Inteko y’Umwakagara yaba igiye gushyikirana na RAC

Amakuru aturuka mu biro ntaramakuru byo mu ijuru(heaven news media agency)aravuga ko,Leta y’abega ko, yaba igiye gushyikirana n’urugaga nyarwanda ruharanir aimpinduka muri gakondo ya bakiranutsi (Rwanda Alians For Change) iyi mishyikirano izaba hagati y’intekonshinga mategeko yo muri gakondo ya bakiranutsi,n’inteko (komisiyo) y’urugaga nyarwanda RAC.

Amakuru akomeza avuga ko,kandi Umwakagara yaba yatanze itegeko ryo guhitana abacika cumu bashyigikiye impinduka muri gakondo ya bakiranutsi.

Leta y’Ubuperesi yaba igiye kurekura umunyapolitike akaba n’Umuhanzi Ben Rutabana.Umwana w’UMUSITA yaba agiye kureka gukomeza guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha.Naho Nyamwasa Kayumba yaba yifuza gushyikirana nabahoze mu ishyaka rye rya RNC bashinze RAC.

Amakuru akomeza avuga ko,haba hagiye kuba intambara ya lll y’isi yose,ibihugu 196 bigize iyisi dutuyeho,hashobora kuzasigara ibihugu 168,naho ibihugu 27 bikazomekwa kubindi bihugu.

Translate »
Skip to toolbar