Umwakagara,Nyiramongi,Umuzungu,na basangirangendo mu butayu cyane!!!

 Aug 28, 2018 njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’ubutayu bugufiya bwo hagati cyane,maze mbona Umwakagara ategurirwa amarushwanwa yo gucibwa igihanga numwe mu bantu b’inshuti ze zikomeye,bamaze guhabwa ikiraka gikomeye cyane cyo kumuca igihanga kugirango ingoma y’Abega icirweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Nyiringabo abivuga.

 

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abanyagakondorero ubabwire uti,uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore Umwakagara arapfuye kandi vuba cyane,nyamara nubwo yishwe agambaniwe nuwo yiringiraga niyompamvu uwiringira umwana w’umuntu akwiye kuvumwa uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona inzego z’ubutegetsi bw’ubwami bwe,zirashwiragira zijyanwa mu butayu bugufiya kujya kwigishwa n’Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi,kugirango bamenye yuko Uwiteka Nyiringabo ajya aca imanza zitabera kuko yongeye kwibuka ubwoko bwe bwagiriwe nabi ni ngoma ya abega uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nkomeza kwerekwa ibikorerwa mu butayu bugufiya cyane,mbona umwamikazi Nyiramongi Jezebel,alimo kubaza umuzungu bahaye umulimo wo gutata abatavuga rumwe n’ubwami bw’abega,impamvu bateye gakondo ya bakiranutsi ataratanze amakuru mbere y’igihe ngo abibamenyeshe kandi baramuhaye intonorano zitubutse?

Dore abifuza ko Jezebel Nyiramongi ababera Nyirabukwe(Mabusa)nabo bazamubera abakazana nabakwe uko byifashe!

Ndetse banamubaza impamvu atigeze akora isesengura(Analysis)y’ubuhanuzi bwandikwa n’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha,ngo ababwire ibisobanuro byabwo kandi baramuhaye intonorano zo gukora iyo milimo yose uko niko Uwiteka Nyiringabo abaza!?

Nerekwa Umwakagara,Nyiramongi,umuzungu bahaye umulimo wo kugigira,bose bajyanwa muri ubwo butayu bugufiya buherereye mu majy’Epfo yuburasirazuba bw’Africa hafi na ya Nyanja iri mu majy’Epfo yubutayu.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,umuhero n’imperuka by’Umwakagara na Nyiramongi,ni ngoma ya abega byose biciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intonorano ziraje kandi vuba byihuse kandi zizanywe n’abega baguhigaga bashaka kurimbura ubugingo bwawe.Bakaba bivuze yuko ngo wabagirira imbabazi mu bijyanye no kkubaciraho iteka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

https://egretnews.com/index.php/2017/06/20/umwami-kazi-kanjogera-yarazutse abantu-babimenya-agiye-kuva-kungoma/

Mbona umusore ugiye gushaka Ange Kagame afite ibibazo bikomeye cyane kubera inyandiko yitwa “Kanjogera yarazutse,abantu babimenya akuwe ku ngoma.”Iyi nyandiko ikaba yaranditswe nikinyamakuru inyangeNews.com kivuga kumyitwarire ya Nyiramongi Jezebel uko yagiye asambana na bagabo bose ba mahanga yose bityo bikaba biteye ipfunwe umukwe we kwitwa umukwe we,uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa muri bwa butayu Umwakagara yararimo hamwe na madame we,maze mbona INKA z’Umwakagara zijyanwa muri ubwo butayu bukomeye cyane,kandi bwo hagati.

https://egretnews.com/index.php/2018/02/26/dore-abifuza-ko-jezebel-nyiramongi-ababera-nyirabukwe mabusa nabo-bazamubera-abakazana-nabakwe-uko-byifashe/

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni Umwakagara yakoreshaga mu bwami bwe,baciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Kuko bakuwe kubutegetsi hamwe ni ngoma y’ikinyoma cya abega uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona igiti kirekire gitemwa hakoreshejwe urukero(imbaraga z’Uwiteka zisenya ubutegetsi).Icyo giti kiratemwa kigeze hagati basa naho bakihorera barigendera bagisiga aho ngaho.Mukanya ko guhumbya haza umuyaga uturutse mu burasira zuba bwa Africa,maze mbona wa muyaga uragihushye kigwa hasi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Nkomeza kwerekerwa muri ubwo butayu bugufiya,maze mbona hakorwa umuhanda wa Gari Ya Moshi unyura rwagati muri ubwo butayu,maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umuhanda wa Gari Ya Moshi uzakorwa nyuma y’Umwakagara amaze gucibwa igihanga nibwo gahunda yo kuwtunganya izongera gusubukurwa niko Uwiteka Nyiringabo abovuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona wa muzungu magigiri wahawe akazi na abega hamwe na Nyiramongi,maze mbona aza gushaka Umuhanuzi kugirango amubaze ibyamashirakinyoma nibisobanuro by’ubuhanuzi bwahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi  Leon Ainesha uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 Njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni na satani na abega bose bafata inzira imwe berekeza ubutayu.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyahanuwe n’Umuhanuzi bigeze mu marembo ya gakondo ya bakiranutsi.

Nerekwa umudayimoni wo mu bwoko bw’IPUNDA(Donkey)itikoreye imitwaro,maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,imitwaro yose warufite irarangiye kuko bitegetswe nijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Aug 29, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona Kenyatta Uhuru Muigai afashe ibisheke mu ntoki,afashe nibigori mukundi kuboko.Maze arampamagara arambwira ati,akira ibi bisheke byawe nari naguteguriye naho jyewe undeke nirire ibigori nkuko wabihanuye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi,rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha wawe uraje kandi ni umugisha mwinshi cyane uturutse k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango urangize imilimo isigaye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa tulimo gutegura ubukwe hamwe na “NYAMPINGA”ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,genda winjire muri iriya nzu iri mbere yawe “NYAMPINGA”agiye kwinjiramo.Ndagenda ndinjira nsangamo abagabo banywaga itabi ryisnhi cyane maze imyotsi yitabi imbana myinshi,ariko ubwo “NYAMPINGA”yaralimo kuvugana nabo.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ririya tabi ubonye balimo kunywa,na magambo agiye kuvugwa menshi nabo mu muryango wa “NYAMPINGA”kuko batifuzaga yuko mwabana uko niko Uwiteka Imana Yawe abivuga.

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar