Abahutu bitotombera Umuhanuzi kubera umuvumo wa burundu!!!



Jan 2, 2019 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakirranutsi,maze mbona ibyakorewe umuryango wanjye byakozwe mu ibanga ubwo twari imahanga mu gihugu cya Bakaludaya (Tanzania) aho ababyeyi bari barahungiye nyuma yuko ubwami bw’uRwanda bukuweho na bazungu bo mu bwoko bwa Ababiligi.

Mbona umucyecuru wahoze atwigisha mu mashuli abanza yari (principle) w’ikigo cyamashuri nigagaho, witwa CHRISTINE GAHAMANYI nyina wa Dinah Gahamanyi wakoraga kuri radio ya bbc,mbona uwo mugore azana abakonikoni iwacu bitwa “MAGIC” araza atangira gukora imihango ya gipagani batwara umugisha wacu bawujyana kumuryango wabo.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,dore Christine gahamanyi wakoraga kuri radio Rwanda nawe ari mu bahumanije umuryango wanyu,kandi yatwaye umugisha wawe hamwe nabavandimwe bawe none umucireho iteka kugirango bimenyekane ko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ajya aca imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko ndabwirwa ngo,ijwi ry’Urangurura mu butayu,abantu benshi cyane babatwaye umugisha kuko abazimu bakoreshaga bababwiraga ko umuryango wanyu urimo umugisha mwinshi cyane maze bituma umuhana wose wajyaga kuraguza bahitaga babona “INYENYERI”yaka mu mruyango wanyu.None ntutinye kumuciraho iteka.Ahabwa Nº0238/0001/0019 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Jan 3, 2019 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,dore “INKOTANYI”nizo zahitanye Habyarimana wari umukuru w’igihugu.Nuko rero burira abahutu b’abakiga, uti,mwiririre mwebwe na bana banyu kuko ibya Habyarimana byarangiye,kandi Uhoraho Nyiringabo ntazabura kumuha ubutabera kugirango bimenyekane yuko Uwiteka aca imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona impamvu yatumye abanyarwanda bo mu bwoko bwa abahutu,bavumwa umuvumo wo kuzaba abagaragu iteka ryose!Ndabwirwa ngo”ijwi ry’Urangurura mu butayu,abahutu bibye ijambo ry’Ubuhanuzi maze bajya kubucuruzu,kandi ubwo bucuruzi baabukoze igihe kirekire.”

Niyompamvu Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,yabacireyeho iteka rya burundu,ryo kuzaba abagarugu babandi kuko umugaragu we,umukorera umurimo,yicwa ni nyota ninzara,kandi ubuhanuzi abagezaho atabubagurisha,ariko bo bakarenga batinyuka bakajya kugurisha ijambo ry’ubuhanuzi ritangirwa Ubuntu.

Barangiza,bakabwiyitirira (impersonation) ni cyaha gihanwa na mategeko, kwiyitirira umurimo utari uwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,umurimo wanjye nagushinze ni “MONOPOLY” ntawundi nawuhaye kandi nta muntu wemerewe kuwiyitirira kandi atarawuhaweho kumubera umwandu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore vuba bidatinze bagiye kujyanwa kuri rya shuri ryubakiwe ubwoko bwa abatutsi basuzuguye ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo.Ntabwo bakabaye aribo babanza kuri uwo musozi,ariko kubera gukiranirwa kwabo gukanije aho batinyutse ubwiru bw’Uhoraho bakajya kubugurisha bitwaza yuko barimo kwishakira imirimo ngo kuko bari mu buhunzi.

Byatumye Uwiteka avuma ubwoko bwose bwa abahutu, abatarakoze icyo cyaha,ndetse nabagikoze,kugirango mu bihe bizaza bazamenye yuko gusuzugura ijambo ry’Uhoraho ari icyaha gikomeye kandi gihanwa na mategeko yo mu Ijuru akaba ariyompamvu ishyanga ryose ryambuwe isezerano bari barahawe ryo kuzaba ubwoko bw’Uhoraho,maze bahindurwa abagaragu babandi niko Uhoraho uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,ubwire abahutu bose bateranye impiya zacurujwe zivuye mu buhanuzi bazigaruze k’Umuhanuzi vuba cyane mbere yuko bazamurwa kuri wa musozi wagenewe abatutsi b’Abega kugirango umujinya w’Uhoraho Nyiringabo ucururuke uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,ubabwire ko kwishyura impiya zacurujwe mu buhanuzi,ntabwo bibakuraho umuvumo.Ahubwo bicubya umujinya w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango atabazamura kuri wa musozi mukajyanwa mu ishuri aho muziga igihe kirekire uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko umuryango wanjye(Ainesha Family)ko ugiye guhabwa umugisha mwinshi cyane muri uyu mwaka wa 2019 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona igiti cyumye gihagaze,kandi cyatewe iruhande rwa toilet,iyo toilet yarimeze nk’umugezi umanura amazi kuko hejuru ya W.C hariho imbaho zitambitse hejuru ubona ko ari toilet.

yubakishijwe ibiti kandi hasi imeze nk’umugezi wamazi ku buryo imizi yicyo giti,yanyunyuje toilet maze bituma cyuma gihagaze kandi kikagenda kibora gahoro gahoro uhereye mu mizi no kuzamuka mu mbavu zacyo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,kiriya giti wabonye,ni ubutegetsi bw’Abega n’Umwakagara bumaze kubona kandi bushinze hagati mu bikorwa byo gukiranirwa nicyo cyatumye kiriya giti kibora uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Jan 4, 2019 njyanwa mu iyerekwa  mbona Umuhanuzi ahabwa «GETO» agapapuro gahesha kwambuka umupaka w’igihugu twari tugiyemo,cyari hakurya y’igihugu twavagamo twari kumwe na bandi benshi,ariko abahawe «Geto» twageraga kuri bane[4]uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nerekwa Umuhanuzi ari kumwe na bandi banyeshuli twajyaga ku ishuri ariko twari twakererewe hari saa kumi nebyiri 6:00hr z’umugoroba,twari twakererewe maze umukobwa warushinzwe kugenzura abakererewe araza aduhagarara imbere atubuza kwinjira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo cyane rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,dore Professor Charles Kambanda arangije umurimo we yari yarashinzwe na Leta zunz’ubumwe z’America wo kugigira RNC,ha bandi batavuga rumwe n’Umwakagara kugirango America imenye icyerekezo cya abanyapolitike batavuga rumwe n’umwana w’umwega uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore niwe uzahuza abanyapolitike bose batavuga rumwe na kega ka kagara,kuko ariwe uzategura inyandiko ishingiye kumategeko abanyapolitike bazasinyaho «MEMORANDUM OF UNDERSTANDING» kugirango haboneke imbaraga zo kurwanya zihagije zo kurwanya Umwakagara ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona tujya mukiliyo cy’umuntu wari yapfuye ariko haza umuntu ajya aho umurambo waruri,maze arawutwara awushyira mu ishashi (paper bag) atwara uwo mupfu ramujyana maze abaje mukiliyo baje kumugandarira basanga uwo mupfu adahari.

Bagiye kumfata,mbigize nte?

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,dore Umwakagara arapfuye kandi umurambo we,nta bwo uzaboneka abazamugandarira bazakora ikiliyo ariko umupfu wabo nta bwo bazamubona uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika uturutse mu basoma ubuhanuzi,abo mu bwoko bwa abahutu.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,dore abasoma ubuhanuzi«abahutu»aho kwihana ahubwo bakomeje kwitotombera Umuhanuzi ngo kuko yavumye abahutu kuzaba abagaragu babandi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Batuvumye!!!

Umbwirire abo bahutu uti,nimukomeza kwitotombera Uwiteka Imana Nyiringabo, azabaciraho iteka rya burundu ryo kurimbuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona RNC ibwirwa gukorana n’ubwami bw’uRwanda kugirango haboneke imbaraga zirwanya Umwakagara akurwe ku ngoma abanyarwanda basenyera umugozi umwe nta kwicamo ibicebice uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar