Amos Kamugisha ni muntu ki?

Amos Kamugisha ni magigiri wabigize umwuga akaba awumazemo imyaka irenga (25) yatangiye ari umukada (cadres) wa FPR,ariko kandi akaba n’umusirikare wa RPA,yaje kuba igikoresho cya nyakwigendera col.Patrick Karegeya na Kayumba Nyamwasa maze bamushyira muri gahunda yo gucuruza imiti ivura abantu (medication) ikinjira mu gihugu itishyuye imisoro kubera yari iyabanyakubahwa bavuga rikijyana.

Iyo miti ya yikuraga mu gihugu cya Uganda akayizana mu Rwanda,byaje gukomera bajya muri south korea bakaza imiti inyuze mu Rwanda itakinyura muri Uganda,yamara kugera mu gihugu ikagurishwa ibitaro bya Leta harimo iby’Umwami Faisal (king faisal) na CHUK nahandi hose mu gihugu.

Mu mwaka wa 2005, Amos Kamugisha yaje kuzana BAAN KIMOON mu Rwanda kumuhuza n’Umwakagara ngo azamukorere ubuvugizi mu bihugu by’africa bazamutore kuba umunyamabanga w’umuryango wabibumbye (united nations) abifashijwemo na Col.Patrick Karegeya.Nyuma yicyo gikorwa Baan Kimoon yamugize (consulate) uhagarariye igihugu cya south korea murwego rwo gucuruza imiti mu Rwanda,ndetse no mukarere kibiyaga bigari.

Nyuma yo kumuhuza n’Umwakagara,Gen.James Kabarebe yaje kugira ishyali ryinshi cyane.kuko yari umukuru w’ingabo za RDF.Yaje guteranya Amos Kamugisha n’Umwakagara nyuma yifungwa rya col. Patrick Karegeya maze na Amos Kamugisha atabwa muri yombi ajyanwa muri gereza ya gisirikare y’ikanombe muri military police.

Amaze gufungwa,umugore Diane Kamugisha yibutse ubuhanuzi bwo muri 2002 dusengera muri vivante church aranshaka arambura.Ubwo buhanuzi bwababuzaga kuzafata umwenda (LOAN) muri bank kuko bwavugaga ko batazashobora kuwishyura.Ariko Diana Kamugisha yahise ajya kundega kuri ba pastor ababwira yuko ngo namuhanuriye yuko umugabo we agiye gupfa!

Yaje kugira amahirwe duhurira muri church yitwa Christian Life Assembly CLA ikorera nyarutarama,nawe niho yari yarimukiye.Maze ambaza niba naramenye ko umugabo we Amos kamugisha yaba yarafunzwe,mubwira ko nabimenye ansaba ko nazajya gusura umugabo we,ariko nyine urebye yashakaga ko najyayo ngasengera umugabo we.

Bwa mbere ntabwo nubahirije gahunda ye nkuko nari nabimwemereye,ubwo next Sunday yongera kumbaza niba narasuye umugabo we ndamuhakanira.Ansaba anyiginga kuko numvaga ntashaka kujyayo kubera ibigambo bibi yagiye amvuga.Ariko byaje kugeraho numva ndambiwe kuzajya ambaza buri gihe,mfata icyemezo cyo kujya gusura umugabo we ikanombe muri military police.

Umugabo ambonye arishima cyane arambwira ngo murutuye abakire bose binshuti ze batigeze baza kumura!!!Ubwo twasenze hanyuma Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga yuko mu byumweru (2) bagiye kumufungura,niko byaje kugenda nyuma y’ibyumweru (2) yaje gufungurwa.

Ariko igitangaje namuhaye ubutumire bwo kuza mu bukwe bwanjye ntiyigeze abuzamo,yewe ni modoka yari yanyemereye ntayo yampaye,nguwo umwana w’umuntu!

Uyumunsi wa none niwe uhiga ubugingo bwanjye,niyompamvu ibyanditswe byera bivugako,uwiringira umwana w’umuntu akwiye kuvumwa!

nccleon@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar