Igice cya (89) cy’ubuhanuzi

Njyanwa mu iyerekwa mbona icyumba cyamasengesho gisigaye muri gakondo ya bakiranutsi gisigaye ari kimwe cya ahitwa «INYAKANA» aho niho hari hasigaye icyumba cyamasengesho aho abazaga kubaza Uwiteka ahita abasubiza akababwira ibigiye kubaho byose muri gakondo ya bakiranutsi nibyo abega bazabakorera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa muri gakondo ya bakiranutsi ko hagiye gusigaramo abantu bacye cyane,kandi bank zaho zizahomba kuko abenshi bayifitiye amadeni bazicwa,kandi ko igihugu kizasigara ari umusaka gusagusa,kandi nyuma y’intambara hazabaho ubusambanyi bwinshi cyane kandi amacumbi cyangwa amazu yo kubamo azabura abayabamo kuko inzu nazo zihuye nubutayu bugufiya kugirango zizabone abantu bazazibamo bizatwara igihe kirekire uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Igice cya (88) cy’ubuhanuzi

Ariko nyuma yiyo ntambara abazarokoka bazabasha kwishyura amadeni bari bafitiye bank kuko hazabaho umugisha nyuma y’inzara yinjyana muntu izazengereza rubanda rw’Umwami nyuma yahoo hakazabaho ubutunzi butigeze kubaho murwagasabo buriwe wese icyo azakora kizamuhira kandi ubukene icyo gihe nta bwo buzongera kurangwa muri icyo gihugu cyane kubwoko bwabakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nerekwa madamu Rachael Mark ko agiye kuba umupfakazi,kuko yashakanye numugabo utari uwe,mbona ko uwagombaga kumubera umugabo yarasigaye muri gakondo ya bakiranutsi akaba ari muri cyumba cyamasengesho arimo gusaba Uwiteka ngo amuhe umufasha.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Uwiteka ntajya ananirwa kuko uwo mugore yabwiye gutandukana na Mark aranga none dore atumye yamburwa ubugingo kubera kutumvira.

None se ikiza hagati yo gupfakara nugupfakaza cyaba ari ikihe?Dore nareba nabi agashaka kurwanya ijambo ry’Uwiteka nkuko yarirwanije ntakabuza azongera apfakare kunshuro ya kabiri uko kuzageza igihe azemerera umugambi w’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega babonye yuko Umuhanuzi yinjiye mu isezerano,maze batuma bazimu nabadayimoni,gukoresha impanuka Umuhanuzi mu gihe cyose ashobora kugendera kuri motor bike,maze ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntukongere kugendera kuri motor bike muri ibi bihe,kuko abakagara bohereje imyuka mibi kugirango ukore impanuka upfe,cyangwa uhinduke ikimuga niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwwa mu iyerekwa mbona umugabo w’umwega witwaga SIMON bari barahungiye muri Tanzania ahitwa karagwe IBARE,yarahagarariye ishami rya kiliziya gatolika mu mwanya wa padiri,akaba afite umuhungu witwa John muri RDF utuye mu NYAKABANDA,akaba akora no muri MTN bagenzura iminara maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abanyarwanda basengeraga muri chapel ya yoborwaga nuwo musaza w’Umwega yarabahumanije bose abahasengeraga dore hashize imyaka (40) bakoze ubwo bugome none burira abaturutse mu gihugu cy’ABAKALUDAYA (Tanzania) karagawe bakore amasengesho y’iminsi [3] batarya batanywa kuko umuvumo wa abega wababayeho akarande uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,uwo muryango wa SIMON uwucireho iteka ubahe numero yurubanza ko batsinzwe nurubanza bahabwa Nº0173/0007/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore Bambara imyenda mugufiya (MinSkirt) bacirwaho iteka,ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore urusengero Uwiteka azaguha ntihazagire umugore uzemererwa kwinjira mu itorero yambaye imyenda mugufiya igaragaza ingingo z’umubiri zidakwiye kujya ahabona kuko bizaba ari ikizira k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Kandi wandike uti,uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga,umugore wese wambara binyuranye nijambo rye, (deteronomy 22:5) havuga ko bibujijwe kwambara imyenda yabagabo. Abo bose bazajya mu muriro utazima ntabwo bashobora kwinjira mu ijuru kuko bakoze ibyangwa n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abasore ni nkumi bo muri gakondo ya bakiranutsi,bajyanwa koga muri Nyanja nini cyane kandi ngari,mbere yuko bajyanwa muri iyo Nyanja Umuhanuzi yabanje kubigisha gusenga ariko bakaga gusenga ndetse no gusoma ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore iriya Nyanja ureba niyo ruriya rubyiruko rwo muri gakondo ya bakiranutsi cyane abo mu murwa mukuru w’IYERUSALEM nibo bagiye kujyanwa mu koga muri iriya Nyanja kugirango bamenye yuko mu ijuru hariho Imana ivuga kandi ikanakora uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nitegereje iyo Nyanja naho bogaga berekera,mbona ko balimo kugenda bagana muri nyina w’inyanja kuko ntaherezo ryayo nabonaga maze mfatwa nimpungege z’uko badashobora koga bagaruka kuko nabonaga boga vuba vuba kandi bihuta cyane nabonaga arabahanga cyane koga muriyo Nyanja uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,icyo umuntu abibye ninacyo asarura,babwiwe kenshi ariko banga kumva,none ibyago,akaga, amakuba,biraje kandi vuba cyane bidatinze!Abadafiteho Uwiteka kubabera umucunguzi bagiye kwibagirana mwisi yabazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

July 2,2018 njyanwa mu iyerekwa maze mbona umulima wamasaka weze ategerejwe gutemwa cyangwa gusarurwa.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,waba wamenye icyo uliya mulima usobanura,ndasubiza nti cyane ndabizi,hanyuma se wabonye aho waba uherereye?Ndasubiza nti oya ho sinahabonye.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uliya mulima wa masaka wabonye uherereye muri gakondo ya bakiranutsi aho umugeni w’Uwiteka amaze gutehurwa no gutunganywa akaba ategereje ko Uhoraho Nyiringabo yaza kuwusarura niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzanganiriza rimbwira yuko ngo Uhoraho Nyiringabo yamaze gutumiza abasaruzi ngo baze kumukorera umulimo kuko ari mugari kandi abasaruzi bakaba ari bacyeya cyane ugereranije nibisarurwa uko bingana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni bajyanwa mu gihugu cy’’ubutayu kujya kurisha ibyatsi,kandi ubusanzwe batungwa na maraso!Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,abazima bo mu bwoko bwa abega bari bagutegeye ahakomeye baciriweho iteka niyompamvu ubonye bajyanwa kurisha ubwatsi mu butayu bugufiya niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nkomeza kwerekwa ibya gakondo ya abakiranutsi,mbona yarahindutse umusaka,isa naho nta bantu bakiyituyemo,mbona ko ari nta winjira kandi ari nta nusohoka.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,mu minsi iri mbere mikieya cyane nta bwo muri gakondo haza kuba  hariho uwinjira nusohoka kuko Uhoraho yamaze gufunga inzira kandi akaba ari ntaho bazanyura abo bose banze kumvira ijambo ry’Uwiteka ngo bakize amagara yabo niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunganiriza,rirambwia riti,mwana w’umuntu,ngaho tereza amaso yawe maze witegereze muri gakondo ya bakiranutsi, urebe uko hasa ni uko hameze.Nditeegereza cyane mbona umulima w’urutoki n’uwinzabibu byose bikoreye neza cyane maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo buri kukarago burimo kwmabaza Uhoraho ngo abutabare ubabwire yuko jumvise gusenga kwabo kandi vuba bitari cyera ngiye kubatabara uko niko Nyiringabo abivuga.

Ariko nitegereje igice cya ll kbairi cya gakondo mbona ko kidakorewe neza nkuko igice cya l gikorewe,nkomeza kureba neza gakondo yose uko isa ni uko iteye muri icyo gihe.Mbona ko igice cya lll ari cyo kidakorewe neza kandi kiri muhero cyangwa urubibe rwa gakondo ya bakiranutsi.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kungamiriza cyane rirmabwira riti,mwana w’umuntu,fata ikaramu yawe maze wandike ibyo ndimo kukwereka.Kiriya gice wabonye cya lll nicyo gice umwanzi w’umwanzi wawe kigiye kwigarurirwa kugirango abone neza uko ahangana n’umwana w’umwega uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona habayeho guterane amagambo hagati yabashingamateka bakomoka mugace ka Rift Vary,baashyigikiye uwahoze ari umukuru w’igihugu Samuie William Ruto,nabashyigikiye Uhuru Kenyatta,bashaka yuko Kenyatta yakomeza kubahiriza amasezerano (agreement) bagiranye na mugenzi we Ruto,ya 2017,kuko ngo ariwe uzamusimbura muri 2022,kandi ibyo binyuranye n’ubuhanuzi kuko ijambo ry’Uhoraho rivuga ko Raila Odinga ariwe uzaba umukuru w’igihugu 2018 niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abashingamateka bagiye gusaba ko habaho inama hagati yabo bagabo bombi,ariko ntabwo izabaho kuko bidaturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona magigiri Umuhoza Benon akurwa kumugabane w’Ibarayi muri ambasade y’Umwakagara ikorera mu gihugu cy’inkozi z’ibibi cyitwa Ubufaransa-Paris agarurwa kumugabane w’Africa.Maze ,mbona we na murumuna we Ruben buzuye inzika n’inzigo,yuko ngo Umuhanuzi ariwe watumye yubukirwa imbehe akagarurwa kumugabane w’Africa mbona batangiye kumuhiga bamushakisha ariko baza gusanga atakirangwa mu gihugu cy’ibabyloni aho yarari mu butayu bugufiya niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega bohereza umudayimoni wo mu bwoko bwa HIV cyangwa SIDA,bamwoherereza Umuhanuzi,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega kazi barimo guterekerera umudayimoni wo kurwana SIDA ngo akuzeho.

Ubabwire yuko Uhoraho Nyiringabo ariwe maso y’Umuhanuzi kandi ibyo mwifuriza abo mutavuga rumwe,byose atariko bizabageraho ngo ubushake bwanyu bushyirwe mubikorwa kuko iki ar’igihe cy’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ibyo bibananiye nongera kubona baterekerera Umuhanuzi na none bamwoherereza umudayimo w’impanuka yo mu bwoko bw’ikinyabiziga cyangwa imodoka,nyuma yuko bohereje iya motor bike agatahurwa agashyirwa ahabona maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,nibyo bakoze birasa naho ashinga umuhunda ku kirenge uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,byarushijeho gukomera cyane nyuma yuko bagutegeye ku isezerano ukarisimbuka,none ubugambanyi bwabaye bwinshi cyane barimo gucura imigabo nimigambi yuko bagucisha umutwe ariko akaburiye mu isiza,nta bwo kabonekera mu isakara niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

July 3,2018 njyanwa mu iyerekwa mbona hubakwa hotel yamagorofa [2]; igice cyo hejuru mbona ko gitunganijwe mbere yuko hatunganywa igice cyo hasi.Mbona ko cyubakishijwe ibirahuri gusa gusa,nyuma yahoo mbona bagarutse kurangiza inzu yo hasi ari nayo rufatiro ruzima rw’iyo nzu yigorofa.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore winjiye mu isezerano kuko impapuro abega bari barazitiye ejo utazabura kuzibona ziguhesha ibyangombwa kugirango uve muri kino gihugu cy’ubutayu bugufiya kuko iminsi yagiye kandi burakeye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Mvuye muri iryo yerekwa mbona umuntu alimo gucagagura inyama,mbona ko agiye ku nkatira inyama za magufa,ariko nkomeje kumwitegereza cyane mbona agize isoni akata inyama z’iminofu nziza cyane!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi aragambanye kuko ejo utazabura guhura nabagambanyi kuko bagiye kugufatira kuri za mpapuro z’ibyangombwa ugiye kwakira none umenye ubwenge utagwa mu mutego w’abega niko Uwiteka abivuga.

Ubwo mu gihe ngitekereza ibyari byo ni uko ngiye kubyifatamo,nsubizwa mu iyerekwa mbona ndi mu nzu y’imbohe ndimo gushakisha silipa zo kwambara kuko arizo abafungwa bemerewe kwambara muri gereza.Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,kora kwa kundi Uhoraho Nyiringabo yakwigishije maze urebe yuko abega badakorwa nisoni uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hehe n’ubugambanyi,kuko imizi yabwo iciwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko izo mpapuro zimaze umwaka wose basigutegeyeho ariko noneho Uwiteka akaba akoze ibikomeye uzongera guhurira hehe nabo bagambanyi?Niko Uwiteka Nyiringabo abaza!!!

July 04,2018 Njyanwa mu iyerekwa mbona INKA (umudayimoni) acibwa igihanga,maze bafata INKOTA baca inyama yo ku ipfupfu,bayikataho baba ariyo bahereza Umuhanuzi kuko ni nyama yoroha cyane.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,nubwo ubonye iliya inka iciwe igihanga,nibyo umudayimoni yaneshejwe kandi yaciriweho iteka,ariko na none bongeye kugambana vuba cyane urabona abagambanyi bo mu bwoko bwa “KANINI NIKEGA” bafitanye isano na abega uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’ibabylon numva abanyababyloni bavuga ngo,cyera bigeze kugira Umuhanuzi umeze nk’Umuhanuzi Yeremiya,ngo none basigaye bashakisha Umuhanuzi bakamubura ngo kuko ari ntabahanuzi b’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bakibaho.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira abanyababyloni uti,ni uko mwabaye impumyi Umuhanuzi abalimo ariko mwaramwanze kandi nta nubwo mufite amaso yo kumureba ngo mumenye yuko ari muri mwe niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbaza abo banyababyloni nti ese uwo Muhanuzi wanyu muvuga yigeze yandika ibyo yahanuraga?Baransubiza ngo oya!Ndababwira ngo uwo ntabwo yari Umuhanuzi kuko Umuhanuzi w’Uwiteka kuko ari milimo yimfabusa Uwiteka ajya akora.Kuko nimba abana b’abantu bandika ibyo bakora bakabibika,mbese Uwiteka Nyiringabo niwe utazandika imilimo ye? Kandi ariwe wigishije abantu gusoma no kwandika?Niko Uhoraho Nyiringabo abaza!!!

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa barozi,boherereza Umuhanuzi,kugirango ahure numwuka w’ubusambanyi uwo mwuka umuteze akaga gakomeye cyane maze acirweho iteka akurwe mu isezerano cyangwa akorwe nisoni.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ejo amasaha nkaya uzahura nuwo mwuka uzahite uwuciraho iteka.Bwarakeye koko turahura maze nkora nkuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabitegetse Amen.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka wubugambanyi uherekejwe nubukwe,mukanya ko guhumbya ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ugiye kubona abega kazi biyita abazungukazi bagusaba urukundo hagati yabo nawe,uhite ubaciraho iteka mbaha Nº0174/0007/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

July 5, 2018 byari kutaliki yisabukuru yamavuko y’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha yujuje imyaka 45,maze njyanwa mu iyerekwa mbona ibinyaziga byinshi biparitse murutoki,mbona kimwe kimwe kivamo kikiruka cyerekera mu butayu bugufiya.Nerekwa aho byari birunze byose hafi y’urubibe rw’imbago zatwawe ni gihugu cy’UBUPERESI, maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,biriya binyabiziga (cars) wabonye zituruka kurutoki (Gakondo y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo) zekerekera mu butayu bugufiya,nubutegetsi bwa abega bugiye kujyanwa mu butayu bugufiya bakurwe ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umuriro umanuka uturuka mu ijuru utwika ibice bice bya gakondo ya bakiranutsi,kandi uwo muriro bawitaga ikigenda juru,kuko wagenderaga hejuru aho kugendera hasi uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega bahunga bajya kwigira munsi y’ibiti byari byari byarameze mu butayu bugufiya,ijambo ry’Uhoraho rinzano rirambwira riti,mwana w’umuntu,andika ubu butumwa kuko bwihuse cyane dore abega bagiye kwigira amashuli yabo munsi yigiti uko niko Uwiteka abitegetse!!!

Kandi dore insore nsore zo mu bwoko bwa abega zigiye kwinjira mu ishuli ryo mu butayu zigishwe uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abanyagakondo benshi cyane bajyanwa mu butayu cyangwa bari mu butayu,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo baciraga Inkeri,ubanza noneho bibaye urukonda uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,dore abagabo bagiye kwifata mapfubyi kandi bifate ku itama kuko bayobotse umwuka w’ikinyoma cya abega none bakaba baciriweho iteka hamwe nabo niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore rubanda rw’Umwami bagiye gukora uburetwa bwa abega mu butayu kuko bagiye guhunga bakabakurikira kandi ubutayu bazanabutangirira muri gakondo ya bakiranutsi mbere yuko bahunga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zimukiye mu bakaludaya kuko ibabyloni habananiye kandi agatsiko kaho gashinzwe gushimuta no guca ibihanga nta bwo kagifite akazi ko gukora nyuma yuko H.E.Dr.Eng.Raila Amolo Odinga afatiye ubutegetsi mu ibanga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nuko rero uburire ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo bwahungiye mu gihugu cy’Abakaludaya yuko bakwiye kuba maso cyane kuko umwanzi akomeje kubagenza kandi uzareba nabi azacibwa igihanga uko niko Uhoraho Nyiringabo ababuriye kandi ni uko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubabwire kandi ko atari abega gusa bahungiye mu gihugu cy’Abakaludaya,ko ahubwo baje bazanye nabadayimoni babo bakaorana (imandwa) kuko basanze guhangana nijambo ry’Ubuhanuzi mu gihugu cy’Ibabyloni batabishobora ahubwo bashobora kuzahasiga ubuzima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri ni nkozi z’ibibi zikora inama ikomeye cyane yo kugambana bagafata umuhanuzi Ainesha,bamara kumufata bagahita bamukubita agafuni ntakuzuyaza!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,birakomeye cyane nyuma yaho bamenyeye yuko wamaze guhabwa ibyangombwa bikwemerera kuba wakwambuka amazi magari,ubu noneho bemeje yuko bakwiye gukora ibishoboka byose ugafatwa bagahita bagukubita agafuni ako kanya bakimara kugufata.

Mbona baramfashe maze bafata ako kazanyagwa kabo maze banyubikisha inda numva baragateruye no mu irugu ngo paaaaaaa!Ako kanya numva ndapfuye birarangira.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,ngayo nguko uko bigiye kugenda imigambi balimo kugutegurira.Uhite ubaciraho iteka kugirango uburizemo iyo migambi yabo!Bahabwa Nº0175/0007/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko bamaze kubona yuko ubuhanuzi bwamaze kubitera imboni,ubwo abacurabwenge babo,bababwira yuko Umuhanuzi yamaze kuyibitera imboni.Ako kanya barahindura baravuga bati,noneho reka dupange na leta yo mu gihugu cy’ibabyloni kuko afite ubwene gihugu bwaho kandi akaba amaze guhabwa impapuro zose zemeza ko ari umwene gihugu,azafatwe afungwe nibura iyi intambara ituri imbere izabe ari mu nzu yimbohe!!!

Ubwo nanjye nerekwa mbona nafashwe nashyizwe mu nzu yimbohe,ariko babura ikirego bandega,bangumishamo gusa byakamama kugirango urugamba bagiye kurwana rutabona uzajya ageza amakuru kubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uramenye ntusohoke wigumire murutare kuko umutekano utameze neza kuko nubundi ibyo washaka bagutegeragaho,wamaze kubibona ntampamvu nimwe rero yatuma ucaracaara hanze ngo umwanzi abe yaguca urwaho uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona izo nkozi z’ibibi zihereza imihanda nyabagendwa zirirwa zitegereje zirebuzwa ko zabona Umuhanuzi wenda nujya gusa nawe,ibyo bibaye nyuma yuko bakoresheje amafoto yumuzungu kazi bandika mu izina rye ansaba ko twaba inshuti,ubwo nanjye musubiza mubwira yuko ari magigiri atari umuzungu kazi.

Niko kugota akarere kose barebye bakoresheje Map of Network ngo bamenye aho naba mperereye,ubwo ikoranabuhanga ryanjye nahise ndifunga,nsigaza iriterekana aho mperereye maze baba bakamye ikimasa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abajiji bahagarariwe na Tito Rutaremara,bajyanwa kumusozi wubatsweho ishuli ryo kwigisha ubwoko bwa abatutsi kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Mbona abadayimoni babo basubiranamo,ibyo bahinze (imyaka) haze umuyaga uturutse munsi yuwo musozi maze uhuha imyaka yose ishiraho iruma yose maze bafatwa ni nzara itarigera kuboneka.

Mbona ko bafite ubukwe bwa vuba cyane bagiye gucyuza umugeni,ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abajiji baciriweho iteka kuko ibyabo birangiye kandi na badayimoi biringiraga,nabo bakaba baciriweho iteka.None ko banze kwiringira Uhoraho babaye abande?Niko Uwiteka abaza!!!

Manuka wa musozi narimaze kurira nawurijwe na abega b’inkozi z’ibibi,bamaze kubona yuko manutse umusozi,ngeze mu kibaya cy’ubutayu bugufiya ndimo nambuka mfata hakurya,mbona bateje amazi yumwuzure yuzura inzira yose kugirango Umuhanuzi atabona aho anyura.

Ijuru rihita rimanura amababa yumwuka(Spiritual wings)ndazamurwa nshyirwa hejuru ngenda genda hejuru yamazi ndambuka mfata hakurya ngera aho bari bafungiye imbohe,z’inzira karengane naho nsanga Uwiteka yohereje umuyaga usenya ya mazu y’imbohe.

Nsanga abantu bahagaze bahagize igitangarariro,ubwo ndakikira nyura kuruhande kuko imvura yari yaguye abantu bose bakwiye imishwaro.Banyekaga aho amateka nyuma yuko uko hari hameze hasibanganye!!!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko bigiye kugenda,kuko Umwakagara agiye gukubitwa ni NKUBA itunguranye,kandi itagira ibicu cyangwa umuyaga.Kugirango abiringiye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bamenye yuko ariwe Mana ishobora byose uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukora igitangaza gikomeye cyane agikorera Umuhanuzi.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Nyiringabo agiye kugukura muri icyo gihugu cy’ubutayu bugufiya vuba vuba kuko igihe cyawe cyo kuba mu butayu kirangiye ukaba ugiye kugenda amahanga hirya no hino ku Isi kugirango utunganye imilimo y’Uhoraho Nyiringabo yaguhamgariye kumukorera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega batwarwa mu butayu bugufiya cyane,maze bitwaza amafi yumye (dry Fish) nkimpamba bazarira mu butayu.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambaza riti,mwana w’umuntu,ko abega bitwaje amafi nkimpamba bazarira mu butayu,nashira bazabigenza gute?Ndasubiza nti,nyagaasani nibo babizi ko banze se kwiringira Uwiteka bakiringira imbaraga zabo na satani,ubwo satani biringiye azabatunga niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Inyenyeri yo muruturuturu imanuka iraza insanga mu nzu (igihugu) narindimo.Nabonaga iyo Nyenyeri ifite imuli (2) ebyeri zindi ziri kuruhande rwayo ziyikikije ariko nazo zijya gusa nutunyenyeri dutoya.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Uhoraho Nyiringabo yagusuye kandi akuri hafi cyane kuko inkozi z’ibibi zakugotesheje umwijima mwinshi cyane zohereje imbaraga z’umwijima ngo zirangize ubugingo bwawe nyamara barashinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa abegakazi zituka Umuhanuzi Ainesha,nyuma yuko bakoze imitongerero yabo yose ikanga gukora,maze imandwa zabo zibabwira yuko ngo Umuhanuzi yamaze kuziciraho iteka akaba ariyompamvu zitagifite imbaraga zikaba ari nta cyo zashobora gukora.Numva bitotomba ngo Umuhanuzi yabaciriyeho iteka niyompamvu imbaraga zabo zidashobora kugira icyo zakora uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo wongera guhagurukira Umuhanuzi Ainesha,ariko imbaraga zawo ziba nkeye cyane kuko wamaze gucirwaho iteka.Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,abega na bashambo,imbaraga zabo zimandwa biringira ziciriweho iteka kandi zabaye inyantegenke nta cyo ubu zishobora kubamarira ahubwo zasabye yuko wacibwa igihanga kugirango zibone ko zashobora kongera gukora umulimo wazo!Bitaba ibyo,hehe nimandwa biringiye niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore bakoze inama yo kugucisha igihanga,nyamara barashinga umuhunda ku kirenge kuko bidashoboka Uwiteka yamaze kubaciraho iteka bararuhira ubusa nkabasambanyi ba gapote niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

July 7, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu nzu ya data,mbona intumwa yoherejwe,iza inzaniye amaturo Umuhanuzi Ainesha,uwo mugisha wari mwinshi cyane gusumba imigisha yose maze kwakira ndi mu butayu bugufiya mu gihugu cy’ibabyloni.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka Imana Nyiringabo,ategetse abashinzwe imali nigena migambi bo mu Ijuru ko bakoherereza umugisha wo gutunganya ibidatunganye kuko ucyuye igihe mu gihugu cy’ubutayu bugufiya niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse!

Njyanwa mu iyerekwa mbona abegakazi bajya gusarura inyanya (tomato) mbisi,hamwe nibigori bibisi,hamwe ni nyama z’Ihene (ikinyoma nubugambanyi) maze bategura iziko ryamakara ngo babyokereze Umuhanuzi bamubuze kwinjira mu isezerano.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibya abega,na abegakazi,biveho,ahubwo tambika ujye hirya yabo gatoya urebe ibigiye kubera mu gihugu cy’ibabyloni.Ndagenda nsanga hari umukuru w’igihugu cy’Abakaludaya(Dr.Magufuri John)yaje kureba umukuru w’ibabyloni ngo bavugane uko ibihugu byabo bigiye kuzamura ubukungu.

Mu nama balimo Umuhanuzi nta bwo yarayirimo,mpageze nsanga barayirangije,ariko umuvugizi wabo ambwira yuko ngo batoranije abantu [3] b’abajyanama (advisors) balimo n’Umuhanuzi Ainesha nawe watoranijwe kubabera umujyanama mubijyanye no kuzamura ubukungu bwibyo bihugu.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyo bihugu ubukungu bwabyo bugiye kuzamuka,ariko Umwakagara we nagatsiko ke,baheze mukotsa ibigori,inyama z’ihene,ni Nyanya zidahiye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar