyane kandi ugajutse maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abashinzwe gutunganya umugisha bo muri ministeri yo mu ijuru(Heaven Ministry and Planing Finance)balimo gutunganya uwo mu gisha mu bashinzwe imali nigena migambi (and Procurement) kandi uwo mugisha ugiye kuza ari mwinshi cyane kugirango urangize kandi utunganye imilimo y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

June 8, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona uwasimbuye umukuru w’igihugu cya Zimbabwe Munagwaga,akaba yarasimbuye Robert Mugabe nerekwa amanurwa mu butayu bugufiya cyane bujya kwegera hafi y’inyanja iherereye mukarere k’Africa yuburasirazuba yo hagati.

Mbona ko abumanuwemo cyane kandi ajyanwa hagati cyane ndetse na za magigiri z’Umwakagara nazo nta bwo basiganye kuko barikumwe bagenda baganira muri ubwo butayu ndetse na banyarwanda bo mu bwoko bw’abatutsi baturutse mu gihugu cy’Abakaludaya (Tanzania) nabo bamanuwe muri ubwo butayu bukomeye cyane kandi bubi cyane kubwikuramo n’Ijuru ryonyine rishobora kumanuka rigatabara uwabujyanywemo naho ubundi nta bwo byoroshye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona itorero ry’Imana muri gakondo ya bakiranutsi igihe cyaryo cyo kugambanirwa cyegereje ngo abagambanirwa batabwe muri yombi bajyanwe mu nzu z’imbohe.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyamadini bagiye kugambanirana kubera guhakirizwa k’Umwakagara kugirango basohoze inzangano ziba hagati yabo kugirango abanyamadini bamwe bafungirwe insengero zabo abandi bashyirwe mu nzu zimbohe babashyireho ibyaha batakoze bababeshyera yuko ngo bashyigikiye abatavugarumwe n’ingoma ya abega kugirango babone uko babacisha ibihanga uko niko Uhoraho Nyiringabo ababuriye kandi ni uko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara akora ibishoboka byose ngo ahitane umwiru mukuru w’ubwami bw’uRwanda Chancellor Boniface Benzinge wabaye umulinzi Mukuru w’ubwami bw’uRwanda afatanije n’Umuhanuzi Ainesha Majeshi Leon banze kugurisha ubwami bw’uRwanda banga kurya intonorano z’Abega.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanura maze uvuge uti,uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.umwiru mukuru w’ubwami bw’uRwanda Chancellor Benzinge nta bwo uzacibwa igihanga ni nkozi z’ikibi z’Abega ahubwo Uhoraho azaguha kongera kurebesha amaso yawe gakondo ya bakiranutsi waharaniye kandi ubwami waharaniye uzaburebesha amaso ku maso bwongere bwime ingo kuko uwo ari wo uzaba umunezero wawe kuko wumviye ijambo ry’ubuhanuzi ryaturutse k’Uwiteka Imana Nyiringabo  uko niko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi abivuga.

Dore umwanzi (abega) barakugenza none wirinde cyane (Chancellor) kugirango uzarye ibyiza byo mu gihugu nkuko Uwiteka yabisezeranije abamukunda kandi icyo gihe uzishima kandi abagukomokaho bose bazarya ibyiza byo muri gakondo ya bakiranutsi nibaramuka bagendeye mu nzira zawe zo gukundisha Uwiteka Imana imitima yabo no kuba inyangamugayo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndikurwana ni nkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abega zashakaga guhumanya gakondo ya bakiranutsi abega kazi balimo gukora imihango ya gipagani batambira ibitambo amandwa zabo (Abega na Satani) kugirango bongererwe igihe cyo kuramba ku ngoma yikinyoma.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore izo nkozi zikibi zikomeje umwuga wo gukiranirwa none ubahe numero yurubanza kugirango ubacireho iteka ibikorwa balimo gukora ntibitungane.Bahabwa numero yurubanza N°0159/0006/0018 uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse kandi ni uko abivuga.

Icyo gikorwa babonye yuko Umuhanuzi akiburijemo niko gufata impinga yabadayimoni maze baterekerera imandwa za kizungu mbona bafite inkoko zijya gusa nizakinyafurika ariko kandi amababa yazo zigasa nayakizungu.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane maze rirambwira riti,nabariya badayimoni baterekereza urugimbu nabo ubacireho iteka kugirango Ibyabo bibarangirane bahabwa N°0160/0006/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ibyo babonye byanze badukira umwana mutoya ufite umwaka umwe nigice 1.½,mbona umugore wigize nka nyina umubyara aramufata aramwuhagira amuteretse hejuru ya toilet ageze hagati arimo amwoza aramurekura umwana agwa muri toilet Umuhanuzi ajya kumufata ngo amukuremo ariko biranga amanurwa hasi mu myanda yo muri toilet.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uwo mugore nawe umucireho iteka ndetse nakiriya gitambo atanze nacyo ugicireho iteka kugirango ntikigire umumaro kizabamarira ahabwa N°0161/0006/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka wikinyoma uturuka mububiko bwawo (RNC) wihuta cyane maze ugeze imbere yububiko bwawo mbona ukurikiwe n’Intama (Umwuka w’Uwiteka Imana) maze za ntama zikurikira izo hene (umwuka wikinyoma) maze inyuma ya ntama naho haturuka INTARE (Umwuka wa Kristo Umwami wo gukiranuka) mbona za hene zirirukanka cyane zigirango zisige ya ntare.

Uwo mwuka wikinyoma mbona uburiwe irengero ya ntare ushakisha za hene iraheba,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,wa mwuka wikinyoma warusohotse mubibuko bwawo ugiye kuyobya abatuye isi uciriweho iteka.Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,tega amatwi wumve urwo rurimi rulimo kuvugwa,ntega amatwi numva urwo rurimi ntaruzi pe!Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,igihugu cya RUSIA cyaraye gikoze inama yo gutangiza intambara ya lll yisi yose!!!

Urwo rurimi wumvaga ni ururimi rw’IKIRUSIYA rwavugwaga igihe bari mu nama kuko ijoro rya keye niho barangije inama ikomeye yemeza ko bakwiye guhangana na Leta zunz’ubumwe z’America mu gutegeka amahanga bakabiganzura bagasubirana ubudahangarwa bahoranye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gereza zo muri gakondo ya bakiranutsi nta mafunguro bafite bicwa ni nzara ku buryo bukomeye cyane.Mbona iyo nzara ihereye muri gereza ya GISENYI maze umwuka w’Uwiteka Imana Nyiringabo unzaho arambwira ati,mwana w’umuntu,burira imiryango yabafunzwe yuko abantu babo bashobora kuzahitanwa ni nzara muri gereza kugirango batabarize imiryango yabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zateze imihanda yose ngo zitegereje Umuhanuzi (umuyaga) maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uramenye ntucacare kandi ntukoreshe telephone kuko umwanzi ararekereje ngo aguce igihanga ariko kandi ntutinye kuko Uhoraho Uwiteka Imana yawe wiringiye ari kumwe nawe kandi akurinze kurusha icyintu cyose kibaho mw’isi yabazima uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umusore ushakisha “NYAMPINGA” ngo amusabe kwibanira nawe,agira ibyago asanga “NYAMPINGA” yamaze guhura n’Umuhanuzi abura uko abigenza afata itabi (amagambo) arijugunyira Umuhanuzi kubera uburakari bwinshi yahise agira.

Maze NYAMPINGA abwira Umuhanuzi ati buriya ararakaye kuko adusanganye kandi akaba yarafite ibyiringiro yuko nzamwemerera tukibanira, ariko kandi nta nubwo nigeze mukunda rwose arandenganya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nerekwa hashyirwaho za magigiri zigenda na maguru izindi zigenda nikinyabiziga zishinzwe guhiga Umuhanuzi ahoy aba aherereye hose maze ngo bamute muri yombi nibarangiza bamuce igihanga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,iyo ni nkuru ishaje kuko imigambi yabo idashobora gutungana ahubwo uhite uciraho iteka izo za magigiri zemeye kuguhiga kugirango batazigera bahabwa ubungingo buhoraho n’Uhoraho Uwiteka Imana yawe.Bahabwa N°0162/0006/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse kandi ni uko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona nyirimulima atanga akazi kubakozi bashakisha kuba abasaruzi,amaze gutanga akazi kubasaruzi bacye cyane,kuko atabonye abo yashakaga ugereranije numubare yifuzaga.

Nerekwa bahabwa gusarura umulima w’INZABIBU zari zeze muri uwo mwaka,barangije gusarura,bahabwa ibihembo byabo ngo bagabane buriwe wese abone igihembo cye.Abakozi bakoreraga ijisho bigeze mu gihe cyo kugabana nibo bafashe iyambere batwara inzabibu zibyibushye,maze utarakoreraga ijisho (Umuhanuzi) ahabwa udusigarizwa abo banebwe basigaje.

Umuhanuzi ajya kubaza data buja ati ese byagenze gute ngo mpabwe ibihembo bigayitse kandi abo twafatanyaga gusarura bakoreraga ijisho mu gihe jyewe nasaga nuwikorera?

Nyir’ubwite aramusubiza ati, siwowe wenyine bibayeho usibyeko wifitiye umwihariko kuko ukora amanywa na ni njoro utaruhuka. Kandi hakaba ari nta numwe wari yigera akugirira impuhwe ngo akugirire neza kuko abenshi bazanwa nibyifuzo byabo gus  byo gusengerwa.

Ariko ntiwibagirwe bene so [3] baguhesheje umugisha umwe yahoze muri gakondo ya bakiranutsi yohereje umugisha adasaba inyungu,undi nawe aba mu gihugu cya SUISSE,naho undi ari muri leta zunz’ubumwe z’America.

Abo uko ari [3] ubasabire umugisha kuko ibyo bakoze babikoranye umutima wurukundo nta bwo ari mpanguhe bifuzaga gushyigikira umulimo w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,erega mwana w’umuntu,icyo nicyo cyatumye Uwiteka aguhamagarira kumukorera kuko ubizi neza yuko ari so ukubyara kuko ibyo yakugambiriyeho byose ntazabura no kubisohoza uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abafarisayo nabakiliya babo bose bameze kimwe kuko batera aho batarimye,bagasarura aho batabibye,kandi bagashaka gusarura byinshi bitangana numurima babibyemo.

Kandi barya cyane kuruta abakozi,bakifuza byinshi birenze urugero rwabo kandi byimburamumaro uko niko Uhoraho Nyiringabo abanegura.Ngaho rero hagarara kigabo kuko nicyo cyatumye nguhamagara ngo unkorere umbere umugaragu wo kwizerwa,ibyo byose bikubaho kugirango umenye umwana w’umuntu, mu gihe gisa nk’iki.

Kuko igihe kiraje kandi kirasohoye aho abantu benshi bazaza bakugana bakurehesha amagambo meza bigira nk’aho muziranye kandi ar’ubwambere mubonanye cyane kuko bazaba  bafite ibibazanye icyo gihe uzaba maso kuko abatarakumenye mu gihe cy’ubutayu icyo bazakumenya kuko bagira nk’aho batigeze bamenye umulimo ubakorera ariko bizaba ar’ibinyoma uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Abandi buzuye ishyari cyane cyane abo muziranye bahora bumva yuko ari nta cyintu kizima cyari kuva Igarilaya.Ariko noneho byarabayobeye cyane bahitamo kuruca bararumira.Kuko ari nta kindi babikoraho, ariko bagize amahirwe bakumva yuko waciwe igihanga icyo gihe bagira icyo bavuga. Ariko ubu nta jambo bafite kuko Uhoraho Nyiringabo yabimye ijambo kandi azakomeza kuribima kuzageza iteka ryose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abafarisayo bihariye umulimo wanjye,bahora bumva yuko nta wundi wakora umulimo bakora ngo cyeretse abanje kujya kwiga Imana,nyamara bibagirwa yuko urufatiro bahagazeho ar’urwi intumwa nabahanuzi batigeze biga amshuli nkayo bize.

Iyo babonye habonetse abandi bakora umulimo bakora barushaho guhagarika umutima cyane kuko bumvako abantu (ubwoko) banjye bagiye kugabanuka bakisangira uwo wundi cyane iyo atekereza ko hari icyo yaba amurusha ubwo ishyari ryo mu mutima rihita rihaguruka!!!

Maze uwo wundi yatangira gukora umulimo ugasanga babaye abanzi kuzageza igihe bazageraho akamenyera yuko abantu bayobora atarababo ahubwo n’impano y’Imana yaturutse mu Ijuru yatumye biha kuyobora ubwoko bw’Uhoraho.Maze Uwiteka akabareka bagakora ibyo bifuza bakabigeraho kugirango imilimo yabo izapimwe kumunzani maze babone gucirwaho iteka nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyirimulimo uko jiko abivuga.

Ngaho rero mwana w’umuntu,tegura urubanza rw’aba bantu kuko wamaze kubona icyerekezo cya bitwa ko ngo bakorera Uwiteka birira intama zibyibushye naho izinanutse bakazihorera kugeza igihe zizabyibuha cyangwa zikicwa numukeno kubera kubura uzitaho uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ariko dore igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo nyirintama agiye kuza kwiragirira intama ze kuko abashumba bose babaye ibirura iyo haje idubu (Bear) rifata intama zanjye nah obo bayibona bakiruka bakazisiga bakigendera kuko arabashumba bakorera ibihembo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo bafarisayo bateye ubwoba kuko batajya banagira nisoni kuko barya Rukuba bakanga no gusiga na Ayihunga ahubwo bakanezezwa no kwagura inda zabo kugirango bigaragare yuko bafite imana kandi nyamara imana yabo ninda gusa ikigeretse kuribyo bazarimbuka bajyanwe mu muriro utazima maze ibyo biratana uyumunsi birakwiriye kuko ibyo niryo juru ryabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Abo bafarisayo ibyabo byaramenyekanye kuko YUDA umuvandimwe w’Umwami wacu Yesu Kristo Umwami wabakiranutsi ibyabo yabivuze neza ati,abo nibicu bitagira amazi,batwarwa numuyaga aho ugiye nabo niho berekeza(bwoko bw’Uhoraho mukwiye kubirinda) uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Imana bayivuga mu magambo gusa,ariko iyo bigeze mu bikorwa basa nabapagani bandi bose nta cyo babarusha uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,abo bose basarura aho batabibye cyangwa se ugasanga babiba mu mulima mutoya bagashaka gusarura ibingana nuwabibye mu mulima munini bagashaka kunguka ibirenze iigshoro bashoye bose ibyabo uyumunsi taliki ya 09 kamena,2018 ubishyireho ishyerezo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse kandi ni uko abivuga.

Uhoraho Uwiteka Imana yanjye niwowe murage wanjye wangeneye wo kwibera mubikari byawe, ndagushimiye kuba uyumunsi utanze ubutabera bukwiriye kandi burigihe uhora ubutanga ariko uyumunsi nyirizina byari bikwiriye yuko ucira imanza abasarura aho batabibye nabashaka kunguka ibirenze ibyo babibye cyane umulima wawe bawugize igicuruzwa cyunguka barangiza bakazanira umugaragu wawe ibisigazwa kandi ibyo bifuza bakabibona banamara kubibona bakaruca bakurumira bakazagarurwa ni uko umwanzi yongereye ibihano byabo.

Reka mbahe numero yurubanza kandi ndayibaha mbokunze cyane kuko ukoze ahandryaga igisebe cy’umufunzo cyari cyaranze gukira kuko cyatwikirwaga ni neza yawe ivanzemo Ubuntu bwawe.Dore file Nº0163/0006/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse!!!

Njyanwa mu nama yaririmo kubera mu gihugu cy’UBUPERESI kiyoborwa n’umwana w’UMUSITA (M7) maze ntegeamatwi numva ibihavugirwa:Numva bavuga ngo”Onno mussajja bamuita NABII ama Prophety LEON Majeshi AINESHA abera mu nsi ya Kenya agiyita Babylon,natusiruwazza nnyoo nnyooo.

Kakati tukore plan tumunyoonnye tujya kumufunna tumutte (Kill Him) kubanga yatuberabeza nyoo,kirabika ni nabii naye atte aturibubbi yahandika ibintu byonna afunna mukweressebwa taberanga nikihamma.

Numva undi wumunyankore arasubije ati,umushijaa umu mwaka wa 2012 tukamukwata twamusibye umukkihome Garrison barracks naberamo imyezzi mukaga (6) yonna nafunna abantu  babayitta international community RED CROSS ICRC and AMNESTY INTERNATIONAL baletta urugezigezi twamujjya munkomera government yaffe bammuha  dismissal on territory of Uganda yakwata uruguddo rwe Kenya kakati abera Kenya –Nairobi.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu birakomeye cyane Rwara Rwumugara Rubundiye Mu Ishyamba yitabaje umwana w’UMUSITA umwicanyi kabuhariwe wamazeho imfura z’uRwanda nabakiriho nigihe kitaragera none arashaka kuguca igihanga kuko Rwara Rwumugara Rubundiye Mu Ishyamba yaamubwiye yuko ngo ubukangurambaga bwananiranye kubera Umuhanuzi Ainesha Leon ufite itangaza makuru ryizewe kandi rikundwa nabantu.

Bose ngo akaba akorana n’ubwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro bityo akaba amusaba gukora ibishoboka byose ngo amufashe kwica uwo Muhanuzi wababereye amanyo yaruguru ngo akaba yaranabavumye kandi umuvumo we ukaba ulimo gukora umulimo mu buryo bukomeye cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,dore bahagaze imihanda yose uhereye iki cyumweru gitangira bahora bategerereje mu mayira bareba umuntu usa namafoto ujya ushyiraho ngo barebe ko ariwowe.

Ndetse bihaye kuzamara ukwezi kose kwa Kamena ngo kuko kutamena amaraso ngo barashaka kumena amaraso y’Umuhanuzi kuko ariwe ubabereye imbogamizi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ndetse bafashe gahunda yo kujya muri za hotel bakareba hotel zose waba ugenderamo bitwaje map of network kugirango barebe aho nyura hose aho nkorera mu murwa mukuru w’ISHUSHAN mu gihugu cy’ibabylon maze izo hotel bazishyiremo amarozi yo gutega umuhanuzi ndetse hari nabandi benshi cyane bazi neza ko badashyigikiye umutwe wabaye indiri yikinyoma RNC cyo mu bwoko bwa (REP) kimaze imyaka isaga [60] ku ngoma babeshya ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Kandi ubwo burozi na none bwagenewe za magigiri z’Umwakagara zikorera mu gihugu cy’ibabylon kuko nyuma yo gukubuza umweyo wo kuzitoragura mu gihugu cy’UBUPERESI hasigaye mu gihugu cy’IBABYLON no mu gihugu cy’ABAKALUDAYA aho bashaka gufata za magigiri cyangwa bakaziroga bakazica ibihanga kugirango azirukane muri ibyo bihugu kuko zabaye indiri yabyo maze babone uko bikorera za gahunda zabo ari nta cyo bikanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,radio nikinyamakuru inyangenews kibabujije amahwemo bitavugwa kuko ari ntabanga narimwe bahisha ngo byemere kandi imigambi yabo yose ikaba yarashyizwe ahabona n’umwuka w’ubuhanuzi uhora uhishura amabanga yabo akorerwa mu bwihisho maze agashyirwa ahabona kugirango Uhoraho Nyiringbao abereke yuko ibyo bagiye bakora byose byari ukubihorera ngo basohoze imigambi yabo none yamaze gushyirwaho iherezo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka wigisuzuguriro uraje kandi niwowe uhiga,uramenye ntugutegeke ahubwo uwutegeke kuko Uwiteka Imana yawe arikumwe nawe kandi yiteguye kugukorera ibikomeye kugirango arusheho kugukoresha ibikomeye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Dore imigambi yurupfu bari bagambiliye iburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,kuko imigambi yabo itazabura gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo dore file number iburizamo imigambi yabo Nº0164/0006/0018 uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Umugambi w’Abega waburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

June 10, 2018 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi mbona umutwe witerabwoba uri kubutegetsi wa FPR ulimo gutegura itekinika rya matora yabashingamateka (amatora) maze babona yuko bageze mu bihe bitaboroheye niko gufata amadegede barayateka bagenda bayaha abazatoresha amatora kugirango bazatekinike muri ayo matora yitekinika ateganijwe muri Nzeri 1, 2018.

Mbona ko abazatoresha abenshi ar’abega n’abegakazi bari kubutegetsi,maze mbona ko batangiye kiwitegura gutwara ibyavuye mu matora kandi ataraba baragenda bageze mu nzira ntibagerayo mbona ko bagurukiye mu nzira bataegeze aho bagombaga gutwara ibyavuye mu matora kandi atari yaba ariko yagombaga kuba muri icyo gitondo cyo kuri uwo munsi wayo matora uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ucire urubanza abo bose bemeye gukora umulimo w’uburiganya kandi bazi neza yuko amategeko yabo bishyiriyeho atabibemerera maze ubacireho iteka rya burundu ubahe numero yubutabbera yuko batsinzwe nurubanza kugirango Uhoraho Nyiringabo yikorere umulimo.Dore Nº0165/0006/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse kandi ni uko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko kumugabane w’UBURAYI (Europian Union) hagiye kugwa imvura inyinshi cyane igiye gusiga amateka mu gihugu cya “FRANCE” mu murwa mukuru witwa PARIS.Maze abantu benshi batwarwa nimyuzure (Ibibazo) bikomeye cyane bigiye kuba muri icyo gihugu cyigaruriwe na badayimoni inkozi z’ibibi na Satani umwami wabo wo gukiranirwa.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,icyo gihugu cyahawe Satani umwami wikuzimu,nabagituye bose nabo bakorera uwo mwami (abafaransa) niyompmavu mu gihe cy’imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo hagiye kumanurwa ibihano nibihembo bikomeye cyane kugirango abatuye iyosi bamenye yuko Satani atari umwami wabo kandi ko Uwiteka ajya kurema icyo gihugu batigeze bafatanya na rimwe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa Nzika na Nzigo bajyanwa mu ishuli kujya kwigishwa ngo bahabwe amaso yo kwigishwa uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo.Mbona iryo shuli ko ritoroshye ari kaminuza yakataraboneka maze barijyanwamo ku mbaraga z’ijambo ry’ubuhanuzi kuko babyifuzaga na rimwe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa kandi mu iyerekwa risobanutse neza ritarimo urwijiji rw’abazimu n’abadayimoni,mbona imigabo n’imigambi by’Umwakagara ukuntu yararimo ategura gufungura umunyapolitike “SHIMA DIANE RWIGARA”.

Nyamara kumufungura agahita yohereza umwe mu nshuti z’uwo muryango byahafi cyane kugirango ajye gusohoza umugambi mubisha kujya kuroga umwe mu bahungu ba Rwigara nyakwigendera maze mu gihe bazaba bari mu kiriyo akongera akabakora munda agahitana umunyapolitike Shima Rwigara ubwo akaba arangije uwo muryango ngo kuko imandwa zababwiye yuko ngo Shima nafungurwa azabasimbura kun goma kandi ngo akazaba umwe mu bakomeye mu isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira Uwamahoro Annie nabasaza be birinde cyane kandi biringiye Uwiteka Imana Nyiringabo kuko niwe wenyine wabatabara ibikomeye bije kandi balimo ariko kandi birusha ibindi gukomera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,unaburire abo bahungu bitwararike cyane kuko bamaze kugambanirwa nabitwa ko ngo ari inshuti zabo nyamara abo nibo bagiye gukoreshwa na abega ngo babace ibihanga uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore bagambiriye ko bazabashakamo ibitambo bazaha abadayimoni babo,ariko nimuba maso kandi mukaringira Uwiteka Imana Nyiringabo nta kabuza yuko Uwiteka Imana yanyu atazabura kubatabara kugirango agaragaze ubutabera mwabuze muri icyo gihugu yuko ashobora kububaha uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Burira abo bahungu na mushiki wabo bafatikanye namwe mu masengesho ya masaha (12 hrs) kugirango Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abakorere ibitangaza bikomeye kandi bazabirebesha amaso yabo ariko nta bwo bizagaeraho uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetsi kandi ni uko abivuga.

Bene data bakundwa mwese duhurira kumurongo wigisasiro cya karago kamasengesho mwese murasabwa gusengera uyu muryango Uhoraho Uwiteka Nyiringabo arindisha ijambo rye,mukimara kumenya icyo Uwiteka yabavuzeho nta mpamvu nimwe yababuza kubasengera kuko ariwo mugabane mwagabanye mu Ijuru wo gukiza abarengana.

Niyompamvu mwasigaye kugirango muzakoreshwe imilimo myiza yigicirio isa gutya uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga kandi niko abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni bo mu bwoko [3] kandi badafite icyo bapfana,ariko bagakora imilimo imwe.Imbogo (Buffallo);mbona Ingagi (Gorilla);mbona undi mudayimoni ukomeye wo mu bwoko bw’Ingagi ariko akaba atari ingagi nyirizina sinamenya uko yitwa mu mazina ye.

Nerekwa abo bazimu bose bacirwaho iteka nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo badayimoni binkozi z’ibibi wababonye?Ndasubiza nti cyane rwose nababonye.Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo badayimoni nabari bakoherejweho muri iki gitondo abadayimoni binkazi cyane ngo bahungabanye ubugingo bwawe none baciriweho iteka.

Mu gihe nkiri muri iryo yerekwa nongera kubona ya MBOGO (Buffallo) irwana na za nyamaswa ngenzi zayo,irazica zose irazirimbura (umudayimoni) winkazi maze mbona ko ariyo isigaye yonyine nayo ibonye ko ariyo yonyine isigaye ihita iriyica maze menya ko ibitero by’abega byari bimpagurukiye bicishijwe bugufiya uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwali Shima Diane Rwigara afungurwa maze ageze murugo mbona urugo rwabo rugoswe (kuzengurukwa) numusarani (Toilet) huzuyemo INYO maze umunyapolitike Shima Diane ashakisha uko yarwana nicyo gitero cy’abega b’abadayimoni ariko bimubera ingarabahizi.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,rero mwana w’umuntu,dore abega bafunze konti zose z’uwo muryango nta nurwara bakifitiye ngo nibura uwo munyapolitike ashobore kugura umuti wo gutera murizo ntindi zoherejwe n’abega none fata ibihumbi [7000] byamashillingi umwoherereze (bisobanura imbaraga z’Uwiteka) kugirango abashishwe guhangana nabo abega babadayimoni uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Hon.Diane Shima Rwigara

Ndayafata ndayohereza (amasengesho) maze ahangana nabo bazimu arabanesha,nerekwa ko Shima Diane namara gufungurwa abega bazihuta cyane bakajya koshya abahoze arabakozi babo kugirango bajye kwishyuza imishahara yabo kugirango Umwami Shima Diane atangira gusiragizwa mu nkiko nabo bakozi maze abega  bari baramubuze uko bamwivugana babone uko bamuca igihanga.

Nuko mbona umugabo umwe wo mugatsiko ka FPR aragiye abujije abo bahoze arabakozi buruganda rwa TPC, bagarukira mu nzira bari hafi yo kugera murukiko uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abantu ni abantu, nta bwo bajya batekereza barohejwe nabo barabyemera, ariko nyamara iyo baza kubyanga kuko batafashwe  kumbaraga nta cyo bari kubatwara.

Bigaragara yuko nabo  bari bafite uwo mutima wo gushinyagura no kugirira nabi uriya muryango wa Rwigara Assinapol. Niyompamvu bagiye kwishyuza kandi bazi neza yuko amakonti yose yafunzwe kandi naho yaba yarafunguwe iki sicyo gihe cyo kwishyuza kukobazi yuko uruganda rwasahuwe na abega bitwa RRA uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’ubukene uturuka mu nkozi z’ibibi wohererejwe Umuhanuzi Ainesha,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka wubukene woherejwe n’Abega ngo bagandishe umulimo w’Uwiteka Imana Nyiringabo.

Nuko ndahaguruka mfata igitiyo nzana igitaka cyinshi cyane ngisuka muriyo myobo y’Imbeba(Ubukene)maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ugize neza kuko uwo mwuka wabega uwuciriyeho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo zo mungabo z’Abega zitwa RDF,izo ngabo zikaba zikijijwe, kandi zikaba zifitiye Umwakagara ubutumwa bwaturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,ariko agerageje kubiganirira bagenzi be bo mu nzu y’Abega bamubuza gutanga ubwo butumwa no kubuvuga bamubwira yuko umunsi yabutanze azacibwa igihanga ngo ahubwo asengere uwo mudayimoni (Umwakagara) ngo nicyo cyatumye Imana imwereka ibyo byose ngo asengere umukuru w’igihugu umudayimoni wigize umuntu.

Dore ubutumwa yahawe uko buteye

Wa mudayimoni we wigize umuntu,bakunda kwita Umwakagara cyangwa paul kagame,warizamuye wishyira mubushorishori bw’INYENYERI maze wiyarikira icyari cyawe maze uravuga uti,nzareba uzagera muri ubu bushorishori bwannjye niyubakiye.

Ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo icyo cyari cyawe kizamanurwa muri ubwo bushorishori kigakubitwa hasi cyane kandi ababizi bose yuko wiyubakiye icyo cyari bazatangara cyane kuko ugiye kuba igitangararo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa iyo ngabo yambaye inkweto zipfutse (ubutumwa buhishwe) maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubonyeki?Ndasubiza nti mbonye ingabo y’Umwakagara yambaye inkweto zifunze hose.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,biriya bisobanuriki?Ndasubiza nti bisobanura ubutumwa bw’Uwiteka yahawe akaba yaranze kubuvuga ngo aratinya kwicwa.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubisobanuye neza cyane kuko icyo ari cyo bisobanura.Dore iriya ngabo yeretswe igiti kirekire kingaza marumbo gihushwa numuyaga maze umuyaga uturuka mu butayu bugufiya uza woherejwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Uraza uhuha cya giti kiranyeganyega kuzageza igihe cyagwiriye.Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,icyo giti ntawundi n’Umwakagara ugiye gukubitwa hasi kuko yazamuwe cyane akareshya nibiti birebire cyane maze umutima we urizamura cyane ureshya namahanga yose yo mu isi none igihe kikaba kigeze ngo uwo mutima ucishwe bugufiya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu uburire ingabo yahawe ubutumwa bwiza bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uti,uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga,dore watinye amaboko ya bana b’abantu (abega) unanirwa kwiringira Uhoraho Uwiteka Imana yawe mbese ko ibikomeye bije kandi bije byihuta icyo gihe ibyo byo uzabikizwa niki uko niko Uhoraho Nyiringabo abaza?!

Nuko rero kuko watinye guhesha Uwiteka icyubahiro Imana yawe, nawe bizakubera ibikomeye cyane kugirango ucike amaboko yabo ayo watinyaga nubundi nta kabuza yuko atazabura kuzakugeraho niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Sibyiza gutinnya uwica umubiri,warangiza ugatinyuka uwica ubugingo kandi ubugingo ari bwo buzacirwa imanza zigabera ubwo se ko uri ingabo ubwoko ubugabo bwawe bubaye ubuhe?Niko Uwiteka abaza!Ko warigupfa upfiriye abantu mukimbo cyo gupfa uzize ijambo ry’Uwiteka ukazahabwa ubugingo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nuko rero ubwo udashyushye kandi ukaba udakonje, nta kabuza yuko Uwiteka Nyiringabo atazabura ku kuruka kugirango nabandi bose bameye yuko kumvira ingoma ya abega b’abadayimoni bazacirweho iteka kuko basuzuguye umwuka w’Ihoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Bakumvira abega b’abicanyi badashobora no gutanga umwuka wo guhumekaho nisogunda rimwe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,manuka unyure mu ishyamba (ubuhunzi) maze ujyane ubwo butumwa bwahaweho iyo ngabo igatinya abega kuko nubundi isanzwe ar’ikigwari maze ubwo butumwa ubujugunye mu murwa mu nzira nyabagendwa (Internet) kugirango abantu bose bahanyura babwisomere bamenye icyo Uhoraho Nyiringabo yatumye iyo ngabo kuri shebuja ariko ikanga igahitamo gusuzugura Uwiteka kugirango inezeze shebuja uko niko Nyiringabo abivuga.

Nerekwa inyama mbisi (ubugambanyi bw’Abega) nerekwa bazitekera barazirira kandi bazajye bahora bazirira kuko ari byo bibareye uwo niwo murage baganye ikuzimu niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ndi mu ishuli maze Mwalimu tunanirwa kumvikana maze ahita ansohora mu ishuli agirango arampimye naho anyihereye uburyo bwiza bwo gucika icyo kigeragezo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

June 11, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zibaga inyama barangije barazirira,ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubugambanyi bwari bwateguwe na za magigiri burabagarutse inyama bari baguteguriye nibo baziririye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

June 12, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ishyaka rya politike rya ODM mu gihugu cy’ibabylon mu murwa mukuru w’Ishushani rikora amaperereza (investigation) kumasoko yatanzwe bidaciye mu mategeko maze abantu bagahabwa amamiliyari na mamiliyoni kandi batari babikwiriye.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu byakomeye mu gihugu kibabyloni kuko abantu benshi bagiye bahabwa amasoko (Tender) bidaciye mu mategeko none bahagurukiwe akabo kashobotse uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona leta zunz’ubumwe z’America zitegura amahugurwa yabanyamakuru bose bakorera hanze ya gakondo ya bakiranutsi.Maze mbona n’umuyobozi witangaza makuru rya “InyangeNews Media Agency” nawe yatumiwe muri ayo mahugurwa.

Nerekwa mbona leta zunz’ubumwe z’America zibakoresha amahugurwa yikoranabuhanga gufotora amashusho agahita yoherezwa ku cyogajuru (Satellite) ayo mahugurwa yari kurwego rwo hejuru maze mbona madame ROSSETTE KAYUMBA Nyamwasa ababazwa cyane ni uko ngo Umuhanuzi nawe yatumiwe muri ayo mahugurwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhorahora rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,utegure udukoresho twitangaza makuru twawe kuko mu minsi iri mbere hateganijwe amahugurwa akomeye mugiye kujyamo mu gihe Umwakagara agiye gukurwa ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona bene data twakoranaga umulimo bakaza koherezwa mu butayu bugufiya kwigishwa n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Mbona ko bageze ku nkengero z’ubutayu bugufiya cyane hafi na ya Nyanja iherereye mukarere k’Afrika yuburasira zuba,mbona biyuhagira umubiri wose banamesa nimyenda yabo yose (kwihana) gukiranirwa kwabagaragayeho batarya iminwa niko Uwiteka avuga.

Hepfo yabo hari abagore b’abanyarwandakazi bo mu bwoko bw’Abatutsi Kazi baherereye mu mahanga mbona nabo ko bari barajyanywe mu butayu bugufiya kugirango bacishwe bugufiya bigishwe kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ndetse mbona ko babohotse abari baboshye ndetse nabahumanijwe kugirango batazikora imugongo mbona nabo babohorwa ubyizera niko bizamubaho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo beneso barangije ubutayu nibagaruka uzabakire kuko bamaze kwigishwa ubu bamenye ubuhanuzi icyo ari cyo,ndetse icyo bupfana n’Umuhanuzi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

June 12, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona “AGATI GATOYA KATEWE MU BUTAYU BUREBURE” ariko ubwo butayu bwari butohagiye cyane,ariko nubwo biruko,kari kameze kageze hejuru kirigonda kubera guhuhwa numuyaga mwinshi wo mu butayu.

Maze mbona haje umuyaga uturutse mu butayu bugufiya,utangira guhuha ako gati,kari karamaze kwigonda,mbona gahoro gahoro uko umuyaga ugahuha uturutse hasi uzamuka ujya ejuru,mbona ako gati karigondoye neza karema gahagarara neza gatangira gushora imizi yako gatangira gukura neza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Iruhande rwako hahise hazamuka akandi “AGATI KASAGA NUMWERU CYANGWA KERURUTSE,NDETSE NA MABABI YAKO GATI,NAYO YASAGA NKA (GREEN AND WHITE”.Ako gati kari karaciwe umutwe wako numuyaga wo mu butayu garigara ar’igihimba maze nerekwa umuyaga uturutse mu butayu bugufiya uzana imbaraga zidasanzwe uhuha uturutse hasi maze uzamura wa mutwe wagati waguye hasi ukuma uhita wongera guterana nigihimba cyako ako kanya ako gati gahita kunamuka karema gatangira gushora imizi yako no gukura neza cyane!!!

Cya giti cya mbere giteye ahatohagiye kimaze kubona ko ako gati gateye iruhande rwako kandi ko kari karaciwe umutwe maze hakaza umuyaga wo mu butayu ukongera gusubiranya umutwe wako nigihimba icyo cyahise gikurwa ahacyo nticyaba cyongera kugaragara hasigara ka gati konyine kandi mbona ibara ryako ry’umweru rirushaho kugajuka no kwiyongera kwaguka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,nguwo umugani Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aciriye ubwami bw’uRwanda hamwe n’abanyarwanda bose bakunda cyangwa banga ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo umunyabwenge azishakirishirize amenye icyo bisobanuye niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Rucamihigo Mark ushinzwe kwiba no kugigira no kwica mu gihugu cy’Ibabyloni

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bagiye gutwara umutungo wawe kuko bagambiriye uburiganya ariko ntugire ubwoba kandi ntutinye kuko Uhoraho Uwiteka Imana yawe ariwe urinda ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho kandi rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho Nyiringabo niwe mugabane wawe,naho bagambiliye uburiganya ubanz ari nta cyo bazageraho kuko Uwiteka ari maso cyane kurinda umugisha wawe kandi agiye kwihesha icyubahiro no kwigaragaza uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi ku nkengero z’ubutayu bugufiya cyane,maze nerekwa mbona nubatse inzu muri ubwo butayu,ariko ikaba itari nziza uko bikwiriye ahubwo yariyo kwikingamo imvura.

Nyivamo nubaka indi nzu iruhande rwaho aho ngaho mu butayu ku nkengero z’ubutayu nyine,ariko yarikomeye kandi yasaga neza maze mbona ko ifite ibaraza (Veranda) igice kimwe cyubakishije igikuta gifatanye urugi ikindi gice cy’imbere kidafite igikuta maze nsohoka mu nzu nkinga urugi rufatanye nicyo gicyo gice ndetse nkinga numuryango winjira mu ruganiriro no mu cyumba maze byombi maze kubikinga gushyiraho ingufuri (padlock) maze mbona hanze gatoya hari abagabo bo mu bwoko bw’abatutsi biyita abanyamurenge bari bahafite (plot) ikibanza bari abafarisayo maze mbona barwanira inkunga z’umushinga bari barashinze bakajya bawusabisha inkunga muri barutuka.

Mbona umufarisayo (Pastor) washyizweho guhagararira uwo mushinga warufatanye nidini yirukanwa muri uwo mushinga ndetse no mu idini maze nawe ahita agira uburakari buvanzemo nishyari ahita asenya uwo mushinga kandi agaragaza amabanga ajyanye no gukiranirwa yakozwe nabagenzi bakoze uwo mushinga maze abatangaga inkunga bahita bahagarika inkunga zabo batangaga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,urufatiro rwose rufatiye ku kinyoma rugiye gukurwaho nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko ubwoko bw’Uwiteka Imana babukoresha mukwigwizaho imitungo aho kugirango bashakishe mu maso h’Uhoraho Nyiringabo kandi bigishe ubwoko bw’Uhoraho nkuko babyiyemeje ahubwo birirwa babacuruza kugirango babone ibyo bashyira mu bifu byabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko rero abanyakinyoma bo mu bwoko bw’Abafarisayo bibira mu izina ry’Uhoraho Nyiringabo dore baciriweho iteka nijambo rye kandi bahawe numero yubutabera Nº0166/0006/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse kandi ni uko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ugure “ibikoresho ujya ukoresha kuko bigiye kubura NOTEBOOK,SHORTHAND” werekeze mu murwa mukuru w’ISHUSHAN maze wigurire ibyo bikoresho kuko umwaka ushobora kurangira bitongoye kubone kugirango Umulimo wanjye ntuzadehe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ndahaguruka nerekeza mu murwa mukuru w’Ibabyloni nzenguruka muri za supermarket zose nsanga koko ibikoresho ari ntabihari ngira amahirwe nsanga mu isoko ryitwa NAIVAS ariho utwo dukoresho dusigaye ari [15] twose ndaturangura kugirango ntazabura icyo nkoresha nishyira $15 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga kandi niko abitegetse!

Nerekwa inote (currency) zo mu gihugu cy’ibabyloni zizinga zinze zibumbura zizamurwa numuyaga ziza mu biganza by’Umuhanuzi maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha uraje kandi uturutse kure cyane uzanywe nijambo ry’Uwiteka Imana yawe(Bwana wa Majeshi)kuko ijuru ryamaze gutegeka abashinzwe minisiteri y’imali(Ministry Of finance and Planing department  kohereza umugisha kugirango ukomeze ibikorwa by’umulimo w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

Nerekwa umwuka w’ikinyoma n’ubugambanyi bukomeye burimo gukorwa na za magigiri mbona baguze inka barayibaga barangije barya za nyama zayo.Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwna w’umuntu,dore za magigiri zaguhize ariko birangiye aribo bigambaniye kuko Umwakagara batari bumukire kuko bari bamusezeranije yuko byanze bikunze bari bukubone none barangiye batakubonye dore baciriweho iteka nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri DRCongo ahitwa Rucuro na Masisi,no mu minembwe aho abanyarwanda bavuga urulimi rw’ikinyarwanda bahabwa ibigori byitwa “IMPUNGURE” bisobanura ibigeragezo byihuse vuba cyane.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abatuye muri ako gace bahuye nibyago byihuse kandi bikomeye cyane mu minsi ya vuba uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Kuko ubuhanuzi bwavuze neza yuko umwana w’umwega azagerageza abanyagakondorero bose aho bazaba bari mwisi yabazima kandi niko bimeze ndetse niko byagenza kandi niko birimo kugenda kugirango ubwo Uwiteka azakuraho ingoma ya abega maze abanyagakondo bose aho bari kw’isi baziruhutse bashime Uwiteka yuko abakijije icyago gikomeye cyari cyarabateye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona I bara ry’umuhondo,maze mpabwa ijambo ryitwa (Coridor of Power) the meaning of it,means the highest level where decision important are made) nuko rero mwana w’umuntu niwowe ufite ubutegetsi mukiganza bwawe ufate ibyemezo bijyanye no gukiranuka udahutaje uwari we wese kugirango Uhoraho yigaragaze muri we uko niko Uwiteka abivuga.

June  13, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibbi zo mu bwoko bwa abega,hamwe nabafatabikorwa aribo badayimoni mbona ko bakwiriye imishwaro mbona ko bamanuwe hepfo mu butayu bugufiya aho bari bagiye gucumbikirwayo ibihe nibihe kugirango bamenye yuko Satani biringiye adashobora kugira imbaraga kurusha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore [3] boherezwa kuza gusura Umuhanuzi AINESHA aho yibera cyangwa acumbikiwe murutare ruri mu butayu bugufiya mu gihugu cy’ibabylon. Bazanywe no kureba umuntu w’Imana yagiriye ikizere ikamushinga umulimo wayo, maze kubera ubuhanuzi bwinshi bumaze gusohoza umulimo wabwo bituma bagira amatsiko yo kuza gusura Umuhanuzi kandi baza bikoreye INKANGARA baje gutura Umuhanuzi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mu gihe batari bavaho,mbona UKWEZI, IZUBA, INYENYERI, nabyo biramanutse bibasangaho,maze biganiriza Umuhanuzi bimusobanurira urugendo rw’abo badamu yuko aribo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuzakorana umulimo n’Umuhanuzi AINESHA ubwo bazaba bageze muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo ubigire ubwiru kandi cyane kuko igihe cyabyo kiregereje abazabirebesha amaso nibo bazamenya icyo Uwiteka yavugaga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

June 14, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona umunyapolitike “DIANE SHIMA RWIGARA” afungurwa maze isinzi ry’abantu benshi cyane buzura umuhanda bajya kumwakira banezerewe cyane ndetse bamwe baraza baramuterura bamushyira hejuru.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo ubyandike kugirango ababisoma babitegereze kuko naho abega bazabirwanya nta bwo bizakunda kuko aho uwo Mwali azerekera hose mu murwa mukuru wa gakondo ya bakiranutsi abantu bazamukurikira kugirango bereke Umwakagara ko bamuramabiwe kandi batamushaka na gato uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko wahanuye ko SHIMA azabambwa abe ari nako uhanura ko afunguwe kugirango ijambo ry’ubuhanuzi ribashe gukora umulimo waryo kuko ishuli yari yaragiye kwigamo rya Kaminuza aho akuye (Doctrate.PHD) muri politike amashuli ayarangije uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri z’Abega zishakisha ibirego ngo zijye kurega yuko ndi umusirikare wa RDF,kandi hashize imyaka [21] mvuye mu milimo yuburetwa bw’abega.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibirego byabo nta shingiro bifite kandi naho batanga ibirego nta bwo bagutsinda ariko se kandi bazagukurahe ko biruka inyuma y’umuyaga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Dore bakoze inama uyumunsi yo gushaka uko batanga ibirego muri police yo mu gihugu cy’ibabyloni ariko basanga bidashoboka kuko ari nta cyaha babona cyo ku kurega kandi ubu mu gihugu cy’ibabyloni ibintu bikaba birimo gusubirwamo ku buryo igihe sicya kindi nta bwo rero bizaborohera nuko rero ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azikurwanirira nkuko asanzwe abigenza uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona urubyiruko,ingabo za abega,police,abacuruzi,abagore,na bana abantu bose batuye muri gakondo ya bakiranutsi bafite ubwoba bwinshi cyane kubera intambara ilimo gutegurirwa mu gihugu cy’UBUPERESI uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,nyamara Umwakagara nta ngabo agifite kuko ingabo zose zishaka ko intambara itangira kugirango bahite bikuriramo akabo karenge kuko icyo gihe bazaba bafite impamvu zo guhunga kandi nta muntu numwe uzabahagarara imbere kuko bazaba babonye impamvu yo guhunga kandi Umwakagara akaba atazashobora kubahagarara imbere cyane ko ingabo ze nazo zizaba zihunga zikuramo akazo akrenge uko niko Uwiteka abivuga.

HEAVEN PARABLE: The Rhema word comes from heaven and told me,son of man,this is how the Lord God says,NO RELATIONSHIP WITH GOD OUR LORD MIGHTY,NO GOOD LIFE,THUS IS THE WILL OF GOD DECLARED.

June 15, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ndimo kurwana intambara na bagabo bo mu bwoko bw’Abega bafite ibyuma ariko bidatyaye cyane bakajya babinkatisha kumubiri hose amaraso akava ariko bitari cyane.”GUKOMERETSWA” maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bameze nabi cyane bari kugushakira hasi no hejuru kandi bagufitiye itima numujinya mwinshi cyane kuko ibyahanuwe barimo kubigenzura bakabona batabihagarika ahubwo bagahitamo kugushakisha ngo baguce igihanga nibura bazirukanwe muri gakondo ya bakiranutsi nawe utakiriho kugirango utazabishima hejuru uko niko Uwiteka Nyiringabo akuburiye.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zijyanwa mu butayu zirukanka mubutayu bugufiya na motor bike, bwose buri hafi ni Nyanja iri mu majyaruguru hafi naya Nyanja nini cyane maze mbona ubutayu mazemo imyaka [9] aribo babusubiyemo mu gihe jyewe nari mburangije ndimo kubuvamo tubisikana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abagore bo mu bwoko bw’Abatutsi Kazi,nerekwa nabo bakurwa mu butayu bugufiya cyane aho babumazemo hafi umwaka wose bigishwa kwizera no kwiringira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abagore benshi cyane bari bashyigikiye umunyapolitike “SHIMA DIANE RWIGARA” ubwo yashakaga kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu,maze abega banga kumushyira kurutonde rw’abaziyamamariza umukuru w’igihugu ahubwo bahitamo kumutwara  kumubamba. Rero abagore benshi baba hanze ya gakondo ya bakiranutsi barababaye cyane binjira mu butayu uhereye ubwo!

None igihe cyabo cyo kurangiza ubutayu kirarangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi abivuga.Mbona na bene data twakoranaga umulimo nabo bageze kumuhero w’ubutayu,maze mbona balimo kwiyuhagira (KWIHANA) kandi bogeraga ku karubanda umugabo numugore abahise nabagenzi babareba.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Kenyatta Uhuru MUIGAI ashyize bagenzi be mu butayu bugufiya cyane.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Kenyatta agurishije bene wabo kuko atanze itegeko ngo bamanurwe mu butayu bugufiya(gereza)uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Anerekwa za magigiri zabukereye zategateze imihanda yose nimihana yose,utuyira,nuduhanda hose aho bakeka ko bahabona Umuhanuzi maze mbona ko birirwa bategereje ariko bananirwa kugera kumugambi wabo wo gufata Umuhanuzi AINESHA uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo ufashe ikibaho kinini cyane cyanditseho ngo ”Do not use your Phone,to call anyone nor to texting messaging to anyone thus howe the Lord God says”.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ubwoko bw’amabuye ya gaciro yitwa “DIAMOND” alimo gutunganywa neza muruganda aho asanzwe akorerwa.Mbona umushonge wayo umanuka nk’igikoma ariko nyine umushongi wayo ushashagirana.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha uturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Kandi ubutunzi Uwiteka yagusezeranije igihe cyabo rero kiraaoshoye nubwo hashize igihe kirekire uhereye mu w’1998 kugez’ubu none igihe cyateganijwe kirarnagiye ugiye kwakira ubutunzi buturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana ukorera uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Nerekwa ndi mu butayu bugufiya cyane maze mbona ndikumwe na za magigiri hamwe na Nzika ya Nzigo.Bose biteguye gutaha ubukwe bugiye kubera mu butayu kuko umukwe numugeni niho bari bose.Ariko bashakisha umushumba wabasezeranya baramubura maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore niwowe wibera mu butayu bugufiya none genda usezeranye bariya bageni kuko babuze uwabasezeranya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,rero urabizi ko udafite suit cyangwa kositimu nziza wa kwambara usezeranya abo bageni none babwire baguhe impiya maze ujye kugura iyo kositimu maze ujye kugura mu murwa mukuru w’ibabyloni imyenda yo kwambara uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Dore niwowe wahanuye ubwo bukwe kandi wabuvuzeho cyane nta wundi rero wabasezeranya kandi atazi aho bwatangiriye ninayo mpamvu nyine abafarisayo badashobora kubasezeranya kuko bamenyereye ubukwe bwo mu murwa naho ubwo mu butayu niwowe wabumenyereye kuko uhabaye igihe kirekire cyane uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona icyegera cy’umukuru w’ibabyloni William RUTO atabwa muri yombi.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore icyegera cya Kenyatta atawe muri yombi ajyanywe mu nzu yimbohe kuko yanze ku kwakira kandi agerekaho guhiga ubugingo bwawe none Uhoraho aguhaye ubutabera uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu butayu bugufiya mbona ahantu hatunganirijwe kwidagadura ko aho hantu henshi hashinzwe ni nkozi z’ibibi zikorera satani (Freemasons) cyangwa izina bamenyereye rya ILLUMINATI ko umuntu wese uzajya ajya aho hantu bidagadurira ko byanze bikunze abahajya bahakura umuvumo wabazimu nabadayimo uko niko Uhoraho Nyiringabo ababuriye.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Uhoraho yansuye mu butayu bugufiya maze arambwira ati mwana w’umuntu,dore naje kugusura kuko umaze igihe kinini utarabukwa mu maso hanjye kuko nabaye nkuretse ndetse ngasa naho nakwirengagije cyane ariko urukundo rwanjye ruracyari kumwe nawe.

Nuko rero narinzanywe no ku kubwira yuko igihe cyawe cyo gihabwa umugisha nagusezeranije kuko aho imfura zisezeraniye ari naho zihurira.Kandi rero wabaye umwizerwa bitangaje kuko utigeze wita kubuzima bwawe niyompamvu nje guhamya yuko nguhaye kandi nzaguha umugisha utazarangira kuzageza abazagukomokaho bose kuko wambereye umwizerwa wankoreye umulimo ukomeye cyane kandi nta bwo wigeze witotombera umulimo naguhaye akaga,amakuba,nibyago byose byakugezeho iki rero akaba ari igihe cyawe ngo nawe wishimire ubusore bwawe kuko nzakongerera imyaka yo kubaho kugirango nkwishyure imyaka yose watakaje mu butayu bugufiya kandi umunezero utabonye mubusore bwawe iki nicyo gihe ubiherewemo uko niko Uwiteka abivuga.

June 16, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona za magigri zicigatiye kandi zihagatiye ibiti by’inyama zokeje bagenda bazirira mu nzira maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,za magigiri kazibayeho ibyari ukugambanira byahindutse ko ahubwo bo bagambanirana kuko abatanze amakuru bishakira gucuruza izina ryawe byamaze kubagiraho ingaruka niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umusore wambaye imyenda ya gikobwa cyangwa imyenda yabagore,kandi ijambo ry’uwiteka rivuga ko abagabo cyangwa abagore badakwiye kwambarana maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zaguze abasore zibaha impiya ngo zambare imyenda yabagore kugirango bateshe agaciro ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo.None ubacireho iteka kuko bakoze ibinyuranije nijambo ry’Uhoraho.Bahabwa Nº0167/0006/0018 uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo rirambwira riti,kandi nabagore Bambara imyenda yabagabo nabo ntubibagirwe kubaha numero yurubanza kuko aribo batangiye gukiranirwa basuzugura ijambo ry’Uhoraho Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.Bahabwa numero yurubanza Nº0168/0006/0018 niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abatutsi batuye Uganda,kandi mbona nabatuye muri gakondo ya bakiranutsi cyangwa bahavuye bituriye kumuhanda nyabagendwa wigitaka (Gukiranirwa) maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,cira urubanza abatutsi bari Uganda (UBUPERESI) ndetse nabahakomoka batashye muri gakondo ya bakiranutsi ubahe numero yirubanza Nº0169/0006/0018 kuko bakabije cyane gukiranirwa kandi ari nako barushaho kurwanya ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

 

Nerekwa ko Umwakagara agiye gufungura abo yari yaragize imbohe kugirango abajyane kurugamba rugiye gutangira vuba cyane muri gakondo ya bakiranutsi.Ariko akimara kubarekura bose bahise bamucika nta numwe wabashije kujya kurugamba nkuko abyibwira uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,genda ujye murugo rw’umucamanza mugenzi wawe maze akubwire ibisabwa kugirango ushake abazagufasha guca imanza zitabera.

Ndamanuka ngerayo muri urwo rugo,mpasanga ukwezi ni izuba nssanga byahantenze maze bimbwira ko ngo bizanywe no kumbera umuhamya kugirango bizahamirize ubwoko bw’Uhoraho yuko iyo gahunda yatuurtse k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar