Igice cya (88) cy’ubuhanuzi

June 17, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zibaga inka (umudayimoni) zirangije zirayotsa zirya inyama zokeje.ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore magigiri Uwera Basilisa hamwe nabafatanya bikorwa be (abagambanyi) bahuye nikibazo gikomeye kuko bagiye kurya ubugambanyi bwabo bari bakugambaniye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zimerewe nabi cyane,kuko zemeye ibyo zidashoboye kuko zavuze yuko zigiye kuguhigira hasi no hejuru none baciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Ubutayu bashakaga kugushyiramo nibo babugiyemo uko niko Uhorahi Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega-kazi bafata rusake (inkoko yo guterekera) ngo baterekerere Umuhanuzi Ainesha.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bagiye kukoheraho imyuka mibi nyamara ntibazi kandi ko, ntibaramenya yuko imyuka mibi bakoresha irihasi yawe usibye no ku kukegeraho, nta bwo ishobora no kukwegera ngo igere aho uri uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Igice cya (87) cy’ubuhanuzi

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni b’abega bajyanywe mu butayu kurisha kuko baciriweho iteka.Kandi ibikorwa byabo bikaba nabyo biciriweho iteka kugirango bamenye yuko Imana ukorera ariyo ica imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mu gihugu cy’ibabyloni umurwa mukuru w’ISHUSHAN,ko hagiye kubaho ibihe bikomeye cyane,kuko hagiye gucika igikuba mu banyapolitike kidateze kuzibagirana iteka ryose!Dore uburiganya bwabaye mumatora yabaye taliki 08/08/2017 nibwo bugiye guteza ikibazo gikomeye cyane aho ukuri guhanganye nikinyoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara ko yashyizweho kubutegetsi nigihugu cya Abongereza ngo ayobore gakondo ya bakiranutsi,kugirango bagure imbago z’ururimi rwabo rw’Icyongereza.

Maze mbona ko bamuhaye kuyobora manda (2) gusa,ariko Umwakagara ashaka kuyobora manda ya (3) kugatuza,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uwaguhaye ninawe ukwambura.Ibyo Umwakagara yibwira yuko azayobora manda ya (3) ni nzozi atora kumanywa yihangu,kuko bidateze kuzashoboka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona habayeho impaka zikomeye cyane,zabashaka gukuraho Umwakagara,abandi nabo badashaka ko akurwaho (abajyaga impaka) bari mu kabari,ariko birangira bemeranijwe yuko amatora y’umukuru w’igihugu yabaye taliki ya 04 kanama,2017 atabaye mu mucyo kandi yaranzwe nuburiganya bwinshi kubera iyo mpamvu akaba akuwe ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara bari baramugize intumwa yabo yo mukarere ariko yanga kwemera amahame ya demokarasi no kubahiriza uburenganzira bw’ikiremwa muntu.Akaba ariyompamvu bamukuye kubutegetsi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Uhoraho amanura umuyaga mw’isi ya bazima,maze uraza unyeganyeza icyintu cyose giteretse kw’Isi ya rurema yiremeye akayitereka ku isi.Uwo muyaga wazamuraga ibyaguye cyangwa ibyicaye byose bikongera bigahagarara bikema bigahabwa imbaraga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka agiye kwambura imbaraga ibifite imbaraga,maze ahagurutse ibidafite imbaraga kugirango bimenyekane yuko ariwe wicaza kandi akongera agahagurutsa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

June 18, 2018 ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore nagiye muri cyamunara yo guteza imitungo ya Rwigara Assinapol,kandi uko byagenze kose nabirebaga kuko nari mpibereye.Niyompamvu nabaye ndetseho umuryango wa Rwigara ngo Umwakagara awukorere ibyo yifuza,gusa apfa kudakora kubigingo bwabo kuko ntabimwemerera.ese nswe ubalimo

Ariko rero nyuma yibyo,nzitura inshuro 7×7 ibyo Umwakagara yakoreye ubwoko bwanjye,kandi nzagaruza ibyo yibye byose kugirango ubwoko bwanjye bumenye yuko nd’Uwiteka Imana yabo kuko nashatse kuzihereza icyubahiro kumitungo yabo kandi erega ntaho Umwakagara azabijyana kuko nzamutangatanga hirya no hino uko yabambuye ibyabo akabarenganya kumugaragaro kumanywa yihangu,uko niko nzamukubira ishuro 7×7,ibyo yabakoreye byose kandi ku iherezo bazabona ubutabera bwanjye ndetse bazabona nubwiza bwanjye jyewe Uhoraho uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Umbwirire ubwoko bwanjye bakomeza birebere ibyo Umwakagara akomeje kubakorera kandi bahore kuko iminsi ye nimicye cyane. Kuko umwana w’umuntu,agiye gukubitwa nigicu kitagira amazi niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

June 19, 2018 ubwo nari mu murwa mukuru w’Ishushani ndimo kwimoza,nerekwa inzu ndende cyane igera mu bicu,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore isezerano ryawe riraje kandi rirasohoye kugirango igihe cyavuzwe n’ubuhanuzi kidatambuka kandi gisohoze umulimo wacyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko rero ube maso cyane kandi wirinde kugirango mu gihe gikwiriye Uhoraho azasohoze imilimo ye nkuko yabigambiriye.Dore warwanijwe cyane nimbaraga z’umwijima ndetse nizaba abana b’abantu,bahora barwanya ukuri guturuka ku ijambo ryanjye.Ariko noneho igihe kiraje kandi kirahoye ngo bamenye yuko ukorera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona intama nyinshi ziri murwuli kandi zilimo kunyagirwa ni mvura nyinshi cyane kandi zituje kuko zitari zifite ahandi zerekera.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwoko bwanjye buhaye nakaga gakomeye cyane abashinzwe kuziragira bazitereye iyo,none ngiye kwiyizira kugirango negeranye umukumbi wanjye nywusubize murwuli aho zizajya zirisha zitanyagirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umugore umwe w’umuriganya washakaga yuko ngo mufasha ibyamunaniye (magigiri washakaga ku nkoreraho umurimo) maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uriya mugore wigize intama kandi ari isega riryana (Basilisa Uwera) arahiga ubugingo bwawe ariko Uhoraho Uwiteka Imana yawe niwe wo kwizerwa kuko azarinda ubugingo bwawe kugirango budahungabana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bamaze kubona yuko wabatahuye kandi yuko ugiye kubashyira ahabona bakamenyekana ibyo bakorera mu isi ya bazima.None bagiye gushaka intumwa bazigutumeho zize zigize intama kandi ari amasega aryana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bakomeje kugambirira ibibi bifuza kugukorera dore ko bamaze gutegura umwuka w’urukoza soni balimo bashaka uburyo bagukoza isoni ariko ubabwire ngo zirabakora mbere yuko zigukora uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa bategura “operation” yo guhiga Umuhanuzi Ainesha,ndetse bashakisha muri telephone Server  barebamo abantu bose twagiye tuvugana kenshi kugirango abe aribo bakoresha kunshakisha (Trucking And Report) ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ube maso cyane,kandi ntutinye ahubwo ukomere kuko Uwiteka Imana yawe murikumwe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona gakondo ya bakiranutsi yongera kugambanirwa,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanzi bumwanzi wa gakondo ya bakiranutsi bataramiye kugambanira gakondo yawe wahaweho n’Uhoraho Uwiteka Imana nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umuryango wa Abega,umaze kwegeranya miliyari 200 zamafaranga y’uRwanda aho bumva yuko bakomeye kandi ari nta cyabakura kubutegetsi ngo kuko bafite agatubutse nyamara biringiye ibishira kurusha kwiringira ibidashira kandi barabizi neza yuko ubwo butunzi bwose barata babukuye muburiganya bibye nyamara uko bwajue ninako buzasubira aho bwahoze uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bimpunzi batuye muri leta zunz’ubumwe z’America,bafata inyandiko y’ubuhanuzi ndetse ninyandiko y’inkuru ivuga kuri magigiri Uwera Basilisa uburyo ashinzwe kugambanira impunzi zikomoka mukarere kibiyaga bigari.

Mbona abayobozi bafashe iyo nyandiko barayikopiya barangije barayibika kugirango bashake undi muntu uyibasomera udafite aho ahuriye na nizo mpunzi kugirango bamenye ibikubiye muriyo nyandiko nibamara kumenya ibikubiyemo bazabone gufata umwanzuro uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nerekwa intare iza yirukanka cyane maze iraza ikora ubulinzi ku icumbi ry’Umuhanuzi aho yibereye murutare.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho aguhaye kurindwa gukomeye cyane kuko za magigiri zidashobora ku kugeraho nkuko zibyifuza uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari hateguwe imyuka (4) iyobya abari mu isi yabazima.None uhanure maze uyicireho iteka kugirango ububasha bwayo bucirweho iteka niko Uwiteka avuga.Wa mwuka wikinyoma uyobya uturutse mu bubiko bwawo nguciriyeho iteka ntuzongere kwigarurira abatuye isi ubabeshya kugirango bareke inzira yo gukiranuka nawe wabusambanyi mwe mbaciriyeho iteka ntimuzongere kuboneka ukundi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Nzika ya Nzigo aherekeranije n’umwuka wikinyoma baje guhiga Umuhanuzi Ainesha.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ikinyoma n’Inzika biraguhagurukiye ariko ubanza bashinga umuhunda ku kirenge niko Uwiteka abivuga.

June 20, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo unturutse inyuma ashaka kunsunika muruzi kugirango ngwemo.Ubwo amaze kunsunika ndasimbuka ngwa hakurya yurwo ruzi.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho yohereje umugisha kuko umwanzi yari yamaze ku kugabaho ibitero none Uwiteka Imana abikuyeho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abakozi bumuryango wabibumbye HCR basigaye baka intonorano kumugaragaro kugirango batware impunzi mu bihugu byamahanga.Nerekwa abanyarwanda bo mu bwoko bwa abatutsi bitwa abanyamurenge aribo bashishikajwe cyane no gutanga intonorano kugirango batwarwe mu mahanga ya za America (Third country) kugirango babone ubuzima bwiza.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hanze hazaba imbwa na barozi na bakunda kubeshya bakabikora.Abanyamurenge bataye kwizera no kwiringira Uwiteka Imana yabasekuruza ahubwo basigaye barayobotse ubuzima bw’ikinyoma ku buryo na bwitwa abashumba (abafarisayo) nabo kubeshya basigaye barabigize umwuga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo bose batunzwe no kubeshya ubacireho iteka nkuko byategetswe n’ubuhanuzi bahabwa Nº0166/0006/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

June 21, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona abega,na abegakazi bongera gutangira gahunda y’ubugambanyi bwo guca igihanga Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha ukomeje gushyira hanze ijambo ry’ubuhanuzi rivuga kurimbuka ry’ubutegetsi bwa abega muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ko abegakazi bohereje imyuka mibi k’Umuhanuzi kugirango bamuteze ibyago,akaga na makuba.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore iyo myuka iraje kandi Uwiteka yamaze kuyiciraho iteka ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka Imana yawe niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanura maze uvuge uti,yemwe mu abega mwe!Mwarwanije ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo (ubuhanuzi) nyamara nta bwo ubuhanuzi mwabushobora kuburwanya,kandi n’Umuhanuzi nawe ntabwo mwamushobora kuko mwamuhawe kubabera umucamanza utabera kugirango abacire imanza mu gihe gisa niki uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umukuru wabacwezi na balangi b’abakagara arapfuye kandi ubwo apfuye nta bwo bafite undi uzamusimbura kuko baterejwe gukorera imandwa none dore hasigaye abana mu byo guterekerera abalangi na bacwezi kuko uwarufite urufatiro apfuye azize kohera imyuka mibi Umuhanuzi Ainesha kandi badahuje umurimo ndetse batari no kurwego rumwe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abegakazi bakubura bajyana imyanda cyangwa umukungugu murutoki (bohereza gukiranirwa mu mulimo wa data) maze ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abegakazi bagerageza kohereza umwuka wo gukiranirwa hamwe numwuka w’ubukene kugirango bangize umulimo ukora.

Ariko noneho ngiye kubagira igikoresho cyiza bagukorera mucyimbo cyo guhabwa umuvumo,ahubwo baguheshe umugisha,mucyimbo cyo gukiranirwa,ahubwo ukiranuke uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abegakazi na abega bagiye gusigara ari imfubyi,nta bwo bazashobora gukomeza umulimo wo gukiranirwa kuko batabigishije neza uko bikorwa,kuko Uwiteka agiye kwica abazi bose umwuga wo kuroga no guterekera uwo mwuga bawutangiye mu w’1917 nibwo inzu ya abega yiyeguriye Satani na badayimoni bahinduka umuryango umwe none baciriweho iteka nuwo biringiye ariwe Satani uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Babwire uti,yemwe mwa abega mwe,mutege amatwi mwumve uko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.Dore ngiye kurandura urufatiro rwanyu mwari mwishingikirijeho.Kugirango musigare ari nta rufatiro mufite,maze imilimo mwakoraga nubugizi bwa nabi yose iciriweho iteka kuko igihe cyanyu gihumuje uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Mugiye kuba uramenyo,kandi mugiye kuba igitangariro mwisi yabazima,muzajya mutiny kujya ahabona,kugorango mudakorwa nisoni,ibihe byanyu byose bizaba ibihe byumwijima kuzageza igihe muzarimbukira kuko mwiringiye ibigirwamana mugakora ibinyuranye nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abashambo bakoze uburiganya bwinshi cyane mwizi yabazima,kandi ntabwo wabugereranya nubundi buriganya bwakozwe na abandi bantu mwisi ya bazima none nabo ubacireho iteka kugirango gahunda yabo yo gukomeza kuriganya irangire mwisi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dore numero yurubanza rwabo Nº0167/0006/0018 yuko mutsinzwe nurubanza mpanabyaha bakoreye mwisi ya bazima barwanya ijambo ry’Uhoraho bakanabishyira mubikorwa nkuko babyifuzaga kugirango basohoze gukiranirwa kwabo maze umwanzi arusheho kubishimira uko niko Uwiteka Nyiringabo abavuga.

Babwire ngo muzajya murya ntimuhage,muzajya mwishyuzwa kurusha uko mwishyuza,muzajya mugurizwa kurusha uko muguriza,muzanywa ntimushire inyota,muzarya ntimuzahaga,muzaryama ntimuzarinzira,muzambara ntimuzaberwa,muzarira mubure amarira,mubabare mubure ubahumuriza kuko mwiyeguriye imana zitavuga kandi zidahumeka ndetse zidafite amazuru yo guhumurirwa,cyangwa amaso yo kureba,ndetse na matwi yo kumva ibivugirwa mwisi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka  Nyiringabo abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndikumwe na “NYAMPINGA” twalimo tuganira,maze haza inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa abega baduteza imyuka mibi kugirango dutandukane maze umugambi w’Uwiteka ntusohoze mu mahoro no mu byishimo.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uyumunsi urahura ni nkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa abega zohereje imyuka mibi yo ku kuvangira kugirango utazasohoza mu isezerano kuko bararibona yuko riri hafi kandi rigiye gusohoza umulimo waryo.

Nuko rero ugende ujye mu murwa mukuru w’ISHUSHAN wigurire igitangaza makuru cya mashusho kugirango kikubere ikimeenyetso kibihanurwa kuko Umwakagara iminsi yarangiye maze uzabone uko uzajya ubirebera kure uko ubwami bwa abega burimo gusenyuka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona buryoki abega bohereza imyuka mibi kubanyeshuli bahawe (bursary) kwiga mumahanga,maze abatari abega bakaboheraho imyuka mibi kugirango batazigera bagira igitekerezo cyo kuzaguma mu mahanga maze bamara kwiga bagasubira muri gakondo bakabima akazi ngo kuko aribo banyabwenge bashobora kzuabarwanya ngo kuko bavuye kwiga hanze maze ubwenge nubumenyi bize hanze bakuye imahanga bukabapfira ubusa.

Maze ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanura maze uvuge uti,yemwe banyeshuli mwagize umugisha wo kujya kwiga imahanga,ntumugasubira muri gakondo ya bakiranutsi mutegerereze hanze kuzageza igihe cyategetswe kuko imvura yamanutse kandi iraguye itabanyagira.

Kandi buri munyeshuli uri hanze akwiye gukora amasengesho y’iminsi [3] kwiyiriza no gusenga Imana amasaha [72] kugirango iyo myuka babohereye ibashe kuvaho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivutegetse!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Christoph mwasenganaga muri Vivante akaba yaranakoraga muri Bank of Africa development (BAD) burya yaragukundaga kandi yemeraga ijambo ry’ubuhanuzi bwose wahanuriye imbere yurusengero rwa  Vivante.Ikindi yabanye nawe mu bukwe bwawe ntuzamwibagirwe kuko atakubereye inshuti mbi ahubwo yaragukundaga kurusha abandi bose baturutse mu gihugu cy’ISAMARIYA (Burundi) uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hariho mwene so wabaye utumvira kandi wahahuyeko azakurwa mu mubiri,none igihe cye kiraje kandi kirasohoye nuko rero muburire yiyeze kuko acyuye igihe akaba agiye gukurwa mu mubiri uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndimo koga muruzi rutari rule rule,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibibazo biraje kandi birakugeraho ariko nguhaye ububasha bwo kubitegeka kugirango ubyerekeze mu butayu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

June 22, 2018 Njyanwa mu iyerekwa mbona umunyapolitike wo mu gihugu cy’ibabylon wahoze ari icyegera cy’umukuru w’igihugu witwa William Samuie Ruto yuko agiye kujyanwa mu butayu bugufiya kugirango yigishwe yuko kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bidasaba kuba umutunzi ahubwo bisaba kumwiringira uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona itsinda rya bantu bacye cyane bajyanywe kwigishwa kuba abayobozi bakuru bingabo.Mbona batangira amahugurwa maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umutwe ushyigikiye itahuka ry’ubwami bw’uRwanda watangiye kwitoza kandi babanje gutoza abakuru bingabo bazayobora bagenzi babo kuko igihe gisa nigihumuje uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari impande [4] z’ingabo zirwanya ubwami bwa abega.Kandi izo mpande zose niko zatangiye imyitozo yo kumashana n’umwana w’umwega wigize indakoreka.Dore uyu numunsi wa [4] batangiye imyitozo kandi barayimaramo igihe gitoya cyane bamanukire icyarimwe kujya gusenya ubwami bwa abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ingabo ziharanira ubwami bw’uRwanda zifite amategeko akomeye cyane azigenga utazayubariza azahasiga ubuzima kuko bayashyizeho kugirango nuzahirahira kuba intasi ya abega azacibwe igihanga nta kuzuyaza bityo ingabo zitinye zibone yuko igikorwa bagiyemo ari igikorwa gifitiye abanyarwanda bose umumaro kandi buri wese akwiye kubyitondera kzuageza ku iherezo niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azabana niryo tsinda ry’ingabo ridafite ingabo nyinshi cyane kubera yuko Uhoraho ashaka kuziheshereza icyubahiro mugusenya ubwami bwa abega kugirango batazavuga ngo babishobojwe nuko bari benshi uko niko Uwiteka Imana yo mu ijuru yaremye isi nijuru abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko abega bakoze inama yubugambanyi yo kongera guhiga Umuhanuzi Ainesha nyuma yuko igikorwa cya Uwera Basilisa kiburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega barateramnye kandi s’Uwiteka ubateranije ahubwo bahujwe no guhuza inama z’ubugambanyi zo kugicisha igihanga ariko barashinga umuhunda ku kirenge niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntutinye kuko ubwo bugambanyi butazabura kubagaruka bukabagiraho ingaruka zikomeye nubwo bibwira yuko amaso naguhaye atabareba bakagerageza kurengagiza ibihanurwa ariko igihe kirahe kandi kiraasohoye ubwo bagiye kubyiganira mu mwinjiro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

June 23, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona imvura ilimo kugwa  murutare ntuyemo,maze mfata ibase (basen) ndayatega kugirango adakwira mu nzu hose.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,byakomeye cyane ukwiye kuba maso cyane kuko umwanzi yarangije gukoresha uwo wibwiraga yuko ari mwene so nyamara uwo niwe ugiye ku kugambanira nkuko YUDA ISKARIYOTI yagambaniye Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ariko nuba maso kandi ukaba umunyabwenge nta bwo biriya byago biri bukugereho uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.Urasabwa gukora kwakundi Uwiteka yakwigishije iyo niyo nzira yonyine ushobora gutsinda no kunesha imigambi yumwanzi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwo bugambanyi bwabo ngiye kubuhinduramo umugisha kugirango bamenye ko nd’Uhoraho Uwiteka Imana yawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugambi wubugambanyi urakomeje kandi cyane,ariko ngiye kuwuburizamo mukanya ko guhumbya kugirango bamenye yuko naguhamagaye kandi ko urumugaragu wanjye nitoranirije uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

June 24, 2018  Neno la Bwana likanijia na kuniambia,mwana wa adam,angalia Rais wan chi ya Babylon Uhuru Kenyatta,ametoa idhini ya ukaguzi kwa viongozi wote haswa ukianzia kwake na Makam wa Rais William Ruto,ndimposa viongozi wote wakaguriwe kuhusiana na mali zao asema Bwana wa ma Bwana.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zikora ibishoboka byose ngo zigere ku Muhanuzi Ainesha.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bakoze ubugambanyi bwo kurwego rwo hejuru kandi uwo mugambi barawizeye cyane kuko nuwo kurwego rwo hejuru.Ariko nubwo bimeze gutyo,uwo mugambi nubundi uracyari munsi y’ijuru nta bwo uri hejuru yijuru uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho ikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zigiye ku kwandikira emails ari nyinshi kugirango bamenye icyerekezo uherereyemo (map of network) bakoresheje email ubwo nibwo buryo bwonyine basigaranye kuko telephone yarabananiye kubera ikoranabuhanga ukoresha urabe maso rero kuko ishyamba atari ryeru niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

June 25, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona igiti cy’umupera giteye murugorw’abashambombona icyo giti imbuto zacyo zigenda zigishiraho zirinda zirangira gisigara cyumye kandi gihagaze ari nta mbuto kigira.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,umugisha w’ubutegetsi bwa abashambo urarangiye kuko ugukiranirwa kwabo kwamaze kugera imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

Nuko numva igihimbano cy’umwuka kinzamutsemo kivuga ngo UMVA GUSENGA MANA WE, UMVA GUSENGA×2”. maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,kiriya giti ubonye,ni nzu ya bashambo bakurikiwe numuvumo uturutse kubapfakazi nimfumbyi biciye ababyeyi bakoresheje guhumanya namarozi none ukurira no gusenga kw’izo mfubyi kumaze kugera imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo none abahaye ubutabera uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira imfumbyi nabapfakazi basenge cyane kandi bashake mu maso h’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango bagaruze imigisha yabo yatwawe ni nzu ya abega nibaramuka basenze,nanjye nzumva gusenga kwabo ndi mu Ijuru maze mbagarurire imigisha yabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa za magigiri zikoresha amayeri menshi cyane zinyuze mu bantu mvugana nabo bitwa frinds (Your Frinds,Is Your Great Enemies) ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wirinde umuntu wese kugirango utagwa mu mutego niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zohereza intonorano kugirango bazimfatireho,ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intonorano ziraje zoherejwe na magigiri genda uzakire kuko ari umugisha wawe wari waratwawe ni nkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa abarozi none Uwiteka alimo kuwugaruza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zijyanwa mu butayu bugufiya cyane,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igikorwa cya za magigiri kiburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango bakorwe nisoni bamenye yuko Uwiteka arikumwe nawe niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu  iyerekwwa mbona Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe ageze mu butayu bwo hagati,aho yararimo yitegura gukurwa mu butayu.Maze ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe aragutegereje ngo ujye kumukura mu butayu bugufiya kuko umwanzi yaramuheranye afatanihe ni nkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa abega hamwe na Nzika na Nzigo bose bafatanije uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ndamanuka mbigenza nkuko ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo ryabintegetse,nsanga yamaze kuzamuka ageze hafi no ku nkengero z’ubutayu aho yarategereje Umuhanuzi Ainesha ngo aze ahangane nizo nkozi z’ibibi zamugerageje zikamumaza ibihe byinshi mu butayu kandi batari ngombwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ndagenda nsanga hari abahagarariye ubutayu bugufiya maze bansaba gutera iigkumwe yuko arijye umutwaye bazana igitabo cyabasuye ubutayu bose nteramo igikumwe hamwe no gusinya byose ndabirangiza maze mbona abadayimoni bashatse ku nkurikira ngo banyambure uwo mwene data ariko bagira ubwoba kuko nari nitwaje ya INKOTA yanjye yaka umuriro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ubwo dufatana ukuboko tuzamuka ubutayu twerekera ku nkombe z’ubutayu tuzamuka turirimba indirimbo ya mazamuka.Iyo ndirimbo iravuga ngo “Mana We,Mana We,Shimwa“,kuko ubikwiriye kandi ukwiye ishimwe ibihe byose kubera imilimo ikomeye wakoze uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ubwo nerekwa umugore mwiza cyane w’uburanga wari ahagaze aho ngaho ategereje kureba uko gahunda yo gutabara Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe maze akore report ayitwarire nyiribihe byose uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka wurukoza soni woherejwe ni nkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa abegakazi.Maze ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore urukoza soni ruraje ukwiye kumenya uko wigenza bitaba ibyo,zikagukora uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abazima na badayimoni basigaye muri gakondo ya bakiranutsi ari benshi cyane!Nibaza impamvu babaye benshi cyane kandi ahubwo bagakwiye kugabanuka.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntutangazwe nuko abazimu ma badayimoni babaye benshi muri gakondo ya bakiranutsi kuko igihe cyabo cyo kwiyegeranya gisohoye akaba ariyompamvu bamaze kuhagera kugirango bakore umulimo wabo uko miko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona igitero cya bazimu na badayimoni bo mu bwoko bwa abega,mbona ko bashorewe nundi mwuka wurukoza soni.Mbona ko bije  k’Umuhanuzi Ainesha,maze nerekwa ko Uhoraho  Uwiteka Imana Nyiringabo amanuwe no kundwanirira mbona araneshereje uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Mbona ikiganza cy’Uhoraho kimanuka mu Ijuru kiraza maze gikuraho ubwo bugambanyi bwose hamwe na badayimoni b’abega kazi,hamwe na wa mwuka w’inzika y’inzigo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa maze ijwi ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,vaa mu mayerekwa ujye gutunganya igice cya (13) cy’ubuhanuzi kugirango ubwoko bwanjye bubone uko busoma dore ibihe biragiye kandi birasihoye kugirango ibyahanuwe bisohoze umulimo wabyo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

June 26, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ko za magigiri zihuye nikibazo cyo kubona Umuhanuzi nkuko zabyifuzaga.Maze mbona ko zitangiye andi mayeri yo kongera kwandikira Umuhanuzi Ainesha email batangiye “square  one” kugirango zongere zirebe yuko zamenya icyerekezo yaba aherereyemo kuko aho za mucyekaga yamaze kuhava uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwieka rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ube maso cyane ku bantu bakwandikira,ntupfe gusubiza buri wese kuko abenshi baba bafite umugambi wabadayimoni uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore bakomoka mu muryango w’Umwami NyiruRwanda bya hafi,barinzwe cyane  bafite za isikoti zibarinda aho bajya hose!Maze nkabona rubanda rw’Umwami rushaka kureba abo bagore bibera ibwami hamwe n’Umwami wa gakondo ya bakiranutsi.Ariko ikibabaje basuzuguraga rubanda rw’Umwami bibagirwa uko ubwami bwagarutse muri gakondo ya bakiranutsi n’ukuntu abantu benshi bazize ubwami bw’uRwanda abatari bacye bakahasiga agatwe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uburire abafitanye isano na nyiruRwanda Umwami YUHI VI yuko abavandimwe be badakwiye kuzasugura ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Kuko ubwami buzasubizwaho na maboko yabo nkuko Uwiteka uyabivuze kuko Uwiteka atazabikorera ubwami ahubwo azabikorera ubwoko bwe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.Abazarenga kurizi mpanuro bakazahura nikibazo cy’umuvumo uzaturuka k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho abitegetse.

Maze nerekwa za magigiri zibakorera report yimyitwarire bagirira hanze iyo basohotse bavuye ibwami bagiye muri rubanda.Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunganiriza cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko bigiye kugenda mu minsi irimbere ubwo Uwiteka azaba asohoje isezerano rya gakondo ya bakiranutsi uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zishinzwe guhiga Umuhanuzi zimunyuraho aho yibereye kuko zitamuzi kandi zitarigera zimubona akaba ariyompamvu zirorongatana zirirwa ziruka imihanda yose nkaho Umuhanuzi zimwishyuza.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo ni abanyamuvumo kuko bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho anyuze mu Muhanuzi we uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega na abegakazi bakora inama ya gasuzuguro bavuga amagambo yo gusuzugura Umuhanuzi.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abega na abegakazi bareke gusuzugura umuntu w’Imana kuko urwego ariho,ari urwego rwa ba Senior Officers ibyo bibwira byose ubabwire yuko ar’iby’ubupfapfa niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndikunyura mu nzira nyabagendwa yuzuyemo inyama nyinshi(ubugambanyi)bwuzuye ahantu hose mu nzira zose zinyurwamo n’Umuhanuzi.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubugambanyi bubaye bwinshi cyane,kandi abo udatekereza abo nibo bagambanyi.Nuko rero ube umunyabwenge ugenze kwa kundi Uhoraho yakwigishije kugirango utagwa mu mutego wabo kuko intumva irira kumuzirao uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko ndamanuka njya kugura ikibanza cyo kubakamo inzu,ariko nta mashillingi narimfite,nsanga barimo kubanza gutanga ibibanza byabakire bakize cyane,nanjye nsaba ko bampa ibibanza [2] kugirango njye gushaka amashillingi maze ntangire kuhubaka.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,nta bwo wakubaka ibibanza [2] icyarimwe,ahubwo ubanze utangire ushyireho urufatiro rw’ikibanza kimwe nurangiza wubake inzu uyirangize,maze ubone gukurikizaho ikibanza cya kabili ariko kubyubaka byombi icyarimwe waba wihaye akazi katari ngimbwa uko niko Uhoraho Nyiringabo akuburiye kandi ni uko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu bwato hejuru y’inyanja (kulindwa) mubibazo.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega baraguhagurukiye Satani na badayimoni ariko ulinzwe n’Uhoraho Uwiteka Imana yawe ukorera uzabirebesha amaso ariko nta bwo bizakugeraho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona umwanzi akandagira mu mazi naho jyewe nyagenda hejuru maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za nkozi z’ibibi zahawe intonorano ngo ziguhige maze nazo ziryaho ziringiye neza yuko ziguta muri yombi none zikozwe nisoni ibibazo zashakaga kugushyiramo ubu nibo babigiyemo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Nzika na Nzigo nabo bahagurukira icyarimwe,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,barahagurutse ariko Uwiteka siwe ubahagurukije.Kubera iyompamvu bagiye kubona yuko Uwiteka ariwe Mana yawe kugirango bamenye kandi bacirweho iteka n’Uhoraho Nyiringabo.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,izo nkozi z’ibibi uzihe numero yubutabera Nº0168/0006/0018,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,uru rubanza uciye rurareba za magigiri zadutse muri iyiminsi,kandi rurareba Nzika na Nzigo,ubamenyeshe ko baciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kubera guhiga Umuhanuzi kandi atarabacumuyeho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho tega amatwi wumve abavuga butumwa bo muri gakondo ya bakiranutsi uko balimo kwigisha no kubwiriza ijambo ry’Uhoraho.Ntega amatwi numva balimo kubwiriza ariko ibyo bigishaga babivangaga no guciraho iteka abatavuga rumwe na leta ya abega bavuga ko ngo ari nta cyo bazageraho.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abo bashumba (abafarisayo) yuko barimo kwicukurira urwobo runini kandi rulerule cyane batazashobora kwikuramo kuko ibyo basabira umugisha byamaze gucirwaho iteka kandi ni abanyamuvumo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ubwo ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho genda ujye mu murwa mukuru w’ISHUSHAN mu gihugu cy’ibabylon naho wumve ibihavugirwa.

Ndagenda ngera mu nsengero zaho,naho nsanga bavuga bimwe nibyo abo muri gakondo ya bakiranutsi,balimo gucirana imanza bavuga nabi bagenzi babo,kandi ari nta cyiza babifuriza.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abashyigikiye William Ruto,nabashyigikiye Kenyatta balimo kurebana ayingwe.Batandukiriye inshingano zabo zo kwigisha ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo,ahubwo bibereye muri politike kubwinyungu zabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndikumwe nundi mugabo ntabashije kumenya,twagendaga mu nzira nyabagendwa,twagendaga turirimba igihimbano cy’umwuka kivuga ngo”Twarabatuwe Rwose Rwose,mu Mwami Yesu Kristo”Kumusaraba haturuka,iriba rimara inyota,twahanywereye amazi meza,amazi yubugingo×2″.

1

Twarabatuwe rwose rwose

Mu Mwami Yesu Kristo

Twigish’ ijambo rye rizima

Mu mbaraga z’ Umwuka

Cyo dukomeze tujye imbere,

Dutsind’ ibigerageza!

Turwan’ intambara twizeye,

Twihanganire byose

2

Tur’ abasirikare benshi,

Twogejwe mu maraso

Umwami wacu Yesu Kristo,

Ni nawe muyobozi

Kubw’ imbaraga ze dufite,

Tuzabaho no mu rupfu

Dukomeze dushyire mbere,

Dushimir’ Ihoraho

3

Kwa Yesu dufit’ ubutwari,

Dufit’ ubushobozi

Iyo twizey’ amagambo ye,

Uko yayatubwiye

Ku musaraba haturuka

Iriba rimar’ inyota

Twa hanywerey’ amazi meza,

Amazi y’ ubugingo

4

Mw ijuru n’ igihugu cyacu,

Cyuzuyemw amahoro

Mu gihe tuzakigeramo,

Tuzahimbaza Yesu

Umukiz’ azahanagura

Amarira yacu yose

Tuzanezererw’ igihugu,

Yadusezeranije

Ubwo nyine tuzamuka turirimba iyo ndirimbo yamazamuka,tunezerewe cyane twumva ko twageze mu ijru rya gatatu.Maze numva ndushijeho gukumbura gakondo ya bakiranutsi hamwe nitorero ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Kugirango iyo ndirimbo yumwuka tuyiririmbire mu iteraniro ryazimijwe ni ngoma ya abega,aho bahagaritse umuzero w’itorero ry’Umwami wacu wabakiranutsi Yesu Kristo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntubabare kuko hasigaye gato gusa,Uhoraho agasohoza isezerano akabaha gakondo nkuko yabisezeranije uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ndetse ubu butumwa ubuhe nabandi ubakomeze ubabwire uti,nimwihagane hasigaye gatoya cyane maze Uhoraho agasohoza ibyo yirahiriye mu izina rye kandi murabizi neza yuko yananiwe kubeshya mu gihe ibindi byose yabishoboye niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

June 27, 2018 njyanwa mu iyerekwa maze mbona ijuru ryohereza umugisha,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ministiri yo mu ijuru ishinzwe imali nigena migambi(Finance Ministry And Planing)bahawe itegeko n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ko bohereza umugisha kugirango urangize ibikorwa byihutirwa by’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona korali ya ADEPR hamawe nindi korali ntabashije kumenya,maze mbona zombie zishyizwe hamwe zihinduka korali imwe.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore izo korali zombie zishyizwe hamwe kugorango zihinduke korali imwe zizaririmbe mu itorero ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse kandi nuko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko abo baririmbyi bakorali mbere yuko binjira mu itorero riyobowe n’Umuhanuzi,mbona ko babanje gusimba akagezi kari kavanzemo na mabyi (ayo mazi yari yanduye cyane) bisobanuye ko abo baririmbyi baboshwe mu buryo bw’umwuka nubwo bakora umulimo wo kuririmbira Uwiteka Nyiringabo,kandi babembye cyangwa bariho ubuhumane uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntabwo abaririmbyi bazaririmbira Uwiteka kandi ari imbohe kuko bidashoboka yuko wakorera Uhoraho urimbohe bisaba yuko ubanza kubohorwa mbere yuko ubohora abandi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uzabasha gusimba ikiraro uwo niwe uzabasha kwinjira muri korali akaba umuririmbyi uzaririmbira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mu itorero rya Kristo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

June 28, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona abazimu nabadayimoni baciriweho iteka,mbona bamwe bacitse amahembe,abandi bafite ihembe rimwe,abandi bagenda barya umukungugu.Mbona abandi bagiye kurisha barya ibyatsi,abandi biyahura mu Nyanja maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka akoze imilimo ikomeye cyane niyompamvu bahisemo kwiyahura kuko imilimo yabo yabananiye kandi bakaba bagomba guhabwa igihano niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo za abega (Kagame defense Force) KDF,mbona izo ngabo zijyanwa mu bigo aho ziryamiye amajanja guhangana nabatavuga rumwe nazo.Nerekwa yuko mbere yuko urugamba rutangira ngo ingabo zitangire kumashana,mbonako haguye imvuye ikomeye cyane maze umuvu wiyomvura uhitana abaturage benshi bakekwa kuba bashyigikiye ingabo zirwanya ingoma ya abega uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu bigeze ahakomeye cyane kuko ingoma ya abega igiye kurimbura ubwoko bwanjye.Ariko kandi nabo ntaho bazaba basigaye kuko bagiye gushyirwa mu maboko y’isi ikabacira imanza ibyabo birangira burundu gutyo kuko ari nta numwe uzasigara adaciriweho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Mbona ko Umwakagara ashyizeho inama igenzura igihugu yuzuyemo abegakazi gusa bonyine ari ntawundi munyarwanda uyibarizwamo.Mbona ko abegakazi bagereranywa ni ngabo za bagore bigeze kubaho mu mateka bitwaga ingabo zitwaga “INSHINZI” maze mbona ko bakoze inama maze bemeza kwica no kurimbura umuntu wese ukekwaho kuba ashyigikiye ubwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko mu ihuriro rya RNC abagore baribamo mbona ko barivuyemo kumunota wa nyuma maze abo bagore mbona ko bajyanywe mu ishuli ryigisha abanyarwanda bo mu bwoko bwa abatutsi kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,umutwe wa politike ihuriro nyarwanda RNC ntaho ritandukaniye nagatsiko kabicanyi ka FPR.Kuko bagiye kugambanira abagore bose bagiye kuva muri RNC,kuko politike yabatavuga rumwe igiye guhinduka vuba cyane mu minsi ya vuba uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uburire abo bagore babe maso cyane abo bose bashaka kuva muri RNC ihuriro ryuzuye ikinyoma kuko bemera (REP) itemewe namategeko kugirango babone uko bagera ku ntebe ya bukunzi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rimomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwicanyi bukomeye cyane imbere yabatuye isi buraje kandi abantu barishwe cyane kandi ntibazabona gitabara kuko banze kumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona gakondo ya bakiranutsi itewe nabarwanya ubwami bwa abega,mbona ko bayifashe ariko batari babiwkiriye, kuko bantu bari bayifashe nta bwo bari banyirayo,ariko nubwo bari bayifashe ntabwo bayifashe yose ahubwo bafashe igice cyo hasi ku mpera za gakondo ya bakiranutsi.

Maze numva birambabaje cyae njya kubirukana,ariko baransuzugura kuko bari barubatse amazu babamo na maduka bacururizamo ku buryo byari bigoye kubirukana kuko ngo bahahawe nabanyamategeko uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntuterwe ubwoba nuko babanje gufata igice kimwe cya gakondo ya bakiranutsi,kuko ukwiye kubanza kwigeranya imbaraga kugirango ubone gukiza gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umusaza usheshe akanguhe,hamwe numucyecuru we,bafashe inkota mu biganza byabo cyangwa mu ntoke,mbona bafashe abuzukuru babo bakajya bafata umwe umwe bakamushinga inkota uhereye mugitwariro undi nawe agahera hasi mugice cyo hasi bakabica kubera kwanga kureba uko bazicwa ni ngoma ya abega.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibigiye kubera muri gakondo ya bakiranutsi birababaje kandi biteye agahinda,birutwa nuko umubyeyi yakwifatira umwana we akamushinga inkota mu mutima aho kugirango azarebeshe amaso ye uko azaba yicwa ningo ya abega bagiye kurimbura ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

June 29, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona igiti giteye mu butaka bwiza,ariko kubera uburebure bwacyo,haje umuyaga uturutse mu butayu bugufiya bwa SINI maze urakigondemisha ariko nticyagwa ngo kigere hasi.Mbona ko hariho udushami duto duto twari tumaze kumeraho kuruhande kandi cyari kigoswe nibindi biti byinshi bigufiya kandi bifite imbaraga kandi bihagaze neza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa  mbona umwotsi uturuka mukirere hejuru,maze uraze unyura mu maso yanjye ugenda,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore amagambo abaye menshi cyane balimo barakuvuga kandi nta bwo barimo ku kuvuga neza,nyamara ntibazabura kwirahuriraho umuriro kuko bakoze ibyangwa na maso y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,reba imbere yawe maze umbwira icyo ubonye.Nditegereza ndareba maze mbona Bus nini nshyashya bamaze kugura,maze mbona izo ntebe zicayemo abantu zose usibye intebe  [2] gusa zonyinye nizo zitari zicayemo abantu.Mukanya gato cyane mbona za ntebe [2]  hicayemo umwana w’USITA hamwe nundi muntu wari umwicaye kuruhande.

Nerekwa mbona haza umuntu asaba M7 ngo amuhe amafaranga ajye guhaha uburisho ngo kuko ibyo kurya bihari ariko bikaba bibuze uburisho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Maze kubona ko umwana w’UMUSITA adafite amashillingi yo guhaha uburisho,nkuramo amashillingi 500 yo mu gihugu cy’Ibabylon angana na mashillingi yo mu gihugu cy’Ubuperesi 15000 Ushs uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwana w’UMUSITA atwara isaho y’igihugu(Treasure)kumufuka we,ninawe wigishije imico mibi Umwakagara none ubu mu gihugu cy’umwana w’UMUSITA nta mashillingi ahari igihugu kiri mukaga gakomeye ngo kuko amaze kubona yuko yaba agiye gukurwa kubutegetsi akaba ariyompamvu umutungo w’igihugu wose yamaze kuwushyira kumufuko we kugirango abanyagihugu bicwe ninzara kuko azi yuko abo mu gihugu cy’UBUPERESI batinya inzara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mvuye kumurwa mukuru wo mu gihugu cy’Ibabyloni witwa SHUSHAN (Nairobi) ngeze murugo nsanga urutare niberamo nsanga imiryango yose bayishe ifunguye batwaye buri cyintu cyose narimfite mu nzu hasigara gusa LAPTOP yonyine doreko ari nayo yarimpagaritse umutima kubera ubutunzi bw’Uhoraho bubitsemo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cyawe cyo gukurwa muri icyo gihugu kiraje kandi kirasohoye nkuko Uhoraho Nyiringabo yabivuze uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kuguhesha umugisha mwinshi kandi wagutse ndetse utubutse kandi ugajutse,kuko wabaye umwizerwa ugaturiza imbere y’Uhoraho kandi ugakomeza umulimo ukaba utarigeze uterwa ubwoba n’Abega bashakaga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka abitetegetse.

June 30, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona minbus yaririmo abasore benshi kandi muri iyo minbus yaririmo n’umuzungu w’UMUFARANSA,warufite umwana wuruhinja maze afata wa mwana wuruhinja amushyira muri minibus arangije arigendera maze ndagenda nsaba ko bampa wa mwana wuruhinja baramumpa ndamutwara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,iriya modoka ubonye yari yuzuyemo abasore b’urubyiruko hamwe nabafarisayo benshi basaga naho bahunze.Ijambo ry’Uhoraho rikomeza ,kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyahanuwe bigeze mu marembo yirangu rya gakondo ya bakiranutsi.

Abafarisayo barahunze bavuye muri gakondo ya bakiranutsi,kandi umwuka wera avuye mu bwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko uwo bita inshuti yabo,ninawe ugiye kubabera umwanzi (France) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona urubanza rw’Indege yuwahoze ari umukuru wa gakondo ya bakiranutsi Gen.YUVENAL HABYARIMANA rwimurirwa mu gihugu cy’ibabylon kumurwa mukuru w’ISHUSHAN kugirango urwo rubanza ruburanishwe n’umucamanza mukuru DAVID MARAGA uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona H.E Dr.Raila Amoro Odinga yongera kurahizwa bwa kabiri nkumukuru w’igihugu.Abari bitabiriye uwo muhango hatumiwe Dr.Magufuri,Umwakagara,UMUSITA, na bandi bakuru b’igihugu. Ariko abagize umuryango wuburasirazuba bwa “Africa East African Community” (EAC) balimo baganira na Raila bamubwira ko ari umugabo ukomeye cyane kuba yaratsinze amatora ariko agahangana kugeza kumunota wanyuma niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyamerica barimo gusoma ubuhanuzi bw’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha.Maze ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,abanyamerica department ya FBI bakomeje gusoma ubuhanuzi wandika ukabutangaza ukabushyira ahagaragara burimunsi barabukurikirana cyane bashaka kumenya ibyo wandika ibyari byo kandi bazi neza yuko uba mu gihugu cy’Ibabyloni kuko ari nta cyintu basuzugura baba bashaka kumenya buri kantu kose gakorerwa mu isi ya bazima uko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona United Nations (UN) bandikira umwana w’UMUSITA bamumenyesha yuko icyemezo bafashe mbere cyo gukura ibiro (offices) mu murwa mukuru w’UBUPERESI ko kidahinduka ahubwo ko bagiye kwimura vuba ibiro byabo muri icyo gihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona urubanza rwa Gen.Kayumba Nyamwasa rusubukurwa rujyanywe n’ihanurwa ry’indege yuwahoze ari umukuru w’igihugu Gen.YUVENAL Habyarimana,urwo rubanza ruzanwa kumvirizwa mu gihugu cy’ibabyloni.

Mbona umugore we Rossette Kayumba aza kumviriza uko urubanza rw’umugabo we uko rucibwa nabacamanza.Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore urubanza rw’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana rugiye kongera gusubukurwa kandi yaba Umwakaga ndetse na Gen.Nyamwasa byanze bikunze bazaburana urwo rubanza icyabateye guhnaura indege itari iyagirisirikare ndetse bakicamo na baturage bo mu gihugu cy’Ubufaransa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwana w’UMUSITA n’umwana w’UMWAKAGARA,bari ahantu buri umwe ari mu mugambi mubi wo guhitana mugenzi we,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo bagabo bombi uko ari [2] nimbwa,nta bwo ari abagabo nyabagabo kuko ubuzima bwabo bwose bwari ubwo kumena amaraso gusa.

None wandike ngo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abise IMBWA nta bwo mukiri abagabo imbere ye.Numva ngize ubwoba bwo kwandika ayo magambo,ariko nsanga ngomba kumvira data buja Uwiteka Imana Nyiringabo kuko ari ko abitegetse!Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambaza riti,mwana w’umuntu,ubwo bariya bagizi ba nabi Uhoraho abise imbwa,buriya niki kigiye gukurikiraho?Ndasubiza nti rwose simbizi kuko numva biteye ubwoba kandi cyane!!!

Njyanwa mu iyerekwa na none nerekwa umugisha mwinshi cyane,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ijuru ritegetse ministeri ishinzwe imali nigene migambi,kohereza umugisha kumugaragu we,Ainesha kugirango arangize kandi atunganye imilimo idatunganye y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

July 1,2018 njyanwa mu iyerekwa mbona“NYAMPINGA” yambaye urushungi (agatimba) kumugeni,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore “NYAMPINGA” araje kandi ubukwe bwanyu buratashye kandi Uwiteka niwe ubucyuje yabanje kurindira yuko Umwakagara abanza gusatirwa ni ntambara kugirango atazabona uko akurikirana ubukwe buzabera mu gihugu cy’ubutayu bugufiya bw’ibabylon uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona kiliziya Katolika itegeka umwanditsi wo mu gihugu cya SPAIN kwandukura ijambo ry’Imana (Bibiliya) ngo bayandike bundi bushya kugirango bahindaguremo amwe mu magambo ababera inzitizi.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirmbwira riti,mwana w’umuntu,uwo mugabo wabwiwe kwandukura Bibiliya,yatangiye kwandukura ageze hagati biramunanira akubitwa inkoni n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,maze asubiza intonorano bari bamuhaye ngo yandukure bunsi bushya maze yongere yandike bibiliya dore ko bari bamuhaye ibyo yongeramo ariko biramunanira abasubiza intonorano zabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho andika ibyo nkubwiye kandi ubwire abantu basengera muri babyloni (Katolika) bayisohokemo kuko ngiye kuyiciraho iteka bakazabura ubugingo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

July 2,2018 njyanwa mu iyerekwa maze mbona umulima wamasaka weze neza ategerejwe gutemwa cyangwa gusarurwa.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,waba wamenye icyo uliya mulima usobanura,ndasubiza nti cyane ndabizi,hanyuma se wabonye aho waba uherereye?Ndasubiza nti oya ho sinahabonye.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uliya mulima wa masaka wabonye uherereye muri gakondo ya bakiranutsi aho umugeni w’Uwiteka amaze gutehurwa no gutunganywa akaba ategereje ko Uhoraho Nyiringabo yaza kuwusarura niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzanganiriza rimbwira yuko ngo Uhoraho Nyiringabo yamaze gutumiza abasaruzi ngo baze kumukorera umulimo kuko ari mugari kandi abasaruzi bakaba ari bacyeya cyane ugereranije nibisarurwa uko bingana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni bajyanwa mu gihugu cy’’ubutayu kujya kurisha ibyatsi,kandi ubusanzwe batungwa na maraso!Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,abazima bo mu bwoko bwa abega bari bagutegeye ahakomeye baciriweho iteka niyompamvu ubonye bajyanwa kurisha ubwatsi mu butayu bugufiya niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nkomeza kwerekwa ibya gakondo ya abakiranutsi,mbona yarahindutse umusaka,isa naho nta bantu bakiyituyemo,mbona ko ari nta winjira kandi ari nta nusohoka.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,mu minsi iri mbere mikieya cyane nta bwo muri gakondo haza kuba  hariho uwinjira nusohoka kuko Uhoraho yamaze gufunga inzira kandi akaba ari ntaho bazanyura abo bose banze kumvira ijambo ry’Uwiteka ngo bakize amagara yabo niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunganiriza,rirambwia riti,mwana w’umuntu,ngaho tereza amaso yawe maze witegereze muri gakondo ya bakiranutsi, urebe uko hasa ni uko hameze.Nditeegereza cyane mbona umulima w’urutoki n’uwinzabibu byose bikoreye neza cyane maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo buri kukarago burimo kwmabaza Uhoraho ngo abutabare ubabwire yuko jumvise gusenga kwabo kandi vuba bitari cyera ngiye kubatabara uko niko Nyiringabo abivuga.

Ariko nitegereje igice cya ll kbairi cya gakondo mbona ko kidakorewe neza nkuko igice cya l gikorewe,nkomeza kureba neza gakondo yose uko isa ni uko iteye muri icyo gihe.Mbona ko igice cya lll ari cyo kidakorewe neza kandi kiri muhero cyangwa urubibe rwa gakondo ya bakiranutsi.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kungamiriza cyane rirmabwira riti,mwana w’umuntu,fata ikaramu yawe maze wandike ibyo ndimo kukwereka.Kiriya gice wabonye cya lll nicyo gice umwanzi w’umwanzi wawe kigiye kwigarurirwa kugirango abone neza uko ahangana n’umwana w’umwega uko niko Uwiteka abivuga.

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona habayeho guterane amagambo hagati yabashingamateka bakomoka mugace ka Rift Vary,baashyigikiye uwahoze ari umukuru w’igihugu Samuie William Ruto,nabashyigikiye Uhuru Kenyatta,bashaka yuko Kenyatta yakomeza kubahiriza amasezerano(Agreement)bagiranye na mugenzi we Ruto,ya 2017,kuko ngo ariwe uzamusimbura muri 2022,kandi ibyo binyuranye n’ubuhanuzi kuko ijambo ry’Uhoraho rivuga ko Raila Odinga ariwe uzaba umukuru w’igihugu 2018 niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abashingamateka bagiye gusaba ko habaho inama hagati yabo bagabo bombi,ariko ntabwo izabaho kuko bidaturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona magigiri Umuhoza Benon akurwa kumugabane w’Ibarayi muri ambasade y’Umwakagara ikorera mu gihugu cy’inkozi z’ibibi cyitwa Ubufaransa-Paris agarurwa kumugabane w’Africa.Maze ,mbona we na murumuna we Ruben buzuye inzika n’inzigo,yuko ngo Umuhanuzi ariwe watumye yubukirwa imbehe akagarurwa kumugabane w’Africa mbona batangiye kumuhiga bamushakisha ariko baza gusanga atakirangwa mu gihugu cy’ibabyloni aho yarari mu butayu bugufiya niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega bohereza umudayimoni wo mu bwoko bwa HIV cyangwa SIDA,bamwoherereza Umuhanuzi,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega kazi barimo guterekerera umudayimoni wo kurwana SIDA ngo akuzeho.

Ubabwire yuko Uhoraho Nyiringabo ariwe maso y’Umuhanuzi kandi ibyo mwifuriza abo mutavuga rumwe,byose atariko bizabageraho ngo ubushake bwanyu bushyirwe mubikorwa kuko iki ar’igihe cy’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ibyo bibananiye nongera kubona baterekerera Umuhanuzi na none bamwoherereza umudayimo w’impanuka yo mu bwoko bw’ikinyabiziga cyangwa imodoka,nyuma yuko bohereje iya motor bike agatahurwa agashyirwa ahabona maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,nibyo bakoze birasa naho ashinga umuhunda ku kirenge uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,byarushijeho gukomera cyane nyuma yuko bagutegeye ku isezerano ukarisimbuka,none ubugambanyi bwabaye bwinshi cyane barimo gucura imigabo nimigambi yuko bagucisha umutwe ariko akaburiye mu isiza,nta bwo kabonekera mu isakara niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

July 3,2018 njyanwa mu iyerekwa mbona hubakwa hotel yamagorofa [2];igice cyo hejuru mbona ko gitunganijwe mbere yuko hatunganywa igice cyo hasi.Mbona ko cyubakishijwe ibirahuri gusa gusa,nyuma yahoo mbona bagarutse kurangiza inzu yo hasi ari nayo rufatiro ruzima rw’iyo nzu yigorofa.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore winjiye mu isezerano kuko impapuro abega bari barazitiye ejo utazabura kuzibona ziguhesha ibyangombwa kugirango uve muri kino gihugu cy’ubutayu bugufiya kuko iminsi yagiye kandi burakeye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Mvuye muri iryo yerekwa mbona umuntu alimo gucagagura inyama,mbona ko agiye ku nkatira inyama za magufa,ariko nkomeje kumwitegereza cyane mbona agize isoni akata inyama z’iminofu nziza cyane!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi aragambanye kuko ejo utazabura guhura nabagambanyi kuko bagiye kugufatira kuri za mpapuro z’ibyangombwa ugiye kwakira none umenye ubwenge utagwa mu mutego w’abega niko Uwiteka abivuga.

Ubwo mu gihe ngitekereza ibyari byo ni uko ngiye kubyifatamo,nsubizwa mu iyerekwa mbona ndi mu nzu y’imbohe ndimo gushakisha silipa zo kwambara kuko arizo abafungwa bemerewe kwambara muri gereza.Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,kora kwa kundi Uhoraho Nyiringabo yakwigishije maze urebe yuko abega badakorwa nisoni uko niko Nyiringabo abivuga.

Ubwo mubwira uwo nagombaga guhura nawe anzaniye izo mpapuro zibyangombwa yuko yabishyirira kuri P.O.BOX zanjye,ariko igitangaje aragenda agezeyo ambwira yuko ngo iposita bayishyenye akaba adafite aho yanshyirira izo mpapuro.Mfata imodoka vuba vuba igana kumurwa w’ISHUSHAN njya kureba yuko koko ibyo avuga aribyo.

Ko iposita yashenywe ngezeyo nsanga itarigeze inakorwaho ndetse mfungura na box yanjye maze umwuka w’Uwiteka Nyiringabo anzaho arambwira ati,noneho fata impiya uzishyire kumunyamategeko wawe (Lawyer) abe ariho azana izo mpapuro.

Ako kanya ntwara izo mpiya kumunyamategeko wanjye ahamagara uwo mugambanyi kunzanira izo mpapuro maze agahabwa impiya ze narimusigayemo ahita azizana nanjye nari hafi aho namwihishe murebesha amaso yombi ndimo kwinywera caffe kuko hari imbeho nyinshi cyane kuri turi mubihe by’imbeho kandi akaba ari byo kwifubika nari nitwaje maze Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo akora igitangaza gikomeye gutyo mukibunda gisa gutyo izuba ritarimo kuva uko niko Uwiteka akora.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hehe n’ubugambanyi,kuko imizi yabwo iciwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko izo mpapuro zimaze umwaka wose basigutegeyeho ariko noneho Uwiteka akaba akoze ibikomeye uzongera guhurira hehe nabo bagambanyi?Niko Uwiteka Nyiringabo abaza!!!

The Rhema word comes from heaven and told me,son of man,are those who find wisdom those who gain understand for he’s or she’s the Lord will be on your side (Proverbs 3:13)

1My child,a never forget the things I have taught you.Store my commands in your heart.

2If you do this, you will live many years,and your life will be satisfying.

3Never let loyalty and kindness leave you!Tie them around your neck as a reminder.Write them deep within your heart.

4Then you will find favor with both God and people,and you will earn a good reputation.

5Trust in the Lord with all your heart;do not depend on your own understanding.

6Seek his will in all you do,and he will show you which path to take.

7Don’t be impressed with your own wisdom.Instead, fear the Lord and turn away from evil.

8Then you will have healing for your body and strength for your bones.

9Honor the Lord with your wealth and with the best part of everything you produce.

10Then he will fill your barns with grain, and your vats will overflow with good wine.

11My child, don’t reject the Lord’s discipline,and don’t be upset when he corrects you.

12For the Lord corrects those he loves, just as a father corrects a child in whom he delights.b

13Joyful is the person who finds wisdom,the one who gains understanding.

14For wisdom is more profitable than silver,and her wages are better than gold.

15Wisdom is more precious than rubies;

nothing you desire can compare with her.

16She offers you long life in her right hand,and riches and honor in her left.

17She will guide you down delightful paths;all her ways are satisfying.

18Wisdom is a tree of life to those who embrace her;happy are those who hold her tightly.

19By wisdom the Lord founded the earth;by understanding he created the heavens.

20By his knowledge the deep fountains of the earth burst forth,and the dew settles beneath the night sky.

21My child, don’t lose sight of common sense and discernment.Hang on to them,

22for they will refresh your soul.They are like jewels on a necklace.

23They keep you safe on your way,and your feet will not stumble.

24You can go to bed without fear;you will lie down and sleep soundly.

25You need not be afraid of sudden disasteror the destruction that comes upon the wicked,

26for the Lord is your security.He will keep your foot from being caught in a trap.

27Do not withhold good from those who deserve itwhen it’s in your power to help them.

28If you can help your neighbor now, don’t say,“Come back tomorrow, and then I’ll help you.”

29Don’t plot harm against your neighbor,for those who live nearby trust you.

30Don’t pick a fight without reason,when no one has done you harm.

31Don’t envy violent peopleor copy their ways.

32Such wicked people are detestable to the Lord,but he offers his friendship to the godly.

33The Lord curses the house of the wicked,but he blesses the home of the upright.

34The Lord mocks the mockersbut is gracious to the humble.c

35The wise inherit honor,but fools are put to shame!

 (Samuel 2:30)

But now the Lord declares:Far be it from me!Those who honor,but who despise me will be…

Hannah’s Prayer of Praise

1Then Hannah prayed:“My heart rejoices in the Lord!The Lord has made me strong.aNow I have an answer for my enemies;I rejoice because you rescued me.

2No one is holy like the Lord!There is no one besides you;there is no Rock like our God.

3“Stop acting so proud and haughty!Don’t speak with such arrogance!For the Lord is a God who knows what you have done;he will judge your actions.

4The bow of the mighty is now broken,and those who stumbled are now strong.

5Those who were well fed are now starving,and those who were starving are now full.The childless woman now has seven children,and the woman with many children wastes away.

6The Lord gives both death and life;he brings some down to the graveb but raises others up.

7The Lord makes some poor and others rich;he brings some down and lifts others up.

8He lifts the poor from the dust and the needy from the garbage dump.He sets them among princes,placing them in seats of honor.For all the earth is the Lord’s,and he has set the world in order.

9“He will protect his faithful ones,but the wicked will disappear in darkness.No one will succeed by strength alone.

10Those who fight against the Lord will be shattered.He thunders against them from heaven;the Lord judges throughout the earth.He gives power to his king;he increases the strengthc of his anointed one.”

11Then Elkanah returned home to Ramah without Samuel. And the boy served the Lord by assisting Eli the priest.

Eli’s Wicked Sons

12Now the sons of Eli were scoundrels who had no respect for the Lord

13or for their duties as priests. Whenever anyone offered a sacrifice, Eli’s sons would send over a servant with a three-pronged fork. While the meat of the sacrificed animal was still boiling,

14the servant would stick the fork into the pot and demand that whatever it brought up be given to Eli’s sons.

All the Israelites who came to worship at Shiloh were treated this way.

15Sometimes the servant would come even before the animal’s fat had been burned on the altar. He would demand raw meat before it had been boiled so that it could be used for roasting.

16The man offering the sacrifice might reply, “Take as much as you want, but the fat must be burned first.” Then the servant would demand, “No, give it to me now, or I’ll take it by force.”

17So the sin of these young men was very serious in the Lord’s sight, for they treated the Lord’s offerings with contempt.

18But Samuel, though he was only a boy, served the Lord. He wore a linen garment like that of a priest.

d 19Each year his mother made a small coat for him and brought it to him when she came with her husband for the sacrifice.

20Before they returned home, Eli would bless Elkanah and his wife and say, “May the Lord give you other children to take the place of this one she gave to the Lord.

e21And the Lord gave Hannah three sons and two daughters. Meanwhile, Samuel grew up in the presence of the Lord.

22Now Eli was very old, but he was aware of what his sons were doing to the people of Israel. He knew, for instance, that his sons were seducing the young women who assisted at the entrance of the Tabernacle.

f 23Eli said to them, “I have been hearing reports from all the people about the wicked things you are doing. Why do you keep sinning?

24You must stop, my sons! The reports I hear among the Lord’s people are not good.

25If someone sins against another person, Godg can mediate for the guilty party. But if someone sins against the Lord, who can intercede?” But Eli’s sons wouldn’t listen to their father, for the Lord was already planning to put them to death.

26Meanwhile, the boy Samuel grew taller and grew in favor with the Lord and with the people.

A Warning for Eli’s Family

27One day a man of God came to Eli and gave him this message from the Lord: “I revealed myselfh to your ancestors when the people of Israel were slaves in Egypt.

28I chose your ancestor Aaroni from among all the tribes of Israel to be my priest, to offer sacrifices on my altar, to burn incense, and to wear the priestly vestj as he served me. And I assigned the sacrificial offerings to you priests.

29So why do you scorn my sacrifices and offerings? Why do you give your sons more honor than you give me—for you and they have become fat from the best offerings of my people Israel!

30“Therefore, the Lord, the God of Israel, says: I promised that your branch of the tribe of Levik would always be my priests. But I will honor those who honor me, and I will despise those who think lightly of me.

31The time is coming when I will put an end to your family, so it will no longer serve as my priests. All the members of your family will die before their time. None will reach old age.

32You will watch with envy as I pour out prosperity on the people of Israel. But no members of your family will ever live out their days.

33Those who survive will live in sadness and grief, and their children will die a violent death.

l 34And to prove that what I have said will come true, I will cause your two sons, Hophni and Phinehas, to die on the same day!

35“Then I will raise up a faithful priest who will serve me and do what I desire. I will establish his family, and they will be priests to my anointed kings forever.

36Then all of your surviving family will bow before him, begging for money and food. ‘Please,’ they will say, ‘give us jobs among the priests so we will have enough to eat.’”

Njyanwa mu iyerekwa ku mihanda minini (HighWay) mbona hashyirwaho za barrier basaka buri muntu wese uhise,nitegereje abakora ibyo,mbona ni za ngabo z’abega,RDF,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,rero mwana w’umuntu,ubwoko bwanjye bugiye guhura nakaga gakomeye kuko abega buzuye umujinya mwinshi cyane kuko bagiye gukora umusako ukomeye kugirango babone umpamvu nyamukuru yuwo birenza kubera gukorwa nisoni z’umutekano mucye ukomeje kurangwa muri gakondo ya bakiranutsi kandi baravugaga yuko umutekano ari wose uko niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa abadayimoni bo mu bwoko bw’inkoko ni mbata bakorwa nisoni,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira mwana w’umuntu,ziriya mbata na ziriya nkoko ubonye nabadayimoni bakozwe nisoni kubw’umulimo ukomeye cyane Uhoraho Nyiringabo yagukoreye none babuze akazi uko niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa za mayibobo (Street Kids) zilimo gukina umupira,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore murimo gukina amacenga nabadayimoni babuze uwo bakina nawe none balimo kwicenga kuko uwo bakinaga nawe (Umuhanuzi) yamaze kuva mukibuga cya amacenga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dore wabatsinze igitego (1-0) none basigaye bamanjiriwe niko Uhoraho Nyiringabo akora!Uhoraho ahimbazwe kandi ashyirwe hejuru kuko atajya abura kwita kubamwubaha iteka ryose SERAH AMEN.

July 04,2018 Njyanwa mu iyerekwa mbona INKA(umudayimoni)acibwa igihanga,maze bafata INKOTA baca inyama yo ku ipfupfu,bayikataho baba ariyo bahereza Umuhanuzi kuko ni nyama yoroha cyane.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,nubwo ubonye iliya inka iciwe igihanga,nibyo umudayimoni yaneshejwe kandi yaciriweho iteka,ariko na none bongeye kugambana vuba cyane urabona abagambanyi bo mu bwoko bwa ‘KANINI NIKEGA” bafitanye isano na abega uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’ibabylon numva abanyababyloni bavuga ngo,cyera bigeze kugira Umuhanuzi umeze nk’Umuhanuzi Yeremiya,ngo none basigaye bashakisha Umuhanuzi bakamubura ngo kuko ari ntabahanuzi b’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bakibaho.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira abanyababyloni uti,ni uko mwabaye impumyi Umuhanuzi abalimo ariko mwaramwanze kandi nta nubwo mufite amaso yo kumureba ngo mumenye yuko ari muri mwe niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbaza abo banyababyloni nti ese uwo Muhanuzi wanyu muvuga yigeze yandika ibyo yahanuraga?Baransubiza ngo oya!Ndababwira ngo uwo ntabwo yari Umuhanuzi kuko Umuhanuzi w’Uwiteka kuko ari milimo yimfabusa Uwiteka ajya akora.Kuko nimba abana b’abantu bandika ibyo bakora bakabibika,mbese Uwiteka Nyiringabo niwe utazandika imilimo ye? Kandi ariwe wigishije abantu gusoma no kwandika?Niko Uhoraho Nyiringabo abaza!!!

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa barozi,boherereza Umuhanuzi,kugirango ahure numwuka w’ubusambanyi uwo mwuka umuteze akaga gakomeye cyane maze acirweho iteka akurwe mu isezerano cyangwa akorwe nisoni.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ejo amasaha nkaya uzahura nuwo mwuka uzahite uwuciraho iteka.Bwarakeye koko turahura maze nkora nkuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabitegetse Amen.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka wubugambanyi uherekejwe nubukwe,mukanya ko guhumbya ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ugiye kubona abega kazi biyita abazungukazi bagusaba urukundo hagati yabo nawe,uhite ubaciraho iteka mbaha Nº0170/0007/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

July 5, 2018 byari kutaliki yisabukuru yamavuko y’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha yujuje imyaka 45,maze njyanwa mu iyerekwa mbona ibinyaziga byinshi biparitse murutoki,mbona kimwe kimwe kivamo kikiruka cyerekera mu butayu bugufiya.Nerekwa aho byari birunze byose hafi y’urubibe rw’imbago zatwawe ni gihugu cy’UBUPERESI,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,biriya binyabiziga (CARS) wabonye zituruka kurutoki (Gakondo y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo) zekerekera mu butayu bugufiya,nubutegetsi bwa abega bugiye kujyanwa mu butayu bugufiya bakurwe ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umuriro umanuka uturuka mu ijuru utwika ibice bice bya gakondo ya bakiranutsi,kandi uwo muriro bawitaga ikigenda juru,kuko wagenderaga hejuru aho kugendera hasi uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega bahunga bajya kwigira munsi y’ibiti byari byari byarameze mu butayu bugufiya,ijambo ry’Uhoraho rinzano rirambwira riti,mwana w’umuntu,andika ubu butumwa kuko bwihuse cyane dore abega bagiye kwigira amashuli yabo munsi yigiti uko niko Uwiteka abitegetse!!!

Kandi dore insore nsore zo mu bwoko bwa abega zigiye kwinjira mu ishuli ryo mu butayu zigishwe uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abanyagakondo benshi cyane bajyanwa mu butayu cyangwa bari mu butayu,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo baciraga Inkeri,ubanza noneho bibaye urukonda uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,dore abagabo bagiye kwifata mapfubyi kandi bifate ku itama kuko bayobotse umwuka w’ikinyoma cya abega none bakaba baciriweho iteka hamwe nabo niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore rubanda rw’Umwami bagiye gukora uburetwa bwa abega mu butayu kuko bagiye guhunga bakabakurikira kandi ubutayu bazanabutangirira muri gakondo ya bakiranutsi mbere yuko bahunga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

July 6.2018 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo wiberaga mu gihugu cy’ibabyloni,mbona ko uwo ,mwuka w’Umwakagara  warumaze igihe kinini ugigira abanyagakondo bahunze kandi bakorera mu gihugu cy’ubutayu  bugufiya bw’ibabyloni ko uwo mwuka utagifite uburyo nimikorere yo gukorera muri icyo gihugu maze mbona za magigiri nkuru zikoze inama zemeza yuko uwo mwuka wimukira mu gihugu cy’abaturanyi cy’Abakaludaya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuze.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zimukiye mu bakaludaya kuko ibabyloni habananiye kandi agatsiko kaho gashinzwe gushimuta no guca ibihanga nta bwo kagifite akazi ko gukora nyuma yuko H.E.Dr.Eng.Raila Amolo Odinga afatiye ubutegetsi mu ibanga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nuko rero uburire ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo bwahungiye mu gihugu cy’Abakaludaya yuko bakwiye kuba maso cyane kuko umwanzi akomeje kubagenza kandi uzareba nabi azacibwa igihanga uko niko Uhoraho Nyiringabo ababuriye kandi ni uko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubabwire kandi ko atari abega gusa bahungiye mu gihugu cy’Abakaludaya,ko ahubwo baje bazanye nabadayimoni babo bakaorana(Imandwa)kuko basanze guhangana nijambo ry’Ubuhanuzi mu gihugu cy’Ibabyloni batabishobora ahubwo bashobora kuzahasiga ubuzima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri ni nkozi z’ibibi zikora inama ikomeye cyane yo kugambana bagafata umuhanuzi Ainesha,bamara kumufata bagahita bamukubita agafuni ntakuzuyaza!Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,birakomeye cyane nyuma yaho bamenyeye yuko wamaze guhabwa ibyangombwa bikwemerera kuba wakwambuka amazi magari,ubu noneho bemeje yuko bakwiye gukora ibishoboka byose ugafatwa bagahita bagukubita agafuni ako kanya bakimara kugufata.

Mbona baramfashe maze bafata ako kazanyagwa kabo maze banyubikisha inda numva baragateruye no mu irugu ngo paaaaaaa!Ako kanya numva ndapfuye birarangira.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,ngayo nguko uko bigiye kugenda imigambi balimo kugutegurira.Uhite ubaciraho iteka kugirango uburizemo iyo migambi yabo!Bahabwa Nº0171/0007/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko bamaze kubona yuko ubuhanuzi bwamaze kubitera imboni,ubwo abacurabwenge babo,bababwira yuko Umuhanuzi yamaze kuyibitera imboni.Ako kanya barahindura baravuga bati,noneho reka dupange na leta yo mu gihugu cy’ibabyloni kuko afite ubwene gihugu bwaho kandi akaba amaze guhabwa impapuro zose zemeza ko ari umwene gihugu,azafatwe afungwe nibura iyi intambara ituri imbere izabe ari mu nzu yimbohe!!!

Ubwo nanjye nerekwa mbona nafashwe nashyizwe mu nzu yimbohe,ariko Babura ikirego bandega,bangumishamo gusa byakamama kugirango urugamba bagiye kurwana rutabona uzajya ageza amakuru kubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uramenye ntusohoke wigumire murutare kuko umutekano utameze neza kuko nubundi ibyo washaka bagutegeragaho,wamaze kubibona ntampamvu nimwe rero yatuma ucaracaara hanze ngo umwanzi abe yaguca urwaho uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona izo nkozi z’ibibi zihereza imihanda nyabagendwa zirirwa zitegereje zirebuzwa ko zabona Umuhanuzi wenda nujya gusa nawe,ibyo bibaye nyuma yuko bakoresheje amafoto yumuzungu kazi bandika mu izina rye ansaba ko twaba inshuti,ubwo nanjye musubiza mubwira yuko ari magigiri atari umuzungu kazi.

Niko kugota akarere barebye bakoresheje Map of Network ngo bamenye aho naba mperereye,ubwo ikoranabuhanga ryanjye nahise ndifunga,nsigaza iriterekana aho mperereye maze baba bakamye ikimasa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abajiji bahagarariwe na Tito Rutaremara,bajyanwa kumusozi wubatsweho ishuli ryo kwigisha ubwoko bwa abatutsi kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Mbona abadayimoni babo basubiranamo,ibyo bahinze(imyaka)haze umuyaga uturutse munsi yuwo musozi maze uhuha imyaka yose ishiraho iruma yose maze bafatwa ni nzara itarigera kuboneka.

Mbona ko bafite ubukwe bwa vuba cyane bagiye gucyuza umugeni,ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abajiji baciriweho iteka kuko ibyabo birangiye kandi na badayimoi biringiraga,nabo bakaba baciriweho iteka.None ko banze kwiringira Uhoraho babaye abande?Niko Uwiteka abaza!!!

Manuka wa musozi narimaze kurira nawurijwe na abega b’inkozi z’ibibi,bamaze kubona yuko manutse umusozi,ngeze mu kibaya cy’ubutayu bugufiya ndimo nambuka mfata hakurya,mbona bateje amazi yumwuzure yuzura inzira yose kugirango Umuhanuzi atabona aho anyura.

Ijuru rihita rimanura amababa yumwuka(Spiritual wings)ndazamurwa nshyirwa hejuru ngenda genda hejuru yamazi ndambuka mfata hakurya ngera aho bari bafungiye imbohe,z’inzira karengane naho nsanga Uwiteka yohereje umuyaga usenya ya mazu y’imbohe.

Nsanga abantu bahagaze bahagize igitangarariro,ubwo ndakikira nyura kuruhande kuko imvura yari yaguye abantu bose bakwiye imishwaro.Banyerekaga aho amateka nyuma yuko uko hari hameze hasibanganye!!!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko bigiye kugenda,kuko Umwakagara agiye gukubitwa ni NKUBA itunguranye,kandi itagira ibicu cyangwa umuyaga.Kugirango abiringiye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bamenye yuko ariwe Mana ishobora byose uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukora igitangaza gikomeye cyane agikorera Umuhanuzi.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Nyiringabo agiye kugukura muri icyo gihugu cy’ubutayu bugufiya vuba vuba kuko igihe cyawe cyo kuba mu butayu kirangiye ukaba ugiye kugenda amahanga hirya no hino ku Isi kugirango utunganye imilimo y’Uhoraho Nyiringabo yaguhamgariye kumukorera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega batwarwa mu butayu bugufiya cyane,maze bitwaza amafi yumye (dry Fish) nkimpamba bazarira mu butayu.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambaza riti,mwana w’umuntu,ko abega bitwaje amafi nkimpamba bazarira mu butayu,nashira bazabigenza gute?Ndasubiza nti,nyagaasani nibo babizi ko banze se kwiringira Uwiteka bakiringira imbaraga zabo na satani,ubwo satani biringiye azabatunga niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Inyenyeri yo muruturuturu imanuka iraza insanga mu nzu(igihugu)narindimo.Nabonaga iyo Nyenyeri ifite imuli ebyeri zindi ziri kuruhande rwayo ziyikikije ariko nazo zijya gusa nutunyenyeri dutoya.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Uhoraho Nyiringabo yagusuye kandi akuri hafi cyane kuko inkozi z’ibibi zakugotesheje umwijima mwinshi cyane zohereje imbaraga z’umwijima ngo zirangize ubugingo bwawe nyamara barashinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa abegakazi zituka Umuhanuzi Ainesha,nyuma yuko bakoze imitongerero yabo yose ikanga gukora,maze imandwa zabo zibabwira yuko ngo Umuhanuzi yamaze kuziciraho iteka akaba ariyompamvu zitagifite imbaraga zikaba ari nta cyo zashobora gukora.Numva bitotomba ngo Umuhanuzi yabaciriyeho iteka niyompamvu imbaraga zabo zidashobora kugira icyo zakora uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo wongera guhagurukira Umuhanuzi Ainesha,ariko imbaraga zawo ziba nkeye cyane kuko wamaze gucirwaho iteka.Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,abega na bashambo,imbaraga zabo zimandwa biringira ziciriweho iteka kandi zabaye inyantegenke nta cyo ubu zishobora kubamarira ahubwo zasabye yuko wacibwa igihanga kugirango zibone ko zashobora kongera gukora umulimo wazo!Bitaba ibyo,hehe nimandwa biringiye niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore bakoze inama yo kugucisha igihanga,nyamara barashinga umuhunda ku kirenge kuko bidashoboka Uwiteka yamaze kubaciraho iteka bararuhira ubusa nkabasambanyi ba gapote niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

 

July 7, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu nzu ya data,mbona intumwa yoherejwe,iza inzaniye amaturo Umuhanuzi Ainesha,uwo mugisha wari mwinshi cyane gusumba imigisha yose maze kwakira ndi mu butayu bugufiya mu gihugu cy’ibabyloni.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka Imana Nyiringabo,ategetse abashinzwe imali nigena migambi bo mu Ijuru ko bakoherereza umugisha wo gutunganya ibidatunganye kuko ucyuye igihe mu gihugu cy’ubutayu bugufiya niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse!

Njyanwa mu iyerekwa mbona abegakazi bajya gusarura inyanya(tomato)mbisi,hamwe nibigori bibisi,hamwe ni nyama z’Ihene(ikinyoma nubugambanyi)maze bategura iziko ryamakara ngo babyokereze Umuhanuzi bamubuze kwinjira mu isezerano.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibya abega,na abegakazi,biveho,ahubwo tambika ujye hirya yabo gatoya urebe ibigiye kubera mu gihugu cy’ibabyloni.Ndagenda nsanga hari umukuru w’igihugu cy’Abakaludaya (Dr.Magufuri John) yaje kureba umukuru w’ibabyloni ngo bavugane uko ibihugu byabo bigiye kuzamura ubukungu.

Mu nama balimo Umuhanuzi nta bwo yarayirimo,mpageze nsanga barayirangije,ariko umuvugizi wabo ambwira yuko ngo batoranije abantu [3] b’abajyanama (advisors) balimo n’Umuhanuzi Ainesha nawe watoranijwe kubabera umujyanama mubijyanye no kuzamura ubukungu bwibyo bihugu.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyo bihugu ubukungu bwabyo bugiye kuzamuka,ariko Umwakagara we nagatsiko ke,baheze mukotsa ibigori,inyama z’ihene,ni Nyanya zidahiye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

July 7,2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ndi munzu yurutare,maze nshaka gusohoka ngo njye gutekera inkotanyi,ngeze imbere gatoya nsanga inkwi nagombaga gutwara ngo njye gutekesha nazibagiwe mu nzira.Biba ngombwa yuko ngaruka inyuma gutwara za nkwi nari nasize muri ya nzu yurutare,zo gutekesha.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Nyiringabo yagufashe mpiri ngo umukorerenta bwo byashoboka yuko wamuvaho kuko utakigenga ahubwo ugengwa nawe kubw’umulimo yaguhamagariye ukomeye cyane benshi bifuza ariko kandi batanaashobora kuko batawuhamagariwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umukuru w’igihugu cy’Abakaludaya Dr.Mugufuri John,na H.E Dr.Eng.Raila Amolo Odinga bahura ngo baganire uko amatora yo mu gihugu cy’ibabyloni maze barebere hamwe uko bagiye guhuza ibihugu byabo bigakorera haamwe murwego rwo kuzamura ubukungu bwibyo bihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi ahura n’umukuru w’igihugu cy’ibabyloni H.E Dr.Eng.Raila Amolo Odinga,maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubuhanuzi wahanuye kuri H.E Raila bwarasohoye none agiye kugushaka ngo muvugane umubwire amakuru aturuka k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yavuze ku gihugu cy’ibabyloni uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka kunshuro ya kabiri nubundi ryongera kungarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye guhura nabakomeye cyane,kandi numumara guhura bazagusaba kubana nabo mu gihe runaka ngo ubasengere kuko ibyo wabahanuyeho batabuze kubisingira nkuko ubuhanuzi bwabivuze niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi ahabwa minbus yo gutwara,akimara kuyihabwa no kuyitwara ageze mu muhanda wa kaburimbo(inzira yo gukiranuka)mbona kunshuro ya lll ahura numukuru w’ibabyloni Dr.H.E.Raila Amolo Odinga,yongera kumusaba yuko yaza bakajyana murugo rwe agasenegera umuryango we wose uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore bo mu bwoko bwa abatutsi kazi,bajyanwa kwiga ku ishuli ryubatse kumusozi wa batutsi aho bubakiwe ishuli ryigisha kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Maze mbona ibiti byakimeza biri mu butayu bugufiya,mbona abo abega kazi hamwe nabandi bagore bari babagaragiye igihe bari kubutegetsi bose bajyanwa kwigira munsi yicyo giti batangiye umwaka wa mbere uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo abafarisayo babeshya intama bavuga yuko bahawe kuziragira,maze bakazitwara murwuri rutarimo ubwatsi,(mu butayu,ntangazwa ni uko ni ntama nazo zibeshya abashumba bazo yuko zigiye kurisha,abashumba babona ko zamaze kugera mu murwuri bagahita bazita ahongaho maze inyamaswa zikaza kuzirya intama zimwe zigatatana zikaburirwa irengero.Izindi zigapfa!

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane ari na ko ringaniriza,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uko abiyita abashumba bahora bavuga ko baragiye umukumbi wanjye,wabonye uko baragira intama bakazitwara mugasozi bamara kuzigezayo zikirwariza?Ndasubiza nti nabibonye Nyagasani Nyiringoma!

Arambwira ati,rero mbwirira abo bafarisayo yuko Uhoraho afitanye urubanza nabo,kandi yuko badateze kuzamutsinda,kandi ko nibamara kutsindwa nnurubanza,bamenye yuko bazacirwaho iteka n’Umuhanuzi kuko batagenje neza nkuko byari bwikwiriye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngo ibikundanye birajyana.Reka rero yaba abashumba cyangwa intama byose mbirimbure kuko nubundi ari nta cyo byari bimariye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umuntu alimo gutema itako ry’inka(ubugambanyi)bushingiye kubadayimoni,ariko budafite umusaruro.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,kugambana bagambanye,ariko kandi balimo gushinga umuhunda ku kirenge uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,byabakomereye cyane kuko byagaragaye yuko badakora umulimo wabo neza,ariko birirwa bavuga ko ngo bakuriho kandi bari hafi kugufata.Ubabwire yuko umunsi byabakundiye Umuhanuzi ntibazamugirire imbabazi kuko azaba adafite ho Uhoraho Nyiringabo nkumugabane we uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bari bizeye yuko bazagufatira muri za gahunda zawe zo gushaka ibyangombwa,none izo gahunda zabo Uwiteka yaziciriyeho iteka,kuko bitagishobotse yuko mwanabonana amaso kumaso niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona intama yimvange n’Ihene,umunwa wari ihene,umutwe ari intama ndetse nigihimba cyose cy’umubiri.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye guhura nigice cy’ukuri,ikindi,ar’igice cy’ikinyoma kandi byose bizaba biturutse mu abega.

Dore bari mu nama barateranye kandi Uwiteka ntabwo ariwe ubateranije,umugambi ni wa wundi,ni ukugambanira umwana w’umuntu(Umuhanuzi)kugirango bigire hamwe izindi ngamba bakoresha kugirango bagute muri yombi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho kandi ringarukaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega barangije inama z’ubugambanyi,arika nta mwanzuro babonye kandi bavuze ko bagiye gushaka uko byanze bikunze bakoherereza intonorano bakoresheje undi muntu mushya kugirango aguhundagazeho umugisha ufatika maze uzageraho umugirera ikizere aho uzajya umubwira gahunda zawe zose niko Uwiteka Nyiringabo akuburiye,kandi ni uko abivuga.

 

July 8,2018 Nkomeza mu iyerekwa mbona bafashe inka (umudayimoni) baykubita hasi batemaguramo inyama z’ibice bice (ubugambanyi) maze mukanya ko guhumbya bafata za nyama barazitogosa (ubugambanyi bworoheje budateguwe neza) maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubugambanyi bwabo nta bwo bukanganye kuko butarimo ubwenge nagato,nuko rero ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari kumwe nawe niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka wuruvange (Confusion Spirit) woherejwe na abega,ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bagiye kohereza za magigiri nyinshyi cyane ngo zikwandikire maze barebe yuko hari uwo wasubiza kuko basigaye bakoresha map of network tracking e-mail)uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwe mu bayoboye agatsiko gashinzwe guca ibihanga byabatemera ubwami bwa abega,hamwe nabo barikumwe bose bamanurwa mu butayu aho bashingiwe ishuli ryo kujya kwiga kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara ahinduye abajyaga baguhiga ngo baguce igihanga,kandi bose arabahamagaje bagiye kujyanwa mu ishuli kuko bananiwe kugufata kandi barahawe intonorano nyinshi cyane ngo bagucishe igihanga.

Umwakagara akaba atekereza yuko baziririye ko batigeze baguhiga ahubwo yuko bakugize igicururzwa cyunguka nyamara nta ko batagize nka abantu ariko byarabananiye kuko bitashoboka yuko Umuhanuzi yagwa mu maboko y’inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa abega uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona bategura kaminuza iyo Umuhanuzi yajya kwigamo,aragenda agezeyo Babura icyo bamwigisha kuko abalimu bose(za magigiri)zari zifite amasomo ari hasi y’Umuhanuzi yigiye mu butayu bw’Ibabyloni no mu gihugu cy’Ubuperesi.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abaguteguriye kaminuza yo kwigamo,ahubwo nibo bagiye kuyigamo bagusimbure vuba cyane uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti,mwana w’umntu,ngaho itegere amatwi wiyumvire amatangazo agiye gutangazwa muruhame hose muri gakondo ya bakiranutsi ndetse no mu gihugu cy’Ubuperesi bavuga yuko abega bagiye kujyanwa mu gihugu cy’ubutayu bugufiya,kandi bakazigira munsi y’igiti,kuko amashuli yabo atari yubakwa ngo babonere aho bazajya bagira niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

July 9, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’ikinyoma wabuze epfo naruguru,urimo widengembya gusa.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka wikinyoma cya abega wabuze amahoro,namahwemo,ndetse nibyicaro kuko ngo bumvise yuko ugiye kubacika ukigira hakurya ya mazi magari.Ubundi se urinda ugenda ntimwabanye ibabyloni ibihe byose wahabereye?Niko Uwiteka abaza!

Barinda babara bakagaragaza agahinda mu maso yabo,hari uwababujije kugufata ko bavuga ko ari abahanga kandi ko bafite amaboko akomeye kurusha Uwiteka Imana Nyiringabo ukorera!Uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nuko rero kuko banze kumvira ijambo ry’Uhoraho ryahanuwe kandi ryanditswe n’Umuhanuzi Ainesha,ongera uhanure uvuge uti,yemwe mwa abega mwe,nimutege amatwi bwenge mwumve ibyo abagezaho.

Dore igihe kiraje kandi kirasohoye aho,abega mugiye guhura nakaga gakomeye katigeze kabaho mu isi yabazima.Kandi ukuboko k’Uhoraho kuzabaremerera cyane kuzageza aho muzifuza urupfu mutakirubonye kuko mugomba kwishura ibyo mwakoze mukiri mwisi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ibigori byasaruwe bitari byera neza,bishyirwa ahantu harambaraye bitegereje kotswa ngo bihabwe abega na abega kazi.Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,akaga kihuse namakuba akomeye amanuwe mu ijuru azaniwe abega ngo bakorwe nisoni zikomeye imbere ya mahanga uko niko Uwiteka abitegetse kandi nuko abivuga.

Nerekwa ihene nyinshi cyane ziri mu butayu (umwuka wikinyoma) ujyanwa mu butayu,ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,umwuka wikinyoma urageraniwe kuko ujyanywe mu butayu bugufiya cyane warumaze igihe ukorera mu gihugu cy’Ubuperesi nahandi hirya no ku isi,ariko noneho uwo mu gihugu cy’Ubuperesi wakoreraga Umwakagara ukozwe nisoni kandi washyizwe ahabona kugirango ucirweho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa haza ukuboko k’Uhoraho gufashe inkota,gutema amabondo y’Ihene nyina wazo icikamo kabiri,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,isooko yikinyoma cya abega iciriweho iteka nijambo ry’Ubuhanuzi kuko utazongera gukora ukundi hanze ya gakondo ya bakiranutsi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona noneho za hene zijyanwa hagati mu butayu zibasha kuhabona ubwatsi zaba zirisha mu gihe zitegereje umushumba wazo (Umwakagara) ko yongera gutanga amabwiriza yo kuziciraho iteka ryose niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

July 10, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona umudayimoni ushinzwe guteza ubukene Umuhanuzi Ainesha,mbona uza kurunguruka niba haba hariho inzira yanyuramo ngo yongere ateze ubukene(imbeba)maze nerekwa haza inkota ihita ica ijosi ritandukana nigihimba icirwaho iteka gutyo!!!

Njyanwa mu iyerekwa mbonaumudayimoni ujya gusa ni Ingona (crocodile) uwo mudayimoni yarafite umusaya munini cyane kurusha ingona,ariko bijya bijya gusa ndetse bishobora kuba binakomoka mu muryango umwe.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umudayimoni ukomeye cyane yaraguhagurukiye ariko dore Uwiteka amucishije bugufiya.

Mbona ukuboko gufashe inkota yaka umuriro,itemagura igihanga cya wa mudoyimoni gicikamo kabiri gitandukana nigihimba,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore nta nkota yacuriwe kugurwanya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Gen.Kayonga Charles acirwaho iteka

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,niba hariho umuntu mubi cyane uruta Umwakagara,ni Gen.Charles Kayonga,uwo mugabo nimubi cyane kandi yabaye mubi cyane imbere ya maso y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Nta mbabazi ajya agira,kandi afite kwishyira hejuru cyane bitangaje no kwiyemera,none umucire urubanza rukwiriye,kuko buriya n’Umwakagara aramutinya cyane niyompamvu yanamwirukanye mu gihugu akamujyana guhagararira gakondo ya bakiranutsi mu mahanga.Nuko umuhe numero yurubanza rw’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,Nº0172/0007/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse kandi ni uko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imineke myinshi iri kungorofani ihiye cyane,kandi yari myinshi ari minini kandi myiza.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,aabshinzwe imali nigena migambi(ministry of Finance and planning) bo mu Ijuru bahawe itegeko ryo koherereza umugisha Umuhanuzi Ainesha kugirango arangize vuba cyane byihuse imilimo ikenewe cyane kugirango irangire niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona uwahoze ari icyegera (deputy president) William RUTO, cy’uwahoze ari umukuru w’igihugu cy’ibabyloni Uhuru Kenyatta wacyuye igihe,aza gushaka Umuhanuzi Ainesha yasuzuguye mu myaka [5] ishize,ngo amusengere.

Araza amusanga aho yarari alimo gukora Umulimo wa data wo mu Ijuru.Maze atangira kumbaza uburyo nkoresha ikoranabuhanga ngashobora gushyiraho ubuhanuzi abantu bakabona basoma ariko batazi aho bituruka,kandi ntibabashe kumbona.Ubwo mubwira ko hakoreshwa admin & password kugirango winjire muri database mbona yifuje cyane yuko twagirana ikiganiro kirambuye ariko ntibyashoboka.

Hirya yacu gatoya hari umugabo warurimo gutumura itabi(amagambo)maze umwotsi uba mwinshi cyane kandi twebwe tutanywa itabi.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore amagambo abaye menshi cyane bakuvuga banibaza aho bagukura kuko inyandiko zose wamwandikiye,nubutumwa wamwoherereje kuri Twitter byose byamugezeho none arifuza ko mwabonana ngo umusengere umukize akaga namakuba bimwugarije ariko kuko yagusuzuguye nta bwo byashoboka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa njya muri gakondo ya bakiranutsi,ngezeyo nsanga inzu nasigiwe na data(gakondo)yarabaye umusaka.Imbere yumuryango w’imbere hari igitoki kiza cyane cyatemwe kizanwa gutekwa,ndetse no kumuryango w’inyuma hari ikindi gitoki ariko cyo cyari imbere mu irebe ry’umuryango nacyo gitegerejwe gutekwa,ariko nyine inzu yose yarumwanda.



Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ijambo ry’ubuhanuzi bwavuze yuko ubwo gakondo izaba imaze gutunganywa neza,aho Umwakagara azikubita kugituza akavuga ko ari we wayitunganije,aho niho nzamwambura ubugingo akisangira iwabo watwese aho yajyanye abandi ahacecekerwa.
None igihe niki kiraje kandi kirahoye agiye gucibwa igihanga vuba cyane ariko nyine gakondo izasigara ari umusaka nubwo izaba ilimo umugisha mu marembo yose yaba ayinjira cyangwa ayo gusohoka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar