Ingabire muri Leta yabanyaGitarama,naho Me Ntaganda Bernard na Shima Diane Rwigara mu mishyikirano!!!

OCT 12, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ibiteye ubwoba bidashobora kuboneshwa amaso ya bana b’abantu.Nerekwa ndi mugikombe kiri munsi ya gakondo ya bakiranutsi,igikombe cyose cyari cyaguyemo imvura,kandi Umuhanuzi yagombaga kugera kuri gakondo aturutse mu mfuruka z’igikombe zifatanye nimbago za gakondo ya bakiranutsi.

 

Ariko haruguru yicyo gikombe cyangwa ikibaya ahagana kumuhero wishyamba hari hateye ibiti birebire kandi binini ndetse hari hazitiye cyane nta muntu washobora kiwnjiramo.

Umuhanuzi biba ngombwa yuko asubira inyuma ngo yerekeze mu muhana wa gakondo ya bakiranutsi.Inyuma ye gato,nibwo yahise yitegereza urwo rumuli rwinshi kandi rwererana,rwali ruri muri ya ngoro y’ubwami yubakiwe kandi izitiwe cyane amarembo yayo yarari iburasirazuba bw’ingoro.

Maze Umuhanuzi agira amatsiko menshi ashaka kumenya ibyiyo ngoro itarisanzwe mukibaya kiri munsi ya gakondo ya bakiranutsi,nibwo yegereye gahoro gahoro,maze yegereye urufatiro(foundation)nibwo yabonye ibintu bikomeye kandi bidasanzwe.

Bibiliya ivuga ko ngo umucyo wavuye mu mwijima,wamara kwitandukanya numwijima ugasigara wigenga,icyo nicyo Umuhanuzi yabonye gitangaje cyane.Ariko byanashoboka yuko umucyo ushobora gusubira mu mwijima aho wahoze igihe cyose udakora ibyo gukiranuka ntakabuza yuko ibyari umucyo byasubira kuba umwijima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko yegera rwarufatiro cyangwa umusingi wiyo ngoro y’ubwami bwibera mu buhungiro(munsi yaw a musingi hubakiyemo (INZOKA)nyina wazose iruta izindi(imbaraga zabacwezi nabarangi)iyo NZOKA niyo yatangaga urumuli rwamurikiraga ubwo bwami bukorera mu ishyamba(ubwami bwabacwezi nabalangi)buyobowe n’umwana w’UMUSITA.

Ubwo Umuhanuzi agiye kwegera rwa rufatiro ngo akoreho arebe kuko rwasaga nibirahure byererana,nibwo yahise abona ya NZOKA itanga ubutegetsi ari nayo musingi w’ubutegetsi bw’umwana w’UMUSITA bwubakiyeho.

Ubwo ya NZOKA nayo kubera ubunini bwayo kandi ikaba yarashyizwe ahantu itabasha kuva cyangwa ngo yinyagamure,yasigaye ikoresha umutwe gusa.Mbona ko isubije umutwe inyuma ngo yitegure kuruma Umuhanuzi,maze Umuhanuzi nawe aba yayiciye iryera afata inkoni ngufiya yarifite inyundo kumutwe(ubutware)maze ayikubita umutwe ako kanya amashanyarazi ahita arazima ntiyamenya niba yarapfuye cyangwa niba ikiriho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo linzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,inyandiko y’ubuhanuzi watangaje taliki 11 yavugaga ku nama y’umwana w’UMUSITA na Rwara Rwumugara Rubundiye Mu Ishyamba yahagaritse umutima bikomeye kandi amabanga yose bakoreye mu bwihisho yashyizwe ahagaragara none ibyari umucyo byahindutse umwijima niko Uwiteka abivuga.

Nkurwaho njyanwa muri gakondo y’ubwami bw’uRwanda ifatanye na gakondo ya bakiranutsi iyoborwa na abega kungufu za gisirikare.Mbona intwazangabo yahumye amaso ishyigikiye ubwami bw’uRwanda,maze mbona yarabyaye umwana ukiri mutoya ucyonka akiri kwibere rya nyina.

Uwo mwana akaba yararindwaga niyo mbwa kugirango hatagira ikihohotera,mbona arasimbaguritse nk’igikeri aragenda afata ibyo kurya byari imbere yabo atangira kubirya nkuko imbwa zirya ibyo zihawe.

Ako kanya mbona na papa we wari impumyi ahise ahumaka biba igitangaza ukuntu yari ingabo ya abega kandi yarahumye.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ingabo zasomye ubutumwa bwatangajwe taliki ya 11 ukwakira 2018 bwatumye bahumuka amaso bamenya icyatsi nururo kuko bitiranyaga ibintu cyane kuri Rwara Rwumugara Rubundiye Mu Ishyamba.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umudayimoni usa ni INGONA (Crocodile) ariko uyu mudayimoni nubwo byasaga ntabwo ari ingona,ahubwo afite urwasaya rulerule rusumba urw’ingona.

Mbona ko rwasamiye Umuhanuzi Ainesha,ngo rumucagagure,ariko mbona haje umuyaga uvanzemo numuriro winjira mukanwa kuwo mudayimoni ukura ya mikaka yayo yose dore ko yasutaga iy’ingona kuburebure yose ashiramo.

Ijambo ry’Uhoraho linzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore inkozi z’ibibi zari ziguhagurukiye ziciriweho iiteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ubuhemu bwa abatutsi imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo linzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,Uwiteka arashinja ubwoko bwa abatutsi ubuhemu kuko bamaze imyaka [35] mu mahanga batagira epfo naruguru,bamusaba yuko yabasubiza muri gakondo ya bakiranutsi bakajya guhura nabavandimwe babo.

Uwiteka yarabikoze arabacyura,bari baramusezeranije yuko nibagera muri gakondo bazamukorera kandi ko bazitandukanya nikiba cyose.Ariko bamaze kugera muri gakondo bifatanya ningoma ya abega bashima FPR  ngo niyo yabacyuye ibakura imahanga maze baradamarara batangira gucira imanza zibera abo bahasanze babafatanya nibikomere by’intambara babagirira nabi aho kubafata ngo babomore ibikomere kandi babahumurize ahubwo babashyira mu nzu zimbohe abandi barabica uko niko Uwiteka abagaya.

Ubugome  bwa  Abatutsi muri gakondo ya bakiranutsi

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rikomeza kumbwira ubugome bwa abatutsi uburyo bifatikanije na bandi bagome bo mu nzu ya abega bagahemukira ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Bishe abantu urupfu nagashinyaguro,babuza amahwemo abaturage batuye icyo gihugu,babasahura utwabo twose baratwigarurira ngo kuko nabo bahunga mu mwaka w’1959 bambuwe ibyabo.

Ariko se mwana w’umuntu,Uwiteka aguhaye igihugu niki kindi aba ataguhaye?Niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza?!

Barategeka barakomera cyane maze basigara bumva ko batakurwa kubutegetsi.Nyamara dore iminsi iraje kandi simyinshi cyane ubwo bagiye kwisanga basubiye muri bwa buhungiro cyangwa muri ngunguru biberagamo kugirango bazamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Imana yica agakiza.Aha uwo ashaka,akambura uwo ashaka udakora ibyo gukiranuka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Dore nta kabuza nzabitura ibyo bankoreye kuko basuzuguje izina ryanjye barikura mu itegeko nshinga ryabo bavuga ko ngo Uwiteka ari nta mu maro,kandi ko ngo niba abakeneye azaze abibibwirire maze amahanga yose atangazwa nuko igihugu Uwiteka yararagamo bamuteye umugongo bikabije bamaushyiraho igisuzuguriro ariko dore nd’Uhoraho Uwiteka Imana ishobora byose nzongera nigarurire icyubahiro cyanjye banyambuye kandi gakondo ya bakiranutsi nzayikura mu maboko y’inkozi z’ibibi nyishyire mu maboko y’ubwoko bwanjye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umwuka w’inzika y’inzigo irushijeho kwiyongera ngo gukomera cyane ngo ni uko Umuhanuzi yashyize ahagaragara inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa za magigiri za abega na abasinga bakomeje guhigira Umuhanuzi hasi no hejuru uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko ingoma y’Umwakagara yamaze gutegurira umwanya umunyapolitike Ingabire Victoire Umuhoza kugirango bamuceceshe areke gukomeza guteza induru mu gihugu kuko induru ivuze umugore ivuga Umuhoro.

Nkiri muri iryo yerekwa kandi mbona Me Ntaganda Bernard hamwe n’Umwali Shima Diane Rwigara Umwakagara abahamagaye kugirango abashyire mu butegetsi kugirango amahanga amudohorere.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambaza riti,mwana w’umuntu,mbese Umwali Shima Diane Rwigara nawe ashobora kwemera kurya intonorano kandi yariyemeje kuvugira abaturage bo muri gakondo ya bakiranutsi?Ndasubiza nti ndumva bidashoboka kuko yaba akoze ibinyuranye nibyo yagambiriye gukora.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane maze rirambwira riti,dore Leta zunzu ubumwe z’America zategetse Umwakagara gusubiza imitungo yose yo kwa Rwigara Assinapol yabambuye ndetse akasubiza nuruganda rwabo nyamara aho kugirango akore ibyo,arashaka kubanza kubashyira muri Leta kugirango agire ikizere cyo kubahitana bitamugoye kuko aramutse abishe kandi batari mu butegetsi byamugwa nabi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Imiryango mpuzamahanga itegamiye kuri Leta yishyira hamwe itangatanga Umwakagara.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imiryango itegamiye kuri Leta iharanira uburenganzira bwa muntu,itangatanga Umwakagara imukorera raporo isaba Leta zunze ubumwe za America gusaba Umwakagara ko yarangiza urubanza rw’umunyapolitike Shima Diane Rwigara kandi agahita asubiza uwo muryango imitungo yabo yose batwaye kuko ibirego byose babarega bishingiye kuri politike uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane maze mbona Umwakagara ahagaritse umutima cyane atangira kwicuza inama zose yagiriwe na batutsi baturutse mu gihugu cy’Isamariya.Numva avuga ngo bangiriye inama mbi kandi banshoye mu ntambara badashobora kuzumfasha banyikoreza urusyo rushyushye none reka nanjye ndubikoreze uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abahutu bahugiye muri republika iharanira demokarasi ya kongo,umuvumo ukibagendaho kandi ko ukuboko k’Uhoraho kwabaremereye cyane kurusha ibihe byose byabayeho.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abo bana b’abahutu nta ho bazahungira umuvumo ubariho kuko ababyeyi babo banze kwihana imilimo mibi bakoreye Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Cyane amaraso ya batutsi binzira karengane basize baciye ibihanga muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa muri gakondo ya bakiranutsi nerekwa abanyamadini bakomeye balimo Antoine Rutayisire uburyo akorana ni ngoma  ya abega.Ategura ibiterane byamahungurwa yarangiza agatumiramo abahutu bacyeya kugirango bigaragare yuko akora umulimo w’ubumwe n’ubwiyunge ariko nta bwo abikora kubera akunze abahutu ahubwo ni politike y’idini ayobeye uko niko Uwiteka amugaya.

Mva ahongaho njyanwa mu madini ayoborwa na batutsi baturutse muri Congo biyita abanyamurenge,mbona ko bo mu mahugurwa yabo badashobora gutumira abahutu habe numwe!!!

Ahubwo nerekwa ukuntu bahaye imilimo abagore cyangwa abakobwa mu madini yabo,kandi abo bagore basabwa kuba ari beza bafite uburanga igihe pastor yarambiwe umugore we ahamagaza umwe muri b’abagore bahawe akazi muri idini kuko babihemberwa maze akamukazanura uko niko Uwiteka Nyiringabo abagaya.

Mbona ikindi cyantagaje cyane,numva bahabwa amabwiriza yuko nihajya haza abashyitsi,ko badakwiye kuzajya bemerera abashyitsi baturutse muyandi madini cyane abagaragara ko bishoboye bafite mu mufuka ko badakwiye kuzajya basabana nabo. Cyane ngo bibagirwe yuko bahawe akazi nabashumba babo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Uwiteka yitura ubuhemu nubugome abega bakoreye abahutu.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo likomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ndashaka ku kwitumira ku abega,ubambwirire uti,uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Ubuhemu mwakoreye abahutu mukabikoreza ishyiga rishyushye,nanjye ngiye kubikoreza urusyo kandi nzabakubira inshuro 7×7 kugirango mumenye yuko mwahemutse mwakoze ibyo mutari mukwiye gukora uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abana b’abahutu bategereza kwishyurirwa amashuri nabazungu ariko nubwo babafashije bakiga umuvumo waranze ubageraho ubabuza amahwemo.

Nerekwa ko abana b’abahutu ko batagira umuco mu buryo bwokwakira ibyo bahabwa byaba imfanyo cyangwa uburyo baramutsamo abantu babaruta.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bariza abahutu uti,kuki umuco mwari mwarakuye mu batutsi mwawutaye mukaba musigaye mubaho nkinyamaswa uko niko Uwiteka abaza!

Njyanwa mu iyerekwa mbona Coloner wakoranaga na RPC.Rumanzi George wayoboraga umurwa mukuru wa Kigali,bamuhumanya ngo kuko yakoranye na abega akamenya amabanga yabo yose kandi igihe cyo guhirima kw’ingoma yabo kikaba kigeze uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Coloner agiye kurwara indwara isa na SIDA/HIV,ariko azaba ari uburozi bwa RACINE bamuhaye kugirango atazashinja abega yakoranye nabo cyane RPC .George Rumanzi waciye ibihanga bya abanyarwanda ayobora umurwa mukuru wa gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka amuburiye.

Colner yakoranaga na RPC.Rumanzi Geroge muri CID ya police KUMUHIMA aho bishe abantu benshi cyane babita abajuru uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.Yari ADC we mu biro bya RPC niko Uwiteka abisobanura kandi ni uko abivuga.

Nerekwa Col.Willy Rwagasana waturutse mu gihugu cy’Isamariya arikumwe na murumuna we Rwagasana Fred,hamwe nabandi batutsi baturutse mu gihugu cy’Isamariya mbona umujinya w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ubamanukiraho kandi mbona Umwakagara ariwe ugiye kubajyana mu butayu ngo kuberako bamushoye  mu ntambara bakamugira inama zidakwiye bityo nawe akaba agiye kubitura mbere yuko akurwa ku ngoma.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara agiye gusohoza ibyo ubuhanuzi bumutegeka gukora kugirango ashyire mu bikorwa imigambi y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

Nerekwa abadayimoni bakorana na abega muri gakondo ya bakiranutsi,bari mu irango ry’irembo ry’ubutayu imbere ya marembo ya gakondo ya bakiranutsi.Mbona abadayimo bafata ibishoboka byose bishobora kubafasha kuzaba mu butayu badahangayitse cyane!!

Mbona baramunutse bo ubwabo bijyana mu butayu bugufiya cyane kandi bagenda basiganwa masigamana mbona ko babugezemo.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abatutsi baturutse Isamariya bagiye guhunga balimo begeranya utwabo kuko bamaze kubona ko ingoma ya abega yageze ku iherezo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona abatutsi baturutse Isamariya bamanuka inzu ndende yigorofa,kandi bayimanuka abega bari mu nama muri carve hasi yiyo gorofa,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,genda urebe kandi witegereze neza ikimanuye bariya batutsi mu nzu(igihugu)kandi bari abatoni cyane ku ngoma ya abega.

Ndagenda nsanga balimo bagenda batera ibiganiro bajijisha ngo babone uko bava muriyo nzu,maze bahite bahambira utwabo bigendere maze abega basigare barindagirira mu butegetsi bwarangiye!

Nerekwa bageze kumuryango basohokeramo basanga abega bamaze kubimenya barabatangira babura uko basohoka kuko bitari bigishoboka yuko bacika bagahunga basiga abega mukaga kandi barasangiye umugati w’igihugu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar