Rwara Rwumugara Rubundiye Mu Ishyamba hamwe n’umwana w’UMUSITA bagejeje ingabo mu birunga by’uRwanda!!?

OCT 6, 2018 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu byarushijeho gukomera cyane nyuma yifungurwa ry’umunyapolitike Umwali Shima Rwigara.Kuko agatsiko kabicanyi b’Abega bahise bakora inama vuba byihuse yo gushaka uko bamuca igihanga bakamukurikiza umubyeyi we nyakwigendera Rwigara Assinapol uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa munsi ya gakondo ya bakiranutsi mu gikombe cyaho,maze mperekerwa ibihishwe amaso ya bana b’abantu.Mbona ahari ishyamba ryinzitinze,hahinduka ibiriba ry’amavuta ya petrol cyangwa essence amavuta atwara imodoka aho Uwiteka Imana Nyiringabo ya yahishe abanyabwenge.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza munzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwo butunzi bwinshi kandi bukomeye cyane nta bwo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azabuhishura hakiriho ubutegetsi bw’Abarepublike bwubakiye ku kinyoma ahubwo azabanza abukureho hanyuma abuhishurire ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bazaba bararokotse intambara y’Umwakagara uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni b’Abega n’Abega kazi barwanyaga Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha bahungira kumusozi birukanka basiganwa kibuno mpamaguru.Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intambara abega bari bahagurukije iburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abazimukazi b’Abegakazi bahagurukiye Umuhanuzi baza bajunditse amazi mukanwa.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abo bagore(abarozikazi)uramenye ubirinde kuko baguhagurukiye bakaba bashaka kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inkoma mashyi za FPR zihunga gakonga gakondo ya bakiranutsi,mbona zigeze mu butayu zikoreye udusambi na za matera zo kuryamaho kuko birukanywe ahashyushye muri gakondo ya baakiranutsi bagasiga amazu yabo meza yibitabashwa bakerekeza iyo mu butayu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ibintu bigoye kwemera cyangwa kwizera cyeretse uwabonye Uhoraho Uwiteka ho umucunguzi we.Nerekwa Francois Ngarambe hamwe nagatsiko kabaturutse mu gihugu cy’Isamariya,harimo abatutsi benshi bagize umuryango wa FPR,banakaomeye muri icyo gihugu.
Mbona bose uko bakabaye bahungiye mu bihugu bihana imbibe na gakondo ya bakiranutsi,mbona batangira gushaka ubuzima uburyo babaho,bamwe bajya gukora imilimo yo kudoda imyenda bakoresheje icyarahani.Abandi bajya gucuruza mu masoko atandukanye acuruzi imyenda ya chagua kandi iwabo barayiciye ngo bari bazi yuko bagezeyo(PINNACLE PLACES)aho Uwiteka adashobora kuba yabakurayo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nkomeza kwerekwa bamwe muri izo mpunzi bajya kugura amajanja y’inkoko kuko hano mu gihugu cy’ibabylon bayagurisha nta kintu nakimwe kiva ku nkoko usibye amababa.Mbona abega nabasangirangendo bose batonze umurongo ngo bagure amajanja yo kurya uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa ko batujwe munsi y’umusozi maze haza umwuzure ubanyura hejuru urabatwikira.Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ukuboko kwanjye kuzaremerera izo nkozi z’ikibi zo mu bwoko bw’Abatutsi zigize indakoreka ukuboko kwanjye(Uwiteka)kuzahangana nabo kuzageza igihe bazifuza urupfu batazarubona uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye gutungurwa no kuza kwa Nyampinga ngo mukore ubukwe kandi azaza ari nta mashillingi ufite nyamara Uwiteka ntazabura kwihesha icyubahiro kugirango bimenyekane yuko Uhoraho Nyiringabo ari we Imana yawe niko Uwiteka abivuga.
Nerekwa urubyiruko rwaturutse mu gihugu cy’Isamariya bagira amahirwe yo guhaha kubera ururimi rw’Igiswahili bigiye mu gihugu cy’Isamariya.Ntabwo byabagoye cyane kwisanga mu miryango yibihugu bahugiyemo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Hari ibintu bigoye kwemera,ariko bikaba byakoroha kubyizera,nerekwa icyegera cya Kenyatta mu gihugu cy’Ibabylon William Ruto Ssamuie agenda na maguru kandi afite indege zigera kuri [4] maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,wibuke bwa buhanuzi bwo mu gice cya 2,3 by’ubuhanuzi buvuga yuko muri icyo gihugu umuntu wese wabonye ubutunzi mu nzira zo gukiranirwa azabwamburwa ndetse na mazu bubatse muburiganya azasenywa kandi ibyo gusenywa kwa mazu byo byarasohoye hasigayae rero kubona abari abatunzi bakomeye muri icyo gihugu basigara amara masa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa abega bagera mu buhungiro batangira gukora akazi k’uburetwa na yamashillingi yose basahuye mbona ko nta mumaro yabagiriye maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ukuboko k’Uhoraho kuzabaremerera cyane kuko barwanije ijambo ryanjye kandi bakarwanya n’umugaragu wanjye nishyiriyeho ngo ankorere umulimo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ubukwe bw’Umuhanuzi na NYAMPINGA bwihuse cyane,bubera mu gihugu cy’ubutayu bugufiya igihugu cy’ibabylon.Maze ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo nagusezeranije niko ngiye kubikora kuko umugeni yamaze kwitegura no kwitunganya kugirango aze ku kureba mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abega batangira gufata ibintu byabo gahoro gahoro ngo babihungishe,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,abega bamaze kubona yuko Umwakagara yakuwe ku ngoma ubwo atangiye gusaba kumvikana nabo batavuga rumwe kugirango azabone uko azabaca ibihanga.Abega bob amaze kubona ko yambuwe ubwami bw’Abega bari bazi yuko bazategeka imyaka ibihumbi none bakaba baciriweho iteka nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambaza riti,ese mwana w’umuntu,wowe uko ubibona urabona abega ihunga ryabo rizabahira ngo kuko bakize bakaba bafite ifeza nizahabu?Ndasubiza nti,nyagasani Uhoraho ibihe nibihe ntabwo nabimenya niwowe ubizi kuko ari wowe mugenga w’ibihe byose niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa ahantu mu butayu bw’umurambararo,mbona abasore benshi cyane bigishwa gutwara indege.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,urupfu rumanukiye abega benshi cyane bagiye kurimbuka kuko ubwami bwabo bwamaze gucirwaho iteka nijambo ry’Uhoraho Nyiringabo niko Uwiteka abivuga.
OCT 7, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona abega b’abacuruzi bajyanwa mu ishuli ryubakiwe ubwoko bw’abatutsi aho bazajyanwa kwigishwa kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
No kubamenyesha ko Uhoraho ari we waremye ijuru nisi.Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubwoko bw’Abatutsi nabagiriye neza mbakura imahanga aho bari bamaze imyaka [35] ar’impunzi zitagira gakondo.
Maze bamaze kugera muri gakondo ya bakiranutsi batangira guca imanza zibera,no kurenganya ubwoko bwanjye na bantu banjye.Niyompamvu nshaka kongera kubirukana muri gakondo ya bakiranutsi,kandi nzabarimbura mbagabanye hazasigara bacye cyane bazatanga ubuhamya kubazahuguka kugirango batazongera gukinisha izina ryanjye mu mibereho yabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nzabica kandi nzabamaraho,mboture umujinya nagahinda banteye ko mu mutima.Kandi nzihorera kurwango abahutu banga ubwoko bwanjye,nabo nzaboneraho umwanya wo kubihumuraho kuko baahawe ibihano bibakwiriye kugirango bamenye neza yuko ubwoko bw’Abatutsi ari ubwoko bwatoranijwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Nyiringabo abivuga.
Ngiye guheha abantu bose batuye muri kiriya gihugu,amahanga azatangara cyane kuko bazaba iciro ry’umugani,kuko ngiye gukora ikintu gishya muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Nzimara agahinda ku buryo uzahatura wese atazongera gukinisha inzira yo gukiranirwa.Kandi abazabyongera nzabakubira karindwi y’ibyo nakoreye bene wabo niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Dore abahutu barahunze kandi nzabateza inzara mu buhungiro kandi nzabuza amahanga kubagirira neza kugirango umujinya wanjye ubanze ucururuke uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Bazasabiriza ubugari bw’ubusigarizwa mubanyamahanga kugirango bamenye agaciro ko kugira umwandu ho gakondo ya bakiranutsi.Abazatahuka bose bazabana nabo bazasanga muri gakondo amahoro icyo gihe urusaku ruzaba rugabanutse niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona intara ya Gisenyi hagotwa n’umwuzure wa mazi,(ibibazo bikomeye cyane)mbona ingabo za RDF zishaka guhangana nuwo mwuzure ariko uranga ubarusha imbaraga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intambara iturutse muri DRCongo kandi nubwo Umwakagara ashaka kuyikumira ntabwo azayishobora kuko amazi yamaze kurenga inkombe.
Dore amahanga aramugambaniye,kandi nashaka kujya guhangana nayo azahita amukuru ku ngoma.Kuko abamurwanya bashaka kubanza gufata intara ya Gisenyi na Ruhengeri maze bagahita basaba imishyikirano uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ibyo nibiramuka bibaye niho abega bazahita babona neza ko Umwami wabo yafashwe mu ngoto.Icyo gihe bazahita bamwirenza kugirango intambara ihindure isura,bazica abantu abantu benshi barwanira ubutegetsi nyamara muri abo bose bazaba baburwanira nta numwe uzabasha gufata ubwo butegetsi ahubwo buzahabwa abataraburwaniye bakoresheje imbunda na masasu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko hagiye kubaho ubugambanyi bukomeye cyane bagambanira Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha kubera ngo yateye impuruza avuga ko ngo intambara ibaye birangiye mu gihe Umwakagara we yageragezaga gufungura imfungwa za politike ngo arebe yuko yabona agahenge none bahisemo guhagurukira Umuhanuzi wahahamuye imitima ya abega ngo bamwivugane uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa za magigiri zitumwe guhiga Umuhanuzi ziza zifite urukwavu mu ntoke,Umuhanuzi nawe yarafite urukwavu mu ntoke kandi urwi rukwavu arushumikaho umugozi kumaguru akajya arurekura rukiruka rwagera hirya rukagaruzwa nuwo mugozi.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore batumye za magigiri ziyita inyabwenge,nyamara ntaho bahuriye nawe.Usibye kwitwa ba magigiri nta nubwo bashobora no kuba bakwegera kuko ubwenge bwabo buri munsi y’ubwawe inshuro 200 bakaba batashobora ku kugigira cyangwa ku kuneka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Mbona ko abo bamagigiri baherekejwe na Nzika hamwe na Nzigo,baza bafite imodoka cyangwa ikinyabiziga,bagihisha mu butayu baraza bagerageza gushaka Umuhanuzi basanga yamaze kubatahura Babura uko bamugeraho maze basubira inyuma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mu isi y’umwuka maze numva abega bitotombera Umuhanuzi bavuga yuko ngo ari we ubateje akaga na makuba bagiye guhura nabyo.Bajya inama baravuga ngo ntabwo bateze guhirwa igihe cyose Umuhanuzi azaba akiriho doreko azabaho imyaka 750 ngo niko imandwa zababwiye.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu birakomeyeb cyane kuko abega noneho baguhagurukiye bikomeye babanje gushaka uko baguca igihanga mbere yuko Umwali Shima Rwigara afungurwa ngo ubuhanuzi wamuhanuyeho utazavuga yuko ngo busohoye ariko ntibabigeraho birabananira uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Nerekwa inyama zitetse ubugambanyi budakanganye,ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,kugambana baragambanye ariko ntabwo bari buhirwe nimigambi yabo niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa nambuka ikiraro gitoya ariko cyanyuragaho amazi hejuru yacyo nambuka nyerera ariko ndambuka.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho riti,ibibazo biraje kandi ugiye kubinesha kugirango umenye neza yuko Uwiteka arikumwe nawe niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa manuka down stairs zari zifite ibyuma namanukaga mbifasheho ariko nkumva bimbabaza mubugingo.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,iki sicyo gihe kiza cyo kujya muri gahunda warugiyemo,ahubwo tegereza intambara ziguhagurukiye zibanze zituze ubone kugenda niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ngiye kwambuka ikiraro kinini cyane cyanyuragaho amazi hejuru avanzemo na mazirantoki,nitegereje neza nsanga ntabaasha kucyambuka.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibibazo bikomeye biraje kandi nta bwo usabwa guhangana nabyo,reka byihanganire ubwabo byirwanye nibirangiza intambara yabyo bikubuze ubone kwambuka ikiraro umwuzure uraba umaze gutuza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
OCT 8, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona mpanganye na bantu biyita ko ngo babaye mu butayu igihe kirekire.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abo bantu biyita ko ngo babaye mu butayu igihe kirekire nta bwo bakurusha kuba mubutayu imyaka myinshi kuko nta nubwo banafite kimwe cya kabiri cyawe bityo rero witegure yuko uribuhangane nabo ukabanesha niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ubwo Umwami wabakiranutsi anzaho arambwira ati mwana w’umuntu,nguhaye impano cyangwa gift yo mu gitabo cyo gushimisha indirimbo ivuga ngo”NISHIMIYE KO YESU ANKUNDA KANDI NTAKWIRIYE” uko niko Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona njya kugura imyenda yitwa “NEW ARRIVALS”amashati na mapantaro meza cyane agezweho.Namara kugura nkabona haje indi mishya kandi nkiraho mu iduka ntari nahava.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,imilimo y’Uhoraho Uwiteka yakuvezeho kandi myinshi iraje kugirango ijambo ry’Uhoraho risohoze umulimo waryo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa mu butayu hajyanwa umwuka wubusambo kwikubira no kwigwizaho imitungo yarubanda.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uwo mwuka uwucireho iteka kugirango ucike burundu muri gakondo ya bakiranutsi.Uhabwa Nº0199/0010/0018 uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse kandi nuko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo za RDF zijyanwa mu butayu zibura ibifungurwa,mbona ko habayeho inzara itari byigere yabaho murizo ngabo yewe haba no mwishyamba bakirwana ntabwo bigeze bagira inzara ingana gutyo.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngicyo ikigamburuje Umwakagara akemera gufungura abo yafungiye akamana kuko afite ikibazo cy’ibifungurwa byimfungwa ndetse nibya basikarikare uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa nambika “IMPETA NYAMPINGA”maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubukwe buraje kandi buje bwihuse cyane kuko igihe cy’Uhoraho yavugiye mukanwa k’Umuhanuzi gisohoye uko niko Nyiringabo abivuga.
Nerekwa Nzika ya Nzigo yongera kugerageza kureba ko yahiga Umuhanuzi akamubona,mbona magigiri Rucamihigo Mark agerageza kuza gushaka Umuhanuzi aho yamusize babanaga.Ndetse aza yitwaje kuvuga ko ngo ntari umunyababylon ahubwo ko ngo nkomoka muri gakondo ya bakiranutsi ngo kugirango bamenye ko ntari umunyagihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa magigiri bahaye imbunda yo mu bwoko bwa MASOTERA cyangwa PISTOL aza gushaka Umuhanuzi ngo amurase,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bashatse umusore wamagara macyeya cyane kuburyo umutekereza ko ari magigiri.
Yambariye kumyenda imbunda ya masotera azanywe no guhiga ubugingo bwawe,ngaho baza umucireho iteka ibye bibe birangiye kuko ari nta nakaimwe azashobora gukora yamaze gucirwaho iteka.Ahabwa Nº0200/0010/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona hari ingabo zateye urwagasabo zanyuze mu birunga zigenda zururira imisozi na mazu zigenzura ingabo z’Umwakagara kugirango zitangire ibikorwa by’iterabwoba no kurwana zirasa ingabo zidasize nabaturage badashaka kuziyoboka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
nccleon@gmail.com