Gen.Charles Kayonga niwe muntu mubi imbere y’Uhoraho Nyiringabo,muri gakondo ya bakiranutsi!!!

July 7,2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ndi munzu yurutare,maze nshaka gusohoka ngo njye gutekera inkotanyi,ngeze imbere gatoya nsanga inkwi nagombaga gutwara ngo njye gutekesha nazibagiwe mu nzira.Biba ngombwa yuko ngaruka inyuma gutwara za nkwi nari nasize muri ya nzu yurutare,zo gutekesha.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Nyiringabo yagufashe mpiri ngo umukorerenta bwo byashoboka yuko wamuvaho kuko utakigenga ahubwo ugengwa nawe kubw’umulimo yaguhamagariye ukomeye cyane benshi bifuza ariko kandi batanaashobora kuko batawuhamagariwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umukuru w’igihugu cy’Abakaludaya Dr.Mugufuri John,na H.E Dr.Eng.Raila Amolo Odinga bahura ngo baganire uko amatora yo mu gihugu cy’ibabyloni maze barebere hamwe uko bagiye guhuza ibihugu byabo bigakorera haamwe murwego rwo kuzamura ubukungu bwibyo bihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi ahura n’umukuru w’igihugu cy’ibabyloni H.E Dr.Eng.Raila Amolo Odinga,maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubuhanuzi wahanuye kuri H.E Raila bwarasohoye none agiye kugushaka ngo muvugane umubwire amakuru aturuka k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yavuze ku gihugu cy’ibabyloni uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka kunshuro ya kabiri nubundi ryongera kungarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye guhura nabakomeye cyane,kandi numumara guhura bazagusaba kubana nabo mu gihe runaka ngo ubasengere kuko ibyo wabahanuyeho batabuze kubisingira nkuko ubuhanuzi bwabivuze niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi ahabwa minbus yo gutwara,akimara kuyihabwa no kuyitwara ageze mu muhanda wa kaburimbo(inzira yo gukiranuka)mbona kunshuro ya lll ahura numukuru w’ibabyloni Dr.H.E.Raila Amolo Odinga,yongera kumusaba yuko yaza bakajyana murugo rwe agasenegera umuryango we wose uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore bo mu bwoko bwa abatutsi kazi,bajyanwa kwiga ku ishuli ryubatse kumusozi wa batutsi aho bubakiwe ishuli ryigisha kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Maze mbona ibiti byakimeza biri mu butayu bugufiya,mbona abo abega kazi hamwe nabandi bagore bari babagaragiye igihe bari kubutegetsi bose bajyanwa kwigira munsi yicyo giti batangiye umwaka wa mbere uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo abafarisayo babeshya intama bavuga yuko bahawe kuragira,maze bakazitwara murwuri rutarimo ubwatsi,(mu butayu,ntangazwa ni uko ni ntama nazo zibeshya abashumba bazo yuko zigiye kurisha,abashumba babona ko zamaze kugera mu murwuri bagahita bazita ahongaho maze inyamaswa zikaza kuzirya intama zimwe zigatatana zikaburirwa irengero.Izindi zigapfa!
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane ari na ko ringaniriza,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uko abiyita abashumba bahora bavuga ko baragiye umukumbi wanjye,wabonye uko baragira intama bakazitwara mugasozi bamara kuzigezayo zikirwariza?Ndasubiza nti nabibonye Nyagasani Nyiringoma!
Arambwira ati,rero mbwirira abo bafarisayo yuko Uhoraho afitanye urubanza nabo,kandi yuko badateze kuzamutsinda,kandi ko nibamara kutsindwa nnurubanza,bamenye yuko bazacirwaho iteka n’Umuhanuzi kuko batagenje neza nkuko byari bwikwiriye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngo ibikundanye birajyana.Reka rero yaba abashumba cyangwa intama byose mbirimbure kuko nubundi ari nta cyo byari bimariye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umuntu alimo gutema itako ry’inka(ubugambanyi)bushingiye kubadayimoni,ariko budafite umusaruro.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,kugambana bagambanye,ariko kandi balimo gushinga umuhunda ku kirenge uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,byabakomereye cyane kuko byagaragaye yuko badakora umulimo wabo neza,ariko birirwa bavuga ko ngo bakuriho kandi bari hafi kugufata.Ubabwire yuko umunsi byabakundiye Umuhanuzi ntibazamugirire imbabazi kuko azaba adafite ho Uhoraho Nyiringabo nkumugabane we uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bari bizeye yuko bazagufatira muri za gahunda zawe zo gushaka ibyangombwa,none izo gahunda zabo Uwiteka yaziciriyeho iteka,kuko bitagishobotse yuko mwanabonana amaso kumaso niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona intama yimvange n’Ihene,umunwa wari ihene,umutwe ari intama ndetse nigihimba cyose cy’umubiri.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye guhura nigice cy’ukuri,ikindi,ar’igice cy’ikinyoma kandi byose bizaba biturutse mu abega.
Dore bari mu nama barateranye kandi Uwiteka ntabwo ariwe ubateranije,umugambi ni wa wundi,ni ukugambanira umwana w’umuntu(Umuhanuzi)kugirango bigire hamwe izindi ngamba bakoresha kugirango bagute muri yombi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho kandi ringarukaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega barangije inama z’ubugambanyi,arika nta mwanzuro babonye kandi bavuze ko bagiye gushaka uko byanze bikunze bakoherereza intonorano bakoresheje undi muntu mushya kugirango aguhundagazeho umugisha ufatika maze uzageraho umugirera ikizere aho uzajya umubwira gahunda zawe zose niko Uwiteka Nyiringabo akuburiye,kandi ni uko abivuga.
July 8,2018 Nkomeza mu iyerekwa mbona bafashe inka(umudayimoni)baykubita hasi batemaguramo inyama z’ibice bice(ubugambanyi)maze mukanya ko guhumbya bafata za nyama barazitogosa(ubugambanyi bworoheje budateguwe neza)maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubugambanyi bwabo nta bwo bukanganye kuko butarimo ubwenge nagato,nuko rero ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari kumwe nawe niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka wuruvange(Confusion Spirit)woherejwe na abega,ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bagiye kohereza za magigiri nyinshyi cyane ngo zikwandikire maze barebe yuko hari uwo wasubiza kuko basigaye bakoresha map of network tracking e-mail)uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umwe mu bayoboye agatsiko gashinzwe guca ibihanga byabatemera ubwami bwa abega,hamwe nabo barikumwe bose bamanurwa mu butayu aho bashingiwe ishuli ryo kujya kwiga kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara ahinduye abajyaga baguhiga ngo baguce igihanga,kandi bose arabahamagaje bagiye kujyanwa mu ishuli kuko bananiwe kugufata kandi barahawe intonorano nyinshi cyane ngo bagucishe igihanga.
Umwakagara akaba atekereza yuko baziririye ko batigeze baguhiga ahubwo yuko bakugize igicururzwa cyunguka nyamara nta ko batagize nka abantu ariko byarabananiye kuko bitashoboka yuko Umuhanuzi yagwa mu maboko y’inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa abega uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko mbona bategura kaminuza iyo Umuhanuzi yajya kwigamo,aragenda agezeyo Babura icyo bamwigisha kuko abalimu bose(za magigiri)zari zifite amasomo ari hasi y’Umuhanuzi yigiye mu butayu bw’Ibabyloni no mu gihugu cy’Ubuperesi.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abaguteguriye kaminuza yo kwigamo,ahubwo nibo bagiye kuyigamo bagusimbure vuba cyane uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti,mwana w’umntu,ngaho itegere amatwi wiyumvire amatangazo agiye gutangazwa muruhame hose muri gakondo ya bakiranutsi ndetse no mu gihugu cy’Ubuperesi bavuga yuko abega bagiye kujyanwa mu gihugu cy’ubutayu bugufiya,kandi bakazigira munsi y’igiti,kuko amashuli yabo atari yubakwa ngo babonere aho bazajya bagira niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
July 9, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’ikinyoma wabuze epfo naruguru,urimo widengembya gusa.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka wikinyoma cya abega wabuze amahoro,namahwemo,ndetse nibyicaro kuko ngo bumvise yuko ugiye kubacika ukigira hakurya ya mazi magari.Ubundi se urinda ugenda ntimwabanye ibabyloni ibihe byose wahabereye?Niko Uwiteka abaza!Barinda babara bakagaragaza agahinda mu maso yabo,hari uwababujije kugufata ko bavuga ko ari abahanga kandi ko bafite amaboko akomeye kurusha Uwiteka Imana Nyiringabo ukorera!Uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Nuko rero kuko banze kumvira ijambo ry’Uhoraho ryahanuwe kandi ryanditswe n’Umuhanuzi Ainesha,ongera uhanure uvuge uti,yemwe mwa abega mwe,nimutege amatwi bwenge mwumve ibyo abagezaho.
Dore igihe kiraje kandi kirasohoye aho,abega mugiye guhura nakaga gakomeye katigeze kabaho mu isi yabazima.Kandi ukuboko k’Uhoraho kuzabaremerera cyane kuzageza aho muzifuza urupfu mutakirubonye kuko mugomba kwishura ibyo mwakoze mukiri mwisi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nerekwa ibigori byasaruwe bitari byera neza,bishyirwa ahantu harambaraye bitegereje kotswa ngo bihabwe abega na abega kazi.Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,akaga kihuse namakuba akomeye amanuwe mu ijuru azaniwe abega ngo bakorwe nisoni zikomeye imbere ya mahanga uko niko Uwiteka abitegetse kandi nuko abivuga.
Nerekwa ihene nyinshi cyane ziri mu butayu(umwuka wikinyoma)ujyanwa mu butayu,ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,umwuka wikinyoma urageraniwe kuko ujyanywe mu butayu bugufiya cyane warumaze igihe ukorera mu gihugu cy’Ubuperesi nahandi hirya no ku isi,ariko noneho uwo mu gihugu cy’Ubuperesi wakoreraga Umwakagara ukozwe nisoni kandi washyizwe ahabona kugirango ucirweho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Nerekwa haza ukuboko k’Uhoraho gufashe inkota,gutema amabondo y’Ihene nyina wazo icikamo kabiri,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,isooko yikinyoma cya abega iciriweho iteka nijambo ry’Ubuhanuzi kuko utazongera gukora ukundi hanze ya gakondo ya bakiranutsi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Mbona noneho za hene zijyanwa hagati mu butayu zibasha kuhabona ubwatsi zaba zirisha mu gihe zitegereje umushumba wazo(Umwakagara)ko yongera gutanga amabwiriza yo kuziciraho iteka ryose niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
July 10, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona umudayimoni ushinzwe guteza ubukene Umuhanuzi Ainesha,mbona uza kurunguruka niba haba hariho inzira yanyuramo ngo yongere ateze ubukene(imbeba)maze nerekwa haza inkota ihita ica ijosi ritandukana nigihimba icirwaho iteka gutyo!!!
Njyanwa mu iyerekwa mbonaumudayimoni ujya gusa ni Ingona(crocodile)uwo mudayimoni yarafite umusaya munini cyane kurusha ingona,ariko bijya bijya gusa ndetse bishobora kuba binakomoka mu muryango umwe.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umudayimoni ukomeye cyane yaraguhagurukiye ariko dore Uwiteka amucishije bugufiya.
Mbona ukuboko gufashe inkota yaka umuriro,itemagura igihanga cya wa mudoyimoni gicikamo kabiri gitandukana nigihimba,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore nta nkota yacuriwe kugurwanya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Gen.Kayonga Charles acirwaho iteka
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,niba hariho umuntu mubi cyane uruta Umwakagara,ni Gen.Charles Kayonga,uwo mugabo nimubi cyane kandi yabaye mubi cyane imbere ya maso y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Nta mbabazi ajya agira,kandi afite kwishyira hejuru cyane bitangaje no kwiyemera,none umucire urubanza rukwiriye,kuko buriya n’Umwakagara aramutinya cyane niyompamvu yanamwirukanye mu gihugu akamujyana guhagararira gakondo ya bakiranutsi mu mahanga.Nuko umuhe numero yurubanza rw’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,Nº0171/0007/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse kandi ni uko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona imineke myinshi iri kungorofani ihiye cyane,kandi yari myinshi ari minini kandi myiza.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,aabshinzwe imali nigena migambi(ministry of Finance and planning) bo mu Ijuru bahawe itegeko ryo koherereza umugisha Umuhanuzi Ainesha kugirango arangize vuba cyane byihuse imilimo ikenewe cyane kugirango irangire niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona uwahoze ari icyegera (deputy president) William RUTO, cy’uwahoze ari umukuru w’igihugu cy’ibabyloni Uhuru Kenyatta wacyuye igihe,aza gushaka Umuhanuzi Ainesha yasuzuguye mu myaka [5] ishize,ngo amusengere.
Araza amusanga aho yarari alimo gukora Umulimo wa data wo mu Ijuru.Maze atangira kumbaza uburyo nkoresha ikoranabuhanga ngashobora gushyiraho ubuhanuzi abantu bakabona basoma ariko batazi aho bituruka,kandi ntibabashe kumbona.Ubwo mubwira ko hakoreshwa admin & password kugirango winjire muri database mbona yifuje cyane yuko twagirana ikiganiro kirambuye ariko ntibyashoboka.
Hirya yacu gatoya hari umugabo warurimo gutumura itabi(amagambo)maze umwotsi uba mwinshi cyane kandi twebwe tutanywa itabi.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore amagambo abaye menshi cyane bakuvuga banibaza aho bagukura kuko inyandiko zose wamwandikiye,nubutumwa wamwoherereje kuri Twitter byose byamugezeho none arifuza ko mwabonana ngo umusengere umukize akaga namakuba bimwugarije ariko kuko yagusuzuguye nta bwo byashoboka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa njya muri gakondo ya bakiranutsi,ngezeyo nsanga inzu nasigiwe na data(gakondo)yarabaye umusaka.Imbere yumuryango w’imbere hari igitoki kiza cyane cyatemwe kizanwa gutekwa,ndetse no kumuryango w’inyuma hari ikindi gitoki ariko cyo cyari imbere mu irebe ry’umuryango nacyo gitegerejwe gutekwa,ariko nyine inzu yose yarumwanda.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ijambo ry’ubuhanuzi bwavuze yuko ubwo gakondo izaba imaze gutunganywa neza,aho Umwakagara azikubita kugituza akavuga ko ari we wayitunganije,aho niho nzamwambura ubugingo akisangira iwabo watwese aho yajyanye abandi ahacecekerwa.None igihe niki kiraje kandi kirahoye agiye gucibwa igihanga vuba cyane ariko nyine gakondo izasigara ari umusaka nubwo izaba ilimo umugisha mu marembo yose yaba ayinjira cyangwa ayo gusohoka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
nccleon@gmail.com