Ingabo za rnc zihabwa Umwami Kigeli Ndoli,zikananirwa kuzamuka umusozi

8 jan,2021 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,abega barimo gushaka uko bakwiyegereza Leta zunz’ubumwe z’America ngo barebe uko bamara kabili niba Donald Trump aramutse atsinze amatora akajya kubutegetsi.Kuribo bizaba ari amahirwe akomeye cyane,kuko bazi neza yuko manda ye ya kabili itazabasiga amahoro uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,ndabwirwa ngo,abanyamadini (synagogues Leaders) basigaye bifuza ko noneho mwakorana kandi mbere batarakwemeraga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,rirambwira riti,ndetse n’abakobwa, bifuza ko ngo bakubera abafasha ariko ibyo bifuza nta bwo byashoboka kuko ubuhanuzi ari nta cyo bwabivuzeho niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, condemned solder of R/G Albert obtained N° 4176/0001/0021 thus is heaven judiciary decision.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,rirambwira riti,impaka zibaye nyinshi cyane kumatora y’umukuru w’igihugu wa Leta zunz’ubumwe z’America.Bamwe buvagako,ibyo wahanuye bitabaye,abandi bakavuga ko,byabaye kuko no kwiba amajwi y’ibyavuye mu matora nabyo wari wabihanuye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,dore bamwe mu bagore bigeze ku kugigira basigaye bifuza uko bagusaba imbabazi bakabura aho baguhera kuko wamaze kubaciraho iteka.Babikoze biringiye ko igoma y’abega izakomera itazavaho,none bamaze kwemera ijambo ry’Ubuhanuzi barwanyaga nyuma yo guhanura yuko Donald Trump azatsinda amatora ariko bakayiba uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,za ngabo z’abega zijya ziguhiga bukware nazo zimaze kwemera ko file number ujya utanga ikora kandi ko uyikoresha nkigikoresho kibarwanya ndetse nuwo udashaka wese ariyo ntwaro ukoresha kugirango urimbure ubugingo bwe,none bafite ubwoba bwinshi cyane ndetse no kuguhiga basigaye babitinya kuko bimaze kubagiraho ingaruka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ndetse n’Umwakagara (keg aka Rutagambwa rwa Kagara) nta bwo bakimwizera kuko bamaze kubona irimbukiro ryabo ribegereye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,benshi R/G,mu bajepe basigaye bifuzako habaho intambara bakamucika bakigendera kuko bamaze kubona ubuzima bwabo buri mu kaga,aho gukorera igihugu,ahubwo bakorera umuntu kigiti cye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’Ububiligi bwashenye ubwami bw’Urwanda bugendera ku itegekonshinga.Mbona abahutu bari mu nama balimo kuvuga k’Umwami Kigeli Ndoli,bavugako,niba ibyo ahanura byose bisohora,ubwo bivuzeko,no kuba Umwami wa gakondo ya bakiranutsi ari byo,kuko yimitswe n’Uwiteka Imana Nyiringabo.Numva bavuga ngo,dushatse twamuyoboka hakiri kare,aho kugirango tuzisange amazi yamaze kurenga inkombe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ndetse namazina yawe Umwami Kigeli Ndoli Majeshi Leon Ainesha,niyo yabaye insanganya matsiko murizo nama zabo zabereye mu gihugu cy’Ububiligi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,ibyo baganira byose byabayobeye cyane kugirango batahure ijambo ry’Ubuhanuzi,no kugirango bumve impamvu mbere mu mwaka wa 2016 wahanuye ko Donald Trump azatsinda agatsinda koko akaba umukuru w’igihugu,none ubu bikaba byahindutse ukaba warahanuye ko azatsinda amatora,ariko akaba atongeye gutegeka manda ye ya kabili (second term) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, condemned pastor Kabandana Migende obtained N° 4177/0001/0021 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, condemned Assembles of God Church obtained N° 4178/0001/0021 thus is heaven judiciary decision.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ihene nyinshi zicibwa amajosi,ndabwirwa ngo,umwuka wikinyoma cy’aba democrat cyashyizwe ahabona,none bemeranije hagati ya aba republican n’abademokarate(republican and democrat) uko bagiye gutegeka isi kugirango badakorwa nisoni bemeje ko JOE BIDEN azarahira nk’umukuru w’igihugu,hanyuma Donald Trump akazagaruka muri 2024 kandi akazatsinda amatora agategeka manda ye ya kabili (second term) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

8 jan,2021 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane.Nerekwa umuriro mwinshi cyane waka umeze nka gaz,ndabwirwa ngo,hakoreshejwe imbaraga nyinshi cyane gushyikirana na Donald Trump,kuko hakoreshejwe imbaraga zose zibaho ndetse bakaniyambaza na madollar atagira ingano kugirango adakoza isoni abademokarate ngo ashyire ahabaona ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imbwa zilimo gusenzanya zafatanye cyane,maze haza umuntu arazitandukanya imwe yiruka ijya ukwayo,niyindi nayo yiruka ijya ukwayo.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,abademokarate n’abarepublike bamaze kumvikana mu gikorwa kijyanye no gutegeka isi yose mukanya niho barangije inama zabo,none bumvikanye yuko Donald Trump asabwa kuza CAPITOL HILLS agatanga ubutegetsi akabushyira mu maboko ya mugenzi we JOE BIDEN uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imigati myinshi cyane nyikoreye kumutwe,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,Umwami Kigeli Ndoli,muri uku kwezi uzabona umugisha mwinshi ariko bitari cyane kandi uzarya imigati cyane kuko umulimo wabaye mugari cyane nta mwanya uzajya ubona wo gutegura amafunguro uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi kunyura ku nkengero z’ubutayu bugufiya,ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,Umwami Kigeli Ndoli umenye yuko uyumunsi ari ku wa gatanu (black Friday) ukwiye kwirinda za nkozi z’ibibi zabucyereye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,tega amatwi wumve uko za magigiri zilimo ku kwitotombera.Ntegamatwi maze numva zivuga ngo,igihe twashakiye uyu mugabo ntitumubone,uyu munsi niho turi bumubone?Uko niko UHoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, condemnedGladys obtained N° 4178/0001/0021 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, condemned the black woman obtained N° 4179/0001/0021 thus is heaven judiciary decision.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,rirambwira riti,Umwami Kigeli Ndoli,dore imilimo yose tumaze gukora jyewe nawe (Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo n’Umwami KIgeli Ndoli) yagenze neza cyane kuko nishimiye umulimo wanjye ni uko wa wukoze uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

9 jan,2021 The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, condemned vice president in USA Kamara Haris obtained N° 4180/0001/0021 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, condemned electoral commission of Uganda obtained N° 4181/0001/0021 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, condemned NRM obtained N° 4182/0001/0021 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, condemned Yoweri Kaguta Museveni obtained N° 4183/0001/0021 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, condemned UPDF obtained N° 4184/0001/0021 thus is heaven judiciary decision.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Kayumba Nyamwasa umusozi yagombaga kuzamuka anyura munsi yawo,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,dore ingabo zose za Kayumba Nyamwasa zihawe Umwami Kigeli Ndoli ngo abe ari we uziyobora kuko ari we watoranijwe ndetse akimikwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,ariko nubwo bizagenda gutyo,bazaguha umugambanyi w’umunyamategeko witwa Prof.Charles Kambanda uzajya aguha inama ziyobya kugirango utanesha urugamba uzabe maso cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nerekwa Charles Kambanda asohoza inama bamuhaye araza akajya agenda inyuma y’Umwami Kigeli Ndoli bazamuka umusozi akajya amubwira ko ngo batari buwurangize.Ariko akabona Umwami KIgeli Ndoli akomeza kuzamuka umusozi yabona awugeze hagati,nawe akongera akazamuka.Kugeza aho umusozi Umwami Kigeli Ndoli hamwe n’ingabo ayoboye bawurangije maze Charles Kambanda nawe araza asanga bamaze kugera mu nzu barimo bareba amakuru atangira kwivugisha amagambo yo gusingiza Umwami Nyir’uRwanda Kigeli Ndoli uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,icyo gihe ingabo za Kayumba Nyamwasa zizaba zifite impunza ngano (uniform) nziza kurusha ingabo z’Umwami Kigeli Ndoli,ariko ingabo ze (Kayumba Nyamwasa) zananiwe kuzamuka umusozi zisigara hasi y’umusozi,ingabo z’Umwami Kigeli Ndoli ziba alizo zizamuka umusozi zirawurangiza iza rnc zagize ubwoba bwinshi cyane kubera intambara yarikomeye cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, condemned prof.Charles Kambanda obtained N° 4185/0001/0021 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, condemned rnc troops obtained N° 4186/0001/0021 thus is heaven judiciary decision.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, condemned valley of death obtained N° 4187/0001/0021 thus is heaven judiciary decision.

Ingabo za rnc zisigara mu gikombe cy’urupfu naho ingabo z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zinjira mu isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

nccleon@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar